Nyuma yo kurusimbuka, ubu Willy Nyamitwe arimo kurya ubuzima

Ku wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, nibwo Willy Nyamitwe, ushinzwe itangazamakuru muri perezidansi y’u Burundi yatezwe ataha n’abashaka kumwica. Nyuma y’iminsi igera kuri 6 ibi bibaye yashyize ifoto ye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uburyo arimo kwishimisha nyuma y’icyumweru kimwe bashatse kumuhitana. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Nyamitwe yagize ati: “ikicyumweru kimwe bashatse […]

Rulindo: Abafite abana bafite ubumuga basabwe kutabaheza mu nzu bakareka bakiga

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 03/12/2016 mu Karere ka Rulindo Umurenge wa Kinihira habaye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga. Muri ibyo birori Umuyobozi w’Akarere wungirije Ushinzwe Imibereho myiza yasabye abayeyi babyaye abana bafite ubumuga kutabafungirana mu mazu, ahubwo bakumva ko nabo bashoboye, bakabohereza kwiga nk’abandi bana bose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo rye, […]

Inshuti za Sekibi, izina Tom Ndahiro yise abari abayobozi b’Ubufaransa 1994

Mu gihe bishimangirwa ko Ubufaransa bwagize uruhare rugaragara muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umushakashatsi kuri jenoside, Tom Ndahiro avuga ko mu bo yashatse kwita inshuti za Sekibi harimo n’abayobozi b’u Bufaransa bicyo gihe cya jenoside. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo yari umutumirwa kuri BBC, mu kiganiro imvo n’Imvano, umunyamakuru yabajije Tom Ndahiro ati: “Tom Ndahiro wanditse […]

Burundi: Ambasade ya Amerika yikanze ibitero by’iterabwoba

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burundi yaburiye abaturage bazo baba mu Burundi ibabwira ko imitwe y’iterabwoba ikorera mu karere ikomeje ibikorwa byayo kandi ishaka kugaba ibitero ku nyungu zazo ndetse n’iz’ibindi bihugu by’I Burayi biri mu Burundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi ambasade yatangaje ko yabonye amakuru yizewe avuga ko ibi bikorwa by’iterabwoba bishobora […]

Kigali: Ubuyobozi busanga inzego zifite imiturire mu nshingano zikwiye korohereza abashaka kubaka

Mu nama iheruka muri iki cyumweru dusoje y’abayobozi batandukanye mu mujyi wa Kigali ndetse n’abafatanyabikorwa bawo, basabye ko ibigo bifite ibyangombwa by’imiturire mu mujyi mu nshingano zabyo bikwiye korohereza abashoramari ku bijyanye no kubona ibyangombwa byo kubaka kuko kuba bikigoye bigira ingaruka nyinshi ku mujyi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi nama, byagaragaye ko ibigo birimo WASAC, […]

Abafite ubumuga barasaba ko insimburangingo zatangwa hakoreshejwe mituweli

Mu birori byo kwizihiza ku rwego rw’igihugu umunsi mukuru mpuzamahanga ngarukamwaka w’abafite ubumuga wabaye kuri uyu wa 3 Ukuboza 2016 mu karere ka Rwamagana; abafite ubumuga bagarutse ku mbogamizi bahura na zo buri munsi banasaba ko bafashwa kubona insimburangingo n’inyunganirangingo hakoreshejwe ubwisungane mu kwivuza buzwi nka mituweli. Zimwe mu mbogamizi ababana n’ubumuga bagihura nazo harimo […]

Mama Eminante mu maboko ya polisi ashinjwa kwakira ruswa

Umunyamakuru akaba n’umushyushyabirori (MC) Mugabushaka Jeanne de Chantal, uzwi cyane ku izina rya Maman Eminante, amaze iminsi mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cya ruswa, ndetse yamaze no gukorerwa dosiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Biravugwa ko Eminante yatawe muri yombi na Polisi ikorera mu karere ka Gasabo akurikiranyweho icyaha cyo kwaka amafaranga abanyamadini abizeza kubashakira ibyangombwa mu […]

Cuba: Fidel Castro yasize asabye ko nta kibumbano kizazamurwa mu izina rye

Guverinoma ya Cuba izubahiriza icyifuzo Fidel Castro yasize mbere yo gutabaruka cy’uko nta kibumbano cye kigomba kuzamurwa mu rwego rwo kumuha icyubahiro cyangwa ngo hagire umuhanda umwitirirwa nk’uko byatangajwe na murumuna we, perezida Raul Castro kuri uyu wa Gatandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi perezida Raul Castro akaba yabitangarije imbaga y’abaturage ubwo bwari gucya Fidel Castro aherekezwa […]

