Burundi: Rurageretse hagati ya Willy Nyamitwe na Petero Buyoya uvuga ko hari gutegurwa Jenoside
Mu gihe leta yâu Burundi ikomeje guhakana amakuru atangazwa nâimiryango mpuzamahanga itandukanye ko ibikorwa mu gihugu bigaragaza ko hashobora kuba jenoside vuba, Pierre Buyoya wahoze ari perezida ahamya aya makuru ariko gusa ntbyumvikanaho na Willy Nyamitwe, umujyanama wa perezida Nkurunziza [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Pierre Buyoya wakunze kugaragaza ko ari ku ruhande rwâabadashyigikiye leta ya Nkurunziza , […]
Abanyamakuru basanga baragizwe insina ngufi nâabakora ubushakashatsi kuri ruswa
Abanyamakuru bateye utwatsi raporo yâubushakashatsi ya Transparency International Rwanda yabakozweho ku kurya ruswa aho bavuze ko bagirwa insina ngufi icibwaho urukoma,ariko nanone biyemeza kugumya gutanga umusanzu mu kurwanya ruswa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa gatatu Tariki ya 07 Ukuboza 2016 urwego rwâumuvunyi rwatanze amahugurwa ku uruhare rwâitangazamakuru mu gukumira no kurwanya ruswa,aho Umuvunyi Wungirije Musangabatware […]
Abanyamakuru bati âIbyo ababishinzwe bita ruswa ntabwo ari yo ruswaâ
Abanyamakuru batunzwe agatoki ku kuba mu barya ruswa mu Rwanda ku kigero cyo hejuru, mu busesenguzi bwabo batangaje ko ababishinjwe bitiranya ruswa, abanyamakuru bavuga ko niba itike ihabwa umunyamakuru mu gihe yagiye gutara inkuru ahandi hantu ifatwa nka ruswa na Mission zâabayobozi zahagarikwa. Ni bimwe mu byaranze ibiganiro byahuje abanyamakuru, urwego rwâumuvunyi, nâurwego rushinzwe kurwanya […]
Gasabo: Minani Seleverien yapfuye aguweho nâikirombe ubwo yibaga amabuye yâagaciro
Umugabo witwa Minani Seleverien wo mu murenge wa Nduba mu karereka gasabo yagwiriwe nâikirombe ubwo yacukuraga amabuye yâagaciro azwi nka gasegereti muri uriya murenge mu buryo butemewe nâamategeko mu ntangiriro zâiki cyumweru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku munsi wâejo tariki ya 8 Ukuboza 2016, nibwo polisi yâu Rwanda ikorera muri kariya gace yatangaje ibyâuru rupfu, ivuga ko […]
Hakomeje kwibazwa aho uyu muntu ukekwaho uruhare muri jenoside aherereye nâuwo ari we
Ifoto yâumugabo utaramenyekana yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga aho abazikoresha bakeka ko uyu yaba ari umwe mu bayobozi bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ukiri kwidegembya ahantu hatazwi ku Isi. Izina rye ririmo gushakishwa, gusa bamwe mu Banyarwanda bakeka ko ashobora kuba yari umuyobozi mu nzego zâibanze, cyangwa umucuruzi wari wicaye kuri bariyeri mu 1994 […]
Sudani yâEpfo: Igipfunsi cyongeye kuvuza ubuhuha muri perezidansi
Imirwano yongeye kwaduka muri perezidansi ya Sudani yâEpfo mu minsi ishize ubwo habaga guterana ibipfunsi hagati ya Ambasaderi Bol Wek Agoth na mwishywa wa perezida Salva Kiir witwa Thiik Thiik Machar. Aba bayobozi bombi bivugwa ko imirwano yabo yadutse nyuma yo guterana amagambo bapfa umushahara Thiik atabonye, akaba yarashinjaga Bol Wek, ushinzwe ubutegetsi muri perezidansi, […]
Ese Francois Mitterrand yaba yaratereranye Guverinoma yâAbatabazi Habyarimana amaze gupfa?
