Kubika amateka ni ukubika ibimenyetso byifashishwa mu butabera-Mugiraneza Assumpta
Umuyobozi w’ikigo “Iriba ry’umurage w’amateka mu Rwanda,” Mugirneza Assumpta yibukije Abanyarwanda kugira umuco wo kwibikira amateka nk’imwe mu nkingi yafasha kugera ku butabera buboneye. [ad id=”44145″] Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ku munsi w’ejo tariki ya 30 Ugushyingo 2016, uyu muyobozi yagize ati” kubika amateka, mu buryo bufite umutekano uhagije, ni ngombwa ku Banyarwanda kuko bigira […]
Amajyaruguru: Hagiye gushyirwaho clubs anti-kanyanga zo kwigisha abaturage ububi bwa kanyanga
Ibi Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Bwana Musabyimana Jean Claude yabisabye abayobozi b’inzego z’ibanze ashingiye ku byagaragajwe n’inzego z’Umutekano mu nama y’Umutekano yaguye y’Intara y’Amajyaruguru yateranye kuri uyu wa kabiri ku itariki ya 29 Ugushyingo 2016, ahagaragajwe ko ibyaha byinshi bikorwa biterwa no kunywa ibiyobyabwenge, cyane cyane ikiyobyabwenge cya kanyanga ndetse n’ubusinzi bukabije. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverineri w’Intara […]
Ntibisanzwe, bifotoje ifoto y’ubukwe bamaranye imyaka 70
Margaret na Ferris Romaire bashakanye ku wa 24 Ugushyingo 1946 mu mujyi wa Morgan mu ntara ya Louisiana muri Amerika, kuva uyu muryango uri yabanye neza cyane mu gihe cy’imwaka 70 bamaze kubana ariko nta na rimwe bari barigeze kwifotoza ifoto n’imwe habe no mu bukwe bwabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Margaret Romaire, kuri ubu ufite imyaka […]
Uganda: Umukecuru w’imyaka 76 n’umukobwa we bafatanywe heroine ihagaze miliyari 2,6
Igipolisi cya Uganda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu cyataye muri yombi Abanyanijeriyakazi babiri, Umukecuru n’umukobwa we, bashaka kunyuza ibiyobyabwenge ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Entebbe. Umukecuru w’imyaka 76 witwa Aniugo Agnes Egona n’umukobwa we, Aniugo Gloria Vera, basanganywe ibiro 10 by’ikiyobyabwenge cya Heroine byari bihishe mu mizigo yabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi w’igipolisi cya […]
Congo: FARDC yabashije gusubiza inyuma igitero cy’inyeshyamba cyaguyemo 2 undi arafatwa
Igisirikare cya Congo, FARDC, kuri uyu wa Gatatu, itariki 30 Ugushyingo, cyasubije inyuma igitero cy’inyeshyamba ku Musozi wa Carmel (Mont Carmel) mu birometero 3 uvuye mu mujyi wa Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano y’iminota igera kuri 20. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko byatangajwe na komanda w’ibikorwa bya Sokola I, Gen. Fall Sikabwe, ngo hari ahagana saa […]
Nta mbogamizi u Rwanda ruteganya guhura nazo mu iperereza ku Bafaransa bakekwaho uruhare muri jenoside
Umushinjacyaha mukuru w’u Rwanda, Richard Muhumuza aratangaza ko hashize igihe gito ubutabera bw’u Rwanda bwandikiye ubutegetsi bw’u Bufaransa busaba gukora iperereza kuri bamwe mu bategetsi b’Abafaransa rukekaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ariko ko kugeza ubu nta gisubizo u Rwanda rurabona ku busabe bwarwo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Muhumuza yabitangaje nyuma yuko ibiro ayoboye […]
Nyarugenge: Polisi yibukije abaturage ibyaha bishingiye ku biyobyabwenge n’uko babyirinda
Mu nama ikangurira abaturage bo mu mirenge ya Gitega na Rwezamenyo kwirinda ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2016, Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge yagaragaje urutonde rwa bimwe mu byaha biza ku isonga ahanini bishingiye ku ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge ndetse inasaba abaturage kurushaho kubyirinda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyi nama, Umuyobozi w’ishami rishinzwe […]
WDA yahaye umukoro abakobwa biga imyuga isaba imbaraga z'umubiri n'iz'ubwenge
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imyuga n’ubumenyi ngiro WDA, cyasabye abakobwa biga imyuga isaba imbaraga irimo kubaka, kubaza, gusudira, gukanika n’ibindi gukangurira bagenzi babo bakitinya gutinyuka bagakora nk’ibyo basaza babo bakora. Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’umuyobozi w’iki kigo Gasana Jerome mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro ubukangurambaga ku mwana w’umukobwa kwiga imyuga, iyi gahunda […]
