Abakozi babiri ba Banki ya Kigali ishami rya Kacyiru bafunzwe bakurikiranyweho guteza iyi banki igihombo cy’amafaranga arenga miliyoni 144 yaburiye muri ATM ariko bo bakabihakana bavuga ko ari amakosa yakozwe na ATM.
Aba bakozi ba Banki bakurikiranyweho guteza iki gihombo ni umubyeyi w’abana bane Mukasine Jeanine na Nsengiyumva Jean de Dieu. Aba bakaba baratawe muri yombi tariki 12 Ukwakira bakekwaho kuba baribye aya mafaranga muri ATM iri kuri Kigali Heights.
Kigali Heights ni inyubako (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Abakozi ba BK bavuga ko ATM yanyereje Frw miliyoni zisaga 140
13 November 2019, by Fred Rugira -
Rubavu: Abaturage bavuga ko hari umugabo barega bagafungwa
23 April 2020, by Fred RugiraBamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Nyaruhengeri, Akagari ka Basa, Umurenge wa Rugerero baravuga ko hari umugabo witwa Innocent Nshimiyimana ufata amasambu y’abaturage ku ngufu, bamurega, ubuyobozi bukabafunga.
Umwe mu bahaye amakuru Bwiza.com utashatse ko amazina ye atangazwa avuga ko Nshimiyimana asaba abaturage ko bamugurisha amasambu yabo, babyanga imyaka yabo ikangirizwa. Avuga ko umuturage wakorewe ibi iyo yegereye ubuyobozi, buhita bumufunga.
Uyu muturage ati “ Dufite ikibazo (…) -
Ubutegetsi bwa RDC bugomba kwizera EAC: Museveni
20 November 2022, by TUYIZERE JDPerezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bugomba kwizera ubumwe bwa Afurika y’iburasirazuba, kugira ngo ibufashe gukemura ibibazo bihari by’umutekano muke.
Aya magambo yayabwiye itsinda ry’akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano riherutse kugirira uruzinduko muri Uganda, ryari mu iperereza rigamije kumenya aho imitwe yitwaje intwaro irimo M23 ikura ubufasha.
Ibiro bya Perezida wa Uganda kuri uyu wa 19 (…) -
VIDEO : Umugabo wa Mama Vanessa aramutamaje//Ibye byose bigiye hanze|| Yabeshye ko yahunze Leta- Gospel Talk
19 January 2021, by Mecky Merchiore KayirangaMu kiganiro Gospel Talk cyatangiye gutambuka kuri bwiza tv kuri uyu wa kairi tariki ya 19, Mutarama 2020. Haganiriwe ku makuru ari kuvugwa hirya no hino mu bijyanye n’iyobokamana cyane ku nkuru iri kuvugwa cyane y’umuvugabutumwakazi Mukanyirigira Gloriose uzwi cyane nka Maman Vanessa, kuri ubu bivugwa ko yataye urugo n’abana 6 ubu akaba agiye gushakana nundi mugabo.
Ikiganiro cyabanze kukuba ingo z’abakozi b’Imana zikomeje gusenyuka ariko bamwe bakavuga ko Imana yababwiye ko abo babana (…) -
VIDEO: Mu Rwanda hagiye kuba ikintu gikomeye - Ubuhanuzi buravuga ikintu gikomeye kigiye kuba
18 August 2021, by BWIZAKurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV->https://www.youtube.com/channel/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ]
-
Ubusitani bugezweho mu Mujyi wa Kigali burimo na Pisine, ahantu wakorera ibirori wisanzuye muri iki gihe- REBA AMAFOTO
16 February 2022, by BWIZANi ubusitani burimo indabyo zitoshye, buherereye inyuma gato y’agasanteri k’ubucuruzi ka Gasanze, Mu mudugudu w’Agatagara, Akagari ka Gasanze, Umurenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali. Bukorerwamo ubukwe n’ibindi birori bitandukanye.
Buragutse kandi buranazitiye, ushyiramo amahema atandukanye yakwakirirwamo abantu basaga 1000, by’umwihariko bukaba bufite n’igice cya pisine abashaka koga no kwifotoza bifashisha, ubu busitani bukaba bubereye uwabukoreramo wese cyane muri iki (…) -
The office of the Ombudsman of Rwanda signed an mou with ACTA Aatar
23 May 2022, by BWIZAIn Qatar, on Sunday, May 15,2022, the Office of the Ombudsman of Rwanda signed a Memorandum of Understanding (MoU) with the Administrative Control and Transparency Authority (ACTA) of Qatar in promoting integrity and transparency.
The Memorandum was signed by H.E the President of Administrative Control and Transparency Authority, H.E Hamad Bin Nasser Al-Misnad and the Chief Ombudsman of Rwanda Hon. NIRERE Madeleine, in the presence of number of Officials from ACTA.
In her speech on this (…) -
VIDEO: Perezida Kagame mumumbwirire\\Uruzinduko rwabaye umuti ku njiji n’abarwayi\mfite amakuru ko Nahimana amerewe nabi-Assouman
24 May 2021, by BWIZAKurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
-
Nyamasheke/Gihombo: Batashywe n’ubwoba bw’ingwe yahushije abanyerondo bahungiye mu Kivu, ikica Inka y’umuturage
27 November 2019, by Bahuwiyongera SylvestreAbaturage b’akagari ka Butare mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke baravuga ko ubwoba butuma batagisinzira neza nyuma y’aho ngo ingwe ihushije abanyerondo bahungira mun kivu ikica inka y’umuturage iyisanze mu kiraro, barasaba inzego z’umutekano gukurikirana mu mashyamba ari hafi aho bakayibakiza.
Iyi ngwe nk’uko bamwe mu batuye uyu murenge babitangarije Bwiza.com ngo basanzwe bayibona mu masaha ya nijoro igendagenda mu mihanda yo muri aka kagari kandi ngo imaze igihe kuko no mu (…) -
Musanze: Bimwe mu bihazi byiyise ’Abamozambike’ byatangiye gutabwa muri yombi
17 September 2022, by BWIZAKuri sitasiyo ya Polisi ya Kinigi mu karere wa Musanze hafungiye abagabo bagera kuri barindwi (7) bivugwa ko bagize itsinda ry’insoresore ryiyise ’Abomozambike’ bahangayikishije abaturage mu mirenge ya Nyange, Musanze na Kinigi kubera ibikorwa byabo bidahesha agaciro ikiremwamuntu birimo ubwicanyi, gukubita no gukomeretsa, ubujura bukoresheje kiboko ndetse n’ubuciye icyuho.
Ni ibikorwa byatangiye mu mezi make ashize ubwo abiyitaga ’Abanyarirenga’ baciwe mu murenge wa Cyuve, noneho bamwe (…)