Guverinoma yari iriho mu Rwanda yaje kuvanwaho nyuma yâurupfu rwa Habyarimana muri Nyakanga 1994, ngo yatakaje Guverinoma ariko ngo ntabwo yatakaje inshuti yayo yâibihe byose; u Bufaransa nkâuko bigaragazwa nâamabaruwa impande zombi zandikiranye icyo gihe. Ku wa 19 Nyakanga 1994 nibwo FPR yari iyobowe na Perezida Kagame yashyizeho Guverinoma yâUbumwe nyuma yo gufata ubutegetsi. Guverinoma […]
U Rwanda rwahinduye isoko rwakuragamo isukari muri Afurika
Nyuma yâuko igiciro cyâisukari kizamutse muri uyu mwaka ku buryo umuntu yakwita ko butunguranye, u Rwanda rwahinduye isoko rwakuragamo isukari, aho rwatangiye gukorana nâamasoko yo mu gihugu cya Zambia na Malawi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] U Rwanda rufashe gahunda yo gukorana nâibi bihugu nyuma yâuko ingano yâisukari rwakuraga mu gihugu cya Uganda na Kenya igabanutse bitewe no […]
Burundi: Mkapa mu ruzinduko rwâiminsi 3 kureba ko ibiganiro hagati yâabatavuga rumwe byakomeza
Nyuma yâigihe umuhuza mu bibazo byâAbarundi, Benjamin Mkapa, yarananiwe guhuriza ku meza amwe I Arusha muri Tanzania abatavuga rumwe mu Burundi, kuri uyu wa Gatatu yongeye kwerekeza I Bujumbura kongera kugeregeza gukura u Burundi mu bibazo burimo kuva mu 2015. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego uyu mugabo wahoze ari perezida wa Tanzania, kuri uyu […]
Musanze: Hatashywe ikigo kizafasha abantu mu kubona akazi
Minisitiri wâAbakozi ba Leta nâumurimo Judith Uwizeye, aherekejwe nâabandi bashyitsi bakuru barimo Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru Claude Musabyimana ndetse nâUmuyobozi wâAkarere ka Musanze Habyalimana Jean Damascene bari kumwe kandi nâabandi bayobozi batandukanye barimo abâInzego zâUmutekano ndetse nâabandi Bafatanyabikorwa, kuri uyu wa kabiri tariki 06 Ukuboza 2016, batashye ikigo cya Musanze kizafasha urubyiruko nâabagore kubona imirimo. [xyz-ihs […]
Umuhanzi Justin Bieber wakiriye agakiza yaburiye abakoresha Instagram
Umuhanzi Justin Bieber ukomoka mu gihugu cya Canada aherutse kuburira abakoresha urubuga rwa Instagram mu buryo bwo gutebya avuga ko adashidikanya ko uru rubuga rwavuye ikuzimu ko nâabarukoresha baba bakorera Satani Mu gitaramo uyu muhanzi aherutse gukorera mu mujyi wa London mu Bwongereza yavuze ko yizera ku kigero cya 90% ko instagram yagenewe gushirwaho amafoto […]
Tumenye dipolomasi nâudushya tuba muri uyu mwuga utoroshye
Iyo witegereje abatuye isi mu byiciro babamo muri rusange, byumwihariko mu bihugu bitandukanye babarizwamo, byaba ibyo bavukamo, batemberamo ,bakuriyemo cyangwa bagiyemo ku mpamvu z’imirimo, usanga buri kimwe cyose kigendera ku dipolomasi . Hari kandi nâabajyayo kubera amasomo n’ubushabitsi busanzwe aho rero uhita wibaza ku ruhare rw’umwe wese mu guharanira kugaragaza isura y’igihugu cye , cyaba […]
Musanze: Hatoraguwe imirambo 2 yâabasore bicishijwe ibyuma
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Ukuboza 2017, mu karere ka Musanze ahazwi nko Kuri STRABAG hatoraguwe imirambo 2 yâabasore bari mu kigero cyâimyaka 22 na 24 yâamavuko byagaragaraga ko bishwe batewe ibyuma. Aka gace ubusanzwe ngo kakaba kazwiho kuba kabamo amabandi menshi nâabakoresha ibiyobyabwenge. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba basore bagaraye ko bitwa Musonera Samuson […]
Zimbabwe: Ese Perezida Mugabe yaba yarikururiye ikishi?
