Burundi: Rurageretse hagati ya Willy Nyamitwe na Petero Buyoya uvuga ko hari gutegurwa Jenoside

Mu gihe leta y’u Burundi ikomeje guhakana amakuru atangazwa n’imiryango mpuzamahanga itandukanye ko ibikorwa mu gihugu bigaragaza ko hashobora kuba jenoside vuba, Pierre Buyoya wahoze ari perezida ahamya aya makuru ariko gusa ntbyumvikanaho na Willy Nyamitwe, umujyanama wa perezida Nkurunziza [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Pierre Buyoya wakunze kugaragaza ko ari ku ruhande rw’abadashyigikiye leta ya Nkurunziza , […]

Abanyamakuru basanga baragizwe insina ngufi n’abakora ubushakashatsi kuri ruswa

Abanyamakuru bateye utwatsi raporo y’ubushakashatsi ya Transparency International Rwanda yabakozweho ku kurya ruswa aho bavuze ko bagirwa insina ngufi icibwaho urukoma,ariko nanone biyemeza kugumya gutanga umusanzu mu kurwanya ruswa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa gatatu Tariki ya 07 Ukuboza 2016 urwego rw’umuvunyi rwatanze amahugurwa ku uruhare rw’itangazamakuru mu gukumira no kurwanya ruswa,aho Umuvunyi Wungirije Musangabatware […]

Abanyamakuru bati “Ibyo ababishinzwe bita ruswa ntabwo ari yo ruswa”

Abanyamakuru batunzwe agatoki ku kuba mu barya ruswa mu Rwanda ku kigero cyo hejuru, mu busesenguzi bwabo batangaje ko ababishinjwe bitiranya ruswa, abanyamakuru bavuga ko niba itike ihabwa umunyamakuru mu gihe yagiye gutara inkuru ahandi hantu ifatwa nka ruswa na Mission z’abayobozi zahagarikwa. Ni bimwe mu byaranze ibiganiro byahuje abanyamakuru, urwego rw’umuvunyi, n’urwego rushinzwe kurwanya […]

Gasabo: Minani Seleverien yapfuye aguweho n’ikirombe ubwo yibaga amabuye y’agaciro

Umugabo witwa Minani Seleverien wo mu murenge wa Nduba mu karereka gasabo yagwiriwe n’ikirombe ubwo yacukuraga amabuye y’agaciro azwi nka gasegereti muri uriya murenge mu buryo butemewe n’amategeko mu ntangiriro z’iki cyumweru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku munsi w’ejo tariki ya 8 Ukuboza 2016, nibwo polisi y’u Rwanda ikorera muri kariya gace yatangaje iby’uru rupfu, ivuga ko […]

Hakomeje kwibazwa aho uyu muntu ukekwaho uruhare muri jenoside aherereye n’uwo ari we

Ifoto y’umugabo utaramenyekana yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga aho abazikoresha bakeka ko uyu yaba ari umwe mu bayobozi bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi ukiri kwidegembya ahantu hatazwi ku Isi. Izina rye ririmo gushakishwa, gusa bamwe mu Banyarwanda bakeka ko ashobora kuba yari umuyobozi mu nzego z’ibanze, cyangwa umucuruzi wari wicaye kuri bariyeri mu 1994 […]

Sudani y’Epfo: Igipfunsi cyongeye kuvuza ubuhuha muri perezidansi

Imirwano yongeye kwaduka muri perezidansi ya Sudani y’Epfo mu minsi ishize ubwo habaga guterana ibipfunsi hagati ya Ambasaderi Bol Wek Agoth na mwishywa wa perezida Salva Kiir witwa Thiik Thiik Machar. Aba bayobozi bombi bivugwa ko imirwano yabo yadutse nyuma yo guterana amagambo bapfa umushahara Thiik atabonye, akaba yarashinjaga Bol Wek, ushinzwe ubutegetsi muri perezidansi, […]

Ese Francois Mitterrand yaba yaratereranye Guverinoma y’Abatabazi Habyarimana amaze gupfa?

