Kansiime Anne yahishuye impamvu yasambanye rimwe ntiyongere
Mu minsi ishije nibwo umunyarwenya Kansiime Anne yavuze umunsi yakoreyeho bwa Mbere imibonano mpuzabitsina, ariko ntiyavuga impamvu atongeye kubikora, kuri ubu akaba avuga ko atongeye bitewe no kutanyurwa. Nyuma yo kuvuga ko mu bwangavu bwe atigeze yishora mu busambanyi,akaza kubikora inshuro imwe ubwo yari ageze mu mwaka wa 2 wa kaminuza, ngo kubura ubusigi bwe […]
Perezida Magufuli azifatanya n’Abanyarwanda kwibuka jenoside ku nshuro ya 22
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania ategerejwe i Kigali mu Rwanda kuri uyu wa 06 Mata aho azaba aje mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. KTPress dukesha iyi nkuru iravuga ko yamenye ko perezida Magufuri kuri uyu wa Gatatu azaba ari mu Rwanda, aho uruzinduko rwe ngo ruzatangira afungura ku mugaragaro Umupaka wahujwe wa Rusumo uhuza […]
Kayonza: Ikigo Women's Opportunity centre inkingi mukuzamura umugore
Abagore bishyize hamwe bubatse inzu y’umuwihariko yo kuzamura imibereho yabo bishingiye mu gukora imyuga itandukanye y’ubukorikori. Akarere ka Kayonza ni kamwe mudufite umwihariko mu gufasha abagore aho muri aka Karere hagaragara ibikorwa by’ingeri z’itandukanye bikorwa n’abagore by’umwihariko hakaba hari inzu yitiriwe abagore yubatswe ku nkunga ya Women for Women (Women’s Opportunity centre) kuko ikorerwamo ibikorwa […]
U Rwanda rurasaba Ethiopia gufungura ambasade i Kigali
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, ari mu gihugu cya Ethiopia aho yitabiriye inama ya ba minisitiri ba A.U igiye kwiga ku kijyanye n’amatora y’abagize komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe harimo ugomba gusimbura Nkosazana Dlamini Zuma. Mbere y’iyi nama ariko yabanje kwakirwa na mugenzi we wa Ethiopia, Dr Tedro Adhanom baganira ku mubano w’ibihugu […]
Amerika yarekuye imfungwa 2 zari zifungiye Guantanamo
Leta zunze Ubumwe z’Amerika zarekuye imfungwa 2 zikomoka mu gihugu cya Libya zari zifungiwe muri gereza ya Guantanamo ho mu gihugu cya Cuba. Abo bagabo bahoze mu batavuga rumwe n’uwahoze ari perezida wa Libya Muammar Kadafi. Abo bagabo babiri bitwa Omar Khalif Mohammed Abu Baker ndetse na Salem Abdu Salam Ghereby, bari bamaze imyaka 14 […]
Iperereza: Kabila, Kadhafi, Mubaraka na Putin bamwe mu banyereje imisoro y’ibihugu byabo
Ibinyamakuru BBC, The Guardian n’ishyirahamwe ry’abanyamakuru bacukumbura amakuru bashyize ahagaragara urutonderw’abaperezida n’abandi bantu bakomeye banyereje imitungo y’igihugu babifashijwemo n’ikigo cy’abanya Panama cya Mossak Fonseka Uru rutonde rwakozwe n’ibi bigo by’itangazamakuru byifashishije miliyoni 11 zashyizwe hanze zivuye mu kigo cya Panama gishinzwe kuburanira abantu mu mategeko “Mossak Foseka”, kimwe mu bigo bikomeye ku isi bikorera mu […]
Impamvu 3 zitera abantu batandukanye kubeshya
Isi igendera ku kinyoma kuko Satani ari we se w’ibinyoma byose. Mu by’ukuri iyo umuntu ari umunyabinyoma murumva uwo aba akorera, ikibabaje n’abakristo benshi barabeshya utuntu duto duto nta n’inyungu turi bubazanire. Urugero: Kuri telephone, kubeshya abana, mu kazi wakererewe ugasinya ko wahageze kare, abacuruzi bakijijwe bakakubesha ayo baranguye atari byo, abana babeshya ababyeyi babo, […]
Mu ishusho ya Kadahumeka, Donald Trump yagerereranyijwe n’umwenge w’ikibuno
Umunyarwenya, Chelsea Handler abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yandagaje Donald Trump wiyamamariza kuba Perezida wa USA amugereranya n’umwenge w’ikibuno. Uyu mukobwa w’imyaka 41 y’amavuko yagaragaje ifoto ye yambaye ubusa inyuma ku mugongo yanditseho amagambo agira ati: “ Trump ni umwenge w’ikibuno .” Ibi yabikoze yerekana ko ntacyo ashoboye kandi ko ibyo akora byose arushywa […]
