Abakozi ba leta bagera ku kazi igihe bashakiye akabo kagiye gushoboka
Guverinoma yâu Rwanda yategetse ikoreshwa ryâuburyo bwo gupima ibiranga umuntu buzwi nka biometric mu Cyongereza, mu biro bya leta mu rwego rwo kugenzura abakozi ko bagerera ku gihe ku kazi, imikorere yabo, umusaruro na serivisi batanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ibaruwa yohererejwe inzego za leta zose mu mpera zâUgushyingo, minisitiri wâumurimo nâabakozi ba leta yasobanuye ubunebwe […]
Sir David Attenborough asanga ikiremwamuntu ari icyorezo ku Isi
Umunyamakuru kuri televiziyo mu Bwongereza yagize atya atangaza ko ikiremwamuntu ari ikibazo gikomeye ku mibereho yacyo ndetse no ku bindi biremwa kibasira kifashishije umutungo kamere uri mu Isi. Yavuze ko umuti umwe rukumbi wo gukiza Isi inzara iyirangwamo ari ukubuza abantu gukomeza kororoka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] â Turi icyorezo ku Isi. Kigiye kumara mu rugo indi […]
Ku munsi wa 8 wa Shampiyona igitutu ku bigugu bihora bihanganye cyatangiye
Mu gihe Shampiyona yâu Rwanda igeze ku munsi wa 8 haragaragara guhangana gukomeye ku makipe yose, uburyo amakipe yose akurikiranye ku rutonde rwâagateganyo byashyize igitutu ku batoza kuko ikosa ryakorwa ku mukino wose ryahita rihindura byinshi. APR FC kuva yava muri Brazzaville imaze gukina imikino itatu iyitsinda, byayikuye ku mwanya wa 8 ubu igeze ku […]
Dore urutonde rw'abanyepolitiki n'abakuru bâibihugu 10 bamenyekanye cyane ku isi na nubu bakiriho
Mu ibarura riherutse gukorwa nâikigo mpuzamahanga gikurikiranira hafi Abakuru bâibihugu na za Guverinoma IWLI (International World Leader Index), ryashyizeho urutonde rwâabakuru bâibihugu nâabayobozi mu byapolitiki 10 batandukanye hirya no hino ku isi babayeho mu myaka yashize ndetse na nubu bagiye bamenyekana cyane kubera ibikorwa byâindashyikirwa nbakoze cyane cyangwa ibindi bintu bidasanzweho byabaranze haba mu kwima […]
Nta muntu ukunda Museveni na NRM kundusha â Besigye
Umunyapolitiki Dr Kiiza Besigye wo mu ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi muri Uganda, yahishuye ko nta muntu umurusha gukunda Museveni na NRM kumurusha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Dr Besigye yabivugiye mu muhango wo gushyingura uwitwa Emmanuel Bukenya, babanye muri NRM, mu Karere ka Lwengo nkâuko iyi nkuru dukesha Redpepper ivuga. Besigye yagize ati: â Ndashaka kubizeza ko […]
NkâUmunyarwanda, Nahimana ntiyari akwiriye kubuzwa kwinjira mu gihugu – Kagame
Nyuma yâaho umunyapolitiki Padiri Nahimana Thomas ahagarikiwe ku Kibuga cyâIndege cyo muri Kenya akabuzwa gukomeza aza mu Rwanda aho yateganyaga kuza kwandikisha ishyaka rye, Ishema, ndetse akazaniyamamariza umwanya wa perezida mu matora yo mu 2017, perezida Kagame kuri iki Cyumweru yatangaje ko ntawari ukwiye kumubuza kwinjira mu Rwanda . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Padiri Thomas Nahimana umaze […]
Miss Mutesi muri 24 bashobora kuzavamo nyampinga wâIsi
Miss Mutesi Jolly uhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Nyampinga wâIsi (MissWorld 2016) akomeje kubera muri Amerika yatowe mu bakobwa 24 babashije gukomeza mu cyikiro gifatwa nkâikirusha ibindi gukomera muri aya marushanwa. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Miss Mutesi Jolly nyuma yo kwibona muri 24 bakomeza mu irushanwa yagize ati ” Ndishimye […]
Abanyamuryango ba FPR biyemeje gucunga neza ibya rubanda ubicunze nabi akabiryozwa
