Perezida Kagame yagaragaje ko mu gisirikare harimo ikibazo nkâikivugwa muri Miss Rwanda
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko no mu gisirikare harimo ikibazo nkâikimaze iminsi kivugwa mu irushanwa rya Miss Rwanda. Tariki ya 26 Mata 2022, urwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup, ikigo gitegura iri rushanwa, Ishimwe DieudonnĂ© uzwi nka Prince Kid, rumukurikiranyeho icyaha cyo […]
Imitwe yitwaje intwaro ikomoka muri RDC yagaragaje ko iyo mu baturanyi ari yo ntandaro yâumutekano muke

Mu biganiro byabereye i Nairobi muri Kenya guhera tariki ya 22 Mata 2022, abahagarariye imitwe yitwaje intwaro ikomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bagaragarije Leta ko ikomoka mu bihugu byâabaturanyi ari yo ntandaro yâumutekano muke mu burasirazuba bwâiki gihugu. Nkâuko Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabitangaje ku wa 29 Mata ubwo […]
U Rwanda rugiye kwakira inama y’ihuriro mpuzamahanga rirwanya ruswa
Guhera tariki ya 3 kugeza ku ya 6 Gicurasi 2022, u Rwanda ruzakira inama ya 12 yâihuriro ry’inzego zishinzwe kurwanya ruswa mu bihugu bya Afurika bigize umuryango Commonwealth. Hagamijwe kumva kimwe ububi bwa ruswa no gufatira hamwe ingamba zo kuyikumira, ubunyamabanga bwa Commonwealth, mu 2011 bwashyizeho ihuriro ry’inzego zishinzwe kurwanya ruswa mu bihugu biwugize, ku […]
Ibyâingenzi ku bifaru bya Gepard u Budage bugiye kohereza muri Ukraine
Tariki ya 26 Mata 2022 ubwo Minisitiri wâingabo wâu Budage, Christine Lambrecht, yahuriraga mu nama ku birindiro bya Ramstein nâabahagarariye ibihugu bya NATO nâUmunyamabanga Mukuru wâuyu muryango, Jens Stolenberg, yatangaje ko igihugu cye giteganya guha Ukraine ibifaru 50 bya Gepard âbivuguruyeâ bikumira ibitero byâindege. Muri iyi nama yateguwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, buri […]
MONUSCO yahakanye amakuru yâuko yatereranye FARDC mu rugamba rwo kurwanya M23
Ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo zahakanye amakuru avuga ko zatereranye izâiki gihugu zikoreramo, FARDC, mu rugamba rwo kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Kuri uyu wa 29 Mata, umunyamakuru Justin Kabumba yatangaje ko ingabo za MONUSCO zanze gufasha FARDC mu mirwano yabereye mu gace ka Kinyamahura, zanga […]
Burundi: Imfungwa 574 zababariwe, izirenga 200 zamaze gufungurwa

Minisiteri yâubutabera mu Burundi yatangaje ko imfungwa 574 mu gihugu cyose zahawe imbabazi, 226 zari zifungiwe muri gereza nkuru ya Mpimba zikaba zamaze gufungurwa. Nkâuko byemejwe na Nisasagare Gaudence wungirije Minisitiri wâUbutabera mu Burundi kuri uyu wa 29 Mata 2022, izi mfungwa zababariwe nyuma yâisuzuma ryakozwe ku myitwarire yaziranze. Muri 862 zasuzumiwe dosiye, 288 muri […]
Busingye yashyikirije Umwamikazi Elizabeth II impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Bwongereza

Ambasaderi Busingye Johnston yashyikirije Umwamikazi Elizabeth II impapuro zimwemerera guhagararira guverinoma yâu Rwanda mu bwami bwâu Bwongereza. Muri uyu muhango wabaye kuri uyu wa 29 Mata 2022, ifashishijwe ikorabuhanga rihuza amashusho kuko Ambasaderi Busingye yari mu ngoro ya mbere ya Buckingham, Umwamikazi Elizabeth we yari mu ngoro ya kabiri ya Windsor. Ambasaderi Busingye kandi yanashyikirije […]
Hashyizweho komite zivuguruye zishinzwe kurwanya ruswa mu nkiko