Burundi: Umugaba mukuru w’ingabo z’u Burundi aremeza ko nta mwuka mubi uri mu ngabo
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Burundi, Gen. Major Prime Niyongabo, yagiranye ikiraganiro kirambuye n’ikinyamakuru Iwacu cyo mu Burundi kimubaza ibibazo bitandukanye bivugwa mu gisirikare cy’u Burundi, harimo kuba mu gisirikare hari umwuka utari mwiza, kuba hari abasirikare batoroka igisirikare bakajya kwifatanya n’imitwe irwanya ubutegetsi n’ibindi maze agira byinshi asobanura birimo guhakana ko nta mwuka utari mwiza […]
Amahirwe ku bifuza kuba aba TVpresenters b’umwuga
Nyuma y’igihe kitari kinini mu Rwanda hatangijwe amatelevision yigenga, ni nako imirimo ishingiye kuri za Television ndetse n’ibindi bijyanye nabyo igenda yiyongera. Kuri ubu rero ikigo cy’inzobere mu by’imikorere ya Television, Big Concept Management Ltd kibinyujije mu ishami ryacyo rya Ahupa TV Training Academy cyageneye amahugurwa abantu bifuza kuba ba TV Presenters b’umwuga. Amakuru aturuka […]
RDC: Taragiti za FDLR zatumye abaturage benshi ba Lubero bata ibyabo
Abaturage batuye mu biturage bya Kasiki, Miriki, Buleusa na Luofu muri Teritwari ya Lubero ho muri Kivu y’Amajyaruguru guhera ku Cyumweru tariki 03 Mata bari guta ingo zabo batinya umutwe wa FDLR muri ibi bice. Aba baturage batashywe n’ubwoba bashinja inyeshyamba z’uyu mutwe kuba zarakwije impapuro zizwi nka taragiti zivuga ko zigiye kwivugana bamwe muri […]
Karongi: Ibendera ryari ryibwe ryabonetse
Ku munsi w’ejo kuwa mbere tariki ya 04 Werurwe 2016 mu murenge wa Rubengera mu kagari ka Kibirizi hibwe ibendera ariko nyuma y’amasaha make ryongera kuboneka rikuwe mu guhuru aho ryari ritabye. Ibendera ryibwe ni iryari rizamuye ku biro bya Sacco Rubengera mu kagari ka Kibirizi. Rikaba ryabuze mu masaha ya saa yine z’ijoro ubwo […]
Perezida Kagame asanga ubwiyunge hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa butari hafi aha
Mu kiganiro kihariye perezida w’u Rwanda aherutse kugirana na Jeune Afrique yasubije ibibazo byinshi bitandukanye yabajijwe ku mubano w’u Rwanda n’ibihugu nk’u Burundi, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’u Bufaransa, avuga kuri perezida Obama, avuga ku kibazo cya za manda z’uzamusimbura ndetse no ku bivugwa ko mu Rwanda nta batavuga rumwe n’ubutegetsi bahaba. Ku […]
Burundi: Urupfu rwa Jean Baptiste Bagaza wabaye Perezida rwanyomojwe
Mu gihe amakuru yari akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Jean Baptiste Bagaze wabaye Perezida w’u Burundi yitabye Imana, Leta y’u Burundi irayanyomoza ivuga ko agihumeka umwuka w’abazima. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Willy Nyamitwe, Umuvugizi wa Perezida w’u Burundi niwe wanyomoje aya makuru akaba avuga ko Bagaza yavuye mu bitaro nk’uko nawe […]
Abapolisi b’u Rwanda bahawe inshingano zo kurinda Minisitiri w’intebe wa Centrafrique
Nyuma y’aho Simplice Sarandji abereye Minisitiri w’intebe wa Centrafrique, ubu Abapolisi b’u Rwanda bagiye kubungabunga amahoro muri iki gihugu nibo bahawe inshingano zo kumucungira umutekano. Itsinda ry’abapolisi 140 b’u Rwanda rishinzwe kurinda abayobozi baba ab’umuryango w’abibumbye bari muri icyo gihugu ndetse n’abayobozi bakuru ba Centrafrique, baherutse koherezwa muri iki gihugu bafite izi nshingano, bakaba aribo […]
Chorale Horeb yegukanye irushanwa rya nimuze twubake-Amafoto
