Musanze: Arasaba gukurwa mu manegeka yasizwemo n’ababumba amatafari

Nzabakurikiza Donatille w’imyaka 53 utuye mu mudugudu wa Rutemba, Akagari ka Buruba mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze avuga ko nta cyireze cyo kubaho afite kubera atuye mu manegeka cyangwa se ku manga. Nk’uko yabibwiye umunyamakuru wa BWIZA wamusuye aho atuye yita ku manga, avuga ko aho atuye hamuteye impungenge kuko ngo iyo […]
Perezida wa Liberia ari kwibasirwa kubera umuhungu we uri gukinira USA mu gikombe cy’Isi

Perezida wa Liberia, George Weah, akomeje kwibasirwa nâabakoresha imbuga nkoranyambaga bitewe nâuko umuhungu we Timothy Weah ari gukinira Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu irushanwa ryâigikombe cyâIsi riri kubera muri Qatar. Mu mukino wahuje ikipe ya USA na Wales tariki ya 21 Ugushyingo 2022, umuhungu wa Weah yarabanje ndetse yatsinze igitego ku munota wa […]
Nta ngabo zâamahanga zizaza gukorera mu gihugu cyacu zidafatanyije na FARDC â Patrick Muyaya
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 22 Ugushyingo, Umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, yagiranye ikiganiro nâitangazamakuru kugira ngo arimenyeshe uko umutekano uhagaze mu burasirazuba ndetse nâuko ingabo zâakarere zageze muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Ku bwe, guverinoma yita ku bitekerezo byâAbanyekongo, bafite impungenge zâizi ngabo zâamahanga bakurikije ibyabaye mu mka yashize, ashimangira “ubushake […]
USA: Umuntu witwaje imbunda yishe arashe byibuze abantu 10 mu iduka rya Walmart
Polisi ivuga ko umuntu witwaje imbunda kuri uyu wa Gatatu yishe abantu bagera ku 10 mu iduka rya Walmart ahitwa Chesapeake, muri Leta ya Virginie yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Amakuru avuga ko uyu mugabo, ushinzwe ububiko, yararashe hanyuma agahindukiza imbunda akayitunga nawe akirasa. Umujyi wa Chesapeake wanditse kuri Twitter ko abapolisi […]
Perezida Ndayishimiye yerekeje muri Angola guhura nâabarimo Paul Kagame
Ibiro bya Perezida wâu Burundi byemeje ko Evariste Ndayishimiye usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), yerekeje muri Angola guhura nâabandi bakuru bâibihugu. Iyi nama Ndayishimiye, Paul Kagame uyobora u Rwanda na FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bayitumiwemo na mugenzi wabo wa Angola usanzwe ari umuyobozi w’umuryango w’akarere k’ibiyaga […]
RDC yasobanuye ibyâindege yâingabo zâu Bufaransa yaciye igikuba muri Kisangani

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasobanuye ibyâindege yâingabo zâu Bufaransa yaguye bitunguranye ku kibuga cyâindege cya Bangboka mu mujyi wa Kisangani, abaturage nâabo mu nzego zishinzwe umutekano bagacikamo igikuba. Iyi ndege yâubwikorezi yaguye kuri iki kibuga ku wa 18 Ugushyingo, bamwe batangira gukeka ko ari umwanzi waba yinjiye mu gihugu ndetse ngo […]
Igisirikare cya Somalia kiravuga ko kishe abayobozi babiri ba Al Shabaab
Igisirikare cya Somaliya (SNA) kuwa Mbere cyatangaje ko cyishe abayobozi babiri bâumutwe wa Al-Shabaab, i Dhurshen, mu birometero 35 mu majyaruguru yâumujyi wa Hudur, umurwa mukuru wâakarere ka Bakol, no mu bilometero 420 mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Mogadishu . Ibi byagezweho ku bufatanye nâabashinzwe umutekano baturutse mu turere twaho, bazwi cyane ku izina rya […]
Ni muntu ki Iqbal wicaga abana b’inzererezi?
Javel Iqbal Umayr yavutse mu mwaka w’1956 apfa mu mwaka w’2001, yavukaga mu muryango w’abayisilamu bo mu bwoko bwa Punjabi Rajput. Yari umuturage wo muri Pakistan akaba umwicanyi ruharwa wahigaga abantu, akabica akabafata no ku ngufu. Yishe abana b’abahungu 100 bari hagati y’imyaka 6 na 16. Iqbal yabanzaga kuniga uwo agiye kwica kugeza abuze umwuka […]
Musanze: Umusaza w’incike avuga ko inzu abamo irutwa n’ubwiherero yubakiwe

