U Rwanda ruribaza ku Banyarwanda 8 boherejwe muri Niger rutabimenyeshejwe

Valentine Rugwabiza uhagarariye mu buryo buhoraho Guverinoma yâu Rwanda mu Muryango wâAbibumbye (UN) kuri uyu wa 13 Ukuboza 2021 yagaragaje ko iki gihugu gifite impungenge zâuko Abanyarwanda umunani (8) baherutse koherezwa muri Repubulika ya Niger hari ubwo baba ikibazo ku mutekano wâAkarere kâIbiyaga Bigari. Urwego mpanabyaha rwa UN rwashyiriweho u Rwanda rukorera i Arusha muri […]
Umugabo yafatiye mu buriri umugore we bashyingiwe vuba aryamanye nâundi mugabo

Umugabo witwa Muhima Michel utuye mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali mu gitondo cyâuyu wa 13 Ukuboza 2021 yasanze umugore we Akayezu Odette bashyingiwe vuba aryamanye nâundi bivugwa ko ari Enjenyeri mu bwubatsi witwa Simeon, haduka igisa nâimirwano. Muhima mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa BTN TV dukesha iyi nkuru yatangaje […]
Umunyamakuru MC Hero yambitse impeta umukunzi bamaze imyaka 20 bakundana

Umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ibitaramo n’ibirori (Master of Ceremonies) Gasore Albert wamamaye nka MC Hero yambitse impeta umukunzi we Tuyisingize Ruth bamaze imyaka 20 bakundana. MC Hero yakoreye ibinyamakuru byandika bitandukanye no ku maradiyo nka Radio Isano ikorera mu mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, aho yakoraga mu biganiro by’imyidagaduro. Yambikiye Ruth impeta mu Karere […]
Abiy Ahmed yasubiye ku rugamba
Ibiro bya Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia byatangaje ko Abiy Ahmed Ali yasubiye kuyobora ingabo zâigihugu zihanganye nâumutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bw’intara ya Tigray. Bigaragara mu itangazo byashyize kuri Twitter tariki ya 11 Ukuboza 2021, ubwo byatangazaga ko ingabo za Leta zafashe uduce dutandukanye twari mu maboko yâuyu mutwe bivuga ko ari uwâiterabwoba. […]
Perezida Ramaphosa wa Afurika yâEpfo yasimbuwe byâagateganyo
Perezida wa Afurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa guhera kuri uyu wa 12 Ukuboza 2021 yasimbuwe byâagateganyo na Visi Perezida, David Mabuza. Byatewe nâuko Perezida Ramaphosa yagiye mu kato nyuma yo kwisuzumisha, abaganga bakamusangamo Covid-19 nshya yihinduranyije yahawe izina rya Omicron. Mu gihe uyu Mukuru wâIgihugu ari mu kato mu murwa mukuru, Cape Town, ababa barahuye na […]
U Rwanda rwasubije abasabira Busingye ibihano kubera Rusesabagina
Umuvugizi wa Guverinoma yâu Rwanda, Yolande Makolo yasubije abasabira ibihano uwahoze ari Minisitiri wâUbutabera nâIntumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, ko Paul Rusesabagina uri kurangiza igihano cyâigifungo cyâimyaka 25 aherutse gukatirwa ko ko mu itabwa muri yombi ryâuyu mufungwa nta mategeko yishwe. Ni nyuma yâaho abadepite babiri mu Nteko Ishinga Amategeko yâu Bwongereza, Christopher John […]
Umurundikazi wari warakatiwe burundu nâimyaka itanu yongeye gutoroka gereza
Umurundikazi witwa Gloria Nizigiyimana wari ufungiwe muri gereza ya Ngozi nyuma yo gukatirwa igifungo cyâimyaka itanu cyiyongereye ku cya burundu yongeye gutoroka akoresheje umugozi. Niziyigiyamana yabanje gufungirwa muri gereza nkuru ya Gitega, ubwo yakatirwaga igifungo cya burundu, azira icyaha cyo kwica umwana. Iyi gereza yarayitorotse, arashakishwa, arafatwa, yimurirwa muri gereza ya Ngozi. Kubera gutoroka, igifungo […]
U Rwanda kuri UPDF muri RDC, isimbuzwa rya Gen. Nyamvumba, iperereza ku muyobozi wa RBC; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 6 Ukuboza 2021 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zitandukanye ziganjemo izirebana nâumutekano, politiki nâubutabera. Muri zo harimo: U Rwanda ku ngabo za Uganda muri RDC Umuvugizi wa Guverinoma yâu Rwanda, Yolande Makolo yatangarije Radiyo Mpuzamahanga yâAbafaransa (RFI) ko iki gihugu cyubaha icyemezo cya Leta ya Uganda cyo kohereza ingabo zayo mu burasirazuba […]
Perezida Museveni yahinduye Ambasaderi wa Uganda mu Rwanda

