Abakozi ba leta bagera ku kazi igihe bashakiye akabo kagiye gushoboka

Guverinoma y’u Rwanda yategetse ikoreshwa ry’uburyo bwo gupima ibiranga umuntu buzwi nka biometric mu Cyongereza, mu biro bya leta mu rwego rwo kugenzura abakozi ko bagerera ku gihe ku kazi, imikorere yabo, umusaruro na serivisi batanga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ibaruwa yohererejwe inzego za leta zose mu mpera z’Ugushyingo, minisitiri w’umurimo n’abakozi ba leta yasobanuye ubunebwe […]

Sir David Attenborough asanga ikiremwamuntu ari icyorezo ku Isi

Umunyamakuru kuri televiziyo mu Bwongereza yagize atya atangaza ko ikiremwamuntu ari ikibazo gikomeye ku mibereho yacyo ndetse no ku bindi biremwa kibasira kifashishije umutungo kamere uri mu Isi. Yavuze ko umuti umwe rukumbi wo gukiza Isi inzara iyirangwamo ari ukubuza abantu gukomeza kororoka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] “ Turi icyorezo ku Isi. Kigiye kumara mu rugo indi […]

Ku munsi wa 8 wa Shampiyona igitutu ku bigugu bihora bihanganye cyatangiye

Mu gihe Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa 8 haragaragara guhangana gukomeye ku makipe yose, uburyo amakipe yose akurikiranye ku rutonde rw’agateganyo byashyize igitutu ku batoza kuko ikosa ryakorwa ku mukino wose ryahita rihindura byinshi. APR FC kuva yava muri Brazzaville imaze gukina imikino itatu iyitsinda, byayikuye ku mwanya wa 8 ubu igeze ku […]

Dore urutonde rw'abanyepolitiki n'abakuru b’ibihugu 10 bamenyekanye cyane ku isi na nubu bakiriho

Mu ibarura riherutse gukorwa n’ikigo mpuzamahanga gikurikiranira hafi Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma IWLI (International World Leader Index), ryashyizeho urutonde rw’abakuru b’ibihugu n’abayobozi mu byapolitiki 10 batandukanye hirya no hino ku isi babayeho mu myaka yashize ndetse na nubu bagiye bamenyekana cyane kubera ibikorwa by’indashyikirwa nbakoze cyane cyangwa ibindi bintu bidasanzweho byabaranze haba mu kwima […]

Nta muntu ukunda Museveni na NRM kundusha — Besigye

Umunyapolitiki Dr Kiiza Besigye wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, yahishuye ko nta muntu umurusha gukunda Museveni na NRM kumurusha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Dr Besigye yabivugiye mu muhango wo gushyingura uwitwa Emmanuel Bukenya, babanye muri NRM, mu Karere ka Lwengo nk’uko iyi nkuru dukesha Redpepper ivuga. Besigye yagize ati: “ Ndashaka kubizeza ko […]

Nk’Umunyarwanda, Nahimana ntiyari akwiriye kubuzwa kwinjira mu gihugu – Kagame

Nyuma y’aho umunyapolitiki Padiri Nahimana Thomas ahagarikiwe ku Kibuga cy’Indege cyo muri Kenya akabuzwa gukomeza aza mu Rwanda aho yateganyaga kuza kwandikisha ishyaka rye, Ishema, ndetse akazaniyamamariza umwanya wa perezida mu matora yo mu 2017, perezida Kagame kuri iki Cyumweru yatangaje ko ntawari ukwiye kumubuza kwinjira mu Rwanda . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Padiri Thomas Nahimana umaze […]

Miss Mutesi muri 24 bashobora kuzavamo nyampinga w’Isi

Miss Mutesi Jolly uhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Nyampinga w’Isi (MissWorld 2016) akomeje kubera muri Amerika yatowe mu bakobwa 24 babashije gukomeza mu cyikiro gifatwa nk’ikirusha ibindi gukomera muri aya marushanwa. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Miss Mutesi Jolly nyuma yo kwibona muri 24 bakomeza mu irushanwa yagize ati ” Ndishimye […]

Abanyamuryango ba FPR biyemeje gucunga neza ibya rubanda ubicunze nabi akabiryozwa