Umusaza w’inshike witwa Munyakaragwe Elie w’imyaka 62 utuye mu mudugudu wa Rwabigwi, akagari ka Cyivugiza mu murenge wa Muko arasaba ubuyobozi ko bwamugoboka, bukamukura mu kangaratete arimo ko kuba mu nzu idahomye, agatandukana n’imbeho dore ko iyo nzu itagira n’icyumba. Aganira n’umunyamakuru wa BWIZA, Munyakaragwe yavuze ko abayeho nabi ko yatandukanye n’umugore kandi ko mu […]
Mali yahagaritse ibikorwa byâimiryango itegamiye kuri leta iterwa inkunga nâu Bufaransa
Ubutegetsi bwa gisirikare muri Mali kuri uyu wa Mbere bwahagaritse ibikorwa byâimiryango itegamiye kuri leta yose iterwa inkunga nâu Bufaransa, harimo nâimiryango yâubutabazi, mu gihe umubano hagati yâibihugu byombi ukomeje kwangirika . Minisitiri wâIntebe wâagateganyo wa Mali, Col. Abdoulaye Maiga, yasobanuye impmvu y’iki cyemezo mu itangazo yashyize ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko ari uburyo bwo […]
Ukraine yahaye Kenya imfashanyo ya toni ibihumbi 25 zâingano

Leta ya Ukraine yahaye iya Kenya imfashanyo ya toni ibihumbi 25 zâingano kugira ngo ziyifashe mu guhangana nâikibazo cyâinzara cyakajije umurego kuva mu ntangiriro zâuyu mwaka. Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua ni we wakiriye iyi mfashanyo kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2022. Ambasaderi wa Ukraine muri iki gihugu, Andriy Pravednyk ni we wayimushyirije ubwo […]
Burundi: Inyeshyamba 7 zâAbanyarwanda zishwe, izindi zifatwa mpiri
Ingabo zâu Burundi ziravugwaho kwica abarwanyi 7 bo mu mutwe witwaje intwaro ukomoka mu Rwanda, gukomeretsa benshi hamwe no gufata mpiri bane muri bo. Ikinyamakuru SOS Burundi gisobanura ko byabereye mu mirwano yabaye mu cyumweru gishize hagati yâingabo zâiki gihugu nâizi nyeshyamba mu ishyamba rya Kibira, ahaherera muri komini ya Bukinanyana na Mabayi mu ntara […]
RDC: Umuyobozi wâibiro bya perezida yaba aherutse gufungura ibaruwa irimo uburozi
Amakuru aturuka muri Perezidansi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo agera ku rubuga Infos.cd, aravuga ko Umuyobozi wâibiro byâumukuru wâigihugu, Guylain Nyembo, yarusimbutse mu cyumweru gishize nyuma yo kwakira ibaruwa irimo uburozi, ubu hakaba hari gukorwa iperereza ngo hamenyekane aho yaturutse . Amakuru yâibanze avuga ko Guylain Nyembo, yabanje gufungura ibaruwa ashaka gukuramo ubutumwa bwari […]
Mali: Bwa mbere mu myaka 10 umupadiri wâUmunyaburayi yashimutiwe i Bamako
Abakekwaho kuba intagondwa za kisilamu bashimutiye umupadiri wâUmudage mu murwa mukuru wa Mali, nkâuko bagenzi be bavuze ko kuri uyu wa Mbere ushize, akaba ari ubwa mbere mu murwa mukuru, Bamako, habereye ishimutwa ryâumunyaburayi kuva mu myaka irenga icumi ishize . Ku Cyumweru, nibwo Rev. Hans-Joachim Lohre yiteguraga kujya kwizihiza Misa mu kandi gace ko […]
Imyaka 10 irashize Kabila yirukanye Gen. Tango Four wakekwagaho guha inyeshyamba intwaro
Tariki ya 22 Ukwakira 2012 ni bwo Joseph Kabila wari Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) akaba nâUmugaba wâIkirenga wâingabo zâigihugu yirukanye GĂ©nĂ©ral Major Gabriel Amisi Kumba uzwi nka Tango Four ku mwanya wâUmugaba wâizirwanira ku butaka. Iyirukanwa rya Gen. Tango Four ryakomotse kuri raporo yari iherutse gushyirwa hanze nâimpuguke zâUmuryango wâAbibumbye zakurikiranaga […]
Burundi: Umunyamakuru wari umaze iminsi aburiwe irengero yasanzwe âmu masengeshoâ
Minisiteri ishinzwe umutekano mu Burundi yatangaje ko umunyamakuru wa Iwacu wari umaze iminsi aburiwe irengero yasanzwe mu masengesho, asengera hamwe nâabandi. Iki kinyamakuru cyatangaje ko tariki ya 20 Ugushyingo 2022 cyamenyeshejwe ko Misago JĂ©rĂ©mie yabuze ku munsi wabanje, gitangira kumushakira muri za kasho, mu bitaro no mu buruhukiro ariko nticyamubona. Iwacu yasobanuye ko yabajije abo […]
Perezida wa FIFA yatangaje ko Koreya ya Ruguru yakwakira igikombe cyâIsi
Perezida wâishyirahamwe ryâumupira wâamaguru ku Isi, Gianni Infantino, yatangaje ko nta kibazo cyaba kiri mu kuba ibihugu nka Koreya ya Ruguru byakwakira irushanwa ryâigikombe cyâIsi. Infantino yabitangarije mu mbwirwaruhame ye mu gihe irushanwa ryâigikombe cyâIsi riri kubera muri Qatar guhera tariki ya 20 Ugushyingo 2022. Uyu muyobozi yashinje ibihugu bimwe nâibitangazamakuru byo mu burengerazuba gushaka […]
Abacungagereza bo muri Uganda babujijwe kujyana terefone ku kazi muri iki gihe
Kuri uyu wa Mbere, abategetsi ba Uganda babujije abakozi ba gereza gukoresha telefone zabo zigendanwa mu gihe cyâIgikombe cyâIsi, bababurira ko abagororwa bashobora kwifashisha kurangarira ibibera muri iyi mikino kwabo bagatoroka . Umuvugizi wa Komiseri Mukuru ushinzwe amagereza, Frank Mayanja Baine, mu magambo ye yagize ati: “Itangira ryâamarushanwa yâigikombe cyâIsi cyâumupira wâamaguru ku ya 20 […]
Rubavu: Mu modoka 78 zitabiriye isuzuma ryâubuziranenge 38 ni zo zitasanzwemo amakosa

