Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zifatanyije na Polisi ya Mozambique mu isabukuru y’imyaka 51

HIjAkofWAAA VLa

Ku Cyumweru, itariki 17 Gicurasi 2026, Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zifatanyije na Polisi ya Mozambique n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu turere twa Macomia, Palma, na Mocímboa da Praia mu Ntara ya Cabo Delgado kwizihiza isabukuru y’imyaka 51 ya Polisi y’Igihugu ya Mozambique. Abayobozi b’uturere bashimiye Inzego z’Umutekano z’u Rwanda kuza kwifatanya nabo mu birori. Ubuyobozi bw’inzego […]

Nairobi: Imodoka zitwara abagenzi zahagaritse akazi kubera ibiciro bya lisansi

b5fc9111 fddb 410b 9087 20451fd8c760

Gutwara abantu n’ibintu byahagaritswe mu gihugu cya Kenya ku muhanda wa Nairobi – Namanga mu gihe imyigaragambyo ikomeye y’abatwara tagisi mu gihugu hose yatangiye kuri uyu wa Mbere. Umuhanda wafunzwe n’imyigarambyo y’urubyiruko rwacanye umuriro ukoresheje amapine i Kitengela, mu ntara ya Kajiado, mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere. Barigaragambya bamagana izamuka rikabije ry’ibiciro bya […]

Ikibazo cya M23 gikwiye gushakirwa umuti muri Congo aho kurenganya u Rwanda: Perezida Ruto

Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko ikibazo cya M23 gikwiye gushakirwa umuti muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho kugirwa ikibazo cy’u Rwanda, ashimangira ko abarwanyi b’uyu mutwe ari Abanye-Congo bafite ibibazo bagomba kuganiraho na Leta yabo. Ruto yabigarutseho mu nama ya Africa CEO Summit iheruka kubera i Kigali. Ni amagambo yavuze mu gihe […]

Uganda: Anita Among uri mu mazi abira yaretse kongera kwiyamamariza kuyobora Inteko Ishinga Amategeko 

RETYUI

Anita Annet Among wari usanzwe ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, yatangaje ko atazongera guhatanira gukomeza kuyiyobora, nyuma y’iminsi mike inzego z’umutekano zitangiye ibikorwa byo kumukoraho iperereza. Mu itangazo yashyize hanze, Among yavuze ko yafashe icyo cyemezo nyuma y’“ibiganiro byinshi no gutekereza byimbitse”, mu rwego rw’ibyo yise kubungabunga ubumwe n’umucyo by’ishyaka NRM riri ku […]

Ebola yongeye kwaduka muri RDC: MINISANTE yahumurije Abaturarwanda

ap 6a08b27914cd4 1778954873

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) yatangaje ko iri gukurikiranira hafi iby’icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ihumuriza Abaturarwanda ko nta muntu urwaye iyi ndwara uragaragara mu Rwanda. MINISANTE mu itangazo yasohoye ku Cyumweru tariki ya 17 Gicurasi, yavuze ko iri gukurikiranira hafi iki cyorezo, ndetse ko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita […]

Uganda: Anita Among wahoze ayobora abadepite afungiwe iwe mu rugo

speaker 3 1068x711 1

Kohereza abashinzwe umutekano kugota urugo ruherereye i Nakasero rw’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Annet Among byakomeje kuri iki Cyumweru, aho amakuru menshi avuga ko kwinjira no gusohoka muri urwo rugo byahagaritswe mu gihe akomeje gukorwaho iperereza ku kwikungahaza mu buryo butemewe n’iyezandonke. Amakuru aturuka mu begereye iyi dosiye avuga ko abasirikare […]

Kinshasa: Inkongi y’umuriro yibasiye urusengero

incendie eglise shekina 1

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Gicurasi 2026, ahagana saa kumi n’imwe za mu gitondo yibasiye urusengero rw’Itorero rya Shekinah Tabernacle, riyoborwa na Pasiteri Richard Diyoka Nsanguluja, riherereye mu gace ka Debonhomme kuri Lumumba Boulevard i Kinshasa mu murwa mukuru wa RDC. Amakururu aturuka muri ako gace aravuga ko ku bw’amahirwe, nta bantu bahasize ubuzima, […]

