Tunisia: Igipolisi cyitambitse abashakaga kujya kwigaragambiriza ahabera inama ya OIF

Kuri uyu wa Gatanu, abapolisi ba Tunisia barashe ibyuka biryana mu maso kugira ngo batatanye abigaragambyaga mu mujyi wa Zarzis bagerageje kugera ku kirwa cya Djerba, aho abayobozi b’ibihugu bivuga igifaransa bagomba gukorera inama mu mpera z’iki cyumweru, nk’uko abatangabuhamya babitangaje . Iyi myigaragambyo yahungabanyije Zarzis, ihujwe na Djerba n’ikiraro kirekire, imaze ibyumweru byinshi bitewe […]

Rusizi: Itumbagira ry’igiciro cy’ifumbire rikomeje kubera ingorabahizi abahinzi b’icyayi

Rugamba avuga ko bakomeje gukora ubuvugizi ngo harebwe icyakorwa

Abahinzi b’icyayi ba The villageois UMACYAGI bakorana n’uruganda rw’icyayi rwa Shagasha mu karere ka Rusizi, baravuga ko bahangayikishijwe cyane n’itumbagira rikabije ry’igiciro cy’ifumbire bavuga ko imaze kwikuba hafi kabiri ugereranije n’uko yaguraga umwaka ushize, bagasaba ubuvugizi ngo bahabwe nkunganire nk’uko byagenze mu itera rishize. Mu kiganiro na BWIZA, bamwe muri bo bavuze ko mu itera […]

L’Arabie saoudite et le Rwanda discutent de la promotion d’un partenariat dans les domaines numĂ©riques innovants

dst_1815230_3641339_3_3_2022111801033490.jpg

Le sous-ministre des communications et des technologies de l’information, ing. Haitham bin Abdurrahman Al-Ohali, a reçu ici vendredi la ministre des Technologies de l’Information, des Communications et de l’Innovation de la RĂ©publique du Rwanda, Paula Ingabire, actuellement en visite dans le Royaume . La rĂ©union s’est dĂ©roulĂ©e en prĂ©sence de la secrĂ©taire gĂ©nĂ©rale de l’Organisation […]

Maj. Gen. Nyakarundi ukuriye ubutasi bw’u Rwanda ari i Kampala

Abakuriye ubutasi bwo mu bihugu by'akarere bateraniye i Kampala

Umuyobozi Mukuru w’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare cy’u Rwanda, Major General Vincent Nyakarundi ari mu ruzinduko rw’akazi i Kampala muri Uganda. Maj. Gen. Nyakarundi yitabiriye inama y’iminsi ibiri y’abakuriye inzego z’ubutasi zo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, ibera muri Protea Hotel Skyz guhera kuri uyu wa 17 Ugushyingo 2022. Iyi nama iyobowe n’ukuriye ubutasi bwa Uganda, Maj. […]

Sinigeze nkora ku mbunda – Shimiyimana uri mu bashinjwa kwica Amb. Attanasio

Uwitwa Shimiyimana Prince Marco, ushinjwa kuba ari we warashe isasu ryahitanye Ambasaderi w’u Butaliyani muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Luca Attanasio, ku ya 22 Gashyantare 2021 hafi ya Goma, yatangaje ko ari umwere nk’abandi baregwa, kuri uyu wa Gatatu ushize imbere y’urukiko rwa gisirikare rwa Kinshasa / Gombe . “Sinigeze nkora ku mbunda. Nta […]

Tshisekedi ntiyitabira inama ya OIF kubera imirwano ya FARDC na M23

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisisekedi, ntabwo yitabira inama y’umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF) ibera i Djerba muri Tunisia, kubera imirwano iri kuba hagati y’ingabo z’igihugu ayoboye n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Muri iyi nama izahuriramo abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 31 barimo Emmanuel Marcon w’u Bufaransa, […]

Urukiko rwemeje ko rudafite ububasha bwo kuburanisha Karasira Aimable

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasobanuye ko rudafite ububasha bwo kuburanisha Karasira

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko rudafite ubushobozi bwo kuburanisha Karasira Aimable wabaye umuhanzi n’umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda. Mu gihe byari byitezwe ko uru rukiko ruburanisha mu mizi Karasira kuri uyu wa 18 Ugushyingo, rwatangaje ko uru rubanza ruzabera mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi ruherereye i Nyanza. Iki cyemezo […]

Uyoboye ingabo za Kenya yijeje FARDC ko mu cyumweru gitaha azajya kuyifasha ku rugamba