Imodoka 40 muri 78 zitabiriye ku munsi wa mbere wa Serivisi yo gusuzuma ubuziranenge bwâibinyabiziga hifashishwa imashini yimurwa, yegerejwe abo mu Karere ka Rubavu, zatsinzwe igenzura ba nyirazo basabwa gukosora amakosa ya mechanique yagaragaye . Ibi byemejwe nâUshinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi nâabaturage mu Ntara yâIburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Mucyo Rukundo, uvuga ko […]
Abasilamu barasaba Leta kubafasha gukora impinduka mu idini bavuga ko ryugarijwe n’ibibazo
Umuryango wâAbasilamu mu Rwanda urasaba Leta kuwufasha gukora impinduka mu idini ryabo, kuko ngo ryugarijwe nâibibazo byinshi bimaze igihe kinini birimo imicungire mibi y’umutungo n’imiyoborere itanoze. Ibi bibazo bigaragara mu nyandiko ifunguye Imanzi Fahd Al-Sud washinze itsinda TF2/Islam Impinduka ya II yageneye abanyamakuru tariki ya 31 Ukwakira 2022. Muri ibi bibazo, Imanzi avuga ko hariko […]
Des attachés de défense ont inspecté les lieux de la fusillade à la frontiÚre RD Congo-Rwanda

