Impamvu yaba yaratumye Gen. Museveni asubiza umuhungu we ingabo zimurinda

Tariki ya 16 Ukuboza 2020, Perezida wa Repubulika ya Uganda akaba nâUmugaba wâIkirenga, Gen. Yoweri Museveni yakoze impinduka mu gisirikare nâigipolisi, asubiza umuhungu we Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba inshingano zo kuyobora umutwe wâingabo zidasanzwe wa SFC (Special Force Command), amuvanye ku kuba umujyanama we wihariye mu bikorwa byihariye. Umutwe wa SFC ufite inshingano zo kurinda […]
Mu cyumweru gishize: Afurika yâEpfo yashinjwe gukingira ikibaba Kayishema, abo kwa Rusesabagina barega Gainjet
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 14 Ukuboza 2020, cyaranzwe nâamakuru atandukanye arebana nâubuzima, aho hasubijweho ingamba zikakaye zo kwirinda icyorezo cya Covid-19 zirimo kugabanya amasaha yâingendo. Higajemo kandi inkuru zijyanye nâubutabera, zikaba ari zo twibandaho muri iki cyegeranyo. Amwe mu makuru yaranze icyumweru gishize ni akurikira: Afurika yâEpfo irashinjwa gutorokesha Kayishema ukurikiranweho ibyaha bya jenoside […]
U Rwanda rwohereje ingabo zo guhangana n’abarwanyi ba BozizĂ© wayoboye CAR

Ifoto:RDF Infantry Group 2018, KT Press Guverinoma y’u Rwanda yaraye yohereje ingabo ingabo zagiye gufasha izindi guhangana n’iza François BozizĂ© wabaye Perezida wa Repubulika ya CentrAfrica (CAR). Ibiro bya Minisiteri y’Ingabo byatangaje ko usibye no “gushyigikira izari zisanzwe” ziba muri CAR, ingabo z’u Rwanda zizatanga umusanzu mu kurinda umutekano w’amatora ateganyijwe tariki ya 27 Ukuboza […]
Abanyarwanda bane bishwe na Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko abagore babiri n’abagabo babiri, bose b’Abanyarwanda, bishwe n’icyorezo cya Covid-19 kuri uyu wa 20 Ukuboza 2020. Aba bagore bafite imyaka 47 na 63 y’amavuko bapfiriye i Kigali, abagabo b’imyaka 52 na 68 bapfira mu Karere ka Rubavu. Abanduye iki cyorezo uyu munsi bo ni 61, mu bipimo 3545 byafashwe. Barimo […]
Umugore wa Bobi Wine yavuze Ikinyarwanda gitomoye, Kisoro ikura ingofero
Umugore wa Depite Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) wiyamamariza umwanya wâUmukuru wâIgihugu, Barbara Itungo yavuze Ikinyarwanda gitomoye, abaturage batuye mu Karere ka Kisoro bakura ingofero. Byabaye tariki ya 16 Ukuboza 2020 ubwo Bobi Wine yiyamamarizaga muri aka Karere gahana imbibi nâaka Burera mu Rwanda. Ubusanzwe abaturage bâi Kisoro bakunze gukoresha indimi ebyiri: Ikinyarwanda nâUrukiga. Mu kubatungura, […]
Perezida Museveni yavuze ko abayoboke ba Bobi Wine azabamaraho
Ubwo yiyamamarizaga mu Karere ka Hoima kuri uyu wa 19 Ukuboza 2020, Perezida Yoweri Museveni wa Repubulika ya Uganda, yatangaje ko abayoboke ba Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) bahataniye umwanya wâUmukuru wâIgihugu, azabamaraho. Perezida Museveni yabwiye abayoboke bâishyaka NRM ahagarariye mu bikorwa byo kwiyamamaza, ko abashyigikiye Bobi Wine biganjemo urubyiruko ari abasazi. Muri videwo yatambukijwe na […]
Zimwe mu modoka z’abarengeje ibiciro by’ingendo zirafunzwe
Urwego rwâIgihugu Ngenzuramikorere (RURA) kuri uyu wa 20 Ukuboza 2020 rwagaragaje ko ku bufatanye na Polisi yâu Rwanda batangiye gufata imodoka zâabarengeje ibiciro byâingendo. Ni nyuma yâaho mu bice bitandukanye byâigihugu Abaturarwanda bakomeje kugaragara ko nâubwo RURA yatangaje ko ânta cyahindutseâ ku biciro byâingendo, hari aho bakomeje kubizamura mu buryo bweruye. Uru rwego rwagaragaje ibirango […]
Perezida wa Chile yahawe igihano azira kwifotozanya nâumugore, atambaye agapfukamunwa