“Mu cyumweru gitaha nzaza, nshobora kuza ninjoro cyangwa ku manywa. Murabizi na Yesu yavuze ko umunsi azazira utazwi”, ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi w’ingabo za Kenya zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ubwo yasuraga ingabo za FARDC agiye kureba uko byifashe ku rugamba. Major General Jeff Nyaga wo mu ngabo za Kenya yeretswe […]

Amafoto: Indege z’intambara zaherekeje ikipe ya Poland yitabiriye igikombe cy’Isi

Izi ndege zagejeje ikipe y'igihugu ku mupaka

Indege z’intambara zo mu bwoko bwa Falcon F16 zaherekeje ikipe y’igihugu ya Poland yitabiriye irushanwa ry’igikombe cy’Isi kirabera muri Qatar guhera ku wa 20 Ugushyingo 2022. Iyi kipe yatangarije aya makuru kuri konte yayo y’urubuga rwa Twitter kuri uyu wa 17 Ugushyingo, aho yagize iti: “Twaherekejwe ku mupaka wo mu majyepfo ya Poland n’indege za […]

RDC: Urujijo ku waba arimo kugenzura Kibumba hagati ya FARDC na M23

capture-28.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kirigamba kuba cyisubijje 90% by’ibice bigize Gurupoma ya Kibumba kibifashijwemo n’indege z’intambara za Su-25, ariko uruhande rwa M23 rukabinyomoza ruvuga ko nta nta sentimetero ya Kibumba zafashe . Iyi nkuru dukesha Mediacongo iravuga ko uduce twa Kabuhanga, Kabuye, Rwibiranga, Nyundo, Kanyamahoro, byose ubu biri mu maboko ya […]

Gicumbi: Bane bakurikiranweho gukubita umuntu bikamuviramo urupfu

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 16 Ugushyingo 2022, bwagejeje imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Gicumbi abagabo bane bo mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Mvuzo, Umudugudu wa Munyinya, bakekwaho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa bikaviramo umuntu urupfu . Abaregwa bakaba bakekwaho kuba barishe umuturanyi wabo […]

Uko Susan yishe uwakodeshejwe n’umugabo we ngo amuhitane

Ni inkuru yumvwa, igatangaza benshi, uburyo umugore Susan Kuhnhausen yabashije kwirwanaho akica umwicanyi wari wishyuwe n’umugabo we ngo aze amwice. Ese byagenze bite? Inkuru yanditswe mu mwaka w’2007 n’ikinyamakuru Portland.ore, yavugaga umugabo wo muri Oregon wakatiwe imyaka icumi y’igifungo azira kwishyura umwicanyi ngo azice umugore we. Susan Kuhnhausen bivugwa ko yarwanye urugamba rutoroshye n’umwicanyi bikarangira […]

Ingabo za Uganda mu myiteguro ya nyuma yo gutangira misiyo ya EAC muri RDC

UPDF iremeza ko ingabo zayo ziri mu myiteguro ya nyuma

Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko ingabo zacyo ziri mu myiteguro ya nyuma yo kujya gutangira ubutumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Iki gisirikare kizwi nka UPDF cyashyize amafoto y’abasirikare bacyo ku rubuga rwacyo bigaragara ko bari mu nkambi bamaze iminsi bahugurirwamo, gisobanura ko mu minsi iri imbere […]

Ambasaderi Cohen abona M23 ifashe Goma, yarema igihugu cyigenga

Ambasaderi Herman Cohen wigeze kuba Umunyamabanga wungirije wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe dipolomasi ku mugabane wa Afurika abona mu gihe umutwe witwaje intwaro wa M23 wafata umujyi wa Goma, washyiraho igihugu cyigenga. Bigaragara mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ku wa 15 Ugushyingo 2022, aho yagize ati: “Mu gihe abarwanyi ba M23 bafata […]

Imfura ya Kabuga irateganya kwigaragambiriza ku rukiko rwa UN

Urubanza rwa Kabuga rurakomeje, hatangwa ibimenyetso, havumvikana ubuhamya

Umuhungu wa mbere wa Kabuga FĂ©licien witwa Nshimyumuremyi Donatien arateganya kwigaragambiriza imbere y’urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (UN) ruherereye i La Haye mu Buholandi rwasigariyeho urwa Arusha rwari rwarashyiriweho u Rwanda, asaba ko umubyeyi we ahabwa ubutabera buboneye. Nshimyumuremyi wiyita ‘Nshima’ avuga ko azakora iyi myigaragambyo tariki ya 24 Ugushyingo 2022, ndetse arasaba n’abashyigikiye igitekerezo kuzerekeza kuri […]

