Le Rwanda veut que les citoyens enlevĂ©s par l’agence de renseignement de la RDC soient libĂ©rĂ©s

Le Rwanda a Ă©crit au gouvernement de la RD Congo pour demander la libĂ©ration de deux citoyens, qui sont dĂ©tenus au secret depuis plus de deux mois par l’Agence nationale de renseignement congolaise (ANR), selon des informations . Dans une lettre datĂ©e du 4 novembre, Vincent Biruta, le ministre des Affaires Ă©trangĂšres, a Ă©crit Ă […]
Inteko ishinga amategeko ya RDC yemeje ko M23 ari umutwe w’iterabwoba
Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2022 yemeje ko M23 ari umutwe wâiterabwoba. Ni icyemezo cyafashwe hashingiwe ku itora abagize iyi nteko bakoze, rigashyigikirwa ku buryo bukomeye, aho babiri bonyine ari bo bifashe. Ntabwo habonetse abatarishyigikiye. Iri tora ryari rishingiye ku mushinga wâitegeko ryivuga ko abahoze […]
EAC yemeje ko ‘buri gihugu’ kiyigize kizohereza ofisiye i Goma uzaba mu buyobozi bwa misiyo yayo
Umuryango wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba (EAC) watangaje ko buri gihugu kiwugize kizohereza ofisiye ku rwego rwâigisirikare i Goma, akazafatanya na komanda wâingabo zawo mu miyoborere yâubutumwa bwâamahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yahuje abakuru bâibi bihugu kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2022 ubwo bari mu Misiri, […]
Butembo: Umusirikare wa FARDC yishwe nâabaturage barakaye bamutwitse ari muzima
Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Kitimbwako, mu gace ka Rughenda mu mujyi wa Butembo, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bishe umuntu bivugwa ko ari igisambo wambaye imyenda ya gisirikare ya FARDC kandi yitwaje imbunda, mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, 8 Ugushyingo . Nkâuko bamwe mu baturage babitangaza ngo uyu bivugwa […]
Canada irashinja u Bushinwa kugerageza kwivanga mu matora yabo
Minisitiri wâIntebe wa Canada, Justin Trudeau, yashinje u Bushinwa kugerageza kwivanga mu matora yâiki gihugu. Trudeau yashinje Beijing gukina “imikino yâubushotoranyi” kuri za demokarasi no kwibasira inzego za Canada . Bije mu gihe ibitangazamakuru byaho bivuga ko iperereza ry Canada ryagaragaje “umuyoboro wihishe” wâabakandida bashyigikiwe na Beijing mu matora aherutse. Nibura abakandida 11 bari bashyigikiwe […]
Abagize inteko ishinga amategeko bemeje ko MMI iba urwego rwihariye

Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano, Emmanuel Bugingo, kuri uyu wa Kabiri yagejeje ku Nteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite raporo ku isuzumwa ry’umushinga wâitegeko rishyiraho Urwego rwa Gisirikare rw’Ubwishingizi ku Ndwara . Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yatoye itegeko rishyiraho Urwego rwa Gisirikare rw’Ubwishingizi ku Ndwara. Mu gusuzuma inyito yâumushinga wâitegeko, no guhabwa ibisobanuro birambuye, hemejwe […]
Ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi hahuriye abayobozi bahagarariye ibihugu byombi
Ku mupaka wa Gasenyi-Nemba wâu Rwanda nâu Burundi, hahuriye abayobozi bâintara bo muri ibi bihugu byombi, bagiranye inama igamije gukomeza umubano wâibihugu byombi wasubiye mu buryo bwiza. Abahuye ni Guverineri Albert Hatungimana wâintara ya Kirundo mu Burundi na babiri bo mu Rwanda; Alice Kayitesi wâintara yâAmajyepfo na Gasana Emmanuel wâintara yâIburasirazuba nkâuko byemejwe na Radio […]
Ibyâingenzi kuri Sukhoi-25, indege yâintambara RDC yohereje i Goma

