(Mu mafoto) Havumbuwe bimwe mu bimenyetso biranga iremwa ry'isi.

Ubushakashatsi mu by’ubumenyi bwisi batangaje ko muri leta ya Scotland habonetse bimwe mu bimenyetso bishobora kwigisha amateka agaragaza inzira y’iremwa ry’isi. [ad id=”44145″] Ibi bimenyetso bigizwe n’ibibaya birimo imisozi migufi n’amazi y’urubogobogo ndetse n’amabuye n’ibitare bivugwa ko yaba ari amwe mu yaremanywe n’isi. Aba bashakashatsi bavuga ko kuba hagaragara imisozi byatwe ahanini n’imihindagurikire y’ibihe n’ikirere, […]

Abanyarwanda bagerageza kubanira neza Abarundi, Imbonerakure zikabibira inka

Abanyarwanda batuye ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi bavuga ko bagerageza kuba neza n’abaturanyi b’abarundi ariko bo bakabananiza, inka z’Abanyarwanda zibirwa i Burundi zitwarwa n’Imbonerakure hakabura uwazigaruza kuko nta munyarwanda ushobora gukandagiza ikirenge ku butaka bw’u Burundi. [ad id=”44145″] Mu gikorwa cyo gusubiza ku neza inka 12 z’Abarundi zari zarafatiwe mu Rwanda cyabaye ku wa […]

Urukiko rwa ICC rugiye gushaka inzobere zizatuma ibihugu bidakomeza kuva mu muryango

Nyuma y’uko ibihugu bitandukanye bikomeje kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC ku bwinshi, inama nkuru y’uru rukiko yanzuye ko hagomba kurebwa inzobere mu bijyanye no kunga zikazaganiriza ibihugu byamaze kwikura muri uru rukiko ndetse n’ibifite gahunda yo kuvammo hagamijwe kurebera hamwe umuti urambye w’uburyo rutazatakaza ubusugire bwarwo. [ad id=”44145″] Ni mu nama iherutse kubera […]

Rulindo: Abaturage basabwe guhaguruka bakarandura ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Ibi Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Madamu Nyirasafari EspĂ©rance yabisabye Abanyarulindo kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 25 Ugushyingo, ubwo yatangizaga, ku rwego rw’Igihugu, ubukangurambaga bw’iminsi 16 yo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Iki gikorwa cyabereye mu Murenge wa Tumba, cyitabiriwe kandi na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Bwana Musabyimana Jean Claude, Perezidante w’Inama y’Igihugu y’Abagore n’abandi Bayobozi […]

Nyiransengimana Beatrice yongeye gufatwa yiba ihene

Umugore witwa Nyiransengimana Beatrice uvuga ko akomoka mu karere ka kicukiro yafatiwe mu karere ka Rulindo amaze kwica ihene y’umuturage. Si ubwa mbere Nyiransengimana afatanywe ihene yibye, ubwe yiyemeye ko akora iki cyaha asaba ababishaka kumuha inkunga y’amasengesho. [ad id=”44145″] Bwa mbere afatwa yagize ati “ Ndaziba rwose, nibye nyinshi mu turere twose natugiyemo, maze […]

Umunyanijeriya yaciye agahigo ko kugenda ibirometero 103,6 ku igare afite umupira ku mutwe

Umunyanijeriya Chinedu wo muri Lagos yaciye agahigo ku rwego rw’Isi ko gukora ibirometero 103,6 ku igare yikoreye ku mutwe umupira bakina mu mukino w’umupira w’amaguru. [ad id=”44145″] Muri ibi bintu bias nk’ibirori byari byahuruje imbaga, Chinedu yabashije gukora urugendo rurerure ku igare afite umupira ku mutwe nk’uko byatangajwe na AFP. Mbere yo guca aka gahigo, […]

Nta Ntore irebera, nta Ntore itekinika, mwitangire umurimo aho muri hose kdi muhe abaturage neza serivisi bakeneye – Murekezi

Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2016 mu Karere ka Huye hasojwe Itorero ry’Abayobozi b’Amashami mu bigo bya Leta mu Rwanda bazwi nk’ Intore z’Imbamburiramihigo , itorero ryasojwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi wari umushyitsi mukuru muri uyu muhango. [ad id=”44145″] Insanganyamatsiko yahawe iri torero ry’abayobozi b’amashami muri leta ikaba igira iti: “Gutanga Serivisi […]