irushanwa rya nimuze twubake(Kugaruka k’urukundo rwa mbere) rihuza amakora yo muri ADEPR ururembo rw’umujyi wa Kigali ryageze kumusozo ryegukanwa na Chorale Horeb yo ku Kimihurura . Ku nshuro yayo ya kabiri amarushanwa yari amaze amezi agera kuri 2 ahuje amakorali yo mu itorero ry’ADEPR ururembo rw’umujyi wa Kigali yageze k’umusozo aho Korali yambere yabaye Horeb […]
Burundi: Guverinoma yemeye ko umurambo wa Bihozagara ucyurwa mu Rwanda
Nyuma y’uko yari yashyize amananiza ku muryango wa nyakwigendera Jacques Bihozagara wifuzaga umurambo we ngo uwuzane mu Rwanda abe ariho azashyingurwa, guverinoma y’u Burundi imaze kwemera ko umurambo ucyurwa. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa ambasaderi w’u Rwanda mu Burundi, Rugira Amandin, ngo guverinoma y’u Burundi yemeye ibinyujije mu nyandiko ko umurambo wa Jacques […]
Uganda: Abasirikare babiri baguye mu mirwano yabahuje n’abarinzi b’umwami
Abasirikare babiri ba Uganda, umwe mu barinzi b’ubwami bwa Rwenzururu ndetse n’umutwazi wa boda boda baguye mu mirwano yabaye hagati y’ingabo z’igihugu ndetse n’abarinzi b’ibwami ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru. Ubwo ikinyamakuru The New Vision cyakoraga iyi nkuru ngo cyari kitaramenya uwatangije iyi mirwano, ariko ababyiboneye bavuze ko abasirikare bari barimo gutambuka ubwo umurinzi […]
Guhera muri Nyakanga imisoro ku myenda ya caguwa irazamurwa – Minisitiri w'Intebe
Kuri uyu wa 04 Mata 2016 Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, ikiganiro ku bijyanye n’inganda mu Rwanda ariko by’umwihariko inganda zikora imyenda n’izitunganya impu n’ibizikomokaho. Urwego rw’inganda mu Rwanda rugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu. U Rwanda rero rurifuza kuruteza imbere ngo rukomeze kugira uruhare mu guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda. […]
Umwe mu bayobozi b'inyeshyamba za FDLR yafatiwe muri Uganda
Igipolisi cya Uganda kiravuga ko muri iyi weekend ishize cyataye muri yombi umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa FDLR, ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kimufatiye I Kampala. Nk’uko bitangazwa n’umuvugizi w’igipolisi, Fred Enanga, uyu muyobozi w’inyeshyamba ngo witwa Major Barrack Anan yafatiwe kuri station ya polisi yo muri kampala yak era […]
Ubuhamya: Umusore yatangiye gupfubura (gusambana) afite imyaka 10
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 30 y’amavuko ntifuje ko yamenyekana mu itangazamakuru, yatangarije ko afite ikibazo gikomeye cyo kuba imbata yo gupfubura abagore bakuru none gufata icyemezo nk’abandi basore, yumva biri kure nk’izuba. Atangira gutanga ubu buhamya yagaragaje ikiniga gikomeye mu kuvuga ubuhamya bwe na cyane ko yacishamo agaceceka umwanya utari muto. Uko byatangiye Avuga […]
U Rwanda rwakajije ubugenzuzi ku mupaka warwo na Congo
U Rwanda rwakajije ubugenzuzi ku mipaka yarwo by’umwihariko ku mupaka warwo na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Minisitiri w’ubuzima w’u Rwanda avuga ko biri mu rwego rwo kurinda abaturage barwo indwara 3 zihangayikishije muri iyi minsi harimo indwara y’Umuriro w’Igikatu imeze nabi muri Angola, igihugu gituranye na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Guverinoma y’u Rwanda […]
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutajya mu ntambara y’amagambo n’u Burundi
Ni mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Francois Soudan , umuyobozi w’ikinyamakuru Jeune Afrique, mu byo baganiriye bagarutse ku kibazo cy’u Burundi ndetse no kuri FDLR,… ari naho yaboneye kwibutsa ko FDLR irwanirira uruhande rwa Nkurunziza by’umwihariko ko u Rwanda rutajya kurwana intambara y’amagambo n’u Burundi. Yavuze ko ibibazo by’u Burundi byatewe n’Abarundi ubwabo ko […]