Ku cyumweru, tariki 11 Ukuboza 2016, muri Kigali Convention Center, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali habereye Inama ya Biro Politiki y’Umuryango FPR-INKOTANYI iyobowe na Nyakubahwa Paul KAGAME Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba na Chairman w’Umuryango FPR-INKOTANYI. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Twebwe abagize Biro Politiki y’Umuryango FPR-INKOTANYI tumaze kuganira kubyo Umuryango FPR-INKOTANYI wagezeho haba mu iterambere […]

Kenya: Bamwe mu bahitanywe n’impanuka biganjemo abarindaga Perezida Kenyatta

Mu mpanuka yabereye mu muhanda Nairobi-Naivasha ho mu gihugu cya Kenya muri iyi wikende ishize, abarinzi ba Perezidansi ya Kenya ndetse n’abandi bashinzwe umutekano nabo ni bamwe mu bahitanywe nayo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko byatangajwe na bimwe mu bitangazamakuru bikorera mu gihugu cya Kenya, ngo Abapolisi 11 barimo n’umugore umwe bo mu cyiciro cya GSU (General […]

Bimwe mu bikubiye mu masezerano hagati ya Leta n’abazubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera

Umushinga wa guverinoma y’u Rwanda wo kubaka ikibuga cy’indege mu karere ka Bugesera uzatangira mu kwezi kwa Kamena 2017, biteganyijwe ko bitarenze umwaka wa 2018 iki kibuga kiri ku rwego mpuzamahanga kizaba cyuzuye mu mizo ya mbere. Amasezerano hagati ya guverinoma y’u Rwanda n’ikigo cya Mota Engil Engenharia e Construcao Africa SA gisanzwe gikora iby’ubwubatsi […]

Winnie Byanyima agiye gusimbura umugabo we mu rugamba rwo gushaka kuyobora Uganda

Umugore wa Dr Kiiza Besigye, Winnie Karagwa Byanyima, agiye gusimbura umugabo we mu masiganwa yo guhatanira kuyobora Uganda, aho uyu Muyobozi Nshingwabikorwa wa Oxfam International wahoze ari n’umudepite uhagarariye Mbarara, yatangaje ko ntagushidikanya mu bwenge bwe ashobora kuyobora igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Winnie Byanyima yabitangarije muri iyi weekend ishize muri Hotel Serena, mu muhango w’isabukuru […]

Misiri: Abantu 25 biciwe muri Katederali basengeragamo nyuma yo guterwamo bombe

Abantu bagera kuri 25 mu gihugu cya Misiri baraye biciwe kuri iki Cyumweru mu gitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe kuri katedrale iri mu murwa mukuru Cairo. Abandi bantu babarirwa muri 50 bakomeretse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru cyo muri Misiri, MENA, cyatangaje ko umugizi wa nabi yateye bombe muri iyo Katederale yitiriwe Mutagatifu Mariko iri mu Karere ka Abbassia […]

Gasabo: Babiri bafungiwe ubwambuzi bushukana binyuze mu Mushinga wa baringa

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gasabo ifunze abagabo babiri bacyekwaho kuba mu gatsiko k’abashuka bambura abantu amafaranga babizeza inyungu zikomoka ku Mushinga wa baringa ugamije guteza imbere Abarezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko abafashwe ari Uwitonze Safari Frederic na Mutabazi […]

Amagambo ya Wema sepetu nyuma yuko Diamond abyaye hari abo yateye agahinda

Kuwa 6 Ukuboza 2016 nibwo hatangajwe inkuru yuko Diamond Platinumz yibarutse umwana wa kabiri yabyaranye na Zari Hassan. Iyi nkuru kubyara kwa Diamond yakiriwe mu buryo butandukanye ariko ibyo Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yatangaje byateye benshi agahinda bamwe baherako banemeza ko kutabyara ari byo byatumye atandukana na Diamond. Abinyujije kuri instagram, Wema Sepetu […]

Kuba urubyiruko rutabasha kwihangira imirimo, ni uko rushaka guhera ku mishinga ihanitse-RDB

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere RDB kiratangaza ko imwe mu mpamvu nyamukuru zituma urubyiruko rutabasha kwihangira imirimo ngo rutere imbere ari ukuba rushaka guhera ku mishanga ihanitse aho guhera ku mishanga mito ikazagenda ikura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko bitangazwa n’umujyanama ku nganda nto n‘iziciriritse muri RDB Joy Rwamwenge, ngo usanga urubyiruko rufite gukora imishinga minini kandi […]