Amashyamba yahashya imyuka ihumanya aracyari make- MINIRENA

Minisiteri y’ibidukikije n’umutungo kamere isanga u Rwanda rukiri hasi mu bijyanye no kugira amashyamba menshi, iyi minisiteri yihaye intego ko mu mwaka wa 2018 ubuso bungana na 30% by’u Rwanda rwose buzaba buteyeho amashyamba mu rwego rwo guhangana n’ingaruka ziterwa no kutagira amashyamba mu gihugu [ad id=”44145″] Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ibidukikije n’umutungo kamere, Dr […]

Sudani y'epfo yemereye UN koherezayo ingabo, u Rwanda na Ethiopie bisabwa kongera ingabo

Nyuma y’igihe kitari gito leta ya Sudani y’epfo yanze ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zagombaga kuza kuzuza izari zihasanzwe, iyi leta yamaze gutangaza ko yemeye ko hazanwa izindi ngabo ziza kongerera amaboko izari zihasanzwe. [ad id=”44145″] Muri iki cyumweru gishize, leta ya Sudani y’epfo yatangaje ku yisubiyeho ku mwanzuro yari yafashe wo kwangira izindi ngabo zagombaga kuza […]

Burundi: Abantu babiri bishwe batemeshejwe imipanga

Abagabo babiri bo mu gihugu cy’u Burundi, umwe witwa Sylvestre Nduwayo, uvuka ku musozi wa Sakinyonga muri Komini Matana mu Ntara ya Bururi, na Nyandwi wo ku musozi wa Buraza muri Komini Buraza mu Ntara ya Gitega, bishwe batemaguwe. [ad id=”44145″] Amakuru avuga ko aba bagabo bombi bishwe ku mugoroba wo kuwa Kane ushize batemeshejwe […]

Dore uko urupfu rwa Fidel Castro rwakiriwe n'abantu batandukanye

Perezida w’inama nyobozi ya Afurika Yunze Ubumwe, Nkosazana Dlamini Zuma, kuri Twitter, yagize ati: “Comanda Fidel Castro yari umurevolisiyoneri nyakuri. Yafashije Afrika n’ibindi bihugu biri mu nzira y’amajyambere kwibohora no gutera imbere.” [ad id=”44145″] Umuryango “Nelson Mandela Foundation” wohereje ubutumwa bw’akababaro, unatangaza ifoto ya Nelson Mandela afatanye ku rutugu na Fidel Castro. Naho perezida Jacob […]

Kigali: Polisi icumbikiye 2 bakekwaho guhimba impushya zo gutwara

Polisi ikorera mu mujyi wa Kigali icumbikiye abagabo 2 barimo Triffon Niyonsenga w’imyaka 46 y’amavuko na Hirwa Roger w’imyaka 22 y’amavuko mu cyumweru gishize, aba bagabo bakaba bakekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga. [ad id=”44145″] Polisi itangaza ko bafashwe ku makuru yatanzwe n’abaturage, aho umwe bashatse kurya amafaranga ye abimenyesha Polisi. Uyu bari bagiye gutekera […]

Ku myaka 32 apima ibiro 500, amaze imyaka 6 atabasha kwivana aho yicaye —AMAFOTO

Juan Pedro Franco, umugabo ukomoka muri Mexico ubu ugiye kubagwa kugirango abashe kwivana aho yicaye, bitangazwa ko ubu afite ibiro bikabakaba 500. Dr Jose Antonio Castaneda, umuganda ushinzwe gukurikirana ubuzima bw’uyu mugabo w’imyaka 32 y’amavuko, avuga ko bamushyize ku ndyo igenwe mbere y’amezi 3 bashaka kuzamubaga kugirango barebe ko umubyibuho wagabanyukaho. [ad id=”44145″] Juan Pedro […]

Papa Fransis asanga ibiyobyabwenge ari isura nshya y’ubukoloni

Ikibazo cy’ibiyobyabwenge ni kimwe mu byugarije isi bikanavugisha benshi mu bakomeye. Umushumba wa kiliziya gatorika ku isi Papa Fransis avuga ko muri iyi minsi ikibazo cy’ibiyobyabwenge kimaze kubata abatari bake akanahera ko akigereranya n’isura nshya y’ubukoloni. Ibi yabitangaje kuwa kane mu mahugurwa ku biyobyabwenge n’uburyo byarwanywa ku isi ; yateguwe n’ishami rishamikiye kuri papa ritanga […]