Guverinoma yari iriho mu Rwanda yaje kuvanwaho nyuma y’urupfu rwa Habyarimana muri Nyakanga 1994, ngo yatakaje Guverinoma ariko ngo ntabwo yatakaje inshuti yayo y’ibihe byose; u Bufaransa nk’uko bigaragazwa n’amabaruwa impande zombi zandikiranye icyo gihe. Ku wa 19 Nyakanga 1994 nibwo FPR yari iyobowe na Perezida Kagame yashyizeho Guverinoma y’Ubumwe nyuma yo gufata ubutegetsi. Guverinoma […]

U Rwanda rwahinduye isoko rwakuragamo isukari muri Afurika

Nyuma y’uko igiciro cy’isukari kizamutse muri uyu mwaka ku buryo umuntu yakwita ko butunguranye, u Rwanda rwahinduye isoko rwakuragamo isukari, aho rwatangiye gukorana n’amasoko yo mu gihugu cya Zambia na Malawi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] U Rwanda rufashe gahunda yo gukorana n’ibi bihugu nyuma y’uko ingano y’isukari rwakuraga mu gihugu cya Uganda na Kenya igabanutse bitewe no […]

Musanze: Hatashywe ikigo kizafasha abantu mu kubona akazi

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’umurimo Judith Uwizeye, aherekejwe n’abandi bashyitsi bakuru barimo Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Claude Musabyimana ndetse n’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Habyalimana Jean Damascene bari kumwe kandi n’abandi bayobozi batandukanye barimo ab’Inzego z’Umutekano ndetse n’abandi Bafatanyabikorwa, kuri uyu wa kabiri tariki 06 Ukuboza 2016, batashye ikigo cya Musanze kizafasha urubyiruko n’abagore kubona imirimo. [xyz-ihs […]

Umuhanzi Justin Bieber wakiriye agakiza yaburiye abakoresha Instagram

Umuhanzi Justin Bieber ukomoka mu gihugu cya Canada aherutse kuburira abakoresha urubuga rwa Instagram mu buryo bwo gutebya avuga ko adashidikanya ko uru rubuga rwavuye ikuzimu ko n’abarukoresha baba bakorera Satani Mu gitaramo uyu muhanzi aherutse gukorera mu mujyi wa London mu Bwongereza yavuze ko yizera ku kigero cya 90% ko instagram yagenewe gushirwaho amafoto […]

Tumenye dipolomasi n’udushya tuba muri uyu mwuga utoroshye

Iyo witegereje abatuye isi mu byiciro babamo muri rusange, byumwihariko mu bihugu bitandukanye babarizwamo, byaba ibyo bavukamo, batemberamo ,bakuriyemo cyangwa bagiyemo ku mpamvu z’imirimo, usanga buri kimwe cyose kigendera ku dipolomasi . Hari kandi n’abajyayo kubera amasomo n’ubushabitsi busanzwe aho rero uhita wibaza ku ruhare rw’umwe wese mu guharanira kugaragaza isura y’igihugu cye , cyaba […]

Musanze: Hatoraguwe imirambo 2 y’abasore bicishijwe ibyuma

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Ukuboza 2017, mu karere ka Musanze ahazwi nko Kuri STRABAG hatoraguwe imirambo 2 y’abasore bari mu kigero cy’imyaka 22 na 24 y’amavuko byagaragaraga ko bishwe batewe ibyuma. Aka gace ubusanzwe ngo kakaba kazwiho kuba kabamo amabandi menshi n’abakoresha ibiyobyabwenge. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba basore bagaraye ko bitwa Musonera Samuson […]

Zimbabwe: Ese Perezida Mugabe yaba yarikururiye ikishi?

Nyuma y’uko Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe akomeje kukwa igitutu n’abo mu ishyaka rye, abatavuga rumwe nawe ndetse n’abo mu muryango we kwegura ku mwanya w’ubuyobozi akababera ibamba, ubu ngo haba hagezweho n’abo mu mahanga nabo bamusaba kwegura kuko atagishoboye gutwara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma y’uko mu ntangiriro z’iki cyumweru gishize Perezida Mugabe atumiye Julius […]

Ni umukobwa ushaka umusore bakundana ariko utagenzwa n’ubusambanyi (reba nimero ze)

Muraho? ariko iyo umuntu afashe igihe cyo gushyira icyifuzo cg igitekerezo kururu rubuga , mujye mubiha agaciro .nanditse nifuza umugabo ufite 35-45 ans ngahamagarwa nabana ba 28 et 30 oya sabo nkeneye ndakuze mfite 35 ikindi ndiyubashye sinkunda akavuyo ufite gahunda ashaka kubaka niyo yaba afite abana nkunda abana cyane ntacyo bitwaye ndabafite nange so […]

Burundi: Umusoro wagizwe igipimo cy’abanzi n’abakunzi b’igihugu

Bwa mbere hizihizwa umunsi mukuru w’abasora mu gihugu cy’u Burundi, ku wa 06 Ukuboza 2016, Perezida Pierre Nkurunziza yatangaje ko abadasora ari abadakunda igihugu kuko gusora ari byo bigaragaza ko umuntu akunda igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkurunziza kandi yavuze ko umusoro utangwa n’Abarundi ari wo uvamo amafaranga yifashishwa n’urwego rw’abashinzwe umutekano nk’ingabo na polisi ndetse no […]

Ese abo leta yafashishije inkunga y’ibiribwa kwari ukugirango bijute?