Les attachĂ©s militaires accrĂ©ditĂ©s au Rwanda ont visitĂ© et ont Ă©tĂ© tĂ©moins , lundi, des circonstances dans lesquelles un soldat de la RD Congo a Ă©tĂ© abattu aprĂšs avoir traversĂ© le poste frontiĂšre de Petite BarriĂšre dans le district de Rubavu le samedi 19 novembre et a commencĂ© Ă tirer sur les tours de garde […]
Burundi: Umunyamakuru wâikinyamakuru Iwacu amaze iminsi aburiwe irengero
Umunyamakuru w’ikinyamakuru cyigenga cyo mu Burundi, Iwacu, yaburiwe irengero kuva kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize . Iki kinyamakuru akorera ndetse n’umuryango we, bemeza ko JĂ©rĂ©mie Misago bamubuze muri kasho zizwi n’amategeko kugeza ubu. Umuvugizi w’igipolisi avuga ko ayo makuru inzego zâumutekano zayamenye kandi zirimo gukora ibishoboka kugira uyu munyamakuru JĂ©rĂ©mie Misago aboneke. Hari hashize imyaka irenga […]
Ndayishimiye yavuze uko umubano w’u Burundi n’u Rwanda wifashe, akomoza ku kibazo cy’abarimo Gen. Niyombare
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko kuri ubu nta mwuka mubi wavuga ko ukirangwa hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, ashimangira ko u Burundi bufite icyizere cy’uko u Rwanda ruzabushyikiriza abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu 2015 bagashyikirizwa ubutabera. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabikomojeho ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye nâabanyamakuru: Marc PERELMAN na Laurent CORREAU […]
Nyamasheke: Ubuvuzi nâuburezi biracyari imbogamizi ku bantu bafite ubumuga
Nubwo abantu bafite ubumuga mu karere ka Nyamasheke bishimira ibyagezweho nâubuyobozi nâabafatanyabikorwa mu kubigisha uburenganzira bwabo no kumenya kubuharanira, baravuga ko bagihanganye nâibibazo byinshi birimo ibyibanda cyane cyane ku buvuzi nâuburezi, basaba ko byakorerwa ubuvugizi bigakemuka. Mu bibazo byâubuvuzi bikibabereye umutwaro,ngo hari nkâabakenera kubagwa nâabaganga bâinzobere mu byâamagufa,kuko muri aka gace, uretse abaganga baza byâigihe […]
Martin Fayulu yibasiye Mushikiwabo, asaba RDC kuva muri OIF
Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yibasiye Umunyamabanga Mukuru wâumuryango wâibihugu bikoresha ururimi rwâIgifaransa, Louise Mushikiwabo. Fayulu wiyita Perezida wa RDC kandi yaboneyeho gusaba iki gihugu kuva muri uyu muryango uzwi nka OIF cyangwa La Francophonie, ngo mu gihe kiyobowe nâumuntu ushyigikiye u Rwanda. Kuri uyu wa 21 […]
Mbuji-Mayi: Urundi rubyiruko hafi 2000 rwerekeje i Kinshasa mu myitozo ya gisirikare
Nyuma yâubukangurambaga rusange bwatangijwe na Perezida wa Repubulika, urubyiruko rwinshi rukomeje kwinjizwa mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). I Mbuji-Mayi, kuri uyu wa Mbere, itariki 21 Ugushyingo 2022, aba basirikare bashya bakabakaba 2000 berekeje i Kinshasa aho bagiye gufatira imyitozo ya gisirikare . Uru rubyiruko ruzifatanya nâabandi bashya bamaze kugera i Kinshasa, […]
Indonesia: Umutingito ukaze wahitanye byibuze abasaga 50 usenya amazu arenga 1700
Kuri uyu wa Mbere, umutingito ukaze uri ku gipimo cya mgnitude ya 5.6 wahitanye abantu barenga 50 ukomeretsa amagana mu ntara ya Java yo mu burengerazuba bwa Indonesia, abatabazi bakaba bakomeje kugerageza kugera ku barokotse baheze munsi yâibikuta . Guverineri wa Java yâIburengerazuba, Ridwan Kamil, yemeje ko abantu 56 bapfuye bazize umutingito wibasiye cyane umujyi […]
Rusizi: Abanyamuryango ba SACCO Gihundwe barasaba ubuyobozi bushya guhashya ababangiriza umutungo

Nyuma yâuko mu musingi SACCO Gihundwe mu karere ka Rusizi hirukanywe abakozi 5 mu bihe bitandukanye, barimo nâuwari umucungamutungo wayo Kangabo Chantal, bazira inyereza nâimicungire mibi, hagashyirwaho umucungamutungo mushya hakanatorwa umuyobozi mushya wâinama yâubutegetsi, abanyamuryango barasaba abashyizweho imikorere mishya. Nkâuko byari byanditse mu nkuru Bwiza.com yasohoye ku wa 27 Ukwakira 2021 yari ifite umutwe ugira […]
Un autre député démissionne du Parlement
Le dĂ©putĂ© Jean-Pierre Celestin Habiyaremye a dĂ©missionnĂ© du Parlement pour ce qu’il a dĂ©crit comme des raisons personnelles, mais a soulignĂ© son inconduite pendant la pandĂ©mie lorsqu’il a violĂ© les heures de couvre-feu, un incident qui s’est produit il y a plus d’un an et neuf mois . S’adressant au New Times lundi, Habiyaremye a […]
Habiyaremye wari umudepite yasobanuye uburyo igitutu cya Polisi cyatumye yegura