Ubuhamya: Akerengane gashingiye ku myizerere kageze hano hafi muri EAC

Ibyo gukubita no kurenganya abatizera ibyo Isilamu yizera byageza mu karere k’Afurika y’Uburasirazuba, Abasilamu bo mu gihugu cya Uganda bihereranye uwitwa Hegenyi baramuhondagura bamuziza ko yahinduye idini, ibi bimenyerewe mu bihugu bigendera ku matwara akaze ya Isilamu (Sharia). Abasilamu bo mu gace ka Bufuja mu karere ka Butaleja gaherereye mu Burasilazuba bw’igihugu cya Uganda bihereranya […]

Perezida Kagame yongeye gutunga agatoki abayobozi batubahiriza inshingano

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’umuryango wa RPF Inkotanyi (Chairman) ubwo yaganiraga n’abagize biro politiki ya RPF kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016; yabasabye kurushaho gukora inshingano neza nk’abayobozi aho kubigira igikangisho no kumva ko barusha igihugu agaciro. Muri uyu muhango wabereye muri Kigali Convention Centre, Kagame yagarutse ku iterambere igihugu cyagezeho anasaba […]

Burundi: Nta mpamvu zo kugirana umubano n’igihugu cyadukoronije nk’u Bubiligi- Nyamitwe

Leta y’u Burundi ikomeje kuvuga ko Ambasaderi wayo mu gihugu cy’u Bubiligi Jeremie Banigwaninzigo arimo gutinda mu mayira mu gihe bamusabye gusezera akagaruka mu gihugu cye nyuma y’uko iyi leta ishinjije kiriya gihugu gutera inkunga abatavuga rumwe na leta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu Burundi Alain AimĂ© Nyamitwe yatangaje ko bashaka kugarura uhagarariye igihugu […]

Somalia: Al Shabaab yubuye ibitero by’ubwiyahuzi ihita yivugana 16

Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016 igisasu cy’umwiyahuzi cyaturikiye mu modoka gihitana abagera kuri 16 mu murwa mukuru Mogadishu. Ibikorwa by’ubwiyahuzi byongeye kubura muri iki gihugu giherereye mu Burasirazuba bw’Afurika mu gihe hari hashize iminsi ibi bikorwa byakunzwe kwitirirwa abayoboke b’idini ya Isilamu bo mu ntagondwa zo mu mutwe wa Al Shabaab bitumvikana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Ikibazo cy’abatera inda abana bato kigiye kuvugutirwa umuti

Mu gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje kugaragara ibibazo by’abana baterwa inda bari munsi y’imyaka 18 y’ubukure, Minisiteri y’Ubutabera iratangaza ko iki kibazo kigiye kubonerwa umuti urambye ushobora no kuzatuma gicika burundu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo guharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri iki cyumweru dusoza, Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera […]

Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika

Madamu Ingabire Marie Immaculee uyobora umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda ati “Ntimukage mumbwira akarere ka Rubavu, ni ukuri ndabasabye, Akarere ka Rubavu kamaze kungera hantu, wabonye Meya ubeshya? babeshye perezida wa Repubulika bamukoresha amakosa, barangije akabeshya minisitiri bicaranye amubeshya ngo ikibazo barakirangije kandi ntacyo bakozeho kubera ruswa bahabwa n’umucuruzi, niba yitwa nde? Mana […]

Uganda: Impanuka yasize mushiki wa Museveni ari intere, uwo bari kumwe arapfa

Impanuka ikomeye y’imodoka yabaye kuri uyu wa gatandatu mu gihugu cya Uganda ku muhanda wa Mbarara, yaje guhitana Geoge Agaba wari umukozi wa KCCA iza gusiga mushiki wa perezida Yoweli kaguta Museveni; Dr Violet Kajubiri bari kumwe mu modoka akomereka bikomeye ku kaguru. Iyi mpanuka yabereye ku muhanda wa Isingiro ufatanye n’uwa Mbarara ahagana saa […]

kwibuka umunsi w’amasezerano ya UN ahana jenoside byahujwe n'ibiganiro bya Kaminuza

Buri mwaka tariki ya 9 Ukuboza , isi yose yibuka amasezerano mpuzamahanga yo gukumira no guhana icyaha cya jenoside, yasinywe n’inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye tariki 9 Ukuboza 1948. Muri uyu mwaka Kaminuza n’amashuri makuru zakoze ibiganiro bijyanye n’umunsi wo kwibuka aya masezerano mpuzamahanga. Kuva mu mwaka wa 2012, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG), isaba za […]