Inteko ishingamategeko y’u Rwanda yatangaje ko icyo abanyarwanda bise inzara mu bice bimwe na bimwe by’igihugu atari inzara ahubwo ari ukutijuta nk’uko byari bisanzwe bitewe n’uko havuye izuba ryinshi bityo imyaka yahinzwe ntiyere neza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Inteko ibitangaje mu gihe leta y’u Rwanda hari aho byabaye ngombwa ko igenera bamwe mu baturage bari bugarijwe […]

Burundi: Ambasade y’Amerika ngo ifite impungenge ku bitero bishobora kuyigabwaho muri uku kwezi

Abanyamerika baba mu gihugu cy’u Burundi baba abakora muri Ambasade ndetse n’abandi bari mu bikorwa bitandukanye birimo n’ibyo kurinda umutekano basabwe kurya bari menge ko bashobora kugabwaho ibitero n’imitwe yitwaje intwaro yamaze kwiyegeranya mukarere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe na Ambasade y’Amerika ikorera mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi, aho yatangaje ko hari imitwe yitwaje […]

Umuhanzi Diamond ati: “Ubu ndi umupapa w’abana babiri”- AMAFOTO

Ku wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016, nibwo inkuru zasakaye ko umuherwe Zari Hassan yibarutse umwana (umuhungu) wa kabiri w’umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania, ubu uyu mugabo akaba abyemeza ko ari umubyeyi w’abana 2 . Abinyujije ku rukuta rwe twa Twitter ndetse akanabigaragarisha ifoto, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Ukuboza Diamond […]

Areruya Joseph na Mugisha Samuel basanze Adrien Niyonshuti muri Dimension Data

Abakinnyi babiri bakiniraga amakipe yo mu Rwanda mu mikino yo gusiganwa ku magare, Areruya Joseph na Mugisha Samuel kuri ubu berekeye mu ikipe ya Dimension Data for Qhubeka yo mu gihugu cy’Afurika y’Epfo isanzwe ikinamo umunyarwanda Adrien Niyonshuti. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu marushanwa ya Tour du Rwanda aheruka kubera mu Rwanda aba basore b’abanyarwanda bombi bari […]

RDC: Imibiri y’abasaga 50 imaze kuboneka mu kiyaga cya Albert

Guhera ku wa gatanu w’icyumweru gishize kugeza ku wa kabiri tariki ya 6 Ukuboza 2016, inzego z’ubutabazi bwo mu mazi ndetse n’Abarobyi bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, zimaze gutahura imirambo isaga 50 y’abahitanywe n’imirwano ikomeje guhuza ingabo za Kongo, FARDC ndetse n’abo mu gisirikare cya Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inkuru dukesha radio Okapi ivuga […]

AMAFOTO: Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yakira indahiro z’abashinjacyaha 4

Uyu muhango wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Ukuboza 2016, aho Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yahaye impanuro abashinjacyaha bane zirimo kwihutisha amadosiye y’abarigisa n’abanyereza umutungo wa Leta ndetse,
 [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Min. w’Intebe, Murekezi Anastase yagize ati: “ Muzihutishe amadosiye y’abarigisa n’abanyereza umutungo wa Leta ndetse, uw’amabanki na za Microfinances n’Amakoperative”. […]

Minisitiri Nyirasafarari arasaba ko abareresha umuhanda babiryozwa

Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari Esperence ubwo yasuraga imurikabikorwa ry’abana bafashwa n’imiryango itandukanye kuri uyu wa 06 Ukuboza 2016yashimangiye ko abana bose bakwiye kurererwa mu muryango ababyeyi batabyitaho bakabiryozwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kurerera umwana mu bigo birera imfubyi cyangwa mu muhanda bidindiza iterambere ry’igihugu kuko abo bana baba basa n’abari inyuma ndetse bikanatuma aba bana bakura […]

