Uwahoze ari Perezida wa Comores yakatiwe igihano cy’igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Ugushyingo, uwahoze ari Perezida wa Comores, Ahmed Abdallah Sambi, yakatiwe igifungo cya burundu n’urukiko rushinzwe umutekano w’igihgu, nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza . Usibye gukatirwa, Urukiko rw’umutekano rwategetse kandi ko umutungo we ufatirwa ndetse yamburwa uburenganzira bwe nk’umunyagihugu nk’uko bitangazwa na Comores Info. Ikinyamakuru Habariza Comoros cyo cyatangaje ko, “abategetsi […]

Uburozi Tshisekedi aherutse gusimbuka bwatumye Ambasaderi w’u Bufaransa ahamagarwa

Ambasaderi Aubert yarahamagawe, asabwa ko u Bufaransa bwafasha RDC mu iperereza

Ambasaderi w’u Bufaransa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Bruno Aubert aherutse guhamagarwa na guverinoma y’iki gihugu, nyuma y’aho Perezida FĂ©lix Tshisekedi asimbutse uburozi yohererejwe mu ibaruwa. Amakuru ikinyamakuru Politico cyahawe avuga ko iyi baruwa y’urupapuro rumwe ndetse n’ikinyamakuru yari mu ibahasha y’umuhondo, yagejejwe ku biro bya Perezida Tshisekedi tariki ya 12 Ugushyingo 2022. […]

Niba barabishe berekane imirambo yabo – Gen. Nzabampema anyomoza FARDC

capture-30.jpg

Umuyobozi w’inyeshyamba z’Abarundi z’umutwe wa FNL, Gen. Aloys Nzabampema, aranyomoza amakuru avuga ko Igisirikare cy’u Burundi gifatanyije n’icya Repubulika ya Demokarasi ya Congo biherutse kwica inyeshyamba 40 z’uyu mutwe . Urubuga SOS Medias Burundi ku rubuga rwarwo rwa twitter ruvuga ko Gen. Nzabampema yanyomoje aya makuru agira ati “ Ni impuha. Niba barabishe, berekane imirambo […]

Perezida Kagame yatangiye ubutumwa mu mishyikirano y’Abanyekongo ibera i Nairobi

Iyi mishyikirano yitabiriwe n'abo mu nzego zitandukanye zirimo n'abahagarariye imiryango mpuzamahanga

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangiye ubutumwa mu mishyikirano y’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) n’imitwe yitwaje intwaro iri kubera i Nairobi kuva kuri uyu wa 28 Ugushyingo. Iki ni icyiciro cya gatatu cy’imishyikirano, cyahuje Leta ya RDC n’imitwe y’inyeshyamba irenga 40, kikaba kiramara iminsi itandatu. Cyatangijwe ku mugaragaro n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa […]

Mali: Igisirikare cyafashe Abafaransa bane kivuga ko bari barafashe bugwate abaturage 10

Igisirikare cya Mali kiravuga ko cyakoze operation idasanzwe yagejeje ku ibohozwa ry’imbohe zigera ku icumi, ariko kigatungurwa no gusanga abari bafashe bugwate aba bantu ari abaturage b’u Bufaransa basabaga ingurane cyangwa guhabwa amakuru y’ingenzi ku bacuruzi b’ibiyobyabwenge . Iyi nkuru dukesha urubuga Afrikmag iravuga ko Abafaransa benshi bari mu maboko y’inzego z’umutekano za Mali numa […]

Abatalibani baba barinjije amamiliyoni y’Amadolari mu mitegurire y’Igikombe cy’Isi muri Qatar

Ikinyamakuru Telegraph cyo mu Bwongereza kuri uyu wa Gatanu ushize cyatangaje ko Abatalibani binjije amamiliyoni y’amadolari mu mitegurire y’igikombe cy’Isi kiri kubera muri Qatar . Iki kinyamakuru cyavuze ko umutwe w’Abatalibani uri ku butegetsi muri Afghanistan kuva muri Kanama 2021 Ingabo za Amerika zimaze kuhava, wakodesheje imashini n’ibikoresho byo kubaka ba rwiyemezamirimo bahawe akazi n’abayobozi […]

Musanze: Umugore aravuga ko umugabo we yapfuye afunzwe na polisi

Mutiyomba n'umugore we, Mugirase

Umugore witwa Beatrice Mugirase w’imyaka 28 wo mu Mudugudu wa Mubona, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, aravuga ko umugabo we Mutiyomba Arsene, yapfuye nyuma y’ibikomere yagize ubwo yakubitirwaga ahitwa ku Kirabo nyuma polisi ijya kumufungira kuri Sitasiyo ya polisi y’ahazwi nka Gurupoma. Uyu mugore hacamo umwanya umwe agasuka umuzige w’amarira, […]