Ku cyumweru, tariki 11 Ukuboza 2016, muri Kigali Convention Center, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali habereye Inama ya Biro Politiki yâUmuryango FPR-INKOTANYI iyobowe na Nyakubahwa Paul KAGAME Perezida wa Repubulika yâu Rwanda akaba na Chairman wâUmuryango FPR-INKOTANYI. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Twebwe abagize Biro Politiki yâUmuryango FPR-INKOTANYI tumaze kuganira kubyo Umuryango FPR-INKOTANYI wagezeho haba mu iterambere […]
Kenya: Bamwe mu bahitanywe nâimpanuka biganjemo abarindaga Perezida Kenyatta
Mu mpanuka yabereye mu muhanda Nairobi-Naivasha ho mu gihugu cya Kenya muri iyi wikende ishize, abarinzi ba Perezidansi ya Kenya ndetse nâabandi bashinzwe umutekano nabo ni bamwe mu bahitanywe nayo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkâuko byatangajwe na bimwe mu bitangazamakuru bikorera mu gihugu cya Kenya, ngo Abapolisi 11 barimo nâumugore umwe bo mu cyiciro cya GSU (General […]
Bimwe mu bikubiye mu masezerano hagati ya Leta nâabazubaka ikibuga cyâindege cya Bugesera
Umushinga wa guverinoma yâu Rwanda wo kubaka ikibuga cyâindege mu karere ka Bugesera uzatangira mu kwezi kwa Kamena 2017, biteganyijwe ko bitarenze umwaka wa 2018 iki kibuga kiri ku rwego mpuzamahanga kizaba cyuzuye mu mizo ya mbere. Amasezerano hagati ya guverinoma yâu Rwanda nâikigo cya Mota Engil Engenharia e Construcao Africa SA gisanzwe gikora ibyâubwubatsi […]
Winnie Byanyima agiye gusimbura umugabo we mu rugamba rwo gushaka kuyobora Uganda
Umugore wa Dr Kiiza Besigye, Winnie Karagwa Byanyima, agiye gusimbura umugabo we mu masiganwa yo guhatanira kuyobora Uganda, aho uyu Muyobozi Nshingwabikorwa wa Oxfam International wahoze ari nâumudepite uhagarariye Mbarara, yatangaje ko ntagushidikanya mu bwenge bwe ashobora kuyobora igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Winnie Byanyima yabitangarije muri iyi weekend ishize muri Hotel Serena, mu muhango wâisabukuru […]
Misiri: Abantu 25 biciwe muri Katederali basengeragamo nyuma yo guterwamo bombe
Abantu bagera kuri 25 mu gihugu cya Misiri baraye biciwe kuri iki Cyumweru mu gitero cyâubwiyahuzi cyagabwe kuri katedrale iri mu murwa mukuru Cairo. Abandi bantu babarirwa muri 50 bakomeretse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru cyo muri Misiri, MENA, cyatangaje ko umugizi wa nabi yateye bombe muri iyo Katederale yitiriwe Mutagatifu Mariko iri mu Karere ka Abbassia […]
Gasabo: Babiri bafungiwe ubwambuzi bushukana binyuze mu Mushinga wa baringa
Polisi yâu Rwanda mu karere ka Gasabo ifunze abagabo babiri bacyekwaho kuba mu gatsiko kâabashuka bambura abantu amafaranga babizeza inyungu zikomoka ku Mushinga wa baringa ugamije guteza imbere Abarezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko abafashwe ari Uwitonze Safari Frederic na Mutabazi […]
Amagambo ya Wema sepetu nyuma yuko Diamond abyaye hari abo yateye agahinda
Kuwa 6 Ukuboza 2016 nibwo hatangajwe inkuru yuko Diamond Platinumz yibarutse umwana wa kabiri yabyaranye na Zari Hassan. Iyi nkuru kubyara kwa Diamond yakiriwe mu buryo butandukanye ariko ibyo Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yatangaje byateye benshi agahinda bamwe baherako banemeza ko kutabyara ari byo byatumye atandukana na Diamond. Abinyujije kuri instagram, Wema Sepetu […]
Kuba urubyiruko rutabasha kwihangira imirimo, ni uko rushaka guhera ku mishinga ihanitse-RDB
Ikigo cyâigihugu gishinzwe kwihutisha iterambere RDB kiratangaza ko imwe mu mpamvu nyamukuru zituma urubyiruko rutabasha kwihangira imirimo ngo rutere imbere ari ukuba rushaka guhera ku mishanga ihanitse aho guhera ku mishanga mito ikazagenda ikura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkâuko bitangazwa nâumujyanama ku nganda nto nâiziciriritse muri RDB Joy Rwamwenge, ngo usanga urubyiruko rufite gukora imishinga minini kandi […]
Ubuhamya: Akerengane gashingiye ku myizerere kageze hano hafi muri EAC
