Ese ujya urota ukora imibonano mpuzabitsina? Iyo ukangutse ubyitwaramo ute?
Kurota ni ibisanzwe ku kiremwa cyose, ariko hari inzozi urota bwacya ukibaza impamvu yazo bikakuyobera. Benshi iyo barota bakora imibonano mpuzabitsina, iyo bageze aho bumva biryoshye cyane bahita bakanguka, rimwe na rimwe akifuza kongera gusinzira ngo asubire muri ubwo buryohe bikanga. Igitabo LOVE SPELLS cyanditswe na Marianne Vicelich kivuga ko ushobora kurota ukora imibonano mpuzabitsina […]
Kigali: Impunzi zâAbarundi zibutse ubwicanyi bwabereye I Bujumbura kuwa 11 na 12 Ukuboza 2015
Impunzi zâAbarundi zahungiye mu Rwanda guhera kuri uyu wa  Mbere ushize11 Ukuboza zatangiye igikorwa cyo kwibuka ubwicanyi bwabereye I Bujumbura kuwa 11 no kuwa 12 Ukuboza 2015. Ni muri urwo rwego izi mpunzi zateguye ibikorwa bitandukanye bya siporo nkâimikino yâumupira wâamaguru yahuje impunzi zo mu turere dutandukanye twâUmujyi wa Kigali. Nkâuko bitangazwa na komite yateguye […]
Kenya: Umugabo yarongoreye rimwe abagore babiri- AMAFOTO
Umugabo utatangajwe amazina wâi Kisaju, mu gace ka Kajiado, muri Kenya, yasezeranye nâabagore babiri umunsi umwe, kubana nabo akaramata. Mu ikositimu yâubururu, ishati yâumwe nâinkweto, uyu mugabaro yari hagati yâabagore babiri, nabo bambaye amavara yera, imbere yabo hari abana bâibitsina byombi babambariye. Nkâuko ikinyamakuru Tuko cyo muri Kenya kibitangaza, ngo ubu bukwe bwatangaje benshi ndetse […]
RDC: Umukandida Fayulu nâabayoboke be bahuriye nâakaga i Lubumbashi
Igipolisi cya Congo kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Ukuboza cyatatanyije abayoboke bâihuriro Lamuka bari bagiye kwakira umukandida Martin Fayulu I Lubumbashi, aho uyu mukandida yagombaga kwiyamamariza muri uyu murwa mukuru wa Haut-Katanga. Abagera kuri babiri bishwe abandi basaga 40 barakomereka. Ababonye uko ibintu byagenze babwiye Radio Okapi dukesha iyi nkuru ko inzira Martin Fayulu […]
Brazil: Abantu bane biciwe mu kiliziya barashwe
Umuntu yitwaje imbunda mu gihugu cya Brazil kuri uyu wa kabiri, itariki 11 Ukuboza yarasiye abantu muri Cathedral yâi Campinas, yica abantu bane akomeretsa abandi bane imbere yuko yiyica. Abayobozi bâiyi cathedral kimwe nâigipolisi bose bavuga ko batazi imyirondoro yâuyu mugabo warashe ndetse nicyamuteye gukora ubu bwicanyi. Umujyi wa Campinas muri Brazil uherereye mu bilometero […]
Umushinga wa gari ya moshi hagati yâu Rwanda na Tanzania  wigijwe inyuma
Umushinga wa gariyamoshi hagati yâu Rwanda na Tanzania wabaye usubitswe mu gihe gito bitewe nâamikoro yabaye iyanga ndetse nâimyiteguro idashamaje. Iki ni icyemezo cyafatiwe mu nama ya kane yo ku wa Kane wâicyumweru gishize  yigaga ku ishyirwa mu bikorwa  ryâumushinga wa gari ya moshi yahuje Minisitiri wâIbikorwa remezo wâu Rwanda, Gatete Claver na mugenzi we […]
Rusizi: Barasaba ko kurwanya ruswa nâakarengane byakwigishwa nkâisomo mu mashuri
Bamwe mu baturage bâakarere ka Rusizi bavuga ko mu rwego rwo guca burundu ruswa nâakarengane, byaba byiza byigishijwe uhereye mu bana bato bo mu mashuri abanza, bakabyiga nkâisomo. Uretse kumenyesha abaturage itegeko rishya rijyanye no kurwanya ruswa nâakarengane banamenye uburenganzira bwabo, hateguwe umukino wâumupira wâamaguru mu mirenge yose, urubyiruko rwitabira ku bwinshi runahabwa izi nyigisho. Iki […]
AMAFOTO: Perezida Paul Kagame yongeye kugaragara mu mpuzankano za Gisirikare
Imyaka yari ibaye 18, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame atagaragara mu mpuzankano za Gisirikare, kuva aho yabereye Perezida w’u Rwanda mu mwaka wa 2000. Yaherukaga kuyigaragaramo ubwo yari Visi Perezida akaba na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, hagati y’umwaka wa 1994 n’uwa 2000. Uyu munsi, aho yakurikiranaga imyitozo ya Gisirikare mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro, […]