Perezida wâurukiko rwâikirenga mu Rwanda akaba na Perezida wâinama nkuru yâubucamanza, Dr Ntezilyayo Faustin, aherutse gushyiraho komite zivuguruye zishinzwe kurwanya ruswa mu rwego rwâubucamanza, zisimbura izari zisanzweho zitatanze umusaruro ukwiye. Izi komite ziri ku rwego rwâurukiko rwâikirenga, urwâubujurire, urukiko rukuru nâinkiko zikorera mu ifasi yarwo, mu rugereko rwâurukiko rukuru nâinkiko rikorera mu ifasi yarwo, mu […]
Amafoto: Umunyekongo aritegura kuzamura icyogajuru cya rutura mu bilometero 200

Umunya-Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Ingenieur Jean-Patrice Keka Ohemba aritegura kumurika icyogajuru âTroposphĂšre 6â yakoze gifite ubushobozi bwo kuzamuka mu kirere intera yâibilometero 200. Nkâuko byatangajwe na televiziyo ARTE yo mu Bufaransa tariki ya 18 Mata 2022, iki cyogajuru gifite uburebure bwa metero 15 kizamurikwa mu mezi ari imbere. Iyi televiziyo igira iti: âMu myaka […]
U Burusiya bwarashe muri Kyiv mu gihe Umuyobozi wa UN yagiriragayo uruzinduko
Ingabo zâu Burusiya zarashe mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, mu gihe Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye (UN), Antonio Guterres yagiriraga uruzinduko muri iki gihugu. Nkâuko Guterres yabitangaje, yagiriye uruzinduko muri Ukraine avuye mu murwa mukuru wâu Burusiya, Moscow, kuri wa 27 Mata 2022 aho yagiranye ibiganiro na Perezida Vladimir Putin ku ihagarikwa ryâintambara yâibi bihugu. […]
Abadepite bo mu Budage bemeye ko intwaro ziremereye zoherezwa muri Ukraine
Abadepite bo mu Budage bamaze kwemerera guverinoma kohereza intwaro ziremereye muri Ukraine kugira ngo zifashe ingabo zâiki gihugu mu ntambara zihanganyemo nâu Burusiya. Tariki ya 26 Mata 2022, ni bwo Minisitiri wâingabo wâu Budage, Christine Lambrecht yemeje ko guverinoma yemeye kohereza intwaro ziremereye zirimo ibifaru byitwa Guepard muri Ukraine, gusa bikaba byaragombaga kwemezwa nâabagize inteko […]
Perezida Samia Suluhu yasubije abamwise Rambo na Schwarzenegger ubwo yari muri USA

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yasubije abamwise abakinnyi ba filimi zâintambara bâibyamamare: John Rambo na Arnold Schwarzenegger ubwo yari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Uyu Mukuru wâIgihugu yari yaragiye muri USA kwifatanya nâabanya-Tanzania kumurika filimi mbarankuru âTanzania: The Royal Tourâ yakinnyemo, yamamaza ibyiza nyaburanga byâigihugu bikwiye gusurwa na […]
Urukiko rwatesheje agaciro ubujurire bwa Ndimbati

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwa Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati, ku ifungwa ryâagateganyo. Tariki ya 28 Werurwe 2022, urukiko rwâibanze rwa Nyarugenge rwakatiye Ndimbati igifungo cyâiminsi 30 yâagateganyo, yoherezwa muri gereza ya Nyarugenge. Yarajuriye, mu iburanisha ryabareye mu rukiko rwisumbuye tariki ya 25 Mata, Ndimbati yasabye ko yafungurwa byâagateganyo kugira ngo […]
Uwo bivugwa ko ari Prince Kid yumvikanye abwira Miss Muheto ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda
Amajwi yagiye ku karubanda yumvikanamo uwo bivugwa ko ari umuyobozi wa Rwanda Inspiration Back Up itegura irushanwa rya Miss Rwanda, Ishimwe DieudonnĂ© uzwi nka Prince Kid abwira Nshuti Muheto Divine ko yamwimye ibyishimo kandi amukunda. Muri aya majwi yâiminota 16 ashobora kuba yarafashwe mu ibanga (ubu akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga zirimo Twitter na WhatsApp), […]
Leta yâu Bwongereza ibona ingabo zâu Burusiya zikwiye gukurwa byihuse muri Ukraine yose
Guverinoma yâu Bwongereza ibona ingabo zâu Burusiya zikwiye gukurwa byihuse ku butaka bwa Ukraine bwose, byaba na ngombwa zikanakurwa mu gace ka Crimea zafashe mu mwaka wâ2014. Ni ibyatangajwe nâUmunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi nâamahanga, Liz Truss, na Ben Wellace ushinze ingabo nkâuko ikinyamakuru Sky News kibivuga. Truss mu kiganiro yitabiriye mu biro bya Meya […]
FARDC yatangaje ko irakomeza kurasa ku barwanyi ba M23 yemeza ko bakwiye imishwaro
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko kirakomeza kurasa ku barwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 cyemeza ko bakwiye imishwaro. Mu rukerera rwo kuri uyu wa 27 Mata 2022, FARDC yemeje ko yagabye igitero ku birindiro bya M23 mu gace ka Bugusa gaherereye muri gurupoma ya Jomba, teritwari ya Rutshuru mu ntara […]
Lt Gen. Kainerugaba yateguye irushanwa rya ba Generals nâabadepite