EU na Kigali mu Ntambara ya Dipolomasi: TotalEnergies Iri hagati y’Umutekano n’Akaga

3 1

Mu gihe Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) uri kuganira ku guhagarika cyangwa kudasubizaho inkunga yahaga ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo gucunga umutekano muri Mozambike, haribazwa ibibazo bikomeye ku hazaza h’umutekano wa Cabo Delgado ndetse n’ishoramari rinini rya sosiyete y’Abafaransa Total Energies. Iyi nkunga yatangwaga binyuze muri gahunda ya European Peace Facility, yafashaga mu […]

Minembwe: Drones zibasiye ibice bituwe bya Bidegu, Kalingi na Mikenke

maxresdefault 1

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Gicurasi 2026, guhera saa moya n’igice z’ijoro kugeza ku isaha ya saa kumi za mugitondo kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Gicurasi 2026, ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye igitero cy’amabombe ku turere dutuwe cyane twa Bidegu, Kalingi, na Mikenke muri Minembwe. Ibi bitero byakorewe icyarimwe hakoreshejwe drone za […]

FARDC yahagaritse urujya n’uruza hagati ya Bukavu na Uvira

IMG 20260516 WA0019

Urujya n’uruza hagati ya Bukavu na Uvira, imijyi ibiri minini yo muri Kivu y’Amajyepfo, rwongeye guhungabana kuva ku wa Gatanu, itariki 15 Gicurasi 2026. Nk’uko abatwara abagenzi bakoresha iki gice cy’umuhanda w’igihugu nimero ya 5 babitangaza, imodoka zahagarikiwe ahitwa Nganganiro muri Luvungi. Amakuru agera kuri mediacongo.net avuga ko, abasirikare ba FARDC babujije kugera mu gice […]

Rubavu: Umupaka uhuza u Rwanda na RD Congo wafunzwe

HIgHAVLWMAA8Vol

Umupaka uhuza Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, hagati y’imijyi ya Goma na Gisenyi, wafunzwe kuva mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Gicurasi, nk’uko amakuru menshi aturuka aho abitangaza. Nta tangazo rirashyirwa ahagaragara n’ubuyobozi bw’u Rwanda cyangwa inyeshyamba za M23 zigenzura Umujyi wa Goma. Gusa, iri funga rije nyuma y’ubukangurambaga bw’ubuzima […]

Gako: Inama nyunguranabitekerezo ku mutekano yasabye Afurika kwigira

HIeE1N3W0AAif8r

Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda ku bufatanye na Kaminuza y’u Rwanda, bateguye inama nyunguranabitekerezo y’umunsi umwe ku mutekano w’igihugu yabereye mu Ishuri rya Gisirikare ry’u Rwanda i Gako. Iyo nama yitabiriwe n’abayobozi bakuru muri Guverinoma barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, ndetse n’abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano. Yahuje abasirikare, […]

Comoros: Imyigaragambyo ikaze yatumye leta ihagarika ibiciro bishya lisansi

S2YBJNZEBNLQDCGFKAUV7I47MU

Ku wa Gatandatu, Comoros yatangaje ihagarikwa ry’agateganyo ry’ibiciro bishya bya peteroli byashyizweho mu rwego rwo guhangana n’intambara yo muri Iran, nyuma y’uko izamurwa ryabyo ryateje imyigaragambyo ikomeye yiciwemo abantu hirya no hino muri ibi birwa byo muri Afurika y’Iburasirazuba. Ibi byatangajwe nyuma y’uko umuntu umwe yishwe abandi batanu bagakomereka mu guhangana hagati y’abigaragambyaga n’inzego z’umutekano […]

Kabuga yapfuye ku isabukuru y’itabwa muri yombi rye

Umunyarwanda Kabuga Félicien wari ukurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yapfuye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi aguye i La Haye mu Buholandi, nyuma y’imyaka itandatu yuzuye neza atawe muri yombi. Inkuru y’urupfu rwa Kabuga wari umaze igihe afungiye muri kiriya gihugu yemejwe n’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko […]