Abavuga ko umugore wanjye andusha imyaka 10 barabeshya- Bahati
Umuhanzi wo muri Kenya uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bahati, avuga ko umugore we amurusha imyaka ibiri aho kuba 10. Kevin Bahati yashakanye na Diana Marua umwaka ushize, nyuma yâubukwe bwabo, amakuru yagiye akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ko uyu muhanzi yarongoye umugore umurusha imyaka myinshi. Mu kiganiro yagiranye nâikinyamakuru Viusasa, Bahati yavuze ko […]
Inyeshyamba zo muri Uganda zishe abantu icumi zibaciye imitwe
Inyeshyamba za ADF zo muri Uganda zishe abaturage ba Congo- Kinshasa  10 zibaciye umutwe mu Mujyi wa Oicha uri mu birometero 35 werekeza mu Majyaruguru ya Beni. Abishwe ni abagore babiri nâabagabo umunani bo mu duce twa Tenambo, Mabasele na Mbimbi. Aba bishwe hifashishijwe ibyuma, imbunda nâakandoyi nkâuko Spyreports ibitangaza. Mu minsi ishize ADF yagiye […]
Kasai: Umunyamabanga wâihuriro rya Katumbi yasabiye amajwi umukandida badashyigikiye
Umunyamabanga Mukuru wâihuriro rya Moise Katumbi ryitwa âEnsembleâ kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Ukuboza yakoze agashya ahamagarira abaturage ba Kananga muri Kasai kuzatora umukandida, Felix Tshisekedi, mu gihe iri huriro rifite undi mukandida wiitwa Martin Fayulu. Ubwo yafataga ijambo imbere yâimbaga yâabaturage bari bagiye kumva imigabo nâimigambi ya Felix Tshisekedi aha muri Kananga kuri […]
Kujya impaka ku bapfubuzi ni ukuvuga ku bihuha- Dr Kayumba anenga abadepite
Umusesenguzi akaba nâimpuguke muri politiki mpuzamahanga, Dr Christopher Kayumba anenga abadepite bo mu Rwanda bifashe bakazamura ikiganiro mpaka  ku bapfubuzi nta nâimibare bafite bamurikira Abanyarwanda bityo ngo ibi bikaba byafatwa nkâibihuha. Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje abayobozi bâinzego za Leta nâabafatanyabikorwa bayo yabereye mu cyumba cyâInteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa 6 Ukuboza 2018, yigaga ku […]
Bimwe mu bintu bishobora kongera gusenya EAC nkâuko byagenze mu 1977
Kutabona ibintu kimwe kw’abayobozi nâamakimbirane ashingiye ku nyungu zâigihugu bisa nkâibigiye kongera gusenya umuryango wâAfurika yâIburasirazuba (EAC) nko mu 1977 nkâuko ababikurikiranira hafi basobanukiwe politiki yo mu karere babyemeza. Kuwa 30 Ugushyingo hari hateganyijwe inama ya 20 yâabakuru bâibihugu bigize EAC iza kutaba bitewe nâuko u Burundi bwanze kuyitabira bunarakazwa nâuko chairman wâuyu muryango, Yoweri […]
âNdi Umunyarwanda' ni urugendo rugomba guhuzwa nâinkingi zâurugamba rwo Kwibohora- Hon. Makuza
Perezida wa Sena yâu Rwanda, Makuza Bernard avuga ko intego ya Ndi Umunyarwanda ari ugushyira Abanyarwanda hamwe, ubumwe bwabo bukaba igihango nâishingiro ryâagaciro biyumvamo, bityo ko ari nâurugendo rugomba guhuzwa nâinkingi zâurugamba rwo kwibohora. Ibi Hon. Makuza yabivuze mu kiganiro cya ‘Ndi Umunyarwandaâ ku rwego rwa Sena, cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 […]
Perezida Kagame mu bayobozi bo muri Afurika bakurikirwa nâabantu benshi kuri instagram
Perezida wa Ghana, Nana Akufo-Addo, niwe muyobozi wo muri Afurika wa mbere ukurikirwa nâabantu benshi ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram, agakurikirwa na Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame nkâuko byemezwa nâikigo Burson Cohn &Wolfe. Ibi bishingiye ku nyigo nshya ya 2018 yâabayobozi bâIsi kuri Instagram iherutse gushyirwa ahagaragara nâiki kigo cyâitumanaho cya BCW (Burson Cohn &Wolfe) […]
RDC: Ubumwe bwâu Burayi bwagumishijeho ibihano bwafatiye umukandida wâishyaka riri ku butegetsi