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo kirwanira mu kirere giherutse kohereza i Goma indege ebyiri zâintambara zo mu bwoko bwa Sukhoi Su-25, giteganya kwifashisha mu guhangana nâumutwe witwaje intwaro wa M23. Imwe muri izi ndege ni yo yarenze imbibi kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2022, igera mu kirere cyâu Rwanda, igwa byâakanya gato ku […]
Abadepite bo mu ishyaka rimwe na Perezida Ruto barifuza ko manda zivaho
Bamwe mu badepite bo mu ishyaka UDA rya Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, barifuza ko ingingo yâItegekonshinga igena manda ntarengwa zo kuyobora iki gihugu yakurwaho. Nkâuko ikinyamakuru Nation cyabitangaje, aba badepite barashaka ko manda ebyiri Umukuru wâIgihugu yemerewe kuyobora zasimburwa nâimyaka ntarengwa 75. Ntabwo abadepite bari mu nyingo yâuyu mushinga barajya ahagaragara, gusa Salah […]
Les prĂ©sidents de l’EAC se rĂ©unissent sur les questions de sĂ©curitĂ© de la RD Congo
Les chefs d’Etat rĂ©gionaux ont tenu le 7 novembre une rĂ©union consultative de haut niveau sur la situation sĂ©curitaire dans l’est de la RD Congo, organisĂ©e par la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est (EAC) . Ătaient prĂ©sents les prĂ©sidents Evariste Ndayishimiye du Burundi qui est l’actuel prĂ©sident de l’EAC, Paul Kagame du Rwanda, William Ruto […]
RDC: Perezida wâInteko yasabwe kuvuga amazina yâabadepite bakorana nâinyeshyamba
Ishyaka Le Nouvel Ălan, rya Adophe Muzito, rirahamagarira Perezida wâInteko Ishinga Amategeko, Christophe Mboso, gutangaza amazina yâabadepite bakorana nâinyeshyamba ubwe yigeze gukomozaho mu nama rusange . Binyuze ku munyamabanga mukuru w’ishyaka rye, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 7 Ugushyingo ubwo yaganiraga n’abanyamakuru, Muzito yamenyesheje ko kudatangaza amazina y’abo badepite ari nko guhisha ibintu no […]
Umuvugabutumwa, umugore we nâabana babo 3 bapfiriye mu nkongi yâumuriro yibasiye urusengero

Umugabo wâumuvugabutumwa n’umugore we hamwe n’abana babo batatu bapfuye bazize inkongi y’umuriro yibasiye urusengero rw’itorero rya Metodiste muri Afurika y’Epfo . Ibi byabereye mu gace ka Askeaton i Cala, muri Cape yâuburasirazuba kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 3 Ugushyingo 2022. Abapfuye ni rĂ©vĂ©rend Mandisi Mpthiti wâimyaka 46, umugore we Dunyiswa Mphiti wâimyaka 29, […]
Musanze: Ikimoteri rusange gihangayikishje abagituriye

Abaturage baturiye ikimoteri rusange giherereye mu mudugudu wa Bubandu, akagari ka Bukinanyana mu murenge wa Cyuve barinubira umunuko wacyo, bakavuga ko kibabangamiye mu buryo bwinshi , ngo bakaba biteze ingaruka zacyo mu gihe kitarambiranye. Iki kimoteri gikusanyirizwamo imyanda yose ituruka mu mirenge igize umujyi wa Musanze ari yo: Muhoza, Cyuve, Musanze, Gacaca, Kimonyi na Muko […]
Mboweni wabaye Minisitiri muri Afurika y’Epfo yerekanye impano yahawe na Perezida Kagame

Tito Mboweni wabaye Minisitiri wâimari muri Afurika yâEpfo kuva mu mwaka wâ2018 kugera mu wâ2021, yerekanye impano yahawe na Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame. Mboweni wanabaye Umuyobozi Mukuru wa banki yâubwizigame ya Afurika yâEpfo, yashyize kuri Twitter ifoto yâibikoresho byâubugeni birimo inkangara, asobanura ko yabihawe na Perezida Kagame. Yagize ati: “Perezida Kagame yampaye iyi mpano […]
U Rwanda rwasabye RDC kurekura abaturage barwo bafunzwe na ANR ‘byihuse kandi nta mananiza’
Guverinoma y’u Rwanda iherutse kumenyesha iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko hari Abanyarwanda babiri bafungiwe muri iki gihugu, iyisaba ko barekurwa byihuse nta n’amananiza. Abafunzwe nk’uko Jeune Afrique dukesha iyi nkuru yabitangaje; barimo Dr Juvenal Nshimiyimana na Moses Mushabe, bafungiwe muri Congo Kinshasa kuva ku wa 30 Kanama ubwo batabwaga muri yombi. Iki gitangazamakuru […]
Perezida Kagame, Ndayishimiye, Ruto n’abandi bo muri EAC bagiranye inama