Habiyaremye Jean Pierre Celestin wari umudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda yahishuye uburyo igitutu cy’abapolisi barimo abo bigeze kugirana ikibazo cyatumye yegura kuri iyi nshingano. Inkuru yâubwegure bwa Habiyaremye yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2022 ndetse yemezwa nâInteko ishinga amategeko yagize iti: âPerezida wâUmutwe w’Abadepite yakiriye inyandiko yâubwegure ku mwanya […]
Dore uko abami bakiyoboye ku Isi barutana mu butunzi

Kuva kera bizwi ko ubwami buba bugenzura ubutunzi bwose bwâibihugu ugasanga kuvuka mu muryango nkâuyu hari amahirwe biguha yo kubaho ubuzima bwawe bwose ntacyo wifuje, ari yo mpamvu tugiye kurebera hamwe abami bakize cyane mu bakiriho ku Isi kuva Danemark kugeza muri Arabia Saoudite : 1.Umwami wa Espagne Felipe VI ngo afite agaciro ka miliyoni […]
Urukiko rwategetse ko Zuma wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo asubira muri gereza
Urukiko rwâikirenga rwa Afurika yâEpfo rwategetse ko Jacob Zuma wayoboye iki gihugu kuva mu 2008 kugeza mu 2018 asubira muri gereza kugira ngo arangize igifungo yari yarakatiwe. Muri Kamena 2021 ni bwo urukiko rushinzwe kurinda itegekonshinga rwakatiye igifungo cyâamezi 15, rumuziza kwanga kurwitaba ngo rumukoreho iperereza ku byaha yakurikiranwagaho cyo kunyereza umutungo. Zuma yatawe muri […]
Perezida Kagame na madamu bakiriwe ku meza na Emir wa Qatar

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriwe ku meza na Tamim bin Hamad Al Thani, Umuyobozi wâIkirenga wa Qatar, mu musangiro witabiriwe nâabandi bayobozi bakurikiye ifungurwa ryâimikino yâIgikombe cyâIsi. Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze muri Qatar kuwa Gatandatu, ku butumire bwa Tamim bin Hamad Al Thani usanzwe ari inshuti ikomeye yâu Rwanda kugira […]
Umupira wâamaguru wongeye kwerekana imbaraga zawo uhuza Qatar na Arabia Saoudite bisanzwe birebana ayâingwe

Kuri iki Cyumweru, Igikomangoma Mohammed bin Salman akaba na Minisitiri wâIntebe wa Arabia Saoudite yitabiriye umuhango wo gutangiza imikino yâigikombe cyâIsi (FIFA World Cup 2022) ibera muri Qatar, hamwe nâabandi bayobozi mpuzamahanga. Ni ikintu gisa nkâicyatunguranye kubera umubano ukonje usanzwe hagati ya Qatar na Arabia Saoudite ndetse kinagaragaza imbaraga umupira wâamaguru cyangwa imikino ifite mu […]
Rubavu: Polisi yahagaritse imodoka umwe mu bayirimo akizwa n’amaguru
Abapolisi mu Karere ka Rubavu bahagaritse imodoka itwara abagenzi yaturukaga i Mahoko yerekeza mu Mujyi wa Kigali, kuko yari imaze kwakira amakuru ko harimo urumogi, umwe mu bagenzi bari bayirimo ahita ayisohokamo, akizwa n’amaguru. Nyuma yo gusaka iyi modoka, polisi yatangaje ko hafatiwemo ibilo 16 byâurumogi nâabantu batatu bakekwaho kugira uruhare muri iki gikorwa bagafatwa. […]
Undi mudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda yeguye
Umudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda witwa Habiyaremye Jean Pierre Celestin yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite. Ubwegure bwâuyu mudepite bukurikiye videwo yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga mu minsi ishize, imugaragaza atongana nâabapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda, bivugwa ko icyo gihe yari yasinze. Habiyaremye ariko mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yasobanuye ko iyi […]
Abazamu bari mu gikombe cyâIsi bahangayikishijwe nâumupira uzakoreshwa muri iyi mikino
Abazamu bahanganye n’ikibazo kitoroshye mu marushanwa ya Qatar World Cup 2022 kuko imipira ikoreshwa mu gikombe cyâIsi uko ibihe bihita igenda irushaho kongererwa umuvuduko kandi ubwoko bushya buri gukoreshwa muri Qatar nabwo burushaho kwihuta, nk’uko umunyezamu wa Uruguay, Sergio Rochet, yabitangaje . FIFA yavuze ko umupira mushya, bise Al Rihla cyangwa âurugendoâ mu cyarabu, ugenda […]
Mushikiwabo yavuze kuri Minisitiri w’Intebe wa RDC wanze kujya mu ifoto irimo Perezida Kagame

