Tanzania: Leta yabujije ibiterane bya politiki mu gihugu

Leta ya Tanzaniya yabujije ibiterane bya politike mu gihugu cyose kugeza igihe hazatangirwa amabwiriza mashya, aho yashimangiye ko bikenewe mu kubungabunga umutekano w’igihugu. Guverinoma ivuga ko yabonye ko hari ibintu bibangamiye umutekano, nk’abantu bivugwa ko bafatanywe intwaro barimo gutegura ibikorwa by’ubugizi bwa nabi nk’uko inkuru dukesha BBC ivuga. Ni icyemezo ariko cyamaganwe n’imitwe ya politiki […]
Gen. Ndima wahoze ayobora Kivu y’Amajyaruguru yinjiye mu rubanza rwa ba Tshiwewe nk’umucamanza

Kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 25 Kamena 2026, Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwakoze iburanisha rigufi rya kabiri mu rubanza hagati y’Umushinjacyaha Mukuru wâIgisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) na General Christian Tshiwewe, wahoze ari Umugaba Mukuru wa FARDC akaba nâumujyanama mu bya gisirikare w’umukuru wâigihugu, […]
France: Lt. Col. Nicolas Nzeyimana wa RDF yasoje amasomo muri Ăcole de Guerre

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Kamena 2026, mu Ishuri ry’Intambara mu Bufaransa, hasojwe icyiciro cya 33 cy’amasomo ya gisirikare, yanitabiriwe n’Umunyarwanda Lt. Col. Nicolas Nzeyimana wo mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF). Ambasaderi w’u Rwanda mu Bufaransa, François Nkulikiyimfura yitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi Lt. Colonel Nicolas Nzeyimana, nyuma yo gusoza amasomo mu Ishuri Rikuru […]
Pretoria: Ambasaderi wa Amerika yongeye gukora mu jisho Afurika y’Epfo

Muri Afurika y’Epfo, hongeye kuvuka amakimbirane mashya hagati ya Ambasaderi wa Amerika na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga. Leo Brent Bozell III wageze muri iki gihugu muri uyu mwaka, yanenze Pretoria kuba ikomeje kugaragariza ubucuti budasanzwe ibihugu bibiri bya BRICS, u Bushinwa na Iran, abona ko ari ukubugaragaza bikabije, cyane cyane ko Washington iri mu biganiro na […]
Dubai: Umwongerezakazi wamamaye kuri tiktok arashinjwa kwica umukunzi we

Umukobwa wâimyaka 23 wamamaye ku rubuga rwa TikTok araregwa kwicira i Dubai umusore bakundanaga. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wavuze ko ashobora guhanishwa igihano cyâurupfu arashwe mu gihe icyaha cyaba kimuhamye. Brooke George, ukomoka i Gravesend, mu karere ka Kent, mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw’u Bwongereza, yarezwe ibijyanye no guterwa icyuma kw’umugabo bakundanaga, nyuma yo […]
FARDC yakamejeje mu bitero byibasira abaturage nyuma yo gukubitwa kenshi ku butaka

Nyuma yo gutsindwa inshuro nyinshi ku butaka no kugaragara ko badashoboye guhangana n’ingabo za AFC/M23, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zakajije umurego mu bikorwa byo gutera ibisasu ku baturage bâabasivili. Nk’uko bitangazwa n’Ihuriro AFC/M23 mu itangazo ryashyize ahagaragara, kuva ku wa Mbere, itariki 22 Kamena 2026, saa 11h30 kugeza kuri uyu wa Kabiri, itariki […]
Kabila yishe Laurent-Desire Kabila – UDPS

Augustin Kabuya, Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka UDPS, riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashinje Joseph Kabila kuba ari we wagize uruhare mu iyicwa rya se, uwahoze ari perezida, Laurent-DĂ©sirĂ© Kabila (1997-2001), mbere yo kumusimbura. Kabila yiciwe mu biro bye ku itariki ya 16 Mutarama 2001, i Kinshasa. Ku cyicaro cy’ishyaka rye, Kabuya yagize […]
Umunyamategeko Martha Karua wo muri Kenya yirukanwe nabi muri Uganda

Umwunganizi mu bijyanye n’amategeko wo mu gihugu cya Kenya, Martha Karua, yangiwe kwinjira muri Uganda maze asubira i Nairobi, kuri uyu wa Mbere ushize, nyuma y’uko abashinzwe abinjira n’abasohoka bamushyize mu cyiciro cy’ âabimukira batemewe,â nk’uko bigaragara ku itangazo ryashyizwe ahagaragara ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Entebbe. Iki cyemezo cyafashwe nâubuyobozi bushinzwe abinjira nâabasohoka, bwategetse […]
RDC: Ihuriro C64 riramagana ibikorwa by’urugomo bikomeje kwibasira kiliziya