Nyuma yo gukuramo inda, Wema Sepetu yagaragaye asomana n’umusore utari Idrissa Sultan
Mu gihe Wema Sepetu yari akiri mu gahinda yatewe no kuvamo kw’inda yari atwite y’impanga, inda yari yatewe na Idrissa Sultan, kuri ubu urukundo rwabo rwajemo agatotsi nyuma y’uko uyu mukobwa ashyizwe ku Karubanda asomana n’undi musore. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru mpekuzi cyo muri Tanzaniya, ngo Sultan yatangaje ko aretse Wema agakundana nabo ashaka nyuma yo […]
Urupfu rwa Lt Col Darius Ikurakure ngo rwaba rufitanye isano n’urwa Lt Gen Adolphe Nshimiyimana
Ku wa kabiri tariki ya 22 Werurwe 2016, nibwo Lt Col Darius Ikurakure wari usanzwe uyobora ikigo cya gisirikare cya Muzinda yiciwe muri Etat Majoro bitangazwa ko yishwe n’umusirikare ukomoka mu bwoko butandukanye n’ubwe ndetse binatuma hicwa mugenzi we ( Major Didier Muhimpundu ) byitwa kwihorera, nyuma y’ibyo, itohoza ryakozwe rigaragaza ko yishwe nk’urwa Gen […]
Police FC yatsinze AS Kigali
​Police FC ikomeje kwiyongerera amahirwe aganisha ku gikombe cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda Azam National Premier Ligue ku nsinzi y’igitego kimwe ku busa mu mukino wayihuje na AS Kigali kuri sitade ya Kicukiro kuri iki cyumweru. Rutahizamu Usengimana Danny niwe watsinze icyo gitego rukumbi ku munota wa 65 cyabonetse muri uwo mukino, ubwo myugariro […]
Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba insinga zijyana umuriro mu ruganda rw’Amazi ya Huye
Polisi ikorera mu karere ka Huye ifunze abagabo batatu bakekwaho guca no kwiba insinga z’amashanyarazi zica mu butaka zajyanaga umuriro mu ruganda rw’Amazi ya Huye ruri mu murenge wa Ngoma. Mu ijoro ryo ku italiki ya mbere Mata, abitwa Nzamurambaho Felicien na Sibomana Vedaste bacukuye izi nsinga zijyana umuriro mu ruganda ziwuvana ku muyoboro munini. […]
Ibuka France yasabye Charlie Hebdo gusaba imbabazi bitarenze kuwa 07 Mata
Umuryango Ibuka France ugizwe n’abarokotse n’abagizweho ingaruka na Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 wandikiye ibaruwa ifunguye ikinyamakuru Charlie Hebdo ikigaragariza agahinda n’intimba watewe na numero yacyo y’1236 yo kuwa 30 Werurwe 2016 yagaragayemo inkuru yafashwe nko gushinyagurira umuhanzi Stromae ufite inkomoko mu Rwanda aho bamugaragaje bamushushanyije aririmba indirimbo Papa oĂ Âą t’es (Papa Urihe?) […]
Lubumbashi: Bahangayikishijwe n’ingabo n’ibitwaro bya rutura bikomeje kuharundwa
Mu gihe habura amezi abarirwa ku ntoki ngo amatora ya perezida muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo abe, abaturage batuye Lubumbashi bahangayikishijwe n’ubwinshi bw’ingabo, ziherekejwe n’ibitwaro bya rutura birimo ibimodoka by’imitamenwa bya chars, zikomeje kwiyongera muri uyu mujyi. Ibi bintu bikomeje gucickana ku mbuga nkoranyambaga abaturage baravuga ko byatangiye mu yahoze ari Intara ya Katanga […]
Ingabo za Tanzania muri Monusco zirashinjwa ihohotera rishingiye ku gitsina
Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu Burasirazuba bwa Congo (Monusco) kuri uyu wa Gatanu ushize bwavuze ko bwakiriye ibirego bishinja ingabo za Tanzania ihohotera rishingiye ku gitsina zakoreye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Congo. Monusco mu itangazo yashyize ahagaragara ivuga ko yakiriye ibirego bishinja ingabo zayo , ibyaha byakorewe mu giturage cya Mavivi kuwa 23 […]
U Burundi bwemeye kwakira abapolisi ba Loni