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’abandi bakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) hamwe na Minisiteri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Michel Sama Lukonde. Iyi nama yayobowe na Perezida w’u Burundi akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC, Evariste Ndayishimiye, yitabiriwe n’abandi barimo Perezida William Ruto wa Kenya na Samia Suluhu wa […]
Rusizi: Impanuka yâimodoka yahitanye umukecuru wâimyaka 75
Imodoka ya sosiyete yitwa Tripartite itwara abagenzi mu muhanda Kamembe-CIMERWA mu karere ka Rusizi, saa saba zâamanywa zo kuri uyu wa Mbere, yakoze impanuka ubwo uwari uyitwaye yayerekezaga ku muhanda CIMERWA-Mashesha, ashaka abagenzi, igaruka CIMERWA ihitana umukecuru wâimyaka 75 uwo bari kumwe iramukomeretsa, hanakomereka 2 bari bayirimo. Amakuru umunyamakuru wa BWIZA ukorera muri aka karere […]
RDC yasabye imbabazi ku bwâindege yâintambara yayo yavogereye u Rwanda
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasabye imbabazi ku bwâindege yâigisirikare cyâiki gihugu ya Sukhoi-25 yavogereye ikirere cyâu Rwanda. Mu masaa saba yâamanywa yo kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2022, guverinoma yâu Rwanda yasohoye itangazo imenyesha ko iyi ndege yarenze umupaka, igwa byâakanya gato ku kibuga cyâindege cya Gisenyi. Iyi guverinoma yatangaje ko […]
Goma: Maj. Gen. Chico yasuye urubyiruko rurenga 3000 rwiyemeje âkurwanya u Rwandaâ

Maj. Gen. Chico Tshitambwe, Umugaba Mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa byâigisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yasuye urubyiruko rurenga 3000 rwiyemeje kurwanya u Rwanda nâumutwe witwaje intwaro wa M23 ruri gutorezwa i Goma. Ni amakuru yemejwe n’ibiro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, byagize biti: “Urubyiruko rurenga 3000 rwitabye ijwi ry’Umukuru w’Igihugu ryaruhamagariraga kuza kurwanya ubushotoranyi bw’u […]
Rusizi: Ababyeyi bahangayikishijwe nâabangavu bakuramo inda, bitiranya itegeko
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Rusizi bafite abana nâabuzukuru batewe inda zâimburagihe bahangayikishijwe n’uko bahitamo kuzikuramo, bababaza bakababwira ko badakwiye kubigiraho impungenge, ko ari itegeko rya Leta. Umwe mu babyeyi bahuye nâikibazo cyâumwana we wakuyemo inda, ubwo ababyeyi bafite abangavu babyariye iwabo yabwiye BWIZA ko yasanze yayikuyemo, yamubaza impamvu akamubwira ko ibyo bitamureba, […]
Impuguke zirasanga ingabo za EAC zizoherezwa muri RDC zitarimo izâu Rwanda ntacyo zizageraho
Ikigo cyâinyigo ku bijyanye nâumutekano (ISS), cyashidikanyije ku ntsinzi yâibikorwa bya gisirikare na politiki mu kibazo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu gihe ibi bikorwa bitaba birimo u Rwanda . Abayobozi bo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba bamenyeshejwe na DRC ko itazemera gufatanya na EAC mu gihe u Rwanda rwagira uruhare mu ngabo zâakarere, […]
Rusizi: Abasore babiri bakekwaho kwica umuvandimwe wabo bamunigishije umugozi

Kuri sitasiyo ya Polisi ya Kamembe mu karere ka Rusizi hafungiye abasore 2, uwâimyaka 19 nâuwa 20 bakekwaho kwica banigishije akagozi mukuru wabo wâimyaka 22, bamwiciye aho babanaga mu mudugudu wa Gacamahembe, akagari ka Burunga, umurenge wa Gihundwe muri aka karere. Amakuru BWIZA yahawe nâumugore nyirâigipangu bari bacumbitsemo, Nyirahabimana Adeline, avuga ko uwishwe witwaga Nshimiyimana […]
Uganda: Haravugwa umutwe wâinyeshyamba uri kwibasira abapolisi ukabiba imbunda
Umuyobozi mukuru wungirije wa Polisi ya Uganda, Maj Gen. Geoffrey Tumusiime Katsigazi, yavuze ko iperereza ryabo ryibanze ryerekana ko igitero cyagabwe mu cyumweru gishize kuri station ya polisi ya Busiika mu karere ka Luweero cyagabwe nâumutwe wâinyeshyamba witwa Coalition for Change . Maj Gen Katsigazi yabitangaje ubwo yaganiraga nâabanyamakuru ku biro bye ku mugoroba wo […]
Abakuru mu ngabo za Ethiopia no mu mutwe wo muri Tigray barahurira i Nairobi
Abasirikare bakuru bahagararira ingabo za Ethiopia nâabo mu mutwe witwaje intwaro wa TPLF urwanira abo mu ntara ya Tigray barahurira i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2022. Nkâuko itangazo ryashyizwe hanze nâumuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) ribisobanura, aba basirikare baraba bashyira mu bikorwa ibyemezo byafatiwe mu biganiro byahurije impande zombi muri […]
Senateri Uwizeyimana Evode abona âmisiyoâ yâingabo za EAC muri RDC idashoboka
Senateri mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Uwizeyimana Evode, abona ntacyo ingabo zâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) zizakora muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Ibi arabishingira ku nzitizi zirimo gucikamo ibice kwazo; aho zimwe ziri muri RDC hashingiwe ku masezerano yâimpande ebyiri, iziriyo hashingiwe ku myanzuro yafashe na ba Perezida bo muri […]
Bamwe mu banyamigabane ba SDU barasaba inzego bireba kubarenganura