Uganda: Impanuka yasize mushiki wa Museveni ari intere, uwo bari kumwe arapfa

Impanuka ikomeye y’imodoka yabaye kuri uyu wa gatandatu mu gihugu cya Uganda ku muhanda wa Mbarara, yaje guhitana Geoge Agaba wari umukozi wa KCCA iza gusiga mushiki wa perezida Yoweli kaguta Museveni; Dr Violet Kajubiri bari kumwe mu modoka akomereka bikomeye ku kaguru. Iyi mpanuka yabereye ku muhanda wa Isingiro ufatanye n’uwa Mbarara ahagana saa […]

Kenya: Inkongi y'imodoka yahitanye abasaga 40 barimo n’Abapolisi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 10 Ukuboza 2016, impanuka y’igikamyo cyari gitwaye ibikomoka kuri Peteroli mu gihugu cya Kenya yahitanye abasaga 40 barimo n’Abapolisi 5 bafite ipeti rya Ofisiye abandi benshi bataramenyekana umubare barakomereka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi kamyo yaturukaga mu mujyi wa Nairobi yerekeza Nakuru, ngo yagonganye I’imodoka yari itwaye Abapolisi barimo n’Abofisiye, ubwo […]

Nigeria: Urusengero rwari rurimo guverineri rwaguye ruhitana ababarirwa muri 60

Abantu bagera kuri 60 mu gihugu cya Nigeria babuze ubuzima nyuma yo kugwirwa n’igisenge cy’urusengero bari barimo cyabaguyeho bari mu muhango wo kwimika musenyeri mushya warwo. Ibi byabereye mu mujyi wa Uyo wo muri Nigeria kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru ritandakunye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press byo byavuze ko umwe mu […]

Byanze bikunze aharangwa ruswa, harangwa n’inzego zijegajega – ACP Celestin Twahirwa

Inama nyunguranabitekerezo ku kurwanya ruswa iherutse kuba yatumye abayobozi benshi bashima ingamba za Polisi y’u Rwanda zo gufatanya n’izindi nzego mu kuyirwanya, aho muri Polisi y’u Rwanda hari umuco wo kutihanganira uwo ari we wese wayigaragaramo. Aha ikiganiro abitabiriye inama bagera kuri 200 ku ngamba Polisi y’u Rwanda yafashe mu kuyikumira, Assistant Commissioner of Police […]

kwibuka umunsi w’amasezerano ya UN ahana jenoside byahujwe n'ibiganiro bya Kaminuza

Buri mwaka tariki ya 9 Ukuboza , isi yose yibuka amasezerano mpuzamahanga yo gukumira no guhana icyaha cya jenoside, yasinywe n’inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye tariki 9 Ukuboza 1948. Muri uyu mwaka Kaminuza n’amashuri makuru zakoze ibiganiro bijyanye n’umunsi wo kwibuka aya masezerano mpuzamahanga. Kuva mu mwaka wa 2012, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG), isaba za […]

Darfur: Icyicaro cya UNAMID muri El Fasher kibasiwe n’inkongi ikomeye y’umuriro

Inkongi y’umuriro ikomeye kuri uyu wa Gatanu yibasiye ibiro bikuru by’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Darfur, zibarizwa mu kiswe UNAMID mu magambo ahinnye y’Icyongereza. Ibibatsi by’umuriro n’imyotsi myinshi byagaragaraga bizamuka mu birometero bicye uvuye kuri ibi biro biherereye mu majyaruguru ya leta ya Darfur ahitwa El Fasher. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abashinzwe kuzimya umuriro muri izi ngabo z’Umuryango […]

N’ubwo yumva ubuzima bwe bwose yabuharira football, C.Ronaldo ngo ashobora no kuzakina film

Cristiano Ronaldo, umusore w’imyaka 31 y’amavuko ukomoka muri Portugal akaba akinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, yatangaje ko inzozi ze ari ruhago ariko ko na cinema imuzamo cyane. Aganira nikinyamakuru “Four Four Two”, Ronaldo yagize ati: “Ubuzima bwanjye, numva nabuharira ruhago”. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] N’ubwo avuga ko yumva yazaguma mu ruhando rwa ruhago akaba […]

Perezida Museveni yavuze ko yamenye Imana kera kandi ayishimira ubufasha imuha – AMAFOTO