Ihuriro Article 64 (C64) riharanira kurengera itegeko nshinga ryagaragaje ko rihangayikishijwe cyane nâibikorwa byâurugomo byiyongera kuri Kiliziya Gatolika muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 22 Kamena 2026, uru rubuga rwa politiki rwamaganye ibitero byibasiye inyubako nyinshi zâidini ndetse nâibikorwa byâiterabwoba byibasira abagize ubuyobozi bwa kiliziya. Nkâuko C64 ibivuga, ibi […]
RDF na RNP bahaye amatungo abaturage i Kirehe na Kayonza

Ingabo hamwe na Polisi byâu Rwanda bahaye abaturage bo mu turere twa Kirehe na Kayonza inka nâihene kuri uyu wa 22 Kamena 2026, mu rwego rwa gahunda yâIbikorwa bigamije guteza imbere imibereho myiza yâabaturage (DSCOP 2026). Iki gikorwa cyo gutanga amatungo kizakomeza mu cyumweru cyose mu mirenge itandukanye irimo Nasho mu Karere ka Kirehe, ndetse […]
Keir Starmer yamaze kwegura ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza

Keir Starmer yeguye ku mwanya wa minisitiri wâintebe nâumuyobozi wâishyaka ryâabakozi, mu ijambo rye yavugiye Downing Street imbere y’ibiro yakoreragamo. Avuga ko icyemezo cyose yafashe mu biro cyerekeranye no “gushyira igihugu nkunda imbere” Starmer ashimira “umugore we w’igitangaza, Vic”, asobanura ko ari “urutare”, yongeyeho ko yifuza kuba “papa mwiza ushoboka ku bana banjye beza, kandi […]
Gahunda ya Green Party yo kugeza inzego za yo mu mirenge yakomereje n’ahandi

Kuri iki cyumweru tariki ya 21 Kamena, gahunda y’ishyaka Rihanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda yo gushyiraho inzego zaryo ku rwego rw’umurenge, yakomereje mu mirenge ya Kagogo na Kinyababa mu Karere ka Burera, mu Ntara y’Amajyaruguru. Muri iyi mirenge habereye inama ikomatanyije n’amahugurwa ku barwanashyaka ba Green Party, hanashyirwaho inzego z’ishyaka, mu gikorwa cyayoborwe […]
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yitezweho gutangaza ubwegure bwe kuwa Mbere

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere uza atangaza ko avuye kuri uyu mwanya, nyuma yâigitutu kinini cyâabadepite bo mu ishyaka ry’abakozi akomokamo, ibiharurira inzira Andy Burnham zo kuba umuyobozi wâIshyaka ry’Abakozi. Kuri iki Cyumweru, umunyamabanga ushinzwe ubucuruzi, Peter Kyle, avugira guverinoma, yanze kugira icyo atangaza kuri gahunda zihariye za […]
“Tweets” za Gen. Muhoozi zaba zimaze kuba akasamutwe ku badipolomate ba Uganda

Ikiganiro kuri telefoni hagati ya Maj. Gen. (Rtd) Kahinda Otafiire ubu uri minisitiri w’amazi n’ibidukikije, na Ambasaderi wa Uganda mu Muryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi, Mirjam Blaak, cyerekana ko ubutumwa Umugaba Mukuru w’Ingabo wa Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, akunze gushyira ku mbuga nkoranyambaga bumaze kuba akasamutwe ku badipolomate ba Uganda bashaka guhagarika kunengwa n’ibihugu by’i […]
Afurika y’Epfo: Umukobwa wa Zuma yirukanwe mu ishyaka se yashinze

Muri Afurika y’Epfo, Duduzile Zuma, umwe mu bakobwa b’uwahoze ari perezida, Jacob Zuma, yirukanwe muri MK, ishyaka rya politiki rya se. Araregwa kwangiza ubumwe bwâishyaka, nâubufatanye nyuma yâamakuru menshi yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga. Kwirukanwa kwa Duduzile Zuma ngo bitanga ubutumwa busobanutse: MK (uMkhonto weSizwe) ishobora guhana umwe mu banyamuryango bayo, ndetse n’umukobwa w’uwayishinze. Umukobwa w’uwahoze […]
Abasilamu bo mu Rwanda bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 32