Ibyo gukubita no kurenganya abatizera ibyo Isilamu yizera byageza mu karere kâAfurika yâUburasirazuba, Abasilamu bo mu gihugu cya Uganda bihereranye uwitwa Hegenyi baramuhondagura bamuziza ko yahinduye idini, ibi bimenyerewe mu bihugu bigendera ku matwara akaze ya Isilamu (Sharia). Abasilamu bo mu gace ka Bufuja mu karere ka Butaleja gaherereye mu Burasilazuba bwâigihugu cya Uganda bihereranya […]
Perezida Kagame yongeye gutunga agatoki abayobozi batubahiriza inshingano
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba nâumuyobozi wâumuryango wa RPF Inkotanyi (Chairman) ubwo yaganiraga nâabagize biro politiki ya RPF kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016; yabasabye kurushaho gukora inshingano neza nkâabayobozi aho kubigira igikangisho no kumva ko barusha igihugu agaciro. Muri uyu muhango wabereye muri Kigali Convention Centre, Kagame yagarutse ku iterambere igihugu cyagezeho anasaba […]
Burundi: Nta mpamvu zo kugirana umubano nâigihugu cyadukoronije nkâu Bubiligi- Nyamitwe
Leta yâu Burundi ikomeje kuvuga ko Ambasaderi wayo mu gihugu cyâu Bubiligi Jeremie Banigwaninzigo arimo gutinda mu mayira mu gihe bamusabye gusezera akagaruka mu gihugu cye nyuma yâuko iyi leta ishinjije kiriya gihugu gutera inkunga abatavuga rumwe na leta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri wâububanyi nâamahanga mu Burundi Alain AimĂ© Nyamitwe yatangaje ko bashaka kugarura uhagarariye igihugu […]
Somalia: Al Shabaab yubuye ibitero byâubwiyahuzi ihita yivugana 16
Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016 igisasu cyâumwiyahuzi cyaturikiye mu modoka gihitana abagera kuri 16 mu murwa mukuru Mogadishu. Ibikorwa byâubwiyahuzi byongeye kubura muri iki gihugu giherereye mu Burasirazuba bw’Afurika mu gihe hari hashize iminsi ibi bikorwa byakunzwe kwitirirwa abayoboke bâidini ya Isilamu bo mu ntagondwa zo mu mutwe wa Al Shabaab bitumvikana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Ikibazo cyâabatera inda abana bato kigiye kuvugutirwa umuti
Mu gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje kugaragara ibibazo byâabana baterwa inda bari munsi yâimyaka 18 yâubukure, Minisiteri yâUbutabera iratangaza ko iki kibazo kigiye kubonerwa umuti urambye ushobora no kuzatuma gicika burundu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo guharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu muri iki cyumweru dusoza, Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri yâUbutabera […]
Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika
Madamu Ingabire Marie Immaculee uyobora umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa nâakarengane mu Rwanda ati âNtimukage mumbwira akarere ka Rubavu, ni ukuri ndabasabye, Akarere ka Rubavu kamaze kungera hantu, wabonye Meya ubeshya? babeshye perezida wa Repubulika bamukoresha amakosa, barangije akabeshya minisitiri bicaranye amubeshya ngo ikibazo barakirangije kandi ntacyo bakozeho kubera ruswa bahabwa nâumucuruzi, niba yitwa nde? Mana […]
Uganda: Impanuka yasize mushiki wa Museveni ari intere, uwo bari kumwe arapfa
Impanuka ikomeye yâimodoka yabaye kuri uyu wa gatandatu mu gihugu cya Uganda ku muhanda wa Mbarara, yaje guhitana Geoge Agaba wari umukozi wa KCCA iza gusiga mushiki wa perezida Yoweli kaguta Museveni; Dr Violet Kajubiri bari kumwe mu modoka akomereka bikomeye ku kaguru. Iyi mpanuka yabereye ku muhanda wa Isingiro ufatanye nâuwa Mbarara ahagana saa […]
kwibuka umunsi wâamasezerano ya UN ahana jenoside byahujwe n'ibiganiro bya Kaminuza
