Perezida Kagame yageze i Bali aho yitabiriye inama ya G20 – Amafoto

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cyâurwego rwâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe rushinzwe iterambere (AUDA-NEPAD), yamaze kugera i Bali, mu gihugu cya Indonesia aho aziyunga ku bandi bayobozi b’Isi bitabiriye inama y’Ibihugu 20 bikize kurusha ibindi (G20) . Iyi nama biteganyjwe ko izatangira kuri […]
Nkombo: Batewe inkeke nâigishorobwa

Abaturage bâutugari twa Bugarura, Rwenje, Kamagimbo nâigice kimwe cya Bigoga mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi baravuga ko batewe inkeke nâigishorobwa kibacagagurira imyaka gihereye mu butaka, bagasaba ubuyobozi bwâakarere kubasura bakirebera igihombo kibateza, hakaba hanakorwa ubushakashatsi bwimbitse ngo ibyacyo bimenyekane neza nâuburyo cyacika. Ubwo Umunyamakuru wa BWIZA yahageraga nyuma yâintabaza yâaba baturage,abakuru muri […]
Minisitiri Muyaya yavuze ku masezerano y’ibanga yaba yarasinywe na Tshisekedi n’u Rwanda
Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aremeza ko nta masezerano yâibanga Perezida Tshisekedi yigeze agirana nâu Rwanda ahubwo akavuga ko amasezerano atatu yâubucuruzi ari yo yasinywe muri Kamena 2021 hagati yâibihugu byombi, na yo yahagaritswe bisabwe nâinama nkuru yâumutekano kugira ngo basubize icyo bita ubushotoranyi bwâu Rwanda . “Ababona mu bushotoranyi bwâu […]
Kicukiro: Urukiko rwashyikirijwe dosiye y’umugabo ushinjwa kwica umugore we
Ubushinjacyaha urwego rwâibanze rwa Kicukiro ku wa 12 Ugushyingo 2022 bwakiriye dosiye yâumugabo witwa Mugabutsinze Olivier wishe umugore we Uwarwego Francine babanaga batarashyingiranwe byemewe nâamategeko, akaba yaramwishe amuteye icyuma mu gatuza . Ibi ngo byabereye mu Mudugudu wa Mahoro, Akagali ka Karambo, Umurenge wa Gatenga nk’uko tubikesha Ubushinjacyaha Bukuru. Uregwa yemera icyaha akanagisabira imbabazi; akavuga […]
Umuherwe Bezos yahaye umuhanzi Dolly Patron ishimwe rya miliyoni 100 z’amadolari
Jeff Bezos uri mu baherwe ba mbere ku Isi yahaye umuhanzi Dolly Patron wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ishimwe ryâamadolari miliyoni 100 (angana na miliyari 100 zâamafaranga yâu Rwanda). Uyu muherwe yatangiye iri shimwe mu muhango witabiriwe nâumugore we, Lauren Sanchez, ari na we watangaje ko Patron ari we wegukanye aya mafaranga ku […]
Kinshasa: Uwahoze ari umujyanama wa Perezida Tshisekedi aratangira kuburanishwa
Uwahoze ari umujyanama mu byâingamba wa Perezida FĂ©lix Tshisekedi, Vidiye Tshimanga, aratangira kuburanishwa kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Ugushyingo nâUrukiko rwâAmahoro rwa Kinshasa-Gombe . Uyu washyizwe mu buroko ku ya 21 Nzeri 2022 muri Gereza ya Makala akarekurwa byâagateganyo nyuma y’icyumweru, ari mu mazi abira kuva yatamazwa muri Nzeri na videwo yamugaragaje yizeza gutanga […]
RDC yatangaje ko intwaro igura zifatirwa kubera urutonde yashyizweho na UN
Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasobanuye ko bimwe mu bidindiza igisirikare cyayo muri iki gihe harimo ko igura intwaro, zigafatirwa zigeze mu nzira bitewe nâurutonde yashyizweho nâakanama kâUmuryango wâAbibumbye (UN) gashinzwe umutekano. Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa RDC, Christophe Lutundula mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru tariki ya 11 Ugushyingo 2022, yagaragaje ko guverinoma yabo […]
Sukhoi ya RDC yavogereye u Rwanda, Gatabazi arasimburwa, ba komanda ba EAC bahurira i Bujumbura: inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 7 Ugushyingo 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zerekeye kuri politiki ndetse nâumutekano. Harimo ko: Indege yâintambara ya RDC yavogereye u Rwanda Indege yâintambara yâigisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yâubwoko bwa Sukhoi-25 ku manywa yo ku wa 7 Ugushyingo yavogereye ikirere cyâu Rwanda, isubirayo ihamaze umwanya muto. Ni imwe […]
Kirundo: Imbonerakure yishwe na bagenzi bayo bayishinja kumena amabanga
Umugabo w’imyaka 41 wo mu gihugu cyâu Burundi bivugwa ko yari Imbonerakure, kuwa Kane ushize yiciwe ahitwa Rwimbogo, muri zone ya Rushubije muri komini ya Ntega (intara ya Kirundo, mu majyaruguru yâu Burundi) yishwe na bagenzi be . Uyu wahohotewe witwa Habayimana wari Imbonerakure (umwe mu bagize urubyiruko rwa CNDD-FDD, ishyaka riri ku butegetsi) ngo […]
Nyaruguru: Le cyclisme pour promouvoir le tourisme et les investissements