Umuryango wâUbumwe bwâu Burayi kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Ukuboza wagumishijeho ibihano wafatiye umukandida Emmanuel Ramazani Shadary, uzahagararira ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyyijwe mu mpera zâicyumweru gitaha. Ni ibihano bireba abandi bayobozi bakuru bâigihugu 13. Amakuru Ijwi ryâAmerika rikesha ibiro ntaramakuru byâAbongereza Reuters,  avuga […]
Ubuhamya bwâumukobwa wa Frank Rusagara nyuma y'ifungwa rya se
Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu nteko ishinga amategeko ya Amerika kuwa Kabiri, tariki 04 Ukuboza 2018 yateze amatwi ikiganiro kigaruka ku burenganzira bwa muntu mu Rwanda aho umukobwa wa Rusagara, Veronica Shandari yari mu batanze ikiganiro. Mu kiganiro kirekire Shandari yatanze muri Tom Lantos Human Rights Commission (TLHRC), yagarutse ahanini ku mateka ya se […]
Ibihe byankomereye mu buzima, ni igihe papa yapfaga- C. Ronaldo
Icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo avuga ko ubuzima bwamukomereye mu mwaka wa 2005 ubwo se yari amaze kuva ku Isi ya rurema. Mu kiganiro kirambuye Ronaldo yagiranye nâikinyamakuru Gazzetta mu mpera zâicyumweru gishize, yatangaje ko ubuzima bumeze neza mu ikipe ya Juventus nyuma yâamezi agera kuri atanu ahamaze. Yagize ati âNdanezerewe, Umujyi urashamaje, abaterankunga ni […]
Kenya: Umupadiri yishwe azira amaturo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Ukuboza umupadiri wo mu gihugu cya Kenya yishwe arashwe nâagatsiko kâamabandi yahise aburirwa irengero acikanye amaturo yari yatanzwe ku Cyumweru uyu mupadiri yari agiye kubitsa muri banki. Nkâuko byatangajwe nâumuuyobozi wâigipolisi ahitwa Kiambu witwa Adiel Nyange, ngo Padiri John Njoroge wo kuri Paruwasi ya Kinoo muri […]
Impunzi zâAbarundi zahungiye mu Rwanda zikomeje kugaragaraho ihungabana
Impunzi zâAbarundi zisaga 100 zahungiye mu Rwanda ngo zaba zugarijwe nâikibazo cyâihungabana zikaba zihabwa ubufasha mu kigo cyâI Kigali kizobereye ibijyanye no guhangana nâibibazo byâihungabana. Iki kigo nyafurika giharanira amahoro, ubwiyunge nâiterambere rirambye (RAPRED Girubuntu) cyatangijwe muri Nyakanga ngo cyite byihariye kuri aba Barundi bahungabanyijwe nâibibazo byo mu 2015. Cyashinzwe nâUmunyarwanda, Padiri Innocent Rugaragu wo […]
Rusizi: Hafashwe imitego itemewe ya Kaningini mu kiyaga cya Kivu
Mu kiyaga cya kivu haracyagaragara bamwe mu barobyi bitwikira ijoro bagakoresha imitego izwi nka âKaninginiâ itera igihombo ku iyororoka ryâamafi nâibiyakomokaho. Umwe mu bashinzwe kugenzura ko iyi mitego itinjira ku ruhande rwâu Rwanda muri iki kiyaga, yavuze ko hari hashize amezi hafi umunani imitego nkâiyi idafatwa, bityo ko iki kibazo kidahagurukiwe mu minsi mike ingaruka […]
Dr. Mukwege avuga ko amatora yo muri Congo ashobora kuzakurikirwa nâintambara
Umunye-Congo, Dr Denis Mukwege uherutse guhabwa igihembo kitiriwe Nobel, avuga ko afite amakenga ko intambara ishobora kuzarota nyuma yâamatora ateganyijwe mu gihugu cyabo, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Dr Mukwege ubwo yari i Oslo muri NorvĂšge, akaba yaravuze ko aya matora ashobora kuzaba ariko ikibazo kikavuka bamwe banze kwemera ibyavuyemo. Yagize ati âMfite umutima uhagaze […]
Burundi: Agatsiko kâabitwaje imbunda kagabye igitero ku isoko gasahura iduka ryâImbonerakure
Ahitwa Mutaho, mu Ntara ya Gitega, mu Burundi rwagati kuri uyu wa Mbere hagabwe igitero cyâabantu bitwaje ibirwanisho Imbonerakure nâabashinzwe umutekano bazwi nkâabasekirite bari hafi aho barahunga abateye basiga basahuye. Nkâuko bitangazwa nâababibonye, ngo agatsiko kâabantu bane bitwaje imbunda kateye isoko ahagana saa munani zâijoro kuri uyu wa Mbere ushize. Nyuma yo kurasa amasasu menshi, […]
Rwamagana :Yafashwe yiyita umupolisi, anambura umuturage