Kuva mu ruganda rw’Abasoviyete kugeza ku rugamba rw’isi: Inkuru ya AK-47

file 20191107 10915 10f63dk

Mu mateka y’intwaro za gisirikare, hari imbunda nke zagize izina rikomeye ku isi nka AK-47. Iyi mbunda yavukiye mu nganda za gisirikare za Soviet Union nyuma y’Intambara ya Kabiri y’Isi yose, ariko mu gihe gito ihinduka intwaro yakwirakwiriye isi yose ikoreshwa n’ingabo za leta, imitwe y’inyeshyamba ndetse n’abarwanyi b’impinduramatwara. Uyu munsi, AK-47 ntifatwa nk’imbunda gusa; […]

Inzego zirimo UPDF zagabye igitero ku rugo rwa Anita Among

20260516 160913

Urwego rw’Ubugenzacyaha muri Uganda (CID), rufatanyije n’Ingabo za Uganda (UPDF) ndetse n’izindi nzego z’umutekano, bagabye igitero kigamije gusaka urugo rw’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Anita Annet Among, ruherereye i Nakasero mu Mujyi wa Kampala. Ni igitero cyatangiye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, aho abashinzwe iperereza, inzego z’ubutasi bwa gisirikare n’impuguke mu gusuzuma […]

Perezida Kagame yaherekeje Gen. Doumbouya wasoje uruzinduko mu Rwanda

20260516 141654

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Paul Kagame ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, yaherekeje mugenzi we wa Guinea, Mamadi Doumbouya, wasoje uruzinduko yari amazemo iminsi mu Rwanda. Muri uru ruzinduko, Perezida Doumbouya yitabiriye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro Inama ya Africa CEO Forum 2026 yaberaga i Kigali, ihuza abayobozi bakuru b’ibigo bikomeye […]

M. Iréné agiye kurongora umudiyasipora

i can t wait mummy ndagukunda cyane proverbs 31 25 26 3 ae422

Umunyamakuru Murindahabi Iréné wamamaye nka M. Iréné yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Nishimwe Liliane usanzwe uba mu Bubiligi. Aba bombi bamaze igihe bakundana, ndetse ubukwe bwabo bukazaba tariki ya 15 Kanama 2026. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, M. Iréné yagaragaje ibyishimo byinshi ategura ubu bukwe, anabwira Nishimwe Liliane amagambo y’urukundo agaragaza uburyo amukunda cyane. […]

RDF ikwiriye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel aho guhabwa ibihano: Dr. Kayumba Christopher

IMG 20260516 WA0009

Dr. Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda akanaba umushakashatsi, asanga ingabo z’u Rwanda (RDF) zikwiye guhabwa igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel aho guhabwa ibihano. Iyi mpuguke yahoze yigisha mu Ishuri ry’Itangazamakuru n’Itumanaho rya Kaminuza y’u Rwanda, yabigarutseho mu nyandiko yanyujije mu kinyamakuru The New Times. Ni nyuma y’ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

Itsinda ry’ingabo za RDF riyobowe na Maj. Gen Nyakarundi ryakiriwe na Perezida Touadéra

Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrique, ku wa Gatanu yakiriye itsinda ry’abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda bari bayobowe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj. Gen Vincent Nyakarundi, cyo kimwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Centrafrique, Olivier Kayumba. Iyi nama yakurikiye ibiganiro bagiranye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za kiriya gihugu, Gen Zéphirin Mamadou. Ni ibiganiro […]

Perezida Tinubu yemereye Abanyarwanda kumara iminsi 30 mu gihugu cye nta Viza

Urwego Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka muri Nigeria, rwatangaje ko Abanyarwanda bemerewe kujya muri iki gihugu bakamarayo iminsi 30 bidasabye kuba bafite Viza. Uru rwego mu itangazo rwasohoye ku wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi ku mabwiriza ya Perezida Bola Ahmed Tinubu, rwavuze ko kiriya cyemezo cyaturutse ku bwumvikane hagati ya Nigeria n’u Rwanda. Ruti: “Muri ubu […]