Uko ibihugu bikurikirana mu guhabwa amahirwe yo gutwara Igikombe cy’Isi cya 2022

Iminsi itatu yonyine kuri ubu ni yo ibura kugira ngo i Doha no mu yindi mijyi igize igihugu cya Qatar hatangire Igikombe cy’Isi cya 2022. Ni ku nshuro ya 22 iri rushanwa rifatwa nk’iriruta ayandi mu mupira w’amaguru rigiye gukinwa, nyuma yo gutangira gukinwa mu 1930. Iri rushanwa kandi rigiye gukinwa nyuma y’imyaka 20 Ikipe […]

Umuherwe Bill Gates na Guverineri wo muri Kenya bahanye impano

Guverineri Mutula na we yahaye Gates inkoni yo kugenderaho

Umunyamerika Bill Gates uri mu baherwe batatu ba mbere ku Isi yahaye Guverineri w’intara ya Makueni muri Kenya, Mutula Kilonzo Jr impano y’igitabo, na we amuha inkoni yo kugenderaho. Gates ari mu ruzinduko rw’akazi muri iki gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba, aho ari mu bikorwa by’umuryango Bill and Melinda Gates Foundation byo guhangana n’ibura ry’ibiribwa […]

Abadepite bagiye kuzenguruka igihugu bagenzura ishyirwa mu bikorwa rya Gahunda za Guverinoma

fhxo1ubaaaadf9q.jpg

Abadepite bagiye gusura Uturere twose bagenzura ishyirwa mu bikorwa rya Gahunda za Guverinoma hitabwa ku baturage bo mu byiciro byihariye nk’uko bigaragra mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 17 Ugushyingo . Ubwo muri Werurwe abagize inteko ishinga amategeko bayobowe n’umuyobozi wabo, Mukabalisa Donatille, basuraga Intara y’Amajyaruguru, abaturage bahawe umwanya bagaragaza […]

Nyabihu: Barishimira ko ikiraro cya Nyamutera cyongeye kuba nyabagendwa

Abakoresha uyu muhanda bishimiye ko iki kiraro cyavuguruwe

Isanwa ry’ikiraro cya Nyamutera giherereye mu kagari ka Gakoro, umurenge wa Rugera mu karere ka Nyabihu, kikongera kuba nyabagendwa ni kimwe mu byashimishije abaturage bagikoresha umunsi ku w’undi by’umwihariko abakora umurimo w’ubucuruzi. Iki kiraro gisannye nyuma y’ibyumweru bibiri BWIZA ikoze ubuvugizi aho abaturage basabaga ubuyobozi kugisana kuko cyabahombyaga. Abagenzi bavaga i Musanze bajya Vunga cyangwa […]

Ingabo za Zambia ziracyavugwa ku butaka bwa R. D. Congo

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Ugushyingo, abaturage bo muri Gurupoma ya Moliro, muri Teritwari ya Moba mu Ntara ya Tanganyika bamaganye icyo bise kwigarurira mu buryo butemewe igice cy’ubutaka bwa Congo kw’ingabo za Zambia. Nk’uko amakuru menshi abivuga, iki kibazo kimaze imyaka ibiri . Muri Werurwe 2020, abasirikare ba Zambia binjiye ku butaka […]

Goma: Ingabo za Kenya zatangiye kwitwa Abatutsi no kuvugwaho gucengerwamo na RDF

fhszv9vxwaqknmf.jpg

Ingabo za Kenya zimaze iminsi ibarirwa ku ntoki zigeze I Goma mu rwego rw’ubutumwa buhuriweho bw’ingabo za EAC zigamije kugarura umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zatangiye kwibasirwaa na bamwe mu Banyekongo nyuma y’aho uwagiye aziyoboye atangaje ko mu bintu by’ibanze byazijyanye hatarimo guhangana na M23 . Nk’urugero, ku mbuga nkoranyambaga, kuri […]

Les inondations font trois morts Ă  kigali

La ville de Kigali a exhortĂ© les habitants Ă  quitter les zones Ă  haut risque et Ă  ne pas conduire pendant les fortes pluies aprĂšs que les inondations ont tuĂ© trois personnes, dont un motocycliste, mercredi . Des responsables ont dĂ©clarĂ© que le motocycliste avait Ă©tĂ© emportĂ© et tuĂ© par les inondations dans le secteur […]

Umunyabyaha ruharwa washakishwaga kurusha abandi muri Israel yafatiwe muri Afurika y’Epfo