Burundi: Willy Nyamitwe yavuguruje ibyavuzwe ku Rwanda

Umujyanama wa perezida w’u Burundi akaba n’umuvugizi we uherutse kurusimbuka ubwo yategwaga n’abashakaga kumwica yatangaje ko abagerageje kumwivugana atari u Rwanda ahubwo ari abatorejwe mu Rwanda Byari byatangajwe n’u Burundi ko u Rwanda ari rwo rwagerageje kwica Nyamitwe, kuri ubu uyu mugabo yavuguruje ibi atangaza ko ari Abarundi bene wabo barimo ababa mu nkambi zo […]

Tanzaniya: Kuba mu miryango myinshi biri kugora amahitamo ya Magufuli

Igihugu cya Tanzaniya cyabuze amahitamo nyuma y’uko Perezida wa Chadi asabye Magufuli gushyigikira umukandida watanzwe na Chadi ku mwanya w’umuyobozi wa AU mu gihe umuryango w’Afurika y’uburasirazuba wamaze kwiyemeza kuzashyigikira umukandida watanzwe na Kenya Mu ruzinduko perezida Idriss Deby wa Chadi yagiriye muri Tanzaniya ku wa kane yasabye perezida Magufuli wa Tanzaniya gushyigikira Moussa Faki […]

Ethiopia: Guverinoma yafunze ibiro byose by’umutwe wa Riek Machar biri Addis Abeba

Guverinoma ya Ethiopia yemeye kubahiriza ubusabe bwa guverinoma ya Sudani y’Epfo bwo gufunga ibiro byose biri Addis Abeba by’umutwe wa SPLA-IO uyoborwa na Dr Riek Machar. “ Imibanire yacu n’ibihugu byo mu karere iragenda irushaho kumera neza. Uruzinduko rwa visi perezida wa mbere, Gen. Taban Deng Gai, rwagaragaje iterambere mu mibanire n’ibihugu by’ibituranyi. Ubungubu, Ethiopia […]

U Bufaransa: Umunyarwanda Simbikangwa Pascal yongeye gukatirwa igifungo cy'imyaka 25

Umunyarwanda Pascal Simbikangwa waburanishwaga n’urukiko rw’ibanze rwo mu gihugu cy’u Bufaransa yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 ku byaha ashinjwa byo kugira uruhare muri Jenoside yo muri Mata 1994 mu Rwanda nyuma y’uko nubundi yari yahawe iki gihano n’urukiko rw’i Paris ariko we akajurira kuko yahakanaga ibyo aregwa. [ad id=”44145″] ku itariki ya 3 Ugushyingo 2016, nibwo […]

Nyarugenge: Batanu bafatanywe ikiyobyabwenge cya heroine

Ku itariki ya 2 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge yafashe abagabo babiri n’abagore batatu bakekwaho gucuruza ikiyobyabwenge cya Heroine. Abafashwe ni Nikuze Chantal w’imyaka 26 wafatanywe udupfunyika 5 twa heroine, Kamondo Eric alias Panshi w’imyaka 42 wafatanywe udupfunyika 4, Mukarugwiza Afisa w’imyaka 27 wafatanywe udupfunyika 04 , Mukabuduwe Zahal w’imyaka 28 […]

Bavutse mu 1916 ari impanga none ubu bizihije isabukuru y’imyaka 100 y’amavuko

Irene Crump na Phylis Jones bavutse ku wa 20 Ugushyingo 1916, bakaba barizihije isabukuru y’imyaka 100 y’amavuko, ari ibyishimo n’umunezero kuba bose bakiriho bakaba bujuje iyi myaka. Ikinyamakuru 7sur 7 gitangaza ko aba bakecuru bavutse umunsi umwe, umwe arusha undi iminota 25, bakurira hamwe bakora hamwe mu ruganda rumwe rukora ibikoresho byo mu rugo by’amadongo, […]

Burundi: Major Désiré Uwamahoro ushinjwa ubujura n’ubwicanyi yasabiwe gufungwa umwaka