Bamwe mu banyamigabane ba kampani ya SDU (Special Drivers United) itanga serivisi zo gutwara abantu nâibintu barasaba inzego bireba kubarenganura kuko ngo bafatiwe imyanzuro itubahirije amategeko nâamategeko abagenga. Aba banyamigabane bavuga ko bamwe muri bo birukanwe, abandi bimwa uburenganzira bazira kubaza ku mikorere ya kampani babonaga itagenda neza. Mu mikorere bita âmibiâ ya kampani ngo […]
Uvuga Ikinyarwanda wese si Umunyarwanda. Mugomba kubimenya â Umuvugizi wa FARDC
Gen. Sylvain Ekenge Umuvugizi wâIgisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yibukije Abanyekongo ko abavuga Ikinyarwanda (Les Rwandophones)bose atari Abanyarwanda, ashimangira ko ari ibyo Abaanande bose bakwitwa Abagande. Ibi Gen. Sylvain Ekenge yabitangaje muri iyi weekend ishize agaruka ku kibazo cyâumutekano mu burasirazuba bwâigihugu, aho umutwe wa M23, wiganjemo Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda, uherutse kwigarurira […]
Guverineri Kayitesi yasabye abashoramari kubyaza umusaruro umupaka w’Akanyaru

Kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2022 abavuka mu karere ka Nyaruguru batuye muri Kigali (biswe Umurenge wa 15) bagaragarijwe amwe mu mahirwe ari mu karere kabo, basabwa kugira uruhare mu iterambere ryako. Guverineri w’intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, yavuze ko kuba umupaka w’Akanyaru ufunguye ari amahirwe mu kongera ishoramari. Ati: “Dufite umupaka w’Akanyaru Haut n’uwa Nshiri […]
Kagame et Ruto ont discuté de la poursuite des relations bilatérales

Le prĂ©sident Paul Kagame et son homologue kĂ©nyan William Ruto se sont rencontrĂ©s dimanche 6 novembre Ă Charm el-Cheikh, en Ăgypte, en amont de la confĂ©rence des Nations unies sur le climat (COP27) . “Les deux dirigeants ont discutĂ© de la poursuite des relations bilatĂ©rales positives et fructueuses entre le Kenya et le Rwanda”, a […]
RDC: Guverinoma iremeza ko M23 ishobora gusubizwa mu biganiro bya Nairobi ivuye mu bice yigaruriye
“Uyu munsi, tuvuga ubuhemu neza kubera ko mu buryo buhoraho, twashakaga gucengeza abantu, mu gihe itegeko ryatangwa, bahagarika gahunda zose. Igitekerezo uyu munsi ni uko M23 yava mu birindiro yigaruriye kugeza ku mbibi zari zaragenwe mbere yo gusubizwa mu nzira ya Nairobi nk’imitwe yitwaje intwaro yose “, ibi ni ibyatangawe n’umuvugizi wa Guverinoma ya RDC, […]
IGP Munyuza yahaye impanuro zikomeye abapolisi bagiye mu butumwa bwâamahoro muri Sudani y’Epfo