Perezida wa Repubulika wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni kuri uyu wa 12 Ukuboza 2021 yagize Maj. Gen. (Rtd) Robert Rusoke Ambasaderi mushya wâigihugu ayoboye mu Rwanda. Gen. Rusoke arasimbura Oliver Wonekha wabaye Ambasaderi wa Uganda mu Rwanda kuva mu 2017. Wonekha we yoherejwe mu Bushinwa. Hari abandi ba Ambasaderi 37 Perezida Museveni yashyizeho barimo undi […]
Ethiopia: TPLF yisubije umujyi ndangamurage, Lalibela
Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bwâintara ya Tigray bisubije umujyi ndangamurage wa Lalibela uri mu karere ka Amhara bari baherutse kwirukanwamo nâingabo za Leta zari ziyobowe na Minisitiri wâIntebe, Abiy Ahmed. Inkuru zâibitangazamakuru birimo Radiyo Mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI, Al Jazeera na Reuters zivuga ko abarwanyi ba TPLF bongeye kugaragara muri uyu mujyi […]
Perezida Samia yahishuye uko abapolisi bigeze kumuhohotera

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan yahishuye ukuntu abapolisi bigeze kumufata inshuro ebyiri bamuziza amakosa adasobanutse, banamubwira amagambo atari meza. Yabitangaje kuri uyu wa 12 Ukuboza 2021 ubwo yayoboraga umuhango wo gusoza amasomo yâabapolisi bâabofisiye wabereye ku ishuri rikuru rya Polisi riri mu murwa mukuru wa Tanzania, Dar es Salaam. Perezida […]
Uwaherukaga gupfusha umugore ari mu bapfiriye mu nkongi muri gereza ya Gitega