Urwego rushinzwe ubuzima muri Chile ku wa 18 Ukuboza 2020, rwatangaje ko Umukuru w’Igihugu, Perezida Sebastian Pinera yaciwe amande yâamafaranga 3,500 yâamadolari ya Amerika ($3500), azira kwifotozanya nâumugore, nta dupfukamunwa bambaye. CNN ivuga ko mu ntangiriro zâuku kwezi ubwo Perezida Pinera yatemberaga ku musenyi mu gace ka Cachagua ari bwo uyu mugore yamusabye ko bakwifotoza […]
Ngiki igihugu kitagira urusengero na rumwe
Ku Isi usanga abenshi bemera Imana, bakubaka insengero kugira ngo bajye baziteraniramo mu gihe cyâamasengesho. Biragoye kubona igihugu cyaburamo urusengero na rumwe, keretse nka Saudi Arabia (Arabie Saoudite), hari imisigiti yâAbasilamu gusa. Muri iki gihugu usanga ku mugaragaro hasengera Abasilamu gusa, abakirisitu bakeya (babarirwa muri 5% byâabatuye muri iki gihugu barenga miliyoni 32, Pew Research) […]
Amabwiriza yâimyandikire yateje impaka kuva mu 2014 agiye gukurwaho
Umuyobozi Mukuru (Intebe) wungirije w’Inteko y’Umuco, Uwiringiyimana Jean Claude nâUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri nâUrubyiruko nâUmuco, Hon. Bamporiki Edouard kuri uyu wa 20 Ukuboza 2020 batangaje ko amabwiriza yâimyandikire yâIkinyarwanda yateje impaka mu myaka 6 ishize agiye gukurwaho. Aya mabwiriza yashyizweho nâurwego rwitaga Inteko Nyarwanda yâUrurimi nâUmuco (RALC) mu 2014. Aya mabwiriza yashyizeho ibihekane birimo […]
Hari abari gutegura umuhango wo kurahira kwa Trump nkâuwatsinze amatora
Abantu barenga 325,000 bari gutegura uburyo bazitabira umuhango wo kurahira kwa Donald Trump nkâuwatsinze amatora yâUmukuru wâIgihugu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Nkâuko igitangazamakuru The Independent cyabitangaje, aba bantu bamaze kwemeranya ko uyu muhango uzakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga rihuza amashusho, ku rubuga rwa Facebook, ari na ho hari kubera ubukangurambaga buhamagarira abandi kuwitabira. Abari gutegura […]
Mu mikino 10 iheruka, Arsenal yakubiswemo 7
Agahinda ni kenshi ku bakunzi nâabafana ba Arsenal FC, imwe mu makipe yâubukombe mu Bwongereza, nyuma yâaho ikomeje kwitwara nabi muri shampiyona yâicyiciro cya mbere, English Premier League. Ubwo umwaka wâimikino wâ2020/2021 watangiraga, abakunzi nâabafana bâiyi kipe batangiye kumwenyura kuko yabanje gutsinda imikino ibiri; uwayihuje na Fullham tariki ya 12 Nzeri 2020, ikawutsindamo ibitego 3-0 […]
Pierre Buyoya wayoboye u Burundi azashyingurwa muri Mali
Umuryango wa Pierre Buyoya wayoboye Repubulika yâu Burundi, kuri uyu wa 19 Ukuboza 2020 watangaje ko umurambo we uzashyingurwa muri Mali. Mali ni ho Pierre Buyoya nâumuryango we bari bamaze imyaka igera ku 8 baba, aho yagiyeyo amaze guhabwa inshingano yo kuba Intumwa Yihariye yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) muri iki gihugu no mu […]
Museveni yavuze ko umupolisi utarinda abaturage, akwiye kujya korora ihene
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni ubwo yaganiraga nâabayobozi mu ishyaka rya NRM mu gace ka Kibaale kuri uyu wa 18 Ukuboza 2020, yatangaje ko umupolisi udashobora kurinda abaturage, akwiye kuva ku kazi, akajya korora ihene. Nk’uko Nile Post yabitangaje, Museveni yakomozaga ku mpinduka aherutse gukora mu buyobozi bwâigisirikare nâigipolisi cya Uganda, aho nka Gen. […]
Abanyeshuri 35 ba UR bitabajwe mu kurwanya Covid-19 barishyuza Leta
Abanyeshuri 35 biga mu gashami kâUbuvuzi nâUbuzima Rusange (Clinical Medicine and Community Health) muri Kaminuza yâu Rwanda (UR) leta yitabaje mu kurwanya icyorezo cya Covid-19 barayisaba kubahembera igihe bakoze. Aba banyeshuri bavuga ko tariki ya 8 Kanama 2020 ari bwo Ikigo cyâIgihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyabahamagaye, bajya ku cyicaro gikuru (National Command Post) cya Camp […]
Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 73