RDF yatangiye gusimbuza abasirikare bari mu butumwa bw'amahoro Darfur

Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyatangiye igikorwa cyo gusimbuza ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Darfur. Itsinda rya mbere ry’ingabo zo muri Batayo ya 11 y’ingabo zirwanira ku butaka rikaba ryarahagurutse I Kigali kuwa 24 Ugushyingo 2016 rigiye gusimbura bagenzi babo bo muri Batayo ya 59 nayo icyiciro cya mbere […]

Basketball: REG yatunguwe na Patriots iyitwara igikombi kibanziriza shampiyona

Mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro i Remera ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, warangiye ikipe ya Basketball y’ikigo gishinzwe gutanga ingufu, REG itunguwe n’ikipe ya Patriots iyitsinda mu minota ya nyuma; umukino warangiye itsinzwe ku manota 75 kuri 76 ya Patriots. Nyuma y’aho ikipe ya Basketball ya REG n’ikipe ya Banki ya Kigali, […]

Uwaje gufatwa mpiri na RDF, yahigiraga kuzaza mu Rwanda nta Mututsi n’umwe ukihaba

Ubwo Gen. James Kabarebe yaganiraga n’abasirikare bari bavuye ku rugamba rwo mu 2009 muri RDC, rwo guhangana n’inyeshyamba cyane cyane iza FDLR, yaberetse umusirikare umwe mu bari barafashwe ngo watangazaga ko azataha mu Rwanda ari uko nta Mututsi n’umwe ukihabarizwa. Gen Kabarebe yanenze imvugo uyu musirikare wari umuvugizi wa FDLR yakoresheje, by’umwihariko ko nubwo yavugaga […]

Gicumbi: Minisitiri w’Intebe yifatanyije n’abaturage mu gutera ibiti ku musozi wa Rwesero

Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yasabye Abanyarwanda kubungabunga amashyamba ari nako bitabira gukoresha biogas kuko ihendutse kurusha gukoresha inkwi kandi ari nako amashyamba abigenderamo. Ibi akaba yabisabye ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu Karere ka Gicumbi mu muganda ngarukakwezi wo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 Ugushyingo, aho bateye ibiti ku musozi wa Rwesero . [ad id=”44145″] […]

Irani: Gariyamoshi zagonganye abantu basaga 40 bahasiga ubuzima

Abantu 44 nibo bamaze gutangazwa ko basize ubuzima mu mpanuka ya gariyamoshi ebyiri zagonganye kuri uyu wa gatanu zigahita zifatwa n’inkongi y’umuriro mu majyaruguru y’igihugu cya Irani. Uretse abapfuye, abandi bagera kuri 82 bakomerekeye bikomeye muri iyi mpanuka ifatwa nk’imwe mu zikomeye za gariyamoshi zibereye muri iki gihugu ; aho 17 muri bo bakomeretse bikomeye […]

Amafoto: I Bujumbura hakozwe imyigaragambyo yamagana iyoherezwa ry’impuguke za Loni

Mu murwa mukuru w’u Burundi, Bujumbura, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 Ugushyingo, 2016 hazindukiye imyigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy’akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu k’Umuryango w’Abibumbye, cyo kohereza izindi mpuguke 3 zo gucukumbura ukuri ku byaha byakorewe mu Burundi kuva muri Mata 2015. [ad id=”44145″] Iyi myigaragambyo ikaba yahamagajwe nyuma y’aho minisitiri ushinzwe uburenganzira bwa […]

Imirimo yo kubika ku buryo bw’ikoranabuhanga inyandiko za Gacaca irarimbanyije

Nyuma y’uko Inkiko Gacaca zisoje imirimo yazo mu 2012, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) yahawe inshingano zo kubika neza inyandiko z’izo nkiko. Ku bwa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, izo nyandiko zifite akamaro gakomeye: zizatuma amateka atibagirana kugira ngo n’abazaba batuye u Rwanda n’isi ejo hazaza bazamenye uko Jenoside yakorewe Abatutsi yagenze, zirafasha mu […]

USA: Abimukira bari kwinjira mu bwinshi batanguranwa nuko Trump atangira imirimo ye

Inzego za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikurikirana ibibazo by’impunzi n’abimukira bihanganye n’abimukira bari kwinjira muri iki gihugu ku bwinshi mu buryo bunyuranyije n’amategeko batanguranwa n’uko perezida Donald Trump atangira akazi ke. [ad id=”44145″] Izi nzego ziratangaza ko aba bimukira bari gutanguranwakugirango mu kwezi kwa mbere babe baramaze kugera ku butaka bwa Leta Zunze Ubumwe […]