Nyuma yâuko Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe akomeje kukwa igitutu nâabo mu ishyaka rye, abatavuga rumwe nawe ndetse nâabo mu muryango we kwegura ku mwanya wâubuyobozi akababera ibamba, ubu ngo haba hagezweho nâabo mu mahanga nabo bamusaba kwegura kuko atagishoboye gutwara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma yâuko mu ntangiriro zâiki cyumweru gishize Perezida Mugabe atumiye Julius […]
Ni umukobwa ushaka umusore bakundana ariko utagenzwa nâubusambanyi (reba nimero ze)
Muraho? ariko iyo umuntu afashe igihe cyo gushyira icyifuzo cg igitekerezo kururu rubuga , mujye mubiha agaciro .nanditse nifuza umugabo ufite 35-45 ans ngahamagarwa nabana ba 28 et 30 oya sabo nkeneye ndakuze mfite 35 ikindi ndiyubashye sinkunda akavuyo ufite gahunda ashaka kubaka niyo yaba afite abana nkunda abana cyane ntacyo bitwaye ndabafite nange so […]
Burundi: Umusoro wagizwe igipimo cyâabanzi nâabakunzi bâigihugu
Bwa mbere hizihizwa umunsi mukuru wâabasora mu gihugu cyâu Burundi, ku wa 06 Ukuboza 2016, Perezida Pierre Nkurunziza yatangaje ko abadasora ari abadakunda igihugu kuko gusora ari byo bigaragaza ko umuntu akunda igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkurunziza kandi yavuze ko umusoro utangwa nâAbarundi ari wo uvamo amafaranga yifashishwa nâurwego rwâabashinzwe umutekano nkâingabo na polisi ndetse no […]
Ese abo leta yafashishije inkunga yâibiribwa kwari ukugirango bijute?
Inteko ishingamategeko yâu Rwanda yatangaje ko icyo abanyarwanda bise inzara mu bice bimwe na bimwe byâigihugu atari inzara ahubwo ari ukutijuta nkâuko byari bisanzwe bitewe nâuko havuye izuba ryinshi bityo imyaka yahinzwe ntiyere neza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Inteko ibitangaje mu gihe leta yâu Rwanda hari aho byabaye ngombwa ko igenera bamwe mu baturage bari bugarijwe […]
Burundi: Ambasade yâAmerika ngo ifite impungenge ku bitero bishobora kuyigabwaho muri uku kwezi
Abanyamerika baba mu gihugu cyâu Burundi baba abakora muri Ambasade ndetse nâabandi bari mu bikorwa bitandukanye birimo nâibyo kurinda umutekano basabwe kurya bari menge ko bashobora kugabwaho ibitero nâimitwe yitwaje intwaro yamaze kwiyegeranya mukarere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe na Ambasade yâAmerika ikorera mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi, aho yatangaje ko hari imitwe yitwaje […]
Umuhanzi Diamond ati: âUbu ndi umupapa wâabana babiriâ- AMAFOTO
Ku wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016, nibwo inkuru zasakaye ko umuherwe Zari Hassan yibarutse umwana (umuhungu) wa kabiri wâumuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, ubu uyu mugabo akaba abyemeza ko ari umubyeyi wâabana 2 . Abinyujije ku rukuta rwe twa Twitter ndetse akanabigaragarisha ifoto, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Ukuboza Diamond […]
Areruya Joseph na Mugisha Samuel basanze Adrien Niyonshuti muri Dimension Data
Abakinnyi babiri bakiniraga amakipe yo mu Rwanda mu mikino yo gusiganwa ku magare, Areruya Joseph na Mugisha Samuel kuri ubu berekeye mu ikipe ya Dimension Data for Qhubeka yo mu gihugu cyâAfurika yâEpfo isanzwe ikinamo umunyarwanda Adrien Niyonshuti. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu marushanwa ya Tour du Rwanda aheruka kubera mu Rwanda aba basore bâabanyarwanda bombi bari […]
RDC: Imibiri yâabasaga 50 imaze kuboneka mu kiyaga cya Albert
Guhera ku wa gatanu wâicyumweru gishize kugeza ku wa kabiri tariki ya 6 Ukuboza 2016, inzego zâubutabazi bwo mu mazi ndetse nâAbarobyi bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, zimaze gutahura imirambo isaga 50 yâabahitanywe nâimirwano ikomeje guhuza ingabo za Kongo, FARDC ndetse nâabo mu gisirikare cya Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inkuru dukesha radio Okapi ivuga […]
AMAFOTO: Minisitiri wâIntebe, Anastase Murekezi yakira indahiro zâabashinjacyaha 4