Umushoramari witwa Ndikumana Sylvestre wari utuye mu gace ka Musenyi, Komine ya Tangara mu Ntara ya Ngozim ni umwe mu bapfiriye mu nkongi yâumuriro yafashe gereza nkuru ya Gitega, we akaba yari amaze iminsi mike apfushije umugore we. Bivugwa ko Ndikumana wacuruzaga inzoga zengwa nâuruganda Brarudi yari amaze igihe kinini afungiwe muri gereza ya Gitega. […]
Itorero rya Mormon rivuga ko ryatangijwe na Yesu rigiye gufungura Misiyo mu Rwanda
Itorero rya Yesu Kirisitu ryâAbera bo mu Minsi ya Nyuma (The Church of Jesus Christ of Latter-day Saints) rizwi nka LDS cyangwa Mormon Church ryatangaje ko rizatangiza Misiyo i Kigali mu Rwanda muri Nyakanga 2022, ikazaba ibaye iya 39 ku mugabane wa Afurika nâiya 409 ku Isi yose. Nkâuko bigaragara mu itangazo ryaryo, iri torero […]
New Zealand: Umugabo yikingije Covid-19 inshuro 10 ku munsi
Minisiteri yâUbuzima muri New Zealand nâizindi nzego zibishinzwe biri gukora iperereza ku mugabo uvugwaho kwikingiza inkingo za Covid-19 inshuro 10 ku munsi. Ibitangazamakuru byo muri iki gihugu bivuga ko uyu mugabo [utatangarijwe amazina kubera ko agikorwaho iperereza] yaba yarishyuwe nâabadashaka kwikingiza kugira ngo abikore mu mazina yabo. Ibi bitangazamakuru bivuga ko nyuma yo kwishyurwa, uyu […]
Uganda: Umubyeyi utwite nâuwonsa bazajya bahembwa buri kwezi
Ababyeyi batwite, abonsa nâabana bari munsi yâimyaka 2 yâamavuko batuye mu ntara ya West Nile muri Uganda bagiye kujya bahembwa amadolari ya Amerika 14 buri kwezi, mu rwego rwo kuboneza imirire yabo muri gahunda yahawe izina rya NutriCash. Nkâuko ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku bana, UNICEF ryabitangaje ku wa 9 Ukuboza 2021, gahunda ya NutriCash […]
Fizi: Abishe Maj. Kaminzobe bakamurya batangiye gushakishwa
Minisiteri ishinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko Leta yatangiye gushakisha abataremenyekana baherutse kwicira Maj. Joseph Kaminzobe muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo, bakamubaga hanyuma bakanamurya. Maj. Kaminzobe yishwe tariki ya 9 Ukuboza 2021 yari kumwe nâabasirikare bagenzi be mu modoka, ubwo bari bajyanye umurwayi ku ivuriro […]
New Zealand: Abavutse nyuma yâ2008 bagiye gucibwa ku itabi mu buzima bwose
Minisiteri yâUbuzima ya New Zealand kuri uyu wa 9 Ukuboza 2021 yatangaje ko mu mwaka utaha Leta izemeza itegeko ribuza abavutse mu 2008 na nyuma yaho kugura itabi, mu rwego kuribacaho mu buzima bwabo bwose. Umushinga wâiri tegeko watekerejweho bitewe nâabana batoya benshi banywa itabi muri iki gihugu, ahazaza habo hagatera impungenge bitewe nâingaruka rigira […]
Bugesera: Bivugwa ko camera ya Polisi ishyirwa ku muhanda yibwe
Bamwe mu batuye mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bavuga ko umuntu utaramenyekana yibye camera igenzura umuvuduko wo mu muhanda ya Polisi yibwe ku wa 8 Ukuboza 2021. Babwiye umunyamakuru wa BTN TV ko iyi camera yari iteretse ku rurabo ruri iruhande gato rwâuyu muhanda mu masaa sita cyangwa saa saba zâamanywa, ngo […]
U Burundi bwongeye kuvuga ku bashinjwa kugerageza âcoupâ kuri Nkurunziza bahungiye mu Rwanda
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Burundi, Ambasaderi Albert Shingiro yongeye kuvuga ku bo igihugu cye gishinja kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza muri Gicurasi 2015, bahungiye mu Rwanda. Yabwiraga abarimo abahagarariye ibihugu (abadipolomate) nâimiryango itandukanye uko igihugu gihagaze mu bijyanye nâubuzima, ubukungu, gucyura impunzi, umutekano nâububanyi nâamahanga kuri uyu wa 9 Ukuboza 2021. Nkâuko Minisiteri Ambasaderi […]
Umuryango wa Rwigara mu rundi rubanza
Umuryango wa Rwigara Assinapol wabaye umushoramari ukomeye watangiye kuburana urubanza rwâubujurire nâUmujyi wa Kigali uvugwaho kwambura [uyu muryango] umutungo wâubutaka mu buryo bwirengagije amategeko. Umujyi wa Kigali ni wo wajuririye icyemezo cyâurukiko rwâibanze rwari rweguriye uyu muryango ubu butaka. Umujyi urabufite, ndetse wabuhaye ikigo cyâubwiteganyirize, RSSB, ikindi gice cyabwo cyubatsemo igorofa ndende. Gusa uyu mujyi […]
Abanyamerika bagiriwe inama yo kutajya muri Uganda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) kuri uyu wa 8 Ukuboza 2021 zagiriye inama abenegihugu bazo yo kutajya muri Uganda, bitewe nâumutekano wo muri iki gihugu utizewe. Ibitero byâiterabwoba biherutse kugabwa mu murwa mukuru, Kampala, ni byo byatumye Abanyamerika bagirwa inama yo kutajya muri iki gihugu. Ubutumwa bubaburira bugira buti: âNimwisubire ku kujya muri Uganda […]
Amafoto: Imyiyerekano y’abakomando ba Tanzania n’intwaro za rutura ku munsi w’Ubwigenge

Abakomando ba Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, bigaragaje mu buryo bwihariye kuri uyu wa 9 Ukuboza 2021, mu gihe iki gihugu cyizihiza umwaka wa 60 kimaze kibonye ubwigenge. Umuhango ku rwego rwâigihugu wabereye i Dar es Salaam kuri sitade ya Uwanja wa Uhuru, witabirwa nâabashyitsi bakuru barimo Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, uwa Mozambique nâuwa […]
Mu Bwongereza: Abadepite batangiye gutambamira ukwemerwa kwa Busingye nka Ambasaderi