Imiryango yigenga ikomeje gusaba leta kugenera udukingirizo abanyeshuri

Abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye ni bamwe mu bakomeje kugarukwaho mu batwara inda zitateganyijwe ku bwinshi ahanini bitewe no kudasobanukirwa ubuzima bw’imyororokere abandi bakabiterwa no kubura udukingirizo hafi yabo tubafasha mu gihe bananiwe kwihangana n’ubundi buryo bwo kuboneza urubyaro. Nubwo leta yashyizeho gahunda zitandukanye zo guhangana n’icyorezo cya virusi itera SIDA hashyirwaho udukiyosike dutangirwamo udukingirizo […]

Putin yatumye umukinnyi wa filimi Steven Seagal afata ubwenegihugu bw'u Burusiya

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya kuri uyu wa Gatanu, yashyikirije umukinnyi wa filimi w’Umunyamerika, Steven Seagal, passport y’u Burusiya mu rwego rwo kugaragaza umubano mwiza ukomeje hagati y’aba bagabo nubwo ibihugu byabo birebana ay’ingwe. [ad id=”44145″] Steven Seagal ni umwe mu bakinnyi ba filimi n’abakina imikino itandukanye bafashe ubwenegihugu bw’u Burusiya barimo Umukinnyi wa filimi […]

Birangiye Nahimana Thomas na bagenzi be bikubuye basubira aho bari baturutse

Padiri Thomas Nahimana na bagenzi bayoboye ishyaka Ishema, bari bafashe urugendo rugana i Rwanda bagera muri Kenya bakabura ibyangombwa bibemerera kurugeramo, birangiye bikubuye basubira aho bari baturutse. Aganira na BBC, Nahimana yatangaje ko bafashe umwanzuro wo kuva ku kibuga cy’indege cya Jommo Kenyatta, i Nayirobi bagasubira mu bihugu bavuyemo ku bw’inyugu z’igihugu cya Kenya. [ad […]

Fidele Castro, umubyeyi w’impinduramatwara muri Cuba yitabye Imana ku myaka 90

Fidele Castro, Umubyeyi w’Impinduramatwara muri Cuba yitabye Imana kuri Uyu wa gatandatu, itariki 26 Ugushyingo 2016 ku myaka 90 y’amavuko nk’uko aya makuru amaze kwemezwa na televiziyo y’iki gihugu. [ad id=”44145″] Fidele Castro yategetse Cuba nk’igihugu gitegekwa n’ishyaka rimwe hafi igice cy’ikinyejana mbere yo guha ubutegetsi umuvandimwe we, Raul Castro mu 2008. Abamushyigikiye bamushimiraga kuba […]

“Ndi Umunyarwanda” izafasha kumvikanisha “ndi Umunyafurika” muri Muhanga

Abaturage bo mu Karere ko Muhanga baravuga ko gusobanukirwa na gahunda ya ndi umunyarwanda bizoroshya kumvikanisha gahunda ya “ndi umunyafurika” (Panafrikanism). [ad id=”44145″] Gahunda ya Panafricanism cyangwa se “Ndi umunyafurika”, iteganywa n’inama y’abakuru b’ibihugu bya Afurika ikaba ifite intumbero kugera mu mwaka wa 2060, aho bitenyijwe ko Afurika yazaba ifite impirimbanyi ziharanira ukwishyirahamwe k’umugabane wose. […]

Musanze: Abagore batatu bafatanwe magendu n’ ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Musanze ku wa 23 Ugushyingo yafatanye abagore batatu magendu n’inzoga zitemewe mu Rwanda. [ad id=”44145″] Abafashwe ni Diane Uwineza, Solange Nyiramagaju na Chantal Nyiranzira. Bafatiwe mu murenge wa Musanze bafite amacupa 291 y’amavuta y’ubwoko butandukanye akoreshwa mu guteka, ibibiriti 1700 n’amapaki 264 y’inzoga z’amoko atandukanye zitemewe kunyobwa no gucuruzwa […]