Uyu muhango wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Ukuboza 2016, aho Minisitiri wâIntebe, Anastase Murekezi yahaye impanuro abashinjacyaha bane zirimo kwihutisha amadosiye yâabarigisa nâabanyereza umutungo wa Leta ndetse,⊠[xyz-ihs snippet=”google-pub”] Min. wâIntebe, Murekezi Anastase yagize ati: â Muzihutishe amadosiye yâabarigisa nâabanyereza umutungo wa Leta ndetse, uw’amabanki na za Microfinances nâAmakoperativeâ. […]
Minisitiri Nyirasafarari arasaba ko abareresha umuhanda babiryozwa
Minisitiri wâuburinganire nâiterambere ryâumuryango, Nyirasafari Esperence ubwo yasuraga imurikabikorwa ryâabana bafashwa nâimiryango itandukanye kuri uyu wa 06 Ukuboza 2016yashimangiye ko abana bose bakwiye kurererwa mu muryango ababyeyi batabyitaho bakabiryozwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kurerera umwana mu bigo birera imfubyi cyangwa mu muhanda bidindiza iterambere ryâigihugu kuko abo bana baba basa nâabari inyuma ndetse bikanatuma aba bana bakura […]
Trump yanze gukorerwa indege nshya
Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Amerika muri manda itaha izatangira mu kwezi gutaha kwa mbere 2017 yatangaje ko leta igomba guhagarika ibikorwa byo gukoresha indege ya Air Force One bitewe nâuko ngo igiciro cyâizo ndege kiri hejuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Trump usanzwe ari umuherwe yatangaje ko miliyari enye zâamadolari yâAmerika zigomba gutangwa kugirango akorerwe indege izajya […]
Abashinjacyaha bashya basabwe gukurikirana abakoze Jenoside barimo nâabanyamahanga
Ubwo yakiraga indahiro zâabashinjacyaha bane, minisitiri wâintebe, Murekezi Anastaze yasabye aba bashinjacyaha gushyira imbaraga mu gukurikirana abantu bose bashinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994, barimo nâabanyamahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gukurikirana abakekwaho Jenoside barimo nâabanyamahanga bisabwe ubushinjacyaha mu gihe ibi byari biherutse gutangira ubwo ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwasabaga leta yâu Bufaransa ko bwakurikirana […]
Umunyarwandakazi yatsindiye igihembo cyo guteza imbere ubuhinzi muri Afurika
Dr. Agnes Kalibata uyobora umuryango uharanira iterambere ryâamashyamba muri Afurika, AGRA (Alliance for a Green Revolution in Africa) yatsindiye igihembo cyâumugore wâumwaka wa 2016 mu buhinzi, ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro ndetse nâubugeni muri Afurika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki gihembo Dr Kalibata agikesha abasomyi bâurubuga rwa New African Woman Magazine, abikesha uruhare rugaragara abamutoye bavuga ko yagize mu […]
Kuba Willy Nyamitwe atarishwe ngo ni agahinda kuri Minani wo muri CNARED
Minani Jeremie ushinzwe itangazamakuru mu mpuzamashyaka CNARED, yatangaje mu izina rye ko yababajwe no kurusimbuka kwa Willy Nyamitwe, ushinzwe itangazamakuru muri perezidansi akanaba umuvugizi wa Perezida wâu Burundi, wari wishwe nâabari bamuteze ava mu kazi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, yagize ati: âmu bwenge bwanjye nâumutimanama ni gute nabasha guhangana nâigikoko nka […]
Uganda: Uwari umuyobozi wa Lord Resistant Army arashinjwa ibyaha bisaga 70
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha mu Buholandi rwatangiye kuburanisha Dominic Ongwen ufite inkomoko mu gihugu cya Uganda wahoze ari umusirikare mu ngabo zirwanya ubutegetsi bwa Uganda ziba mu mashyamba ya Kongo, aho uyu mugabo ashinjwa ibyaha bisaga 70 birimo kwica, guhohotera, gufata ku ngufu, gushyira abana mu gisirikare nâibindi mu majyaruguru ya uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imbere yâubushinjacyaha, […]
Rwamagana: Abangamiwe nâabaturanyi be bamusaba kujugunya abana bafite ubumuga