Perezida Museveni n’umufasha we, Janet Museveni kuri uyu wa Gatanu bakiriye mu ngoro y’umukuru w’igihugu, i Entebbe, ibirori ngarukamwaka byo gushimira Imana ibyo yakoreye igihugu bizwi nka Thanks Giving . Mu byo basengeye muri uyu mwaka utaha hakaba harimo gukomeza kubona amahoro no gukomeza ibyagezweho mu mwaka ushize. Mu ijambo yavugiye muri uwo muhango, perezida […]

Ese nzizere uwuhe mukobwa/mugore, ko bose bahemuka kimwe? (Ubuhamya)

Nitwa Claude Umwizerwa, muri iki gitangazamakuru nabonye hari abahasaba inama, none nanjye ndatekereza ku byambayeho, nkumva ngomba gufata ingamba aliko na none ngakenera n’ibitekerezo by’abandi aliko byubaka, n’ubwo nabonye rimwe na rimwe hataburamo n’ibiba bidahwitse, bivuga ko nabyo bigomba gusomanwa ubushishozi igihe byakugezeho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri make ngeze mu myaka 38, nari nigeze umugore mu […]

Imyitozo idasanzwe y’abasirikare(commandos) ba Tanzania-REBA AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Ukuboza 2016, nibwo igihugu cya Tanzania kizihizaga isabukuru y’imyaka 55 kimaze kibonye ubwigenge, muri ibi birori abasirikare kabuharwe (commandos) beretse umukuru w’igihugu urwego bagezeho mu myitozo. Imbere ya Perezida,John Pombe Joseph Magufuli n’imbaga y’abaturage ba Tanzania n’abatumirwa, aba basirikare bakaba barakoze imyitozo y’imbaraga, benshi bajyaga babona muri za […]

Ngororero:Inzererezi n’inkorabusa ziratungwa agatoki mu kwiba no kuyogoza imirima y'abaturage

Ubujura bukabije n’ubukene mu Karere ka Ngororero bukomeje gutera abaturage ngo burakururwa n’abirirwa banywa ibiyoga by’ibikorano n’itabi barangiza bakahuka imirima n’amazu bya bagenzi babo bakiba. Mu kiganiro na bwiza.com, abaturage bo mu Karere Kangororero bavuze ko bahangayikishijwe n’ubujura bukomeje kwiyongera umusubirizo aho abajura birara mu mirima y’abaturage n’amazu bakabacucura ibyabo, Sarah Mukarukaka utuye mu murenge […]

Mu myaka 20 ibayeho Chorale Elayono igiye gushimira Imana yabaguye

Chorale Elayono yo kuri ADEPR Remera yateguye igiterane cy’iminsi ibiri cyo gushimira Imana kubw’ibyo imaze kugeraho mu myaka 20 imaze ikora umurimo w’Imana no kwaguka bakuva ku baririmbi 12 bayitangije bakaba bageze 160 ndetse n’ibikubiye mu masezerano Imana yabahaye guhera mu 1996 ubwo yavukaga. Korali Elayono yatangiye ku gitekerezo cy’urubyiruko rw’abasore n’inkumi ari 12, bumvaga […]

Gakenke: Inzego zitandukanye zahuguwe ku itegeko rigenga kubona no gutanga amakuru

Nyuma y’aho Guverinoma y’u Rwanda ishyiriyeho amategeko y’itangazamakuru rivuguruye, hateganywa uburyo ubumenyi bwaryo bwasakazwa ku nzego zose, Ikigo cy’igihugu cy’Imiyoborere RGB gikomeje guhugura abantu bo mu nzego zitandukanye ku kijyanye no kongera ubumenyi ku itegeko rirebana no kubona amakuru n’andi mavugurura yabaye mu itangazamakuru ryo mu Rwanda. Ibi bikaba bikorwa mu gihe hakigaragara ko Abanyarwanda […]

CIA yemeje ko u Burusiya bwagize uruhare mu itorwa rya Donald Trump

Ikigo cy’ubutasi cy’Abanyamerika, CIA, cyanzuye ko mu iperereza cyakoze cyasanze u Burusiya bwaragize uruhare mu gutuma Donald Trump atsinda amatora ya 2016 usibye no kuba ngo bwarashatse kugaragaza isura mbi y’imigendekere y’amatora muri Amerika gusa nk’uko byatangajwe n’abayobozi babajijwe kuri iki kibazo. CIA ivuga ko yamenye abantu bafite aho bahuriye na Guverinoma y’u Burusiya bahaye […]