RDC: Hagiye gusohorwa raporo isobanura urwego urwango rufitiwe Abatutsi b’Abanyekongo rugezeheho

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko ubutumwa bubiba urwango ku Batutsi b’Abanyekongo n’Abanyamulenge bumaze kugera ku rugero rwa 81% buvuye kuri 67% kandi umubare w’ababigenderamo wiyongereye cyane muri ibi byumweru . Ku itariki ya 9 Ukuboza 2022, umuryango PMVS (Programme Multisectoriel de Vulgarisation et Sensibilisation) urateganya kuzashyira ahagaragara raporo isobanura mu […]

Nairobi: M23 yongeye guhezwa mu mishyikirano yahuje Leta ya RDC n’imitwe y’inyeshyamba irenga 40

Iki cyiciro cy'imishyikirano kiramara iminsi itandatu

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wongeye guhezwa mu mishyikirano yahurije i Nairobi muri Kenya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) n’indi mitwe irenga 40. Iyi mishyikirano iri kubera muri Safari Park Hotel yatangijwe ku mugaragaro n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba akaba na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, saa tatu z’igitondo cy’uyu wa […]

Umukuru w’ubutasi bw’u Bufaransa ‘ategerejwe’ i Kigali vuba aha

Umuyobozi mukuru w’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare cy’u Bufaransa, GĂ©nĂ©ral Jacques Langlade de Montgros biravugwa ko ateganya kugirira uruzinduko mu Rwanda mu mpera y’uku kwezi k’Ugushyingo. Ikinyamakuru Africa Intelligence tariki ya 25 Ugushyingo cyasobanuye ko Gen. Langlade azagirana ikiganiro na mugenzi uyobora ubutasi bw’u Rwanda, Gen. Maj. Vincent Nyakarundi n’Umugaba Mukuru w’ingabo z’igihugu, Gen. Jean Bosco Kazura. […]

M23 yanze gusubira inyuma, Ndayishimiye ashima ububanyi n’u Rwanda, FDLR ihigira gutaha irwana: inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 21 Ugushyingo cyaranzwe n’inkuru zerekeye ku mutekano, ubutabera na politiki. Harimo ko: M23 yasabwe gusubira inyuma, irabyanga Perezida wa Angola, uwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’uw’u Burundi akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) basabye umutwe w’inyeshyamba za M23 guhagarika imirwano no gusubira mu bice wahozemo mbere. Aba […]

Gen Yav Philemon wa FARDC ufunzwe ashinjwa ubugambanyi yaba amaze iminsi yicishwa inzara

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko Gen. Philemon Yav wa FARDC, umaze amezi abiri atawe muri yombi ashinjwa ibyaha by’ubugambanyi no kugerageza guhirika umukuru w’igihugu, amaze iminsi atagaburirwa ndetse kuri uyu wa Gatandatu hakaba hari amakuru yahwihwiswaga ko yaba yamaze no kwicwa n’inzara nyuma y’icyumweru atarya . Uyu musirikare mukuru wa […]

Ikigo cya gisirikare cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000

Urubyiruko rwagiye muri Kitona rwiganjemo urwaturutse mu burasirazuba bw'igihugu

Ikigo gikuru cy’igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) cya Kitona kimaze kwakira urubyiruko rw’intoranywa rurenga 8000 rwiteguye kwinjira mu gisirikare cy’igihugu. Uru rubyiruko rwiyandikishije nyuma yo kubihamagarirwa na Perezida wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi, warusabye kwinjira mu gisirikare kugira ngo rufashe abasirikare bagisanzwemo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano wo mu burasirazuba. Minisitiri w’ingabo, […]

Kiyovu na Rayon Sports zatsinzwe, APR FC yongera kunganya

Kiyovu na Rayon Sports zikurikiranye ku myanya ya mbere ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, zatsinzwe imikino y’uyu munsi, APR FC yongera kunganya. Kiyovu Sports yakinnye na Gasogi United yayitesheje igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino ushize, iyi kipe iyoborwa na Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC iyitsinda ibitego bitatu kuri […]