Menya amateka y’umuntu mukuru kuruta abatuye ku isi bose
Kuri uyu wa 29 Ugushingo nibwo Emma Morano ukomoka mu gihugu cy’u Butaliyani yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 117. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Emma Morano yavutse ku wa 29 Ugushyingo 1899, yavukiye mu gace ka Piedmont mu gihugu cy’u Butaliyani, niwe muntu rukumbi wabayeho mu binyejana bitatu bitandukanye. Morano avuga ko kuramba kwe abikesha kubaho mu buzima bwigenga […]
Group “Come to Jesus” mu giterane cy’isanamitima
Group “Come to Jesus” igizwe n’urubyiruko rwihurije hamwe ruturuka mu matorero atandukanye yo mu mujyi wa Kigali, yateguye igitaramo cy’isanamitima kizaba kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ukuboza 2016. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na Shumbusho Joseph, Perezida akaba n’umwe mu bashinze group “Come to Jesus” yavuze ko intego yabo y’iki giterane iboneka mu Imigani 17:17. […]
Afurika y’Epfo: Hari kugeragezwa urukingo rushya rwa sida
Urukingo rw’agakoko ka VIH gatera sida ruri kugeragezwa muri Afurika y’Epfo, aho abahanga bavuga ko ari yo nyigo ya mbere nini ikozwe ku bushobozi bw’uru rukingo rwa VIH kuva mu 2009. Igerageza rikaba rigomba gukorerwa ku bagabo n’abagore 5,400 bakora imibonano mpuzabitsina cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abantu babarirwa muri miliyoni 7 muri Afurika y’Epfo babana n’ubwandu […]
Mukobwa, dore abasore batandukanye bashaka umukunzi (fungura ubone imyirondoro)
1.Hey muraho neza nitwa Oscar nanjye ndashakako mumfasha gushaka umukunzi uri serious udakina kandi udakunda ibintu akaza aziko ntakintu ngira akaza aziko ahari urukundo haba hari nubushobozi ndifuza umukobwa byibuze warangije secondary wimibiri yombi cg inzibe byaba ari akarusho utarengeje 23 ans ufite gahunda my contact is 0781531021 ibindi twabivugana singombw kubivugiraha,Murakoze. 2.Muraho neza nitwa […]
Kenya: Abanyepolitiki 2 barwaniye imbere y’abaturage bahawe ibihano
Nyuma y’imirwano itoroshye mu ruhame mu mpera z’icyumweru gishize, yabaye hagati y’abanyepolitiki 2 bo mu gihugu cya Kenya barimo Opondo Kaluma w’Umudepite ndetse na Washington Ogaga, umuyobozi w’ishyaka Orange Democratic Movement (ODM) uniyamamariza kuzahatana na Perezida Kenyatta mu matora y’umukuru w’igihugu y’ubutaha, ubuyobozi bwafashe umwanzuro wo kubahagarika ku nshingano zabo kugeza amatora arangiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Ese koko Kayonza bazafashwa hagaragaye intumbi 3? icyo umuyobozi ubishinjwa avuga
Abaturage bo mu karere ka Kayonza bavuga ko bababajwe bikomeye n’amagambo babwiwe n’umuyobozi bita uw’akarere wungirije ushinzwe ubukungu mu nama yabakoresheje akababwira ko mu gihe hatari hapfa byibuze abantu batatu ngo ntibishoboka ko baba bashonje byo gufashwa. Mu majwi yaciye kuri radio 1 humvikanyemo abaturage bavuga ko visi-Meya ushinzwe ubukungu yaba yarababwiye amagambo abakomeretsa mu […]
Amafoto: Mayor wa Lusaka uri mu Rwanda yasuye Umujyi wa Kigali
Umuyobozi w’Umujyi wa Lusaka, umurwa mukuru wa Zambia, bwana Kalumba Wilson ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi aho yaje gusura ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ngo bungurane ibitekerezo ku bintu bitandukanye. [ad id=”44145″] Mayor wa Lusaka, Kalumba Wilson kuri uyu wa gatatu akaba yasuye Umujyi wa Kigali mu rugendoshuri rwe arimo mu Rwanda, aganira n’ubuyobozi ibijyanye […]
Uganda: Abadepite barashinja Perezida Museveni kuba intandaro y'urupfu rw’abasaga 87
Nyuma y’imirwano itoroshye yabaye hagati y’abarindaga umwami Charles Wesley Mumbere wo mu gace ka Rwenzururu muri Uganda, iyi mirwano ikaba isize abatari bacye bahasize ubuzima, bamwe mu badepite bagize Inteko ishinga Amategeko muri Uganda barashinja Perezida Museveni kuba nyirabayazana w’ubu bwicanyi bwibasiye abashinzwe umutekano muri kariya ga ce. [ad id=”44145″] Uhagarariye akarere ka Kasese mu […]
Ese intambara Gen Niyombare yateguje Perezida Nkurunziza yaba igeze he?