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 18 Ukuboza 2020 yatangaje ko abantu 73 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 3468 byafashwe. Barimo 40 babonetse mu mujyi wa Kigali mu bagenzi binjira mu gihugu, 17 babonetse mu Karere ka Rubavu, 7 babonetse mu Karere ka Huye, 6 babonetse muri Musanze, 2 babonetse muri Rwamagana n’undi […]
Ngizi insengero udakwiye kongera gukandagiramo, niba ukunda Imana
Bamwe muri twe, tujya mu nsengero kugira ngo twumve ubutumwa Imana itugenera, buciye mu bantu barimo ababwirizabutumwa (Abashumba, ba Bishop, ba ApĂŽtre,âŠ) hiyongereyeho abaririmbyi nâabahanzi ku giti cyabo. Gusa nkâuko na Bibiliya ibivuga, aba bavugabutumwa si ko bose ari shyashya, ni nka âba bahanuziâ batandukanye; barimo abâukuri nâabâibinyoma. Umuvugabutumwa mubi ashobora gutuma itorero cyangwa urusengero […]
CECAFA U17: Djibouti inganyije na Tanzania, Amavubi arasezererwa
Ikipe y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) y’abatarengeje imyaka 17 y’amavuko, isezerewe mu irushanwa ry’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba (CECAFA U17), nyuma y’aho Djibouti inganyirije na Tanzania. Uyu mukino wahuzaga Tanzania kuri uyu wa 18 Ukuboza 2020, urangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Harimo icyo umukinnyi wa Djibouti witwa Abdek Mouhoumed yitsinze ku munota wa 33 ndetse […]
Afurika mu 2020: Ababaye ba Perezida 12 barimo 4 ba EAC barapfuye

Umwaka wâ2020 waranzwe cyane nâinkuru mbi zirangajwe imbere nâicyorezo cya Covid-19 cyahitanye ubuzima bwa miliyoni zâabantu ku Isi. Usibye nâagahinda katewe nâiki cyorezo, hari abahamya ko ubuzima bwâibyamamare nâabakomeye muri politiki bwatakariye muri uyu mwaka, ari bwinshi ugererenyije no mu myaka myinshi ishize. Izi nkuru zageze no ku mugabane wa Afurika, aho muri uyu mwaka […]
Amb. Willy Nyamitwe arashidikanya ku rupfu rwa Pierre Buyoya
Ambasaderi Willy Nyamitwe uyoboye ishami rishinzwe amakuru n’itumanaho mu biro bya Perezida w’u Burundi, amaze kugaragaza amakenga ku nkuru y’urupfu rwa Pierre Buyoya uherutse gukatirwa igifungo cya burundu. Inkuru y’urupfu rwa Buyoya yemejwe n’abo hafi y’umuryango we, aho bakeka ko yaba yishwe n’icyorezo cya Covid-19.” Amabasaderi Nyamitwe mu butumwa atambukije ku rubuga rwa Twitter, agaragaje […]
Pierre Buyoya wayoboye u Burundi imyaka igera kuri 13, yapfuye
Umwe mu bayoboye Repubulika y’u Burundi igihe kirekire uherutse gukatirwa igifungo cya burundu, Pierre Buyoya, yapfuye azize urupfu bikekwa ko rwatewe n’icyorezo cya Covid-19. Inkuru y’urupfu rwa Buyoya yemejwe na Radio Ijwi rya Amerika Ni nyuma y’ibyumweru bitatu bishize yeguye ku nshingano zo kuba Intumwa Yihariye y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Karere ka Sahel […]
Nigeria: Boko Haram yarekuye ku bushake abahungu 344 iherutse gushimuta
Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram kuri uyu wa 17 Ukuboza 2020 warekuye ku bushake abahungu 344 bo muri Nigeria washimuse mu minsi itandatu ishize. Aya makuru dukesha BBC, yayahamirijwe n’umuvugizi wa Leta ya Katsina aba bana bashimutiwemo, Abdul Labaran. Labaran yatangaje ko aba bana bagarutse bose uko bashimuswe, ndetse nta n’umwe ufite ikibazo, igisigaye ari […]
Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 78