Ingabo z’u Burundi n’iza RDC ‘zishe’ abarwanyi 40 ba FNL muri Kivu y’Amajyepfo

Ingabo z’u Burundi zifatanyije n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ziravuga ko ziciye abarwanyi 40 b’umutwe witwaje intwaro wa FNL muri teritwari ya Mwenga ibarizwa mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umuvugizi w’ibikorwa by’igisirikare cya RDC bikorerwa muri iyi ntara, Lieutenant Marc Elongo, yamenyesheje itangazamakuru ko imfu z’aba barwanyi ari umusaruro w’ibitero bikomeye ingabo z’ibihugu byombi […]

Abacuruzi banga gukoresha inyemezabwishyu za EBM bagiye gutangira guhanwa

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) cyihanangirije abacuruzi banga gutanga inyemezabuguzi z’ikoranabuhanga zizwi nka EBM (Electronic Billing Machine) ko bagiye guhanwa bikomeye ku buryo hari n’abazajya bashyikirizwa inzego z’ubutabera abandi bagafungirwa ibikorwa by’ubucuruzi bwabo iminsi 30 . EBM ifasha gukurikirana imisoro yakusanyijwe igizwe n’imigabane minini y’abasoreshwa mu ngengo y’imari y’gihugu ikoreshwa mu nzego nyinshi z’iterambere. […]

Kalehe: Uwitwa Dusenge yishwe arashwe na komanda wa polisi abaturage batwika ibiro bya leta

Abaturage barakaye batwitse ibiro bya leta bitandukanye muri Teritwari ya Kalehe, ho muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uko Komanda wa Polisi arashe akica umuturage mugenzi wabo . Umuntu witwa Dusenge-Petro-Maboke, ufite imyaka 32, wari wubatse akaba na se w’abana 8, yapfuye nyuma yo kuraswa na n’umuyobozi wa polisi mu gace ka Shanje, muri Teritwari ya Kalehe. […]

Minisitiri Musabyimana ntiyumva ukuntu icyayi kibura abasoromyi kandi hari abashomeri

Minisitiri Musabyimana mu kiganiro n'abayobozi bo mu ntara y'Amajyepfo

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Musabyimana Jean Claude, yabwiye abayobozi bo mu ntara y’Amajyepfo ko bidakwiye ko imirima y’icyayi iri mu turere tuyigize ibura abasoromyi kandi hirya no hino mu gihugu hari urubyiruko rwabuze akazi. Hari mu kiganiro Ministiri Musabyimana yagiranye n’abayobozi b’inzego zitandukanye zo mu ntara y’Amajyepfo guhera ku ntara kugera ku mirenge, kuri uyu wa […]

RDC: Abanyeshuri ba kaminuza bazajya bahabwa imyitozo y’igisirikare

Minisiteri ishinzwe uburezi mu mashuri makuru na kaminuza muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko abanyeshuri bose guhera ku bigira icyiciro cya mbere cya kaminuza (A0) kugeza ku cy’ikirenga (Doctorat) bazajya bahabwa imyitozo y’ibanze y’igisirikare. Minisitiri Muhindo Nzangi Butondo ubwo yafungaga ku mugaragaro umwaka w’amashuri w’2021-2022, yatangaje ko mu masomo aba banyeshuri bahabwa […]

Kimwe cya gatatu cy’imbunda za rutura za Ukraine zifite ibibazo kubera gukoreshwa cyane

Ingabo za Ukraine zirasa ibisasu ibihumbi ku bipimo by’u Burusiya buri munsi, hakoreshejwe imbunda zo mu rwego rwo hejuru zitangwa na Amerika ndetse n’abafatanyabikorwa bayo. Abayobozi bo muri Amerika na Ukraine bavuga ko ariko izo ntwaro zizima nyuma y’amezi menshi zikoreshwa cyane, zikangirika cyangwa zigasenywa ku rugamba, zigakurwa ku rugamba kugira ngo bazisane . Kimwe […]

Ngoma: Abantu 4 bashinjwaga kwica umuntu barimo umugore w’uwishwe barakatiwe

Urukiko ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma rwasomeye urubanza, ahabereye icyaha, rukatira igifungo cya burundu abagabo batatu n’ umugore umwe baregwa icyaha cy’ ubwicanyi bakoze ku wa 8 Ukwakira 2022 . Aba bashinjwaga kwica Hakizimana Boaz bamuciye umutwe bakoresheje umuhoro bakamwambura imyenda yose bakayizingiramo umutwe bakajya kuwuta mu mugezi nyuma yo kumwica. Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma […]

Taiwan: Perezida Tsai Ing-wen yeguye ku buyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi

Perezida wa Taiwan, Tsai Ing-wen, yeguye ku buyobozi bw’ishyaka riharanira demokarasi n’iterambere (DPP) nyuma y’uko ritsinzwe bikomeye mu matora y’inzego z’ibanze . Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 26 Ugushyingo, nibwo Tsai yatanze ubwegure bwe, nyuma yo gutsindwa gukomeye, mu ijambo rigufi aho yanashimiye abamushyigikiye nk’uko tubikesha Al Jazeera. Ati: “Ngomba gusohoza inshingano […]

Umwami w’u Bubiligi yashenguwe n’urupfu rw’Umunyekongo warwanye intambara y’Isi

Umwami Philippe ubwo yambikaga Cpl Kanyuku umudali w'ubutwari

Ubwami bw’u Bubiligi bwatangaje ko bwashenguwe n’urupfu rwa Corporal Albert Kanyuku ukomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), warwanye intambara ya kabiri y’Isi. Inkuru y’urupfu rwa Cpl Kanyuku wari ufite imyaka 100 y’amavuko yatangajwe n’ibinyamakuru byo muri RDC mu gitondo cy’uyu wa 26 Ugushyingo, bisobanura ko yazize uburwayi. Gupfa k’uyu munyekongo rukumbi wari usigaye […]

Malawi: Visi Perezida Sulos Chilima yatawe muri yombi ashinjwa ibyaha bya ruswa

Ibiro bishinzwe kurwanya ruswa muri Malawi byafashe kandi birega Visi Perezida w’iki gihugu, Saulos Klaus Chilima, ibirego bya ruswa, nyuma y’amezi y’iperereza ryakozwe ku myitwarire ye nk’uko byatangajwe ku wa Gatanu . Mu ijambo rigenewe abanyagihugu ryo muri Kamena, Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yambuye Chilima ububasha bwe ubwo ibi biro bishinzwe kurwanya ruswa byamushinjaga […]

Imishyikirano y’i Nairobi irasubukurwa ejo, ibya M23 biracyarimo urujijo

Umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) watangaje ko imishyikirano y’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) n’imitwe yitwaje intwaro irasubukurwa kuri uyu wa 28 Ugushyingo 2022. EAC yasobanuye ko iki cyiciro cya gatatu cy’iyi mishyikirano kirakomereza mu mujyi wa Nairobi muri Kenya nk’uko bisanzwe. Iti: “Imishyikirano y’i Nairobi iyobowe na EAC yo kugarura amahoro […]

Rubavu: Abatuye mu mirenge yegereye umupaka basabwe kuba maso

Abaturiye umupaka w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basabwe gukomeza kuba maso mu bikorwa byo gucunga umutekano bakirinda kuba icyuho cy’abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda . Ibi babisabwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, mu biganiro yagirane n’abatuye mu mirenge ihana imbibi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatandatu, […]

Perezida wa Guinée Equatoriale umaze imyaka 43 ku butegetsi yatorewe indi manda

Perezida wa GuinĂ©e Equatoriale, Teodoro Obiang Nguema Mbasogo, yatorewe indi manda y’imyaka 7 nyuma y’imyaka 43 ari ku butegetsi. Komisiyo ishinzwe amatora muri iki gihugu kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2022 yatangaje ko uyu Mukuru w’Igihugu yatsinze amatora ku majwi 94.9%. Umunyapolitiki AndrĂ©s Esono Ondo bari bahanganye cyane muri aya matora, we yatowe n’abantu 4%, […]

M23 yasabye Uhuru Kenyatta kuganira na yo

Ubuyobozi bw’umutwe witwaje intwaro wa M23 bwatangaje ko bwifuza guhura n’umuhuza w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu mishyikirano y’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’imitwe yitwaje intwaro, Uhuru Kenyatta, bakaganira. Iki cyifuzo kigaragara mu itangazo umuyobozi wa M23 mu rwego rwa politiki, Bertrand Bisimwa, yashyize hanze kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2022, rivuga ku […]

Imodoka z’intambara hatazwi igihugu cyazitumije zagaragaye zipakururwa ku Cyambu cya Mombasa

iag_jaws_4x4_apc_and_guardian_xtreme_4x4_mrap_at_eurosatory_2018_925_003.jpg

Imodoka za gisirikare z’imitamenwa zo mu bwoko bwa IAG Guardian Extreme 4 × 4 ziri koherezwa muri kimwe mu bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba kitaramenyekana zinyujijwe ku Cyambu cya Mombasa . Biravugwa ko imodoka nyinshi z’ubu bwoko agaragaye zirimo gupakururwa zivawa mu bwato, mbere yo koherezwa ahantu hataramenyekana nk’uko iyi nkuru dukesha urubuga rwa Military […]