Nyuma yo kuneshwa ku mugambi Gen Niyombare Godefroid na bagenzi be bari bateguye wo guhirika ku butegetsi perezida wabo Pierre Nkurunziza, bahise batanga integuza y’intambara bategura kumugabaho ariko ibimenyetso bigaragaza ko yaba yaratangiye. Aganira na televiziyo yo muri Kenya (KTN), GĂ©n. de Brigade LĂ©onard Ngendakumana wahoze ari umuyobozi wungirije w’urwego rw’iperereza mu gihugu cy’u Burundi, […]
Nyarugenge:Abatuye mu murenge wa Gitega bahangayikishijwe n’abajura babatangira bakabambura
 Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Gitega ho mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali, baratakambira inzego z’umutekano ngo zirebe icyo zibakorera kubera ubujura bukomeje gukuraumunsi ku wundi.  Ubwo bwiza.com yaganiraga na bamwe mu baturage batuye mu kagali ka Kigarama mu mudugudu w’Ubumwe bavuze ko hamaze igihe hari ikibazo cy’abantu batangira […]
Menya ibishya bigaragara mu itegeko rigenga imicungire y’umutungo w’abashyingiranywe
Itegeko nÂş 27/2016 ryo ku wa 08/07/2016 rigenga imicungire y’umutungo w’abashyingiranywe, impano n’izungura ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulila y’u Rwanda n° 31 yasohotse ku wa 01/08/2016 ni Itegeko rishya ryaje risimbura Itegeko n° 22/99 ryo ku wa 12/11/1999 ryuzuza igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano kandi rishyiraho igice cya gatanu cyerekeye imicungire y’umutungo […]
Gambia: Perezida Yahya Jammeh yaburiye abagerageza kwigaragambya nyuma y’amatora
Perezida Yahya Jammeh wa Gambia, uri kwiyamamariza kuyobora indi manda mu matora ateganyijwe kuwa 01 Ukuboza, kuri uyu wa kabiri yatangaje ko nta myigaragambyo izemerwa nyuma y’amatora. [ad id=”44145″] “ Nta mpamvu yo kwigaragambya kubera ko amatora atazabamo uburiganya, kandi muri iki gihugu, ubusanzwe, ntitwemera imyigaragambyo ,”ibi Yahya Jammeh akaba yabitangaje ku munsi wa nyuma […]
Muhanga: Abatwikiwe ibyangombwa n’abacengezi bashubijwe uburenganzira
Nyuma yo gutwikirwa ibyangombwa n’abacengezi, abashakanye bo mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga barishimira kongera kubana byemewe n’amategeko. [ad id=”44145″] Aba baturage bavuga ko igihe abacengezi batwikaga icyari Komini Mushishiro, ibyangombwa by’irangamimerere byatwitswe bigatuma bafatwa nk’abatarashakanye mu buryo bwemewe n’amategeko. Intambara y’abacengezi yo mu 1997 yatumye bimwe mu bitabo by’irangamimerere by’i Mushishiro bitwikwa […]
Umunyakenya wakoreye impanuka muri Tour du Rwanda bamuciye akaguru
Nyuma y’iminsi micye mu Rwanda hashojwe irushanwa mu isiganwa ry’amagare rizwi nka “Tour du Rwanda”, umwe mu bari bitabiriye iri rushanwa witwa Samuel Mwangi ukomoka mu gihugu cya Kenya yaciwe akaguru nyuma y’impanuka yakoze mu gice cyasozaga irushanwa. [ad id=”44145″] Ku itariki ya 20 Ugushyingo 2016, nibwo hakinwe etape ya nyuma isoza irushanwa rya Tour […]
Novartis igiye kujya igeza ku Banyarwanda imiti ivura indwara za karande ku giciro gito cyane
Uruganda rukomeye rw’imiti rwo mu Busuwisi rwitwa Novartis rurateganya guhera mu mwaka utaha wa 2017 gutangiza mu Rwanda gahunda yo kubona ku giciro gito imiti ivura indwara za karande zikunze kugaragara nk’uko itangazo uru ruganda rwashyize ahagaragara kuri uyu wa Kabiri rivuga. [ad id=”44145″] U Rwanda ruzaba rubaye igihugu cya gatatu gifite ubukungu bukiri hasi […]
Muhanga: Ni nde uzahoza abaturage amarira bavuga ko batewe no kwamburwa na Leta?