Umunyabyaha ruharwa wo muri Israel washakishwaga kurusha abandi, uvugwaho ko ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi kazwi cyane muri iki gihugu, yafatiwe mu murwa mukuru w’ubucuruzi wa Afurika y’Epfo, Johannesburg . Yatawe muri yombi hamwe n’abandi barindwi mu gitero cyagabwe mu gitondo cya kare uri uyu wa Gatanu mu rugo bari barimo, nk’uko byatangajwe na […]

Umuryango w’Umunyafurika wapfiriye ku rugamba muri Ukraine wokeje igitutu u Burusiya

Umuryango w’umusore w’imyaka 23 wakomogaga muri Zambia, Nathan Lemekhani Nyirenda, wapfiriye ku rugamba muri Ukraine, wokeje igitutu u Burusiya bwarumbujyanyemo, ubusaba ibisobanuro byimbitse. Guverinoma y’u Burusiya yemenyesheje iya Zambia tariki ya 9 Ugushyingo ko uyu musore wari waragiye kwiga amasomo ya nikeleyeri yapfiriye ku rugamba muri Nzeri 2022, gusa ntiyatanga ibisobanuro ku buryo yaba yarisanze […]

Umwami Charles III yashinjwe kuba inyuma y’ubukangurambaga bwari bugamije guharabika Princess Diana

prinzessin-diana-und-patrick-jephson.jpg

Patrick Jephson yari Umuyobozi mukuru w’abakozi b’Igikomangomakazi Diana mu gihe cy’imyaka umunani, akaba n’umwe mu ncuti ze magara igihe yari mu muryango w’ibwami mu Bwongereza. Mu gihe Jephson yacecetse mu myaka yose ishize, ubu arimo kuvuga ko abahoze ari abakozi b’Umwami Charles III bahindanyije isura ya Diana muri “gahunda itunganijwe” bakwiza ibihuha ko yari afite […]

Umuhungu wa Trump yasabye USA guhagarika inkunga iha igisirikare cya Ukraine

Donald Trump Jr, umuhungu wa Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), arasaba ubutegetsi bw’iki gihugu guhagarika inkunga buha igisirikare cya Ukraine. Ni ubusabe yatanze kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2022 nyuma y’umunsi umwe ingabo za Ukraine zirashe igisasu ku butaka bw’igihugu kigize umuryango w’ubwirinzi wa NATO, kikica abantu babiri. Iki […]

Koreya ya Ruguru yabwiye Amerika ko iri mu rusimbi izicuza nyuma yo kurasa mu Nyanja y’u Buyapani

Kuri uyu wa Kane, Koreya ya Ruguru yateguje “igisubizo gikaze cya gisirikare” ku bijyanye n’ingamba za Amerika zo kongera ingabo muri kariya karere hamwe n’abafatanyabikorwa bayo, nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru bya leta byavuze ko Washington iri mu “rusimbi izicuza” . Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Koreya ya Ruguru, Choe Son Hui, yamaganye inama y’ibihugu bitatu iherutse kuba […]

Goma: Abasirikare batatu bakatiwe urwo gupfa bazira guhungabanya abahunze imirwano

Urukiko rwa gisirikare rukorera i Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) rwakatiye igihano cy’urupfu abasirikare batatu, rubaziza guhungabanya umutekano w’Abanyekongo bahungiye mu gace ka Kanyaruchinya. Iki cyaha cyabaye tariki ya 15 Ugushyingo 2022 ubwo Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya yagiriraga uruzinduko muri iyi nkambi y’agateganyo yabayeho kubera imirwano y’ingabo za RDC n’umutwe […]

Komanda wa misiyo ya EAC yatangaje ko icyihutirwa atari ukurwanya imitwe nka M23

Komanda w’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasiruba (EAC) muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Maj. Gen. Jeff Nyagah yatangaje ko icyihutirwa atari ukurwanya imitwe yitwaje intwaro nka M23. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku cyicaro cy’ubu butumwa giherereye i Goma kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2022, Gen. Nyagah yavuze ko ingabo za […]

RDC: Uhuru Kenyatta yasanze inyeshyamba zitarubahirije ibyo zasabwe na EAC

Umuhuza w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu biganiro by’amahoro hagati y’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) n’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri iki gihugu, Uhuru Kenyatta, yatangaje ko yasanze iyabyitabiriye itarubahirije ibyo yasabwe. Ibi bikubiye mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2022 n’ibiro bihagarariye Ambasade ya Kenya biri mu mujyi wa Goma, […]

Ingabo za FARDC zabujije inyeshyamba za M23 kurenga agasozi ka Nyundo

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Ugushyingo, biravugwa ko FARDC yabujije inyeshyamba za M23 kurenga agasozi wa Nyundo, gaherereye muri Gurupoma ya Buhumba muri Teritwari ya Nyiragongo muri Kivu y’Amajyaruguru . Nk’uko amakuru abivuga, ibisasu biremereye byumvikanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gtatu hagati ya Gurupoma za Kibumba na Buhumba. Hagati aho ibintu […]