Dr Kayumba azakomeza kuburana afunzwe, mu mwaka utaha

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo gutesha agaciro ubujurire bw’umunyapolitiki Dr Kayumba Christopher, rutegeka ko azakomeza kuburana afunzwe. Dr Kayumba wabaye umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda tariki ya 18 Ugushyingo yatakambiye abacamanza batatu bamuburanishaga, abasaba gutesha agaciro igifungo cy’agateganyo yakatiwe n’urukiko rw’ibanze. Yasobanuraga ko impamvu asaba gufungurwa by’agateganyo, akaburana ari hanze, zirimo kuba afungiwe […]

Abategetsi bamwe mu Burundi baracyatoteza bakanatera ubwoba abanyamakuru – E.U

fiub_9swaaaqj7w.jpg

Claude Bochu, ukuriye ibiro by’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu Burundi, aremeza ko n’ubu abanyamakuru bakorera muri iki gihugu bakomeje guterwa ubwoba no gutotezwa na bamwe mu bayobozi. Uyu avuga kandi ko abanyamakuru b’i Burundi bahembwa intica ntikize, ariko ko nubwo bimeze gutyo bitababuza gukora umwuga wabo neza. Ibi akaba yabitangaje kuri uyu wa Kane ushize […]

France: Perezida Emmanuel Macron arimo gukorwaho iperereza

Abashinjacyaha bashinzwe imari mu gihugu cy’u Bufaransa bavuze kuri uyu wa Kane bafunguye iperereza ku mafaranga yakoreshejwe mu buryo butemewe mu kwiyamamaza mu matora yo mu 2017 na 2022 . Ikinyamakuru gikomeye cyo mu Bufaransa cyatangaje ko iperereza rireba Perezida Emmanuel Macron watsinze ayo matora. Abashinjacyaha bavuze mu itangazo ryanditse ko bashaka umucyo nyuma y’amakuru […]

Kagame au Niger pour le sommet de l’UA

fizbabfxoaamydj.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© jeudi Ă  Niamey, au Niger, pour le sommet extraordinaire de l’Union africaine sur l’industrialisation et la diversification Ă©conomique, selon la prĂ©sidence . Le sommet sur le thĂšme “Industrialisation de l’Afrique : engagement renouvelĂ© en faveur d’une industrialisation et d’une diversification Ă©conomique inclusives et durables” se dĂ©roule du 20 au […]

Perezida William Ruto na Raila Odinga mu ntambara y’amagambo

Perezida William Ruto wa Kenya na mukeba we Raila Odinga, bisanze mu ntambara y’amagambo bapfa bane bahoze ari abakozi ba Komisiyo y’amatora banze ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu Ruto yatsinze muri Kanama uyu mwaka. Aba biswe ‘Cherera Four’ ni Juliana Cherera usanzwe ari Visi-Perezida wa Komisiyo y’amatora muri Kenya (IEBC), Francis Wanderi, Justus Nyang’aya na […]

Umugore wa Perezida Zelensky yahishuye ko atakibana n’abana be barimo uw’imyaka 9

Umugore wa Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, Olena Zelenska, yatangaje ko atakibana n’abana be babiri barimo ufite imyaka 9 y’amavuko. Olena mu kiganiro yagiranye na BBC yasobanuye ko kuba atakibana n’aba bana ndetse n’umugabo we byatewe n’intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine kuva tariki ya 24 Gashyantare 2022. Yagize ati: “Ntibisanzwe muri iyi minsi. Uko […]

Ghana irateganya kujya igura ibikomoka kuri peteroli ikoresheje zahabu aho gukoresha amadolari

Guverinoma ya Ghana iri gukora kuri politiki nshya yo kugura ibikomoka kuri peteroli ikoresheje zahabu aho gukoresha amadolari y’Abanyamerika, nk’uko Visi Perezida, Mahamudu Bawumia yabitangaje kuri Facebook . Iki cyemezo cyatangajwe ku wa Kane, kigamije guhangana n’igabanuka ry’amafaranga y’amahanga ryatewe no gukenera amadolari kw’abatumiza peteroli mu mahanga, ibyo bikaba bigabanya gaciro k’ifaranga ry’igihugu (cedi) ndetse […]