Nta rwego rw’ubuyobozi bwo hejuru abaturage batuye mu dugudu wa Kigarama ho muri Muhanga batagejejemo ikibazo cyabo kuko no mu biro bya perezida wa Repubulika bagejejeyo ikibazo cy’ubutaka bwabo bwafatiriwe n’akarere ariko kubona igisubizo gihamye byarananiranye kugeza ubwo ubu hashize imyaka irenga ine (4) batemerewe guhinga imyaka iyo ari yo yose uretse ibishyimbo Aba baturage […]
Amafoto: Abaturage ba Cuba bakomeje gusezera Fidel Castro mu cyubahiro
Abaturage ba Cuba bari gusezera mu cyubahiro uwari perezida wabo, Fidel Castro uherutse kwitaba Imana mu gikorwa cyabereye mu rubuga rwitiriwe impinduramatwara mu murwa mukuru Havana. [ad id=”44145″] Guhera kuri uyu wa Gatatu, biteganyijwe ko ivu rye rizatemberezwa mu gihugu cyose mu gihe cy’iminsi 3. Iryo vu nyuma rikazajyanwa mu burasirazuba bw’igihugu mu rwego rw’inzira […]
Gabon: Perezida Kagame yitabiriye inama ya CEEAC nyuma y'amezi 4 u Rwanda rusubiyemo
Kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2016 Perezida Paul Kagame ni umwe mu bakuru b’ibihugu bitabiriye inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afurika yo hagati (CEEAC) i Libreville muri Gabon, kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2016. Perezida Kagame akaba yitabiriye iyi nama nyuma y’igihe kitageze ku mezi ane u Rwanda rwongeye gusubira […]
Igisirikare cy’u Rwanda cyahakanye kugira ruhare mu mugambi wo gushaka kwica Nyamitwe
Igisirikare cy’u Rwanda cyamaganye ibirego by’igihugu cy’u Burundi cyagishinjije kivuga ko u Rwanda rwaba rwihishe inyuma y’umugambi wapfubye wo gushaka kwivugana Willy Nyamitwe, umujyanama mu by’itumanaho wa Perezida Pierre Nkurunziza. [ad id=”44145″] Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda Lt Col Rene Ngendahimana akaba yabwiye Ijwi ry’Amerika ko ibyatangajwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi atari ibintu bitangaje kuko u […]
Kenya: Umunyasomalia yateje urujijo mu baturage bagirango ni Yesu (mu mafoto)
Umugabo witwa Daniel Christos ukomoka muri leta ya Somalia yateje urujijo ubwo yatungukaga mu mujyi wa Nairobi muri Kenya agendesha ibirenge atambagira umujyi, ubwo abantu benshi bamubonaga bagatangira kumwitiranya na Yesu Christ uvugwa muri Bibiliya. Uyu mugabo ukiri muto mu myaka akaba anafite amazina ajya kwitiranwa n’aya Yesu, ahakana yivuye inyuma ko atari Yesu, dore […]
Umuherwe wo muri Tanzania arifuza ko umuhungu wa Ali Kiba yazabana na Tiffah wa Diamond
Umuherwe wo mu gihugu cya Tanzania yatanze igitekerezo cyo gutangira gukusanyiriza inkwano umuhungu wa Ali Kiba ngo bashake amafaranga bazajya gukwa umukobwa wa Diamond Tiffah ngo aba bana b’ibyamamare muri iki gihugu bazabane. [ad id=”44145″] Ibi byaje nyuma y’aho hagaragaye ifoto y’umuhungu wa Ali Kiba ari kumwe na Tiffah wa Diamond, abafana b’aba bahanzi bagahita […]
Isange One Stop Centre yashyize ku mugaragaro igitabo gikubiyemo amateka yayo
Nyuma y’igihe kigera ku myaka itandatu rurwanya no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana, U Rwanda rwagaragaje uruhare rwa Isange One Stop Centre mu kurwanya iki cyaha; ibyo bikajyana no gufasha abarikorewe; ayo mateka, ingamba z’iki Kigo ndetse n’ibyo gikora bikaba bigaragara mu Gitabo cyashyize ku mugaragaro cyiswe:” Rwanda’s Holistic Approach to Fighting Gender […]
U Burundi burashinja u Rwanda kuba inyuma y'abashatse kwivugana Willy Nyamitwe
Nyuma y’amasaha macye umuvugizi wa Perezida Nkurunziza mu gihugu cy’u Burundi, Willy Nyamitwe arusimbutse nyuma yo kuraswaho n’abantu bitwaje intwaro ndetse umwe mu bari bamurinze akahasiga ubuzima, abantu benshi bari biteze kumva ikiri butangazwe na leta y’u Burundi kuri ubu bwicanyi bwibasira abayobozi bakuru muri kiriya gihugu butari bu herutse. [ad id=”44145″] Inkuru dukesha urubuga […]