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 20 Kamena, Umuryango wâAbayisilamu mu Rwanda (RMC) wakoze igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa NyanzaâKicukiro. Ahagarariye ubuyobozi bwâIngabo zâu Rwanda (RDF), Umuvugizi Wungirije wa RDF, Lt Col Simon Kabera, yatanze ikiganiro ku bitabiriye iki gikorwa, agaragaza uko Jenoside […]
Intumwa za Amerika na Iran zageze mu Busuwisi ahagiye kubera ibiganiro bishya

Ibiganiro bitaziguye hagati ya Amerika na Iran biteganijwe gutangirira mu Busuwisi nubwo Ingabo za Iran zavuze ko zongeye gufunga Umuhora wa Hormuz kubera ibitero bya Israel byibasiye amajyepfo ya Liban. Igisirikare cya Amerika cyamaganye ibyatangajwe n’Igisirikare cya Iran, kivuga ko “umuhora ukomeje kuba nyabagendwa”. Iran yavuze ko iyi nzira yafunzwe mu rwego rwo gusubiza ibitero […]
Minembwe: Ibitero bya FARDC byahitanye abasivili ndetse bisenya inzu nyinshi

Ibitero bya FARDC n’abafatanyabikorwa ba yo, kuva kuri uyu wa Kane kugeza kuri uyu wa Gatanu bikomeje guhitana ubuzima bw’inzirakarengane i Minembwe muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ari na ko byangiza imitungo yabo, mu gihe Isi ikomeje kurebera ibyo bamwe bemeza ko ari ibikorwa bigamije gutsemba Abanyamulenge. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na […]
Musanze: Hasojwe amasomo ya ba ofisiye bakuru ba polisi baturutse mu bihugu 10 bya Afurika

Mu Ishuri Rikuru rya Polisi yâu Rwanda riherereye mu Karere ka Musanze habereye umuhango wo gusoza icyiciro cya 14 cyâamasomo yâubuyobozi amara umwaka umwe (Police Senior Command and Staff Course) Iki cyiciro kigizwe nâabanyeshuri 38 bo ku rwego rwa ba Ofisiye Bakuru baturutse mu bihugu 10 byo muri Afurika. Umuyobozi wâishuri rikuru rya Polisi, CP […]
Ibiganiro bishya byari biteganyijwe mu Busuwisi hagati ya USA na Iran byasubitswe

Icyiciro gishya cyâibiganiro bitaziguye hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran cyasubitswe nyuma y’uko urugendo rwa Visi Perezida JD Vance rwari ruteganyijwe mu Busuwisi rutindijwe. Kuri uyu wa Kane ushize, White House yatangaje ko Vance atazakora urugendo yerekeza mu biganiro. Bije nyuma y’umunsi umwe Amerika ihagaritse ibikorwa byo guhagarika amato ya Iran nyuma […]
Itsinda rya Ofisiye Bakuru baturutse mu Ishuri rya Gisirikare muri Kenya ryasuye RDF

Itsinda rya Ofisiye Bakuru baturutse mu Ishuri rya Gisirikare muri Kenya (Kenya Military Academy), riyobowe na Col E. L. Lovega, kuwa Kane ryasuye icyicaro Gikuru cyâIngabo z’u Rwanda rinagirana ikiganiro nâUmuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye Mpuzamahanga mu bya Gisirikare akaba nâUmuvugizi wâIngabo zâu Rwanda, Brig Gen Patrick Karuretwa. Iri tsinda riri mu Rwanda mu ruzinduko rwâicyumweru, […]
Gen. Muhoozi ugiye kugaruka i Kigali yemeje ko vuba aha aba ari Perezida wa Uganda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, ukunze gutangaza ibintu bitavugwaho rumwe ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa Gatanu yabyutse atanga ubutumwa bugaragaza byinshi mu hazaza ha politiki ya Uganda n’akarere, ndetse aboneraho kwemeza ko vuba aha agiye kugaruka i Kigali gusura Perezida Kagame. Mu butumwa bwe yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X akunze […]
Fizi: Hakomeje kuba urujijo ku waba agenzura Minembwe Centre hagati ya FARDC na Twirwaneho

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 18 Kamena 2026, Igisirikare cya Congo (FARDC) cyatangaje ko kigaruriye Minembwe Centre, muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Minembwe Centre ifatwa nk’icyicaro gikuru cy’abarwanyi b’umutwe wa Twirwaneho ukorana na AFC/M23. Nkâuko byatangajwe na S/Lt Mbuyi Kalonji Reagan, Umuvugizi wa Operation Sukola 2 muri Kivu y’Amajyepfo, kwigarurira […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Kallas wa EU na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel

Visi Perezida wa Komisiyo y’u Burayi, Kaja Kallas yavuze ko aha agaciro “ibiganiro n’imikoranire” na Israel, ariko ntacyo yavuze ku magambo yaba yaravuze agereranya Israel n’ubutegetsi bwa apartheid bwahoze buyobora Afurika y’Epfo. Uyu mudipolomate ukomeye wâUmuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi, Kaja Kallas, yatangaje ibi nyuma yâuko Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Israel, Gideon Sa’ar, avuze ko […]
France: Gen. Nyakarundi yagaragaye mu imurikagurisha mpuzamahanga ry’ibikoresho bya gisirikare

Umugaba wâIngabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yagiranye ikiganiro na mugenzi we Gen Pierre Schill, Umugaba wâIngabo z’u Bufaransa zirwanira ku butaka. Ni ikiganiro cy’umwihariko bagiranye mu gihe bitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga rya Eurosatory 2026 ribera i Paris ryibanda ku bikoresho nâikoranabuhanga byâingabo zirwanira ku butaka n’izirwanira mu kirere. Ikiganiro cyibanze ku […]
Niger: Ku kibuga cy’Indege cya Niamey hongeye kubera imirwano

Muri Niger, urusaku rw’amasasu rwamaze amasaha abiri mu gitondo cyo kuri uyu munsi, itariki ya 18 Kamena 2026, hafi y’Ikibuga cy’Indege cya Niamey. Umutuzo wagarutse ariko kuri ubu. Nkâuko RFI ibitangaza, ibikorwa byo gushakisha birakomeje ku kibuga cy’indege, kandi hafi yâingoro ya perezida nâibiro bya minisitiri wâintebe hafunzwe. Kuri uyu wa Kane, biravugwa ko urusaku […]
Amafoto: Uko Ingabo z’u Rwanda zirinze Ikibuga cy’Indege cya Malakal zihagaze bwuma

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), zitabajwe ngo zirinde Ikibuga cy’Indege cya Malakal n’inkengero zaho mu rwego rwo kwirinda abagerageza kugaba ibitero bigamije gusahura imfashanyo zigenewe abaturage. Ibi byatangajwe na UNMISS kuri uyu wa Gatatu, itariki 17 Kamena 2026, mu butumwa yanyujije kuri X. “Kugira ngo […]
Intara ya Somaliland yiyomoye kuri Somalia yafunguye ambasade i Yerusalemu nk’igihugu

Intara ya Somaliland yitandukanyije n’igihugu cya Somalia yamaze gufungura ambasade i Yerusalemu, nyuma y’amezi atandatu Israel ibaye igihugu cya mbere kiyemeye nkâigihugu cyigenga. Ifungurwa ryâiyo ambasade mu gace kiganjemo ibikorwa byâikoranabuhanga i Yerusalemu yâUburengerazuba, ryabaye mu gihe Perezida wa Somaliland Abdirahman Mohamed Abdullahi ari mu ruzinduko rwâakazi muri Israel. Mu nama yagiranye na Perezida wa […]
Minembwe: Umwuka ukomeje kuba mubi nyuma y’ibitero bya FARDC na FDNB

Ibibazo byâumutekano bikomeje guhangayikisha muri Minembwe-Centre, muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’ibitero by’Ingabo za Congo nâIngabo zâu Burundi, zishyigikiwe nâihuriro ryâimitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo, kuri Minembwe-Centre, igenzurwa nâabarwanyi ba Twirwaneho bifatanye imikoranire na AFC/M23. Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 16 […]
Ishuri ry’ubushakashatsi ku mutekano muri Nigeria riri mu rugendoshuri mu Rwanda

Itsinda ryaturutse mu Ishuri Rikuru ryâUbushakashatsi ku Mutekano muri Nigeria  riri mu Rwanda mu rugendoshuri rwâicyumweru rugamije gusuzuma isano iri hagati yâimitwe yitwaje intwaro ishingiye ku moko, ihatanira umutungo kamere, nâibibangamira umutekano wâibihugu. Iri tsinda ryasuye Minisiteri yâIngabo ndetse nâIcyicaro Gikuru cyâIngabo zâu Rwanda, aho  ryagejejweho ikiganiro nâUmuyobozi Mukuru ushinzwe Ubutwererane Mpuzamahanga mu bya Gisirikare […]
Tshisekedi yaraye i Houston aho yitabiriye umukino uza guhuza RDC na Portugal