Umunyamabanga Mukuru wâumuryango wâibihugu bikoresha ururimi rwâIgifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo yavuze kuri Minisitiri wâIntebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Michel Sama Lukonde wanze kujya mu ifoto irimo Perezida Paul Kagame. Tariki ya 19 Ugushyingo 2022 ubwo abakuru bâibihugu na za guverinoma muri OIF batangiraga inama yâiminsi ibiri mu mujyi wa Djerba muri Tunisia, […]
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
Amakuru aturuka muri leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko ibiganiro byâamahoro byari biteganyijwe i Nairobi kuri uyu wa Mbere, hagati ya guverinoma nâimitwe yitwaje intwaro byahagaritswe. Guverinoma ya Congo yanze mu bishoboka byose ko habaho imishyikirano hagati yayo nâinyeshyamba za M23 yita ko ari abaterabwoba mu gihe Umuryango wâibihugu byâAfurika yâiburasirazuba (EAC) […]
Kagame yahaye Uhuru isezerano, umusirikare wa RDC arasirwa i Rubavu, urubanza rwa Prince Kid rurasubikwa: inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 14 Ugushyingo 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zerekeye ku mutekano, politiki nâubutabera. Harimo ko: Dr Mbonimana weguye kubera ubusinzi yacitse ku nzoga Dr Mbonimana Gamariel weguye ku mwanya wâumudepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda kubera ubusinzi yavuzweho na Perezida Paul Kagame, yijeje Abanyarwanda ko yacitse ku nzoga. Mu itangazo yashyize […]
Uburengerazuba: RGB irihanangiriza abayobozi buka abaturage inabi nâababasiragiza

Nkâuko byagaragajwe nâubushakashatsi bwakozwe uyu mwaka nâurwego rwâigihugu rwâimiyoborere (RGB) ku miyoborere nâimitangire ya serivisi mu nzego zâibanze, intara yâuburengerazuba nubwo ari iya mbere ku rwego rwâigihugu muri uru rwego, ngo iracyagaragaramo ingeso mbi yo kuka inabi no gusiragiza abaturage bagana inzego zakabakemuriye ibibazo, umuyobozi mukuru wa RGB, Dr Usta Kayitesi akavuga ko bene abo […]
Uwari Minisitiri wâintebe wâu Buyapani yashinje Zelensky kuba inyuma yâakaga abaturage be barimo
Uwahoze ari Minisitiri wâintebe wâu Buyapani, Yoshiro Mori, yatangaje ko Perezida wa Ukraine, Vladimir Zelensky, yatumye abaturage bo mu gihugu cye âbababaraâ . Yoshiro Mori avuga ko itangazamakuru mu Buyapani ribogama mu makuru avuga ku ntambara yâu Burusiya na Ukraine. “Sinumva neza impamvu [Perezida w’u Burusiya Vladimir] Putin ari we unengwa gusa mu gihe Bwana […]
Imyaka 10 irashize M23 ifashe umujyi wa Goma

Tariki ya 20 Ugushyingo 2012 ni bwo umutwe witwaje intwaro wa M23 wafashe umujyi wa Goma wâingenzi mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Ni nyuma yâamezi 7 wari umaze uhanganye nâingabo za Leta yari iyobowe na Joseph Kabila Kabange, yatangiye bitewe nâamasezerano yo ku wa 23 Werurwe 2009 Leta […]
Colorado: Batanu bishwe barasiwe mu kabyiniro kâabatinganyi benshi barakomereka
Abantu batanu bishwe abandi 18 barakomereka mu iraswa ryabereye mu kabyiniro kâabaryamana bahuje ibitsina mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu muri Colorado Springs, muri Leta ya Colorado . Ukekwaho icyaha arimo kuvurwa ibikomere nyuma yâigitero cyabereye kuri Club Q, nk’uko umupolisi wo muri Colorado Springs, Lieutenant Pamela Castro yabitangarije abanyamakuru. Polisi yabonye telefoni ya […]
Perezida Kagame yagiye muri Qatar kwitabira itangira ryâigikombe cyâIsi
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, yagiye muri Qatar kwitabira umuhango wâitangira ryâirushanwa ryâigikombe cyâIsi uraba kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2022. Ibiro ntaramakuru bya Qatar, QNA, bisobanura ko Umukuru wâIgihugu yageze i Doha ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Hamad mu gitondo cyâuyu munsi. Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Qatar, Ibrahim bin Yousef […]
Perezida wa Kenya ategerejwe i Kinshasa
Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, ategerejwe i Kinshasa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa 20 Ugushyingo. Itangazo ryasohowe nâUmuvugizi wâibiro bya Perezida wa Kenya, Hussein Mohamed, risobanura ko Ruto arerekeza i Kinshasa ku mugoroba wâuyu munsi, aho yakirwa na mugenzi wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi. Gahunda yateganyijwe muri uru ruzinduko rwâumunsi […]
Imirwano yongeye kubura i Kibumba nyuma yâibitero bya FARDC ku birindiro bya M23