Indirimbo “Ndabizi Neza” iyoboye izindi kuri DVD Mahoro Isaac agiye kumurika

Mahoro Isaac wo mu itorero ry’Abadiventisite b’umunsi wa karindwi agiye kumurika umuzingo wa mbere w’indirimbo z’amashusho n’umuzingo wa kabiri w’indirimbo z’amajwi mu gitaramo azafashwamo n’amakorari, amatsinda y’abaririmbyi ndetse n’abahanzi ku giti cyabo bose bo mu itorero ry’Abadiventiste. [ad id=”44145″] Iyi mizingo ibiri izashyirwa ahagaragara kuri uyu wa 10 Ukuboza 2016 mu gitaramo kizabera i Nyamata […]

K8 Kavuyo yashyize ahagaragara video ya Ndaguprefera irimo ababyinnyi batangaje

Umuraperi w’umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, K8 Kavuyo, yashyize ahagaragara video y’indirimbo ye nshya aherutse gushyira hanze yitwa Ndaguprefera ifite umwihariko w’ababyinnyi b’abakobwa tutari dusanzwe tubona muri video z’aba bahanzi nyarwanda babarizwa muri Amerika. [ad id=”44145″] Umuraperi K8 ubusanzwe amazina ye akaba ari Muhire Williams, ni umwe bahanzi bagize ihuriro […]

U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu kwizihiza Umunsi Nyafurika w’Inganda

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Ugushyingo u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu mu kwizihiza Umunsi Nyafurika w’Inganda 2016 ufite insanganyamatsiko mu Cyongereza igira iti: Financing Industrialization: Challenges & Winning Strategies , ugenekereje mu Kinyarwanda akaba ari: ” Imbogamizi mu kubonera igishoro imishinga y’inganda n’ingamba zo kuzikemura “. [ad id=”44145”] Abitabiriye uyu munsi wizihijwe ku bufatanye […]

Inkongi idasanzwe yaciye ibintu muri Israel kwa Netanyahu (AMAFOTO)

Igihugu cya Israel kiri mu bihe bidasanzwe nyuma y’aho inkongi y’umuriro idasanzwe yibasiye icyo gihugu guhera ku wa 24 Ugushyingo 2016, biravugwa ko abantu barenga ibihumbi 50 bo mu gace ka Haifa gaherereye mu majyaruguru y’igihugu cya Israel bagomba kwimurwa. Kugeza ubu ubwo ibikorwa bw’ubutabazi bikomeje, nta makuru y’ababa basize ubuzima muri iki kiza, icyakora […]

Dore urutonde rw’abasirikare 9 b’abarundi birukanwe muri Centrafrica

Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi, ni uko abasirikare bashyika ku 9 b’abarundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrica birukanwe bazira ibyaha bashinjwa bakoreye mu Burundi mbere yo kujyayo. Nkuko bitangazwa na Matthew Russell Lee, ushinzwe itangazamakuru mu ngabo za loni ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri iki gihugu (MINUSCA), kuri uyu wa Kane […]

Museveni arasanga we na bagenzi be baragambaniye Libya

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yongeye kwibasira ibihugu by’ibihangange cyane cyane Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (E.U) avuga ko nta mpamvu byari bifite yo gutera Libya na Irak ashimangira ko ingaruka z’ibi ari ubwiyongere bw’ikibazo cy’abimukira cyugarije u Burayi. [ad id=”44145″] Perezida Museveni yavuze ko bitari bikwiriye kandi ari amakosa kuba […]

Amavubi yigiye imbere ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA

Ku rutonde ngaruka kwezi rw’ Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, ikipe y’igihugu cy’u Rwanda yigiye imbere nyuma y’uko umukino yaherukaga gukina yanganyije na Ghana igitego kimwe kuri kimwe mu mukino wabaye ku wa 03 Nzeri 2016 [ad id=”44145″] U Rwanda rwari ruri ku mwanya wa 107 ku isi na 27 muri Adurika, Urutonde rwashyizwe ahagaragara […]

Ku myaka 25, yabyaye rimwe arashaka umusore bakunda (Fungura ubone nimero ze)

1.Mukomere Bakunzibeza, Ndumumama Wumwanumwe Mfite Imyaka 25 Ndinzobe Narize Ntakibazo Kdi Mfite Ukombayeho Nibeshejeho Kdi Ndiyubashye Nkeneye Umugabo Cyangwa Umusore Utarengeje 35ans Unyereka Urukundo Wemera Kuntetesha Ndabikunda Kandi Wiyubashye Warangije Kwiga Kamenuza Kdi Ukora Nkamutetesha Kamukunda Kuburyo Twibagirwa Agahinda Twahuye Nabyo Ibindi Mpamagara Tuvugane Tel O722475628 Sinkina Nkeneye Udakina Nurukundo. [ad id=”44145″] 2.Undi nawe aragira […]

Abasirikare b’urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 3)

Iki ni igice cya Gatatu cy’abasirikare bo muri aka karere u Rwanda ruherereyemo bapfuye mu buryo budasobanutse, ni nyuma y’iminsi mike igice cya mbere n’icya kabiri nabyo bitambutse kuri uru rubuga Bwiza.com. Kuri iyi nshuro turibaza, ese Col Jean Bikomagu wayoboye igihe kirekire igisirikare cy’u Burundi yaba yarishwe na nde, ese yiciwe iki? [ad id=”44145″] […]

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CNLG yitabiriye inama ya A.U. ku burenganzira bwa muntu

Guhera kuwa 23 kugeza kuwa 26 Ugushyingo 2016, Arusha muri Tanzaniya, harabera inama yo mu rwego rwo hejuru yateguwe n’Ubumwe bw’Afurika (Union Africaine), ikaba yibanda ku burenganzira bwa muntu. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean DamascĂšne yarayitabiriye ku butumire bwa “African Court on Human and Peoples’Rights”. [ad id=”44145″] Ubumwe bw’Afurika […]

Uganda: Imirwano hagati y’abashinzwe umutekano n’abitwaje intwaro yaguyemo byibuze abantu 8

Urusaku rw’amasasu ruremereye rwumvikanye mu ijoro ryakeye mu bice bya Rwenzori mu gihugu cya Uganda umutwe w’ingabo kabuhariwe wahanganaga n’abantu bitwaje ibirwanisho abantu batari bacye bakahasiga ubuzima. Biravugwa ko byibuze abantu 8 byemejwe ko bapfuye nubwo ngo imibare ishobora kwiyongera. [ad id=”44145″] Abayobozi muri guverinoma ntibabashije kuboneka ngo bagire icyo bavuga kuri iyi mirwano, gusa […]

Menya impamvu Abanyafurika badakunda gukora ingendo z’indege

Ikigo gishinzwe iby’ikoranabuhanga mu ngendo z’indege ku isi cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragasa impamvu nyamukuru ituma abatuye ku mugabane w’Afurika batajya bitabira kugenda mu ndege. [ad id=”44145″] Ikigo cya Global travel technology provider, kibinyujije ku rubuga rwacyo rwa interineti (www.Sabre.com), cyatangaje ko Abanyafurika bafite impamvu zumvikana zibatera kudasurana mu bihugu bitandukanye ariko ko izi mpamvu zizagabanuka […]

Polisi irasaba Abanyarwanda gukoresha neza imirongo y’ubutabazi aho kuyikiniraho

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gitsura Ubuziranenge n’imirimo ifitiye igihugu akamaro(RURA), Minisiteri y’Ubuzima n’Ibigo by’itumanaho mu gukangurira abaturage kureka gukoresha nabi imirongo bahamagaraho basaba ubufasha cyangwa ubutabazi. [ad id=”44145″] Ubu bukangurambaga buje nyuma y’aho ibigo byinshi byinubira imikoreshereze y’iyi mirongo ku bashinzwe kugena uko ikoreshwa aho ikomeje gukoreshwa nabi , ibi bigateza umubyigano ku […]

U Burundi ntibukozwa gukorana n’impuguke nshya za Loni zagenwe gucukumbura ukuri ku bihabera

Minisitiri ushinzwe uburenganzira bwa muntu mu nshingano ze mu Burundi yatangaje ko leta y’iki gihugu itazakorana n’itsinda ry’impuguke ziherutse kugenwa n’Umuryango w’Abibumbye ngo bajye gucukumbura ukuri ku byaha bikomeye byakozwe mu Burundi kuva muri Mata 2015. [ad id=”44145″] Minisitiri Martin Nivyabandi yasobanuye ko izo mpuguke nta kintu na kimwe gishya zizazana kuko zije zikurikira izindi […]

Nahimana Thomas ushaka kuba perezida mu Rwanda yaraye ku ntebe muri Kenya- REBA AMAFOTO

Mu gihe Nahimana Thomas yagombaga gusesekara ku butaka bw’u Rwanda ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 23 Ugushyingo 2016, bikarangira aheze muri Kenya, amafoto akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ko we n’abo bari kumwe baraye mu ntebe ku kibuga cy’indege i Nairobi. Nyuma yo gusanga batemerewe kugera mu Rwanda ubwo bari bamaze […]