Le district de Nyaruguru et ses partenaires en collaboration avec la FĂ©dĂ©ration Rwandaise de Cyclisme (FERWACY) ont organisĂ©, ce 12 dĂ©cembre 2022, un tournoi de cyclisme professionnel appelĂ© “Kibeho Race”. L’objectif Ă©tait de rendre le district plus visible et ainsi promouvoir les investissements privĂ©s et le tourisme sur la terre sainte de Kibeho. Au total, […]
Rusizi: Imiryango irimo uwari uherutse gusenyerwa nâinkangu yahawe inzu

Imiryango 3 yanyagirirwaga mu nzu mbi yabagamo, irimo uwari uherutse kurokoka inkangu yawusenyeye, yashyikirijwe inzu yujurijwe, itabariza nâindi ivuga ko imerewe nabi cyane muri iki gihe cyâimvura nyinshi igwa mu karere ka Rusizi ibarizwamo. Ni imiryango yo mu kagari ka Kiyabo, umurenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi, bamwe mu bayigize baganiriye na BWIZA bavuga […]
Umutwe wa M23 ubu urabarizwa mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma
Nyuma ya Kibumba, umutwe wa M23 watangaje kuri uyu wa Gatandatu ko wigaruriye agace ka Kanyamahoro mu birometero 20 uvuye mu Mujyi wa Goma, umurwa mukuru wa Kivu yâAmajyaruguru . Biravugwa ko Gurupoma ya Buhumba ndetse nâumupaka wa Kabuhanga, i Kibumba kuri ubu bigenzurwa nâinyeshyamba za M23 kandi zikomeje kwegera imbere zisatira Goma. Ni nyuma […]
Nyabihu: Akurikiranweho kugerageza kwica umuryango we awuteye gerenade

Umugabo witwa Nzabanita Augustin wo mu mudugudu wa Kabere, akagari ka Kanyove, umurenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu afungiye kuri sitasiyo y’urwego rw’ubugenzacyaha ya Mukamira akekwaho gushaka kwica umugore we Nyiramariza Madalina n’umwana we Ujeneza GisĂšle abateye gerenade. Byabaye tariki ya 10 Ugushyingo 2022, ahagana saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba ubwo Nyiramariza n’umwana we […]
Rutshuru: Depite Ngaruye arashinja M23 kwinjiza urubyiruko mu nyeshyamba ku gahato
Umudepite ku rwego rw’intara, Emmanuel Ngaruye, kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 12 Ugushyingo, yashinje inyeshyamba za M23 kwinjiza urubyiruko mu mutwe wabo muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru . Ubwo yari i Kinshasa, uyu muyobozi watowe ukomoka i Rutshuru avuga ko yabibwiwe nâabaturage bo muri Gurupoma za Busanza na Bukoma, cyane cyane […]
Umugabo wamaze imyaka 18 aba ku Kibuga cyâIndege cya Paris yapfuye nyuma yo gusubirayo

Umugabo wo muri Irani wamaze imyaka 18 aba ku kibuga cyâindege cya Paris yasezye ku Isi yâabazima kuri uyu wa Gatandatu, itariki 12 Ugushyingo azize uburwayi ku myaka 76 . Uyu mugabo wisanze hagati yâamakimbirane ashingiye kuri dipolomasi, Mehran Karimi Nasseri yagize agace gato k’ikibuga cy’indege cya Roissy Charles de Gaulle iwe mu 1988. Ibyamubayeho […]
Undi Mukuru wâIgihugu yagiye i Kinshasa gukurikirana ikibazo cyâu Rwanda na RDC