Umushinjacyaha wa ICC yasabye abacamanza kubyutsa dosiye ya Joseph Kony

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Ugushyingo, umushinjacyaha w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, yasabye umucamanza kwemeza ibirego biregwa Joseph Kony, umuyobozi w’inyeshyamba z’Abagande za Lord Resistance Army, nubwo atarafatwa . Uyu mugande bivugwa ko ari we munyabyaha ushakishwa na ICC umaze igihe kirekire ataratabwa muri yombi. Impapuro zo kumuta muri yombi zasohotse mu 2005 ashinwa ibyaha […]

U Rwanda ntiruhagararira M23, si umuvugizi wayo: Mukuralinda

Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda yatangaje ko u Rwanda rudahagararira umutwe witwaje intwaro wa M23 mu biganiro biruhuza n’ibindi bihugu, kandi ngo ntiruyibera umuvugizi. Mukuralinda yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa France 24, avuga ku byari byatangajwe n’Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya. Mu kiganiro cyabanje Muyaya yagiranye […]

Umurundikazi wafunzwe ubwo yari avuye i Kigali aratabarizwa

Umurundikazi akaba n’umunyamakuru Irangabiye Floriane watawe muri yombi ubwo yari ageze i Bujumbura mu Burundi, avuye i Kigali mu Rwanda, aratabarizwa n’ikigo mpuzamahanga cy’itangazamakuru, IPI (Institut International de la Presse). Irangabiye wabaga mu Rwanda nk’impunzi yatawe muri yombi n’urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza mu mpera za Kanama 2022, bikavugwa ko yaba yarashinjwaga kuba umwe mu […]

Nka USA, Inteko ya EU na yo irashyira igitutu ku Rwanda

Inteko ishinga amategeko y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU), irashyira igitutu ku Rwanda, irusaba kudaha ubufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Bigaragara mu mwanzuro abagize iyi nteko batoye kuri uyu wa 24 Ugushyingo werekeye ku kuvanwa mu byabo kw’Abanyekongo bitewe n’imirwano yafashe umurego mu burasirazuba bwa RDC. Imwe mu ngingo […]

Leta y’u Rwanda igiye kurwanyiriza ruswa mu nsengero

Urwego rw'Umuvunyi ni rwo rwateguye ubu bukangurambaga

Leta y’u Rwanda yateguye icyumweru cyihariye cyo kurwanya ruswa kizarangwa n’ubukangurambaga buzakorerwa ahantu hatandukanye harimo mu madini n’amatorero. Iki cyumweru kizabaho mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya ruswa uzaba tariki ya 9 Ukuboza 2022, kizatangira tariki ya 26 Ugushyingo ku nsanganyamatsiko “Twimakaze indangagaciro zo kurwanya ruswa, inkingi y’iterambere rirambye.” Iki cyumweru kizatangira, aho […]

Masisi: Haravugwa iyicwa ry’uwari Komanda wa polisi muri Maoma

Ibintu byari bimeze nabi cyane mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Ugushyingo 2022 i Bweremana muri Gurupoma ya Mupfuni Shanga, Sheferi ya Bahunde muri Teritwri ya Masisi kubera iyicwa rya Komanda wa Polisi . Uyu mu Komanda wa Polisi muri Maoma, muri Sheferi ya Bahunde muri Teritwari ya Masisi, yishwe n’abantu […]

Nyamasheke: Mu bigo by’amashuri bahangayikishijwe n’ibiciro bikomeje kuzamuka

Uwihanganye agaragariza ababyeyi ko izamuka rikabije ry'ibiciro by'ibiribwa rikomereye amashuri

Mu gihe abayobozi b’ibigo by’amashuri mu karere ka Nyamasheke batakira ababyeyi mu nama bagirana, babereka impungenge z’icyo abana babo bazarya mu minsi iri imbere igihe ibiciro by’ibiribwa byakomeza gutumbagira, ababyeyi bakavuga ko bitazamuka mu mashuri ngo bisige mu miryango, rukabura gica, ubuyobozi bw’aka karere burasaba aba bayobozi kwishakamo ibindi bisubizo. Inyinshi mu nama zihuza ababyeyi […]

Ba rwiyemezamirimo 1.000 bato mu turere nka Rusizi bagiye gutegurirwa kujya ku isoko ry’umurimo