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 16 Kamena 2026, Perezida wa Repubulika, FĂ©lix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yaraye i Houston (Texas), muri Amerika. Aherekejwe n’umugore we, Denise Nyakeru, aho bitabiriye umukino w’igikombe cy’Isi, uteganijwe kuri uyu wa Gatatu ku kibuga cya NRG Stadium, hagati yâikipe ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Portugal, mu mukino wa mbere […]
EASF yateguye inama yo kwemeza inyandiko z’ibikorwa by’ingabo zo mu kirere

Umutwe wâIngabo zâIbihugu byo mu Burasirazuba bwa Afurika ziteguye gutabara mu bihe bikomeye (EASF) watangije inama yâiminsi itanu i Kigali, kuva ku wa 15 kugeza ku wa 19 Kamena 2026, igamije kwemeza Inyandiko Ngenderwaho yâibikorwa bihuriweho byâIngabo zo mu Kirere , Amabwiriza agenga imikorere, ndetse nâAmasezerano yâubwumvikane ajyanye nâibikorwa byâubutabazi mu bihe byâibiza nâibisanzwe. Iyi […]
Kigali: Hatangiye ibiganiro nyunguranabitekerezo ku mushinga wo guhuza inzego za politiki za EAC

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Kamena 2026, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Usta Kaitesi, yafunguye ku mugaragaro ibiganiro nyunguranabitekerezo ku mushinga wo guhuza inzego za politiki z’Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba (EAC). Muri ibi biganiro, impuguke ziturutse muri EAC zizakusanya ibitekerezo by’Abanyarwanda bo mu ngeri zitandukanye, ku ngingo z’ingenzi bifuza ko uyu […]
Perezida Gnassingbé arashima ingufu Kagame akomeje gushyira mu guhuza Abanyafurika

Perezida Faure Essozimna GnassingbĂ© yashimiye umukuru w’igihugu cy’u Rwanda ndetse n’uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Olusegun Obasanjo, kuba bitabiriye inama yiga ku bwikorezi bwo mu kirere ku mugabane wa Afurika izwi nka African Air Transport Convention and Exhibition, yabereye i Lome muri Togo kuri uyu wa Mbere ushize. Mu butumwa yanyujije kuri X kuri uyu […]
Centrafrica: Igisirikare cyamaganye amakuru agishinja gushaka guhirika ubutegetsi

Muri Repubulika ya Centrafrica, Ubuyobozi Bukuru bw’Igisirikare cya Centrafrica (FACA) bwamaganye bwivuye inyuma ibirego bibushinja kuba mu mugambi ukekwa wo guhirika ubutegetsi buriho. Hashize iminsi itari mike, ubutumwa bukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu mitwe imwe ya politiki buvuga ko haba hari umugambi wo kugerageza guhungabanya abayobozi. Ni amakuru igisirikare kivuga ko ari ibinyoma […]
Intumwa za RDF ziyobowe na Maj. Gen. Nyakarundi ziri mu Bufaransa

Intumwa z’Ingabo z’u Rwanda ziyobowe nâUmugaba Mukuru wâIngabo zirwanira ku butaka, Major General Vincent Nyakarundi, ziri mu ruzinduko rwâakazi rwâiminsi itanu i Paris mu Bufaransa, aho ziri kwitabira imurikabikorwa mpuzamahanga mu bya Gisirikare n’Umutekano rya Eurosatory 2026. Eurosatory 2026 yatangiye kuri uyu Mbere ushize, itariki ya 15 Kamena 2026, i Paris ni ryo murikabikorwa rinini […]
Ethiopia: Byibuze abantu 31 bapfiriye mu mpanuka ya bus

Kuri uyu wa Mbere, ikigo cy’itangazamakuru kigenzurwa na leta, Amhara Media Corporation, cyo muri iyi leta, cyatangaje ko, abantu 31 bishwe ubwo bus yagwaga mu mpanga mu karere ka Amhara muri Ethiopia. Iyi bus yari â iturutse i Dessie yerekeza mu murwa mukuru, Addis Abeba, igihe impanuka yabaga, nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru kivugwa hejuru. Igipolisi cyagize kiti: […]
Norvege: Umuhungu w’Igikomangomakazi cy’ikamba yakatiwe imyaka 4 y’igifungo