Major DĂ©sirĂ© Uwamahoro wayoboraga igipolisi kidasanzwe cyari gishinzwe guhangana n’abigaragambyaga mu Burundi, yasabiwe igifungo cy’umwaka umwe gusa abandi bari 5 bahuje ikirego awe basabirwa icy’imyaka 5. Mu gihe we asabirwa igifungo cy’umwaka abandi itanu, bahamwe n’icyaha ngo banagomba gutanga amande ya miliyoni y’amafaranga y’amarundi buri umwe. Mu iburanisha ryabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya […]

USA: Uwari wakatiwe gufungwa imyaka 70 yongerewe igihano nyuma yo gutuka umucamanza

Umusore wari wakatiwe igifungo kirekire muri gereza azira ubujura yongerewe imyaka y’igifungo nyuma yo gutuka umucamanza nk’uko inyandiko zo mu rukiko rwo muri Indiana ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zibigaragaza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore w’imyaka 25 witwa Steven Burns yatawe muri yombi ashinjwa ubugizi bwa nabi mu kwiba kandi akoresheje imbunda. Nk’uko inyandiko […]

Nyamagabe: Batatu bafatanywe imifuka 3 y'urumogi

Abantu batatu barimo umugore umwe bafatiwe mu mukwabu wari ugamije kurwanya ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge mu karere ka Nyamagabe. Mu mukwabu wabaye mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu, Polisi y’u Rwanda yafashe Simbakure Jean paul w’imyaka 32 na Hakizimana Boniface w’imyaka 56, bafatiwe ku muhanda munini wa kaburimbo Rusizi — Nyamasheke bafite imifuka itatu n’igice […]

Uwase Nadege ubana na VIH avuga ko kubona umugabo bishoboka

Uwase Nadege, umukobwa uba mu muryango RCW w’Abanyarwandakazi babana na Virus itera SIDA, avuga ko n’ubwo biba bitoroshye ariko ko umukobwa ufite ubwandu abona umugabo. Nadege avuga ko n’ubusanzwe abakobwa bahura n’imbogamizi nyinshi hakiyongeraho ikibazo cya VIH bikaba nk’icyo yita ko ari nk’akarusho. Ati: “Nibaza ko rero haba mu buzima busanzwe, haba muri iyo myigire, […]

U Buyapani bugiye gufasha EAC kubaka uruganda rw’imodoka mu karere

Igihugu cy’u Buyapani ari nacyo cya mbere gitumizwamo imodoka nyinshi ku Isi yose kigiye gufasha Tanzania n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kujya bakorera imodoka mu karere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’Abayapani cy’ubufatanye mpuzamahanga (JICA) muri Tanzania, Kuniaki Amatsu, yemeje ubushake bw’igihugu cye mu gufasha EAC mu bijyanye no kubaka uruganda rukora imodoka. Bwana Amatsu wasuye […]

Sudani y’Epfo: Abasirikare 300 ba leta baba bagiye kwifatanya n’abarwanyi ba Dr Riek Machar

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Sudani y’Epfo cyahakanye amakuru yavugaga ko ingabo zacyo 300 zitandukanyije nacyo zikajya kwiyunga ku nyeshyamba za Dr Riek Machar. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba basirikare bavugwa nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo za Machar hafi aho, James Yoach, ngo bakaba barafashe icyemezo cyo kwitandukanya na guverinoma kubera ko idashoboye kububakira ibigo aho bakorera ndetse ntibashe no […]

CNLG ikomeje gusobanurira urubyiruko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Muri iyi minsi abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bari mu biruhuko. Mu turere dutandukanye tw’igihugu, abo banyeshuri bajya mu ngando, bakaganirizwa n’inzego zitandukanye ku buzima bw’igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside iboneraho akanya keza ko kuganiriza urwo rubyiruko, ikarukangurira gukumira jenoside no kurwanya ingengabitekerezo yayo. Tariki ya 1/12/2016, hatanzwe ibiganiro mu Murenge wa […]

Umushyikirano 2016: Hazigwa uko hakubakwa u Rwanda Abanyarwanda bifuza hashingiwe ku ndangagaciro zabo

Guhera kuwa 15 kugeza kuwa 16 Ukuboza 2016 mu Rwanda hategerejwe gutangira inama y’Umushyikirano ku nshuro ya 14 uzayoborwa na prezida wa Repubulika, Paul Kagame. Umushyikirano w’uyu mwaka ufite insanganyamatsiko igira iti: “ Dufatanyije, Twubake u Rwanda Twifuza ”, ukaba uzabera muri Kigali Convention Centre. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umushyikirano w’uyu mwaka uzarangwa n’ibikorwa bitandukanye birimo kurebera […]