Ndayisaba wâimyaka 27, umuturage wo mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Kigabiro ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 09 Ukuboza yafashwe yiyita umupolisi ndetse anasaba Nkundabarama Jean de Dieu amafaranga yâu Rwanda ibihumbi 100 kugirango afungure murumuna we. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire avuga ko Nkundabarama […]
Museveni ni we soko ya ruswa yashinze imizi- Bobi Wine
Umudepite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine avuga ko Perezida Museveni Kaguta ari we mvo nâimvano ya ruswa yashinze imizi mu gihugu cya Uganda. Ibi yabitangaje mu itangazo yashyize ahagaragara mbere yâuko Museveni ageza ijambo ku banyayuganda ku buryo bushya bwo guhangana na ruswa bugiye kujyaho mu gihugu cya Uganda.  Kyagulanyi avuga ko Museveni ari […]
Min. Shyaka yobonanye na ba gitifu bâimirenge 416, mu masaha ane havuga bane
Ubwo Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Prof Shyaka Anastase yahuraga nâAbanyamabanga Nshingwabikorwa bâImirenge yose harimo nâabakuriye DASSO kuri buri Karere, ba Gitifu bane gusa na DASSO babiri nibo batashye bavuze. Ingingo zigamije kurebera hamwe uburyo bwo guteza Abanyarwanda imbere hakoreshejwe amahirwe ahari nizo zaganiriweho muri iyi nama bise « nyunguranabitekerezo ngarukamwaka Ibiganiro binyuranye byatanzwe nâabashinzwe ubugenzuzi bwâimari, ikigo […]
Bimwe mu byo abantu banyuranye bavugakuri ruswa, nâicyo itegeko riteganya
Icyumweru cyo kurwanya ruswa nâakarengane kirasozwa ejo tariki ya 9 Ukuboza, nyamara benshi ku ntero ya minisitiri wâubutabera Busingye Jonston bashaka ko yajya irwanywa ibyumweru 52 mu mwaka. Ni mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro ibiganiro byaberaga ku kicaro cya polisi yâigihugu ku Kacyiru byahuzaga polisi nâabafatanyabikorwa bayo mu kurwanya ruswa nâakaregane. Wari umwanya wo […]
Byinshi wamenya kuri Dr. Munyemana ugiye gukurikiranwa nâinkiko zâu Bufaransa
Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) itangaza ko yishimiye icyemezo Ubutabera bwâUbufaransa bwafashe  cyo kugeza umunyarwanda, Dr Munyemana SosthĂšne, ushinjwa icyaha cya jenoside, imbere yâUmucamanza. Mu itangazo ryashyizwe hanze na CNLG, rikanashyirwaho umukono nâumunyamabanga Nshingwabikorwa wayo, Bizimana Jean Damascene , ivuga ko Dr Munyemana SosthĂšne wahawe akazina kâakabyiniriro kâUmubazi wa Tumba âle boucher de Tumbaâ yagize uruhare rukomeye muri Jenoside […]
Umubano wâu Rwanda na Afurika yâEpfo wajemo  akandi gatotsi
Umubano wâu Rwanda na Afurika yâEpfo byari byitezweko ushobora gutsurwa mu minsi iri imbere wajemo agatotsi bitewe nâicyo Afurika yâEpfo yise ibitutsi nâamagambo ashotorana yibasira Minisitiri wayo wâUbubanyi nâAmahanga, Lindiwe Nonceba Sisulu. Mu kiganiro nâitangazamakuru kuri uyu wa 20 Ugushyingo, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Dr Richard Sezibera yemeje ko biteganyijwe ko azahura na mugenzi […]
Ntuzahore umugabo kuguca inyuma- Huddah Monroe uvuga ko akijijwe nâigitsina cye
Umunya-kenyakazi uzwi ku izina rya Huddah Monroe aragira inama abagore kwirinda gushwana nâabagabo babo ngo ni uko babaciye inyuma, ahubwo ko byabaho mu gihe batabasha gushaka amafaranga. Huddah ni umukobwa uzwiho cyane gutangaza amagambo akavugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, rimwe na rimwe akitwa indaya nâibindi bitandukanye. Huddah Monroe, yakunze kwigamba ko imitungo afite ayikesha igitsina […]
Icyo Umunyamabanga Mukuru wa EAC Mfumukeko avuga ku bibazo byâu Rwanda nâu Burundi
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba (EAC) akaba nâUmurundi, LibĂ©rat Mfumukeko avuga ko hari icyizere ko umubano wâu Rwanda nâUburundi uzamera neza. Uburundi buherutse kwandikira Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni akaba nâUmuyobozi wa EAC muri iki gihe bumusaba ko haba inama idasanzwe yâuyu muryango yo kurangiza umwuka mubi uri hagati yâiki gihugu nâu […]
