Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
VIDEO: Umuriro watse :U Rwanda rwumviriza abategetsi mu Karere n’abarurwanya- Amabanga akomeye mu bubutasi
22 July 2021, by BWIZA -
YouTube: Videwo 10 zakunzwe cyane zimaze kurebwa inshuro zirenga miliyari 42
24 April 2020, by TUYIZERE JDTariki ya 23 Mata 2005, Jawed yashyize kuri YouTube videwo y’amasegonda 19 yitwa Me at the Zoo (Njyewe ku rwororero rw’inyamaswa). Iyi videwo ni yo ya mbere yashyizwe kuri uru rubuga kuva rwafungurwa tariki ya 14 Gashyantare 2005, ikaba imaze kurebwa inshuro zirenga miliyoni 90 gusa ariko si yo yarebwe cyane.
Videwo 10 zarebwe cyane kuri uru rubuga zose zasohotse hagati ya 2012 na 2017. Igiteranyo cy’inshuro zimaze kurebwa (views) kirenga miliyari 42. Iyarebwe gake kuri uru rutonde, (…) -
Ibyo wamenya ku mugenzo wo gusiramura abakobwa
30 April 2020, by TUYIZERE JDUmuryango Mpuzamahanga wita ku buzima, WHO (World Health Organization) usobanura ko gukeba/gusiramura abakobwa bizwi nka FGM (Female Genital Mutilation) ari igikorwa cyo gukata ku rugingo rw’igitsina cy’umukobwa cyangwa se kuruvanaho rwose.
Raporo ya WHO yo muri Gashyantare 2020 yagaragaje ko abakobwa n’abagore barenga miliyoni 200 bakomoka mu bihugu birenga 50 byo ku Isi birimo 26 byo muri Afurika no mu burasirazuba bwo hagati muri Aziya bari bamaze gukebwa ibitsina byabo muri ubu buryo. (…) -
Rusizi: Umubyeyi w’umwana wagonzwe n’imodoka ikamuca ukuguru arasaba ubufasha
11 September 2022, by Bahuwiyongera SylvestreNyiraneza Francine w’imyaka 48 utuye mu mududugu wa Gatovu, akagari ka Rebero mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi, aratakambira ubuyobozi bw’aka karere ngo bugire icyo bumumarira nyuma y’amezi hafi 10 amaze arwana no kuvuza umuhungu we w’imyaka 17 witwa Tuyiringire James wagonzwe n’ikamyo ikamuca akaguru, akaba asigaye iheruheru.
Uyu mubyeyi yasobanuriye BWIZA ko uyu mwana wigaga mu mwaka wa 5 w’amashuri abanza yagonzwe n’iyi modoka imuca ukuguru ku wa Gatandatu tariki ya 27 (…) -
Uburezi mvamahanga ni injishi iboshye ukwibohora no kwigenga bya Afurika
11 May 2020, by Mvukiyehe Hesron RuberaHari ibiganiro byinshi ndetse n’ubusesenguzi bw’abakomeye butambuka mu binyamakuru no mu nama zitandukanye bivuga ku kwibohora no kwigenga bya Afurika, Ukwibohora no kwigenga ni urugendo Abanyafrika bamazemo igihe kinini ariko uko imyaka itashye ubona intambwe iterwa ari nto cyane ugereranije n’intambwe yagakwiriye guterwa.
Ntawatinya kuvuga ko nta gihindutse uru rugendo rutazashohoka kuko abo dukeneye kwibohoraho bo bakataje ndetse intambwe yabo ni ndende cyane, muri iyi nyandiko tugiye (…) -
RDC yatangaje ko abasirikare RDF yemeza ko bashimuswe ari imfungwa z’intambara
29 May 2022, by TUYIZERE JDIgisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare babiri b’u Rwanda giherutse gufata ibafite nk’imfungwa z’intambara.
Kuri uyu 28 Gicurasi 2022, ku mbuga nkoranyambaga z’Abanyekongo hasakaye ifoto y’abantu babiri bambaye impuzankano y’igisirikare cy’u Rwanda (RDF), bazirikiwe amaboko mu mugongo.
Hasakaye indi foto igaragaza ibyangombwa birimo ikarita y’igisirikare n’indangamuntu by’umusirikare w’u Rwanda ufite ipeti rya Corporal, Nkundabagenzi Elysée (…) -
Rusizi: Meya Dr Kibiriga yanenze ibyakozwe na nyobozi icyuye igihe byo guhindura abakozi mu tugari
7 December 2021, by Bahuwiyongera SylvestreIkibazo cyasakuje cyane muri aka karere mu baturage n’abayobozi mu mpera z’Ukwakira uyu mwaka, ni icy’icyemezo cyasizwe na komite nyobozi yari icyuye igihe,ikora icyo guhindura abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa, cyagombaga gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Ukuboza, itariki yarageze abo cyarebaga bategereza amabaruwa baraheba, Meya mushya Dr Kibiriga Anicet yabwiye Bwiza.com ko atari gushyira mu bikorwa ibyo atazi, asaba abo icyo cyemezo cyarebaga kuguma aho bakorera ubu (…)
-
Musanze: Umubyeyi aratabariza umwana we avuga ko yarenganyijwe n’abakagombye kumurenganira
22 July 2022, by BWIZAMu mudugudu wa Ruvumu, akagari ka Buruba, umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, haravugwa akarengane k’umwana w’imyaka ine (4) witwa Maniriho James, akaba atagira epfo na ruguru kuko ngo yambuwe uburenganzira bwose buteganywa mu itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda.
Nk’uko umunyamakuru wa BWIZA yabibwiwe na Maniraguha (nyina w’umwana) ngo umwana we yakoze impanuka ajyanwa mu bitaro bikuru bya Ruhengeri, aravurwa arakira ariko ahakura ubumuga budakira kuko yaje gucibwa amaguru yombi. (…) -
Umuryango wa Kanyabutembo uhanze amaso Perezida Kagame nyuma yo kuburira mu manza ukekamo ruswa
3 May 2022, by Mecky Merchiore KayirangaUmunyarwandakazi Kanyabutembo Virginie uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe n’abana be baravuga ko nta wundi murengezi ushobora kubarengera usibye Perezida Paul Kagame kuko ngo bakomeje kurenganywa n’inkiko zo mu Rwanda ku mpamvu bita iza ruswa n’akarengane bavuga ko bakorewe n’abacamanza badakora iperereza cyangwa ngo bamenye iby’ikirego cyabo, bakirengagiza ukuri, bityo umutungo Kanyabutembo avuga ko yaruhiye imyaka 17 ukaba ugiye guhabwa utarawuvunikiye.
Tariki ya 13 Mata 2022, (…) -
Byakomeye iby’abanuzi // Ubuhanuzi bwaciye igikuba muri Rubanda buvuga kuri 2021 - Ubusesenguzi
22 January 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga