Umusore yafashwe na se ubwo yasambanaga na nyina
Ibi byabereye mu nkengero z’umugi wa LomĂ© muri Togo, aho umugabo yashatse kumenya ukuri mu gihe hari amakuru yamugeragaho ko umuhungu we yaba asambana n’umugore we akanaba nyina w’uwo musore basambanaga. Mu gitondo cyo ku wa 11 Kanama, ahagana saa kumi n’ebyiri za mugitondo nibwo habayeho aya mahano, umugabo akaba yaraguye gitumo uwo musore na […]
Abadepite bo muri Uganda bacucuriwe muri Afurika y’Epfo
Abadepite bo muri Uganda mu ijoro ryakeye basesekaye ku Kibuga cy’indege cya Entebbe imbokoboko nyuma y’aho baterewe n’abajura bitwaje intwaro muri Afurika y’Epfo bakabacucura. Amakuru aravuga ko aba bagizi ba nabi babibye na za passports zabo ndetse n’ibindi bintu byabo. Umwe muri aba badepite byavuzwe ko yibiwe mu bujura bwabereye kuri KariBou-Inn Guest House iherereye […]
Ibintu 10 byafasha umuryango kubaho neza mu munezero
Uretse no kuba Imana ikunda umuryango, abagize umuryango (umugabo,umugore n’abana) hari ibyo baba bagombwa kugirango umuryango ubeho neza, ukure kandi unatere imbere uzira urwango rushingiye ku makimbirane. Ibyo bintu 10 ni ibi bikurikira: 1.Ukuri mu muryango: Mu gihe hagaragara amacenga cyangwa amanyanga y’umugabo,umugore cyangwa se umwana atabasha kubwira ababyeyi ukuri, umugore ahora abeshya umugabo cyangwa […]
Ikibazo cy’ubujura bw’amatungo muri Gatsibo cyarahagurukiwe
Ikibazo cy’ubujura bw’amatungo nicyo cyagairiweho mu nama yahuje Guverineri w’intara y’iburasirazuba Uwamariya Odette n’abaturage batuye iyi ntara hagamijwe gukaza umutekano. Iyi nama yabereye mu Mudugudu wa Kageyo, Akagari ka Gitoki, Umurenge wa Gatsibo, Akarere ka Gatsibo baganira ingamba zafatwa mu kwirindira umutekano wabo n’ibyabo. Iyi nama kandi yari yitabiriwe n’inzego z’umutekano harimo n’umuyobozi wa polisi […]
Diamond Platnumz yitangarije ko umugore we Zari ari umunyeshyari
Icyamamare Diamond Platnumz, nyuma yo kujarajara mu bagore nyuma akaza guhitamo kwihebera Zari Hussein, yitangarije ko uyu mugore we ari umunyeshyari riziguye kuko ngo iyo arigize ahita abigaragaza ntabihishe ngo nyuma aze kubivugira mu matamatama. Ibi yabitangaje ubwo yagiranaga ikiganiro na E!VIP Tv, aho yavuze ko uyu mugore arangwa n’ishyari by’umwihariko igihe yasohoye amashusho yiganjemo […]
Cibitoke: Ubuyobozi bwaciye filimi zisobanuye mu Kinyarwanda zizwi nk’Udusobanuye
Amakuru aturuka mu Burundi kuri ubu aravuga ko ubuyobozi bwa Komini Rugombo mu Ntara ya Cibitoke bwafashe icyemezo cyo gufunga amazu yerekanirwamo filimi. Ibi ngo bikaba biri mu rwego rwo guca filimi zisobanuwe mu Kinyarwanda zizwi nk’ “Udusobanuye”. Abakoraga ubu bucuruzi bwo kwerekana filimi ariko baravuga ko ibi bitari ubutabera kuko ngo imirimo yabo ntaho […]
CNLG irashima kuba Loni yamaganye amagambo apfobya jenoside yatangajwe na CNDD-FDD
Nyuma y’amagambo apfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda aherutse gutangazwa n’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, akaza kwamaganwa n’Umuryango w’Abibumbye, Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside nayo yayamaganye yivuye inyuma. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi Komisiyo Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko kuba Umuryango w’Abibumbye wafashe intambwe ya mbere yo gutangaza aho uhagaze kuri iri tangazo ry’u […]
Thierry Henry yagizwe umutoza wungirije w’ikipe y’igihugu y’Ububiligi
Amakuru yatangiye gucicikana mu bitangazamakuru bitandukanye aravuga ko Thierry Henry wahoze akinira ikipe ya Arsenal yagizwe umutoza wungirije w’ikipe y’igihugu y’Ububiligi. Uyu musore utari usanzwe afite uburambe mu gutoza amakipe, agizwe umutoza muri iyi kipe nyuma yo kunugwanugwa ko ashobora kuba umwe mu bazunganira Arsene Wenger muri Arsnal ariko bikaba birangiye agiye mu Bubiligi. Roberto […]
Amafoto agaragaza uko Dr Riek Machar yavanwe muri Congo ajya muri Sudani yashyizwe ahagaragara
Uwahoze ari visi perezida wa Sudani y’Epfo, Dr. Riek Machar ari kwivuza igikomere giteye ubwoba yagize ku kirenge nyuma yo kumara iminsi 40 mu mashyamba ya Congo ahunga igihugu cye. Amafoto yashyizwe ahagaragara Chimpreports dukesha iyi nkuru yabashije kubona, agaragaza Machar avanwa muri aya mashyamba yegereye umupaka wa Congo na Sudani y’Epfo n’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye. […]
Dore ibyiza byo gusohokana n’umukunzi wawe ari kumwe n’inshuti ze
Uko isi igenda itera imbere ni nako abantu bahindura imibereho, imyumvire n´imitekerereze itandukanye n’iyo hambere ugasanga bihinduye byinshi. Turebeye hamwe ibijyanye n’urukundo, hari byinshi usanga abasore n’abakobwa bakora mu rwego rwo kurubagarira bikaba byashimangira umubano wabo mu buryo busesuye. Bimwe muri ibyo birungo by’urukundo harimo kuba umusore cyangwa umukobwa yasohokana mugenzi we ariko by’umwihariko igihe […]
Hari abarokotse jenoside bagerwaho n'inkunga bagenerwa itinze cyane
Kuva tariki ya 23 kugeza ku ya 25/8/2016, abakozi ba Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside bane bari mu Turere twa Rutsiro na Ngororero two mu Ntara y’Iburasirazuba. Ni mu rwego rwo kumenya ibibazo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bafite kugira ngo bakorerwe ubuvugizi. Imwe mu nshingano za Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside nu ugukorera ubuvugizi abarokotse. […]
Kirehe: Abamotari bafatanye mugenzi wabo ibiro 10 by'urumogi
Ku italiki ya 23 Kanama, abamotari bo mu Karere ka Kirehe, bifatiye umwe muri bo , bamufatanye ibiro 10 by’urumogi. Habumugisha Emmanuel niwe wafashwe na bagenzi be bakorera mu murenge wa Nyamugari, bakaba baramukurikiye bamufatira mu mudugudu Kanyabihara, akagari ka Gatarama ho mu murenge wa Kigina. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police […]
Abanyeshuri baturutse muri kaminuza 40 bari kuganira uruhare rwabo mu ntego z’iterambere
Abanyeshuri baturutse muri kaminuza 40 zo mu bihugu bitandukanye bateraniye muri kaminuza y’u Rwanda mu biruhuko by’iki byateguwe n’umuryango uhuza kaminuza zo mu bihugu bikoresha icyongereza n’abongereza (ACU). Iyi gahunda ifite inzanganyamatsiko igira iti “intego z’iterambere rirambye SDGs, ni uruhe ruhare rwa za kaminuza?”. Terri Jacques, umuyobozi ushinze gutanga ubufasha ku bashaka kwiga muri kaminuza […]
Burundi: Imirima ya Perezida Nkurunziza yatwitswe irashya irakongoka
Amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi ni uko abaturage batazwi bo muri komini Muyinga baraye batwitse imirima ya Perezida Nkurunziza irashya irakongoka. Iyi mirima ngo ikaba yari ihinzemo inanasi, urutoki n’ibindi, iyo mirima ikaba yarahingishijwe na Nkurunziza nk’uko n’ubundi ari umutungu we bwite utari uwa Leta. Iyo mirima iherereye muri Zone Murama hafi y’umupaka y’u […]
Umupolisikazi yirasiye mu bwiherero ahita apfa
Muri Kenya umupolisikazi wari ufite ipeti rya Corporal wabarizwaga mu bari bashinzwe umutekano ku kibuga cy’indege cyitiriwe kenyata yirashe ahita apfa umurambo we bawusanga mu bwiherero. Gaudencia Mwausi usanzwe ashinzwe umutekano kuri Jumo Kenyatta international airport muri Nairobi, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki 24 Kanama 2016, nibwo hamenyekanye amakuri ko yirashe agapfa, […]
U Rwanda ruzasangiza ibindi bihugu gahunda ya Girinka
Inama n’imurika mpuzamahanga ku bikomoka ku mata bizabera i Kigali, uzaba umwanya mwiza w’igihugu wo kwereka abazitabira uruhare rwa gahunda ya Girinka nk’agashya ibindi bihugu byakwigira ku Rwanda nkuko byatangajwe na Jean Claude Kayisinga, umunyamabanga wa leta uhoraho muri minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi asobanura ibijyanye n’iri murika mpuzamahanga. Iyi nama iteganyijwe tariki 31 z’uku kwezi ikazabera […]
Ese kuba Perezida w’u Burundi yarapfanye na Habyarimana, byaba impamvu yo gushotora u Rwanda?
Nyuma yuko ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi CNDD-FDD ritangaje tariki 16 z’uku kwezi amagambo yo gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994, benshi bakomeje kwibaza icyo bwaba bugamije bupfobya aya maketa. Igihugu cy’u Burundi cyagiye kirangwa n’ingengabitekerezo yo gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi, buvuga ko u Rwanda rutakoze iperereza ku mpanuka y’indege yaguyemo uwahoze abuyobora, […]
Perezida Nkurunziza yongeye kugirira ikizere Gen Maj Silas Ntigurirwa
Perezida Pierre Nkurunziza yongeye kugarurira ikizere Gen Major Ntigurirwa Silas wayoboraga ingabo zishinzwe kubungabunga amahoro muri Somaliya, amugira umunyamabanga mukuru w’urwego rushinzwe umutekano w’u Burundi. Ntigurirwa yashyikirijwe ubu bushobozi kuri uyu wa gatatu taliki 24 Kanama 2016 hakurikijwe itegeko ry’umukuru w’igihugu nimero 100/191 ryo kuwa 23 Kanama 2016, aho kugeza ubu yatangiye imirimo ye. Uyu […]
Umukobwa abangamiwe na ba nyiri urugo batera akabariro yumva nawe akabishaka
Mungire inama, mba kwa musaza wanjye tuba mu nzu y’ibyumba 3 na salon, rwose ni inzu nini igaragara ariko icyumba ndyamamo kegeranyo n’icya ba nyiri urugo. Ikimbangamira rero, tugera mu masaha ya saa tanu z’ijoro no mu rukerera bagatangira umukino, akarongora umugore we nanjye mbyumva, uko baniha, utwo bavuga bashimishanya,…ibyo rero bigatuma nanjye ndara nigaragura, […]
Kigali:Ikibazo cyo kubura amazi kibangamiye Abaturage bo mu murenge wa Kanombe
Abaturage bo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe, Akagali ka Rubirizi, Umudugudu w’ i Tunda baratakamba bavuga ko hari igihe bamara ibyumweru 3 badafite amazi by’umwihariko bakaba basaba ubuvugizi ngo nabo babone amazi nk’abandi batuye mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro kirambuye, Bwiza.com yagiranye n’ aba baturage ubwo yabasuraga bavuze ko bavoma ibirohwa kandi […]
Urutonde rw’abaperezida 11 b’Afurika n’imikino bakunda
Imikino itandukanye bimenyerewe ko rubanda rusanzwe ari rwo ruyitabira rukagaragaza n’amarangamutima, nyamara hari n’abayobozi b’ibihugu by’Afurika bakunda iyo mikino bakanabigaragaza ndetse bamwe bakanategura amarushanwa ahuza ibihugu bitanduka. Igitangazamakuru Jeune Afrique mu bushakashatsi bwacyo cyashyize ahagaragara cyakoze urutonde rw’aba bakuru b’ibihugu n’imikino bakunze kwibandaho. Paul Kagame Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, ni umwe mu bakuru b’ibihugu […]
Bujumbura: Umusore yafashwe na polisi ahita yikata umuhogo
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Kanama 2016, nibwo mu mujyi wa Bujumbura umucuruzi wa telefone zakoze yagerageje kwiyahura ari mu maboko ya polisi, akaba yarafashe urwembe agahita yikata umuhogo. Uyu mugabo yikase umuhogo akoresheje urwembe nyuma yuko yari amaze gufatwa na polisi mu gihe yari igiye kumujyana kumufunga, gusa bigakekwa […]
Imyanya 25 y'akazi mu bitaro bya Byumba (Hopital de Byumba)- itariki ntarengwa 31/08/2016
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @bwiza.com
Hakozwe igerageza ku ikoranabuhanga rizerekana ikigero cy’ubukene mu baturage
Mu gihe ubusanzwe iyo hapimwa ikigereranyo cy’ubukene cyangwa ubukire ku isi hifashishwaga ibarura risesuye, ubu noneho ngo hakozwe satelite izajya yifashishwa mu kwerekana ikigero cy’ubukene kiganje mu baturage. Itsinda ry’abashakashatsi bo muri kaminuza ya Stanford muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ryakoze porogaramu ikoresha ikoranabuhanga rya satelite mu kwerekana ikigero cy’ubukene n’imibereho y’abaturage. Iyi porogaramu izajya […]
Museveni azitabira inama iziga ku ishoramari izabera i Kigali
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yamaze kwemeza kuzitabira inama nyafurika ku ishoramari (GTAIS) ku bufatanye na COMESA, iteganyijwe kuzabera mu mujyi wa Kigaki mu kwezi gutaha. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na TGAIS-COMESA Rwanda rivuga ko Museveni yemeje ko azitabira iyi nama ku ishoramari izabera i kigari tariki 5-6 Nzeri uyu mwaka. Perezida Museveni yagaragaje […]
Urupfu rwa Col. Elias Byinshi wo muri FARDC rukomeje guteza urujijo
Amakuru agera kuri Bwiza.com aturuka mu Mujyi wa Bukavu avuga ko Colonel Elias Byinshi yishwe arashwe mu ijoro ryo ku italiki ya 20 Kanama 2016, yishwe na bagenzi be bakoranye mu ngabo za Congo-Kinshasa (FARDC). Aya makuru akomeza avuga ko uyu musirikare mukuru yaba yarazize ibyaha by’ ubwicanyi byabereye i Mutarure muri 2014. Agace ka […]
Christopher ngo ashobora kuba yaravuye muri kina music ahunga ko bamukama
Amakuru agera ku bitangazamakuru bitandukanye n’ubusesenguzi bwabyo, avuga ko umuhanzi Muneza Christopher ashobora kuba yaravuye muri Kina music ahunze nyirayo Clement yanga ko amubyaza umusaruro urenze urenze uwo nawe abakuramo. Mu gihe hibazwaga impamvu uyu muhanzi yavuye muri iyi nzu itunganya umuziki, abasesenguzi bavuga ko bitewe n’urwego uyu musore yari amaze kugeraho ngo bishoboke ko […]
Kanombe :Ubujura buciye icyuho buravuza ubuhuha
Abaturage batuye mu Murengewa Kanombe, Akagali ka Ruribi mu Mudugudu w’ Abarezi baratabaza bavuga ko bamaze iminsi bibasirwa n’ abajura bagenda bitwikira ijoro. Umwe mu baturage batuye mu Mudugudu w’ Abarezi aganira na Bwiza.com, yatangaje ko mu ijoro ryo ku wa Kabiri taliki ya 22 Kanama 2016, abajura bacukuye inzu y’ umuturage biba televiziyo yo […]
Igihe gito cyo kwimenyereza ku biga ubucyerarugendo n’amahoteli bizamura abanyamahanga
Umusaruro mwiza ku kigo runaka uturuka ku buhanga, umuhate no kwitanga by’abakozi. Ariko inzego za Leta n’iz’abikorera zihuriza ku kibazo cy’uko benshi mu basoza amasomo muri iki gihe badashoboye guhangana ku isoko ry’umurimo mu Rwanda no mu karere kuko ibyo biga bidahagije ugereranyije n’ibyo baba bagiye gukora. Ubwo bagezwagaho raporo ya Komisiyo y’Iterambere ry’imari n’ubukungu […]
Nyuma yo gupfusha umugore uwahoze ayobora Kenya arabarizwa mu bitaro muri Afurika y’Epfo
Uwahoze ari perezida wa Kenya, Mwai Kibaki, yakuwe mu bitaro bya Nairobi yari yajyanywemo nyuma yo gufatwa n’uburwayi mu mpera z’iki cyumweru dushoje, ajyanwa mu bitaro byo mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Africanews iravuga ko yavanywe muri Kenya mu ijoro ryo kuwa Gatandatu nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru ryo muri Kenya, ariko rikaba […]
Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko umukobwa urambagiza ntacyo yamarira urugo
Nkuko bizwi neza ko iyo umusore ashaka gushinga urugo abanza kwitegereza aagashishoza ashaka uwo bazabana akaramata,iyo rero asanze uwo mukobwa yujuje ibisabwa ngo abe yamushyira mu rugo ahera ko abishyira mu bikorwa. Igihe rero ashidikanya ko ataba umugore ubereye urugo, dore ibimenyetso bizabimugaragaraza: 1.Kuba imbata yo gukunda ibintu(Umutungo) Bene uyu mukobwa ahora atekereza amafaranga, kurya […]
Abaganga b’inzobere 60 boherejwe kuvura mu bitaro byo mu turere
Aba boherejwe bari bamaze imyaka 4 bigishwa, aba banyarwanda 60 bashoje amashuri yabo mu ishami ry’ubuganga boherejwe mu bitaro byo mu gihugu bakaba bararangije mu kuvura indwara zisanzwe ndetse no kubaga bikazafasha ibitaro by’uturere byari bimaze igihe bifite ibibazo by’inzobere. Izi nzobere zoherejwe mu bitaro bya Kibungo, Rwamagana, Muhima, Kinihira, nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa Minisiteri […]
Abayobozi bafitiye imyenda Sacco basabwe kuyishyura
Abayobozi bafitiye imyenda ibigo by’imari basabwe kwihutisha kuyishyura nk’uko byavugiwe mu nama yahuje Banki Nkuru y’Igihugu n’abayobozi mu nzego z’ibanze, Abayobozi b’ibigo by’imari na za Sacco mu Ntara y’Iburasirazuba mu cyumweru gishize, hagamijwe kwigira hamwe uko ibigo na servisi by’imari byarushaho kwegerezwa abaturage ariko n’imicungire yabyo ikanozwa. Nyakubahwa Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Madamu Uwamariya Odette, yongeye […]
Polisi yatabaye umugore wagerageje kwiyahura abanje kwiyambura imyenda yose-AMAFOTO
Polisi ya New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatabaye umugore utatangajwe amazina ye, ubwo yiyahuraga abanje gukuramo imyenda yose. Ibi byabaye mu mpera z’icyumweru gishije aho uyu mugore yaciye mu idirishya ryo mu igorofa ya gatanu, gusa ku bw’amahirwe Polisi imufata ataragera hasi ngo yononnekare cyangwa ngo apfe. Polisi ikimara kumufata ngo atagera […]
Imbonerakure muri gahunda yo kuza mu Rwanda kwifatira abarwanya Leta bahahungiye
Urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD-FDD rwatangaje ko rushaka gukurikirana abatavugarumwe n’iri shyaka aho bahungiye mu Rwanda bakabica bakanabahamba mu gihugu bahungiyemo, ibi bakaba barabitangaje mu myigaragambyo yabereye mu majyaruguru y’u Burundi mu ntara ya Cibitoki. Radiyo RPA itangaza ko mu myigaragambyo y’izi Mbonerakure, zajyendaga ziririmba ko zishaka guharanira ubusugire bw’ishyaka ryabo ndetse ko bazayobora kugeza […]
RDC: Umutwe mushya witwaje intwaro uzanye amatwara yo gushaka gucamo Congo ibice bibiri
Nyuma y’aho amakuru atandukanye akomeje kuvuga ko ingendo perezida Kabila aherutse gukorera muri Uganda no mu Rwanda zari mu rwego rwo gusaba bagenzi be kumufasha guhangana n’igitutu akomeje kwotswa asabwa kuzarekura ubutegetsi nyuma y’iyi manda ye ya nyuma, umutwe wa IFUCD uravuga ko niyibeshya nta kabuza intwaro zizuburwa agakurwa ku butegetsi ndetse Congo ikagabanywamo ibihugu […]
Kuki ubwamamare butera abahanzi kwiyandarika?-JP Runyurana
Inyigo zitandukanye zagiye zikorwa ku buzima n’ imibereho rusange y’ ibyamamare cyane cyane b’ abanyamuzika zigaragaza ko babaho mu buzima bw’ amaraha ndetse n’ abandi ntibashake cyangwa bagashaka benshi. Ibi rero nibyo byaranze ikiganiro kirambuye twagiranye n’ umuhanzi w’ inararibonye Jean Pierre Runyurana kuri uyu wa Mbere taliki 22 Kanama 2016. Ahanini twibanze ku mpamvu […]
Abafaransa babiri bakoreraga ONG biciwe muri Madagascar
Abafaransa babiri bakoreraga umuryango utegamiye kuri leta uharanira kubungabunga ibidukikije biciwe mu gihugu cya Madagascar nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, mu itangazo yashyize ahagaragara kuri iki Cyumweru mu masaha akuze, yavuze ko aba bafaransa biciwe mu karwa gato kitwa Sainte Marie kari ku nkombe yo mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Madascar. Radio Rfi […]
Isura nyayo ya Perezida Pierre Nkurunziza wigeze gukatirwa urwo gupfa
Kuva Perezida w’ u Burundi, Pierre Nkurunziza yanga ibiganiro by’ amahoro n’ abanyapolitiki avuga ko bashatse kumuhirika ku butegetsi, Minani Jeremie yifuje kugenzura niba koko Nkurunziza ari umunyamahoro agendeye ku bikorwa by’ ubugizi bwa nabi yagiye ayobora. Pierre Nkurunziza ngo yagiye ayobora ubwicanyi bugereranywa na jenoside Ubwicanyi bw’ i Bugendana Ku italiki ya 23 Nyakanga […]
Umugore yasabwe na Pasiteri ko basambana kugirango amubatize
Pasiteri akaba n’umushumba Chinhoyi, w’imyaka 28, arashinjwa kuba yagiye kubatiza umugore usengera mu idini rye akabanza kumusaba ko basambana nk’ikimenyetso cyo guhanagurwaho ibyaha. Uyu mugabo usanzwe ufite umugore, akomoka muri Afurika y’Epfo akomeje gushinjwa n’abagore basengera mu idini rye ko yitwaza inshingano afite z’ubushumba agashaka kubasambanya. Umwe muri abo bagore yatanze ubuhamya bw’uko uyu muhanuzi […]
Impunzi zigiye guhabwa rondereza zizagabanya 80% by’ibicanwa
Nyuma yo kubona ikibazo cy’ibicanwa mu nkambi z’impunzi zigiye kugezwaho rondereza zazafasha kugabanya 80% by’ibicanwa byakoreshwaga n’izi mpunzi. Izi rondereza zakozwe kubusabe bwa Minisiteri y’impunzi no kurwanya Ibiza zikorwa n’ikigo cya IPRC ya Kigali. Ingabire Veneranda ushinzwe imishinga muri Minisiteri y’impunzi no kurwanya ibiza yatangaje ko izi rondereza zatwaye amafaranga miriyari n’igice mu gihe cy’imyaka […]
Dore inama uwacikirije amashuri yakurikiza akigobotora ubukene
Benshi mu bacikirije amashuri hari igihe batekereza ko ubuzima bwabo burangiye, nyamara ntibamenye ibanga ryabaganisha ku gukirigita ifanga mu gihe bakuye amaboko mu mifuka. 1.Umuntu wese wacikishirije amashuri bitewe n’impamvu runaka zitamuturutseho , ni byiza ko yayoboka ishuri ryigisha ubumenyi ngiro nka kimwe mu buryo bumufasha kwihangira umurimo cyangwa akaba yahabwa akazi ku buryo bworoshye. […]
Canada /Winnipeg: Umunyarwanda wakinaga umukino wo gusigana n’ amaguru yapfuye arohamye
Jean Baptiste Ajua, Umunyarwanda wari uherutse kubona ubwenegihugu bwa Canada, yarohamye ubwo yari ari koga mu mujyi wa Winnipeg. Roger Habimana, mukuru w’uwo musore wapfuye afite imyaka 22 y’ amavuko yavuze ko ku wa Gatandatu ubwo bari basohotse muri Korali yabo yitiriwe mutagatifu Kizito, Ajua yinjiye mu mazi ari kumwe n’inshuti ze. Ngo nyakwigendera yagerageje […]
Miliyari 1001,3 niyo RRA yinjije muri 2015-2016 mu gihe yateganyaga 903
Kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Kanama 2016, hizihijwe umunsi w’Abasora ku rwego rw’igihugu ku nshuro ya 14, aho ikigamijwe kuri uyu munsi ari ukugaragaza ibyagezweho mu gukusanya amahoro ndetse no gushimira abasoreshwa b’intangarugero. Uyu munsi wateguwe ku bufatanye bwa RRA, abikorera, intara n’abandi. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka ikaba ari: “Kwibwiriza gusora inkingi yo kwigira” . […]
Ku mugaragaro , CNDD-FDD yatangiye gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda
Ishyaka rya Perezida Pierre Nkurunziza riri ku butegetsi mu Burundi ryatangiye gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka w’ I 1994 ku mugaragaro. Iyi ntero ipfobya jenoside yatangiye kuba kimomo mu mpera z’ iki cyumweru kirangiye nyuma y’ aho Perezida Pierre Nkurunziza atunga agatoki Paul Kagame avuga ko afite umugambi wo guhungabanya umutekano w’ […]
Ese hari perezida ushobora kuzatera ikirenge mu cy’uwahoze ayobora Uruguay ?
Perezida wari ukwiriye kubera abandi icyitegererezo ku Isi yitwa Jose MUJICA wahoze uyobora kuva mu 2010 kugeza mu 2015 igihugu cya Urguay, giherereye muri Amerika y’amajyepfo. Ubushakashatsi bwerekanye ko ari we mu perezida wa mbere w’ umukene ku isi, kuba umukene si uko yabuze amafaranga ahubwo ni ukubera urukundo rwinshi yakundaga abaturage be. Mujica yahembwaga […]
Police FC yasinyishije Mico wakiniraga AS Kigali
Mu rwego rwo kongera imbaraga mu gutaha izamu, Police Football Club yasinyishije Justin Mico wakiniraga AS Kigali, ibi bikaba bibaye mbere y’uko Shampiyona itangira. Mico ufite imyaka 21 y’amavuko yatangiriye ruhago mu Ikipe y’Isonga. Abaye umukinnyi wa munani Police FC iguze muri iyi Shampiyona . Ku wa gatandatu tariki 20 Kanama ni bwo yasinye kuyikinira […]
Umugambi wo gusigarana igisirikare kigizwe n’ubwoko bumwe mu Burundi
Mu gihe hari amakuru amaze iminsi acicikana avuga ko hari abasirikare bafatwa bagafungwa abandi bakaburirwa irengero, rimwe na rimwe bakazabonwa bishwe, kuri ubu bikomeje kuvugwa ko haba hari umugambi wo gusigarana igisirikare cy’ubwoko bumwe (mono-ethnique) buri ku butegetsi. Nk’uko bitangazwa na RPA, ngo ibi bitangazwa kubera ibigaragara mu gisirikare aho imibare y’abasirikare bakomoka mu bwoko […]
Bugesera: Polisi yasobanuriye abamotari ibishobora kubakururira impanuka
Abatwara abagenzi kuri moto bagera kuri 300 bakorera uyu mwuga mu karere ka Bugesera biyemeje kugira uruhare mu kubungabunga umutekano wo mu muhanda birinda icyatuma bakora cyangwa bateza impanuka by’umwihariko banasobanurirwa ibishobora kuzibakururira. Ibi aba bakora uyu mwuga barimo abibumbiye muri Union des Cooperatives des Taxi-Motos de Bugesera (COTAMOBU), Icyizere na Icyerekezo-Ruhuha babyiyemeje ku itariki […]
Ubwongereza kwakuriyeho Visa igihugu cy' u Rwanda
Ubwo yari Mu Kanama gahuza abarebwa Na Dipolomasi y’Ubwongereza n’Amahanga ,uyu munsi Madame Thereza May yatangaje ko hagendewe ku bipimo byari byateganijwe u Rwanda rwaje Ku mwanya Wa 3 n’amanota 81% , Africa y’Epfo ikaza kumwanya Wa 2 n’amanota 84% naho Ibirwa bya Philippines bikaza ku mwanya Wa 1 n’impuzandengo y’amanota 92% maze rutsindira aya […]
Neymar yitangarije ko adakeneye kwitwa kapiteni w’ikipe ya Brezil
Neymar, umusore w’imyaka 24 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Brazil ubu akaba akinira ikipe FC barcelonne yo muri Espagne yateye urujijo abatari bake bibabaza impamvu yatangaje ko ataba kapiteni w’ikipe y’igihugu akomokamo (Brezil). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri mikoro za TV Globo, Neymar yatangaje ibyo ariko ntiyatangaza impamvu imubuza kuba yahagararira ikipe y’igihugu cye cy’amavuko. Yagize ati: […]
Haracyibazwa ahazaza h’abana Abanyarwandakazi babyaranye n’abanyamahanga bakabata
Hakomeje kwibazwa ahazaza h’abana Abanyarwandakazi babyaranye n’Abashinwa bakorera mu Rwanda bivugwa ko baheruka batera inda batongeye gucibwa iryera. Muri Kamena 2014, nibwo Abanyarwandakazi 8 bakiri bato bishyize hamwe bajya ahaberaga ibikorwa by’ubwubatsi bw’umuhanda bagiye gusaba umuyobozi waho kubafasha gukemura ibibazo bafite byo kubonana n’abo banyamahanga babateye inda. Bivugwa ko abakozi bateye inda aba bagore bakoreraga […]
Burundi: Hatowe imirambo 2 y’abantu bishwe baboshye
Mu gihe bikomeje kuvugwa ko umutekano ukigerwa ku mashyi mu gihugu cy’u Burundi, kuri ubu mu gace ka Gifurwe muri Komini Mbanda hatoraguwe umurambo w’abantu babiri bishwe baboheye inyuma. Nk’uko byatangajwe n’umuryango SOS/Burundi kuri iki cyumweru tariki ya 21 Kanama 2016, ngo aba bantu bishwe imyirondoro yabo ntabwo iramenyekana gusa bakaba ari abasore bari mu […]
Muhanga: Ingo 900 zikoresha amashanyarazi akomoka ku mirasire y'izuba
Ubwo hatangizwaga imurikagurisha by’ibikomoka ku mirasire y’izuba ry’iminsi ibiri, Umuyobozi mukuru w’umuryango w’iterambere w’abaholandi NSABIMANA Elie atangaza ko mu Karere ka Muhanga, ingo zigera kuri 900 ari zo zikoresha amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba. Mu ijambo rye Umuyobozi mukuru wa SNV NSABIMANA Elie, yagarutse ku kamaro ko gukoresha amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba kuko bituma […]
Umukozi wa KK Security arahigwa bukware nyuma yo gucikana akayabo
Umukozi w’ikigo cy’umutekano akomeje guhigirwa hasi kubura hejuru nyuma yo gucikana amadovize afite agaciro ka miliyoni 25 z’amashilingi ya Kenya, yari atwaye ubwo yaburiraga ku Kibuga cy’indege Jomo Kenyatta i Nairobi. Uyu mukozi yavaga ahitwa Nyali muri Mombasa agana I Nairobi mu ndege, afite amafaranga y’amanyamahanga, akaba yaragombaga kuyajyana kuri Trust Bank ubwo yaburirwaga irengero […]
Umukobwa w’imyaka 22 ushaka umukunzi
Muraho neza mwese mbanje kubasuhuza nibwo ngeze hano nkeneye kugerageza amahirwe hano! ndi umwana w’ umukobwa ufite imyaka 22 ndi muremure 1 na70 ndi nzobe bitari cyaneeeee ndabyibushye cyanee cyaneee hasi mfite ibiro75 narize ndajyiriza mu wa 3 trocome mu rugo ni Gisenyi none nkaba nkeneye umukunzi muremure 1na85 akaba ari imibiri yombi byaba byiza […]
Centrafrica: Perezida Touadera arashima ingabo z’u Rwanda ziri mu gihugu cye
Perezida wa Centrafrica, Faustin Archange Touadera, yashimiye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cye, ku bw’uruhare rwazo mu iterambere ryacyo. Ibi akaba yabitangaje ubwo yatangizaga kuri uyu wa Gatandatu, Umunsi w’Igiti muri Centrafrica. Umunsi w’Igiti wizihijwe kuri uyu wa 20 Kanama 2016, i Bangui, mu murwa mukuru wa Centrafrica, ahari […]
Ese Gén. Evariste Ndabaneze niwe uzavuga uwishe Gen Adolphe Nshimiyimana ko abandi banumye?
Mu matora y’ishyaka CNDD FDD yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Kanama, yarangiye GĂ©neral Evariste Ndabaneze agizwe umunyamabanga mukuru w’ishyaka, biba yari amaze iminsi mike asezeye mu gisirikare ndetse anabyemererwa na Perezida. Ugusezera mu gisirikare cy’u Burundi ndetse akanabyemererwa n’umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza, bigaragara mu itegeko ry’umukuru w’igihugu nomero 100/157 ryo kuwa 18 […]
RDC: Batandatu bakorana na ADF bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare
Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatandatu rwatangiye kuburanisha abantu bagera muri 215 bo mu mutwe w’inyeshyamba ushinjwa kwica abasivili muri Beni ho mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu. Abantu batandatu bafite ubwenegihugu butandukanye bakorana n’umutwe wa ADF (Allied Democratic Forces) bagejejwe imbere y’urukiko kuri uyu wa gatandatu, bashinjwaga kugira uruhare […]
RDC: CENI yamaze gutangaza ko amatora ya perezida atakibaye muri uyu mwaka
Komisiyo y’igihugu y’amatora muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (CENI), kuri uyu wa Gatandatu yahishuye ko nta matora ya perezida azaba muri uyu mwaka nk’uko byari biteganyijwe ahubwo azaba muri Nyakanga umwaka utaha wa 2017. Iyi komisiyo y’amatora yigenga ikaba yasobanuye ko impamvu ari uko amafaranga yo kuzakoresha ataraboneka ndetse ngo hakaba haranabaye gutinda mu […]