Ikipe ya Rayon Sport ntikigiye mu irushanwa rya StarTimes
Ikipe ya Rayon sport yagombaga kwitabira irushanwa ryateguwe n’ikigo cya startimes ryagombaga kuzahuza amakipe akomeye yo mu karere, kuri ubu amakuru aturuka mu ikipe ya Rayon sport aravuga ko iyi kipe atakitabiriye iri rushanwa kuko yabwiwe ko ryimuwe. [ad id=”8″] Iri rushanwa ryagombaga kuzatangira ku itariki ya 16 kugeza ku ya 23 Ukuboza 2016, iri […]
Amafoto: Ikamyo yo muri Tanzania yari itwaye ibikoresho bya Loni yangijwe bikomeye n'impanuka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, habaye impanuka y’igikamyo gifite ibirango bya Tanzania yabereye mu makoni amanuka Shyorongi haruguru gato y’akabari bita Arsenal. [ad id=”44145″] Hari nko mu saa 9h30′, ubwo iyo kamyo yari itwaye imashini ipakurura imizigo yaturukaga ruguru za Shyorongi ifite umuvuduko ukabije cyane, bishoboka ko yaba yari ifite ikibazo cya feri; […]
Bugesera: Umujura yaguye mu musarani arapfa ubwo yikangaga irondo akiruka
Umusore witwa Emmanuel Niyomugabo wo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Nyamata yitabye Imana aguye mu musarani ubwo yageragezaga guhunga abanyerondo bamutesheje ubwo yari yagiye kwiba abaturage. [ad id=”44145″] Ni mu ijoro ryo kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2016, mu gihe uyu mugabo ngo yari yagiye kwiba mu wundi mudugudu, ubwo yateshwaga n’irondo akagerageza […]
Abaperezida 2 bemeje kujya gushyingura Castro undi asubika kwiyamamaza abanza kumwunamira
Abakuru b’ibihugu babiri muri Afurika bamaze kwemeza kwitabira umuhango wo gushyingura Fidel Castro wahoze ari perezida wa Cuba, mu gihe undi muyobozi yahagaritse ibikorwa byo kwiyamamaza mu rwego rwo kunamira nyakwigendera. [ad id=”44145″] Guverinoma ya Afurika y’Epfo yemeje ko perezida Jacob Zuma, utorohewe muri iyi minsi mu gihugu cye, azitabira umuhango wo gusezera bwa nyuma […]
Uganda: Leta igiye gufunga amashuri aterwa inkunga na Bill Gates na Mark Zuckerberg
Abategetsi ba Uganda bategetse ifungwa ry’amashuri aterwa inkunga na Bill Gates washinze Microsoft ndetse n’ayaterwa inkunga na Mark Zuckerberg washinze Facebook bitewe n’isuku nke n’imyigishirize idakwiye. [ad id=”44145″] Umucamanza mu Rukiko Rukuru mu cyumweru gishize akaba yaravuze ko amashuri ya Bridge International Schools atigeze ahabwa uburenganzira bwo gukora mu buryo bukwiye, atarangwamo isuku, kandi akoresha […]
Abanyamuryango ba koperative “Umwarimu SACCO” barasabwa kwigira
Mu gihe koperative y’abarimu “Umwarimu Sacco” igenda yegereza iherezo ryo guterwa inkunga na leta y’u Rwanda, Minisitiri w’Uburezi Dr Musafiri Papias Malimba yasabye abanyamuryango bayo gutangira kwimenyereza kwigira kuko batazahora bahabwa inkunga yo kubafasha. [ad id=”44145″] Kuri uyu wa 28 Ugushyingo mu muhango wo guhererekanya ububasha ku bayobozi b’iyi koperative, Minisitiri Musafiri yagize ati”mugomba gutangira […]
Karongi: Haganiriwe kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda
Mu cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Karongi kuri uyu wa mbere, itariki 28 Ugushyingo 2016, habereye ibiganiro kuri Gahunda ya Ndi Umunyarwanda. [ad id=”44145″] Umushyitsi Mukuru ni Bwana JABO Paul, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’ Iburengerazuba. Ari kumwe n’abayobozi b’Akarere bungirije: Madamu BAGWIRE Esperance Ushinzwe Ubukungu na Madamu MUKASHEMA Drocelle Ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage. Inama yitabiriwe n’abagize […]