Amashirakinyoma ku isenyuka ry'urugo rwa Miss Aurore na Egide
Kuva Tariki 8 Ukuboza 2018, mu binyamakuru bitandukanye hasakaye inkuru ivuga ku itandukana rya Miss Aurore na Egide bamaze igihe kirekire bakundana biturutse ku kuba Egide yarasibye amafoto yose ya Aurore ku rubuga rwa Instagram ye ndetse akaba atanakimukurikira(Follow) gusa nyuma y’ibi byaje kugaragara ko aya makuru ari ibinyoma. Impamvu yibi byose Mutesi Aurore wabaye […]
RDC: Uwacitse inyeshyamba zikomoka muri Uganda aravuga uko zishe bagenzi be
Umwe mu baturage bo muri Teritwari ya Beni, Intara ya Kivu yâAmajyepfo, witwa Kambale Mitavo wâimyaka 35 yâamavuko, atanga ubuhamya bwâuburyo abaturage bakomeje kwicwa umusubirizo nâinyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda. Uyu mutangabuhamya waganiriye nâikinyamakuru cyo muri Congo, ActualiteCD, avuga ko izi nyeshyamba zigaba ibitero mu ngo zâabaturage zikica uwo zishatse, zarangiza zigasahura, zikikoreza abaturage, […]
Uganda: Ibinyamakuru biranengwa ku bwâinyito yakoreshejwe ku bakobwa bâAbanyarwanda
Abarambye mu mwuga wâitangazamakuru mu gihugu cya Uganda bakomeje  kunenga ibinyamakuru binyuranye byanditse ko abakobwa bâAbanyarwanda babaye imari ishyushye mu Karere ka Mityana. Bamwe muri aba banyamakuru bavuga ko iyi nyito imeze nkâigitutsi kandi ko amahame yâumwuga yirengagijwe hagamijwe ubushotoranyi. Umwe muri bo uataratangajwe amazina ariko ko ngo akaba akorera ikinyamakuru cyo mu karere   yabwiye […]
Busasamana: Abakekwa kuba FDLR bagabye igitero bane bahasiga ubuzima
Ijoro ryo kuri iki Cyumweru rishyira iryo ku wa Mbere tariki ya 10 Ukuboza 2018, urusaku rwâamasasu rwumvikanye mu mudugudu wa Kamamabuye, Akagari ka Rusura, umurenge wa Busasamana, mu Karere ka Rubavu. Bitangazwa ko ari abantu bitwaje intwaro bikekwa ko baturutse muri Congo bahagabye igitero bagakozanyaho nâingabo zâu Rwanda, bamwe bakahasiga ubuzima. Umwe mu baturage […]
Nyamasheke: Amb.Jenny Ohlsson arizeza urubyiruko nâabagore isoko ryâibyo bakora
Mu rwego rwo gushakira imibereho myiza abagore nâurubyiruko barenga 2000 mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, bafashijwe nâumushinga âCORE projectâ, Ambasade ya Suwede mu Rwanda irabizeza ubufasha bwâisoko ryâibikorwa byabo. Uru rubyiruko nâabagore bafashijwe guhanga imirimo yâubukorikori bunyuranye burimo gukora inkweto, ibikapu, amasakoshi, imikandara, ubudozi, ububumbyi, ububoshyi nâibindi, hakaba nâandi makoperative yâaborozi yafashijwe gutunganya amata […]
Padiri Nahimana Thomas yongeye gutangaza ko ari mu nzira igana i Kigali
Nahimana Thomas wahoze ari Padiri akaza kwiyambura inshingano muri Kiliziya akayoboka Politiki, byâumwihariko atavuga rumwe na Leta yâu Rwanda, yatangaje ko agiye kongera kwegura ivarisi akerekeza i Kigali. Nahimana Thomas ni umunyapolitiki wâimyaka 47 yâamavuko akaba aba mu Bufaransa ari naho akinira politiki ku ruhande rwâabarwanya Leta yâu Rwanda. Mu Ugushyingo 2016, ubwo yari ategerejwe […]
Madamu Jeannette Kagame yasangiye Noheli nâ abana basaga 200- AMAFOTO
Madamu Jeannette Kagame yasangiye nâabana basaga 200 baturutse hirya no hino mu gihugu umunsi mukuru wa Noheli, mu gihe umwaka wa 2018, uri ku musozo hasatirwa umwaka mushya wa 2019 . Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 9 Ukuboza 2018, muri Village Urugwiro. Akaba yakiriye abana bâingeri zose, aho babanje kwidagadura nyuma hakurikiraho […]
Jose Mourinho arishimye cyane kandi ikipe nayo iramwishimiye-Jorge Mendes