Perezida wa GuinĂ©e Bissau, Umaro Sissoco EmbalĂł, yaraye ageze mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Kinshasa, aho yagiye gukurikirana ikibazo cyâiki gihugu nâu Rwanda. Uyu Mukuru wâIgihugu usanzwe ari Perezida wâumuryango wâakarere ka Afurika yâiburengerazuba (ECOWAS) yatangaje ko yakiriwe na Perezida wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi, baganira kuri iki kibazo. Yagize ati: “Uyu […]
Meteo Rwanda iremeza ko uku kwezi kuzarangwa nâimvura nyinshi ishobora guteza ibiza
Ikigo cyâigihugu cyâiteganyagihe kiremeza ko muri uku kwezi kugeza ku itariki ya 20 Ugushyingo mu bice bimwe na bimwe byâigihugu cyane cyane mu burengerazuba no mu majyaruguru hazagwa imvura nyinshi ishobora guteza ibiza nkâimyuzure nâinkangu . 1. Imvura iteganyijwe: Mu gice cya kabiri cyâukwezi kâUgushyingo 2022 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu […]
Perezida Kagame yasobanuye uko umubyeyi we yambuwe kampani ikomeye
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame yasobanuye uko umubyeyi we Rutagambwa DĂ©ogratius yambuwe kampani yâubucuruzi ikomeye yamenyekanye nka TRAFIPRO yari yarashinze mu mwaka wâ1955. Umukuru wâIgihugu wari witabiriye ihuriro rya 15 ry’umuryango Unity Club Intwararumuri kuri uyu wa 12 Ugushyingo, yavuze ko burya iyi kampani yamamaye cyane mu Rwanda ari se wayishinze. Yagize ati: “TRAFIPRO mwarayumvise? […]
Huye: Yafatanywe amabaro 9 yâimyenda ya caguwa
Ku wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo, Polisi yâu Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu Karere ka Huye, yafatanye umugore witwa Niyotwagira Annonciata wâimyaka 56, ibicuruzwa bigizwe nâimyenda ya caguwa amabaro 9 yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu ivanywe mu gihugu cyâabaturanyi cyâu Burundi . Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Huye […]
RDC: Abakozi babiri bakuru muri perezidansi baba bafunzwe bazira u Rwanda
Umuhuzabikorwa ushinzwe umutekano wâimbere muri Perezidansi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Didier Baitopala nâumuyobozi wa Protokole, Freddy Kangudia, bafungiye muri Gereza Nkuru ya Makala bazira u Rwanda nkâuko amakuru mediacongo.net ivuga ko yashyizwe ahagaragara na Africanews avuga . Aya makuru akomeza asobanura ko Umuhuzabikorwa wâurwego rushinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryâAmasezerano ya Addis Abeba […]
Se wa Tupac, Mutulu Shakur, wari umaze imyaka 36 muri gereza yarekuwe byâagateganyo
Mutulu Shakur, umugabo wa nyina wa 2Pac Shakur ari nawe wamureze akamuha nâizina rye, yarekuwe byâagateganyo muri gereza yari amazemo imyaka 36 afunzwe kubera ko ubuzima bwe bwifashe nabi . Amakuru atangazwa na Intercept avuga ko akanama ka Amerika gashinzwe kurekura imfungwa byâagateganyo kuwa 10 Ugushyingo kifuje guha uyu mugabo uri mu myaka 70, amahirwe […]
Minisitiri Tete yasubije uwamubajije niba Angola yarabajije u Rwanda impamvu ârushotora RDCâ

Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Angola, Ambasaderi Tete Antonio na mugenzi we wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Christophe Lutundula kuri uyu wa 12 Ugushyingo bagiranye ikiganiro nâabanyamakuru i Kinshasa. Iki kiganiro cyarebanaga nâuruzinduko Minisitiri Tete na Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço, bagiriye mu Rwanda na RDC, rwari rwerekeye ku kunga ibi bihugu byâibituranyi […]
Indege zâigisirikare cya USA zagonganiye mu kirere
Indege ebyiri zâigisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zagonganiye mu kirere cyo mu mujyi wa Dallas muri leta ya Texas kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2022. Izi ndege: Boeing B-17 Flying Fortress na Bell P-63 Kingcobra zagonganye ubwo zari mu myiyerekane yâizifashishijwe mu ntambara ya kabiri yâIsi yabaye kuva mu mwaka wâ1939 kugeza […]
Nyamasheke: Abapasiteri basabwe imbaraga mu kubaka umuryango utekanye