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 17 Ukuboza 2020 yatangaje ko abantu 78 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 3054 byafashwe. Aba barimo 36 babonetse muri Kigali (bahuye n’abanduye), 17 muri Huye, 13 muri Musanze, 5 muri Rubavu, 1 muri Burera, 1 muri Muhanga, 1 muri Nyanza, 1 muri Nyamagabe, 1 muri Gicumbi, 1 […]
Ibyâingenzi umusore agomba gukora kugira ngo atazabura urubyaro
Umuryango ufatwa ko wuzuye iyo urimo umugabo, umugore ndetse n’abana (urubyaro). Abubatse ingo hafi ya bose baba bafite icyifuzo cy’uko babyarana, bakarera ndetse bagakuza abana babyaye; mu gihe bitabaye bamwe bagahorana agahinda kadashira, kimwe n’uko hari abanzura gutandukana kuko batabashije kubona uyu musaruro. Kugira ngo nkâumusore yirinde kuzabura amahirwe yo kubyara, ni ngombwa ko asigasira […]
Umujyanama wa Perezida Museveni yakatiwe azira kumubeshyera
Umujyanama bwite wungirije wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, Caroline Kembabazi yakatiwe azira kubeshya umuyobozi ushinzwe abakozi muri Komisiyo yâAmatora ko uyu Mukuru w’Igihugu yamutumye kumubwira ko agomba guha akazi abantu batatu. Ishami rishinzwe kurwanya ruswa mu Biro byâUmukuru wâIgihugu cya Uganda, SHACU (State House Anti Corruption Unit) ni ryo ryemeje amakuru yâikatirwa rya Kembabazi […]
Nyamasheke: Mwarimu yasabye ikiruhuko kuko ‘Imana imubuza’ kubahiriza amabwiriza ya Covid-19
Umwarimu witwa Nshimiye Schadrack wigisha mu Kigo cyâAmashuri cya Binogo giherereye mu Murenge wa Mahembe wâAkarere ka Nyamasheke kuri uyu wa 16 Ukuboza yandikiye Umuyobozi wâAkarere amusaba ikiruhuko kuko ngo âamategeko yâImana amubuza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19.â Mu ibaruwa yandikiye uyu muyobozi wâAkarere, yagize ati: âNejejwe no kubandikira iyi baruwa ngira ngo mbasabe ikiruhuko […]
Abize uburezi muri Kaminuza ya PIASS barasaba amahirwe y’akazi nk’ayahawe abatarize uburezi
Abize mu mashami y’uburezi muri Kaminuza ya PIASS (Protestant Institute of Arts and Social Sciences) bari mu gahinda batewe no kuba guhera mu Kuboza 2019 batacyemererwa guhatanira imyanya yâakazi yashyizwe ku isoko ryâumurimo, bagasaba ko byibuze bahabwa amahirwe nk’aherutse guhabwa “abatarize uburezi n’abataratsinze ibizamini”. Aba bavuga ko ibibazo bita âakarenganeâ byatangiye mu Kuboza 2019, ubwo […]
Busingye yasobanuye impamvu Perezida Kagame atari we warekura Rusesabagina
Minisitiri wâUbutabera akaba nâIntumwa Nkuru ya Leta yâu Rwanda, Busingye Johnston kuri uyu wa 16 Ukuboza 2020 yasobanuye impamvu Perezida Paul Kagame atari we warekura Paul Rusesabagina ukurikiranwe nâubutabera bwâiki gihugu. Bigaragara mu ibaruwa Ministiri Busingye yanditse asubiza Carolyn B. Maloney uri mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), tariki […]
Icyo u Burundi buvuga ku guhangana kuvugwa hagati ya Gen. Ndayishimiye na CPG Bunyoni
Ibitangazamakuru birimo La Libre cyo mu Bubiligi, kuri uyu wa 16 Ukuboza 2020 byatangaje ko Perezida wâu Burundi, Maj. Gen. Evariste Ndayishimiye (Gen. Neva) ahanganye na Minisitiri wâIntebe, CPG Alai Guillaume Bunyoni. Umutwe wâinkuru yanditswe na Marie-France Cros kuri iki gitangazamakuru ifite umutwe ugira uti âUn bras de fer entre le PrĂ©sident et le Premier […]
Afurika: Ubudasa bwa telefone ba Perezida bamwe bakoresha