Umunya-Portugal, Jorge Mendes uhagarariye umutoza Jose Mourinho wa Manchester United yavuze ko uyu mutoza “yishimye cyane” kandi “ashishikajwe n’umutima we wose no gutoza iyi kipe. Yatangaje ibi mu gihe muri uyu mwaka w’imikino, ahazaza ha Mourinho muri iyi kipe hakomeje kwibazwaho, mu gihe iyi kipe ubu iri ku mwanya wa Gatandatu ku rutonde rw’agateganyo rwa […]
Turacyafite imbogamizi mu gukurikirana ibyaha byo gusambanya abana- Muhongerwa Agnes
Umuyobozi w’Ishami Rikurikirana Amadosiye y’Ibyaha by’Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina mu Bushinjacyaha Bukuru bwâu Rwanda, Muhongerwa Agnes avuga ko nubwo Leta ishyira imbaraga mu guhana abasambanya abana, hakiri imbogamizi zâabantu bahishira ababikora. Ibi madamu Muhongera yabivuze mu kiganiro âDusangire Ijamboâ kuri Radio na Televiziyo byâu Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki ya 9 Ukuboza 2018. Ikiganiro cyagarukaga […]
Yashyizwe ikintu mu myanya yâibanga, yangirwa kubagwa  kuko atishyuye amashilingi 250,000
Umuganga utatangajwe amazina wo  mu bitaro bya Jinja muri Uganda yanze kuvura umurwayi wa kanseri yâubwonko, Night Nakwanga bitewe nâuko atishyuye ibihumbi 250,000 byâamashilingi ahubwo amushyira ikintu mu myanya yâibanga. Umurwaza wâuyu murwayi, Gloria yatangarije Dailymonitor dukesha iyi nkuru ko Nakwanga yari kuri lisiti yâabari bubagwe kandi ko yari yageze mu cyumba yari bufashirizwemo gusa […]
E.U mu nzira zo gukomeza ibihano ku Banyekongo barimo umukandida Emmanuel Shadary
Mu gihe Inama yâabaminisitiri bâububanyi nâamahanga ba E.U kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Ukuboza itegerejweho kwemeza gukomeza ibihano byafatiwe abayobozi 16 ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ubusabe bwo kugumishaho ibi bihano bukomeje kwiyongera. Mu bantu 16 barebwa nâibi bihano harimo Emmanuel Ramazani Shadary, w’ishyaka PPRD riri ku butegetsi nâuruhande rushyigikiye ubutegetsi bwa perezida […]
Uriya mukobwa ageze igihe cyo kurongorwa- Nyina wa Diamond
Nyina wa Diamond Platnumz Sanura Sandra avuga ko ashyigiye ko umuhungu we Diamond Platnumz arongora umukobwa witwa Tanasha Donna kuko ngo amukwiriye kandi akaba ageze mu myaka yo kurongorwa. Uyu mubyeyi yumvikanye kenshi arwanya ko umuhungu we yashyingiranwa na Hamissa Mobetto gusa kuri iyi nshuro yavuye ku izima. Mu kiganiro nâikinyamakuru Risasi cyo muri Tanzaniya, […]
Burundi: Imbonerakure zaririmbye ko ziteguye kwinjira i Kigali
Mu gihugu cyâu Burundi kuri uyu wa Gatandatu, itariki 08 Ukuboza, mu bice bitandukanye hateguwe imyigaragambyo yo kwamagana Pierre Buyoya, Umuyobozi wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe ndetse na Perezida wâu Rwanda. Muri Kirundo hakaba hagaragaye imbonerakure zagendaga zivuga ko ziteguye kwinjira Kigali zigafata Perezida w’u Rwanda Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu nibwo […]
Rio Ferdinand arasaba kwigana imyigaragambyo yamagana ivangura nkâiherutse muri Amerika
Nyuma yâaho umukinnyi Raheem Sterling yibasiwe nâabafana kubera ibara ryâuruhu rwe kuri uyu wa Gatandatu mu mukino ikipe ye ya Man. City yatsinzemo Chelsea 2-0, Rio Ferdinand wakiniye Man. Utd asanga mu Bwongereza bakwiye kwigana imyigaragambyo nkâiya NFL (National Football League) yo muri Amerika mu kwamagana ivangura rishingiye ku ruhu ryongeye kwigaragaza ku bibuga byo […]
Inkiko zo mu Rwanda zirigenga mu guhamya no guhanaguraho ibyaha-Min. Sezibera
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Dr Richard Sezibera, atangaza ko abantu badakwiye kwibaza cyane ku kuba abo kwa Rwigara barahanaguweho ibyaha nâinkiko zo mu gihugu cye kuko ngo izo nkiko zigenga mu guhamya no guhanaguraho ibyaha. Ni nyuma yâaho mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Ukuboza 2018, umucamanza mu rukiko rukuru […]
Ntwite umukobwa none umugabo wanjye yirirwa avuga ko yatemeje- NKORE IKI?