U Burundi bwemeye umwanzuro w’Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye wo kohereza abapolisi mu Burundi nk’uko minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi yabyemereye Reuters dukesha iyi nkuru kuri uyu wa Gatandatu. Kuwa gatanu nibwo ibihugu 15 bigize akanama k’Umutekano ka Loni byemeje umwanzuro wari watanzwe n’u Bufaransa busaba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye kohereza abapolisi mu Burundi aho amakimbirane […]
Urutonde rw’ibyamamare 10 byagaragaye bikorera imibonano mpuzabitsina mu ruhame
Nyuma y’uko bimwe mu byamamara birangwa n’udushya twinshi harimo gushyira ubwambure bwabo ku Karubanda, hari n’abandi bagiye bagaragara bakorera imibonano mpuzabitsina mu ruhame, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru therichest. 10Drew Barrymore na Fabrizio Moretti Ibi byamamare ubwo bari mu rugendo i New York mu gihe cyo gufata akaruhoko amasaha ngo yicume, nibwo berekeje mu nzu imwe bajya […]
Abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Nyakinama bari mu rugendo shuri muri Ethiopia no muri Turukiya
Abasirikare bakuru biga ibijyanye no kuyobora abandi mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Nyakinama rizwi nka Rwanda Defence Force Command and Staff College, batangiye urugendoshuri mpuzamahanga muri Ethiopia no muri Turkiya guhera kuwa 02 Mata 2016. Uru rugendoshuri rufite insanganyamatsiko mu Cyongereza igira iti: “Maintaining State Cohesion in the Face of National Security Challenges” rugamije […]
Kubarura Ingagi zo mu birunga byatangiye mu Ukwakira 2015 bizarangira muri Kamena
Ibarura ry’Ingagi zo mu misozi y’ibirunga ryatangiye mu Ukwakira umwaka ushize rizarangira mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kamena uyu mwaka nk’uko byemezwa na madamu Anne-CĂ©line wo mu muryango utegamiye kuri leta witwa MĂ©decins des Gorilles , umufatanyabikorwa wa Gahunda Mpuzamahanga zigamije kubungabunga ingagi (Programme Internationale pour la Conservation des Gorilles)muri icyo gikorwa cyo kubarura. Anne avuga […]
Imbogo yivuganye intare y’ingabo iyicumise ihembe ry’urubavu- REBA AMAFOTO
Muri pariki yo muri Afurika y’Epfo niho iyi mirwano yabereye, ubwo intare yari iteye umukaka imbogo byatumye mugenzi wayo irakara iza kuyihorera niko kuyicumita ihembe mu rubavu. Umufotozi ukomoka mu gihugu cya Brasil, Mariangela Matarazzo yavuze ko ubwo yafotoraga yatewe ubwoba n’uburyo yabonagamo umujinya w’iyo mbogo aho ngo yasatiriye intare imwe ikayijomba ihembe mu rubavu […]
Amerika irashinja abategetsi b’u Burundi gukoresha indimi ebyiri
Uwungirije umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ibibazo by’uburenganzira bwa muntu, demokarasi n’akazi, Tom Malinowski yasabye leta y’u Burundi kureka guseta ibirenge mu biganiro bigomba kuyihuza n’abayirwanya bihagarariwe n’akarere. Malinowski kandi yagiriye inama abategetsi b’u Burundi abasaba kureka gukomeza gukoresha imvugo z’urwango ku bihugu bimwe na bimwe, kuri Kiliziya Gaturika n’abandi. Mu kiganiro […]
DIGP Marizamunda yasuye abapolisi b’u Rwanda bari muri Centrafrique
​Umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe abakozi n’imiyoborere, DIGP Juvenal Marizamunda, ku wa gatatu tariki ya 30 Werurwe yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri Centrafrique, abasaba gukomeza guhesha isura nziza u Rwanda batunganya akazi kabo neza. DIGP Marizamunda, akaba yari ari mu ntumwa zari ziyobowe na Minisitiri […]
Loni yasabye itahuka ry'abahoze muri M23 bari mu Rwanda na Uganda