Ku Cyumweru tariki ya 6 Ugushyingo, Umuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda, IGP Dan Munyuza yahaye impanuro abapolisi 160 bagize itsinda RWAFPU III-5 ryitegura kujya mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye mu gihugu cya Sudani y’Epfo (UNMISS) mu muhango wabereye mu ishuri ryâamahugurwa rya Polisi yâu Rwanda (PTS) riherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana . […]
Tshisekedi yateguje intambara, Gen. Kabarebe yita abasazi abatwitse ibendera, Dr Habumuremyi arishyura: inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 31 Ukwakira 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zerekeye ku mutekano, politiki nâubutabera. Harimo ko: Tshisekedi yongeye guteguza intambara ku Rwanda Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yongeye kwibutsa ko igihugu cye gishobora kujya mu ntambara nâu Rwanda mu gihe ibibazo byâibihugu byombi byaba bidakemuwe nâinzira ya dipolomasi. Uyu […]
Perezida Kagame na William Ruto bahuriye mu Misiri, baraganira

Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we wa Kenya, Dr William Ruto, bahuriye mu Misiri, bagirana ikiganiro cyerekeye ku mubano wâibihihu byombi. Aba bakuru bâibihugu bagiye mu Misiri kwitabira inama mpuzamahanga yiga ku mihindagurikire yâibihe, izwi nka COP27. Ibiro bya Perezida wâu Rwanda byemeje aya makuru biti: “Muri uyu mugoroba muri Sharm El-Sheikh, Perezida […]
General Kainarugaba yatangaje ko kurwanya M23 byaba ari bibi cyane
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda usanzwe ari n’umujyanama we wihariye mu by’umutekano, General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 uhanganye nâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ari bibi cyane. Mu butumwa yashyize kuri Twitter mu mwanya ushize, Gen. Kainerugaba yasobanuye ko abarwanyi ba M23 bari kurwanira uburenganzira […]
France: Umusore wâimyaka 27 yasimbuye Marine Le Pen ku buyobozi bwa Rassemblement National

Kuri uyu wa Gatandatu, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yâibihugu byâi Burayi, Jordan Bardella, wâimyaka 27, yatorewe gusimbura Marine Le Pen nka perezida wâishyaka Rassemblement National (RN) . Bardella yatsindiye ku majwi hafi 85 ku ijana by’amajwi y’abayoboke b’ishyaka, mu gihe Louis Aliot wahoze ari umufatanyabikorwa wa Le Pen, yabonye amajwi 15 ku ijana. Ibi […]
Indege zâintambara zoherejwe i Goma zatumye ikibuga cyâindege gifungwa byâagateganyo

Ikibuga cyâindege mpuzamahanga cya Goma cyafunzwe byâagateganyo bitewe nâuko cyateguriwe kwakira indege zâintambara zâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, zaturutse i Kinshasa. Ifungwa ryâagateganyo ryâiki kibuga cyâindege ryamenyeshejwe amasosiyete yâindege zâubucuruzi mu gitondo cy’uyu wa 6 Ugushyingo, gusa ntabwo impamvu yâiki cyemezo yari yashyizwe ahagaragara. Byavugwaga ko iki kibuga kiraba gikoreshwa nâindege zâintambara […]
Abana babiri barwariye mu bitaro nyuma yo kugaburirwa imvu
Umwana wâimyaka 4 yâamavuko na murumuna we wâimyaka 2, bâumubyeyi wâUmunyakenyakazi witwa Joyce Chemngâetich barwariye mu bitaro nyuma yo kugaburirwa imvu. Uyu mubyeyi utuye mu karere ka Nakuru yasobanuye ko yamenye amakuru yâuko abana be bagaburiwe imvu ubwo yari avuye mu mirimo akesha imibereho yo mu rugo. Ngo yasanze aba bana bataye ubwenge, akurikiranye impamvu […]
Tanzania: Indege itwara abagenzi yaguye mu Kiyaga cya Victoria
Indege itwara abagenzi yaguye mu kiyaga cya Victoria muri Tanzaniya kuri iki Cyumweru ubwo yageragezaga kugwa mu muyaga mwinshi ku kibuga cyâindege kiri mu mujyi wa Bukoba ku nkombe zâikiyaga. Abantu 19 muri 43 bari barimo bahasize ubuzima Kugeza ubu abantu 26 barokowe mui abo bagenzi 43 bari mu ndege ya Precision Air cyangwa niba […]
Imyigaragambyo yâabapilote yahagaritse ibikorwa bya Kenya Airways