Kuri uyu wa Mbere, Urukiko rwa Oslo rwemeje ko umuhungu wâIgikomangomakazi cyâikamba muri Norvege yakatiwe igifungo cyâimyaka ine nyuma yo guhamwa nâibyaha bibiri byo gufata ku ngufu. Marius âBorg Hoiby yahakanye icyaha kandi ashobora kujuririra icyo cyemezo nk’uko inkuru dukesha Deutsche Welle ivuga. Uyu musore w’imyaka 29 ni umuhungu wâIgikomangomakazi cyâikamba muri Norvege, Mette-Marit, yabyaranye […]
Ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa i Rugezi, Ruhinamavi n’ahandi byahitanye abantu

Kuva ku isaha ya saa kumi n’ebyiri n’iminota 45 z’ijoro ku Cyumweru, itariki ya 14 Kamena 2026, hakomeje ibitero by’urugomo byakozwe n’ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa byibasiye uturere dutuwe cyane twa Bidegu, Rugezi, Mikenke, na Ruhinamavi. Ibyo bikorwa bya gisirikare byakorewe icyarimwe byakoreshejwemo ingabo zirwanira ku butaka, imbunda ziremereye, ndetse na drones za KT-6 […]
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ya EU ndetse na S/G wa Commonwealth

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, itariki 14 Kamena, muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yakiriye Amb. Johan Borgstam, Intumwa idasanzwe y’Umuryango wâUbumwe bwâibihugu byâi Burayi (EUSR) mu Karere kâIbiyaga Bigari. Ibiganiro byabo byibanze ku iterambere ryâakarere, harimo kuba hakenewe ingamba zifatika zo gukemura impamvu muzi yâamakimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo […]
Lt Col E. Nsengiyumva wa RDF yarangije amasomo muri Royal Jordanian Command and Staff College

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 14 Kamena 2026, Lt Col Emmanuel NSENGIYUMVA wo mu Ngabo zâu Rwanda yarangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare mu gihugu cya Jordan (Royal Jordanian Command and Staff College). Umuhango wo gusoza amasomo yaba Ofisiye Bakuru (Senior Command and Staff Course 2025/2026) wayobowe na Maj Gen Yousef Huneiti, Umugaba Mukuru […]
U Bwongereza bwafatiriye ubwato bwikoreye peteroli bw’u Burusiya muri English Channel

Minisitiri wâIntebe Keir Starmer aravuga ko Ingabo zâu Bwongereza zafashe ubwato butwaye peteroli bwâu Burusiya bwageragezaga kunyura muri English Channel. Kuri iki Cyumweru, Starmer yagize ati: “Iki gikorwa cyagenze neza â â cyakubise ikindi kintu â â u Burusiya kandi cyibutsa abakomeza guha ingufu â intambara ya Putin muri â â Ukraine ko tutuzabemerera kwihisha.” Minisiteri yâIngabo yâu Bwongereza na yo yemeje […]
Uganda: Gen. Otafiire wahoze ari minisitiri w’umutekano yashinje igipolisi yagenzuraga ubwicanyiÂ

Uwahoze ari Minisitiri wâumutekano w’imbere mu gihugu muri Uganda, Maj. Gen. Kahinda Otafiire, yatangaje ibintu bishobora gufatwa nko kwemerwa mu buryo butaziguye kâumuyobozi mukuru wa guverinoma, ubwicanyi ndengakamere bwakorewe mu gipolisi cya Uganda, asaba uwamusimbuye, Prof. Ephraim Kantu, guhangana nâiki kibazo. Mu butumwa yashyize kuri uyu wa Gatandatu kuri X, Otafiire yaburiye Kantu, uherutse kugirwa […]
Nigeria: Uwahoze ari jenerali yapfiriye mu maboko y’abari bamushimuse

Muri Nigeria, uwahoze ari jenerali mu gisirikare cy’igihugu yapfiriye aho yari yarafatiwe bugwate, nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru byaho. Abubakar yashimutanwe nâumugore we muri Leta ya Katsina mu byumweru bibiri bishize, bashimuswe nâabantu bitwaje imbunda bakekwaho kuba mu mutwe ushimuta abantu kubw’ingurane, uzwi ku izina rya “bandits” cyangwa amabandi. Ibyo guverinoma yavuze Uyu mujenerali wahoze ari umuvugizi […]
Inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo zacakiraniye mu mirwano ikaze i Buhimba

Inyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo zacakiraniye mu mirwano i Buhimba, muri Gurupoma ya Waloa Yungu iherereye muri Teritwari ya Walikale muri Kivu y’Amajyaruguru, kuva ku wa Gatandatu, itariki ya 13 Kamena 2026. Buhimba ni umujyi uherereye ku mupaka uhuza intara za Walikale na Masisi. Amakuru atangazwa na Actualite.cd avuga ko imirwano yabaye nyuma […]
Centrafrica: Abimukira ba mbere birukanwe muri Amerika bageze i Bangui

Muri Repubulika ya Centrafrica, nyuma yâiminsi myinshi yo gutegereza no guhwihwisa, indege ya mbere yari itwaye abimukira birukanwe muri Amerika yageze i Bangui ku mugoroba wo ku wa Gatanu, itariki ya 12 Kamena. Iki gikorwa cyakozwe mu ibanga, kandi amakuru yacyo ntaramenyekana neza. Mu rugendo rw’amasaha 24 rwatangiriye muri Alexandria, muri Louisiana, indege ihagarara bwa […]
U Buhinde: Ba O/Cdts Elie Ndagijimana na Fils Niyikiza basoje neza amasomo muri IMA

Perezida w’u Buhinde, Droupadi Murmu, kuri uyu wa Gatandatu ushize yayoboye umuhango wo gusoza amasomo ya gisirikare mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Buhinde riherereye Dehradun. Aya masomo yari icyiciro cya 158 cy’amasomo asanzwe nâicyiciro cya 141 cy’amasomo ya tekiniki yanitabiriwe n’Abanyarwanda babiri basoje neza. Abasirikare b’u Rwanda basoje amasomo ni O/Cdt Elie Ndagijimana na […]
Minembwe: Ibitero bya Sukhoi byahitanye abantu ndetse bisenya ingo z’abaturage

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 12 Kamena 2026, ku isaha ya 10:30 z’igitondo ndetse no ku isaha ya 2:45 z’amanywa, ihuriro ry’ingabo zâubutegetsi bwa Kinshasa zateye ibisasu muri centre ya Minembwe hakoreshejwe indege zâintambara za Sukhoi-25, abantu benshi babigenderamo ndetse amazu menshi arasenyuka. Biravugwa ko hari imiryango yatabwe mu matongo kubera ibyo bitero nk’uko […]
Abasirikare b’u Burundi bishe abapolisi 3 b’Abanyekongo

Abapolisi batatu bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bishwe mu ijoro ryo ku wa Kane, rishyira kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 12 Kamena 2026, nyuma kurasirwa n’Ingabo z’u Burundi ku mazi y’Ikiyaga cya Tanganyika. Abapolisi bishwe bari ku irondo ku Kirwa cya Ubwari, ahitwa Mizimu muri Gurupoma ya Ubwari nk’uko amakuru agera kuri […]
Mu bimukira 15 boherejwe muri RDC bavuye muri Amerika hasigaye umwe

DRC irimo gusuzuma ingaruka zâamasezerano yâabimukira yagiranye na Washington. Itsinda rya mbere ry’abantu, bakomoka muri Peru, Colombia, na Equateur, bageze i Kinshasa ku itariki ya 17 Mata. Hafi ya bose ariko barahavuye. Nkâuko Minisitiri wâintebe wungirije Jacquemain Shabani abitangaza, ngo mu bimukira cumi na batanu birukanwe muri Amerika kandi bageze i Kinshasa ku itariki ya […]
Umutoza Jose Mourinho yasubiye muri Real Madrid

Ikipe ya Real Madrid yemeje ko yagaruye Jose Mourinho nkâumutoza mukuru. Uyu munya-Portugal wâimyaka 63 yemeye amasezerano yâimyaka itatu, azatangira akazi tariki 13 zâukwezi gutaha kwa Nyakanga. Real yishyuye Benfica miliyoni 15 zâama-euro yâikiguzi ku masezerano Mourinho bita âThe special oneâ yari agifite muri iyo kipe yâiwabo. Agarutse i Bernabeu nyuma yâimyaka 13 ahavuye nkâumutoza […]
U Rwanda rurashima umubano warwo ugenda ukura na Zimbambwe

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Zimbabwe i Kigali mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 46 y’ubwigenge bwa Repubulika ya Zimbabwe. Mu ijambo rye, yashimye ubufatanye bugenda bwiyongera hagati yâu Rwanda na Zimbabwe mu nzego zâingenzi zirimo uburezi, ingufu, amahoro nâumutekano, ubuhinzi, ubucuruzi, na diplomasi. Yashimye kandi […]
Juba: Abasirikare b’u Rwanda batanze serivisi zâubuvuzi ku buntu ku baturage barenga 200