Akanama ka Loni gashinzwe umutekano kasabya ibihugu u Rwanda, Uganda na Congo gufatanya bigashyira mu bikorwa gahunda yo gucyura abahoze ari abarwanyi b’umutwe M23 ubu bakiri mu buhungiro. Nk’uko bitangazwa na RFI dukesha iyi nkuru, ngo iyi gahunda ikubiye mu masezerano y’i Nairobi akubiyemo gahunda yo gucyura abahoze muri uyu mutwe M23, ubu bakaba bacumbikiwe […]
Leta y’u Burundi yanze ko umubiri wa Bihozagara uhambwa n’umuryango we
Nyuma y’aho Jacques Bihozagara yitabye Imana aguye muri gereza ya Mpimba mu gihugu cy’u Burundi, umuryango we wasabye leta y’u Burundi ko wareka uyu muryango ugashyingura umubiri we. Kuri uyu wa gatandatu leta y’u Burundi yamaze gutangaza ko itazatanga umubiri wa Jacques Bihozaga ngo ushyingurwe n’umuryango we ngo kereka habayeho amasezerano yihariye hagati y’umuryango wa […]
Leta y’u Rwanda igiye kujya ihana ababyeyi n’abayobozi bakura abana mu ishuri
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame aravuga ko leta y’u Rwanda igiye gushyiraho amategeko ahana ababyeyi batohereza abana babo mu mashuri kandi n’abayobozi barebera abana bava mu ishuri ntibagire icyo babikoraho bazabiryozwa. Ibi nibyo amaze iminsi agarukaho mu ngendo zitandukanye amaze iminsi akora. Ubwo aheruka mu karere ka Gakenke yibajije impamvu hari abana benshi […]
Karongi: Abarobyi bakanguriwe kuba abafatanyabikorwa mu kubungabunga umutekano
Abarobyi bagera kuri 80 bakorera umwuga wabo mu gice cy’amazi cy’ikiyaga cya Kivu gikora ku mirenge ya Gishyita, Rubengera, Bwishyura na Mubuga yo mu karere ka Karongi basabwe kugira uruhare mu kubungabunga umutekano w’agace k’amazi bakoreramo umwuga wabo. Babikanguriwe ku itariki 31 Werurwe mu nama bagiranye n’umwe mu bapolisi bashinzwe umutekano wo mu mazi (Police […]
Ibimenyetso bigaragaza ko urukundo rwa Zari na Diamond rushobora kuba rurimo kuyoyoka?
Icyamamare Diamond Platnumz akomeje gufata indi ntera mu muziki we ariko iby’urukundo rwe na Zari biragenda bica amarenga yo kuyoyoka nyuma y’ibimenyetso bikomeje kugaragara. Nyuma y’uko Diamond atandukanye n’uwahoze ari umukunzi we, Wema Sepetu nibwo yahise yisangira umuherwe Zari bivugwa ko yaba yaramukuruje amafaranga. Hari ibimenyetso bimaze iminsi bigaragara byerekana ko aba bombi umunsi ari […]
RDC : Ingabo za FARDC zahunze umwanzi
Hashize iminsi ibiri ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ( FARDC) zitaye ibirindiro byazo byari Ihana muri territoire ya Walikare muri Kivu ya ruguru nyuma yo kumenya amakuru y’uko hari abarwanyi Mai Mai NDC bagiye gutera aka gace. Aba basirikare bari bashinze inkambi mu gace ka Bibua — Ruvungi. Izi ngabo zikaba zaroherejwe mu […]
Ku nshuro yacyo ya 5 igitaramo Haracyari ibyiringiro kitezwemo ibihe byiza
The power of the cross yateguye igitaramo Haracyari ibyiringingiro ku inshuro yayo ya 5mu rwego rwo guhumuriza Abanyarwanda bitryo bakaba babona bizaba ari umugisha. The power of the cross n’itsinda ryishyize hamwe rigizwe n’abanyamuryango 12 bakora umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana kandi bakaba bakorera mu matorero atandukanye, kuri iki cyumweru Tariki ya 03/04/2016 nibwo […]
Umugore wa David Beckham yagaragaje uburyo agororotsemo hafi yo kwiyambika ubusa- AMAFOTO
Victoria Beckham umugore w’ icyamamare David Beckham yagaragaye mu mafoto yazamuye akaguru hafi kwambara ubusa agaragaza uburyo umubiri we ugororotse, ifoto yatumye benshi bamuvugaho byinshi bitandukanye. Uku kuzamura akaguru mu kirere, ngo uyu mugore yabikoze mu rwego rwo kugaragaza ibyishimo amaranye iminsi no kwishimira ibikorwa agezeho byo kumurika imideli. Nk’uko Dailymail ibitangaza, ngo Victoria w’imyaka […]