Abadepite babiri mu Nteko Ishinga Amategeko yâu Bwongereza batangiye gutambamira ukwemerwa kwa Busingye Johnston nka Ambasaderi wâu Rwanda muri iki gihugu. Aba ni Christopher John Bryant uhagarariye ishyaka Labour ritavuga rumwe nâubutegetsi na Iain Duncan Smith wo mu ishyaka Conservative riri ku butegetsi. Aba badepite mu mpaka bagiriye mu ngoro yâInteko Ishinga Amategeko, mu cyumba […]
Gen. Kandiho yavuze ko USA ishobora guhombera mu bihano yamufatiye
Umuyobozi Mukuru wâurwego rwâigisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), Maj. Gen. Abel Kandiho yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zishobora guhombera mu bihano zamufatiye. Tariki ya 7 Ukuboza ni bwo Guverinoma ya USA yatangaje ko ifatiye ibihano Gen. Kandiho bitewe nâibikorwa bya CMI bibangamira uburenganzira bwâikiremwamuntu zivuga ko na we agiramo uruhare. Ibi […]
Kenya: Abapolisi bashya bo mu mutwe udasanzwe bagaragaye barahirira kwica abasivili
Abapolisi bashya ba Kenya bo mu mutwe utasanzwe wa GSU (General Service Unit) bagaragaye mu mashusho barahirira kwica abasivili mu gihe bazaba batangiye akazi. Amashusho yâaba bapolisi ifite uburebure bwâamasegonda 30 yasakaye ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 8 Ukuboza 2021 ubwo bari bavuye mu muhango wo gusoza amasomo yâaka kazi. Umuhango wo gusoza aya […]
Ethiopia: Abiy Ahmed yavuye ku rugamba
Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali yavuye ku rugamba by’igihe gito aho yari ayoboye ingabo za Leta zihanganye nâimitwe yitwaje intwaro irimo TPLF, ajya gusubukura akazi mu biro. Ibiro bya Minisitiri wâIntebe kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2021 byatangaje ko Abiy asubiye mu biro ingabo za Leta zirangije icyiciro cya mbere cyo kurwanya iyi […]
Gen. Numbi na Kabila batunzwe agatoki mu rubanza rwâurupfu rwa Chebeya na Bazana

Ofisiye mukuru wari umaze imyaka 10 yarahunze Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Paul Mwilambwe yatunze agatoki uwahoze ari Komiseri Mukuru wa Polisi, Gen. John Numbi na Joseph Kabila wabaye Umukuru wâIgihugu mu rubanza rwâurupfu rwâuwahoze ari impirimbanyi yâuburenganzira bwâikiremwamuntu, Floribert Chebeya na FidĂšl Bazana wari umushoferi we. Chebeya na Bazana biciwe ku biro bikuru bya […]
Ingabo za MONUSCO zahawe uburenganzira bwo kurasa ku nyeshyamba
Umuryango wâAbibumbye wahawe uburenganzira bwo kurasa ku mitwe yitwaje intwaro (inyeshyamba) wifashishije ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwawo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwahawe izina rya MONUSCO. Umugaba wâingabo ziri muri MONUSCO, Gen. Marcos de SĂĄ Alfonso da Costa yabitangarije Radio Okapi kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2021, ubwo yari amaze gushyira umukono […]
Mahama: Umurundi afunzwe akekwaho ubwambuzi
Abapolisi bakorera mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe bataye muri yombi impunzi yâUmurundi yitwa Bizimana Jean Claude bayikekaho kwambura mugenzi wayo wâUmurundikazi amafaranga yâu Rwanda (Frw) 222,000. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba, CIP Hamdun Twizeyimana yasobanuye ko Bizimana yambuye uyu Murundikazi witwa Uwimana Belyse aya mafaranga, amwizeza kumufasha kujya gutura ku mugabane […]
Leta ya Ethiopia ivuga ko abasirikare bakuru 12 ba TPLF bishwe, abandi bafatwa mpiri
Leta ya Ethiopia kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021 yatangaje ko ingabo zayo zishe abasirikare bakuru bâumutwe witwaje intwaro wa TPLF bagera kuri 12, abandi bafatwa mpiri mu gihe hari nâabakomeje kurambika intwaro. Mu itangazo ibiro bya Minisitiri wâIntebe byashyize kuri Twitter, byasobanuye ko ibi byose byabereye mu mirwano ingabo za Leta zari zihanganiyemo na […]
Mu byatumye Gen. Kandiho afatirwa ibihano haba harimo ifungwa ryâAbanyarwanda
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021, yafatiye ibihano Umuyobozi Mukuru wâurwego rwâigisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), Maj. Gen. Abel Kandiho birimo kwimwa viza (visa) no gufatirwa imitungo. Mu itangazo yashyize hanze, Guverinoma ya USA yasobanuye ko abakozi ba CMI Gen. Kandiho ayobora na we ubwe bafunga, […]
Gen. Kabarebe yemereye Byiringiro Lague inzu nziza
Umuyobozi wâicyubahiro wa APR FC usanzwe ari umujyanama wa Perezida Paul Kagame, Gen. James Kabarebe yemereye rutahizamu wâiyi kipe, Byiringiro Lague intwererano yâinzu nziza. Uyu musirikare yatanze iri sezerano ubwo yari yitabiriye ubukwe bwâuyu musore wâimyaka 21 yâamavuko wasabye akanakwa Uwase Kelia kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021. Basezeraniye imbere yâImana mu rusengero rwa Philadelphia […]
Uganda yatangiye gushyira ibyuma byâikoranabuhanga ku mipaka yayo nâu Rwanda