Muraho, mumbabarire, ndirinda kuvuga amazina yanjye, ndi umugore mfite abana babiri nkaba mfite inda yâumwana wa Gatatu ariko umugabo wanjye ntabwo yayishimiye kuko yifuzaga ko twabyara umuhungu. Imyaka igera kuri 13 ishize mbana nâumugabo wanjye, twabaye dusezeranye hose, dufitanye abana babiri bâabakobwa. Umwe yiga mu mwaka wa kane muri pirimeri, undi ari muri garidiyeni. Ubwo […]
RDC: Urunturuntu mu nyeshyamba za Gumino zikorana nâiza Kayumba
Umutwe wâinyeshyamba wa Gumino ugizwe nâAbanyekongo bo mu bwoko bwâAbanyamulenge, bivugwa ko ukorana bya hafi nâabarwanyi ba Kayumba Nyamwasa watandukanye nâinyeshyamba zâAbarundi bakoranaga zagiye kwifatanya nâumutwe wa Mai-Mai Yakutumba. Biravugwa ko uyu mutwe wa Gumino ukorana nâabarwanyi bâUmunyarwanda, Kayumba Nyamwasa ubarizwa mu buhungiro muri Afurika yâEpfo. Amakuru agera kuri SosMediasBurundi dukesha iyi nkuru aravuga ko […]
Kurwanya ruswa bikwiye kuba umuco, ahari ruswa abaturage bahora barakariye leta – Busingye
Minisitiri wâubutabere akaba nâintumwa nkuru ya Leta Busingye Johnston yibukije ko kurwanya ruswa nâakarengane ari inshingano yâinzego nkuru zâigihugu kugera ku zâibanze kugira ngo isano iri hagati ya leta nâumuturage ikomeze ishinge imizi. Ibi byatangajwe mu kiganiro nyunguranabitekerezo kigamije kurebera hamwe icyakorwa kugira ngo ruswa nâibisigisigi byabo bicike, Polisi yagiranye nâabafatanyabikorwa bayo muri gahunda cyâicyumweru […]
Paris: Imyigaragambyo ikaze ya Gilets Jaunes imbere ya perezidansi
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 08 Ukuboza imyigaragambyo ikomeye yamagana izamuka ryâibiciro mu Bufaransa yongeye kubura, igipolisi gikoresha ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abari mu myigaragambyo bigaragambirizaga imbere yâingoro yâumukuru wâigihugu. Abigaragambya baramagana gahunda ya Perezida Emmanuel Macron yo kuzamura ibiciro ku bikomoka kuri peteroli. Laurent Nunez, wungirije ministiri wâumutekano mu gihugu yavuze ko […]
Ruswa ivuza ubuhuha hagati ya Perezida Museveni, Minisitiri Kutesa nâAbashinwa
Akanama kâabanyamategeko ko mu Mujyi wa Newyork muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kahamije umuyobozi wâumuryango utegamiye kuri Leta ( CEFC NGO) , Chi Ping Patrick Ho ibyaha birindwi birimo ibya ruswa yâamamiliaridi yâumurengera wâamadolari yagiye aha ababobozi ba Uganda barimo Perezida Museveni na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga, Sam Kutesa. Ibi byatangajwe nâUmushinjacyaha Mukuru Wungirije wâigice […]
Kirehe yaje ku isonga mu kurwanya ruswa, mu gihe hari uturere 12 tutigeze dushyikiriza raporo nâimwe
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Ukuboza, urwego rwâumuvunyi rwashyikirije ibihembo uturere twashyize mu bikorwa ingamba zo kurwanya ruswa nâakarengane, maze kirehe iza ku isonga, mu gihe hari uturere 12 two tutigeze dushyikiriza raporo nâimwe uru rwego. Ni mu muhango wo gusoza ibiganiro byaberaga ku kicaro cya polisi yâigihugu ku Kacyiru byahuzaga polisi nâabafatanyabikorwa […]
Nyamasheke: Urubyiruko rworojwe inkoko rwabuze isoko ryâumusaruro wâamagi
Urubyiruko rwo mu mirenge yose uko ari 15 yâakarere ka Nyamasheke rwarangije ayisumbuye rukorozwa inkoko na MINAGRI ku bufatanye nâakarere ka Nyamasheke mu rwego rwo kururinda ubushomeri no kurufasha kwiteza imbere, rurataka igohombo ruterwa nâuko umushoramari waruguriraga amagi yifashe rukaba rwarabuze ahandi ruyagurisha. Nkâuko rubivuga, ngo nyuma yo korozwa inkoko rwakoze ibishoboka byose ruzibyaza umusaruro […]