Trump yanze gukorerwa indege nshya

Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Amerika muri manda itaha izatangira mu kwezi gutaha kwa mbere 2017 yatangaje ko leta igomba guhagarika ibikorwa byo gukoresha indege ya Air Force One bitewe n’uko ngo igiciro cy’izo ndege kiri hejuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Trump usanzwe ari umuherwe yatangaje ko miliyari enye z’amadolari y’Amerika zigomba gutangwa kugirango akorerwe indege izajya […]

Abashinjacyaha bashya basabwe gukurikirana abakoze Jenoside barimo n’abanyamahanga

Ubwo yakiraga indahiro z’abashinjacyaha bane, minisitiri w’intebe, Murekezi Anastaze yasabye aba bashinjacyaha gushyira imbaraga mu gukurikirana abantu bose bashinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994, barimo n’abanyamahanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gukurikirana abakekwaho Jenoside barimo n’abanyamahanga bisabwe ubushinjacyaha mu gihe ibi byari biherutse gutangira ubwo ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabaga leta y’u Bufaransa ko bwakurikirana […]

Umunyarwandakazi yatsindiye igihembo cyo guteza imbere ubuhinzi muri Afurika

Dr. Agnes Kalibata uyobora umuryango uharanira iterambere ry’amashyamba muri Afurika, AGRA (Alliance for a Green Revolution in Africa) yatsindiye igihembo cy’umugore w’umwaka wa 2016 mu buhinzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ndetse n’ubugeni muri Afurika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki gihembo Dr Kalibata agikesha abasomyi b’urubuga rwa New African Woman Magazine, abikesha uruhare rugaragara abamutoye bavuga ko yagize mu […]

Kuba Willy Nyamitwe atarishwe ngo ni agahinda kuri Minani wo muri CNARED

Minani Jeremie ushinzwe itangazamakuru mu mpuzamashyaka CNARED, yatangaje mu izina rye ko yababajwe no kurusimbuka kwa Willy Nyamitwe, ushinzwe itangazamakuru muri perezidansi akanaba umuvugizi wa Perezida w’u Burundi, wari wishwe n’abari bamuteze ava mu kazi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, yagize ati: “mu bwenge bwanjye n’umutimanama ni gute nabasha guhangana n’igikoko nka […]

Uganda: Uwari umuyobozi wa Lord Resistant Army arashinjwa ibyaha bisaga 70

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha mu Buholandi rwatangiye kuburanisha Dominic Ongwen ufite inkomoko mu gihugu cya Uganda wahoze ari umusirikare mu ngabo zirwanya ubutegetsi bwa Uganda ziba mu mashyamba ya Kongo, aho uyu mugabo ashinjwa ibyaha bisaga 70 birimo kwica, guhohotera, gufata ku ngufu, gushyira abana mu gisirikare n’ibindi mu majyaruguru ya uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Imbere y’ubushinjacyaha, […]

Rwamagana: Abangamiwe n’abaturanyi be bamusaba kujugunya abana bafite ubumuga

Nyirabahinde Jacqueline utuye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Nyamirama aravuga ko abangamiwe n’abaturanyi be bamuha akato kubera abana 2 yabyaye bavukanye ubumuga bw’uruhu, aba baturanyi ngo bakaba bamusaba kujugunya abo bana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore w’abana 3, babiri muri bo bafite ubumuga bw’uruhu. Avuga ko kuva yababyara abaturanyi be ndetse n’abo mu muryango […]

Ikibero no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga byamufashije kumenywa vuba-REBA AMAFOTO

Corazon Kwamboka, umukobwa w’imyaka 23 y’amavuk ukomoka muri Kenya, ubu umaze kumenyakana cyane mu gihugu avukamo no mu karere k’ibiyaga bigali, uyu mukobwa ngo byose abikesha ikibero cye ndetse no kwiyambika ubusa ku mbuga nkoranyambaga. Nk’uko ikinyamakuru kenyalife kibitangaza, ngo uyu mukobwa we ubwe ngo yifotozaga amafoto agaragaza bimwe ku bice by’ibanga by’umubiri we, yarangiza […]