U Burundi bwihakanye Umurundikazi wambariye ‘bikini’ muri Miss Earth

Nzirumbanje ubwo yavaga mu Burundi, agiye kwitabira Miss Earth

Guverinoma y’u Burundi yihakanye Umurundikazi witwa Lauria Claudine Nzirumbanje wambariye umwambaro wo kogana uzwi nka ‘bikini’ mu irushanwa mpuzamahanga ry’ubwiza rya Miss Earth. Nzirumbanje w’imyaka 21 y’amavuko yavuye i Bujumbura tariki ya 11 Ugushyingo 2022, yerekeza muri Philippines ahabera iri rushanwa, akaba ari Umurundikazi wa mbere witabiriye iri rushanwa. Nk’uko ikinyamakuru Akeza giherutse kubitangaza, uyu […]

Ethiopia: TPLF yemeranyije na leta gushyira intwaro hasi ingabo za Eritrea niziva mu gihugu

ethio.jpg

Guverinoma ya Ethiopia muri weekend ishize yemeranyije n’abayobozi b’ingabo za Tigray People Liberation Front (TPLF) ko aba barwanyi b’inyeshyamba bazashyira intwaro hasi ingabo za Eritrea nizimara kuva ku rugamba mu gihugu. Amasezerano yo gushyira intwaro hasi yagezweho i Nairobi, bigizwemo uruhare n’abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Obasanjo na Uhuru Kenyatta, avuga ko umutwe w’inyeshyamba […]

Imyaka 14 irashize Gen. Laurent Nkunda yakiriye Obasanjo muri Rutshuru

Gen. Nkunda yakira Obasanjo mbere yo kugirana ikiganiro

Tariki ya 16 Ugushyingo 2008, GĂ©nĂ©ral Laurent Nkundabatware wayoboraga umutwe witwaje intwaro wa CNDP (CongrĂšs National pour la DĂ©fense du Peuple) yakiriye ku biro bye muri gurupoma ya Jomba muri teritwari ya Rutshuru Olusegun Obasanjo wabaye Perezida wa Nigeria. Obasanjo wagiye muri Rutshuru mu gihe imirwano y’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) na […]

USA yatangaje icyo irakora nyuma y’aho igisasu cyiciye babiri ku butaka bwa NATO

Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zatangaje icyo zigiye gukora nyuma y’aho igisasu bikekwa ko ari icy’ingabo z’u Burusiya cyangwa za Ukraine cyiciye abantu babiri ku butaka bw’umuryango mpuzamahanga w’ubwirinzi wa NATO. Iki gisasu cyarashwe mu masaha y’ikigoroba cy’uyu wa 15 Ugushyingo 2022 mu gace ka Przewodow ko muri Poland kari mu bilometero bibarirwa muri […]

La Banque nationale du Rwanda a augmentĂ© le taux de prĂȘt pour contenir l’inflation

La Banque nationale du Rwanda (BNR) a dĂ©cidĂ© Mardi de relever le taux repo de 6,0% Ă  6,5% dans le but de contenir l’inflation . “L’inflation devrait rester Ă©levĂ©e plus longtemps que prĂ©vu. Cela est principalement dĂ» aux dĂ©fis Ă©conomiques mondiaux persistants ainsi qu’Ă  la baisse de la production agricole nationale”, a dĂ©clarĂ© le gouverneur […]

Uruhare abasirikare ba FARDC bagize mu gutuma ab’i Kanyarucinya bakwira imishwaro

fhqnqxnwiae8kb-.jpg

Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 15 Uushyingo, nyuma ya saa sita, ubwoba bwari bwose i Kanyarucinya ndetse no mu Mujyi wa Goma, aho bivugwa ko ubwo bwoba bwatewe n’umusirikare wa FARDC wari wataye umutwe warasiye amasasu menshi mu nkengero z’inkambi yakiriye abavanwe mu byabo ya Kanyarucinya bagakwira imishwaro bazi ko inyeshyamba zahageze . Ikindi […]

Byinshi ku mujyi wa Lourdes ufite umubare w’ibyumba bya hoteli uruta uw’abawutuye