Ikigo cya Uganda gishinzwe imisoro (URA) nâurwego rushinzwe abinjira nâabasohoka byatangiye gushyira ibyuma byâikoranabuhanga bya sikaneri (scanners) ku mipaka ihuza iki gihugu nâu Rwanda, mu rwego rwo gukaza kuvugurura ubugenzi bukorerwa amakamyo ahanyura. Charles Wanjala uhagarariye URA mu karere kâamajyepfo yâuburengerazuba ubwo ku mupaka wa Kagitumba hari hamaze gushyira ibi byuma, yasobanuriye itangazamakuru ko bizabafasha […]
Uganda: Gen. Kandiho uyobora CMI yafatiwe ibihano
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yafatiye ibihano byâimari Umuyobozi Mukuru wâurwego rwâigisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi (CMI), Maj. Gen. Abel Kandiho. Umuvugizi wa Minisiteri yâingabo za Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso ni we wahishuye ko bamenye ibyâibi bihano Gen. Kandiho yafatiwe ariko ntabwo yatangaje ibyaha uyu musirikare yaba azira. Mu izina rya […]
Dr Nsanzimana Sabin wa RBC yahagaritswe, hari ibyo akurikiranweho

Mu izina rya Perezida Paul Kagame, Minisitiri wâIntebe Dr Edouard Ngirente yahagaritse byâagateganyo Umuyobozi Mukuru wâikigo cyâigihugu gishinzwe ubuzima (RBC), Dr Nsanzimana Sabin. Itangazo rya Dr Ngirente ryasohotse kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021 rivuga ko Dr Nsanzimana hari ibyi akurikiranweho agomba kubazwa. Ubusanzwe itegeko riteganya ko mu gihe hari ibyo akurikiranweho, aba ahagaritswe ku […]
Uganda yabonetsemo abantu 9 banduye Covid-19 nshya, Omicron
Muri Uganda habonetse abantu icyenda (9) banduye icyorezo cya Covid-19 nshya cyihinduranyije cyahawe izina rya Omicron, iki kikaba cyaragaragajwe bwa mbere nâibihugu biri mu karere ka Afurika yâamajyepfo. Umunyamakuru wa NBS TV kuri uyu wa 7 Ukuboza 2021 yavuze ko aba barwayi ba Omicron babonetse ubwo bari bamaze kugera ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Entebbe […]
RDC: Uhagarariye UN abona imbaraga zâigisirikare zitakemura ikibazo cyâumutekano muke
Bintou Keita uhagarariye Umuryango wâAbibumbye, UN, muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, RDC, abona imbaraga nyinshi igisirikare cyakoresha zidashobora gukemura ikibazo cyâumutekano muke. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Xinhua, yagize ati: âImbogamizi Leta irimo guhura nazo mu gushyira mu bihe bidasanzwe ni ukuba ingabo ziri kugorwa no kurinda abasivili no kurandura imitwe yitwaje intwaro.â Yabitangarije mu ijambo […]
Gen. Nyakarundi ari i Bujumbura