Bamwe mu Bakuru bâIbihugu ku mugabane wa Afurika cyane cyane ba Perezida, bakoresha telefone zitandukanye nâizikoreshwa na rubanda nyamwinshi mu buryo bwo kwirindira umutekano. Urubuga Africa Report rwashyize ahagaragara zimwe muri telefone zikoreshwa nâaba Bakuru bâIbihugu nâuburyo bazikoreshamo. Uru rubuga ruvuga ko Abakuru bâIbihugu byinshi byo muri Afurika yâIburengerazuba, bakoresha telefone za ‘Gatushe’ zo mu […]
CECAFA U17: Amavubi mato yahushije penaliti 2 muri 3 yahawe
Ikipe yâIgihugu yâumupira wâamaguru (Amavubi) yâabatarengeje imyaka 17 yâamavuko, yahushije penaliti ebyiri mu irushanwa ryâAkarere ka Afurika yâIburasirazuba (CECAFA U17). Ni nyuma yâaho iyi kipe yanganyaga ubusa ku busa (0-0) nâikipe yâigihugu ya Djibouti, mu mukino wabereye kuri Sitade Mpuzamahanga ya Rubavu izwi nka Umuganda Stadium. Muri uyu mukino, Amavubi yabonye amahirwe ya penaliti ku […]
Ijambo rya Trump kuri Yerusalemu ni ryo ryatumye Al Shabaab irasa muri Kenya
Umutwe wâiterabwoba wa Al Shabab wahishuye ko ijambo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe zâAmerika, Donald Trump, ku mujyi wa Yerusalemu uri muri Israel ari ryo ryatumye igaba igitero muri Kenya. Al Shabab yabitangaje ubwo yashyiraga hanze imyirondoro yâabarwanyi bayo batanu bagabye igitero kuri hoteli ya Dusit D2 iri muri Nairobi tariki ya 15 Kamena 2019, […]
Musanze yabonetsemo abantu 39 banduye Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 15 Ukuboza yagaragaje kk mu Karere ka Musanze kabonetsemo abantu 39 banduye icyorezo cya Covid-19, babonetse mu bibasiwe kurusha ahandi. Ni mu gihe mu gihugu hose habonetse abanduye 85 mu bipimo 2294 byagashwe. Abo barimo aba babonetse i Musanze, 30 babonetse i Kigali mu bagenzi binjira mu gihugu, […]
Uganda: Omah Lay na Tems bafunguwe nyuma y’aho Bobi Wine abashakiye abavoka
Leta ya Uganda yafunguye abahanzi b’Abanya-Nigeria, Stanley Omah Didia uzwi nka Omah Lay na Temilade Openiyi uzwi nka Tems, nyuma yâamasaha make umuhanzi akaba nâumunyapolitiki Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) abashakiye ababunganira mu mategeko. Aba bose bombi batawe muri yombi nâinzego zâumutekano za Uganda tariki ya 13 Ukuboza 2020 bashinjwa kwica itegeko No 171 rirebana no […]
RURA yatangaje ko ibiciro by’ingendo bidahinduka
Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA), kuri uyu wa 15 Ukuboza 2020 rwahumurije Abaturarwanda bari bafite impungenge z’uko ibiciro by’ingendo ku modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange bishobora kongera kuzamurwa, ivuga ko haragumaho ibisanzwe. Yashingiye ku byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 14/12/2020, yafashe icyemezo cy’uko imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zigomba gutwara gusa […]
Musanze: Hizihijwe umunsi mpuzamahanga wahariwe imisozi