“Ntawabuza inyombya kuyomba” Depite Jeanne d’Arc Uwimanimpaye

Visi perezidante w’inteko ishinga amategeko y’u Rwanda yavuze ko ibyo abadepite bo mu nteko ishinga amategeko y’umuryango w’ubumwe bw’uburayi bagaragaje mu myanzuro nyuma y’uruzinduko rwabo bagiriye mu Rwanda ari nko kuyomba kw’inyombya anavuga ko utabuza bene iyi nyoni kuvuga. Ibi Hon Uwimpaye yabitangarije mu kiganiro n’abanyamakuriu kigamije kugaragaza ibyagezweho n’Inteko Ishinga Amategeko mu gihembwe cya […]

USA: Lady Gaga yarwaye ihungabana nyuma yo kwibuka ibyamubayeho akiri muto

Umuhanzi w’Umunyamerikakazi wo mu njyana ya Pop uzwi ku mazina ya Lady Gaga yatangaje ko afite ikibazo cyo mu mutwe yatewe no kuba yongeye gutekereza cyane ku kibazo yigeze kugira ubwo yari afite imyaka 19 y’amavuko. Uyu muhanzi yatangaje ko ubwo yari muri icyo kigero yafashwe ku ngufu ubwo yari yasuye abantu batagira aho baba […]

Ikipe ya Chapecoense FC yahawe igikombe cya South American Cup idakinnye

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Chapecoense FC yahawe igikombe gikinirwa n’amakipe yo muri Amerika y’Amajyepfo (South American Cup) idakinnye nyuma y’uko iyi kipe yari yakoze impanuka y’indege abakinnyi n’abandi bantu bayo 73 bakahasiga ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa mbere, tariki ya 05 Ukuboza 2016 nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Amerika y’Amajyepfo ryatangaje ko ikipe ya […]

Uburengerazuba: Guverineri Alphonse Munyantwari yatorewe kuyobora umuryango FPR

Muri iki cyumweru Guverineri w’intara y’Uburengerazuba Alphonse Munyantwari yashikirijwe ibitabo bikubiyemo amabwiriza n’ibikorwa by’umuryango FPR Inkotanyi wagehezeho mu myaka yashize, ndetse anasabwa gukomerezaho agafatanya n’abaturage guhashya ubukene. [ad id=”44145″] Bimwe mu byo Guverineri Alphonse yazabwe kuzageraho, harimo kwihutisha ibikorwa by’iterambere yibanda ku buhinzi n’ubworozi ndetse no gukwirakwiza ibikorwa birimo umuriro n’amazi ku baturage ayobora. Mu […]

Rwamagana: Abaturage bahakanye ko batazahinga ibigori bategetswe na Leta

Abanyamuryango ba koperative ‘Isuka irakiza’ yari isanzwe ikorera ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Kavura giherereye mu murenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana; baretse guhinga icyo gishanga nyuma yuko ubuyobozi bwa koperative burangajwe imbere na Ngabonziza Egide bubategetse gusimbuza ibigori umuceri, bigaragara ko bitapfa gushoboka kubera amazi menshi ari muri icyo gishanga. Iyo ugeze muri icyo […]

Abikorera bateye inkunga gahunda ya Girinka, banasaba Perezida Kagame ko umusoro utakongerwa

Kuri uyu wa 05 Ukuboza 2016, abikorera barenga 2000 bagiranye ibiganiro n’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda mu rwego rwo kurebera hamwe ibyagezweho n’uru rwego ndetse no kugirango bagaragarize umukuru w’igihugu zimwe mu mbogamizi bahura nazo kugirango harebwe uko zakurwaho. Abacuruzi bibumbiye mu rugaga rw’abikorera bateye inkunga gahunda ya Girinka munyarwanda yatangijwe na Perezida Kagame, ingana na […]

RDC: Abantu 31 baguye mu mirwano ishingiye ku moko yo mu miryango

Mu ntangiriro z’iki cyumweru ndetse no mu mpera z’icyumweru gitambutse, abasaga 30 barimo abasirikare n’abashinzwe umutekano basize ubuzima mu mirwano yatewe n’umwana na nyirarume bashakaga gusimburana ku butegetsi. [ad id=”44145″] Iyi mirwano yabereye mu ntara ya Kasai rwagati, yaguyemo abasirikare bo ku ruhande rwa leta bagera kuri 18 ndetse n’abashinzwe kurinda umutekano muri kariya gace […]

Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rwanzuye ko Seyoboka aba afunzwe

Umunyarwanda, Henri Jean Claude Seyoboka uherutse koherezwa kuburanira mu Rwanda kubyaha bya Jenoside akurikiweho yamaze gukatirwa n’urukiko gufungwa iminsi mirongo itatu y’agateganyo mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byose aregwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Seyoboka woherejwe n’igihugu cya Canada akurikiranweho ibyaha yakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ubwo yari umusirikare mu ngabo z’icyo gihe. […]