Brazil: Indege yari itwaye abakinnyi n’abanyamakuru yakoreye impanuka muri Colombia
Indege yo mu ikompanyi ya Charter aircraft mu gihugu cya Brazil yari itwaye abantu basaga 80 barimo abakinnyi b’umupira w’amaguru b’ikipe ya Chapecoense, abanyamakuru bagera kuri 21 ndetse n’abandi batandukanye barimo n’abayobozi bakuru b’ikipe, yakoreye impanuka ku butaka bw’igihugu cya Colombia ubwo yari ihagurutse i Bolivia yerekeza ku kibuga mpuzamahanga cya Medellin muri kiriya gihugu […]
Ambasade y’u Rwanda muri Amerika yijeje ko iri gukurikiranira hafi ikibazo cy’Umunyarwanda wahaburiye
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika iratangaza ko iri gukurikiranira hafi ikibazo cy’ibura ry’Umunyarwanda Evariste Munyensanga bivugwa ko aheruka gucibwa iryera n’inshuti ubwo yakurwaga ku muhanda wa Cumberland kuwa Gatanu, itariki 18 Ugushyingo mu masaha ya kumi z’umugoroba. [ad id=”44145″] Ibi ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana, […]
Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw’u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda
Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye gushyira ku karubanda abayobozi bo mu Bufaransa bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba ari nyuma y’aho ubutabera bw’u Bufaransa busubukuye gukurikirana dosiye y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana. Gusa, itangazamakuru ryo mu Bufaransa nk’ikinyamakuru, Le Monde, risanga kuri iyi nshuro bishobora kugira ingaruka ku Bafaransa aho kuba […]
Amafoto: Minisitiri w’Intebe yatashye Ikigo cy’Icyitegererezo mu guca ihohoterwa
Minisitiri w’intebe Anastase Murekezi, kuwa mbere tariki ya 28 Ugushyingo yayoboye umuhango wo gutaha ku mugaragaro ikigo cy’icyitegererezo kizajya gihurizwamo ibikorwa by’inzego z’umutekano za Afurika bigamije guca ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana. [ad id=”44145″] Iki kigo kiri ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, ishyirwaho ryacyo rikaba ryaremejwe nk’umwe mu myanzuro y’ […]
Burundi: Willy Nyamitwe yarusimbutse, umwe mu bamurindaga ahasiga ubuzima
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Ugushyingu 2016, umujyanama mukuru wa Perezida Nkurunziza mu Burundi, Willy Nyamitwe yibasiwe n’igico cy’abantu bitwaje intwaro ariko ku bw’amahirwe abasha kururokoka. [ad id=”44145″] Amakuru atangazwa n’abo mu muryango we aravuga ko aba bantu bitwaje intwaro bamutegeye mu gace asanzwe atuyemo ka Kajaga gaherereye mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’umujyi wa […]
Ubuholandi bukomeje kugaragaza ubushake bwo gukorana n'u Rwanda mu iterambere
 Umubano w’u Rwanda n’Ubuholandi ukomeje kuvomererwa, kuri ubu igihugu cy’Ubuholandi cyateye u Rwanda inkunga ingana n’amayero miliyoni 30 azafasha mu kuzamura imibereho y’abaturage iganisha ku iterambere. [ad id=”44145″] Amasezerano yo gutanga iyo nkunga no kuyakira yashyizweho umukono na minisitiri w’imari n’igenamigambi mu Rwanda, Amb Gatete Claver n’Amabasaderi w’Ubuholandi mu Rwanda, , FrĂ©dĂ©rique de Man. […]
Ikibazo cy’amapfa yazengereje uburasirazuba mu nzira zo gukemuka burundu
Mu karere ka Ngoma hatangirijwe uburyo bwifujwe na benshi kuva kera nk’ubushobora guhangana n’ikibazo cy’ibura ry’imvura riteza igihombo abahinzi, Akarere ka Ngoma kuri ubu kavugwamo inzara yakuruwe n’amapfa katangirijwemo uburyo bushya bwo kuhira imyaka. [ad id=”44145″] Kuhira imyaka bizafasha abahinzi kudategereza ko imvura igwa kugirango babone guhinga kuko no mu gihe cy’impeshyi abahinzi bazajya bakomeza […]
Minisitiri w'intebe, Murekezi yasabye abagize ihuriro ASEA gutahiriza umugozi umwe
Kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2016 ubwo hatangizwaga ku mugaragaro inama ngaruka mwaka y’ibihugu bihuriye mu ihuriro ry’ibigo by’imari muri Afurika ASEA ku nshuro ya 20, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yasabye abanyamuryango baryo gukorera hamwe bagahangana n’igabanuka ry’ubukungu mu rwego rw’isi rigenda rigaragara. [ad id=”44145″] Mu izina rya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, […]
Ikibazo cy’amapfa ya hato na hato ku gihugu nk’u Rwanda giteye isoni
Muri iyi minsi ishize havuzwe cyane ikibazo cy’amapfa yakurikiwe n’ibura ry’ibiryo bigaragara nk’ibidahagije ku isoko. Ntabwo ariko twavuga ibi tutanavuze ko ibura ry’ibiryo ryaje cyangwa riza riherekeje cyangwa riherekeje kuba imifuka y’abaguzi iba imeze nk’iyatewe n’udutunzi! Wibaza niba abantu bashobora kubaho gute mu gihe ibicuruzwa nkenerwa ku isoko bikomeje kubura [ Food shortages ] aho […]
Afurika y’Epfo: Abaminisitiri basabye Perezida Zuma kwegura mu maguru mashya
Nyuma y’uko Perezida w’Afurika y’Epfo Jacob Zuma yanze kwishyura amafaranga ya leta ashinjwa na Guverinoma ye yakoresheje mu nyungu ze bwite ndetse n’ibibazo bya ruswa bimuvugwaho n’ibindi, kuri uyu wa mbere bamwe mu baminisitiri bo muri Guverinoma ye bamusabye kwegura ku mirimo ye bikiri mu maguru mashya. [ad id=”44145″] Kuri uyu wa mbere tariki ya […]
Uganda: Umunyamakuru watangaje imirwano ya Rwenzururu yatawe muri yombi
Polisi yo mu gihugu cya Uganda yafunze umunyamakuru wataye akanatangaza inkuru y’imirwano yahuje ingabo za leta n’abarinzi b’umwami Mumbere wa Rwenzururu yahitanye benshi ku wa 27 Ugushyingo 2016. [ad id=”8″] Umunyamakuru witwa Doreen Biira ukorera televiziyo ya KTN yo muri Kenya yafungiwe kuri sitasiyo ya polisi yo mu gace ka Rwenzori muri Uganda gaherereyemo ubwami […]
Batunguwe n’amagambo babwiwe na pasiteri wabo utwite kandi adafite umugabo
Abakirisito bo mu idini rya pasteri Allen basohotse mu rusengero bagira bati “Turababaye ariko ubwo wenda we arumva bishimishije.” Abakirisitu bo muri New york batunguwe no kubona uwo bitaga umuyobozi w’idini ryabo ababwira ko anejejwe no kuba atwite impanga kandi adafite umugabo kuki atigeze ashaka. [ad id=”8″] Pasteri DesireĂ© Allen yabwiye abakirisitu ko yasambanye agasama […]
Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rwasubitse urubanza ruregwamo Seyoboka Jean Claude
Kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2016, urukiko rw’ibanze rwa gisirikare rw’I Nyamirambo rwasubitse urubanza ruregwamo Sous Lieutenant Seyoboka uherutse koherezwa na Canada kuburanira mu Rwanda ku birego ashinjwa byo kugira uruhare muri Jenoside yo muri mata 1994. [ad id=”44145″] Ubwo yageraga mu rukiko, abacamanza basanze uyu wahoze ari umusirikare ari wenyine nta wumwunganira afite kandi […]
USA: Umunyarwanda, Evariste Munyensanga ngo yaba yarashimuswe n’abantu batazwi
Munyensanga Evariste, ni umusore w’imyaka 29 y’amavuko, ni Umunyarwanda ukomoka mu karere ka Kamonyi umurenge wa Kayenzi, akagari ka Mataba umudugudu wa Kabana akaba yari amaze amezi agera kuri 5 aba muri Leta zunze ubumwe za Amerika, amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko yashimuswe n’abantu batazwi. Ku wa Gatanu taliki ya 18 Ugushyingo 2016, ahagana […]
Umunsi wa gatandatu wa Shampiona wahinduye cyane urutonde rw’agateganyo
Rayon Sport ikomeje guca uduhigo dutandukanye muri AZAM Premier League 2016 aho imaze gukina imikino itandatu itaratsindwa umukino cyangwa igitego na kimwe, kuri ubu iyoboye urutonde rw’agateganyo n’amanota 16 n’ibitego 10 [ad id=”44145″] Kuva ku wa 23 Ugushyingo 2016 hakinwaga imikino y’umunsi wa gatandatu wa Shampiyona y’u Rwanda mu cyiciro cya mbere, ikipe nka Rayon […]