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 20 Ugushyingo, imirwano yongeye gukomeza hagati yâingabo za FARDC na M23 i Kibumba, mu birometero nka 20 uvuye mu Mujyi wa Goma, aho bivugwa ko imirwano iri kubera ahazwi nka 3 antennes muri Ruhunda . Aya makuru yemejwe nâumuvugizi wa M23, ishami rya politiki, Lawrence Kanyuka, abinyujije kuri […]
Impamvu yatumye RDC yisubira ku kwanga gutora Mushikiwabo

Guverinoma ya RDC yari ifite gahunda yo kwanga gutora Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo muri manda ya kabiri nkâUmunyamabanga Mukuru wâumuryango wâibihugu bivuga ururimi rwâIgifaransa, OIF. Umwe mu bagize itsinda rya guverinoma ya RDC ryitabiriye inama y’iminsi ibiri ya OIF iri kubera mu mujyi wa Djerba muri Tunisia kuva kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2022, yabwiye ikinyamakuru […]
Qatar: Karim Benzema ntagikiniye u Bufaransa mu Gikombe cyâIsi
Umukinnyi Karim Benzema ntakigaragaye mu ikipe y’u Bufaransa mu gikombe cy’Isi cya 2022 muri Qatar nyuma yâimvune yagiriye mu myitozo yâikipe yâigihugu . Uyu mukinyi w’imyaka 34 wegukanye Ballon d’Or iheruka, byabaye ngombwa ko ava mu myitozo yo kuri uyu wa Gatandatu hakiri kare bitera impungenge umutoza Didier Deschamps. Ibizamini byakorewe mu bigo bya ASPETAR […]
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza yasuye Ukraine bitunguranye ayizeza intwaro
Minisitiri wâintebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, yasezeranyije Ukraine imbunda 125 zo guhanura indege nâubundi buryo bwo kwirinda ibitero byo mu kirere ubwo yahakoreraga uruzinduko rutunguranye ku wa Gatandatu agiye kuganira na Perezida Volodymyr Zelenskyy . Iyi kunga yâubwirinzi bwâibitero byo mu kirere, u Bwongereza buvuga ko ifite agaciro ka miliyoni 50 z’amapound (miliyoni 47 âŹ), […]
General Kainerugaba ashyigikiye icyemezo cya Perezida Kagame na Uhuru kuri M23
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ashyigikiye icyemezo cya Perezida Paul Kagame na Uhuru Kenyatta ku mutwe witwaje intwaro wa M23. Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba tariki ya 18 Ugushyingo watangaje ko Uhuru yaganiriye na Paul Kagame ku mirwano ya M23 nâingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Perezida wâu […]
Interpol yashyizeho impapuro zo gufata Isabel dos Santos
Umuryango wa Polisi mpuzamahanga uzwi nka Interpol washyizeho impapuro zo guta muri yombi umuherwe ukomoka muri Angola, Isabel dos Santos. Ibiro ntaramakuru Lusa byo muri Portugal bisobanura ko Interpol yashyiriyeho Isabel, umukobwa wa Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola, impapuro zimuta muri yombi, hashingiwe ku busabe bwâubushinjacyaha bwâiki gihugu akomokamo. Ubusabe bwo kumufata ngo […]
Ubutegetsi bwa RDC bugomba kwizera EAC: Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bugomba kwizera ubumwe bwa Afurika yâiburasirazuba, kugira ngo ibufashe gukemura ibibazo bihari byâumutekano muke. Aya magambo yayabwiye itsinda ryâakanama kâUmuryango wâAbibumbye (UN) gashinzwe umutekano riherutse kugirira uruzinduko muri Uganda, ryari mu iperereza rigamije kumenya aho imitwe yitwaje intwaro irimo M23 […]
Umusirikare wa FARDC yiciwe ku butaka bw’u Rwanda
Amakuru aturuka mu Karere ka Rubavu, aravuga ko mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka Mbugangari, mu Mudugudu wa Gasutamo mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, saa saba zâijoro, umusirikare wa FARDC yishwe nâabasirikare bâu Rwanda nyuma yo kwinjira ku butaka bwâu Rwanda arasa . Abaturage bâahabereye ibi bavuga ko bumvishe urasaku rw’amasasu ariko batamenye […]
Karongi: Abana 32,4% mu bari munsi yâimyaka 5 baragwingiye