Kirehe: Abaturage basabwe kwirinda no kugira uruhare mu gukumira ibyaha

Abaturage bo mu karere ka Kirehe, basabwe kwirinda ibikorwa byose binyuranije n’amategeko, kandi bakagira uruhare mu kubikumira no kubirwanya. Ubu butumwa bwatanzwe ku wa 8 Ukuboza n’ushinzwe ubufatanye bwa Polisi n’abaturage muri aka karere, Inspector of Police(IP) Gahigi Harerimana mu nama bagiranye n’abaturage basaga 200 bo mu kagari ka Ruhanga, ho mu murenge wa Kigina. […]

Ku myaka 36, ni umugore upima ibiro 500- REBA AMAFOTO

Eman Ahmed Abd El Aty w’imyaka 36, ukomoka mu Misiri afite ibiro 500, ku buryo bikekwa ko yaba ari mu bantu ba mbere babyibushye ku isi. Uyu mugore ngo agomba kuzajyanwa mu Buhinde kubagwa ngo barebe ko umubyibuho we wagabanyuka, indege izava Mumbai niyo yari itegerejwe kumutwara. Nk’uko BBC yari yabitangaje, ngo ambasade y’Ubuhinde i […]

Gambia: Yahya Jammeh yisubiye yanga ibyavuye mu matora asaba ko yasubirwamo

Perezida wa Gambia wari uherutse kwemera ko yatsinzwe amatora mu cyumweru gishize, yisubiyeho avuga ko atemera ibyayavuyemo, nyamara yari yitangarije ko yemera ko yatsinzwe ndetse agiye kurekura ubutegetsi. Perezida Yahya Jammeh wari amaze imyaka 22 ku butegetsi , kuri uyu wa Gatanu yavugiye kuri televiziyo y’igihugu ko yifuza ko amatora yasubirwamo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibyo yatangaje […]

Burundi: CNARED yasabye umuhuza Mkapa kwegura Loni ikamusimbura

Icyizere cyo kongera guhuriza Abarundi mu biganiro cyongeye gusubira inyuma kuri uyu wa gatanu nyuma y’aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu bashinjije umuhuza Benjamin Mkapa kubogamira kuri guverinoma ya Nkurunziza yemera ko iriho mu buryo bwemewe n’amategeko. Kuva Mkapa yahabwa inshingano zo koroshya ibiganiro by’amahoro hagati y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi na guverinoma y’u Burundi muri Werurwe, yananiwe […]

Gicumbi: Hafashwe abagabo 4 bakekwako ubujura no gucuruza ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gicumbi yafashe abagabo bane bakekwabo kuba mu bagize agatsiko k’abacuruzi b’ibiyobyabwenge n’abajura. Bafashwe mu mukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda mu ijoro ryo kuwa kane ushize tariki ya 8 Ukuboza. Babiri muri abo bafashwe ni Hafashimana Etienne na mugenzi we witwa Nsanzamahoro; bivugwa ko bari barazengereje abaturage ku […]

Kigali: Abakomiseri bacyuye igihe muri CNLG bahererekanyije ububasha n’abashya

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 Ukuboza, ku cyicaro cya Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) habereye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati y’inama y’Abakomiseri icyuye igihe n’inama y’Abakomiseri nshya yashyizweho n’inama y’Abaminisitiri yo kuwa 11 Ugushyingo 2016. Dr John Rutayisire wari perezida w’inama y’Abakomiseri icyuye igihe yasobanuriye Abakomiseri bashya ibyagezweho ndetse n’inzitizi bagiye bahura […]

Perezida Kagame yahaye imbabazi abakobwa n’abagore bahaniwe icyaha cyo gukuramo inda

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME akaba yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko yahaye imbabazi abakobwa n’abagore bahaniwe icyaha cyo gukuramo inda, imanza zabo zikaba zarabaye itegeko n’abana bakatiwe bafite munsi y’imyaka 16, imanza zabo zikaba zarabaye itegeko, bose hamwe […]

Uko amatora yagenze muri Komisiyo y’abanyamakuru bigenzura (RMC)- AMAFOTO

Muri make amatora yabanjirijwe n’amajambo y’abakomiseri basanzwe mbere yuko basezera nabo bakamanuka mu nteko rusange,aho bari bafite nabo uburenganzira bwo kongera kwiyamamaza. Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Abanyamakuru bigenzura, Bwana Mugisha yakurikijeho kugaragariza inteko rusange ibyo RMC yagezeho mu bikorwa byayo bya buri munsi byiganjemo ubuvugizi ku mwuga w’Itangazamakuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Hanavuzwe kandi ibijyanye uko impaka […]