Brig. Gen. Vincent Nyakarundi uyobora urwego rushinzwe iperereza mu gisirikare cyâu Rwanda, RDF, ari i Bujumbura mu nama yâumutekano yâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba, EAC. Muri iyi nama yatangiye kuri uyu wa 6 Ukuboza 2021, Gen. Nyakarundi yahuriyemo na bagenzi be bayoboye inzego zishinzwe iperereza mu ngabo zâu Burundi, Kenya, Uganda, Sudani yâEpfo na Tanzania. Baganiriye […]
TPLF imaze kwamburwa uduce twinshi iremeza ko itarimo gutsindwa urugamba
Mu gihe ingabo za Leta ya Ethiopia zitangaza ko zimaze kwigarurira uduce twinshi twari twarafashe nâumutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bwâakarere ka Tigray, uyu mutwe na wo uvuga ko utarimo gutsindwa, ko ahubwo ibiri kuba wari warabiteganyije. Izi ngabo ziyobowe na Minisitiri wâIntebe, Abiy Ahmed ku rugamba, kuri uyu wa 6 Ukuboza 2021 […]
Vital Kamerhe wayoboraga ibiro bya Perezida Tshisekedi yafunguwe byâagateganyo
Vital Kamerhe wayoboraga ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yafunguwe byâagateganyo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2021, asohoka muri gereza nkuru ya Makala yari afungiwemo kubera impamvu zâuburwayi. Kamerhe uri mu banyapolitiki bakomeye kuva ku butegetsi bwa Joseph Kabila yatawe muri yombi muri Mata 2020, akekwaho kunyereza umutungo wa Leta wâabarirwa […]
Dr Habineza abona abimurwa Bannyahe bakwiye guhabwa ingurane
Umudepite uhagarariye ishyaka DGPR riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije mu Nteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda, Hon. Dr Frank Habineza abona ko abo Leta yimura mu midugudu ya Kangondo I, Kangondo II na Kibiraro I basaba ingurane, bakwiye kuyihabwa kuko amategeko ari ko abiteganya. Yagize ati: âNjyewe mbona ikibazo kijyanye no kubahiriza itegeko kuko itegeko rirasobanutse. […]
Imyaka 9 u Rwanda rubuze Hon. Inyumba, Perezida Kagame abona yari yihariye
Tariki ya 6 Ukuboza 2012 ni bwo mu Rwanda humvikanye inkuru yâakababaro yâurupfu rwâuwari Minisitiri wâUburinganire nâiterambere ryâumuryango, Hon. Aloysie Inyumba wazize uburwayi. Hon. Inyumba ni umuyobozi wakoze inshingano nyinshi muri Guverinoma yâu Rwanda kuva ubwo ingabo za RPA Inkotanyi zahoboraga igihugu mu 1994, aba nâumwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena. Umuhango […]
Ingabo za Uganda 1700 zimaze kugera muri RDC, izindi zirategerejwe
Ingabo za Uganda 1700 zituruka mu mitwe itandukanye zimaze kugera muri Teritwari ya Beni, Intara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kugira ngo zirwanya umutwe wâiterabwoba wa ADF, izindi 300 zikaba zitegerejwe. Radio Okapi yatangaje ko aya makuru yahawe nâabashinzwe umutekano avuga ko izi ngabo zose zashinze ibirindiro mu gace ka […]
Kenya: Umukobwa ufite akaboko kamwe yasoje amasomo yâigisirikare

Tariki ya 2 Ukuboza 2021 Perezida wa Repubulika ya Kenya akaba nâUmugaba wâIkirenga wâingabo zâigihugu, Uhuru Kenyatta yayoboye umuhango wâurubyiruko 7,269 rwari rusoje amasomo yâigisirikare ku ishuri rya Gilgil riri mu Karere ka Nakuru. Muri ibi birori, uru rubyiruko rwakoze akarasisi mu rwego rwo kwishimira amasomo rwahawe mu mezi atandatu rumaze rwigishwa, hagaragaramo umukobwa ufite […]
RDF irateganya ko ba âGeneralsâ bajya batorezwa mu Rwanda mu gihe kiri imbere
Umuvugizi wâingabo zâu Rwanda, Col. Ronald Rwivanga yatangaje ko bateganya ko abasirikare bo ku rwego rwa âGeneralâ bajya bahabwa imyitozo muri iki gihugu mu gihe kiri imbere. Yabitangarije mu kiganiro cyitwa The Barbara Show gitegurwa nâumunyamakuru Barbara Umuhoza tariki ya 27 Ugushyingo 2021, cyibandaga ku cyerekezo cyâingabo z’u Rwanda, RDF. Uyu musirikare ahamya ko iterambere […]
Senateri Evode Uwizeyimana yashyingiwe