Ikibazo cyâigwingira ryâabana bari munsi yâimyaka 5 mu karere ka Karongi ngo gihangayikishije cyane ubuyobozi bwâaka karere,abafatanyabikorwa bako nâizindi nzego bireba, aho 32,4% byabo barifite, bamwe mu babyeyi babo bakavuga ko biterwa nâubukene bukabije barimo no kutabona icyo bakuraho ifaranga ngo bababonere indyo yuzuye, ubuyobozi bukizeza gukora ibishoboka byose ngo mu gihe cyâumwaka umwe uyu […]
Itsinda rya UN ryabajije Museveni ku birego by’uko ingabo za Uganda zaba zifasha M23
Itsinda ryoherejwe nâakanama kâUmuryango wâAbibumbye (UN) gashinzwe umutekano ryasanze Perezida Yoweri Museveni i Kampala rimubaza ku makuru yâuko ingabo za Uganda zaba zifasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Iri tsinda ryari riyobowe nâumuyobozi komite ishinzwe ibihano muri aka kanama, Michel Xavier Biang, ryageze muri Uganda nyuma yo kuva i Kinshasa nâi Kigali, aho ryari riri […]
Uganda: Abitwaje intwaro bateye ikigo cya gisirikare bica umusirikare batwara nâimbunda
Umusirikare wa Uganda yiciwe mu gitero cyâabantu bitwaje intwaro ku kigo kirinzwe cyane cyâIshuri rya gisirikare rizwi nka Junior Command and Staff College Gaddafi mu Karere ka Jinja . âIgitero kivugwa cyibasiye umusirikare wa UPDF wari urinze bariyeri yâirembo ryâIkigo cya Kadhafi, wishwe imbunda ebyiri zikibwaâ, ibi byatangajwe nâigipolisi kuri uyu wa Gatanu nyuma gato […]
Umuyobozi muri Kivu y’Amajyaruguru afunzwe akekwaho gukorana na M23

Umuyobozi mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatawe muri yombi nâurwego rushinzwe ubutasi, akekwaho gukorana nâumutwe witwaje intwaro wa M23. Uyu ni Blaise Kavungera ushinzwe âporotokoleâ muri iyi ntara. Uru rwego ruzwi nka ANR rwamutaye muri yombi tariki ya 16 Ugushyingo, arara muri kasho yâi Goma ijoro rimwe, yoherezwa […]
Dr Kayumba yatakambiye urukiko ngo rumufunguze byâagateganyo
Umunyapolitiki Dr Kayumba Christopher wabaye umwarimu muri kaminuza yâu Rwanda nâumunyamakuru mukuru, yatakambiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, arusaba ko rwamufunguza byâagateganyo. Dr Kayumba yaherukaga imbere yâabacamanza tariki ya 16 Nzeri 2022, aho bafashe umwanzuro wâuko urubanza rutabera mu rukiko, ko ahubwo rwazabera muri gereza ya Nyarugenge, kandi rukazaburanishwa nâabacamanza batatu. Gusa kuri uyu wa 18 […]
Nyaruguru: Vers la professionnalisation du travail de cueilleur de feuilles de théiers
Le thĂ©ier est une culture industielle qui fait rentrer des devises au Rwanda. Aujourd’hui dans le district de Nyaruguru, la superficie des champs de plantations de thĂ©iers s’Ă©largit d’annĂ©e en annĂ©e. Proportionnellement, la demande en cueilleurs de feuilles de thĂ© progresse. C’est pourquoi les thĂ©iculteurs locaux lancent une idĂ©e que le travail de cueilleur puisse […]