Bazilika yitiriwe Bikira Mariya utarasamanwe icyaha

Lourdes ni umujyi wo mu Bufaransa uzwi kubera ubukerarugendo nyobokamana buhabera nyuma y’amabonekerwa ya Bikira Mariya Utasamanywe icyaha ku mwangavu witwaga Bernadette Soubirous. Ibarura ryakozwe muri 2021 ryerekanye ko Lourdes ituwe n’abantu 14,361. Amahoteli awubarizwamo yemewe ku rwego mpuzamahanga agera ku 173, akagira ibyumba byo gucumbikamo 14,724 n’ibitanda by’uburiri 22,200. Ni ukuvuga ko buri muturage […]

Urukiko rwemeye guhagarika urubanza rwa P.D. Habumuremyi

Urukiko rwibanze rwa Gasabo, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Ugushyingo, rwatanze uburenganzira bwo guhagarika dosiye yaregwagamo uwahoze ari Minisitiri w’intebe, Pierre-Damien Habumuremyi, maze rwemera gukemura ikibazo cye hanze y’urukiko . Mu gihe cyo gutangaza iki cyemezo, umucamanza wari ufite urubanza yemeje icyifuzo cya Daniel Bizimana cyo gukuraho ikirego yari yareze Habumuremyi ko yamukodesheje […]

Donald Trump yatangaje ku mugaragaro ko azahatana mu matora yo mu 2024

Donald Trump yatangaje ko azongera kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu 2024 nubwo ari gukorwaho iperereza ku byaha byinshi ndetse n’imikorere mibi y’abakandida yashyigikiye mu matora yo hagati muri manda aherutse . Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Trump yatangije ku nshuro ya gatatu guhatanira umwanya wa perezida mu […]

Uhuru Kenyatta yasabye FARDC na M23 kugirira impuhwe Abanyekongo

Uhuru yababajwe n'imibereho y'abahungiye Kanyaruchinya

Intumwa y’amahoro y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu biganiro by’ubuhuza hagati y’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) n’imitwe yitwaje intwaro, Uhuru Kenyatta, yasabye ingabo za Leta na M23 kugirira impuhwe Abanyekongo. Uhuru uri mu ruzinduko muri RDC kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2022 yasuye Abanyekongo benshi bahungiye imirwano y’ingabo za Leta na M23 […]

U Burusiya bubona muri UN hakwiye kuba itora risaba USA gusana ibyo ‘yangije’ mu bihugu byinshi

Ibihugu 94 byatoye ko u Burusiya busana ibyo bwangije muri Ukraine

Leta y’u Burusiya ibona mu nteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye hakwiye kubamo itora risaba Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) gusana ibyo ‘yangije’ mu ntambara zabaye mu bihugu bitandukanye. Ni ijambo ryavuzwe n’Umuyobozi wungirije w’akanama k’u Burusiya gashinzwe umutekano, Dmitry Medvedev, nyuma y’aho muri iyi nteko ya UN hatowe umwanzuro usaba igihugu cye gusana ibyo cyangije […]

Sudani: Uwari umuvugizi w’ingabo yafashwe nyuma y’amasaha ashinze umutwe witwaje intwaro

Abategetsi ba Sudani bataye muri yombi abahoze mu gisirikare benshi barimo uwahoze ari umuvugizi w’ingabo, Khalid Saad Alsawarmi, nyuma y’amasaha make hashinzwe umutwe witwaje intwaro, Patriotic Entity Forces (PEF) . Ku ya 13 Ugushyingo, itsinda ry’abasirikare bakuru bari mu kiruhuko cy’izabukuru muri Sudani ryatangaje ko hashyizweho umutwe witwaje intwaro. PEF, ugamije kurengera inyungu z’abaturage bo […]

RDC: Imirwano irakomeje hagati ya FARDC na M23 birwanira kugenzura Kibumba

Imirwano ikaze yakomeje kuri uyu wa Kabiri, itariki 15 Ugushyingo hagati ya FARDC n’inyeshyamba za M23 mu nkengero za Kibumba, muri Teritwari ya Nyiragongo, nko mu birometero makumyabiri mu majyaruguru ya Goma (Kivu y’Amajyaruguru) . Abazi Kivu y’Amajyaruguru bemeza ko Kibumba iramutse ifashwe ari nk’aho na Goma yaba yafashwe ari yo mpamvu FARDC yahashyize ibirindiro […]

Kagame a rencontré le Premier ministre japonais au sommet du G20

fhhtvukwiaay-y8.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame a rencontrĂ© lundi le Premier ministre japonais, Fumio Kishida, lors du sommet du G2O, oĂč les deux ont discutĂ© des moyens de renforcer davantage la coopĂ©ration bilatĂ©rale existante . Les deux hommes ont Ă©changĂ© sur des questions d’actualitĂ© liĂ©es Ă  la coopĂ©ration dans les secteurs de l’attĂ©nuation du changement climatique, du […]