Kuwa 03 Mutarama 2017 hazamenyekana bidasubirwaho aho Kigeli V Ndahindurwa azatabarizwa

Nyuma y’aho abagize umuryango w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa bananiriwe kumvikana ku hantu umugogo we uzatabarizwa, urukiko rwo muri Leta ya Virginia muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ni rwo ruzafata icyemezo cy’aho umugogo w’umwami Kigeli V Ndahindurwa uzatabarizwa. Icyo cyemezo kamarampaka gishobora gufatwa kuwa 03 Mutarama 2017. [ad id=”44145″] Ni nyuma y’uko hagaragaye ubwumvikane buke mu […]

Uganda: Abana 31 bamaze gupfa nyuma y’ifungwa rya Makerere

Minisiteri y’Ubuzima mu gihugu cya Uganda yatangaje ko abana 31 ari bo bamaze kugwa mu bitaro bya Mulango kuva ku itariki ya 01 Ugushyingo 2016 ubwo Perezida Museveni yafungaga kaminuza ya Makerere iherereye mu murwa mukuru, [ad id=”44145″] Ibi byatangajwe n’umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’Ubuzima ushinzwe imirimo rusange mu gihugu cya Uganda, Sarah Opendi […]

Tanzaniya: Imbeba zagabanyije ubwinshi bw’abipimisha igituntu

Abahanga batandukanye barimo abaganga mu gihugu cya Tazaniya bemeje ko inyamaswa y’Imbeba ishobora kwifashishwa mu gupima abarwayi barwaye indwara y’igituntu kandi ikabikora mu gihe gito cyane. [ad id=”44145″] Aba bashakashatsi batangaje ko imbeba imwe ishobora gupima abarwayi 100 ikoresheje kwihumuriza amacandwe yabo mu minota makumyabiri gusa ikaba itanze ibisubizo mu gihe uburyo busanzwe bwafataga igihe […]

APR FC isezerewe itarenze umutaru muri Brassaville

Ikipe ya APR FC yari imaze iminsi mu irushanwa yatumiwemo mu gihugu cya Congo Brazzaville isezerewe muri iri rushanwa itabashije gutsinda umukino n’umwe muri ibiri yakinnye . Uretse kunganya nabwo igatsindirwa kuri penalite, iyi kipe ntakindi gikomeye yabashije gukora muri Brazzaville aho yari imaze iminsi igera ku cyumweru. [ad id=”44145″] Mu mukino wabanje APR FC […]

Miss Mutesi Jolly aciye agahigo mu guhagararira u Rwanda kure mu bwiza

Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2016, Miss Rwanda, Mutesi Jolly arerekeza muri Amerika aho agiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa afatwa nk’ayambere mu bwiza ku isi. Miss Mutesi azahagararira u Rwanda mu marushanwa ya “Miss World 2016” ahatanirwa n’abakobwa bo ku isi kugirango harebwe uhiga abandi mu bwiza ku isi. [ad id=”44145″] Mu kiganiro Miss […]

Icyo Miss Colombe atangaza nyuma y’impaka k’ubwambure bwe mu marushanwa y’ubwiza

Nyuma y’impaka ndende n’ ibitekerezo bitandukanye ku mafoto y’uwahoze ari nyampinga w’u Rwanda mu 2014; Akiwacu Colombe agaragaza imiterere ye mu mwambaro umenyereweho koganwa uzwi nka ‘Bikini’; Colombe aravuga ko nta gihunga afite cyangwa ikindi kibazo ku myambarire yagaragayemo mu irushanwa rya Miss Suprenational. Ni mu gihe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki […]

Steven Gerrard yahagaritse gukina umupira

Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2016 nibwo uwahoze ari Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza na Liverpool yatangaje ko ahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’umukinnyi wabigize umwuga. Gerrard ahagaritse gikina afite imyaka 36, yakiniye amakipe atandukanye harimo nka Liverpool yo mu murwa mukuru w’Ubwongereza aho akomoka yakiniye imyaka 17, Gerrard yabaye Kapiteni wa Liverpool mu gihe cy’imyaka 12 […]

Ese Padiri Nahimana Thomas ariyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda ari hanze?