316530279_2640213686109000_5114474260670174244_n.jpg

Ba rwiyemezamirimo barenga 1.000 bakiri bato bo mu turere twa Rubavu, Rusizi, Muhanga na Nyagatare biteguye guhabwa ubumenyi bubategurira kujya ku isoko ry’umurimo ndetse na gahunda zo kubyihutisha bazahabwa n’ibigo byo guhanga udushya bizwi nka “HANGA Hubs” . Mu rwego rwo gushyigikira uyu mushinga wa HANGA Hub muri Rusizi, Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe amakuru mu […]

Afurika: Hari ibihugu byaba bitishimira kubona u Rwanda rwohereza ingabo mu butumwa bw’amahoro

Ingabo z'u Rwanda zagiye muri Mozambique kuva hagati mu 2021

Bimwe mu bihugu byo ku mugabane wa Afurika byiganjemo ibifite ibisirikare bikomeye biravugwaho kutishimira kubona u Rwanda rwohereza abasirikare benshi mu butumwa bw’amahoro ahantu hatandukanye. Nk’uko ikinyamakuru Foreign Policy cyabisobanuye mu nkuru cyahaye umutwe wa ‘How Rwanda Became Africa’s Policeman?’ (U Rwanda rwahindutse umupolisi wa Afurika rute?), iri shyari rishingira ku butumwa ingabo zarwo zijyamo […]

Urwego rw’amagereza rwanze gufunga Zuma wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo

Urwego rwa Afurika y’Epfo rushinzwe amagereza rwanze kubahiriza icyemezo cy’urukiko cyo gufunga Jacob Zuma wayoboye iki gihugu, kuko ngo haba harimo akarengane. Tariki ya 21 Ugushyingo 2022 ni bwo urukiko rw’ikirenga rwanzuye ko Zuma agomba gusubira muri gereza, akarangiza igifungo cy’amezi 15 yakatiwe n’urukiko rushinzwe kurinda Itegekonshinga muri Kamena 2021. Ni mu gihe Zuma yari […]

U Burusiya burashinjwa gutangiza ibitero bigamije kwicisha imbeho Abanya-Ukraine

Nyuma y’amasaha make Inteko ishinga amategeko y’u Burayi itoye kuri uyu wa Gatatu umwanzuro wemeza ko u Burusiya ari ‘“umuterankunga w’iterabwoba,” u Burusiya bwahise burasa urufaya rwa misile ku bikorwaremezo bikomeye bya Ukraine ndetse no ku basivili . Igisirikare cy’u Burusiya cyateye ibisasu mu ivuriro ry’ababyeyi i Vilniansk, umujyi muto wo mu Karere ka Zaporizhzhia, […]

Umukinnyi wa Ghana yatangaje ko Neymar atamurusha ubuhanga

Neymar aterana amagambo na Kudus mu mukino wa gicuti wabahuje

Mohammed Kudus ukina hagati mu ikipe y’umupira w’amaguru ya Ghana yatangaje ko rutahizamu wo muri Brazil, Neymar Junior, atamurusha ubuhanga. Kudus w’imyaka 22 y’amavuko mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa The Guardian, yasobanuye ko icyo Neymar amurusha ari ibigwi gusa. Ati: “Ntabwo ari mwiza kundusha. Ni umukinnyi w’ibigwi byinshi gusa.” Aba bakinnyi bombi bahuriye mu mukino […]

Goma: Hateguwe indi myigaragambyo yo kwamagana u Rwanda kuri yu wa Kane

Sosiyete sivile mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Ugushyingo 2022 yateguye indi myigaragambyo yo kwamagana u Rwanda mu Mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara Kivu y’Amajyaruguru . Ni imyigaragambyo iyi sosiyete sivile ivuga ko iza gusabiramo Umuryango Mpuzamahanga gusaba u Rwanda gukura ingabo zarwo, ngo zaba zihishe mu mutwe […]

Minisitiri Mutua yasabye Abanyakenya bakorera muri Koreya y’Epfo kudataha iwabo kuko ‘bitoroshye’

Minisitiri Mutua ubwo yari muri Koreya y'Epfo

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Kenya, Alfred Mutua, yasabye Abanyakenya bakorera muri Koreya y’Epfo kugumayo, kuko ngo nta kazi keza babona mu gihugu cyabo karuta ako bafite. Uyu munyapolitiki yagiye muri Koreya y’Epfo, aherekeje Perezida wa Kenya, Dr William Ruto wagiriyeyo uruzinduko rwari rugamije gushaka imikoranire mu bikorwa bitandukanye birimo iby’iterambere. Mutua yavuze ko nta mpamvu […]