Abatuye Isi bamaze kugera kuri miliyari 8 nyuma y’imyaka 11 babaye miliyari 7

Umuryango w’Abibumbye watangaje ko abatuye Isi bageze kuri miliyari umunani, nyuma y’imyaka 11 gusa bageze kuri miliyari zirindwi . Nyuma yo kwiyongera gukabije hagati mu kinyejana cya 20, ubwiyongere bw’abaturage bumaze kugenda buhoro. Bishobora gutwara imyaka 15 kugirango abatuye Isi bazagere kuri miliyari icyenda kandi Loni ntiteganya ko bagera kuri miliyari 10 mbere ya 2080. […]

Amerika iremeza ko Iran igifitiye inzika Mike Pompeo na mugenzi we kubera iyicwa rya Gen. Qassem Soleimani

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziremeza ko Iran igifitiye inzika uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Mike Pompeo ndetse n’uwahoze ari intumwa idasanzwe ya Amerika muri Iran kubera iyicwa rya Gen. Qassem Soleimani . Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika ibi yabimenyesheje inteko ishinga amategeko mu cyumweru gishize ivuga ko abo bayobozi bahoze muri leta ya Donald […]

U Bwongereza bugiye kuvana ingabo zabwo muri Mali mbere y’igihe cyari giteganyijwe

U Bwongereza bugiye gukura ingabo zabwo muri Mali amezi atandatu mbere y’uko byari biteganijwe, nubwo ibikorwa by’intagondwa z’Abayisilamu byiyongera muri ako karere . Minisitiri w’ingabo z’u Bwongereza, James Heappey, yavuze ko itsinda ry’ingabo 300 z’u Bwongereza zari mu zigize ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga Amahoro muri Mali (MINUSMA), zizarangiza hakiri kare ubutumwa bw’imyaka itatu zari […]

USA yasabye u Rwanda gufata ingamba zituma umwuka mubi na RDC uhagarara

Blinken aganira na Minisitiri Biruta ku kibazo cya RDC n'u Rwanda

Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zasabye u Rwanda gufata ingamba zituma umwuka mubi watutumbye mu mubano warwo na Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) uhagarara. Ibi bikubiye mu kiganiro Umunyamabanga wa USA, Antony Blinken, yagiranye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Vincent Biruta, ubwo bahuriraga i Bali muri Indonesia mu nama y’ibihugu 20 bikize, […]

Masisi: Uwitwa Rukundo Kimenyi w’imyaka 45 yishwe n’abantu bataramenyekana

Mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere ushize itariki 14 Ugushyingo 2022, ntibyari byiza ku baturage bo mu mudugudu wa Murambi, uturanye n’umujyi muto wa Ngungu muri Teritwari ya Masisi . Ni nyuma y’iyicwa ry’umuturage witwa Rukundo Kimenyi w’imyaka 45, wari utuye muri ako gace, bivugwa ko yakubiswe n’amabandi ataramenyekana bikamuviramo urupfu. […]

Dr Mbonimana weguye ‘kubera ubusinzi’ yijeje Abanyarwanda ko yacitse ku nzoga

Dr Mbonimana yatangaje ko atazongera kunywa inzoga

Dr Mbonimana Gamariel weguye ku mwanya w’ubudepite kubera ubusinzi, yasezeranyije Perezida Paul Kagame n’Abanyarwanda muri rusange ko atazongera kunywa inzoga. Uyu munyapolitiki wari uhagarariye ishyaka PL mu nteko ishinga amategeko, yatanze ibaruwa y’ubwegure tariki ya 11 Ugushyingo 2022, nyuma y’aho Perezida Kagame atangaje ko abapolisi bamufashe inshuro nyinshi yasinze bikabije. Perezida Kagame yatangarije aya makuru […]

Huye: Babiri barashinjwa kwica umumotari

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye abagabo babiri umwe w’imyaka 42 n’undi w’imyaka 20 bakekwaho kwica umuhungu w’umumotari bakamwiba moto . Ni icyaha bivugwa ko bakoze mu ijoro ryo ku itariki 04/11/2022 barishe umuhungu w’imyaka 23 w’umumotari bamukubise umuhini n’umuhoro mu mutwe batwara na moto, mu ishyamba rya RAB Rubona (ahitwaga muri ISAR Rubona) […]