Mu gihe mu Rwanda hategerejwe amatora y’umukuru w’igihugu umwaka utaha wa 2017, abanyapolitiki b’Abanyarwanda barimo Twagiramungu Faustin, Nahimana Thomas bavugaga ko biteguye kuza mu Rwanda guhangana na Perezida Kagame muri ayo matora. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ugushyingo 2016, nibwo Abanyamakuru bo mu Rwanda bari bategerereje ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kanombe i […]

Gareth Southgate yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza

Nyuma y’aho Sam Alladyce asezeye igitaraganya ku mirimo yo gutoza ikipe y’igihugu y’ubwongereza y’umupira w’amaguru; igahabwa mu buryo bw’agateganyo Gareth Southgate wari usanzwe atoza ikipe y’abato; yamaze kwemezwa nk’umutoza mukuru akaba azatangazwa ku mugaragaro mu ntangiriro z’icyumweru gitaha. Aya makuru atangajwe nyuma y’aho kuwa mbere w’iki cyumweru, Southgate yagiranye ikiganiro n’ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu […]

Hatangiye imyiteguro ku munsi mukuru w’intwari z’igihugu uzaba umwaka utaha

Tariki ya 01 Gashyantare buri mwaka, u Rwanda rwizihizwa umunsi mukuru w’intwari z’igihugu, ukaba umwanya wo kuzirikana ibikorwa by’ikirenga Intwari zakoze, no gushishikariza Abanyarwanda bose cyane cyane urubyiruko kugera ikirenge mu cy’Intwari z’Igihugu. Imyiteguro y’Umunsi Mukuru w’Intwari z’Igihugu 2017 ikaba yatangijwe n’inama yahuje Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe n’inzego zitandukanye zigira uruhare muri […]

Ngoma: Nzabonimana yarashwe n’umupolisi arapfa

Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2016, Nzabonimana Jean de Dieu wari ufite imyaka 21 y’ubukuru ukomoka mu Karere ka Ngoma yishwe n’isasu yarashwe n’umupolisi ubwo yageragezaga kumurwanya nyuma y’uko yari yafatanywe mudasobwa 7 yibye mu rwunge rw’amashuri ya Gahima [ad id=”44145″] Nzobonimana bivugwa ko yari asanzwe ari umujuru yagiye ufungwa na polisi y’u Rwanda mu […]

Menya icyo Kiliziya isabwa kugirango ihabwe imbabazi

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yashyize ahagaragara itangazo rishimira intambwe yatewe na Kiliziya Gatulika mu gusabira imbabazi bamwe mu bari abihaye Imana bayo bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi gusa iyi minisiteri yanenze imiterere y’izi mbabazi zasabwe Ibintu bigera kuri bitatu nibyo bigaragara mu itangazo rya MINALOC nk’inkomyi mu isaba imbabazi rya Kiliziya Gatulika mu Rwanda ku […]

‘Nk’uko nta muntu uri hejuru y’amategeko; ni na ko nta wemerewe kwihanira’ -ACP Theos Badege

  Mu gihe hari bamwe mu baturage bakigaragaza umuco wo kwihanira mu gihe hari abo bakekaho ibyaha bitandukanye n’andi makimbirane, polisi y’u Rwanda irakangurira abaturage ko kwihanira nacyo ubwacyo ari icyaha gihanirwa n’amategeko kuko cyongera ibibazo aho kubikemura. Ubusanzwe Inkiko ni zo zihamya umuntu icyaha. Ni na zo kandi zifite ububasha bwo kumuha igihano igihe […]

Ni iki kizahuza abacururiza mu mujyi wa Kigali n’ubuyobozi bwawo?

Bamwe mu bacuruzi bacururizaga mu mujyi wa Kigali baravuga ko bimwe mu byemezo ubuyobozi bubafatira bibabuza epfo na ruguru ku buryo kugira icyo ukorera muri Kigali bisa nk’ibyahariwe abakire gusa. Ibi aba bacuruzi babitangaje nyuma y’aho ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwafashe icyemezo cyo kwirukana abacururizaga ku mabaraza (ku miryango y’amazu) yo mu mujyi, [ad id=”44145″] […]

Burundi: Col. Dushimagize ushinjwa gushaka gukora ubwicanyi yajyanywe muri gereza nkuru

Col. DieudonnĂ© Dushimagize, umusirikare w’u Burundi yavanwe aho yari afungiye ajyanwa muri gereza nkuru ya Mpimba kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Ugushingo 2016. Uyu musirikare mbere yo kujyanwa muri gereza ya Mpimba avanwe muri gereza y’urwego rushinzwe iperereza, yabanje kugezwa imbere y’ubushinjacyaha bwa Bujumbura. Mu cyumweru gishize nibwo Col. DieudonnĂ© Dushimagize yatawe muri […]