Mu gihe hirya no hino mu gihugu hari ahagenda hagaragara ingaruka ziterwa nâimibanire mibi mu miryango imwe nâimwe, abapasiteri, abandi bakozi bâImana nâabakristo bâitorero EMLR, Conference ya Nyabinaga barasabwa imbaraga mu kubaka umuryango nyarwanda utekanye, kuko ngo igihe waba ukimbiranye nâibikorwa byâiterambere ryâumwuka nâiryâumubiri bitashoboka. Babisabwe nâumwepisikopi wâiri torero, Kayinamura Samuel, nâumuyobozi wungirije wâaka karere […]
Kiliziya Gaturika yahamagariye abayoboke ba yo kuzitabira imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda
Abagaturika bo muri Repubulika ya Demokasi ya Congo ku itariki 04 Ukuboza bazazindukira mu myigaragambyo yo kwamagana icyo bita ubushotoranyi bwâ u Rwanda nâumugambi wo gucamo ibice igihugu . Ni bumwe mu butumwa bukubiye mu itangazo ryâInama yâAbepisikopi bo muri Congo (CENCO) ryo ku itariki ya 9 Ugushyingo 2022, ku bijyanye nâikibazo cyâumutekano mu burasirazuba […]
Tshisekedi yakiriye abahagarariye Abatutsi bavuga Ikinyarwanda

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yakiriye abahagarariye Abanyekongo bavuga ururimi rwâIkinyarwanda bo mu bwoko bwâAbatutsi barimo abanyapolitiki bakorera mu nzego zitandukanye za Leta. Mu bo yakiriye bagera kuri 20 harimo: Edouard Mwangachuchu uyobora umuryango w’Abatutsi bo muri RDC, Depite MoĂŻse Nyarugabo, Me Azarias Ruberwa, Minisitiri Alexis Gisaro, Me Ali Kabengera, Maguy Rwakabuba, […]
Rusizi: Umucungamutungo wa SACCO yirukanwe burundu azira urufunguzo rwâumutamenwa

Nyuma yâaho Uwayisaba Ange wari umucungamutungo wa Nkamira SACCO Kamembe mu karere ka Rusizi ahagaritswe nâinama yâubutegetsi (CA) yayo azira amakosa ngo atihanganirwa, umunsi wo kumuhagarika akaba ari na wo uwari umuyobozi wâiyo CA Murekatete Emerance yeguraho mu buryo ngo budasobanutse, hakiyambazwa BNR, birangiye Uwayisaba yirukanwe burundu. Iyi SACCO yakunze kugaragaramo ibibazo byâimiyoborere mibi nâinyereza […]
Kenya: Umusore akurikiranweho kwiba amaguru ya machine gun irinda ikigo cya gisirikare
Umusore wo mu gihugu cya Kenya yashinjwe ubujura nyuma yo kwiyemerera icyaha cyo kwiba icyuma bashingaho imbunda ya machine gun yari irinze ikigo cya gisirikare cya Embakasi i Nairobi . Kuri uyu wa Kane, itariki ya 10 Ugushyingo, MacDonald Wanjohi yagejejwe imbere y’urukiko rwa Makadara, aho yemeye ko yibye ibikoresho byâigisirikare. Ku wa Kabiri, itariki […]
Uganda: Umunyemari Hamis Kiggundu yajyanye mu rukiko Umwami wa Buganda
Umunyemari wo mu gihugu cya Uganda, Hamis Kiggundu, yajyanye mu rukiko Umwami wa Buganda, Ronald Muwenda Mutebi, amushinja kwigarurira ubutaka bwe buherereye ahitwa Kigo . Kiggundu uzwi cyane nka Ham, ararega umwami ndetse na Minisiteri yâubutaka, imyubakire nâiterambere ryâimijyi mu rubanza mu bujurire rwaregewe mu Rukiko Rukuru rwa Kampala. Abinyujije ku banyamategeko be bo mu […]
Umugabo yishe umwana we wâikinege amuziza ko ari umuswa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ushize, Igipolisi cya Repubulika ya Demokarasi yaa Congo cyataye muri yombi umugabo uzwi ku izina rya âsemi robot â ushijwa kwica umwana we amuziza ko atakoze umukoro wo mu rugo . Nkâuko abatangabuhamya babitangaje, ngo uyu mugabo wari wasinze mu ijoro ryo kuwa Kabiri ushize, yatashye mu ma […]
Visite du ministre kenyan des Affaires étrangÚres au Rwanda ce vendredi
Le ministre des Affaires Ă©trangĂšres du Kenya, Alfred Mutua, sera au Rwanda ce vendredi 11 novembre . Sans divulguer de dĂ©tails, le haut-commissariat du Kenya au Rwanda a dĂ©clarĂ© au New Times qu’il venait pour une visite de courtoisie visant Ă “chercher des moyens d’approfondir les relations entre les deux pays”. Mutua a Ă©tĂ© nommĂ© […]
Putin yategetse ko isomo ryâigisirikare ryigishwa no mu mashuri asanzwe

Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yategetse ko guhera mu mwaka utaha, isomo ryâubumenyi bwâibanze ku gisirikare rijya ryigishwa no mu mashuri asanzwe yigishwamo ubumenyi rusange. Ni icyemezo cyatangajwe na Minisiteri yâuburezi yâu Burusiya, isobanura ko iri somo rizaba ari inyongera (extra-curricular), iti: âIsomo ryâinyongera ku mahugurwa yâubumenyi bwâigisirikare rizategurirwa amashuri yo mu Burusiya kandi ritangire […]
Mushikiwabo yatumiye Perezida Zelensky na Minisitiri Kuleba mu nama ya OIF izabera muri Tunisia
Umuryango Mpuzamahanga wâibihugu bikoresha ururimi rwâIgifaransa (La Francophonie) watumiye Perezida Volodymyr Zelensky na minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, mu nama yâuyu muryango itegerejwe kuwa 19 kugeza kuwa 20 Ugushyingo i Djerba muri Tunisia . Nkâuko byatangajwe na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Ukraine, Umunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, yamushyikirije ubwo butumire ubwo yagiranaga […]
Nyamasheke: Abagore bahinga kawa bahawe imashini zidoda

Abagore 19 bahinga kawa bibumbiye mu itsinda âAbishyize Bamweâ rikorera mu kagari ka Rushyarara, umurenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke kuri uyu wa 9 Ugushyingo bashyikirijwe na kampani ya Dorman imashini zidoda mu rwego rwo kubongerera ubushobozi bwo gukora ku ifaranga ngo barusheho kunoza ubuhinzi bwabo. Mu kiganiro na BWIZA nyuma yo kuzihabwa, aba […]
UN iri gushakira mu karere ibimenyetso byatuma ihana abafasha imitwe y’inyeshyamba
Umuryango wâAbibumbye (UN) uri gushakira mu bihugu bigize akarere ibimenyetso byatuma ifatira ibihano abafasha imitwe yitwaje intwaro nâiyâiterabwoba ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Byatangajwe na Perezida wa komite ishinzwe ibihano muri UN, Michel-Xavier Biang, mu kiganiro yagiranye na Radio Okapi ubwo yari mu ruzinduko muri RDC. Yagize ati: “Ikigo icyo […]
Minisitiri wâingabo wa RDC yagiye gusaba Turkiya izindi ndege zo kurwanya M23

Minisitiri wâIngabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Gilbert Kabanda, kuri uyu wa Gatatu ushize yakiriwe na mugenzi we wa Turkia, Hulusi Akaar, aho bivugwa ko yari agiye gushakira ingabo ze ibindi bikoresho byâintambara, mu gihe bizwi ko muri iki gihe Turkiya ifite isoko rinini rya drones zayo zifite ikoranabuhanga riteye imbere . Umuhango wa […]
Urukiko rwahanishije abasore babiri gukoropa imisarani iminsi 30

Urukiko rwa Kano muri Nigeria rwahanishije abasore babiri ibihano birimo gukoropa imisarani mu gihe cyâiminsi 30, rubaziza guharabika Guverineri Abdullahi Umar Ganduje rwifashishije urubuga nkoranyambaga rwa Tiktok. Mu mwaka wâ2018 ni bwo aba basore: Mubarak Isah Mohammad wâimyaka 26 yâamavuko na Nazifi Muhammad Bala wâimyaka 23 bashyize iyi videwo yâurwenya kuri uru rubuga, bagaragaza uwo […]
Abaperezida bane bo muri Afurika barimo gutegura kwivugana Perezida Tshisekedi – Pasiteri Roland Dalo