Nyirabahinde Jacqueline utuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Nyamirama aravuga ko abangamiwe nâabaturanyi be bamuha akato kubera abana 2 yabyaye bavukanye ubumuga bwâuruhu, aba baturanyi ngo bakaba bamusaba kujugunya abo bana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore wâabana 3, babiri muri bo bafite ubumuga bwâuruhu. Avuga ko kuva yababyara abaturanyi be ndetse nâabo mu muryango […]
Ikibero no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga byamufashije kumenywa vuba-REBA AMAFOTO
Corazon Kwamboka, umukobwa wâimyaka 23 yâamavuk ukomoka muri Kenya, ubu umaze kumenyakana cyane mu gihugu avukamo no mu karere kâibiyaga bigali, uyu mukobwa ngo byose abikesha ikibero cye ndetse no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga. Nkâuko ikinyamakuru kenyalife kibitangaza, ngo uyu mukobwa we ubwe ngo yifotozaga amafoto agaragaza bimwe ku bice byâibanga byâumubiri we, yarangiza […]
âNtawabuza inyombya kuyombaâ Depite Jeanne dâArc Uwimanimpaye
Visi perezidante wâinteko ishinga amategeko yâu Rwanda yavuze ko ibyo abadepite bo mu nteko ishinga amategeko yâumuryango wâubumwe bwâuburayi bagaragaje mu myanzuro nyuma yâuruzinduko rwabo bagiriye mu Rwanda ari nko kuyomba kwâinyombya anavuga ko utabuza bene iyi nyoni kuvuga. Ibi Hon Uwimpaye yabitangarije mu kiganiro nâabanyamakuriu kigamije kugaragaza ibyagezweho nâInteko Ishinga Amategeko mu gihembwe cya […]
USA: Lady Gaga yarwaye ihungabana nyuma yo kwibuka ibyamubayeho akiri muto
Umuhanzi wâUmunyamerikakazi wo mu njyana ya Pop uzwi ku mazina ya Lady Gaga yatangaje ko afite ikibazo cyo mu mutwe yatewe no kuba yongeye gutekereza cyane ku kibazo yigeze kugira ubwo yari afite imyaka 19 yâamavuko. Uyu muhanzi yatangaje ko ubwo yari muri icyo kigero yafashwe ku ngufu ubwo yari yasuye abantu batagira aho baba […]
Ikipe ya Chapecoense FC yahawe igikombe cya South American Cup idakinnye
Ikipe yâumupira wâamaguru ya Chapecoense FC yahawe igikombe gikinirwa nâamakipe yo muri Amerika yâAmajyepfo (South American Cup) idakinnye nyuma yâuko iyi kipe yari yakoze impanuka yâindege abakinnyi nâabandi bantu bayo 73 bakahasiga ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa mbere, tariki ya 05 Ukuboza 2016 nibwo ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru muri Amerika yâAmajyepfo ryatangaje ko ikipe ya […]
Uburengerazuba: Guverineri Alphonse Munyantwari yatorewe kuyobora umuryango FPR
Muri iki cyumweru Guverineri wâintara yâUburengerazuba Alphonse Munyantwari yashikirijwe ibitabo bikubiyemo amabwiriza nâibikorwa by’umuryango FPR Inkotanyi wagehezeho mu myaka yashize, ndetse anasabwa gukomerezaho agafatanya nâabaturage guhashya ubukene. [ad id=”44145″] Bimwe mu byo Guverineri Alphonse yazabwe kuzageraho, harimo kwihutisha ibikorwa byâiterambere yibanda ku buhinzi nâubworozi ndetse no gukwirakwiza ibikorwa birimo umuriro nâamazi ku baturage ayobora. Mu […]
Rwamagana: Abaturage bahakanye ko batazahinga ibigori bategetswe na Leta
Abanyamuryango ba koperative âIsuka irakizaâ yari isanzwe ikorera ubuhinzi bwâumuceri mu gishanga cya Kavura giherereye mu murenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana; baretse guhinga icyo gishanga nyuma yuko ubuyobozi bwa koperative burangajwe imbere na Ngabonziza Egide bubategetse gusimbuza ibigori umuceri, bigaragara ko bitapfa gushoboka kubera amazi menshi ari muri icyo gishanga. Iyo ugeze muri icyo […]
Abikorera bateye inkunga gahunda ya Girinka, banasaba Perezida Kagame ko umusoro utakongerwa
Kuri uyu wa 05 Ukuboza 2016, abikorera barenga 2000 bagiranye ibiganiro nâumukuru wâigihugu cyâu Rwanda mu rwego rwo kurebera hamwe ibyagezweho nâuru rwego ndetse no kugirango bagaragarize umukuru wâigihugu zimwe mu mbogamizi bahura nazo kugirango harebwe uko zakurwaho. Abacuruzi bibumbiye mu rugaga rwâabikorera bateye inkunga gahunda ya Girinka munyarwanda yatangijwe na Perezida Kagame, ingana na […]
RDC: Abantu 31 baguye mu mirwano ishingiye ku moko yo mu miryango