Ku wa Gatanu tariki 11 Ukuboza 2020 mu Karere ka Musanze hizihijwe umunsi mpuzamahanga wahariwe imisozi wari ufite insanganyamatsiko igira iti: “Imisozi ni ingirakamaro kuko ari indiri y’urusobe rw’ibinyabuzima” ku bufatanye bw’Umuryango utegamiye kuri leta ubungabunga ibidukikije, Virunga Wildlife Clubs, ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere, ishami rishinzwe Pariki y’Igihugu y’Ibirunga (RDB/PNV). Umuyobozi […]
Ingabo za Somalia nâiza Kenya zishobora gukozanyaho
Nyuma yâamasaha make Guverinoma ya Somalia itangaje ko ihagaritse umubano wayo na Kenya, yatangiye kohereza abasirikare benshi nâimodoka zâintambara ku rubibi rutandukanya ibihugu byombi hafi nâagace ka Mandera, ku buryo hari impungenge ko hashobora kuba imirwano. Nkâuko Daily Nation yabitangaje, amakuru yemejwe nâabaturage ndetse nâubuyobozi muri Mandera, ku buryo bamwe bagize ubwoba ngo bahunze. Umuturage […]
Museveni yaciye amarenga ko atazemera gutsindwa na Gen. Muntu cyangwa Tumukunde
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 yaciye amarenga ko atazemera gutsindwa nâabasirikare barimo Rtd. Maj. Gen. Mugisha Muntu na Rtd. Lt. Gen. Henry Tumukunde bahatanira umwanya wâUmukuru wâIgihugu. Byumvikana muri videwo televiziyo ya NBS yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter kuri uyu wa 15 Ukuboza 2020, yafashwe […]
Dr. Kaberuka yavuze ko Afurika isabwa miliyari 12$ kugira ngo ibone inkingo za Covid-19 zihagije
Dr. Donald Kaberuka uri mu itsinda ryâimpuguke rishinzwe gushakira umugabane wa Afurika igisubizo ku ihungabana ry’ubukungu muri iki gihe icyorezo cya Covid-19 cyibasiye Isi, yavuze ko uyu mugabane usabwa amafaranga agera kuri miliyari 12 zâamadolari ya Amerika kugira ngo ubone inkingo zihagije. Mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa The East African, Kaberuka yavuze ko ari inkuru […]
RURA yinjiye mu kibazo cyâubwumvikane buke hagati ya MTN na Airtel Rwanda
Urwego rwâIgihugu rushinzwe kugenzura imikorere yâinzego zimwe na zimwe zâimirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwinjiye mu kibazo cyâubwumvikane buke hagati yâibigo bibiri byâitumanaho bikorerwa mu Rwanda, MTN na Airtel Rwanda. Intandaro yâiki kibazo ni itangazo ryamamaza ritunganyijwe mu buryo bwâifoto Airtel Rwanda yashyize ahagaragara rifite umutwe ugira uti: âVa ku giti dore umurongo!â Iri tangazo […]
RURA na WASAC mu nzego n’ibigo byahawe abayobozi bashya

Inama yâAbaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 yafashe ibyemezo byo guhindura abayobozi bakuru bâibigo nâinzego bya leta barimo uwâUrwego rwâIgihugu rushinzwe kugenzura imikorere yâinzego zimwe zâimirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) nâuwâIkigo cyâIgihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku nâisukura (WASAC). Umuyobozi Mukuru mushya wa RURA ni Dr. Nsabimana Ernest wari usanzwe ari Umuyobozi Wungirije w’Umujyi […]
Abagendera mu modoka rusange bagabanyijwe, amasaha y’ingendo aramanurwa, ubukwe burahagarikwa

Inama yâAbaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020, yafashe ibyemezo bikakaye birimo guhagarika imihango yâubukwe, kugabanya umubare wâabagendera mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange no kugabanya amasaha yâingendo; mu rwego kurwanya icyorezo cya Covid-19. Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente na Perezida Paul Kagame mu Nama y’Abaminisitiri Ni inama yari yitezweho gushyiraho impinduka […]
Abagenzi binjira mu gihugu n’abacuruzi bambukiranya imipaka muri 88 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 14 Ukuboza yatangaje ko abantu 88 banduye icyorezo cya Covid-19, barimo abagenzi 31 binjira mu gihugu n’abacuruzi 31 bambukiranya imipaka. Aba bagenzi babonetse mu mujyi wa Kigali, naho abacuruzi babonetse mu Karere ka Rubavu. Abandi banduye ni 10 babonetse muri Nyagatare, 6 babonetse muri Musanze, 2 mu Gakenke, […]
IRMCT yatahuye aho Kayishema umaze imyaka 26 yihishe ari
Umushinjacyaha Mukuru wâUrwego IRMCT rwâUmuryango wâAbibumbye (UN) rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR), Serge Brammertz amaze gutangaza ko bamaze gutahura ko Fulgence Kayishema umaze imyaka 26 ashakishwa, aherereye muri Afurika yâEpfo. Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bushinja Kayishema uruhare mu kwica Abatutsi 2000 bari bahungiye muri Kiliziya ya Nyange, bayisengeweho tariki ya 16 Mata 1994. […]
Burundi: Abagore 101 bari bagiye gucuruzwa muri Asia batabawe (Amafoto)