Mutabazi azataramana n’abandi bahanzi mu gitaramo cyo kumurika Albumu ye
“Isezerano” ni albumu nshya y’umuhanzi Mutabazi J. Claude azashyira ahagaragara ku munsi w’ejo tariki ya 3 Mata mu giterane cyatumiwemo abahanzi batandukanye barimo Maman Zulu, Safari Isaac n’abandi, bikazabera ku rusengera “IRIBA RYERA” Kimisagara. Mugutegura iki gitaramo, Mutabazi yifashishije ijambo riri muri Yesaya 26: 3 rigira riti: “Ugushikamijeho umutima, uzamurinda abe amahoro masa kuko akwiringiye”, […]
Nyuma yo gutangaza ko yaretse umuziki, Keko yongeye kugaragara aririmba
Ni muri iki Cyumweru Keko yatangaje ku mugaragaro ko aretse umuziki, ariko kuri uyu wa 31 Werurwe 2016 yatangaje benshi aho yagaragaye aririmba mu gitaramo cyo gushyira hanze albumu y’umuhanzi Brian Kenzie uzwi nka Rude Boy. Uyu muhanzikazi yavugaga ko akunda umuziki kurusha ibindi byose kuko bimufasha kunyura mu bibazo byo mu buzima bwe bwa […]
Umupolisi mpuzamahanga uzoherezwa mu Burundi azahura n’akaga
Akanama gashinzwe umutekano ka ONU karaye gatoye icyemezo cyo kohereza abapolisi bo kubungabunga amahoro mu Burundi. Iki cyifuzo kikaba cyari cyatanzwe n’igihugu cy’u Bufaransa arinacyo cyasabwe kozehereza aba bapolisi bataramenyekana umubare. Hagati aho Ambasaderi w’u Burundi muri ONU yatangaje umupolisi mpuzamahanga uzatinyuka kwinjira mu Burundi ntazihanganirwa Uyu mwanzuro wafashwe ntugaragaza neza umubare w’abapolisi bazoherezwa mu […]
Muhanga: Abamotari bahawe ubutumwa bwo gukumira ibyaha
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bagera kuri 450 bakorera mu mujyi w’akarere ka Muhanga, biyemeje kuba ijisho ry’umutekano aho bari hose, bagira uruhare mu kwicungira umutekano. Ibi abo bamotari bibumbiye muri Cooperative de Transport de VĂ©los Moteurs de Muhanga (COTRAVEMOMU) babyiyemeje ku itariki 31 Werurwe mu nama bagiranye na Polisi y’u Rwanda muri […]
Ubuhamya: Uburyo Col. Mutarambirwa yigobotoye ingabo za FDLR
Colonel Mutarambirwa Elie, yavuye imuzi ubuzima yabayemo mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), agaragaza uburyo babeshywe ko bazafashwa gutera u Rwanda akiri muri FDLR ariko yabona bitagishobotse agafata umwanzuro wamuhinduriye ubuzima. Kuri ubu Mutarambirwa uvuka mu Mujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo, mu Murenge wa Rutunga ni Komiseri muri Komisiyo yo […]
Dr Rose Mukankomeje uyobora REMA yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Dr.Rose Mukankomeje, Umuyobozi w’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, afungwa by’agateganyo iminsi 30 nyuma yo gusanga uburemere bw’ibyaha aregwa bitamwemerera kuburana ari hanze. Ubwo hatangiraga kuburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, Ubushinjacyaha bwamenyesheje Dr.Mukakomeje ko ashinjwa Ubufatanyacyaha mu kumena amabanga y’akazi, gusibanganya ibimenyetso no gusebya […]
Real Madrid irashaka kwihumura kuri Barcelone
“ El Clasico” uyu munsi tariki ya 2 Mata 2016 ni umukino utegerejwe na benshi, ukaba uri buhuze Real Madrid na Barcelone Muri make uyu mukino ntacyo uvuze cyane kubera ko ikipe ya Barcelona irusha Real amanota 10 habura imikino 8, ibi ntibiwubuza gukomera cyane ko ikipe ya Real Madrid yifuza kwihorera kuri mukeba wayo […]
Kicukiro: Basabwe gushyiraho ingamba zo kwirinda inkongi z’imiriro
Abayobozi b’amashuri, ab’amadini, ba nyiri utubare, abafite amahoteri, abafite amazu y’amacumbi, n’abafite ay’uburiro (Resitora) bo mu murenge wa Kanombe, ho mu karere ka Kicukiro basabwe gushyiraho ingamba zo kurwanya inkongi z’imiriro mu nyubako bakoreramo imirimo yabo ndetse n’izo batuyemo. Ibi babikanguriwe ku itariki 30 Werurwe mu gikorwa cyo kubahugura ku buryo bakwirinda inkongi z’imiriro,n’uko bazizimya […]