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni usanzwe ari umugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yateguye irushanwa ryâumupira wâamaguru rirahuza ba Generals nâabadepite. Ni mu rwego rwo kwizihiza isabukuru yâimyaka 48 yâamavuko yâuyu musirikare, yabaye tariki ya 24 Mata 2022. Nkâuko bigaragara ku itangazo, urutonde rwâabahagararira ingabo za Uganda muri iri rushanwa […]
Leta yâu Rwanda yijeje abahanzi ko mu mezi make izatangira kubaha inkunga yâamafaranga
Minisiteri yâurubyiruko nâumuco (MYCulture) yatangaje ko mu mezi make ari imbere izatangira kujya iha abahanzi nyarwanda inkunga yâamafaranga, nkâabakora mu rwego rwahungabanyijwe bikomeye nâicyorezo cya Covid-19 cyibasiye Isi. Byatangajwe nâumuyobozi mukuru muri iyi Minisiteri ushinzwe iterambere ryâumuco, Twahirwa Aimable mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa Radiyo Ijwi ryâAmerika, akaba yavuze ko iyi nkunga izajya inyuzwa mu […]
FARDC irashinjwa kwifashisha FDLR na RUD-Urunana mu mirwano yubuye muri Rutshuru
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urashinja FDLR-FOCA (FDLR nyirizina) na FDLR-RUD Urunana irwanya ubutegetsi bwâu Rwanda kwifatanya nâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, mu mirwano yubuye muri tritwari ya Rutshuru. Kuri uyu wa 27 Mata 2022, Bertrand Bisimwa ushinzwe urwego rwa politiki muri M23 yatangaje ko uyu mutwe witwaje intwaro wabyukiye mu mirwano […]
Perezida Kagame yasabye u Bwongereza kohereza abimukira n’Abanyarwanda ‘basize bakoze ibyaha’