Un violeur en sĂ©rie arrĂȘtĂ© Ă  Nyagatare

Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© Samuel Nsengiyumva, 32 ans, pour avoir prĂ©tendument profanĂ© 11 enfants dans le district de Nyagatare . S’adressant au New Times, le porte-parole de RIB, Thierry Murangira, a dĂ©clarĂ© : « Nsengiyumva a souillĂ© les enfants en utilisant le toilettage. Il les a attirĂ©s avec des cadeaux et […]

Luanda: FDLR yasabwe kuzinga utwangushye igataha mu Rwanda

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda basanzwe bakorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) basabwe kuzinga utwangushye bagataha muri iki gihugu bakomokamo. Ubu busabe buri mu byemezo byafatiwe mu nama yabereye i Luanda muri Angola kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2022, yahuje Perezida w’u Burundi, uwa RDC, u […]

Luanda: M23 yahawe igihe ntarengwa cyo guhagarika imirwano no gusubira inyuma

U Rwanda, Angola, u Burundi na RDC byashyize imikono kuri iyi myanzuro

Perezida w’u Rwanda wari uhagarariwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) na JoĂŁo Lourenço wa Angola bahaye umutwe witwaje intwaro wa M23 igihe cyo kurekura ibice yafashe, igasubira mu byo yahozemo. Aba bakuru b’ibihugu bari kumwe na Uhuru Kenyatta usanzwe […]

USA yashimangiye ko u Rwanda rufasha M23

Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zashimangiye ko u Rwanda rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 uhanganye n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Byagaragajwe n’ibiro by’Umunyamabanga wa USA wungirije ushinzwe Afurika, Molly Phee, mu butumwa byashyize kuri Twitter bushimira by’umwihariko Leta ya Angola uburyo ikomeje gutanga umusanzu kugira ngo RDC ibone umutekano. Byagize […]

RDC: Imirwano hagati ya M23 na FARDC yakomereje mu mudugudu wa Kishishe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Ugushyingo amasasu yumvikanye mu Mudugudu wa Kishishe, nko mu birometero 3 uvuye ku murwa mukuru wa Gurupoma ya Bambo, muri Sheferi ya Bwito muri Kivu y’Amaajyaruguru . Amakuru amwe yerekana ko imirwano yahuje M23 n’inyeshyamba za Nyatura. Ni mu gihe umusirikare mukuru wa FARDC, wari uri […]

Les suspects dans l’affaire IPRC-Kigali libĂ©rĂ©s sous caution

Le tribunal de premiĂšre instance de Kicukiro a accordĂ© une libĂ©ration sous caution Ă  DiogĂšne Mulindahabi, directeur du CollĂšge rĂ©gional polytechnique intĂ©grĂ©, IPRC-Kigali, qui a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© le mois dernier pour dĂ©tournement de fonds . Douze autres suspects ont Ă©galement Ă©tĂ© libĂ©rĂ©s sous caution dans une affaire qui a vu le gouvernement fermer le campus […]

Kinshasa yashimangiye ko nta mishyikirano na M23 mu gihe itarava aho yafashe

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwongeye gushimangira ko butazajya mu mishyikirano n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gihe waba utavuye mu bice byose wafashe. Byatangajwe n’Umuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya mu kiganiro yaraye agiranye n’abanyamakuru, i Kinshasa kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2022. M23, ibinyujije mu matangazo, imenyesheje amahanga kenshi […]

Ishoramari rya miliyari 1.6$ Kenya igomba kubungabunga muri RDC mu buryo bumwe cyangwa ubundi

Ibigo bya Kenya byiyemeje gushora miliyari zisaga 1.6 z’amadolari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu mishinga itandukanye bizakuramo akayabo mu gihe kirekire, aho bikekwa ko mu byajyanye ingabo za kenya muri iki gihugu haba harimo no kubungabunga iri shoramari . Ibi byatangajwe na Equity Group, ubwo yitabiraga ubutumwa bw’ubucuruzi mu mwaka ushize hagati […]

Uganda: Haburijwemo ikindi gitero cyari kigiye kugabwa kuri station ya polisi

Umupolisi yaburijemo icyashoboraga kuba igitero kuri sitasiyo ya Polisi ya Nakulabye mu gihugu cya Uganda nyuma yuko umugabo utamenyekanye asatiriye iyi sitasiyo afite imbunda ya AK47 mu rukerera . Umupolisi wari ku burinzi wari wihishe, yabonye umuntu, wari ufashe ikintu gisa nk’imbunda, agenda asatira station ya polisi ahagana mu ma saa kumi za mu gitondo. […]