Angola: Dos Santos arashyize yemeye kurekura ubutegetsi nyuma y’imyaka 37

Perezida wa Angola, Jose Eduardo dos Santos, arashyize agiye kurekura ubutegetsi nyuma y’imyaka 37 aburiho, aho kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko azatanga ubutegetsi mbere y’amatora ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Radio y’iki gihugu niyo yatangaje ko ishyaka MPLA riri ku butegetsi ryahisemo minisitiri w’ingabo, Joao Lourenà§o , ngo abe ari we […]

Leta y’u Rwanda yihanganishije umuryango wa Sana Maboneza witabye Imana

Louise Mushikiwabo, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane akanaba umuvugizi w’u Rwanda yihanganishije umuryango wa Sana Maboneza wari umujyanama wa mbere muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye witabye Imana. Abicishike ku rukuta rwe twa Twitter, Min Mushikiwabo yagize ati: “Ruhukira mu mahoro Sana”. Anakomeza agaragaza ubwitonzi ubupfura n’umurava byaranze Sana, Min Mushikiwabo yaboneyeho no kwihanganisha umunyango […]

Burundi: Abasirikare 5 barimo Col Miruho J.Baptiste batawe muri yombi

Muri Gereza y’urwego rushinzwe iperereza i Bujumbura hafungiye abasirikare batanu b’u Burundi barimo na Col Jean Baptiste Miruho uzwi ku izina rya Miros, wanahoze ari umurwanyi w’inyeshyamba za CNDD FDD mbere y’uko ifata igihugu. Bafashwe ku wa Kane tariki ya Mbere Ukuboza, Amakuru bo bitangariza mu gihe Leta nta kintu yari yabitangazaho, ngo nuko bashinjwa […]

Gasabo: Abagabo batatu bafatanwe amafaranga y’amiganano

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gasabo ku itariki 2 Ukuboza yafatanye abagabo batatu amafaranga y’amiganano. Abayafatanwe ni Twagizimana Theodore, Hakizimana Justin na Irakoze Landrie. Bafatiwe ahantu hatandukanye mu murenge wa Kimironko. Uwa mbere (Twagizimana) yafatiwe mu kagari ka Kimironko agerageza kuvunjisha Amayero (Euro) 650 y’amiganano agizwe n’inoti 13 za 50; naho babiri baheruka bafashwe […]

Ese abagore bose baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe?

Ntibazakubeshye ngo abakobwa baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe, kuko ntibaremwe kimwe, kandi nanone abo baryohereza ntibakunda bimwe. Gusa nanone ntitwakwirengagiza ko ubumenyi n’uburambe umukobwa abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe n’ibyo banyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye n’abakuze, cyangwa akaba asengera muri ya madini bigisha abakobwa gufata neza abagabo no kubasasira neza, ibi bishobora gutuma […]

Imikino ya Shampiyona irasubukura, APR FC igarukanye amaraso mashya

Kuri uyu wa gatanu nibwo ikipe ya APR FC iraba ikina n’ikipe ya Etincelles Fc mu mukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona, APR FC yari imaze iminsi itagaragara ku bibuga byo mu Rwanda bitewe n’uko yari yitabiriye irushanwa yatumiwemo muri Brazzaville iraza gukina uyu mukino ifite n’umutoza mukuru mushya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Jimmy Mulisa uherutse guhabwa […]

Uko Abanyafurika bahungira mu Burayi ku bwinshi, niko umutwe wa IS urushaho kongera amaboko-AU

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi wagaragaje impungenge ku mpunzi z’Abanyafurika ziyongera umunsi ku munsi zijya gushakisha imibereho, ariko ugaragaza ko izo mpungenge zishingiye ahanini ku kuba izi mpunzi ari zimwe mu bajya kongera amaboko y’umutwe w’abarwanyi bitwaye kisilamu Islamic State (IS) kuri uriya mugabane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa gatanu tariki ya 2 Ukuboza 2016, […]