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yasabye guverinoma yâu Bwongereza kuzohereza abimukira ariko butibagiwe n’Abanyarwanda batanu bumaze imyaka irenga 15 bucumbikiye, basize bakoze ibyaha. Umukuru wâigihugu yatangiye ubusabe mu kiganiro yagiranye nâabadipolomate bakorera mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa 26 Mata 2022, asobanura amasezerano ibihugu byombi biherutse kugirana yo kohereza abimukira bajya […]
Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yasobanuriye abadipolomate uko yigeze kwemerera umuganga ukomoka muri Cameroon wifuzaga gukorera muri iki gihugu, kumuzana mu ndege ye. Umukuru wâigihugu yavuze ko uyu muganga wabaga mu Bubiligi yabimusabye mu 2014 ubwo yari mu munsi mukuru wahariwe u Rwanda (Rwanda Day) i Amsterdam mu Buholandi. Ati: âNagezaga ijambo ku […]
Rutshuru: FARDC na M23 babyukiye mu mirwano ikaze
Muri gurupoma ya Jomba, teritwari Rutshuru, intara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) habyukiye imirwano ikaze hagati yâingabo za Leta, FARDC, nâabarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23. Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko urusaku rwâamasasu rwatangiye kumvikana mu duce dutandukanye twa Jomba turimo: Gisiza, Bigega na Nyarubara ugana ku musozi […]
Burundi: Leta yakuye ku rutonde abarimo abapfuye bari bakigenerwa umushahara
Guverinoma yâu Burundi yatangaje ko yakuye ku rutonde abantu 750 bahembwaga mu buryo budasobanutse barimo abapfuye, mu gihe igisuzuma dosiye zabo. Nkâuko byatangajwe na Minisitiri ushinzwe umurimo nâabakozi, Dr ThadĂ©e Ndikumana mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 26 Mata 2022, kuvana aba bose ku rutonde byakozwe mu mezi atandatu ashize. Aba barimo abahembwaga badakora […]
Umurwanyi wâUmwongereza ingabo zâu Burusiya zafatiye muri Ukraine arasaba Boris kumubohoza
Umurwanyi wâUmwongereza wafashwe mpiri nâingabo zâu Burusiya ari kurwanira ingabo za Ukraine, Aiden Aslin, arasaba Minisitiri wâIntebe Boris Johnson wâu Bwongereza kumubohoza. Mu cyumweru gishize, Boris yatangaje ko amakuru afite ari uko Aslin wafashwe mpiri mu ntangiriro zâuku kwezi yitabwaho neza nâingabo zâu Burusiya. Amaze kubitangaza, umuvandimwe wa Aslin witwa Nathan yamuhamagaye ku murongo wa […]
U Bwongereza bwavuze ko Ukraine yemerewe gukoresha intwaro zabwo mu kugaba ibitero mu Burusiya
Minisitiri wâingabo zâu Bwongereza, James Heappey, yatangaje ko Ukraine yemerewe gukoresha intwaro buyiha mu kugaba ibitero ku butaka bwâu Burusiya. Mu kiganiro yagiriye kuri BBC Radio 4 kuri uyu wa 26 Mata 2022 cyibanze ku bufasha burimo intwaro u Bwongereza bwemereye Ukraine, umunyamakuru yabajije Minisitiri Heappey ati: âEse biramewe ko intwaro zacu zakoreshwa mu bitero […]
Uganda na Kenya mu bihugu byo mu karere byashoye amafaranga menshi mu gisirikare
Uganda na Kenya biri mu bihugu bitanu bya mbere mu karere kâibihugu bya Afurika biri munsi yâubutayu bwa Sahara byashoye amafaranga menshi mu gisirikare mu mwaka wâ2021. Nkâuko bigaragara muri raporo yo kuri uyu wa 25 Mata 2022 yâikigo cyo muri Sweden, SIPRI (Stockholm International Peace Research Institute), gikora ubushakashatsi ku mahoro, muri rusange Afurika […]
Perezida Samia Suluhu yababariye izindi mfungwa zirenga 3800
Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan yababariye izindi mfungwa 3826 kuri uyu wa 26 Mata, ubwo igihugu cyizihiza imyaka 58 kimaze cyiyunze nâibirwa bya Zanzibar. Imfungwa zababariwe ni izarangije ÂŒ cyâigifungo zakatiwe zirimo: izifite indwara zidakira kandi zikomeye, izikuze zirengeje imyaka 70 yâamavuko, izonsa abana nâabatwite, izifite ubumuga bwo mu mutwe […]
Umuyobozi wâumuryango HRW ushinjwa kwibasira u Rwanda agiye kuva ku nshingano
Umuyobozi mukuru wâumuryango HRW (Human Rights Watch) uharanira uburenganzira bwâikiremamuntu ushinjwa kwibasira u Rwanda inshuro nyinshi, Kenneth Roth, agiye kuva kuri iyi nshingano yari amazeho imyaka ikabakaba 30. HRW mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 26 Mata 2022, yasobanuye ko Roth arava kuri iyi nshingano âku bushakeâ ku mpera ya Kanama uyu mwaka. Avuga […]
Ngoma: Sgt Maj. Niyigabura wemera ko yicishije umugore we ifuni yakatiwe
Urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa 25 Mata 2022 rwakatiye igifungo cya burundu umusirikare Sergeant Major Niyigabura Athanase utuye mu murenge wa Rukira mu karere ka Ngoma, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica biturutse ku bushake. Mu iburanisha ryabereye ahakorewe icyaha tariki ya 19 Mata 2022, Niyigabura yemeye ko yicishije umugore we agasuka yamukubise inshuro […]
Mu 2021: USA yashoye amadolari miliyari 801 mu gisirikare, u Burusiya bushoramo 66
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) mu mwaka wâ2021 zashoye amadolari miliyari 801 mu gisirikare, mu gihe u Burusiya bwashoye miliyari 65.9. Nkâuko bigaragara muri raporo yo kuri uyu wa 25 Mata 2022 yâikigo cya SIPRI (Stockholm International Peace Research Institute) gikora ubushakashatsi ku mahoro, Isi yashoye amafaranga menshi mu gisirikare mu 2021 ugereranyije nâimyaka […]
Ibihugu 40 biraterana biganira ku kongerera ubushobozi ingabo za Ukraine
Ibihugu 40 birateranira mu Budage kuri uyu wa 26 Mata 2022, biganira ku buryo byakongerera ubushobozi ingabo za Ukraine, kugira ngo zibashe guhangana nâizâu Burusiya zimaze amezi abiri zigabayo igitero. Nkâuko RFI ibivuga, iyi nama yatumijweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), irabera ku birindiro byâingabo zazo zirwanira mu kirere bya Ramstein biri mu […]
Shene ya Diamond yakuwe burundu kuri YouTube, indirimbo ya The Ben ibigenderamo
Umuyoboro (channel) wâumuhanzi Diamond Platnumz wamamaye mu muziki wa Tanzania wakuwe burundu ku rubuga rwa YouTube guhera kuri uyu wa 25 Mata 2022, indirimbo yakoranye nâUmunyarwanda The Ben ibigenderamo. Abanyamakuru bakomeye mu myidagaduro muri Tanzania basobanura ko ubwo uyu muyoboro wari umaze gukurwa kuri YouTube hagaragaraga ubutumwa busobanura impamvu. Uwasuraga uyu muyoboro yawubonaga, ariko nta […]
Museveni yasobanuye uko Kagame yamutabaye yari agiye kwicirwa hamwe n’umuryango we
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yasobanuye uburyo Paul Kagame na murumuna we, General (Rtd) Caleb Akandwanaho wamenyekanye nka Salim Saleh bamutabaye ubwo yari agiye kwicirwa hamwe nâumuryango we. Mu butumwa burebure amaze gushyira ku rubuga rwa Twitter, Perezida Museveni yasobanuye uburyo umuhungu we wizihije isabukuru yâamavuko ya 48, ari impano Imana yamuhaye, […]
Mali: Umutwe wâiterabwoba urigamba gufata abacancuro benshi ba Wagner
Umutwe wâiterabwoba wa Jnim ukorera muri Mali urigamba gufata abacancuro benshi bâumutwe wâingabo wigenga ukomoka mu Burusiya, Wagner Group. Mu itangazo uyu mutwe wasohoye kuri uyu wa 24 Mata 2022 nk’uko RFI ibivuga, wavuze ko wafatiye aba bacancuro mu mirwano yabereye mu gace ka Moura mu ntangiriro zâuku kwezi, ngo ubwo bari kumwe nâingabo zâigihugu. […]
Gen. Kayihura yirutse ibilometero 21 yizihiza isabukuru ya Kainerugaba wamusabiye imbabazi