Polisi yo mu Burundi kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 yatabaye abagore nâabakobwa 101 bari bagiye gucuruzwa mu bihugu bya Saudi Arabia, Oman ba Qatar. Yabasanze mu mujyi wa Bujumbura, mu gace ka Buterere, ahazwi nka Quartier Miroir, Minisiteri yâItumanaho ikavuga ko bari bambuwe uburyo bwose bwari kubafasha kuvugana nâabari hanze yâaho bari bashyizwe. Iyi […]
Bobi Wine abona ko Museveni nâabayoboke be bakwiriye guterwa ibyuka biryana mu maso
Umukandida uhagarariye ishyaka rya National Unity Platform (NUP) mu bahatanira umwanya wâUmukuru wâIgihugu muri Uganda, Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) yagaragarije Komisiyo yâAmatora ko atumva impamvu Perezida Museveni nâabayoboke be badaterwa ibyuka biryana mu maso, kandi na bo bigaragara ko baba batubahiriza amabwiriza yo kurwanya icyorezo cya Covid-19. Bobi Wine mu nyandiko yâimpapuro enye isubiza Komisiyo […]
Lucas amaze imyaka irenga 10 asambanya imirambo, ngo biri mu bigize akazi
Umugabo wâimyaka 45 wo muri Ghana, Sharkur Lucas, amaze imyaka irenga 10 asambanya imirambo mbere yâuko ayisukura; akavuga ko nta kazi aba yishe ku buryo yabihanirwa. Lucas bigaragara ko ari umusirimu, amaze igihe kirekire akora umurimo wo gusukura imirambo ibikwa mu buruhukiro (morgue) bwa bimwe mu bitaro biri muri Ghana. Mu kiganiro Lucas yagiranye na […]
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yasubitswe
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) kimaze gutangaza ko Guverinoma y’u Rwanda yasubitse Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari kuba ku nshuro ya 18. Isubikwa ry’iyi nama ryatewe n’ubwiyongere bukabije bw’abantu bakomeje kwandura icyorezo cya Covid-19 mu Rwanda. Iyi nama byari biteganyijwe ko izabera muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Ukuboza 2020, ku bwitabire […]
Ingabo zâu Bufaransa zitoza ibisiga guhanura utudege tw’imitwe y’iterabwoba (Amafoto)

Ingabo zâu Bufaransa zirwanira mu kirere zifite ibisiga bine bidasanzwe, zitoza guhanura utudege tutagira abapilote (drones) twâimitwe yâiterabwoba. Ibi bisiga bifite amazina ya: DâArtagnan, Athos, Porthos na Aramis; byaturazwe mu 2016 ubwo izi ngabo zari zifite impungenge z’uko imitwe y’iterabwoba ishobora kohereza utu tudege dutezweho ibisasu, bigahitana abantu. Ni nyuma y’aho mu 2015 hari akadege […]
Umusore yafunzwe azira gukunda, imiryango mpuzamahanga iha Abanyarwanda 2 akazi
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 7 Ukuboza 2020 cyumvikanyemo amakuru meza ku Banyarwanda babiri bigeze kugira inshingano zikomeye ku gihugu, baragiriwe icyizere nâimiryango mpuzamahanga, ikabaha imirimo mishya. Humvikanyemo kandi indi nkuru yâurukundo rwarenze umupaka rwatumye umusore atabwa muri yombi, arekurwa hashize iminsi itatu. Ngaya amakuru twatoranyije mu yaranze icyumweru: Umusore yafunzwe azira urukundo, uwo yakunze […]
Abanduye Covid-19 biyongereyeho 131 barimo abavuye mu mahanga

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 13 Ukuboza 2020 yatangaje ko abanduye icyorezo cya Covid-19 ari 131 mu bipimo 2444 byafashwe. Aba barimo 84 babonetse i Kigali mu bapimwe mu bagenzi bava mu mahanga ndetse no mu biteguraga kwitabira ubukwe. Barimo kandi 20 babonetse i Musanze, 11 babonetse i Rubavu, 4 babonetse muri Nyabihu, […]
Letitia wâimyaka 23 asobanura ko kotesha igitsina ku kazuba ari ingenzi
Umukobwa wâimyaka 23 yâamavuko ukomoka muri Brazil, Letitia Martins wamamaye nka Lunna Leblanc tariki ya 30 Ugushyingo 2020 yabwiye bagenzi be ko kotesha igitsina ku kazuba ari ingenzi, yifashishije urubuga rwa Instagram. Yasobanuriye abamukurikira ko gukora iki gikorwa amasaha abiri buri munsi ari byiza ngi âkuko bituma umukobwa agira imbaragaâ kandi âakagira nâubushake bwinshi bwo […]
Leta ikeneye kugaruza amafaranga miliyari 3 azava mu manza 280 yatsinze
Minisitiri wâUbutabera, Busingye Johnston yamenyesheje Abahesha bâInkiko bâUmwuga ko hari amafaranga yâu Rwanda (rwf) 3,010,711,593 bagomba kugaruza, aya akaba agomba kuva mu manza 280 Leta yatsinze. Minisitiri Busingye yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâaba Bahesha bâInkiko uko ari 37, kigamije kurebera hamwe uburyo buri wese ubereyemo leta umwenda leta yakwishyuzwe. Nk’uko Minisiteri y’Ubutabera yabitangarije kuri Twitter, […]
Perezida Trump ni umuhombyi wâumwaka_Der Spiegel
Igitangazamakuru gikomeye mu Budage no ku mugabane wâUburayi, Der Spiegel tariki ya 11 Ukuboza 2020 cyise Perezida wa Leta Zunze Ubumwe zâAmerika, Donald Trump umuhombyi wâumwaka wâ2020. Abanditsi babiri bahuriye kuri iyi nkuru bise Perezida Trump umuhombyi wâumwaka (Der Verlierer des Jahres), bashingiye ku kuba yaranze kwemera ko yatsinzwe na Joe Biden mu matora yâUmukuru […]
Akana kâimyaka 7 gafite â6 packâ nkâiyâabasore bâibigango_Amafoto