Kuri iki cyumweru Itorero Inyamibwa ryateguye igitaramo gikomeye rizerekanamo umukino bise rw'Imitana
Itorero Inyamibwa ndangamuco ryâUmuryango wâabanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi AERG ryateguye igitaramo ngaruka mwaka bise Inkera i Rwanda rizerekaniramo umukino bise rw’Imitana. Iki gitaramo kizaba kuri iki cyumweru tariki 09/12/2018 kibere mu ihema rinini ry’ahahoze hitwa Camp Kigali, KCEV (Kigali Cultural Exhibition Village). Munyaneza Landry umuyobozi w’Itorero Inyamibwa yatangaje ko bageze kure imyiteguro y’iki gitaramo […]
US :Umukobwa yakoze ubukwe na Yezu Kristu nyuma yuko imyaka imubanye myinshi nta mugabo
Jessica Hayes yaguze ikanzu yâabageni , agatimba n’impeta. Ariko yagiye mu kiliziya nta mugabo bari bahagararanye, ahubwo we yavuze ko ashatse kubakana na Yezu Kristu. Hayes w’imyaka 41 umaze imyaka 18 ari umwalimu, yavuze ko yafashe icyemezo ubwo yari amaze kurenza imyaka 36 muri 2013, ni isugi yihebeye Imana – umuhamagaro ukunzwe gusangwa mu bagore […]
Rusizi : Impanuka yâubwato mu kivu yahitanye umuntu, umurambo n'ubwato bihita biburiwa irengero
Mu kagari ka Kamatita mu murenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi haravugwa impanuka yâubwato bwarohamye mu kiyaga cya kivu, umusore wâimyaka 26 bikekwa ko yaba yitabbye Imana umurambo we ukaba wakomeje kubura ndetse n’ubwato. Amakuru Bwiza.com ikesha umucungamutungo wa koperative Isanganiro yâabafite ubwato bunini abandi bakunze kwita ibyombo mu kiyaga cya kivu ku ruhande […]
Abakobwa b'ikigali bakomeje kwerekana urukundo rudasanzwe bakunda umuziki-Amafoto
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Ukuboza 2018, muri Camp Kigali habereye igitaramo cya Mâbilia Bel cyaranzwe nâimbyino zo gutigisa umubyimba ndetse no kuzunguza amabuno kuburyo budasanzwe kubakobwa bamwe nabamwe bari bakitabiriye. Ni igitaramo cyasusurukijwe n’itsinda rya Neptunez Band ryaririmbiye abitabiriye indirimbo zirimo nâiyo kubifuriza iminsi mikuru myiza ya Noheli nâUbunani […]
Amafoto: Perezida Kagame yitabiriye inama mu Misiri ivuga ku kongera ubukungu nâishoramari
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Ugushyingo 2018 , Perezida Paul Kagame yageze mu Misiri, aho agiye kwitabira inama nyafurika izwi nka âAfrica 2018 Forumâ, igamije kongera amahirwe yo kwishyira hamwe ku umugabane wâAfurika mu byâubukungu ni ishoramari. Perezida Kagame akaba yashyikiye mu Mujyi wa Sharm El Sheikh , yitabiriye inama iziga ku guteza […]
Kirehe: Abagabo baretse ihohoterwa rishingiye ku gitsina basabye Leta ko yabahindura imfashanyigisho
Kuwa kane tariki ya 6 Ukuboza 2018, mu mirenge umunani yo mu turere 4 twâintara yâiburasirazuba habereye ibikorwa byo kugaragaza ibyagezweho nâumushinga witwa indashyikirwa wahuguwemo abashakanye biganjemo ingo zarimo ibibazo byâamakimbirane,a ho mu buhamya bwâabahuguwe biyemeje kuva ku ngeso yo guhohotera abagore banasaba ko Leta yabakoresha ikabagira imfashanyigisho mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu […]
Paul Pogba uhorana udushya yatunguye benshi yifotozanya n'inyamanswa-Amafoto
Umukinnyi w’umupira w’amaguru ukinira ikipe ya Manchester United ndetse n’ikipe y’igihugu ya bafaransa Paul Pogba yatangaje benshi ubwo yifotozaga ateruye inkende maze agashyira amafoto ku mbuga ze nkoranya mbaga. Pogba ni umufaransa ukinira ikipe ya Manchester City mu gihugu cyâu Bwongereza, yayifashije kwegukana igikombe cya shampiyona umwaka wâimikino wa 2017/2018 ndetse afasha nâigihugu cye kwegukana […]