Kenya: Raila Odinga yikomye Perezida Museveni ku ifungwa ry'Abanyakenya baroba muri Victoria
Nyuma y’uko bamwe mu barobyi bo mu gihugu cya Kenya batawe muri yombi ndetse bakaba bafungiye muri Uganda bashinjwa kurenga imbibi no kuvogera Uganda baroba mu kiyaga cya Victoria, Raila Odinga utavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi muri Kenya yasabye Perezida Museveni kurekura abo barobyi ndetse akanabaha uburenganzira bwo kuroba muri kiriya kiyaga kuko kitari […]
RDC: Abantu 35 bishwe n’inyeshyamba
Kuri iki cyumweru tariki ya 27 Ugushyingo 2016, nibwo inyeshyamba za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ zishe abaturage 35 ubwo zagabaga ibitero mu gace ka Luhanga, muri teritwari ya Lubero (Nord-Kivu). Sosiyeti sivile muri utu duce, niyo yatangaje iyi mibare ko ari abasivile 35 bishwe ndetse n’inyeshyamba imwe muri izi zari zagabye igitero (MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ). [ad id=”44145″] M. Bokele, umuyobozi […]
Urubyiruko rwa Kiliziya Gatulika rwasabwe gukora ibyubaka igihugu birinda amacakubiri
 Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Kaboneka Francis yasabye urubyiruko rwo mu itorero rya Kiliziya Gatulika gukora ibikorwa byafasha u Rwanda gukomeza gutera imbere kandi bakirinda amacakubiri bakanayarinda Abanyarwanda bose. [ad id=”44145″] Ibi minisitiri Kaboneka yabibasabye kuri uyu wa 26 Ugushyingo mu kiganiro yagejeje ku rubyiruko rwa kiliziya Gatulika rwibumbiye mu Ihuriro Yabibabwiye ryabereye i Rwamagana muri […]
U Bwongereza bugiye kuburanisha abanyarwanda 5 bakekwaho uruhare muri Jenoside
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2016, urukiko rukuru rwa leta y’u Bwongereza rugiye gutangira kumva urubanza rw’abagabo 5 b’Abanyarwanda bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Aba banyarwanda bafatiwe mu gihugu cy’u Bwongereza guhera mu mwaka wa 2013, ku busabe bw’u Rwanda, ariko u Bwongereza bwanga kubohereza mu Rwanda buvuga […]
Nyarugenge: Abasore 2 batuburiye umuturage bamwambura amafaranga bamushyiriramo ibyatsi n'amasabune
Abasore babiri barimo Siborurema Jean w’imyaka 25 na mugenzi we Sindikubwabo Thierry w’imyaka 32 y’amavuko ubu bacumbikiwe na Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali nyuma y’aho bafatiwe mu cyuho bamaze kwambura umuturage ibihumbi 495 by’amafaranga y’u Rwanda. [ad id=”44145″] Nk’uko bitangazwa n’ Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) […]
TI Rwanda yongeye gutunga agatoki inzego z’ubutabera zitita ku banyereza umutungo wa leta
Nyuma y’uko bigaragaye ko ibigo n’izindi nzego zitandukanye mu gihugu bikunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru aho biba byitabye Komisiyo ishinzwe gusesengura imikoreshereze y’imari n’umutungo w’igihugu PAC ikorera mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, ndetse bikanagaruka kenshi muri za raporo zitandukanye aho usanga bamwe mu bayobozi bashinjwa kunyereza no gukoresha nabi ingengo y’imari bigenerwa, umuryango Mpuzamahanga […]
Karegeya ufite akazi keza arifuza umukobwa bakundana ufite gahunda (Reba nimero ze)
Ku bakobwa mwifuza umusore ufite gahunda yo kurushinga mushobora kuba musubijwe, soma ubu butumwa bwa Karegeya Innocent unamuhamagare kuri nimero ze ziriho muvugane muhane gahunda mumenyane. [ad id=”44145″] hi, Muraho neza. Nitwa karegeya innocent ntuye Ikirehe umurenge wa ntasho, ndi umusore w’imyaka 21ans ndi imibiri yombi mfite metro(m1cm72) nkunda imana bigatuma nyisenga, akazi nkora ni […]