I Bruxelles habereye imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

Abanye-Congo baba mu mahanga, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi bakoreye imyigaragambyo i Bruxelles mu Bubiligi bamagana “imiyoborere mibi n’ihohoterwa rikomeje kubera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo”, bigizwemo uruhare n’ubutegetsi bw’iki gihugu. Ni imyigaragambyo yateguwe n’abanye-Congo baba mu mahanga biciye mu miryango irimo GAKONDO, APDH, Diaspora Plurielle Congolaise n’indi. Aba mu itangazo […]

U Burusiya bugiye kubaka mu Rwanda uruganda rw’ingufu za nucléaire

20260515 170052

Ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ingufu za nucléaire, Rosatom, cyatangaje ko kiri kwagura ibikorwa byacyo ku rwego mpuzamahanga, aho u Rwanda ruri mu bihugu bishya gifitanye na cyo amasezerano yo kubaka inganda zitanga amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru wa Rosatom, Alexey Likhachev, mu kiganiro yahaye igitangazamakuru cya Vesti cyo mu Burusiya. […]

Hafi ya kilometero miliyari 26 uvuye ku Isi: Voyager 1 ikomeje gukora amateka

Nyuma y’imyaka hafi 50 iri mu rugendo rutigeze ruhagarara, icyogajuru cya NASA kizwi nka Voyager 1 kiri hafi kugera ku rwego amateka atigeze abona: intera urumuri rufata umunsi umwe wose kugira ngo rugere ku Isi. NASA ivuga ko mu Ugushyingo 2026, Voyager 1 izaba iri ku ntera ya “one light-day” uvuye ku Isi — ni […]

Perezida Samia Suluhu wa Tanzania ategerejwe mu Rwanda

ew2d7bnxeammmc0 27ec3

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ategerejwe i Kigali mu ntangiriro z’icyumweru gitaha aho azitabira inama mpuzamahanga yiga ku ngufu za nucléaire muri Afurika. Iyi nama izwi nka Nuclear Energy Innovation Summit for Africa 2026, iteganyijwe kubera mu i Kigali kuva tariki ya 18 kugeza ku ya 21 Gicurasi 2026. Iyi nama igiye kubera mu […]

RDC: Abatuye i Minembwe babyukiye mu mvura y’amabombe

HCbH7oMW0AI9c7C

Kuva ku isaha ya saa mbiri za mu gitondo kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 15 Gicurasi 2026, ubutegetsi bwa Kinshasa bwategetse kohereza kajugujugu nyinshi z’intambara zitwaje ibisasu byinshi zivuye i Kalemie kugira ngo zigire uruhare mu bitero bikomeje biri kwibasira Minembwe no mu turere tuyikikije. Izi ngufu za gisirikare zongerewe ku ntwaro zimaze igihe […]

Jean Luc Habyarimana yahuye na perezida wa FDLR n’abasirikare bakuru muri Pinga

IMG 20260515 WA0013

Nyuma y’iminsi akorera ingendo i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’i Bujumbura na Gitega mu Burundi, Jean-Luc Habyarimana usanzwe ari umuhungu wa Habyarimana Juvénal wabaye Perezida w’u Rwanda yanageze mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu mujyi wa Pinga, uherereye muri teretwari ya Walikale. Amakuru BWIZA yamenye yemeza ko uyu mugabo mu byumweru bibiri […]

Kidumu yabitswe ari muzima

1778796890386

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Kidum yahakanye amakuru yari amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko yitabye Imana nyuma y’impanuka ikomeye yabereye i Nairobi muri Kenya. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze mu ijoro ryo ku wa 14 Gicurasi 2026, Kidum yavuze ko ari muzima kandi ko ayo makuru yaturutse ku […]

Walikale: Inyeshyamba za Wazalendo zishe umuyobozi washyizweho na AFC/M23

Carte Walikale1

Umuyobozi mushya w’Umudugudu wa Kateku, mu gace ka Iremya ( Gurupoma ya Ikobo) muri Teritwari ya Walikale, ku wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi, yishwe na Wazalendo, nyuma y’amasaha 48 gusa ashyizweho n’inyeshyamba za AFC / M23. Uwahohotewe yiciwe iwe imbere y’umuryango we. Amakuru agera kuri ACTUALITE.CD avuga ko Abawazalendo bamukubise amasasu mbere yo kuburira […]