Ingabo zâu Rwanda zigize Rwanbatt-1 hamwe n’abapolisi b’u Rwanda (RWA-FPU III) bari mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye muri Sudani yâEpfo, ku bufatanye n’ Umuryango witwa Society for Family Health, kuwa Kane, batanze serivisi zâubuvuzi ku buntu ku baturage barenga 200 bo mu gace ka Gudele i Juba muri Sudani yâEpfo. Iki gikorwa kirakomeza uyu munsi nâejo, […]
I Buruseli: Louise Mushikiwabo yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi

Kuri uyu wa Kane, itariki 11 Kamena 2026, Minisitiri wâIntebe wungirije akaba na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Bubiligi,Maxime PrĂ©vot, yakiriye Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, washimye ubufatanye bwiza hagati yâUbwami bwâu Bubiligi na OIF (Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa). Ibiganiro byibanze ku byo Francophonie ishyize imbere mbere yâinama ya Phnom Penh, ndetse no ku […]
Johannesburg: Abantu 12 biciwe mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro

Ku mugoroba wo ku wa Kabiri ushize, byibuze abantu 12 barapfuye abandi icyenda barakomereka ubwo abantu bitwaje imbunda barasaga mu gace gatuwe cyane n’abakene muri Cleveland, mu burasirazuba bwa Johannesburg, nk’uko byatangajwe na polisi ku wa Gatatu. Polisi mu itangazo ryayo yatangaje ko batangiye guhiga abantu barenga 10 bakekwa nyuma yâigitero cyagabwe mu gace ka […]
Umuvugizi wungirije wa RDF yagaragaje uburyo yubaka icyizere mu Banyarwanda

Umuvugizi Wungirije wâIngabo zâu Rwanda (RDF), Lt Col Simon Kabera, kuwa Gatatu yifatanyije na Minisitiri wâUbuzima, Dr Sabin Nsanzimana, ndetse na Minisitiri wâIkoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyabereye mu mwiherero wâabayobozi bakuru bâIkigo cyâUbwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), wabereye muri Kigali Golf Resort and Villas i Nyarutarama. Iki kiganiro cyibanze ku byihutirwa biri […]
Abamaze kwiyandikisha muri sisitemu ya e- ndangamuntu bageze kuri 90%

Abamaze kwiyandikisha muri sisitemu yâIndangamuntu Koranabuhanga (e-Indangamuntu) baratanga icyizere kuko mu Ntara abaturage bamaze kwitabira bageze ku gipimo cya 98% nkâuko byatangajwe na Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu (MINALOC). Muvunyi Prince ushinzwe irangamimerere muri Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu, yavuze ko aho abantu bitabiriye gahunda yo kwiyandikisha muri sisitemu e-Indangamuntu mu Mujyi wa Kigali byageze kuri 98% mu gihe […]
Amerika igiye guha ibihugu birimo u Rwanda miliyoni 20$ yo guhangana na Ebola

Leta ya Amerika yatangaje miliyoni 20 z’amadorali yo gutera inkunga ibikorwa byo kwitegura guhangana na Ebola mu Burundi, Kenya, u Rwanda, na Sudani y’Epfo; igiteranyo kikaba kimaze kuba miliyoni zirenga 220 Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze gushora muri uru rugamba. Nk’uko byatangajwe na department ya Leta kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Kamena, ibinyujije […]
Muhanga: Umugabo w’imyaka 54 akurikiranweho kwica mushiki we

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugabo wâimyaka 54 yâamavuko ukekwaho kwica mushiki we wâimyaka 66 yâamavuko amukubise igifunga cyâisuka mu mutwe bapfa amakimbirane ashingiye ku mitungo. Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 16/05/2026 mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Mutara, Umurenge wa Mwendo, mu Karere ka Ruhango ubwo uregwa yasangaga mushiki we mu […]
AFC/M23 yateye utwatsi ibirego bya HRW

Ihuriro rya AFC/M23 ryamaganye ryivuye inyuma raporo yasohowe na Human Rights Watch kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 10 Kamena 2026, isanga ari inyandiko ibogamye cyane, yatoranyije, irangwa n’ibintu bidasobanutse neza, kandi idahuye n’ukuri kuri aho ibintu bibera. Mu itangazo yashyize ahagaragara ivuga kuri iyi raporo, AFC/M23 ivuga ko uyu muryango, uvuga ko urengera uburenganzira […]