Buri mwaka tariki ya 9 Ukuboza , isi yose yibuka amasezerano mpuzamahanga yo gukumira no guhana icyaha cya jenoside, yasinywe nâinteko rusange yâUmuryango wâAbibumbye tariki 9 Ukuboza 1948. Muri uyu mwaka Kaminuza nâamashuri makuru zakoze ibiganiro bijyanye nâumunsi wo kwibuka aya masezerano mpuzamahanga. Kuva mu mwaka wa 2012, Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG), isaba za […]
Uganda: Impanuka yasize mushiki wa Museveni ari intere, uwo bari kumwe arapfa
Impanuka ikomeye yâimodoka yabaye kuri uyu wa gatandatu mu gihugu cya Uganda ku muhanda wa Mbarara, yaje guhitana Geoge Agaba wari umukozi wa KCCA iza gusiga mushiki wa perezida Yoweli kaguta Museveni; Dr Violet Kajubiri bari kumwe mu modoka akomereka bikomeye ku kaguru. Iyi mpanuka yabereye ku muhanda wa Isingiro ufatanye nâuwa Mbarara ahagana saa […]
Kenya: Inkongi y'imodoka yahitanye abasaga 40 barimo nâAbapolisi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 10 Ukuboza 2016, impanuka yâigikamyo cyari gitwaye ibikomoka kuri Peteroli mu gihugu cya Kenya yahitanye abasaga 40 barimo n’Abapolisi 5 bafite ipeti rya Ofisiye abandi benshi bataramenyekana umubare barakomereka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi kamyo yaturukaga mu mujyi wa Nairobi yerekeza Nakuru, ngo yagonganye Iâimodoka yari itwaye Abapolisi barimo nâAbofisiye, ubwo […]
Nigeria: Urusengero rwari rurimo guverineri rwaguye ruhitana ababarirwa muri 60
Abantu bagera kuri 60 mu gihugu cya Nigeria babuze ubuzima nyuma yo kugwirwa nâigisenge cyâurusengero bari barimo cyabaguyeho bari mu muhango wo kwimika musenyeri mushya warwo. Ibi byabereye mu mujyi wa Uyo wo muri Nigeria kuri uyu wa Gatandatu nkâuko byatangajwe nâitangazamakuru ritandakunye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro Ntaramakuru byâAbanyamerika, Associated Press byo byavuze ko umwe mu […]
Byanze bikunze aharangwa ruswa, harangwa nâinzego zijegajega – ACP Celestin Twahirwa
Inama nyunguranabitekerezo ku kurwanya ruswa iherutse kuba yatumye abayobozi benshi bashima ingamba za Polisi yâu Rwanda zo gufatanya nâizindi nzego mu kuyirwanya, aho muri Polisi yâu Rwanda hari umuco wo kutihanganira uwo ari we wese wayigaragaramo. Aha ikiganiro abitabiriye inama bagera kuri 200 ku ngamba Polisi yâu Rwanda yafashe mu kuyikumira, Assistant Commissioner of Police […]
kwibuka umunsi wâamasezerano ya UN ahana jenoside byahujwe n'ibiganiro bya Kaminuza
Buri mwaka tariki ya 9 Ukuboza , isi yose yibuka amasezerano mpuzamahanga yo gukumira no guhana icyaha cya jenoside, yasinywe nâinteko rusange yâUmuryango wâAbibumbye tariki 9 Ukuboza 1948. Muri uyu mwaka Kaminuza nâamashuri makuru zakoze ibiganiro bijyanye nâumunsi wo kwibuka aya masezerano mpuzamahanga. Kuva mu mwaka wa 2012, Komisiyo yâIgihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG), isaba za […]
Darfur: Icyicaro cya UNAMID muri El Fasher kibasiwe nâinkongi ikomeye yâumuriro
Inkongi yâumuriro ikomeye kuri uyu wa Gatanu yibasiye ibiro bikuru byâingabo zâUmuryango wâAbibumbye muri Darfur, zibarizwa mu kiswe UNAMID mu magambo ahinnye y’Icyongereza. Ibibatsi byâumuriro nâimyotsi myinshi byagaragaraga bizamuka mu birometero bicye uvuye kuri ibi biro biherereye mu majyaruguru ya leta ya Darfur ahitwa El Fasher. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abashinzwe kuzimya umuriro muri izi ngabo zâUmuryango […]
Nâubwo yumva ubuzima bwe bwose yabuharira football, C.Ronaldo ngo ashobora no kuzakina film
Cristiano Ronaldo, umusore wâimyaka 31 yâamavuko ukomoka muri Portugal akaba akinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, yatangaje ko inzozi ze ari ruhago ariko ko na cinema imuzamo cyane. Aganira nikinyamakuru âFour Four Twoâ, Ronaldo yagize ati: âUbuzima bwanjye, numva nabuharira ruhagoâ. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] N’ubwo avuga ko yumva yazaguma mu ruhando rwa ruhago akaba […]