Umwanditsi w’iyerekwa ryinshi ku iterambere ry’igihugu kuva Felix Tshisekedi yagera ku butegetsi muri DRC, bivugwa ko ari umukozi wâImana uzwi muri iki gihugu, RĂ©vĂ©rend Pasteur Roland Dalo aratangaza ko yabonye mu iyerekwa rye gahunda yo kwivugana umukuru w’igihugu, Felix Tshisekedi, yishwe na bagenzi be bo muri Afurika . Pasiteri Roland Dalo ni umushumba w’itorero Centre […]
Fayulu yibasiye Tshisekedi, amwita intumwa yâu Rwanda
Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yibasiye Perezida FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo, amwita intumwa yashyizweho na Leta yâu Rwanda. Fayulu uyobora ishyaka ECidĂ© mu kiganiro yagiriye kuri TV5 Monde kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2022, cyibanze ku kibazo cyâumutekano muke mu burasirazuba bwâigihugu cyabo, byâumwihariko ku mirwano yâingabo za […]
Ntabwo nariye Repubulika eshatu, narazikoreye: Rucagu Boniface
Umunyapolitiki Rucagu Boniface uri mu kanama ngishwanama kâinararibonye yasubije umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga ko atigeze arya Repubulika eshatu, ahubwo ko yazikoreye. Ni igisubizo yatanze gikomoka ku kibazo yari abajijwe nâuwiyise Corona Vibes wari umaze kumusaba kumuhishurira ibanga ryâukuntu yashoboye gukorera muri Repubulika eshatu; ibyo yise kuziryaho. Iki kibazo nacyo cyashingiraga ku butumwa bwa Rucagu […]
Iran iremeza ko yamaze gukora misile ifite umuvuduko ukubye uwâijwi inshuro eshanu
Kuri uyu wa Kane, umusirikare mukuru mu gisirikare cya Iran yabwiye abanyamakuru ko Irani yakoze misile ya ballistique ishobora kuguruka ku muvuduko ukabije ukubye uwâijwi inshuro zigera kuri eshanu nkâuko tubikesha Russian Today. Ni Sisitemu yâintwaro bavuga ko yagenewe gusenya ubwirinzi bwa missile bwâumwanzi kandi ishobora kuyoborwa haba imbere ndetse no hanze yâikirere, byerekana intera […]
Loni yagaragaje ukuri kuri embargo bivugwa ko yafatiwe Igisirikare cya RDC

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 09 Ugushyingo, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena, Modeste Bahati Lukwebo, yakiriye Perezida wa Komite ishinzwe ibihano mu Kanama gashinzwe Umutekano ka Loni, Michel-Xavier Biang wasobanuye ikibazo kijyanye nâibihano (embargo) bivugwa bibuza Repubulika ya Demokarasi ya Congo kugura intwaro . Michel-Xavier BIANG yasobanuye ko nta bihano byo kugura […]
Musabyimana remplace Gatabazi au poste de ministre des Collectivités locales

Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ©, jeudi 10 novembre, Jean-Claude Musabyimana au poste de ministre des CollectivitĂ©s locales, en remplacement de Jean-Marie Vianney Gatabazi . Musabyimana a Ă©tĂ© secrĂ©taire permanent du ministĂšre de l’Agriculture et des Ressources animales (MINAGRI). Il n’y a eu aucune communication officielle du nouveau rĂŽle de Gatabazi, qui Ă©tait Ă la […]
M23 yatangaje ko Leta ya RDC nikomeza kwinangira, na Goma izafatwa
Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nibukomeza kwinangira, bukanga imishyikirano, uzafata nâumujyi wa Goma. Byatangajwe nâUmuvugizi wungirije wa M23 ku rwego rwa politiki, Canisius Munyarugero, mu kiganiro yagiranye na BWIZA mu gitondo cyâuyu wa 10 Ugushyingo 2022. M23 iherutse gutangaza ko mu gihe imishyikirano na Leta […]
USA: Umunyapolitiki wapfuye yatsinze amatora y’Inteko kuri 85%
Umunyapolitiki Tony DeLuca wapfuye mu kwezi gushize yatorewe umwanya wâumushingamategeko mu nteko ishinga amategeko muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), ku majwi 85%. Ni itora ryashimishije komite yâishyaka rya Democrate mu nteko ishinga amategeko ya Leta ya Pensylvannia, isohora itangazo rigaragaza ibyiyumvire ifite. Yagize ati: “Nâubwo twababajwe nâurupfu rwâintumwa Tony DeLuca, dutewe ishema no […]
Australia: Umu hacker ari gusaba hafi miliyoni 10$ ngo adasohora inyandiko zâibanga zo kwa muganga
Umwambuzi wo kuri interineti ari gusaba hafi miliyoni 10 z’amadolari kugirango areke gushyira ku karubanda inyandiko zo kwa muganga zâAbanyaustraliya zabiwe muri kimwe mu bitero bikomeye byâikoranabuhanga byibasiye igihugu . Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga rutemewe (Dark web) mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, uyu muhanga mu kwinjira muri mudasobwa mu buryo butemewe (Hacker) […]
Igisirikare cya Somalia cyishe abarwanyi 20 ba Al Shabab kibohoza nâimijyi ibiri
Ingabo za Somalia hamwe nâimitwe yitwara gisirikare ikorana nazo zishe nibura abarwanyi 20 ba al Shabaab mu mijyi yo hagati mu gihugu, nk’uko umuyobozi wâakarere na Minisiteri yâitangazamakuru babitangaje kuri uyu wa Gatatu . Minisitiri wâitangazamakuru muri leta ya Galmudug, Ahmed Shire Falagle, yavuze ko mu mirwano yakurikiyeho hagati yâizo mpande zombi, ingabo nâiyo mitwe […]
La Haye: Humviswe umutangabuhamya wemeza ko yabonye Kabuga ku Gisenyi atanga intwaro
Kuri uyu wa Gatatu urwego rwasigariye kurangiza imanza zasizwe nâinkiko mpuzamahanga rwakomeje kuburanisha urubanza ruregwamo umunyemari Felicien Kabuga ibyaha bya jenoside, humvwa abatangabuhamya bâubushinjacyaha . Mu iburanisha rya none humviswe umutangabuhamwa wemeza ko yiyumviye Kabuga, wari uri mu rukiko, ashishikariza abantu gutanga amafaranga yo gufasha igisirikare mu ntambara yo kubuza Abatutsi kongera gutegeka igihugu kuko […]
MoĂŻse Katumbi abona ingabo za Angola ari zo zashobora gufasha FARDC
Umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi uyobora ishyaka Ensemble pour la RĂ©publique rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) abona ingabo za Angola ari zo zashobora gufasha izabo gukemura ikibazo cyâumutekano muke mu burasirazuba. Mu itangazo yashyize hanze tariki ya 8 Ugushyingo 2022 ryerekeye ku mirwano imaze iminsi hagati yâingabo za Leta, FARDC nâumutwe witwaje intwaro wa […]
U Burusiya bwategetse ingabo zabwo kuva mu gice cy’ingenzi zarimo muri Ukraine

Minisitiri wâingabo zâu Burusiya, Sergei Shoigu, yategetse abasirikare bari inyuma yâumugezi munini wa Dnieper uherera ku ruhande rw’intara ya Kherson kuhava ku mpamvu yâumutekano wabo, uw’ibikoresho byabo ndetse nâuw’abasivili. Ni icyemezo yafashe nyuma yo kuganira kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2022 na komanda wâingabo zâu Burusiya ziri kurwanira muri Ukraine, General Sergei Surovikin. Ni ikiganiro […]
Abagaba bâingabo zo muri EAC bahuriye i Bujumbura

Abagaba bâingabo zo mu bihugu bigize umuryango wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba (EAC) bahuriye mu nama yabereye mu murwa mukuru wâubukungu wâu Burundi, Bujumbura. Iyi nama yabaye kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2022 yatumiwemo komanda wâingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (MONUSCO), General Marcos De SĂĄ Affonso Da Costa, […]
U Bufaransa bwarakariye u Butaliyani bwanze kwakira abimukira baturutse muri Afurika
Guverinoma yâu Bufaransa yagaragaje ko yarakajwe nâuko u Butaliyani bwanze kwakira ubwato bwari butwaye abimukira 234 baturutse mu majyaruguru yâumugabane wa Afurika. Ibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, byatangaje ko nyuma yo gutabarirwa ku nyanja ya Mediterranee, aba bimukira bari bamaze ibyumweru bibiri bacumbikiwe mu bwato bwâubugiraneza bwa Ocean Viking ku cyambu cy’u Butaliyani. Gusa ngo guverinoma […]
U Bwongereza: Umwami Charles III nâumugore we Camilla batewe amagi
Kuri uyu wa Gatatu, umugabo wo mu Bwongereza yatawe muri yombi nyuma yo gutera amagi Umwami Charles III na Camilla, umugore we akaba nâumwamikazi, ubwo bari mu majyaruguru yâu Bwongereza . Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye amagi ane mu kirere anyura hejuru yâumwami wâu Bwongereza nâumugore we yikubita hasi ubwo bari bageze mu birori […]
Minembwe: Nyuma yâiyicwa rya Pasiteri Muzima barasaba ko brigade ya 12 ya FARDC yasimburwa
Nyuma yâurupfu rwa Pasiteri Muzima kuwa Mbere ushize yishwe nâabasirikare ba FARDC, abaturage batuye mu Minembwe barasaba ko brigade ya 12 ya FARDC yavanwa muri iyi teritwari kuko igiye kubamaraho abantu . Pasiteri Muzima, yishwe kuwa 07 Ugushyingo 2022, ahagana mu ma saa mbiri za mu gitondo yiciwe muri centre ya Madegu i Minembwe yishwe […]
Gasabo: Umusore urwaye impyiko zombi arasaba ubufasha