Umukwabu wa Polisi wafashe 3 bafite ibiyobyabwenge bitandukanye

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, mu mukwabu Polisi y’u Rwanda yakoreye mu turere twa Gasabo, Gicumbi na Rwamagana yayifatiyemo abagabo batatu bafite ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye birimo n’urumogi. [ad id=”44145″] Muri Nyarugenge hafatiwe uwitwa Hakizimana Janvier afite bule 2900 z’urumogi, afatiwe mu murenge wa Nyamirambo. Naho mu murenge wa Nyankenke ho mu karere ka Gicumbi hafatiwe uwitwa […]

Urubyiruko rurakangurirwa kwirinda ruswa ishingiye ku gitsina

Urubyiruko nka bamwe mu banyarwanda baba bashakisha uburyo batera imbere ku buryo bwihuse kandi banashakisha imibereho ya buri munsi, ngo ni bamwe mu bahura n’ibibazo bitandukanye bya ruswa ahanini ishingiye ku gitsina bityo ugasanga ari zimwe mu ngorane bahura nazo ndetse bakaba bakangurirwa kuyirwanya. [ad id=”44145″] Ibi ni ibyatangajwe n’Umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’Umuvunyi Mbarubukeye […]

Ingabo z’Abarundi na Gabon zirashinjwa gusambanya no guhohotera abaturage muri Centrafrica

Umuryango w’Abibumbye watangaje ingabo z’Abarundi 25 ndetse n’izo muri Gabon 16 zishinjwa ihohotera mu buryo butandukanye zakoreye abaturage zari zishinzwe gucungira umutekano muri Repubulika ya Centrafrica. [ad id=”44145″] Umuvugizi w’umuryango w’Abibumbye Stephane Dujarric yagize ati iperereza ryerekanye ko ingabo za Gabon n’u Burundi zagize uruhare mu ihohoterwa ryakorewe abaturage ba leta ya Centrafrica mu myaka […]

Ese ibibazo bikiri mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bizarangira ryari?

Ibikorwa by’ubucukuzi mu Rwanda ni bimwe mu bikorwa by’iterambere, ariko umuntu adapfa guhita abona umusaruro wabyo, dore ko usanga birangwa n’ibibazo bitarangira haba ku babikoresha ndetse no ku babikora. [ad id=”44145″] Amwe mu mabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ni nka Gasegereti, Colta, ubutare n’andi. Gusa iyo urebye imikorere n’imitunganyirizwe yayo, wakwibaza niba hari inyungu runaka […]

Ikiguzi cya serivisi z’ubuvuzi kigiye kuzamurwa

Ubwo yasozaga itorero ry’abakora mu buzima “Impeshakurama”, minisitiri w’intebe yatangaje ko uku kwezi k’Ukuboza kurarangira ibiciro bya serivise z’ubuvuzi kizamutse kugirango amafaranga yishyurwa izi serivise abe ajyanye n’ibikoresho bikoreshwa mu buvuzi bugezweho ndetse hanaboneke igihembo cy’abatanga izo serivisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri w’Intebe, Anastaze Murekezi yavuze ko ibi biciro bizazamurwa hagendewe ku iteka rya Minisitiri ufite […]

Urukiko rugiye gufata umwanzuro kuri dosiye y’umunyamakuru Eminente

Kuri uyu wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016, ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwize kuri dosiye y’umunyamakuru Eminente nyuma hakaza kuvamo umwanzuro ugomba gushyikirizwa urukiko. [ad id=”44145″] Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda Nkusi Faustin, ngo kugeza ubu Dosiye ya Eminente iracyari mu iperereza, bityo uyu munyamakuru n’umwunganira mu by’amategeko bakaba bitabye ubushinjacyaha mu rwego rwo […]

Kenya: Imyigaragambyo y’abaganga ishobora gushyira abarwayi batari bacye mu kaga

Mu gihe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016 abaganga bo mu mujyi wa Nairobi muri Kenya babyukiye mu myigaragambyo basaba kwishyurwa imishahara yabo no kuba leta itubahiziza amasezerano bafitanye, ubuzima bw’abarwayi babarirwa mu Magana ngo buri mu kaga kubera kubura ubitaho abenshi bakaba batakiri mu bitaro. [ad id=”44145″] Inkuru […]

Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kigali Heights na CHIC (Amafoto)

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yatangije ku mugaragaro ikoreshwa ry’inyubako z’ubucuruzi ziri mu mujyi wa Kigali zubatswe n’abashoramari bahisemo gushora imari yabo mu Rwanda barimo n’Abanyarwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyubako ya Kigali Heights yatwaye miliyari 30 Frw, iherereye ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali, iruhande rwa Kigali Convention Center. ifite ibiro byo gukorerwamo byakwakira abantu […]

Ghana: Havumbuwe Ambasade y’Amerika ya baringa imaze imyaka 10 ikora

Kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ukuboza 2016, nibwo Amerika yatangaje ko muri leta ya Ghana havumbuwe Ambasade yitiriwe Amerika yari imaze imyaka isaga 10 itanga ibyangombwa bitandukanye birimo impamyabumenyi, ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga ib’ingendo bitandukanye n’ibindi bitabo by’ibikorano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyubako yakoreragamo iki kiswe Ambasade, ngo iherereye mu murwa mukuru w’iki gihugu Accra, mu […]

Urunturuntu mu mubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel nyuma y'ibyatangajwe na John Kerry

Umubano wa Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika urarangwamo urunturuntu nk’ukobyemezwa n’ ibinyamakuru byo muri Israel bivuga ko ijambo minisitiri John Kerry yatangaje kuri iki Cyumweru ryafashwe nk’ibirego bikomeye kandi bitubahiriza amahame agenga imibanire y’ibihugu byombi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] John Kerry mu ijambo rye yavugiye muri Saban Forum, ibiganiro ngarukamwaka hagati y’abayobozi muri politiki n’imibanire […]

Abasilamu 18 bakurikiranwe ho gutwika ibikorwa by’Abakirisitu

Guhangana kw’amadini bikomeje gufata intera ikomeye mu isi, kuri ubu mu buryo bweruye, isi yose ikomeje kureba no kumva amakuru avuga ku buryo abantu bakomeje guhangana bapfa imyizerere itandukanye. Kuri ubu mu gihugu cya Misiri mu gace kitwa Sohag gaherereye mu majyaruguru y’iki gihugu haravugwa itabwa muri yombi ry’Abayoboke b’idini ya Isilamu 18 bose bacuze […]

Minisitiri Kaboneka yikomye abaha akato abafite ubumuga, nabo abasaba kwirinda gusabiriza

Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gushyira ingufu mu guca burundu ikibazo cy’abacururiza mu kajagari bazwi nk’abazunguzayi ndetse n’abasabiriza; Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yasabye abafite ubumuga gucika burundu ku ngeso yo gusabiriza nka bumwe mu buryo bwo kwihesha agaciro no kwikuraho igisuzuguriro cya bamwe mu bakibafata nk’abadashoboye. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis kaboneka, ubwo yari mu muhango […]

Afurika y’Epfo: Perezida Zuma yasabye guhanagurwaho burundu ibyaha bya ruswa ashinjwa

Nyuma y’uko Perezida w’Afurika y’Epfo Jacob Zuma yenerewe kuguma ku butegetsi ndetse agakomeza kuyobora ishyaka riri ku butegetsi ANC, kuri ubu yasabye urukiko rwa Pretoria ko runamuhanaguraho ibyaha yashinjwaga bya ruswa ndetse n’ibyo gukoresha nabi umutungo w’igihugu mu nyungu ze bwite. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu cyumweru gishize, nibwo Komite y’ishyaka rya ANC yari ishinzwe gukurikirana Perezida […]

UR-Huye: Irushanwa rya nyampinga ryagarutse, Miss Huye Campus

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda, koleji ya Huye bwatangaje ko irushanwa rya nyampinga ryari rimaze imyaka itatu ritaba kuri ubu rigiye kugaruka mu rwego rwo guteza imbere imyigadaduro muri iyi koleji iruta izindi zose zo mu Rwanda mu bukuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi ushinzwe abanyeshuri muri UR-Huye Ruzigana Fabien yatangaje ko iri rushanwa rigaruwe nyuma y’imyaka […]

Leta y’u Rwanda yahisemo kwigomwa agatubutse igamije guca caguwa

Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda no guca burundu caguwa mu gihugu, guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuri ubu imisoro yasoreshwaga abinjiza impu n’ibindi bikoresho bikorwamo inkweto n’imyenda yakuweho kugirango inganda zo mu Rwanda zibone ibi bikoresho mu buryo byoroshye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyemezo cyo gukuriraho imisoro abinjiza impu n’ibikorwamo imyenda mu Rwanda […]