Perezida Museveni yavuze ko yamenye Imana kera kandi ayishimira ubufasha imuha – AMAFOTO
Perezida Museveni nâumufasha we, Janet Museveni kuri uyu wa Gatanu bakiriye mu ngoro yâumukuru wâigihugu, i Entebbe, ibirori ngarukamwaka byo gushimira Imana ibyo yakoreye igihugu bizwi nka Thanks Giving . Mu byo basengeye muri uyu mwaka utaha hakaba harimo gukomeza kubona amahoro no gukomeza ibyagezweho mu mwaka ushize. Mu ijambo yavugiye muri uwo muhango, perezida […]
Ese nzizere uwuhe mukobwa/mugore, ko bose bahemuka kimwe? (Ubuhamya)
Nitwa Claude Umwizerwa, muri iki gitangazamakuru nabonye hari abahasaba inama, none nanjye ndatekereza ku byambayeho, nkumva ngomba gufata ingamba aliko na none ngakenera n’ibitekerezo by’abandi aliko byubaka, n’ubwo nabonye rimwe na rimwe hataburamo n’ibiba bidahwitse, bivuga ko nabyo bigomba gusomanwa ubushishozi igihe byakugezeho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri make ngeze mu myaka 38, nari nigeze umugore mu […]
Imyitozo idasanzwe yâabasirikare(commandos) ba Tanzania-REBA AMAFOTO
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Ukuboza 2016, nibwo igihugu cya Tanzania kizihizaga isabukuru yâimyaka 55 kimaze kibonye ubwigenge, muri ibi birori abasirikare kabuharwe (commandos) beretse umukuru wâigihugu urwego bagezeho mu myitozo. Imbere ya Perezida,John Pombe Joseph Magufuli nâimbaga yâabaturage ba Tanzania nâabatumirwa, aba basirikare bakaba barakoze imyitozo yâimbaraga, benshi bajyaga babona muri za […]
Ngororero:Inzererezi nâinkorabusa ziratungwa agatoki mu kwiba no kuyogoza imirima y'abaturage
Ubujura bukabije nâubukene mu Karere ka Ngororero bukomeje gutera abaturage ngo burakururwa nâabirirwa banywa ibiyoga byâibikorano nâitabi barangiza bakahuka imirima nâamazu bya bagenzi babo bakiba. Mu kiganiro na bwiza.com, abaturage bo mu Karere Kangororero bavuze ko bahangayikishijwe nâubujura bukomeje kwiyongera umusubirizo aho abajura birara mu mirima yâabaturage nâamazu bakabacucura ibyabo, Sarah Mukarukaka utuye mu murenge […]
Mu myaka 20 ibayeho Chorale Elayono igiye gushimira Imana yabaguye
Chorale Elayono yo kuri ADEPR Remera yateguye igiterane cy’iminsi ibiri cyo gushimira Imana kubw’ibyo imaze kugeraho mu myaka 20 imaze ikora umurimo w’Imana no kwaguka bakuva ku baririmbi 12 bayitangije bakaba bageze 160 ndetse n’ibikubiye mu masezerano Imana yabahaye guhera mu 1996 ubwo yavukaga. Korali Elayono yatangiye ku gitekerezo cyâurubyiruko rwâabasore nâinkumi ari 12, bumvaga […]
Gakenke: Inzego zitandukanye zahuguwe ku itegeko rigenga kubona no gutanga amakuru
Nyuma yâaho Guverinoma yâu Rwanda ishyiriyeho amategeko yâitangazamakuru rivuguruye, hateganywa uburyo ubumenyi bwaryo bwasakazwa ku nzego zose, Ikigo cyâigihugu cyâImiyoborere RGB gikomeje guhugura abantu bo mu nzego zitandukanye ku kijyanye no kongera ubumenyi ku itegeko rirebana no kubona amakuru nâandi mavugurura yabaye mu itangazamakuru ryo mu Rwanda. Ibi bikaba bikorwa mu gihe hakigaragara ko Abanyarwanda […]
CIA yemeje ko u Burusiya bwagize uruhare mu itorwa rya Donald Trump
Ikigo cyâubutasi cyâAbanyamerika, CIA, cyanzuye ko mu iperereza cyakoze cyasanze u Burusiya bwaragize uruhare mu gutuma Donald Trump atsinda amatora ya 2016 usibye no kuba ngo bwarashatse kugaragaza isura mbi yâimigendekere yâamatora muri Amerika gusa nkâuko byatangajwe nâabayobozi babajijwe kuri iki kibazo. CIA ivuga ko yamenye abantu bafite aho bahuriye na Guverinoma yâu Burusiya bahaye […]
Kirehe: Abaturage basabwe kwirinda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha
Abaturage bo mu karere ka Kirehe, basabwe kwirinda ibikorwa byose binyuranije nâamategeko, kandi bakagira uruhare mu kubikumira no kubirwanya. Ubu butumwa bwatanzwe ku wa 8 Ukuboza nâushinzwe ubufatanye bwa Polisi nâabaturage muri aka karere, Inspector of Police(IP) Gahigi Harerimana mu nama bagiranye nâabaturage basaga 200 bo mu kagari ka Ruhanga, ho mu murenge wa Kigina. […]
Ku myaka 36, ni umugore upima ibiro 500- REBA AMAFOTO
Eman Ahmed Abd El Aty w’imyaka 36, ukomoka mu Misiri afite ibiro 500, ku buryo bikekwa ko yaba ari mu bantu ba mbere babyibushye ku isi. Uyu mugore ngo agomba kuzajyanwa mu Buhinde kubagwa ngo barebe ko umubyibuho we wagabanyuka, indege izava Mumbai niyo yari itegerejwe kumutwara. Nkâuko BBC yari yabitangaje, ngo ambasade yâUbuhinde i […]
Gambia: Yahya Jammeh yisubiye yanga ibyavuye mu matora asaba ko yasubirwamo
Perezida wa Gambia wari uherutse kwemera ko yatsinzwe amatora mu cyumweru gishize, yisubiyeho avuga ko atemera ibyayavuyemo, nyamara yari yitangarije ko yemera ko yatsinzwe ndetse agiye kurekura ubutegetsi. Perezida Yahya Jammeh wari amaze imyaka 22 ku butegetsi , kuri uyu wa Gatanu yavugiye kuri televiziyo yâigihugu ko yifuza ko amatora yasubirwamo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibyo yatangaje […]
Burundi: CNARED yasabye umuhuza Mkapa kwegura Loni ikamusimbura
Icyizere cyo kongera guhuriza Abarundi mu biganiro cyongeye gusubira inyuma kuri uyu wa gatanu nyuma yâaho abatavuga rumwe nâubutegetsi mu bashinjije umuhuza Benjamin Mkapa kubogamira kuri guverinoma ya Nkurunziza yemera ko iriho mu buryo bwemewe nâamategeko. Kuva Mkapa yahabwa inshingano zo koroshya ibiganiro byâamahoro hagati yâabatavuga rumwe nâubutegetsi na guverinoma yâu Burundi muri Werurwe, yananiwe […]
Gicumbi: Hafashwe abagabo 4 bakekwako ubujura no gucuruza ibiyobyabwenge
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Gicumbi yafashe abagabo bane bakekwabo kuba mu bagize agatsiko kâabacuruzi bâibiyobyabwenge nâabajura. Bafashwe mu mukwabu wakozwe na Polisi yâu Rwanda mu ijoro ryo kuwa kane ushize tariki ya 8 Ukuboza. Babiri muri abo bafashwe ni Hafashimana Etienne na mugenzi we witwa Nsanzamahoro; bivugwa ko bari barazengereje abaturage ku […]
Kigali: Abakomiseri bacyuye igihe muri CNLG bahererekanyije ububasha nâabashya
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 Ukuboza, ku cyicaro cya Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) habereye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati yâinama yâAbakomiseri icyuye igihe nâinama yâAbakomiseri nshya yashyizweho nâinama yâAbaminisitiri yo kuwa 11 Ugushyingo 2016. Dr John Rutayisire wari perezida wâinama yâAbakomiseri icyuye igihe yasobanuriye Abakomiseri bashya ibyagezweho ndetse nâinzitizi bagiye bahura […]
Perezida Kagame yahaye imbabazi abakobwa nâabagore bahaniwe icyaha cyo gukuramo inda
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama yâAbaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME akaba yamenyesheje Inama yâAbaminisitiri ko yahaye imbabazi abakobwa nâabagore bahaniwe icyaha cyo gukuramo inda, imanza zabo zikaba zarabaye itegeko nâabana bakatiwe bafite munsi yâimyaka 16, imanza zabo zikaba zarabaye itegeko, bose hamwe […]
Uko amatora yagenze muri Komisiyo yâabanyamakuru bigenzura (RMC)- AMAFOTO
Muri make amatora yabanjirijwe nâamajambo yâabakomiseri basanzwe mbere yuko basezera nabo bakamanuka mu nteko rusange,aho bari bafite nabo uburenganzira bwo kongera kwiyamamaza. Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo yâAbanyamakuru bigenzura, Bwana Mugisha yakurikijeho kugaragariza inteko rusange ibyo RMC yagezeho mu bikorwa byayo bya buri munsi byiganjemo ubuvugizi ku mwuga wâItangazamakuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Hanavuzwe kandi ibijyanye uko impaka […]