General Kale Kayihura wabaye umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda, yirutse ibilometero 21 yizihiza isabukuru yâumugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba nâumuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba. Tariki ya 23 Mata 2022 ni bwo i Kampala habaye ibirori byo kwizihiza isabukuru ya Gen. Kainerugaba, byaranzwe nâirushanwa ryo kwiruka ndetse nâumutambagiro […]
Me Lurquin nâikimenyetso gishya, RDC nâimitwe yitwaje intwaro mu biganiro, nâUmushinwa wakatiwe mu nkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 18 Mata 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zirimo izirebana nâumutekano, ubutabera na politiki. Harimo ko: Perezida Kagame yasubije abanenze amasezerano yâu Rwanda nâu Bwongereza Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, yasubije abanenze amasezerano yâabimukira nâubufatanye mu iterambere ryâubukungu rwagiranye nâu Bwongereza tariki ya 14 Mata 2022. Ubwo aya masezerano arimo […]
Perezida Museveni yakiriye Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yakiriye mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame, ku biro byâUmukuru wâIgihugu i Kampala kuri uyu wa 24 Mata 2022. Aba bakuru b’ibihugu bagiranye ikiganiro kirebana n’ubufatanye, umutekano n’ibindi nk’uko Perezida Museveni yabitangaje. Yagize ati: “Muri uyu mugoroba nakiriye Nyakubahwa Perezida Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda […]
Amafoto: Perezida Kagame yageze muri Uganda