Abumva ko Leta ya Nkurunziza idakenewe ngo ni abataye umutwe

Umuhuza mu biganiro bya politiki mu gihugu cy’u Burundi Benjamin Mkapa yatangaje ko kuba Perezida Nkurunziza ari ku butegetsi bw’u Burundi nta kibazo kirimo, ndetse ko n’abumva ko adakwiye kuba ari ku butegetsi ari abatamutwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje mu kiganiro gisoza uruzinduko rw’iminsi 2 yari yagiriye mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa 9 […]

MIliyoni zisaga 58 z’Abanyafurika zizaba zikeneye ubufasha bw’ibanze muri 2027-UN

Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko bitewe n’ibibazo by’ubukene ndetse n’iby’umutekano mucye bikomeje kugariza ibyinshi mu bihugu byo ku mugabane w’Afurika ko mu mwaka wa 2017 byibuze abasaga miliyoni 58 bazaba bakeneye ubufasha bw’ibanze mu gihe nta gikozwe mu maguru mashya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi raporo y’uyu muryango yagiye ahagaragara muri iki cyumweru, uyu muryango ugaragaza ko […]

Kigali: Harigwa uko ibyangombwa byo kubaka bitakomeza gutinda

Ubusanzwe kubona ibyangombwa byo kubaka mu mujyi wa Kigali bifata iminsi itari munsi ya 21, ibi abubatsi basanga ari imwe mu mpamvu zituma iterambere rishingiye ku nyubako zigezweho mu Rwanda ritihuta,Umujyi wa Kigali wiyemeje koroshya uburyo bwo kubona ibyangombwa byo kubaka mu mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ibikorwa remezo bishingiye ku bwubatsi. Mu nama […]

ICC igiye kongera kubaza Afurika y’Epfo impamvu yanze guta muri yombi perezida Bashir muri Kamena

Abacamanza bo mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, kuri uyu wa kane basabye Afurika y’Epfo kuzohereza abayihagarariye mu mwaka utaha ngo humvwe niba iki gihugu kitararenze ku nshingano zacyo cyanga guta muri yombi perezida Omar Al Bashir wa Sudani muri Kamena. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyemezo cya perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, cyo kureka perezida Bashir akava […]

Uganda: Abadepite bamaze kunoza umugambi wo kujyana Perezida Museveni muri ICC

Bamwe mu Badepite bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda batangaje ko bamaze kunoza umugambi wo kujyana Perezida museveni mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha ICC ku ruhare bamushinja rw’ubwicanyi buherutse gukorerwa abaturage bo mu gace ka Kasese. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri munsi w’ejo tariki ya 9 Ukuboza 2016, nibwo abadepite biganjemo abo mu ishyaka ritavuga rumwe na leta […]

Perezida Kagame na Nkurunziza bashobora guhurira mu birori muri Tanzania

Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, kuri uyu wa 09 Ukuboza araha umugisha ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 55 y’ubwigenge, ari nabwo bwa mbere agiye kubyizihiza nka perezida kuva yajya ku butegetsi ku wa 05 Ugushyingo 2015. Perezida Magufuli yari yasubitse ibirori nk’ibi byo mu mwaka ushize bituma hazigamwa miliyari 4 z’amashilingi mu ngengo y’imari […]

Padiri Thomas Nahimana yagiye kurega u Rwanda ku Bwongereza

Padiri Nahimana Thomas uyobora ishyaka ishema ritanditse mu Rwanda aherutse kugerageza kuza kwandikisha iryo shyaka rye kugirango atangire ibikorwa byo kwiyamamariza kuzaba perezida w’u Rwanda ariko abura ibyangombwa bimwemerera kujya mu Rwanda, kuri ubu ari mu ruzinduko mu gihugu cy’u Bwongereza aho ngo yagiye kuganira n’abategetsi b’icyo gihugu kiyobora umuryango wa commonwealth. Nahimana yatangaje ko […]

U Burundi bwahamagaje ambasaderi wabwo mu Bubiligi

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bubiligi aravuga ko u Burundi bwahamagaje ambasaderi wabwo i Buruseli mu Bubiligi. Ibi bikaba bibaye mu gihe umubano hagati y’ibihugu byombi urushaho kumera nabi. Ikinyamakuru La libre cyo mu Bubiligi cyatangaje aya makuru cyavuze ko kuri uyu wa kane tariki ya 8 Ukuboza 2016, Ambasaderi Jeremie Banigwaninzigo yahamagajwe na leta […]