Isoko rya Musanze niryuzura rizaba riri mu ya mbere akomeye mu Rwanda

Kuri uyu Gatanu tariki ya 02/12/2016, Guverineri w’Intara y’Amajyarugruru, Bwana Musabyimana Jean Claude yasuye inyubako y’isoko rya Musanze rya Company GOICO (Gorilla Investment Company) y’Abacuruzi ba Musanze, isoko rizatwara amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari esheshatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iri soko rigizwe n’amagorofa atanu rikaba ryaratangiye kubakwa ku itariki ya 08/07/2014 bikaba biteganyijwe ko imirimo yo kuryubaka […]

Uganda: Abatavuga rumwe na leta bashatse gufungura kaminuza ya Makerere bafunzwe

Abayobozi b’amashyaka atandukanye atavuga rumwe na leta ya Museveni muri Uganda ubu bari mu maboko ya polisi naho Besigye afungishwa ijisho mu rugo iwe bazira gushaka kwihuza ngo bashakire abarimu ba kaminuza ya Makerere umushahara wabo mu gihe leta yananiwe kuwubona . Aba bagabo bari biteguye kujya hamwe bagakora fundraising igamije gukusanya amashiringi ya Uganda […]

Burundi: Umupolisi wishwe arwana kuri Willy Nyamitwe yashyinguwe-AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Ukuboza 2016, nibwo Ntungwanayo Elie wari uzwi ku izina rya Gasongo, umupolisi w’u Burundi warindaga Willy Nyamitwe yashyinguwe mu cyubahiro. Will Nyamitwe, umukozi muri Perezidansi ushinzwe itangazamakuru yagabweho igitero ku wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, uyu mupolisi Gasongo agerageza kurasana n’abari babateze birangira ahasize ubuzima undi […]

Umuririmbyi Michael Ross arahakana amakuru yavugaga ko agiye kwimukira mu Rwanda

Umuririmbyi Michael Ross Kakooza wo mu gihugu cya Uganda arahakana amakuru amaze iminsi avuga ko yaba agiye kwimurira ibikorwa bye bya muzika mu Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iki cyumweru, ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko Michael Ross agiye kwimukira mu gihugu cy’abaturanyi, u Rwanda, ngo bitewe n’igitutu ashyirwaho n’abafana be muri Uganda bamusaba gusohora indirimbo […]

Utazishimira ibyavuye mu kizamini cy’akazi azajuririre Komisiyo Ishinzwe Abakozi ba Leta-Min Murekezi

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Ukuboza 2016, ubwo Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yagezaga raporo y’Urwego rw’imicungire y’abakozi ba Leta ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, Minisitiri yamaze impungenge abajyaga bibaza icyo bakora nyuma yo kutanyurwa n’amanota bahawe mu kizamini cy’akazi, cyangwa mu gihe batishimiye ibyavuye mu bizamini. [ad id=”44145″] Minisitiri w’Intebe Murekezi yagize […]

Charly na Nina mu gitaramo i Bujumbura kuri Noheri

Abaririmbyi, Charly na Nina baritegura kwerekeza mu gihugu cy’u Burundi gutaramira abakunzi b’umuziki wabo nk’uko aba bahanzikazi babyemereye urubuga Ubmnews rwo mu Burundi dukesha aya makuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo iki kinyamakuru cyaganiraga n’aba bahanzikazi, cyatangiye kibabaza niba ari ukuri koko bagiye kujya mu Burundi. aba bahanzikazi bakaba bafite amahirwe yo kuzahirwa muri iki gitaramo kuko […]

Leta ya Isirayeli yahagurukiye agasaku k’Abasilamu

Ubuyobozi bwa Isirayeli buravuga ko bugiye guca agasaku gahora mu mijyi y’iki gihugu gaterwa n’abayoboke b’idini ya Isilamu baba bahamagarira bagenzi babo kwitabira isengesho rya buri saha (gutora azana) Minisitiri w’intebe wa Isirayeli, Benjamin Netanyahu yamaze gutangaza ko iki gihugu kitazakomeza kwihanganira agasaku gakururwa n’Abasilamu buri saha, Netanyahu yavuze ko ashyigikiye gahunda yiswe “Meuzzin bill” […]

Louise, umukobwa ushaka umukunzi (Fungura ubone nimero ze)

Ndifuza umukunzi.ndumucyene ntabutunzi pfite ntanamashuri pfite.ntakazi njyira.gusa ibyobyose bitangwa n’uwiteka.ndifuza umukunzi uzi ubuzima icyaricyo.akamenyako buhindura umuntu mwiza cg mubi.akaba atanwa inzoga n’itabi akaba adafite umwana hanze.akaba yiyubaha.akaba afite akazi.yaba yifite niyomahirwe ye.afite inzu byaba akarusho.agaharanira ko twamenyana.ibindi byose hagena imana.murakoze.yahamagara 0786360732. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha […]