Umuyobozi wa CIA yasuye Cuba mu ruzinduko rudasanzwe

moj6drHK2GA26rUERL5g

Umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bwo hanze cya Amerika, CIA, yasuye Cuba abonana n’ushinzwe ubutasi muri icyo gihugu mu murwa mukuru, Havana, aho yari ajyanye “ubutumwa bwite bwa Perezida Donald Trump”. John Ratcliffe yagiye Havana nyuma y’uko Washington yemereye Cuba inkunga ya miliyoni 100$ yo kuyifasha koroherwa n’ingaruka z’ibihano Washington n’ubundi yabafatiye. Perezida Miguel Diaz-Canel wa Cuba […]

Nduhungirehe yanyomoje ibiro bya Tshisekedi byabeshye ko yitabiriye ibiganiro byitabiriwe n’abarimo P. Kagame i Nairobi 

nduhu 19 ebd01

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje amakuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavugaga ko Perezida Félix Tshisekedi yitabiriye ibiganiro byabereye mu nama ya Africa Forward Summit iheruka kubera i Nairobi muri Kenya. Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga X na Farah Muamba Kayowa ukuriye itumanaho muri Perezidansi ya […]

Perezida Kagame yakiriye Oligui Nguema wa Gabon

HIS KFlWwAAaCSa 1

Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Gicurasi 2026, iruhande rw’inama mpuzamahanga y’abayobozi bakuru b’ibigo byo muri Afurika ( Africa CEO Forum), Perezida Paul Kagame yabonanye na Perezida Brice Clotaire Oligui Nguema wa Gabon, uri mu Rwanda aho yitabiriye iyo nama. Aba bayobozi bombi baganiriye ku buryo bwo kurushaho gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi binyuze mu bufatanye […]

Amabanga y’urugendo rwa Koreya ya Ruguru ku ntwaro kirimbuzi: Uko Pyongyang yanyuze mu bihano ikagera ku gisasu gihangayikishije isi

2026 02 19T004709Z 1418420989 RC2LOJA1ZYYE RTRMADP 3 NORTHKOREA POLITICS 1771474788

Mu gihe ibihugu bikomeye by’isi byari bihanganye mu Ntambara y’Ubutita, igihugu cya Koreya ya Ruguru cyatangiye bucece gahunda yatumye nyuma y’imyaka mike kiba kimwe mu bihugu bike bifite intwaro kirimbuzi ku Isi. Uyu munsi, ubutegetsi bwa Pyongyang buyobowe na Kim Jong-un bufite ibisasu kirimbuzi na misile ndende zishobora kugera kure cyane, ibintu byatumye isi ihora […]

Beijing iri kwegera Washington mu bukungu? Isura nyayo y’urugamba rw’ibihangange bibiri

19098750 051426 cc ap trump xi

Mu gihe isi ihangayikishijwe n’intambara, ikoranabuhanga n’ubutasi, hari indi ntambara ikomeje kubera inyuma y’amarembo ariko ishobora kuzagena ejo hazaza h’isi: urugamba rw’ubukungu hagati ya Amerika n’Ubushinwa. Imibare ya IMF igaragaza ko ibi bihugu byombi bihagarariye hafi 43% by’umusaruro mbumbe w’isi. Amerika ni yo ikomeje kuza imbere n’ubukungu burenga miliyari ibihumbi 30 z’amadolari, mu gihe Ubushinwa […]

Burundi: Ambasaderi yagwatiriye impapuro z’indege ya Perezida

gulfstream d4369

Ikibazo cy’indege ya Perezida w’u Burundi imaze imyaka igera ku 10 iparitse i Madrid muri Espagne gikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko hamenyekanye amakuru avuga ko inyandiko z’ingenzi zayo zafashwe n’uwahoze ari ambasaderi w’u Burundi muri Afurika y’Iburengerazuba, Cherif Aidara Bocoum, usaba ko abanza kwishyurwa amafaranga avuga ko leta imurimo. Iyo ndege yo mu bwoko […]

