Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye nka Ndimbati yabwiye Urukiko ko Umwana w’umukobwa ashinjwa gusambanya ataruzuza imyaka y’ubukure yamukuye ku muhanda mu bakobwa bicuruza bagasambana akamwishyura nk’abandi bose. Ibi Ndimbati yabivuze kuri uyu wa Gatatu ubwo yazanwaga kuburana mu Rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge aburana ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.
Yavuze ko amubona bwa mbere hari ku itariki 02 Mutarama 2020 ateze abagabo ari kumwe n’abandi bakobwa benshi akaba ariwe yishimira (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Ndimbati mu rukiko yavuze ko umukobwa babyaranye yamukuye ku muhanda mu bakobwa bicuruza
23 March 2022, by Nkundineza Jean Paul -
Uko umuyobozi mwiza akwiriye gucunga abo ashinzwe
8 May 2020, by Munyakayanza SamuelNiba hari ikibazo gikunze kutavugwaho rumwe mu micungire y’abakozi ni imyitwarire yabo n’iy’umuyobozi wabo. Impaka zikunzwe kugibwa buri ruhande rukurura rwishyira maze rukabura gica, amaherezo abakozi akaba aribo babigenderamo rimwe na rimwe bakirukanwa, bakagabanywa mu gihe habaye amavugurura cyangwa ubwabo bagasezera ku mirimo. Mu mateka y’umurimo uko kutabona ibintu kimwe hagati y’abakoresha n’abakozi byahozeho.
Ibi ukabibona mu bakozi ba leta nk’uko wabibona mu rwego rw’abikorera. (…) -
Kagame yahaye Uhuru isezerano, umusirikare wa RDC arasirwa i Rubavu, urubanza rwa Prince Kid rurasubikwa: inkuru z’icyumweru
21 November 2022, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 14 Ugushyingo 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye ku mutekano, politiki n’ubutabera.
Harimo ko:
Dr Mbonimana weguye kubera ubusinzi yacitse ku nzoga
Dr Mbonimana Gamariel weguye ku mwanya w’umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda kubera ubusinzi yavuzweho na Perezida Paul Kagame, yijeje Abanyarwanda ko yacitse ku nzoga.
Mu itangazo yashyize kuri Twitter tariki ya 15, Dr Mbonimana yasabye imbabazi, agaragaza ko yicuza kuba (…) -
Uko wakwambuka inyanja y’ubukene hamwe na IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL
8 December 2021, by BWIZAIshuri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL , ryongeye gutegura amasomo wabasha kwiga kwiga akakugeza kure mubijyanye n’iterambere rijayanye nigihe nka film making uba ushobora kwigamo camera, editing, amajwi, editing y’ibidasanzwe Visual effect, ushobora kwigamo uko bandika film mbarankuru ;documentary cyangwa film wihimbiye; fiction film ndetse na photography.
Muri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL bigisha graphic design, website design na film making mu gihe cy’ukwezi kumwe gusa, ubundi ntube (…) -
Inyuguti ‘X’ na ‘Q’ zakuruye ibibazo mu rurimi rw’Ikinyarwanda
9 August 2020, by TUYIZERE JDIkigo cy’Igihugu gishinzwe uburezi, REB, cyasohoye igibo cy’Ikinyarwanda kirimo inkuru zisomerwa abana. Ku gifuniko cyacyo hagaragara inyuguti 26, mu gihe muri uru rurimi ubusanzwe bizwi ko habamo 24.
Inyuguti ziyongereye kuri izi 24, ni ‘X’ na ‘Q’ zisanzwe zikoreshwa mu zindi ndimi mvamahanga nk’Igifaransa n’Icyongereza.
Nyuma y’aho iki gitabo kigaragariye, hazamuwe ibibazo byinshi, hibazwa amagambo y’Ikinyarwanda izi nyuguti zizajya zigaragaramo, cyangwa niba habayemo kwibeshya (…) -
Hashize imyaka 26 hagiyeho Guverinoma y’Inzibacyuho, yitwa ’Iy’Ubumwe bw’Abanyarwanda’
19 July 2020, by TUYIZERE JDNyuma y’iminsi 15 ingabo za RPA/FPR Inkotanyi zibohoye u Rwanda, nyuma y’amezi atatu n’iminsi 13 Juvénal Habyarimana wari Perezida w’u Rwanda apfuye, u Rwanda rwabonye Guverinoma y’inzibacyuho yiswe ‘Iy’Ubumwe bw’Abanyarwanda’ aho Perezida yabaye Bizimungu Pasteur, Faustin Twagiramungu aba Minisitiri w’Intebe .
Perezida Pasteur Bizimungu yeguye kuri uyu mwanya muri Werurwe 2000 asimburwa kuri uyu mwanya w’Umukuru w’Igihugu na Gen. Maj. Paul Kagame wari Visi-Perezida, icyo gihe yari (…) -
Icyo Ubusesenguzi bwerekana: PM Abiy ari mu nzira ava kubutegetsi?TPLF iri kumwotsa igitutu gikomeye
15 November 2021, by BWIZA -
Nyabihu: Abanyamuryango ba Koperative KOGUGU barashinja akarere kubariganya imitungo yabo no kubahombya
22 May 2022, by SETORA JanvierAbanyamuryango bibumbiye muri Koperative izwi nka KOGUGU ( Koperative Guhinga no Guhunika ) ibirayi mu karere ka Nyabihu babajwe no kutishyurwa ingurane y’ibyabo byigaruriwe n’akarere mu myaka umunani ishize ndetse ngo bakaba barasiragiye inshuro nyinshi mu myaka 8 ishize bishyuza ariko ngo amaso agahera mu kirere.
Ni Koperative ngo yabonye ubuzima gatozi mu mwaka wa 2005 kuko mbere yaho yakoraga nk’ishyirahamwe ryari rizwi nka IAN (Ihuriri ry’amashyirahamwe ya Komini), Komini yaje (…) -
Mu banyeshuri 10 ba mbere barangije mu cyiciro cy’ubumenyirusange harimo abakobwa 2 gusa
15 November 2021, by Denis NsengiyumvaKuri uyu wa Mbere, itariki 15 Ugushyingo 2021 hatangajwe amanota yavuye mu bizamini bya leta by’abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu cyiciro cy’ubumenyi rusange, mu nderabarezi ndetse n’imyuga n’ubumenyingiro.
Mu cyiciro cy’ubumenyirusange, nk’uko byashyizwe ahagaragara na Minisitiri w’Uburezi, Dr Valentine Uwamaliya, hiyandikishije abakandida 47,638. Ariko abakoze ibizamini ni 47,399, muri abo biyandikishije abatsinze ni 40,435 bingana na 85,3%, bisobanuye ko (…) -
VIDEO: Ibivugwa ku rugendo rwa Gen.Kazura na Gen Nzabamwita muri Congo \\ harimwo ikintu gikomeye?-Isanzure
24 January 2021, by BWIZA