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa 24 Mata 2022 yageze muri Uganda. Umukuru wâIgihugu agezeyo agiye kwizihiza ibirori byâisabukuru yâamavuko yâumuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba wamutumiye. Ibirori nyirizina byâuyu munsi wâamavuko byabereye ku kibuga cya Lugogo Cricket Oval kuri uyu wa 23 Mata 2022. Birakurikirwa nâumuhango wo […]
Nairobi: Hahishuwe ibyabereye mu cyumba cyâibiganiro hagati ya Leta ya RDC na M23
Ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) byaraye bitangaje ko byakuye umutwe witwaje intwaro wa M23 mu biganiro Leta iri kugirana nâimitwe yitwaje intwaro, bibera i Nairobi muri Kenya guhera ku wa 22 Mata 2022. Ibi biro byasobanuye ko uyu mutwe wakuwe muri ibi biganiro ari uko mu gihe byari birimbanyije, ababyitabiriye […]
Sudani: Ingabo za Ethiopia zirenga 500 zirasaba ubuhungiro
Umuryango mpuzamahanga wita ku mpunzi, UNHCR, uvuga ko muri Sudani hari ingabo za Ethiopia 528 zisaba ubuhungiro kuko zidashaka gusubira mu gihugu cyazo. Ethiopia yari ifite ingabo zikabakaba 4000 zahoze mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye mu gace ka Abyei kari mu makimbirane hagati ya Sudani na Sudani yâEpfo. Ariko bitewe nâamakimbirane Ethiopia yagiranye na Sudani […]
Abayobozi babiri bakomeye muri USA barajya muri Ukraine
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken arasura umurwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, kuri uyu wa 24 Mata 2022. Nkâuko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yabimenyesheje abanyamakuru kuri uyu wa 23 Mata, Blinken araba aherekejwe nâUmunyamabanga wa USA ushinzwe ingabo, Llyod Austin. Uyu Mukuru wâIgihugu yagize ati: “Sintekereza ko ari ibanga ko […]
Hasobanuwe ibigomba gukorwa mbere yâuko EAC yohereza ingabo zayo muri RDC
Tariki ya 21 Mata 2022, ubwo abakuru bâibihugu byâumuryango wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba (EAC) bateraniraga i Nairobi muri Kenya, banzuye ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) hazoherezwa mu gihe cya vuba umutwe wâingabo zijya kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Imitwe yitwaje intwaro irebwa nâiyi ngingo nâiyanze kurambika intwaro guhera uyu munsi inama yabereyeho ngo […]
RED Tabara yababajwe nâamagambo ya Perezida Ndayishimiye yatangaje ko itazarambika intwaro
Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bwâu Burundi, watangaje ko utazarambika intwaro mu gihe ibibazo byatumye ushingwa bitarakemuka. Tariki ya 21 Mata 2022, abakuru bâibihugu bigize umuryango wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba (EAC) barimo Perezida FĂ©lix Tshisekedi uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bateraniye mu nama yâumutekano i Nairobi. Muri iyi nama yigaga […]
Polisi yatangaje ko hari imihanda irafungwa ubwo Gen. Kainerugaba araba yizihiza isabukuru y’amavuko
Ishami rya Polisi ya Kampala rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko hari imihanda izafungwa ubwo umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba nâUmugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba azaba yizihiza isabukuru yâimyaka 48 yâamavuko. Ibi birori bizabera ku kibuga cya Lugogo Cricket Oval kuri uyu wa 23 Mata 2022, bizabanzirizwa […]
Polisi ya Kenya yemeje ko ifite abapolisi 2000 bafite ibibazo byo mu mutwe
Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Kenya, Hillary Mutyambai, yatangaje ko hari abapolisi bagera ku 2000 bafite ibibazo byâubuzima bwo mu mutwe badakwiye gukomeza aka kazi. Nk’uko The Standard ibivuga, uyu mubare wabonetse nyuma yâisuzuma ryakozwe nâabaganga, ryatewe nâubwiyongere bwâabapolisi ba Kenya bari bakomeje kwiyahura nâumuhangayiko ukabije (depression). Mu kiganiro yagiranye nâabayobozi bâamatorero nâamadini tariki ya […]
U Bushinwa bwagize ibyo busaba u Rwanda nyuma yo gukatira umwenegihugu wabwo
Ambasade yâu Bushinwa mu Rwanda yagize icyo isaba ubutabera bwâiki gihugu nyuma yâaho urukiko rwisumbuye rwa Karongi rukatiye umwenegihugu Shujun Sun igifungo cyâimyaka 20, azira icyaha cyo gukora iyicarubozo. Tariki ya 19 Mata 2022 ni bwo uru rukiko rwahamije iki cyaha, nyuma yâaho muri Kanama 2021 yagaragaye mu mashusho nâamafoto akubita Abanyarwanda, yabazirikiye ku giti […]
Fayulu abona Perezida Tshisekedi agiye kugabiza RDC imitwe yitwaje intwaro