Gabon: Jeannette Kagame na Sylvia Bongo basuye ikigo cyita ku ndwara za cancer

Umufasha wa perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, na mugenzi we wo muri Gabon, Sylvia Bongo Ondimba kuri uyu wa Gatatu ushize basuye Ikigo cyita ku ndwara za cancer cyo mu murwa mukuru Libreville(Institut de CancĂ©rologie of Libreville) ndetse banasura Maison d’Alice. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uku gusura kukaba kwarabaye mu gihe madamu wa perezida wa repubulika yari […]

Kigali: Abakora uburaya 55% babana n’ubwandu bwa SIDA

Minisitri y’ubuzima iravuga mu mujyi wa kigali habarurwa abakora umwuga w’uburaya babana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA bnagana na 55% by’abakora uyu mwuga, ko kuri ubu ngo ababana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA bagiye kujya bahabwa imiti igabanya ubukana bakoresha mu gihe cy’amezi atatu aho kuba mu kwezi kumwe nk’uko byari bisanzwe, ibi ngo ni mu rwego […]

Gicumbi: Mayor ngo ntazi umubare w’abayobozi b’utugari bamwandikiye basaba kwegura ku mirimo

Nyuma y’uko hari amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko abayobozi b’utugari tugera kuri 40 two mu karere ka Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda, bamaze kwandika basaba gusezera ku mirimo yabo ku mpamvu zitandukanye, umuyobozi w’aka karere Mudaheranwa Juvenal we aravuga ko ataramenya umubare neza w’amabaruwa amaze kwakira, dore ko ari mu bunyamabanga bw’akarere. [ad […]

Wole Soyinka yashyize mu bikorwa ibyo yari yarasezeranyije igihe Trump yatsinda amatora

Wole Soyinka, Umunyafurika wa mbere wahawe igihembo cya Nobel nk’umwanditsi yahagaze ku ijambo rye nk’umuntu w’umugabo nk’uko yatangaje ko Donald Trump naba perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika azahita aca ikarita imuha uburenganzira bwo kuba muri iki gihugu kuko ngo atemera ibitekerezo bye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwanditsi uzwi ku Isi yose rero yabwiye ikinyamakuru […]

Sudani y’Epfo: Ingabo za leta zirashinjwa gukora Itsemba bwoko nk’iryabaye mu Rwanda

Umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi (UNCHR) uravuga ko mu gihugu gito kuruta ibindi byose byo ku isi hakomeje kubera itsemba bwoko rikorwa n’ingabo za leta, Perezida Salva Kiir ntabikozwa Intambara y’abanyagihugu ibera imbere mu gihugu cya Sudani y’Epfo ikomeje guteza ubuhunzi bukabije ndetse abasivile batagira ingano baricwa umusubizo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Intabo za leta nizo zishinjwa […]

Sudani y’Epfo: Ingabo za leta zirashinjwa gukora Itsemba bwoko nk’iryabaye mu Rwanda

Umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi (UNCHR) uravuga ko mu gihugu gito kuruta ibindi byose byo ku isi hakomeje kubera itsemba bwoko rikorwa n’ingabo za leta, Perezida Salva Kiir ntabikozwa Intambara y’abanyagihugu ibera imbere mu gihugu cya Sudani y’Epfo ikomeje guteza ubuhunzi bukabije ndetse abasivile batagira ingano baricwa umusubizo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Intabo za leta nizo zishinjwa […]

Abapolisi basoje amahugurwa yo kuyobora za station basabwe kugendera ku muvuduko nk'uw'isi iriho

Mu rwego rwo kongerera ubumenyi Abapolisi, ku munsi w’ejo tariki ya mbere Ukuboza 2016, icyiciro cya kabiri cy’amahugurwa y’ubuyobozi bwa sitasiyo za Polisi cyarangijemo abapolisi 60 ku Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) riri mu karere ka Musanze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya mahugurwa yamaze amezi atatu n’igice yitabiriwe n’Abapolisi bavuye kuri sitasiyo za Polisi zitandukanye mu gihugu […]