Umunyafurika wari waragiye kwiga mu Burusiya, yaguye ku rugamba muri Ukraine

U Burusiya bwatangaje ko umunyeshuri w’imyaka 23 y’amavuko ukomoka muri Zambia yapfiriye ku rugamba muri Ukraine mu mezi abiri ashize. Uyu musore witwa Nathan Lemekhani Nyirenda muri Mata 2020 ubwo yigaga amasomo y’ingufu za nikeleyeri, yahamijwe icyaha cyo gutunga ibiyobyabwenge, akatirwa igifungo cy’imyaka 9. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Zambia, Stanley Kakubo, yatangaje ko mu gihe […]

Abacu ni bo bishyura ikiguzi cy’ibibazo bizamba kubera impamvu zituruka hanze: Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda akaba n’Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’umuryango wa Afurika yunze ubumwe gishinzwe iterambere, AUDA-NEPAD, Pau Kagame yatangaje ko akenshi usanga Abanyafurika ari bo bishyura ikiguzi cy’ibibazo bizamba kubera impamvu zikomoka hanze y’uyu mugabane. Ni ijambo yavugiye mu nama ihuza ibihugu 20 bikize yabereye i Bali muri Indonesia, yari yatumiwemo nk’umuyobozi wa AUDA-NEPAD. Perezida Kagame […]

Bamwe mu banyapolitiki bamenyekanyeho kuba abasinzi birenze urugero mu mateka

franklin.jpg

Abantu benshi basize ikimenyetso mu mateka y’abantu. Binyuze mu buhanzi, siyanse, umuziki cyangwa ibikorwa bya gisirikare na politiki, bamwe muri bo banditsweho inkuru muri Lords of the Drinks kandi ushobora kubasanga mu gice cy’abasinzi bazwi mu mateka ariko twibanze ku banyapolitiki mu rutonde rw’abasinzi 6 bazwi mu mateka nubwo atari bo bonyine . 6. Benjamin […]

Uhuru Kenyatta yamenyesheje Abanyekongo ko hari abashaka kubatanya bagamije inyungu zabo

Intumwa y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba mu biganiro by’amahoro byo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Uhuru Kenyatta, yamenyesheje Abanyekongo ko hari abashaka kubatandukanya bagamije inyungu zabo. Ni ijambo yavugiye i Kinshasa kuri uyu wa 13 Ugushyingo, mu gihe agirirayo uruzinduko rugamije gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa RDC. Nk’uko Radio Okapi ibivuga, Uhuru […]

Les autoritĂ©s suggĂšrent de porter l’Ăąge de la consommation d’alcool Ă  21 ans

L’Ăąge lĂ©gal pour boire de l’alcool au Rwanda devrait passer Ă  21 ans, ont exhortĂ© les hauts dirigeants du gouvernement sous l’Ă©gide du Unity Club . Le Unity Club est une association qui rassemble des membres du cabinet – anciens et actuels, leurs conjoints et d’autres hauts responsables gouvernementaux, dans le but de promouvoir l’unitĂ© […]

Turukiya yateye utwatsi ubutumwa bwa USA buyihanganisha

Guverinoma ya Turukiya yateye utwatsi ubutumwa bwa Ambasade ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) buyihanganisha ku bw’ibyago byo gupfusha abaturage mu gitero cy’iterabwoba. Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2022 ni bwo igisasu cyaturikanye abaturage bari mu mujyi wa Istanbul, cyica batandatu, abandi 81 kirabakomeretsa, nk’uko Minisiteri y’umutekano y’iki gihugu yabitangaje. Abayobozi bo mu bihugu […]

Minisitiri Lavrov yahakanye ko yajyanwe mu bitaro akigera muri Indonesia aho yitabiriye inama ya G20

skynews-sergei-lavrov-russia_5965900.jpg

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’ Burusiya, Sergei Lavrov, ngo yajyanywe mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo cy’umutima nyuma yo kugera i Bali yitabiriye inama ya G20, nk’uko abayobozi benshi bo muri Indonesia babitangaje kuri uyu wa Mbere . Uyu mudipolomate ukomeye w’u Burusiya yageze ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru ku kirwa cy’ibiruhuko cya Bali, ahazabera […]

Kigali: Bifuje ko imyaka y’abatemererwa kunywa inzoga igera kuri 21

Mu biganiro byabereye mu ihuriro rya 15 ry’umuryango Unity Club Intwararumuri, hari abayobozi bifuje ko imyaka y’amavuko y’abatemerewe kunywa ibisindisha (inzoga) igera kuri 21. Ikibazo cy’ubusinzi bwugarije abarimo urubyiruko kiri mu ngingo zaganiriweho muri iri huriro, aho bamwe bagaragaje ko kuba abari hagati y’imyaka 18 na 21 bemererwa kunywa inzoga bicyongerera ubukana. Imyanzuro ndetse n’ibyifuzo […]