Minembwe: Haravugwa ibitero bikaze mu bice bituwe cyane nka Gakenke na Rugezi

images 9

Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa riravugwaho kugaba ibitero bitandukanye byateguriwe hamwe mu bice bituwe cyane muri Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko bitanhazwa na AFC/M23 mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, “Kuri uyu wa Kane, itariki ya 14 Gicurasi 2026, guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo, ingabo z’ihuriro ry’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero simusiga byibasiye uturere dutuwe cyane […]

Nigeria: Uwahoze ari minisitiri yakatiwe imyaka 75 y’igifungo

Saleh Mamman

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Gicurasi, urukiko rwo muri Nigeria rwakatiye uwahoze ari minisitiri w’ingufu, Saleh Mamman, igifungo cy’imyaka 75 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kunyereza miliyari 33.8 z’Ama-naira (miliyoni 24.71 $), nk’uko ikigo gishinzwe kurwanya ruswa cy’iki gihugu cyemeza ko ari igihano kidasanzwe ku bayobozi bamunzwe na ruswa kibitangaza. Umucamanza James Omotosho wo […]

Abantu 6 bafashwe bashinjwa kujyana abantu hanze mu buryo bwa magendu

rib vraie

Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), abantu batandatu (06) batawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu ushize bazira gutwara abantu magendu, babizeza kubona amahirwe yo kujya kwiga muri Canada. Abantu batawe muri yombi barafunzwe kugira ngo hakorwe iperereza kandi ukuri kumenyekane ku bijyanye n’iki gikorwa nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara […]

RDC: Ibitero by’ihuriro ry’ubutegetsi byibasiye Kalingi na Bidegu bihitana ubuzima

sddefault 2

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi 2026, guhera saa moya za mugitondo kugeza nimugoroba, ingabo z’ihuriro ry’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero by’urugomo byibasiye uturere dutuwe cyane twa Kalingi, Bidegu, ndetse no mu nkengero zaho, bakoresheje ingabo ku butaka, imbunda nini, na drones za kamikaze zo mu bwoko KT-6. Ibi bitero by’ubugizi bwa nabi […]

CAR: Gen Nyakarundi yaganiriye n’Umugaba Mukuru wa FACA

HIOfPK4WIAABN4r

Ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rw’akazi muri Repubulika ya Centrafrica, intumwa za RDF ziyobowe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, kuwa Gatatu zagiranye ibiganiro na Général d’Armée Zéphirin MAMADOU, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika ya Centrafrica (FACA). Ibiganiro byibanze ku kurushaho gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’u Rwanda na Repubulika ya […]

Amerika n’u Bushinwa birizeza ko umubano wabyo uzaba mwiza kurusha mbere

21ab128c 6395 4f16 82a0 69d7896b9e39 50af44a2

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa kuri uyu wa Gatatu yasabye ko igihugu cye na Amerika biba “abafatanyabikorwa aho kuba abacyeba”, mbere y’uko ibiganiro bikomeye na mugenzi we, Donald Trump bitangira mu murwa mukuru, Beijing. Perezida Donald Trump mu kumusubiza yasobanuye Xi nk’”umuyobozi mwiza cyane” ndetse avuga ko umubano hagati y’ibi bihugu bikomeye cyane ku Isi […]

Col. Kamasa wa Twirwaneho yasimbuye Nzenze mu butasi bwa M23

kamasa 397a5

Amakuru akomeje kugaragara nayo kuba AFC/M23 yakoze impinduka zikomeye mu mikorere y’inzego zawo za gisirikare n’ubuyobozi zasize uhinduye uwari ukuriye urwego rwawo rushinzwe ubutasi. Amakuru ava imbere muri uyu mutwe BWIZA yamenye avuga ko mu cyumweru gishize ari bwo habaye inama ishyiraho abayobozi batandukanye, urwego rw’ubutasi rwari rusanzwe ruyobowe na Colonel John Imani Nzenze rwashyizwe […]