Abumva ko Leta ya Nkurunziza idakenewe ngo ni abataye umutwe
Umuhuza mu biganiro bya politiki mu gihugu cyâu Burundi Benjamin Mkapa yatangaje ko kuba Perezida Nkurunziza ari ku butegetsi bwâu Burundi nta kibazo kirimo, ndetse ko nâabumva ko adakwiye kuba ari ku butegetsi ari abatamutwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje mu kiganiro gisoza uruzinduko rwâiminsi 2 yari yagiriye mu gihugu cyâu Burundi kuri uyu wa 9 […]
MIliyoni zisaga 58 zâAbanyafurika zizaba zikeneye ubufasha bwâibanze muri 2027-UN
Umuryango wâAbibumbye uratangaza ko bitewe nâibibazo byâubukene ndetse nâibyâumutekano mucye bikomeje kugariza ibyinshi mu bihugu byo ku mugabane wâAfurika ko mu mwaka wa 2017 byibuze abasaga miliyoni 58 bazaba bakeneye ubufasha bwâibanze mu gihe nta gikozwe mu maguru mashya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi raporo yâuyu muryango yagiye ahagaragara muri iki cyumweru, uyu muryango ugaragaza ko […]
Kigali: Harigwa uko ibyangombwa byo kubaka bitakomeza gutinda
Ubusanzwe kubona ibyangombwa byo kubaka mu mujyi wa Kigali bifata iminsi itari munsi ya 21, ibi abubatsi basanga ari imwe mu mpamvu zituma iterambere rishingiye ku nyubako zigezweho mu Rwanda ritihuta,Umujyi wa Kigali wiyemeje koroshya uburyo bwo kubona ibyangombwa byo kubaka mu mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ibikorwa remezo bishingiye ku bwubatsi. Mu nama […]
ICC igiye kongera kubaza Afurika yâEpfo impamvu yanze guta muri yombi perezida Bashir muri Kamena
Abacamanza bo mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, kuri uyu wa kane basabye Afurika yâEpfo kuzohereza abayihagarariye mu mwaka utaha ngo humvwe niba iki gihugu kitararenze ku nshingano zacyo cyanga guta muri yombi perezida Omar Al Bashir wa Sudani muri Kamena. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyemezo cya perezida wa Afurika yâEpfo, Jacob Zuma, cyo kureka perezida Bashir akava […]
Uganda: Abadepite bamaze kunoza umugambi wo kujyana Perezida Museveni muri ICC
Bamwe mu Badepite bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda batangaje ko bamaze kunoza umugambi wo kujyana Perezida museveni mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC ku ruhare bamushinja rwâubwicanyi buherutse gukorerwa abaturage bo mu gace ka Kasese. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri munsi wâejo tariki ya 9 Ukuboza 2016, nibwo abadepite biganjemo abo mu ishyaka ritavuga rumwe na leta […]
Perezida Kagame na Nkurunziza bashobora guhurira mu birori muri Tanzania
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, kuri uyu wa 09 Ukuboza araha umugisha ibirori byo kwizihiza isabukuru yâimyaka 55 yâubwigenge, ari nabwo bwa mbere agiye kubyizihiza nka perezida kuva yajya ku butegetsi ku wa 05 Ugushyingo 2015. Perezida Magufuli yari yasubitse ibirori nkâibi byo mu mwaka ushize bituma hazigamwa miliyari 4 zâamashilingi mu ngengo yâimari […]
Padiri Thomas Nahimana yagiye kurega u Rwanda ku Bwongereza
Padiri Nahimana Thomas uyobora ishyaka ishema ritanditse mu Rwanda aherutse kugerageza kuza kwandikisha iryo shyaka rye kugirango atangire ibikorwa byo kwiyamamariza kuzaba perezida wâu Rwanda ariko abura ibyangombwa bimwemerera kujya mu Rwanda, kuri ubu ari mu ruzinduko mu gihugu cyâu Bwongereza aho ngo yagiye kuganira nâabategetsi bâicyo gihugu kiyobora umuryango wa commonwealth. Nahimana yatangaje ko […]
U Burundi bwahamagaje ambasaderi wabwo mu Bubiligi
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Bubiligi aravuga ko u Burundi bwahamagaje ambasaderi wabwo i Buruseli mu Bubiligi. Ibi bikaba bibaye mu gihe umubano hagati yâibihugu byombi urushaho kumera nabi. Ikinyamakuru La libre cyo mu Bubiligi cyatangaje aya makuru cyavuze ko kuri uyu wa kane tariki ya 8 Ukuboza 2016, Ambasaderi Jeremie Banigwaninzigo yahamagajwe na leta […]