Umusore witwa Niyigena Emmanuel utuye mu murenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo, arasaba abagiraneza kumufasha kubona ubushobozi bwâamafaranga yâu Rwanda miliyoni 18 asabwa kugira ngo yivuze impyiko ebyiri. Niyigena mu kiganiro yagiranye na BWIZA, yatangaje ko iyi ndwara yamufashe muri Werurwe 2022, nyuma yo kurangiza amasomo ya âcivil engineeringâ muri kaminuza ya INES-Ruhengeri. Yakomeje […]
M23 iremeza ko idateganya kuzasubira mu nkambi zâimpunzi ahubwo yiteguye kwirwanaho
Umuyobozi wa politiki wa M23 , Bertrand Bisiimwa, abinyujije kuri twitter, yatangaje ko amahitamo yabo ari ibiganiro byo gukemura ikibazo, ariko ko niba Kinshasa yahisemo intambara, igomba kwirengera intambara, ufite imbaraga akazatsinda kandi Kinshasa itazongera gusaba uyu mutwe kuva mu bice yatakaje . Mu itangazo bwashyize ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, itariki 08 Ugushyingo 2022, […]
Umugabo wâi Ruhango wari warahungiye i Kigali ari kwitegura gutaha
Umuturage witwa Habimana Jean Baptiste wabwiye bwiza.com ko yari amaze amezi 9 ahungiye mu mujyi wa Kigali, avuga ko inama njyanama yâakarere ka Ruhango yateranye ikamusaba gutaha iwe mu rugo. Ni inama avuga ko yabaye kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2022, yayobowe na Hon. Byabarumwanzi François wigeze kuganira na Habimana ku kibazo cye gikomoka ku […]
Impamvu Perezida Museveni yirukanye Gen. Lutaaya wari umugaba wâingabo zirwanira mu kirere
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko uwari umugaba mukuru wâingabo zirwaniraa mu kirere, Lt. Gen. Charles Lutaaya, wasimbuwe kuri uyu mwanya, yawirukanweho na Perezida Museveni, akaba nâUmugaba wâIkirenga wâIngabo, kubera impanuka nyinshi kajugujugu zâigisirikare zimaze iminsi zihura nazo nkâuko amakuru agera kuri Chimpreports avuga . Umuvugizi wâIgisirikare cya Uganda, Brig. Felix Kulayigye, mu […]
Ukraine yatangaje ko ishaka kuzagirana ibiganiro n’uzasimbura Putin

Umujyanama mukuru wa Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, Mykhailo Podolyask, yatangaje ko ubutegetsi bwâigihugu cyabo buzagirana ibiganiro nâumusimbura wa Perezida wâu Burusiya uriho ubu, Vladimir Putin. Mykhailo yabitangarije kuri Twitter avuga ku nkuru ya Washington Post yâuko Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yaba yarasabye âmu ibangaâ Zelensky ko yagaragaza ubushake bwo […]
Uganda: Abanyeshuri bagiye gutaha igihembwe kitarangiye
Guverinoma ya Uganda yafashe icyemezo cyo kohereza abanyeshuri mu biruhuko ibyumweru bibiri mbere y’uko igihembwe kirangira kubera icyorezo cya Ebola . Minisitiri wâuburezi, Janet Museveni, akaba ari nâumutegarugori wa Perezida Yoweri Museveni, mu itangazo yashyize ahagaragara yatangaje ko guverinoma izafunga amashuri y’incuke, amato nâayisumbuye ku itariki ya 25 yâuku kwezi. Abayigamo bari mu gihembwe cya […]