Ba Perezida Kagame na Bola Tinubu baganiriye ku gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare 

20260513 225327

Perezida Paul Kagame ku wa Gatatu tariki ya 13 Gicurasi, yakiriye mu biro bye mugenzi we Ahmed Bola Tinubu wa Nigeria, bagirana ibiganiro byibanze ku ngingo zirimo gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare. Perezida Tinubu ari mu bakuru b’ibihugu bari mu Rwanda, aho bitabiriye inama ihuza abayobozi b’ibigo by’ishoramari byo muri Afurika n’abandi bagira uruhare rukomeye […]

Ngororero: Umuganga watwikishije amazi yatuye umukozi we wo mu rugo yatawe muri yombi

IMG 20260513 195930 584

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore wo mu murenge wa Gatumba w’akarere ka Ngororero usanzwe akora akazi k’ubuganga, nyuma yo gutwikishaga amazi ashyushye umukozi we wo mu rugo. RIB yemeje ko yamutaye muri yombi ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, ikaba yavuze ko afungiye kuri Station yayo ya Gatumba. Amakuru avuga […]

Perezida wa Sena y’u Rwanda yakiriye Perezida wa APNAC, Alban K.S. Bagbin

HIM4C mWYAA49Gi

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Gicurasi 2026, Alubani K.S. Bagbin, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ghana akaba na Perezida w’Umuryango w’Abadepite bo muri Afurika barwanya Ruswa (APNAC), bahuye na Perezida wa Sena, Kalinda François Xavier na Perezida w’Umutwe w’abadepite, Gertrude Kazarwa. Abayobozi bagarutse ku mikoranire y’inteko zishinga amategeko hagati ya Ghana n’u Rwanda, bashimangira […]

U Rwanda mu bihugu 10 bya mbere byo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bitumiza intwaro nyinshi

Gu 7DEXXkAEqI5m

Raporo y’Ikigo Mpuzamahanga gikora ubushakashatsi ku mahoro cya Stockholm International Peace Research Institute igaragaza ko n’ubwo iyinjizwa ry’intwaro muri Afurika ryagabanutseho 41%, ibihugu byo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bikomeje kongera ubushobozi bwa gisirikare binyuze mu kugura ibikoresho by’intambara bigezweho. Muri iyo raporo ishingiye ku mibare yo hagati ya 2021 na 2025, yashyize u Rwanda mu […]

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Ngnassingbe wa Togo

HINCBiXX0AAX cB

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu muri Village Urugwiro, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Faure Essozimna Gnassingbé , Perezida w’Inama y’Abaminisitiri iyoboye Togo uri mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe mu Rwanda. Ibiganiro byabo byibanze ku mubano ukomeye kandi ugenda wiyongera hagati y’ibihugu byombi ndetse n’iterambere mu guteza imbere ituze mu karere.  

Santarafirika: Gen. Nyakarundi yagiranye ibiganiro n’Umugaba Mukuru wa MINUSCA

HIJU6quWAAA8m1Y

Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, ari kumwe n’intumwa ayoboye mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itanu muri Repubulika ya Santarafurika, kuri uyu wa Kabiri yahuye n’ Umugaba w’Ingabo za MINUSCA, Lt Gen Humphrey Nyone. Mu biganiro bagiranye, Umugaba w’Ingabo za MINUSCA yahaye Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka amakuru ishusho y’umutekano n’ibikorwa […]

Perezida Faure Gnassingbé wa Togo na Doumbouya wa Guinea bari mu Rwanda

HIMV69PXkAEaJjp

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida w’Inama y’Abaminisitiri iyoboye Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Mujyi wa Kigali, aho yaje mu ruzinduko rw’akazi, akaba aje ahasanga abandi bayobozi bitabiriye inama ya Africa CEO Forum. Perezida Faure Gnassingbé akigera mu Rwanda yakiriwe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali na Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda. Perezida […]

Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 irashinja leta gukomeza kwica abasivili amahanga arebera

ccfa5742 cd5c 4515 8ee0 d6328807924f

Itotezwa ry’abasivili muri Sange no mu bice byegeranye rikorwa n’Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa rirakomeje mu gihe Umuryango Mpuzamahanga ukomeje kuruca ukarumira nk’uko byatangajwe n’Ihuriro rirwanya ubutegetsi, AFC/M23 mu itangazo ryo kuri uyu wa Gatatu.  Iri huriro rirashinja Leta ubwicanyi, guta muri yombi binyuranyije n’amategeko kunyereza abantu ndetse n’ubusahuzi biri gukorerwa abaturage kuva Sange […]

Uganda: Ndayishimiye yatakagije Museveni biratinda mu irahira rye

HIIogROWQAAjnWi

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gicurasi 2026, Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye yashimye impinduka zakozwe mu bukungu bwa Uganda ndetse n’uruhare rwa Perezida Yoweri Museveni mu kwimakaza amahoro mu karere, mu gihe Museveni yakoresheje umuhango we wo kurahira ahamagarira Abagande “gukanguka bakava mu bitotsi” bakibanda ku kongera umutungo wabo. Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro […]

Yampano yasabiye imbabazi abafungiwe amashusho ye

yamp 2 dc4c1

Umuhanzi Yampano yasabiye imbabazi abantu bafungiwe gukwirakwiza amashusho ye y’ubwambure n’umugore we, abinyujije mu ibaruwa yafunguye yashyize ku mbuga nkoranyambaga. Yavuze ko yafashe iki cyemezo ashaka kubaho mu mahoro no kurekura inzika zose zari zimuri ku mutima. Yasobanuye ko hari igihe abantu bakora amakosa bitewe n’uburakari, ubusinzi cyangwa ubuto, ariko uko umuntu agenda akura amenya […]

Amerika na Israel mu gitutu: Irani yavuze ko ishobora kwegera igisasu kirimbuzi

how bibi won over trump 01

Mu gihe ubushyamirane hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje gufata indi ntera, umudepite Ebrahim Rezaei yatangaje ko igihugu cye gishobora kongera ubuziranenge bwa uranium kugeza kuri 90%, urwego rwegereye cyane urukoreshwa mu gukora intwaro kirimbuzi. Rezaei, uvugira Komisiyo ishinzwe ububanyi n’amahanga n’umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya Iran, yavuze ko icyo […]

AFC/M23 mu nzira zo gukora impinduka mu buyobozi bw’igisirikare cyayo

20240925054306000000

Amakuru agera kuri BWIZA aravuga ko mu minsi mike iri imbere umutwe wa AFC/M23 uzakora impinduka mu buyobozi bukuru bw’ingabo zawo. Amakuru agera kuri iki gitangazamakuru avuga ko iby’izi mpinduka byaganiriweho mu nama yahuje abayobozi bakuru b’igisirikare cy’uriya mutwe. Ni inama yari iyobowe n’Umugaba Mukuru akanaba umuhuzabikorwa wa gisirikare, Général-Major Sultani Makenga. Amakuru ava mu […]

RDF yakiriye ba ofisiye baturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nigeria

HIJE5bmXcAA69ha

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zakiriye ku cyicaro gikuru ku Kimihurura, itsinda rigizwe n’aba ofisiye 15 baturutse mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nigeria, bari mu Rwanda mu rugendo shuri rw’iminsi itandatu rugamije kwiga ku bukerarugendo bushingiye ku bidukikije n’iterambere ry’igihugu. Uru ruzinduko rugamije guha iri tsinda amahirwe yo gusobanukirwa neza uburyo u Rwanda rwateje imbere […]

Goma: Banki ya AFC/M23 yatangiye guha abaturage inguzanyo

images 20

Banki ya CADECO yafunguwe na AFC/M23 nyuma y’uko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari imaze gufunga amabanki yo mu bice uriya mutwe ugenzura, yatangiye gutanga Serivisi z’imari ku batuye mu mujyi wa Goma. Mu mwaka ushize ni bwo AFC/M23 yafunguye kiriya kigo cy’imari, nyuma y’uko Leta ya Kinshasa yari imaze gufata icyemezo cyo […]