Gasabo: RDF Reserve Force nâakarere bagiye kubaka umudugudu wâicyitegererezo uzatwara asaga miliyari 2
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe iterambere ryâabaturage, Munyeshyaka Vincent, yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka Umudugudu wâicyitegererezo mu Murenge wa Gikomero, Akarere ka Gasabo. Uyu mushinga biteganyijwe ko uzarangira utwaye miriyari 2,258,394,740 yâamafaranga yâu Rwanda. Uwo Mudugudu ukaba uzubakwa nâIngabo zâu Rwanda Umutwe wâInketagutabara kâubufatanye nâAkarere ka Gasabo mu gihe cyâamezi atandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Biteganyijwe ko […]
U Bwongereza bubitse byinshi byaranze intambara ya Congo na CNDP ya Nkunda – Snowden
Ikinyamakuru Le monde ndetse nâurubuga The Intercept byongeye gusubira mu mabanga yâurwego rushinzwe umutekano wâigihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NSA, Edward Snowden yashyize ku Karubanda, aho kuri iyi nshuro hibanzwe ku nyandiko zivuga ku mugabane wa Afurika byâumwihariko igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu bihugu bigera kuri 20 byo […]
Kenya: Umukozi wo mu rugo yivuganye nyirabuja wari nâumukunzi we mu ibanga
Igipolisi mu giturage cya Ingobor, ho muri Kenya, cyataye muri yombi umusore wâimyaka 22 wakoraga akazi ko mu rugo ushinjwa kwica nyirabuja nyuma yo kugira ibyo batumvikana kuri uyu wa kabiri ushize, itariki 06 Ukuboza. Nkâuko byatangajwe nâumuyobozi mu gipolisi cya Mogoon, Josiah Rono, ngo uyu musore yakoraga akazi ko mu rugo akorera nyakwigendera. Bombi […]
Abanyamadini barasabwa uruhare mu kurwanya ruswa bahereye kuyirangwa mu madini
Mu biganiro byahuje abahagarariye amadini atandukanye nâurwego rwâumuvunyi kuri uyu wa 08 Ukuboza 2016, umuvunyi yasabye abanyamadini kugaragaza uruhare mu kurwanya ruswa nâakarengane bikigaragara mu madini yo mu Rwanda [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya akarengane, Kanzayire Bernadette avuga ko iki ari igikorwa cyihariye cyo gufasha abanyamadini kubona umwanya wo gusuzuma uruhare […]
51% byâabana batwara inda zâindaro baziterwa nâabantu bakuru- Ubushakashatsi
Mu gihe ikibazo cyâabana bâabangavu batwara inda zitateganyijwe gikomeje gufata intera ikabije mu gihugu, impuzamiryango y’imiryango yita ku burenganzira bwa muntu CLADHO uvuga ko iki kibazo gikwiye gukurikiranwa kuko bigaragara ko abenshi mu batera abo bana inda harimo ababa babafiteho ububasha ariko ntibashyikirizwe ubutabera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara nâuyu muryango muri uyu mwaka […]
Abagiye kuyobora urwego rw'abanyamakuru bigenzura bategerejwe n'akazi katoroshye
Itangazamakuru mu Rwanda no ku isi hose ni inkingi ya mwamba yifashishwa mu miyoborere yâabaturage ,haba mu kubahuza nâabayobozi mu buryo ubu cyangwa buriya kimwe no kumenyekanisha ibyo buri ruhande rukora byaba ku ruhande rwâabaturage kimwe no ku ruhande rwâubutegetsi. Umurongo wo guhagarara hagati yâimpande zikorana umunsi ku wundi si ikintu cyoroshye kuko uko ikiremwamuntu […]
Rubavu:Umutwe wiyise abazimbabwe ukabije kwiba no gufata abagore ku ngufu
Abaturage batuye mu murenge wa Nyamyumba na Kivumu barembejwe nâinsorersore ziyise abazimbabwe aho zayogoje imirima nâingo byâabaturage ndetse no gufata abagore kungufuku. Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Burusha ,Umurenge wa Nyamyumba ho mu Karere ka Rubavu baravuga ko batagisarura imyaka yabo kubera agatsiko kâinsoresore kajya mu mirima yabo kakajya gusarura imyaka yabo ndetse […]