Arat Hosseini ni umwana wavukiye muri Iran tariki ya 13 Nzeri 2013, ugaragara mu buryo butamenyerewe bitewe nâuko yubatse umubiri, akaba afite âSix Pack’ nkâiyâabasore bâibigango. Se wâuyu mwana, Mohammed Hosseini yasobanuye ko yatangiye gukoresha uyu mwana imyitozo ngororamubiri ubwo yari yujuje amezi 9 yâamavuko, icyo gihe akaba yaratangiye kujya amwuriza ahantu hegutse. Aha yafotowe […]
U Rwanda mu bihugu 96 bizabona inkingo za Covid-19 mbere
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu 96 ku Isi bizabona inkingo za Moderna na AstraZeneca Umuryango Mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) witezweho kwemeza ko zatangira gukingira abantu icyorezo cya Covid-19. Yabitangarije mu kiganiro yagiriye ku bitangazamakuru by’igihugu cyatambutse no kuri bimwe mu bitangazamakuru byigenga, kuri uyu wa 13 Ukuboza […]
Hari abacuruzi banduye Covid-19 bakoresha ibyangombwa byâuko batanduye_Minisitiri Ngamije
Minisitiri wâUbuzima, Dr. Ngamije Daniel kuri uyu wa 13 Ukuboza 2020 yahishuye ko hari abacuruzi bambukiranya imipaka, bakoresha ibyangombwa bigaragaza ko batanduye icyorezo cya Covid-19, kandi baranduye. Yabitangarije kuri RBA mu kiganiro cyarimo abayobozi batandukanye barimo Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Minisitiri wâUbucuruzi nâUmuvugizi wa Polisi yâu Rwanda. Minisitiri Ngamije yagaragaje ko iyi myitwarire yâabacuruzi ari imwe […]
Katumbi arabyinira ku rukoma, abona Kabila nâabe bigizwayo

Umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi akomeje kugaragaza ibyishimo aterwa no kuba Perezida FĂ©lix Tshisekedi yaritandukanyije na Joseph Kabila ndetse no kuba abo bakoranaga bya hafi bakomeje kwigizwayo. Katumbi ni umuntu wabaye inshuti ya Kabila, nyuma baza gushwana, yegura ku mwanya wâubuyobozi, ubwo yari Guverineri wâIntara ya Katanga, ajya mu buhungiro mu Bubiligi kuko yirinda gufungwa nyuma yo […]
Abantu barenga 1,600,000 bamaze kwicwa na Covid-19

Urubuga rwa World Ometers rutanga amakuru agezweho ku cyorezo cya Covid-19 yaraye saa tatu nâiminota 8 zâiki gitondo rwerekanye ko abantu 1,611,863 bamaze kwicwa nâicyorezo cya Covid-19 ku Isi yose. Muri aba bose, Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zibasiwe cyane, zimaze gupfiramo abarenga 305,082, Brazil igarukiriraho nâabapfuye barenga 181,143, u Buhinde bukagira 143,055, Mexique, […]
Imyaka 17 irashize Saddam Hussein avumbuwe mu mwobo; iby’ingenzi ku ifatwa rye
Mu bikorwa bitazibagirana ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakoze, harimo Operasiyo (Operation) Red Dawn yarangiye zivumbuye mu mwobo Saddam Hussein wabaye Perezida wa Iraq kuva mu 1979 kugeza mu 2003. Operasiyo yabereye mu mujyi wa ad-Dawr muri Iraq, mu majyepfo yâumujyi wa Tikrit yavukiyemo, tariki ya 13 Ukuboza 2003, ikozwe nâitsinda kabuhariwe, Task […]