Senateri Uwizeyimana Evode wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbutabera ushinzwe Itegekonshinga nâandi mategeko yasezeranye imbere yâImana nâumukunzi we Zena Abayisenga. Videwo yâubukwe bwa Senateri Evode na Zena nâamafoto ya âscreenshotâ bikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga. Bigaragara ko umuhango wo kwiyakira bawukoreye muri Intare Arena, gusa aho basezeraniye nâigihe basezeraniye ntiturabimenya. Ubukwe bwabo bubaye […]
TPLF yasabye ko Turukiya, UAE na Iran bihagarika ubufasha biha Leta ya Ethiopia
Umuyobozi wâumutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bwâakarere ka Tigray muri Ethiopia, Debretsion Gebremichael yandikiye Umuryango wâAbibumbye awusaba kugira uruhare mu ihagarika ryâubufasha avuga ko Turukiya, Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu (UAE) na Iran biha ingabo za Leta. Iyi baruwa ifunguye, Gebremichael yayandikiye Umunyamabanga Mukuru wa UN, Antonio Guterres muri iki cyumweru gishize, avuga ko […]
Ubutumwa bwa Angeline kuri Jeannette, ibitero bya UPDF kuri ADF, urubanza rwa Lt Seyoboka wigambye kurasa CND; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 29 Ugushyingo 2021 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru ziganjemo izirebana nâubutabera, umutekano na politiki. Harimo: Ibitero simusiga bya UPDF kuri ADF Nyuma yo kubyemererwa na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yohereje ingabo mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, tariki ya 30 Ugushyingo zitangira kugaba ibitero simusiga […]
Ifaranga ryâu Rwanda ryatakaje agaciro, irya Uganda rirakazamura
Ikigo Bloomberg Definitiv Ltd cyerekana ko ifaranga ryâu Rwanda ryatakaje agaciro kugeza mu mpera zâUgushyingo uyu mwaka, mu gihe irya Uganda ari ryo ryazamuye agaciro cyane mu karere ka Afurika yâIburasirazuba. Iyi mibare yerekana ko ishilingi rya Uganda ryazamuye agaciro ku gipimo cya 2.45% ugeranyije nâidolari rya Amerika rifatwa nkâifaranga fatizo, mu gihe irya Tanzania […]
Mwenda abona byashoboka ko RDF yasanga UPDF muri RDC, bagahanganirayo
Umunyamakuru wâumunya-Uganda, Andrew Mwenda mu busesenguzi yakoze ku iyoherezwa ryâingabo zâigihugu cyabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), abona byashoboka ko nâizâu Rwanda (RDF) zazisangayo. Mwenda abona kohereza ingabo za Uganda byaba byakozwe mu buryo bushobora kuba burimo kwerekana imbaraga zâigisirikare, kuko ntiyumva neza ukuntu mu kurasa ku birindiro byâumutwe w’iterabwoba wa […]
RDC: Imihanda mibi yatumye amakamyo nâintwaro ziremereye bya UPDF bihera mu nzira

Umuvugizi wâingabo za Uganda ziri ku rugamba rwo kurwanya umutwe wâiterabwoba wa ADF mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Major Peter Mugisha yatangaje ko amakamyo nâintwaro ziremereye byabo byaheze mu nzira kubera imihanda mibi. Nk’uko tubikesha The Observer, Maj. Mugisha yabitangarije mu kiganiro yagiraniye nâitangazamakuru mu gace ka Bundibugyo ku wa 3 […]
Kenya: Itora ryemeje ko Kagame yayobora Afurika y’Iburasirazuba, bibaye ngombwa ko igira Perezida umwe

Itora (sondage/poll) ryateguwe nâikinyamakuru Kenyans cyo muri Kenya ryitabiriwe nâabakoresha urubuga rwa Twitter 16,058 ryagaragaje ko Paul Kagame ari we wayobora akarere ka Afurika yâIburasirazuba mu gihe byaba ngombwa ko kagira Perezida umwe rukumbi. Iki kinyamakuru cyatangije iri tora tariki ya 3 Ukuboza 2021, gishyira ku rubuga ba Perezida bane: Uhuru Kenyatta wa Kenya, Yoweri […]
Igitaramo cya Koffi mu Rwanda cyabaye, muri Kenya cyaburijwemo
Umuhanzi Koffi Olomide wamamaye mu muziki wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yaraye ataramiye muri Kigali Arena mu Rwanda kuri uyu wa 4 Ukuboza 2021, nyuma yâimpaka zari zimaze igihe zihuza abifuza ko igitaramo cye kitaba, abandi bashyigikiye ko kiba nkâuko cyateguwe. Abifuzaga ko kitaba bashingiraga ku byaha byo guhohotera no gufata ku […]
Abapolisi barasabwa kwirinda ibishuko
Umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda, IGP Dan Munyuza yasabye abapolisi kwirinda ibishuko bishobora gusiga icyasha uru rwego rushinzwe umutekano. IGP Munyuza yabisabye abapolisi barimo abayobozi ba Polisi ku rwego rwâAkarere, abayobozi mu mu mashami ya Polisi atandukanye nâabayobora sitasiyo za Polisi kuri uyu wa 4 Ukuboza 2021 ubwo basozaga amahugurwa yâiminsi itandatu yaberaga ku cyicaro […]
Amafoto y’ingabo za Uganda ziri guhiga abarwanyi ba ADF muri RDC