Abapilote ba sosiyete ya Kenya ishinzwe ubwikorezi bwo mu kirere, Kenya Airways, bamaze iminsi ibiri bigaragambya nyuma yâaho bagejeje ibibazo byabo ku bo bireba ariko ntibahabwe igisubizo. Abahagarariye aba bapilote bahuriye mu ishyirahamwe rya KALPA (Kenya Airways Pilotes Association) tariki ya 4 Ugushyingo 2022 bagiranye ikiganiro nâabanyamakuru, bateguza ko ku munsi ukurikiyeho haraba imyigaragambyo, aho […]
Rusizi: Uwakekwagaho gusambanya abana 2 bâabakobwa yiyahuriye mu biro byâakagari
Basabe Amis wâimyaka 40, wari utuye mu mudugudu wa Murabyo, akagari ka Shara mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi, wakekwagaho kurarana abana 2 bâabakobwa, uwâimyaka 14 nâuwa 11 akanabasambanya, ubwo yagezwaga ku biro byâakagari ka Shara, yabaye acumbikiwe mu cyumba cyako, hatarashira iminota 15 bahamushyize, bagarutse kumureba basanga yimanitse, yapfuye. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe […]
Gen. Ekenge yasobanuye impamvu FARDC yataye Rutshuru na Kiwandja bigafatwa na M23
Umuvugizi wâIgisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, Gen. Sylvain Ekenge, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 05 Uguhyingo yasobanuye impamvu imijyi ya Rutshuru na Kiwanja biherutsegufatwa nâinyeshyamba za M23, avugako batashoboraga kwemera kurwaniraahantu hari abaturage . Gen. Ekenge yari abajijwe, ubwo yasobanuraga uko ikibazo cyâumutekano cyfashe, impamvu imbere ya M23 igisiikare cya leta cyatye […]
Musanze: Abakekwaho gukubita no gukomoretsa abaturage batawe muri yombi
Abantu bakekwa kugira uruhare mu gukubita no gukomeretsa bikomeye Serugendo François na Dusabimana Ntibakunda Gashuhe bamaze gufatwa bakaba bari mu maboko yâurwego rwâubugenzacyaha (RIB). Abamaze gufatwa ni abagabo 3 barimo: Maniragaba Evariste, Karekezi ThĂ©ogĂšne bita Birikorimana, Hakorimana na Munyarurembo Justin undi witwa Karekezi ThĂ©ogĂšne ugishakishwa. Aba bose bakurikiranweho iki cyaha bakomoka mu mudugudu wa Murambi, […]
Umuririmbyi nâumuraperi Aaron Carter yasanzwe mu bwogero bwe yapfuye
Umuririmbyi n’umuraperi wâumunyamerika, Aaron Carter, wari murumuna wâumuririmbyi Nick Carter wo muri Backstreet Boys, yapfuye afite imyaka 34 . Urubuga TMZ rwavuze ko Carter bamusanze mu bwogero bwe iwe i Lancaster, muri Californiya, yapfuye mu gitondo cyo ku wa Gatandatu. Abahagarariye itsinda rye ni bo bemeje urupfu rwe. Bati: “Kuri ubu ni igihe kibi rwose, […]
2/3 byâabaturage ba Sudani yâEpfo bashobora guhura nânzara ikaze mu 2023
Kuri uyu wa Kane ushize, ibiro byâUmuryango wâAbibumbye byatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni 7.8 muri Sudani yâEpfo, bangna na bibiri bya gatatu byâabaturage, bugarijwe nâikibazo cyâibura ryâibiribwa mu gihe cyâumwaka utaha kuva Mata kugera muri Nyakanga kubera imyuzure, amapfa nâamakimbirane . Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe Ibiribwa nâubuhinzi (FAO), Ishami ryâumuryango wâabibumbye ryita ku bana […]
RDC yasubije uwabajije niba âmuri iki giheâ Tshisekedi ateganya kujya kuba i Goma
Guverinoma ya RDC yasubije umunyamakuru wabajije niba Perezida FĂ©lix Tshisekedi ateganya kongera gusubira i Goma kubana byâagateganyo nâabahatuye, byâumwihariko muri iki gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 uri gusatira uyu mujyi. Ni ikibazo cyabajijwe Umuvugizi wa guverinoma, Patrick Muyaya, kuri uyu wa 5 Ugushyingo ubwo yagiranaga ikiganiro nâabanyamakuru, cyari cyerekeye ku mirwano ya M23 nâingabo […]
Somalia: Al Shabab yihoreye ku gisirikare cya leta nyuma yo kwica abarwanyi ba yo basaga 100
Ibiro Ntaramakuru bya Somalia, SONNA, biratangaza ngo umwiyahuzi yiyahuye yiturikirije ibisasu hafi yâikigo cyâimyitozo ya gisirikare, ahitana byibuze abantu batanu abandi 11 barakomereka . Igitero cyagabwe ku wa Gatandatu mu nkambi iri mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu, cyigambwe nâumutwe witwaje intwaro wa al-Shabab kikaba kibaye nyuma yâicyumweru ibindi bitero byâubwiyahuzi bibiri bihitanye nibura 116 […]
Abakuriye ubutasi mu Rwanda na RDC barateganya guhura
Abakuriye inzego urwego rwâubutasi rwâigisirikare cyâu Rwanda nâicya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) biteganyijwe ko bahurira i Luanda muri Angola mu minsi iri imbere. Ni nyuma yo guhura kwa Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubutwererane wâu Rwanda, Dr Vincent Biruta na mugenzi we wa RDC, Christophe Lutundula. Ikinyamakuru Jeune Afrique gisobanura ko bakiriwe i Luanda na […]
Nyamasheke/Mahembe: Batewe impungenge no kwigisha amasomo ya mudasobwa mu magambo gusa