Mu ntangiriro zâiki cyumweru ndetse no mu mpera z’icyumweru gitambutse, abasaga 30 barimo abasirikare n’abashinzwe umutekano basize ubuzima mu mirwano yatewe nâumwana na nyirarume bashakaga gusimburana ku butegetsi. [ad id=”44145″] Iyi mirwano yabereye mu ntara ya Kasai rwagati, yaguyemo abasirikare bo ku ruhande rwa leta bagera kuri 18 ndetse nâabashinzwe kurinda umutekano muri kariya gace […]
Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rwanzuye ko Seyoboka aba afunzwe
Umunyarwanda, Henri Jean Claude Seyoboka uherutse koherezwa kuburanira mu Rwanda kubyaha bya Jenoside akurikiweho yamaze gukatirwa nâurukiko gufungwa iminsi mirongo itatu yâagateganyo mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byose aregwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Seyoboka woherejwe nâigihugu cya Canada akurikiranweho ibyaha yakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ubwo yari umusirikare mu ngabo zâicyo gihe. […]
Umukwabu wa Polisi wafashe 3 bafite ibiyobyabwenge bitandukanye
Mu ntangiriro zâiki cyumweru, mu mukwabu Polisi yâu Rwanda yakoreye mu turere twa Gasabo, Gicumbi na Rwamagana yayifatiyemo abagabo batatu bafite ibiyobyabwenge byâubwoko butandukanye birimo nâurumogi. [ad id=”44145″] Muri Nyarugenge hafatiwe uwitwa Hakizimana Janvier afite bule 2900 zâurumogi, afatiwe mu murenge wa Nyamirambo. Naho mu murenge wa Nyankenke ho mu karere ka Gicumbi hafatiwe uwitwa […]
Urubyiruko rurakangurirwa kwirinda ruswa ishingiye ku gitsina
Urubyiruko nka bamwe mu banyarwanda baba bashakisha uburyo batera imbere ku buryo bwihuse kandi banashakisha imibereho ya buri munsi, ngo ni bamwe mu bahura nâibibazo bitandukanye bya ruswa ahanini ishingiye ku gitsina bityo ugasanga ari zimwe mu ngorane bahura nazo ndetse bakaba bakangurirwa kuyirwanya. [ad id=”44145″] Ibi ni ibyatangajwe nâUmunyamabanga uhoraho mu rwego rwâUmuvunyi Mbarubukeye […]
Ingabo zâAbarundi na Gabon zirashinjwa gusambanya no guhohotera abaturage muri Centrafrica
Umuryango wâAbibumbye watangaje ingabo zâAbarundi 25 ndetse nâizo muri Gabon 16 zishinjwa ihohotera mu buryo butandukanye zakoreye abaturage zari zishinzwe gucungira umutekano muri Repubulika ya Centrafrica. [ad id=”44145″] Umuvugizi wâumuryango wâAbibumbye Stephane Dujarric yagize ati iperereza ryerekanye ko ingabo za Gabon nâu Burundi zagize uruhare mu ihohoterwa ryakorewe abaturage ba leta ya Centrafrica mu myaka […]
Ese ibibazo bikiri mu bucukuzi bwâamabuye yâagaciro bizarangira ryari?
Ibikorwa byâubucukuzi mu Rwanda ni bimwe mu bikorwa byâiterambere, ariko umuntu adapfa guhita abona umusaruro wabyo, dore ko usanga birangwa nâibibazo bitarangira haba ku babikoresha ndetse no ku babikora. [ad id=”44145″] Amwe mu mabuye yâagaciro acukurwa mu Rwanda ni nka Gasegereti, Colta, ubutare nâandi. Gusa iyo urebye imikorere nâimitunganyirizwe yayo, wakwibaza niba hari inyungu runaka […]
Ikiguzi cya serivisi zâubuvuzi kigiye kuzamurwa
Ubwo yasozaga itorero ryâabakora mu buzima âImpeshakuramaâ, minisitiri wâintebe yatangaje ko uku kwezi kâUkuboza kurarangira ibiciro bya serivise zâubuvuzi kizamutse kugirango amafaranga yishyurwa izi serivise abe ajyanye nâibikoresho bikoreshwa mu buvuzi bugezweho ndetse hanaboneke igihembo cyâabatanga izo serivisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri wâIntebe, Anastaze Murekezi yavuze ko ibi biciro bizazamurwa hagendewe ku iteka rya Minisitiri ufite […]
Urukiko rugiye gufata umwanzuro kuri dosiye yâumunyamakuru Eminente
Kuri uyu wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016, ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwize kuri dosiye yâumunyamakuru Eminente nyuma hakaza kuvamo umwanzuro ugomba gushyikirizwa urukiko. [ad id=”44145″] Nkâuko byatangajwe nâumuvugizi wâUbushinjacyaha bwâu Rwanda Nkusi Faustin, ngo kugeza ubu Dosiye ya Eminente iracyari mu iperereza, bityo uyu munyamakuru nâumwunganira mu by’amategeko bakaba bitabye ubushinjacyaha mu rwego rwo […]
Kenya: Imyigaragambyo yâabaganga ishobora gushyira abarwayi batari bacye mu kaga