Abanyamahanga bakomeje gutungurwa na serivisi za Isange One Stop Center

Intumwa 10 zo mu birwa bitatu nka bimwe mu bihugu by’Afurika zavuze ko bikwiye ko ibihugu bikurikiza urugero rwiza rw’u Rwanda mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana; hifashishijwe uburyo bukoreshwa n’ikigo Isange one stop center. Aba bashyitsi bo mu birwa bya Comores, Sao Tome na Principe na Cap Vert babivuze tariki ya 1 […]

Inzu z’umwami zatwitswe nyuma yo guteza imvururu zahitanye abasaga 55

Mu mpera z’icyumweru gishize mu gihugu cya Uganda hatangajwe amakuru y’imirwano ikaze yabaye hagati y’ingabo za leta n’abarinzi b’umwami Charles Wesley Mumbere yabereye mu gace ka Kasese ari nako uyu mwami asanzwe atuyemo; iza gusiga abasaga 55 bahasiga ubuzima mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru. Kuri uyu wa kane tariki ya 1 Ukuboza […]

Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye leta uburenganzira bwo gutangira iperereza u Rwanda rwasabye

Nyuma y’aho ubutabera bw’u Rwanda bwandikiye ubutegetsi bw’u Bufaransa busaba gukora iperereza kuri bamwe mu bategetsi b’u Bufaransa bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubu ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye leta uburenganzira bwo kumva abantu bukeka biganjemo abasirikare bakuru bakomeje guhakana uruhare urwo ari rwo rwose muri aya mahano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu […]

Dr Sezibera niwe uzasimbura Senateri Mucyo Jean de Dieu wapfuye

  Dr Richard Sezibera niwe ugomba kwemezwa nk’uzasimbura nyakwigendera Senateri Mucyo Jean de Dieu uherutse gupfa, Dr Sezibera azemezwa nyuma y’uko amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora y’ugomba kuzasimbura Mucyo agaragaza ko Dr Sezibera ari we uri imbere y’abandi bari bahanganye kuri uyu mwanya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dr. Sezibera Richard watorewe kuba umusenateri usimbura Mucyo yakoze imirimo […]

U Bushinwa bwatangiye gukora ubwato bwuzuye bwa Titanic

Igihugu cy’u Bushinwa mu ntangiriro z’iki cyumweru cyatangiye kubaka ubwato bunini bwo mu bwoko bwa Titanic,ubu bwato ngo bitewe n’ikoranabuhanga buri gukoranwa ngo hakaba hari icyizere ko butazigera burohama. Nk’uko bitangazwa na CNN, ngo u Bushinwa bwatangiye iki gikorwa cyo kubaka ubwato bunini bwa Titanic mu bilometero bisaga 1200 uturutse ku nyanja mu mujyi wa […]

Mu basifuzi 38 bazasifura CAN 2017 nta munyarwanda numwe urimo

Mu gihe hari kwitegurwa irushanwa nyafurika rya CAN 2o17 mu mwaka utaha wa 2017, ihuriro ry’amashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF ryashyize ahagaragara abasifuzi 17 bazasifura iri rushanwa ndetse na bagenzi babo 21 bazabafasha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku munsi w’ejo ku wa 30 Ugushyingu 2016, nibwo uru rutonde rw’abasifuzi bagera kuri 38 rwashyizwe ahagaragara i Dacar […]

Dore uko gahunda ya Car Free Day iteye n’imihanda izaba ikoreshwa

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buravuga ko gahunda ya siporo rusange ngarukakwezi (Car Free Day) y’ukwezi kw’Ukuboza izaba ku Cyumweru itariki 04 Ukuboza 2016 guhera saa moya za mu gitondo (07h00-12h00) . Dore aho abaturage bazahurira: Abo mu mujyi bazahurira muri car free zone mu mujyi berekeze SOPETRAD bagana ku cyicaro cya Rwanda Revenue Authority. [xyz-ihs […]

Ngoma: Ubuyobozi ntibuvuga rumwe n’abaturage ku isubizwayo ry’inkunga y’abazahajwe n’inzara

Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Mugesera uherereye mu karere ka Ngoma mu ntara y’u Burasirazuba barataka inzara ikabije batewe n’izuba ry’urudaca ryaranze igice cy’u Burasirazuba bw’igihugu; bakanatunga agatoki ubuyobozi bw’umurenge kuba bukumira inkunga igenerwa abaturage irimo ibigori n’ibishyimbo. Kuva mu kwezi kwa Gicurasi, aka gace ka Mugesera kimwe n’ibindi bice bitandukanye bigize akarere […]