Abarimu bigisha muri bimwe mu bigo byâamashuri yo mu murenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke barasaba akarere nâizindi nzego zirebwa nâuburezi, ubuvugizi bakabasha kwigisha ikoranabuhanga, kuko ibigo byabo bitagira mudasobwa, bikadindiza cyane ireme ryâuburezi bushingiye ku ikoranabuhanga. Imyigishirize yâikoranabuhanga ngo ni ingorabahizi muri uyu murenge umaze imyaka 2 gusa ugezemo amashanyarazi mu bice byawo […]
Tshisekedi yaharuriye inzira urubyiruko rwifuza kwinjira mu gisirikare ku bwinshi

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo akaba nâUmugaba wâIkirenga wâingabo, FĂ©lix Tshisekedi, yaharuriye inzira urubyiruko rwifuza kwinjira mu gisirikare cyâigihugu ku bwinshi. Abanyekongo biganjemo urubyiruko bamaze iminsi bigaragambya, bamagana umutwe witwaje intwaro wa M23 nâu Rwanda bahamya ko ruwufasha, banasaba Tshisekedi kubaha intwaro, bakajya gufasha ingabo zabo ku rugamba. Uyu Mukuru wâIgihugu mu ijambo […]
Hari abatangiye kugira ishyamba Mushikiwabo mu gihe amatora ataha yegereje
Mu gihe inama yawo ya 18 iteganijwe ku ya 19 na 20 Ugushyingo muri Tunisia yegereje ari nabwo hazatorwa umunyamabanga mukuru, Umuryango mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) uranengwa nâamashyirahamwe yâabakozi nâimiryango itegamiye kuri Leta, muri Gabon, bemeza ko ‘itakita ku nshingano za yo zo guteza imbere no kurengera ururimi rwâIgifaransa kuva Mushikiwabo yagera ku buyobozi […]
Abazungu b’Abakirisito biteguye gutangiza intambara y’abenegihugu muri Amerika â Prof. Walter

Umwarimu wo muri California akaba n’uwahoze ari umusesenguzi wa CIA yavuze ko Abazungu b’Abakirisito biteguye gutangiza intambara y’abenegihugu muri Amerika . Barbara F. Walter, umwanditsi w’igitabo cyasohotse muri uyu mwaka yise âHow Civil Wars Startsâ, cyngwa se âUko Intambara zâabenegihugu zitangira,â mu Kinyarwanda, yagarutse kuri ibi mu kiganiro na PBS ku mugoroba wo ku wa […]
Le président Paul Kagame met en service 568 élÚves-officiers

Le prĂ©sident Paul Kagame a mis en service 568 Ă©lĂšves-officiers qui ont terminĂ© leur formation Ă l’AcadĂ©mie militaire du Rwanda Ă Gako . Parmi eux, 475 ont Ă©tĂ© formĂ©s pendant un an tandis que 93 sont diplĂŽmĂ©s aprĂšs quatre ans de formation acadĂ©mique et militaire. Les officiers diplĂŽmĂ©s seront rejoints par 24 jeunes Rwandais qui […]
Uhuru Kenyatta yagiye kuganira na Ndayishimiye ku bibazo bireba u Rwanda

Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya yageze i Bujumbura, aho yagiye kuganira na Perezida wâu Burundi akaba nâUmukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, ku bibazo byâumutekano muke mu karere, byâumwihariko mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Uyu munyapolitiki usanzwe ari umuhuza wa Leta ya RDC nâimitwe yitwaje intwaro yemeye kujya […]
Goma: Umurambo wa Muhima ugaragaza iyicwarubozo wasanzwe hafi ya Hotel Colibris
Umurambo wâumugabo, Muhindo Muhima bakundaga kwita Capitaine uri mu kigero cyâimyaka 30 mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki 4 Ugushyingo 2022 wagaragaye hafi ya Hotel Colibris mu Mujyi wa Goma, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Ibimenyetso byagaragaye ku murambo wa Muhindo Muhima bigaragaza ko yapfuye nyuma yo gukorerwa iyicarubozo […]
Kenya: Banki yirengeye ingaruka zâikosa yakoreye abakiriya, ibaha indishyi
Banki ya I&M, ishami rya Kenya, yafashe umwanzuro wo kwirengera ingaruka yakoreye bamwe mu bakiriya bayo, ibagenera indishyi. Iyi banki yashyizeho uburyo bwâikoranabuhanga bwo kwishyurana mu masaha atarenze abiri bwitwa RTGS (Real Time Gross Settlement). Gusa bamwe mu bakiriya bâiyi banki baherutse kugira ikibazo cyo kwishyura bakoresheje ubu buryo, ariko ntibwakunda, batangira kwinuba. Nyuma yâiki […]
Miliyoni 4,5 zâAbanya-Ukraine zisanze mu kizima nyuma yâibitero byâu Burusiya ku bikorwaremezo byâingufu
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje u Burusiya gukoresha “iterabwoba ryibasira ingufu” kubera ko ingabo zâu Burusiya zirimo gutsindwa ku rugamba, nyuma yâaho miliyoni zisaga 4,5 zâAbanya-Ukraine zisanze mu kizima nyuma yâibitero byâu Burusiya ku muyoboro wâamashanyarazi . Mu byumweru bishize, u Burusiya bwagabye ibitero binini bya misile na drone ku bigo by’amashanyarazi bya Ukraine. […]
Guinea: Alpha Conde wahiritswe ku butegetsi agiye gutangira gukurikiranwa nâubutabera
Ubutegetsi bwa gisirikare muri Guinea bwategetse kuri uyu wa Kane ushize gutangira gukurikirana mu nkiko uwahoze ari perezida, Alpha CondĂ©, wahiritswe ku butegetsi kuwa 5 Nzeri mu 2021, hamwe n’abayobozi bakuru cyangwa abahoze ari abaminisitiri barenga 180 bashinjwa ibyaha bya ruswa . Abasirikare bafashe ubutegetsi ku ngufu, hashize umwaka urenga, biyemeje kurwanya ruswa, ifatwa nkâicyorezo […]
Iperereza ku bahoze ari abayobozi bakuru muri RURA rirakomeje mu gihe bidegembya
Urwego rwâigihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rurimo gukora iperereza ku bikorwa bibi byavuzwe mu micungire yâUrwego rushinzwe kugenzura imirimo ifitiye akamaro igihugu (RURA) yatumye abayobozi batatu bakuru b’uru rwego birukanwa ubu bakaba bakurikiranwa bidegembya . Umuvugizi wa RIB, Thierry Murangira, yavuze ko ari ukuri ko hakomeje iperereza kandi ko abafitanye isano rya bugufi nâiyi dosiye […]
Abanyekongo baba mu Rwanda barashimira Abanyarwanda
Abanyekongo baba mu Rwanda barashimira Abanyarwanda kuba bakomeje kubacumbikira no kubafata neza, mu gihe byâumwihariko umubano wâibihugu byabo ukomeje kuzamba. Dr Awazi Bohwa Raymond uhagarariye aba Banyekongo mu rwego rwâamategeko, mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2022. Yagize ati: “Diaspora yâAbanyekongo mu Rwanda irashimira Abanyarwanda ko nâubwo hariho ikibazo cyâumuryango wo muri […]
Urubura rwagiraga Kilimanjaro ahantu nyaburanga rushobora kuzaba rwazimiye mu 2050

Urubura rutwikiriye imisozi UNESCO yashyizwe mu murage wâIsi nka Yellowstone na Parike yâigihugu ya Kilimanjaro rushobora kuzaba rwashizeho burundu mu 2050, nk’uko iri shami ryâUmuryango wâAbibumbye ryaburiye kuri uyu wa Kane, risaba abayobozi kwihutira gutabara ahasigaye . Iyi miburo yakurikiranye nâubushakashatsi bwakozwe ku rubura 18,600 rutwikiriye ahantu 50 ndangamurage wâIsi, kuri kilometero kare 66.000, aho […]