“Yahya Jammeh ubwe yari azi ko yarangiye” Adama Barrow

Ese waba ujya utekereza ko uzigera ukenera inama za Jammeh? Ese mwaba muteganya kugeza Yahya Jammeh imbere y’ubutabera ?, Mwaba muzi aho Yahya Jammeh aherereye magingo aya kandi mwatubwira niba mwibaza ko adateganya guhunga igihugu? Hari abantu benshi bafungiye impamvu za politiki mu ma gereza. Muteganya kubarekura ryari, mu buhe buryo? Ibyo ni bimwe mu […]

Polisi yafashe ibyuma by’imodoka bya Rwf 24,000,000 byibwe NPD – COTRACO

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyarugenge yafashe ibyuma by’imodoka bifite agaciro ka Miliyoni 24 z’amafaranga y’u Rwanda byibwe Kompanyi ikora imirimo y’Ubwubatsi yitwa NPD- COTRACO. [ad id=”44145″] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko ibyo byuma bya Actos Benz byafatiwe mu nzu y’uwitwa Ndayizeye […]

Moustapha na Shasir bafashije Rayon sport gukomeza kubaka amateka

Mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona wahuje ikipe ya Rayon sport n’Amagaju i Nyagisenyi, Ikipe y’i Nyanza yakomeje kwigaragaza nk’ikipe ifite gahunda muri uyu mwaka w’imikino itsinda Amagaju mu buryo bworoshye inakomeza guca uduhigo muri uyu mwaka w’imikino wa 2016/2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikipe ya Rayon sport yari yaruhukije abakinnyi barimo Nshuti Savio na Imanishimwe […]

Umutoza wa Police Fc arashinja abakinnyi be kwirara bigatuma atakaza amanota

Mu mukino wahuje ikipe ya Police Fc ndetse na Kirehe Fc kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3 Ukuboza 2016, umutoza w’ikipe ya police Fc Seninga Innocent yashinje abakinnyi be kwirara bigatuma ikipe ya Kirehe Fc ibasha kwishyura igitego kimwe yari yamaze gutsindwa mu gice cya mbere cy’umukino bityo bakagabana amanota . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu […]

Amerika: Ushinzwe uburezi ngo ashaka ihinduramatwara ridasanzwe mu kwamamaza ubwami bw’Imana mu burezi

Umuyobozi ushinzwe amashuri muri Guverinoma nshya y’Amerika, Betsy DeVos ngo yizeye ko iterambere mu myigire rigomba no kuzibanda ku guteza imbere iyobokamana no kwamamaza ubwami bw’Imana buvugwa muri Bibiliya. [ad id=”44145″] Mu kiganiro n’itangzamakuru, uyu mugore yatangaje ko azatanga za Miliyoni z’Amadolari mu kuzamura amashuri yigenga ndetse n’amashuri y’ibijyanye n’iyobokamana cyangwa ibigo by’amashuri bishingiye ku […]

Amafoto: Perezida Kagame na madamu bifatanyije n’abana 200 mu munsi mukuru wo gusoza umwaka

Perezida Kagame na madamu we kuri iki Cyumweru bifatanyije n’abana babarirwa muri 200 baturutse hirya no hino mu gihugu mu munsi mukuru babateguriye wo gusoza umwaka wabereye muri Village Urugwiro. [ad id=”44145″] Uyu munsi mukuru ngo ukaba wagenewe Abana b’Abanyarwanda ngo basangire banarusheho gukomeza kugaragarizanya urukundo nk’uko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa madamu Jeannette […]

“Ntiwagira ubuzima bwiza udafite abaganga beza” PM Murekezi

Minisitiri w’intebe asoza itorero ry’abakora mu buzima “ Impeshakurama ” bari bajyanwemo bitewe n’imikorere mibi yabasabye kuzamura imibereho myiza y’Abanyarwanda mu Cyerekezo 2020, urwego rw’Ubuzima rukitabwaho ku buryo bw’umwihariko Nk’intumwa ya Perezida Kagame wagombaga gusoza iri torero, Minisitiri w’Intebe yibukije aba baganga ko ubuzima bwiza bw’Abanyarwanda ari ryo terambere ry’u Rwanda ndetse n’isi yose muri […]