U Bubiligi bwasabye iperereza ku rupfu rwa Bihozagara no gufungura imfungwa zose za politiki
Nyuma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zababajwe n’urupfu rwa ambasaderi Yakobo Bihozagara ndetse zikanavuga ko zihangayikishijwe n’imibereho y’imfungwa mu Burundi, u Bubiligi nabwo bwatangaje akababaro bwatewe n’uru rupfu ndetse busaba ko imfungwa za politiki zose zirekurwa. Ku rukuta rwa twitter rwa minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bubiligi, minisitiri Didier Reynders yatangaje ko bababajwe […]
Miss Anita Fabiola yagaragaje ikimero mu myambaro yo kogana- REBA AMAFOTO
Anita Fabiola ukomoka muri Uganda, kuri uyu wa gatatu tariki 30 Werurwe 2016, nibwo yagaragaje ikimero ubwo yari ku mazi “Paradise Island” yambaye utwenda bogana (Bikini), amafoto ye akaba yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mukobwa wavugishije benshi amangambure nyuma yo kwigaragaza mu bisa no kwambara ubusa aho bamwe batanatinya kwemeza ko afite umukondo n’amatako akurura […]
RDC: Abasirikare 4 n’inyeshyamba 3 baguye mu mirwano yabahurije hafi ya Bukavu
Abasirikare bane ba FARDC ndetse n’inyeshyamba eshatu nibo baguye mu mirwano iherutse kubahuza mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nk’uko amakuru yagiye ahagaragara kuri uyu wa Kane avuga. Imirwano hagati y’ingabo za Congo n’inyeshyamba z’umutwe wa Raia Mutomboki yabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ushize ibera muri Teritwari ya Kabare, mu birometero nka 40 […]
Nyuma yo kwigereranya na Nelson Mandela, Kanye West agiye guhindura izina
Ni mukiganiro yagiranye na radio WGCI yo muri Chicago, yavuze ko Mandela yabaye urumuri rw’isi kandi ko buri wese amufataho ikitegererezo bityo akaba agiye guhindura izina akamwiyitirira aho kwitwa Kanye West akitwa Kanye Madiba. Mu gihe yari abajijwe uwasimbura Nelson Mandela mu bijyanye n’imiyoborere , uyu mugabo ufitanye abana 2 n’umugore we Kim Kardashian, ngo […]
Indaya yafashwe ikorana imibonano mpuzabitsina n’umusaza w’imyaka 75
Amanda Zelicoffer w’imyaka 27 y’amavuko usanzwe akora umwugaga w’uburaya yafashwe anafatwa amashusho asambana n’umusaza w’ imyaka 75 ahita ashyikirizwa Polisi mu mujyi wa Oklahoma. Iyi ndaya yafashwe n’umwe mu biyemeje umwuga wo gufata abanyabyaha hakoreshejwe Camera, akaba yatunguwe no kubona indaya iri mu mudoka n’umusaza w’imyaka 75 batera akabariro nta nkomyi. Amanda na Douglas Bransett […]
Burundi: Major Venuste Nkurikiye yari yishwe Imana ikinga ukuboko
Major Venuste Nkurikiye wungirije umuyobozi w’ikigo cya gisirikare cya Mutwenzi mu Ntara ya Kirundo yari yivuganwe n’abantu bitwaje ibirwanisho bari bamutegeye mu gace ka Bushaza, ariko Imana ikinga akaboko uwari ushinzwe kumurinda aba ari we wicwa. Biravugwa ko Major Nkurukiye yaguye mu mutego w’abantu bari bitwaje ibirwanisho mu ijoro ryo kuwa Gatatu nka saa mbiri […]
Bruxelles: Mbere yo gukorana igitaramo na Diamond, umuhanzi Seleman yasohoye indirimbo (Nikupende)
Seleman Uwihanganye nk’umuhanzi Nyarwanda ukorera umuziki mu gihugu cy’u Bubiligi, mu gihe habura amasaha make ngo akorane igitaramo n’icyamamare Diamond Platnumz guturuka muri Tanzaniya, uyu muhanzi yasohoye indirimbo Nikupende yaririmbye mu Kinyarwanda n’igiswahili. Aganira na Bwiza.com kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Mata 2016, yatangaje ko yasohoye iyi ndirimbo kugirango aze no kuyiririmba ashimisha […]