Minisiteri y’Ingabo za Uganda yashyize ahabona amafoto y’abasirikare b’iki gihugu bari kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ADF. Iyi operasiyo yahawe izina rya Shujja iri gukorwa n’ingabo zirwanira ku butaka, izikoresha indege, imodoka z’intambara n’intwaro ziremereye hamwe n’umutwe w’ingabo zidasanzwe, SFC, iyobowe na Maj. Gen. Kayanza Muhanga usanzwe […]
Minisitiri wâIntebe yavuze ko ikibazo cyâigiciro cya gazi kizakemuka mu minsi 10

Minisitiri wâIntebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko mu gihe kitarenze iminsi 10 ikibazo cyâigiciro cya gazi gihanitse kizaba cyakemutse. Yabitangarije abagize Inteko Rusange (umutwe wa sena nâuw’abadepite) kuri uyu wa 3 Ukuboza 2021, ubwo yabagezagaho ibikorwa bijyanye na gahunda yo gukingira icyorezo cya Covid-19 nâizahuka ryâubukungu. Mu mwanya wâibibazo, umudepite uhagarariye ishyaka ritavuga […]
CSP Kayumba wayoboraga gereza ya Nyarugenge nâuwari umwungirije bakatiwe
Urukiko rwâibanza rwa Nyarugenge kuri uyu wa 3 Ukuboza 2021 rwakatiye igifungo cyâimyaka itanu ruca nâihazabu ya miliyoni eshatu zâamafaranga CSP Kayumba Innocent na SP Ntakirutimana Eric wari umwungirije ku buyobozi bwa Gereza ya Nyarugenge, i Mageragere. Ni nyuma yâamezi 10 yari ashize aba bombi baburana icyaha cyâubujura, icyo kwinjira mu makuru abitse muri mudasobwa […]
Misiri: Umutoza yapfuye arimo kwishimira igitego

Umutoza mukuru wa El-Magd SC iri mu cyiciro cya kabiri cya shampiyona yâumupira wâamaguru mu Misiri, Adham El-Selhedar yapfuye ubwo yishimiraga igitego. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa 2 Ukuboza 2021 ubwo El-Magd yari imaze gutsina Al-Zarka igitego cyâintsinzi mu minota yâinyongera; kuko iminota 90 yari yarangiye amakipe yombi anganya ubusa ku bundi (0-0). Iki […]
Umuhungu wa MarĂ©chal DĂ©by yihaye irindi peti ryâigisirikare
Perezida wâakanama kâigisirikare kayoboye inzibacyuho ya Repubulika ya Tchad, Mahamat DĂ©by Itno yihaye irindi peti, aba GĂ©nĂ©ral wuzuye avuye kuri Lieutenant-GĂ©nĂ©ral, ipeti yari yarahawe na se, MarĂ©chal Idris DĂ©by Itno. Byamenyekanye tariki ya 1 Ukuboza 2021 ubwo uyu musirikare yari ayoboye umuhango wâisabukuru yâimyaka 32 yari ishize MarĂ©chal DĂ©by afashe ubutegetsi bwa Tchad. Ubusanzwe yambaraga […]
Polisi yavuze ku binyabiziga bimara igihe kinini bipariste mu gihe Perezida Kagame ategerejwe
Umuvugizi wâishami rya Polisi yâu Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanga, SSP Irere RenĂ© yavuze ku binyabiziga bimara igihe kinini biparitse mu gihe Umukuru wâIgihugu, Perezida Paul Kagame ategerejwe. Ubwo SSP Irere yari mu kiganiro cyerekeye umutekano wo mu muhanda kuri Radio Rwanda kuri uyu wa 3 Ukuboza 2021, umuturage yabajije ati: âEse Nyakubahwa Perezida […]