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yavuze ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi agiye kugabiza iki gihugu imitwe yitwaje intwaro. Mu butumwa yatambukije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 22 Mata 2022, Fayulu yagize ati: “Ntibyumvikana uburyo Bwana FĂ©lix Tshisekedi yemererwa gushyira igihugu mu maboko yâimitwe yitwaje intwaro.” Uyu […]
U Burusiya bwaburiye Israel
Ambasaderi wâu Burusiya muri Israel, Anatoly Viktorov, yayiburiye ko niha u Ukraine imfashanyo, igihugu cye nacyo kitazazuyaza gusubiza. Ambasaderi Viktorov yabitangarije mu kiganiro yagiranye na televiziyo yâu Burusiya, asubiza Minisitiri wâingabo wa Israel, Benny Gantz wemeje ko bateganya guha Ukraine imfashanyo yâingofero nâamakote byâubwirinzi. Ibiro bya Minisitiri Gantz byasohoye iri tangazo nyuma yo kugirana ikiganiro […]
EAC igiye kohereza byihuse ingabo zirwanya imitwe yitwaje intwaro ikorera muri RDC

Abakuru bâibihugu byâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) bafashe ibyemezo birimo kohereza byihuse umutwe wâingabo zihuriweho zo kurwanya imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Ibi byemezo byafatiwe mu nama yabereye i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 21 Mata 2022, yitabiriwe na Perezida Uhuru Kenyatta, FĂ©lix Tshisekedi wa RDC, Evariste Ndayishimiye […]
Gen. Kainerugaba yahishuye ibyo yasezeranyije Perezida Kagame

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, umujyanama we mu bikorwa byihariye byâigisirikare akaba nâumugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yahishyuye ibyo yasezeranyije Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ubwo bahuraga muri uyu mwaka ku nshuro ya mbere. Tariki ya 22 Mutarama 2022 ni bwo Gen. Kainerugaba yageze mu Rwanda mu ruzinduko rugamije […]
Sergeant Major Niyigabura wemera ko yicishije umugore we ifuni yasabiwe gufungwa burundu
Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwasabiye igifungo cya burundu Sergeant Major Niyigabura Athanase wemera ko tariki ya 26 Werurwe 2022 yicishije agasuka umugore we babyaranye abana batatu. Nkâuko TV1 yabitangaje, uru rubanza rwabereye mu rugo rwakorewemo icyaha kwa Niyigabura mu murenge wa Rukira mu karere ka Ngoma, mu ntara yâiburasirazuba. Niyigabura mu kwisobanura, yemeye ko yishe umugore […]
Mboweni wari wanenze amasezerano y’abimukira yatangaje ko yanyuzwe n’uruhande rw’u Rwanda gusa