Mu gihe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016 abaganga bo mu mujyi wa Nairobi muri Kenya babyukiye mu myigaragambyo basaba kwishyurwa imishahara yabo no kuba leta itubahiziza amasezerano bafitanye, ubuzima bwâabarwayi babarirwa mu Magana ngo buri mu kaga kubera kubura ubitaho abenshi bakaba batakiri mu bitaro. [ad id=”44145″] Inkuru […]
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kigali Heights na CHIC (Amafoto)
Umukuru wâigihugu cyâu Rwanda, Paul Kagame yatangije ku mugaragaro ikoreshwa ryâinyubako zâubucuruzi ziri mu mujyi wa Kigali zubatswe nâabashoramari bahisemo gushora imari yabo mu Rwanda barimo nâAbanyarwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyubako ya Kigali Heights yatwaye miliyari 30 Frw, iherereye ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali, iruhande rwa Kigali Convention Center. ifite ibiro byo gukorerwamo byakwakira abantu […]
Ghana: Havumbuwe Ambasade yâAmerika ya baringa imaze imyaka 10 ikora
Kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ukuboza 2016, nibwo Amerika yatangaje ko muri leta ya Ghana havumbuwe Ambasade yitiriwe Amerika yari imaze imyaka isaga 10 itanga ibyangombwa bitandukanye birimo impamyabumenyi, ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga ibâingendo bitandukanye nâibindi bitabo byâibikorano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyubako yakoreragamo iki kiswe Ambasade, ngo iherereye mu murwa mukuru wâiki gihugu Accra, mu […]
Urunturuntu mu mubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel nyuma y'ibyatangajwe na John Kerry
Umubano wa Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika urarangwamo urunturuntu nkâukobyemezwa nâ ibinyamakuru byo muri Israel bivuga ko ijambo minisitiri John Kerry yatangaje kuri iki Cyumweru ryafashwe nkâibirego bikomeye kandi bitubahiriza amahame agenga imibanire yâibihugu byombi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] John Kerry mu ijambo rye yavugiye muri Saban Forum, ibiganiro ngarukamwaka hagati yâabayobozi muri politiki nâimibanire […]
Abasilamu 18 bakurikiranwe ho gutwika ibikorwa byâAbakirisitu
Guhangana kwâamadini bikomeje gufata intera ikomeye mu isi, kuri ubu mu buryo bweruye, isi yose ikomeje kureba no kumva amakuru avuga ku buryo abantu bakomeje guhangana bapfa imyizerere itandukanye. Kuri ubu mu gihugu cya Misiri mu gace kitwa Sohag gaherereye mu majyaruguru yâiki gihugu haravugwa itabwa muri yombi ryâAbayoboke bâidini ya Isilamu 18 bose bacuze […]
Minisitiri Kaboneka yikomye abaha akato abafite ubumuga, nabo abasaba kwirinda gusabiriza
Mu gihe leta yâu Rwanda ikomeje gushyira ingufu mu guca burundu ikibazo cyâabacururiza mu kajagari bazwi nkâabazunguzayi ndetse nâabasabiriza; Minisiteri yâubutegetsi bwâigihugu yasabye abafite ubumuga gucika burundu ku ngeso yo gusabiriza nka bumwe mu buryo bwo kwihesha agaciro no kwikuraho igisuzuguriro cya bamwe mu bakibafata nkâabadashoboye. Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu Francis kaboneka, ubwo yari mu muhango […]
Afurika yâEpfo: Perezida Zuma yasabye guhanagurwaho burundu ibyaha bya ruswa ashinjwa
Nyuma yâuko Perezida wâAfurika yâEpfo Jacob Zuma yenerewe kuguma ku butegetsi ndetse agakomeza kuyobora ishyaka riri ku butegetsi ANC, kuri ubu yasabye urukiko rwa Pretoria ko runamuhanaguraho ibyaha yashinjwaga bya ruswa ndetse nâibyo gukoresha nabi umutungo wâigihugu mu nyungu ze bwite. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu cyumweru gishize, nibwo Komite yâishyaka rya ANC yari ishinzwe gukurikirana Perezida […]
UR-Huye: Irushanwa rya nyampinga ryagarutse, Miss Huye Campus
Ubuyobozi bwa Kaminuza yâu Rwanda, koleji ya Huye bwatangaje ko irushanwa rya nyampinga ryari rimaze imyaka itatu ritaba kuri ubu rigiye kugaruka mu rwego rwo guteza imbere imyigadaduro muri iyi koleji iruta izindi zose zo mu Rwanda mu bukuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi ushinzwe abanyeshuri muri UR-Huye Ruzigana Fabien yatangaje ko iri rushanwa rigaruwe nyuma yâimyaka […]