Wari uzi ko burya Trump atanywa inzoga? Bimwe mu byo utari umuziho

Donald Trump, ni perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika uherutse gutsinda amatora yabaye mu kwezi gushize, ariko hari ibintu byinshi abantu batamumenyeho twifuje kugeza ku bakunzi ba Bwiza.com. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Trump yari afite ikipe ya football Mu mwaka w’1983, Trump yaguze ikipe yitwa New Jersey Generals yabarizwaga muri United States Football League. Iyi […]

Umuhanzi wakoreye agatubutse mu mwaka wa 2016 ku isi na Video y’indirimbo ye

Ikinyamakuru Fobes gisanzwe kimenyerewe gutangaza Abastar n’abandi bantu baciye uduhigo dutandukanye kuri ubu cyamaze gutangaza umuhanzi w’indirimbo wahize abandi mu mwaka wa 2016 mu gukorera amafaranga menshi mu muziki we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuhanzi kazi Taylor Swift ukomoka muri Amerika yaje ku mwanya wa mbere mu bahanzi bo ku isi bakoreye amafaranga menshi muri uyu mwaka, […]

Iya 1 Ukuboza, imwe mu matariki abitse amateka y’umuryango EAC

EAC (East African Community), ni umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Afurika y’I Burasirazuba. Nubwo uyu muryango ugenda utera imbere umunsi ku wundi bitewe n’imbaraga ibihugu biwugize bishyira mu kuwuteza imbere haba mu bukungu, umutekano, imihahiranire n’ibindi, uyu muryango ufite aho uhurira n’itariki ya mbere Ukuboza ndetse ukaba ufite n’andi mateka asa n’atazibagirana kubera ibikorwa byawo byayaranze. [xyz-ihs […]

Burundi: Haribazwa uko Colonel umaze ibyumweru 2 afunze ashinjwa gushaka kwica Nyamitwe

Ibintu bya mbere byavuye mu iperereza byatangajwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi nyuma y’aho umujyanama wa perezida Nkurunziza arokokeye umugambi wo kumuhitana bikomeje guteza impaka no kwibazwaho, aho abegereye Col. Dieudonne Duushimagize bahimba Gangi, ukekwaho kuba inyuma y’uyu mugambi, bashinja igipolisi gutekinika batumva ukuntu gishinja umuntu umaze ibyumweru bibiri afunze gutegura uwo mugambi bikaba byaranakozwe afunze. […]

Abagore baravugwaho kuba imbere mu gukora ubucuruzi butemewe bwambukiranya imipaka

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda n’ibikorwa by’umuryango w’Afurika y’uburasirazuba itangaza ko ikibazo cy’abakora ubucuruzi butemewe bwambukiranya imikaka gihangayikishije cyane, ubu bucuruzi ngo bwihariye igice kinini cy’ubukorerwa mu Rwanda kandi ku ijanisha ryo hejuru bukorwa n’abagore. Iyi minisiteri itangaza ko u Rwanda ubwarwo muri 2015 rwari rufite ibyoherezwa mu mahanga mu buryo butemewe n’amategeko bibarirwa mu madolari y’Amerika […]

Indi ndege yo mu bwoko bwa Airbus 330-300 yari itegerejwe iragera mu Rwanda

Abayobozi ba Rwandair baratangaza ko indege ya kabiri yo mu bwoko bwa Airbus yiswe Christened Umurage, iri bugere ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali butaka bw’u Rwanda kuri uyu wa Kane ku isaha ya kumi z’umugoroba. Iyi ikaba ije yiyongera kuri airbus 330-200 yiswe Ubumwe yageze mu Rwanda mbere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi wa Rwandair, John […]

Rwamagana: Nyiranzabona Julienne akurikiranyweho kugambanira umugabo akicwa

Mu murenge wa Muyumbu ho mu karere ka Rwamagana haravugwa amakuru y’umugore witwa Nyiranzabona Julienne watawe muri yombi ashinjwa kwicisha umugabo we witwa Ndabateze Mathias ku munsi w’ejo tariki ya 30 ugushyingo 2016, amuziza kuba yarabyaye undi mwana mu gasozi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru agera kuri Bwiza avuga ko uyu mugore yemera icyaha cyo kugambanira uwari […]