Gasabo: RDF Reserve Force n’akarere bagiye kubaka umudugudu w’icyitegererezo uzatwara asaga miliyari 2

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe iterambere ry’abaturage, Munyeshyaka Vincent, yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka Umudugudu w’icyitegererezo mu Murenge wa Gikomero, Akarere ka Gasabo. Uyu mushinga biteganyijwe ko uzarangira utwaye miriyari 2,258,394,740 y’amafaranga y’u Rwanda. Uwo Mudugudu ukaba uzubakwa n’Ingabo z’u Rwanda Umutwe w’Inketagutabara k’ubufatanye n’Akarere ka Gasabo mu gihe cy’amezi atandatu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Biteganyijwe ko […]

U Bwongereza bubitse byinshi byaranze intambara ya Congo na CNDP ya Nkunda – Snowden

Ikinyamakuru Le monde ndetse n’urubuga The Intercept byongeye gusubira mu mabanga y’urwego rushinzwe umutekano w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NSA, Edward Snowden yashyize ku Karubanda, aho kuri iyi nshuro hibanzwe ku nyandiko zivuga ku mugabane wa Afurika by’umwihariko igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu bihugu bigera kuri 20 byo […]

Kenya: Umukozi wo mu rugo yivuganye nyirabuja wari n’umukunzi we mu ibanga

Igipolisi mu giturage cya Ingobor, ho muri Kenya, cyataye muri yombi umusore w’imyaka 22 wakoraga akazi ko mu rugo ushinjwa kwica nyirabuja nyuma yo kugira ibyo batumvikana kuri uyu wa kabiri ushize, itariki 06 Ukuboza. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mu gipolisi cya Mogoon, Josiah Rono, ngo uyu musore yakoraga akazi ko mu rugo akorera nyakwigendera. Bombi […]

Abanyamadini barasabwa uruhare mu kurwanya ruswa bahereye kuyirangwa mu madini

Mu biganiro byahuje abahagarariye amadini atandukanye n’urwego rw’umuvunyi kuri uyu wa 08 Ukuboza 2016, umuvunyi yasabye abanyamadini kugaragaza uruhare mu kurwanya ruswa n’akarengane bikigaragara mu madini yo mu Rwanda [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya akarengane, Kanzayire Bernadette avuga ko iki ari igikorwa cyihariye cyo gufasha abanyamadini kubona umwanya wo gusuzuma uruhare […]

51% by’abana batwara inda z’indaro baziterwa n’abantu bakuru- Ubushakashatsi

Mu gihe ikibazo cy’abana b’abangavu batwara inda zitateganyijwe gikomeje gufata intera ikabije mu gihugu, impuzamiryango y’imiryango yita ku burenganzira bwa muntu CLADHO uvuga ko iki kibazo gikwiye gukurikiranwa kuko bigaragara ko abenshi mu batera abo bana inda harimo ababa babafiteho ububasha ariko ntibashyikirizwe ubutabera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’uyu muryango muri uyu mwaka […]

Abagiye kuyobora urwego rw'abanyamakuru bigenzura bategerejwe n'akazi katoroshye

Itangazamakuru mu Rwanda no ku isi hose ni inkingi ya mwamba yifashishwa mu miyoborere y’abaturage ,haba mu kubahuza n’abayobozi mu buryo ubu cyangwa buriya kimwe no kumenyekanisha ibyo buri ruhande rukora byaba ku ruhande rw’abaturage kimwe no ku ruhande rw’ubutegetsi. Umurongo wo guhagarara hagati y’impande zikorana umunsi ku wundi si ikintu cyoroshye kuko uko ikiremwamuntu […]

Rubavu:Umutwe wiyise abazimbabwe ukabije kwiba no gufata abagore ku ngufu

Abaturage batuye mu murenge wa Nyamyumba na Kivumu barembejwe n’insorersore ziyise abazimbabwe aho zayogoje imirima n’ingo by’abaturage ndetse no gufata abagore kungufuku. Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Burusha ,Umurenge wa Nyamyumba ho mu Karere ka Rubavu baravuga ko batagisarura imyaka yabo kubera agatsiko k’insoresore kajya mu mirima yabo kakajya gusarura imyaka yabo ndetse […]