Tito Mboweni wabaye Guverineri wa Banki yâUbwizigame ya Afurika yâEpfo na Minisitiri wâImari waho, nyuma yo kunenga amasezerano yâabimukira nâubufatanye mu iterambere ryâubukungu u Rwanda rwagiranye nâu Bwongereza, yatangaje ko yanyuzwe nâuruhande rumwe gusa. Aya masezerano guverinoma yâu Rwanda yayagiranye nâiyâu Bwongereza tariki ya 14 Mata 2022. Areba abimukira bajya mu Bwongereza mu buryo butemewe […]
Guterres uyobora UN arashaka guhurira na Putin na Zelensky mu bihugu byabo
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye (UN), Antonio Guterres, arashaka guhurira na Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya na Volodymyr Zelensky wa Ukraine mu mirwa mikuru yâibihugu byabo. Umuvugizi wa Guterres, StĂ©phane Dujarric yatangaje ko Umunyamabanga Mukuru yandikiye abakuru bâibihugu byombi, abasaba ko bamwakira mu mirwa mikuru, Moscow na Kyiv. Dujarric yemeje ko aya mabaruwa yashyikirijwe abahagarariye ibi […]
Mu mezi 5 UPDF-FARDC zakuye ADF mu birindiro yari imazemo imyaka irenga 22
Umugaba wâingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yemeza ko mu mezi atagera kuri atanu izi ngabo zifatanyije nâiza Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FARDC, zirukanye umutwe wâiterabwoba wa ADF mu bice wari umaze imyaka irenga 22 warafashe. Uyu musirikare yatangaje ko Komanda wâingabo w’ibikorwa bya ‘Operation Shujaa’ bihuriweho bya UPDF […]
Umunyamategeko wirukanwe mu Rwanda avuga ko afite ikimenyetso gishya ku izanwa rya Rusesabagina
Umubiligi wari usanzwe yunganira Paul Rusesabagina mu mategeko wirukanwe mu Rwanda, Vincent Lurquin, avuga ko afite ikimenyetso gishya cyerekeye ku buryo yageze muri iki gihugu ubwo yatabwaga muri yombi. Mu mpera za Kanama 2020 ni bwo urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Rusesabagina, ubwo yageraga ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Kigali avuye […]
Ingabo za Cameroon nâizâu Burusiya zagiranye amasezerano
Guverinoma ya Cameroon nâiyâu Burusiya ziherutse kugirana amasezerano yâubufatanye mu byâigisirikare. Nkâuko radiyo mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI yabitangaje, aya masezerano yasinyiwe i Moscow ku ruhande rwa Cameroon yari ahagarariwe na Minisitiri wâingabo, Joseph Beti Assomo na mugenzi we wâu Burusiya, General Sergei ChoĂŻgou. Mu byâingenzi bikubiye muri aya masezerano ari ku mpapuro 13 harimo guhanahana amakuru […]
Denmark yemeje ko iri kuganira n’u Rwanda ku kurwoherereza abimukira
Guverinoma ya Denmark yemeje ko iri kugirana ibiganiro nâiyâu Rwanda ku buryo yarwoherereza abimukira bashaka ubuhungiro. Mu kiganiro yagiranye na Reuters kuri uyu wa 20 Mata 2022, Minisitiri Mattias Tesfaye ushinzwe abinjira nâabasohoka, yasobanuye ibyâibi biganiro ati: âIbiganiro byacu na guverinoma yâu Rwanda bikubiyemo uburyo bwo kohereza abasaba ubuhungiro.â Minisitiri Tesfaye yavuze ko biganiro bigamije […]
Kampala: RwandAir flight involved in a runaway excursion
RwandAir announces that its flight early this morning was involved in a runaway excursion upon landing at Entebbe International Airport, Kampala-Uganda. âRwandAir flight WB464 upon landing at Entebbe International Airport early this morning, was involved in a runaway excursion as a result of bad weather.â Announces today, April 20, 2022. According to this national airline […]
Rutsiro: Umushinwa wagaragaye ahondagurira umuntu ku musaraba yakatiwe imyaka 20

Urukiko rwisumbuye rwa Karongi kuri uyu wa 19 Mata 2022 rwakatiye Umushinwa Shujun Sun wagaragaye akubita umuntu wari uziritse ku musaraba igifungo cyâimyaka 20, rumaze kumuhamya icyaha cyâiyicarubozo. Uyu Mushinwa wari kumwe nâabandi Banyarwanda barimo uwitwa Renzaho Alexis bagaragaye mu murenge wa Mukura, mu karere ka Rutsiro muri Kanama 2021, bahondagura Umunyarwanda bahatirizaga kwemera ko […]
U Bwongereza burateganya ‘gusuzumisha uburakari’ bwa Putin intwaro kabuhariwe

Guverinoma yâu Bwongereza iravugwaho gutegura umugambi wo koherereza Ukraine intwaro karundura zishobora kuzatuma Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya, arakara bikomeye mu gihe akomeje ibitero kuri Ukraine. Ikinyamakuru The Sun kivuga ko cyakuye amakuru muri biro byâUmunyamabanga (Minisitiri) ushinzwe ingabo yemeza ko misile za Stormer HVM (High Velocity Misile) zihanura indege ku muduvuko mwinshi ziherutse kumurikirwa […]