Leta yâu Rwanda yahisemo kwigomwa agatubutse igamije guca caguwa
Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda no guca burundu caguwa mu gihugu, guverinoma yâu Rwanda yatangaje ko kuri ubu imisoro yasoreshwaga abinjiza impu nâibindi bikoresho bikorwamo inkweto nâimyenda yakuweho kugirango inganda zo mu Rwanda zibone ibi bikoresho mu buryo byoroshye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyemezo cyo gukuriraho imisoro abinjiza impu nâibikorwamo imyenda mu Rwanda […]
âYahya Jammeh ubwe yari azi ko yarangiyeâ Adama Barrow
Ese waba ujya utekereza ko uzigera ukenera inama za Jammeh? Ese mwaba muteganya kugeza Yahya Jammeh imbere yâubutabera ?, Mwaba muzi aho Yahya Jammeh aherereye magingo aya kandi mwatubwira niba mwibaza ko adateganya guhunga igihugu? Hari abantu benshi bafungiye impamvu za politiki mu ma gereza. Muteganya kubarekura ryari, mu buhe buryo? Ibyo ni bimwe mu […]
Polisi yafashe ibyuma byâimodoka bya Rwf 24,000,000 byibwe NPD – COTRACO
Polisi yâu Rwanda mu Karere ka Nyarugenge yafashe ibyuma byâimodoka bifite agaciro ka Miliyoni 24 zâamafaranga yâu Rwanda byibwe Kompanyi ikora imirimo yâUbwubatsi yitwa NPD- COTRACO. [ad id=”44145″] Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko ibyo byuma bya Actos Benz byafatiwe mu nzu yâuwitwa Ndayizeye […]
Moustapha na Shasir bafashije Rayon sport gukomeza kubaka amateka
Mu mukino wâumunsi wa karindwi wa shampiyona wahuje ikipe ya Rayon sport nâAmagaju i Nyagisenyi, Ikipe yâi Nyanza yakomeje kwigaragaza nkâikipe ifite gahunda muri uyu mwaka wâimikino itsinda Amagaju mu buryo bworoshye inakomeza guca uduhigo muri uyu mwaka wâimikino wa 2016/2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikipe ya Rayon sport yari yaruhukije abakinnyi barimo Nshuti Savio na Imanishimwe […]
Umutoza wa Police Fc arashinja abakinnyi be kwirara bigatuma atakaza amanota
Mu mukino wahuje ikipe ya Police Fc ndetse na Kirehe Fc kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3 Ukuboza 2016, umutoza wâikipe ya police Fc Seninga Innocent yashinje abakinnyi be kwirara bigatuma ikipe ya Kirehe Fc ibasha kwishyura igitego kimwe yari yamaze gutsindwa mu gice cya mbere cyâumukino bityo bakagabana amanota . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu […]
Amerika: Ushinzwe uburezi ngo ashaka ihinduramatwara ridasanzwe mu kwamamaza ubwami bwâImana mu burezi
Umuyobozi ushinzwe amashuri muri Guverinoma nshya yâAmerika, Betsy DeVos ngo yizeye ko iterambere mu myigire rigomba no kuzibanda ku guteza imbere iyobokamana no kwamamaza ubwami bwâImana buvugwa muri Bibiliya. [ad id=”44145″] Mu kiganiro nâitangzamakuru, uyu mugore yatangaje ko azatanga za Miliyoni zâAmadolari mu kuzamura amashuri yigenga ndetse nâamashuri yâibijyanye nâiyobokamana cyangwa ibigo byâamashuri bishingiye ku […]
Amafoto: Perezida Kagame na madamu bifatanyije nâabana 200 mu munsi mukuru wo gusoza umwaka
Perezida Kagame na madamu we kuri iki Cyumweru bifatanyije nâabana babarirwa muri 200 baturutse hirya no hino mu gihugu mu munsi mukuru babateguriye wo gusoza umwaka wabereye muri Village Urugwiro. [ad id=”44145″] Uyu munsi mukuru ngo ukaba wagenewe Abana bâAbanyarwanda ngo basangire banarusheho gukomeza kugaragarizanya urukundo nkâuko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa madamu Jeannette […]
âNtiwagira ubuzima bwiza udafite abaganga bezaâ PM Murekezi
Minisitiri wâintebe asoza itorero ryâabakora mu buzima “ Impeshakurama ” bari bajyanwemo bitewe nâimikorere mibi yabasabye kuzamura imibereho myiza yâAbanyarwanda mu Cyerekezo 2020, urwego rwâUbuzima rukitabwaho ku buryo bwâumwihariko Nkâintumwa ya Perezida Kagame wagombaga gusoza iri torero, Minisitiri wâIntebe yibukije aba baganga ko ubuzima bwiza bwâAbanyarwanda ari ryo terambere ryâu Rwanda ndetse nâisi yose muri […]