Tshisekedi yareze u Rwanda kuri Boris Johnson, amusaba kurwotsa igitutu

Perezida Félix Tshisekedi wa Congo Kinshasa yashinje u Rwanda kugerageza kwigarurira uduce tw’igihugu cye dukungahaye ku mabuye y’agaciro, asaba Minisitiri w’Intebe Boris Johnson w’u Bwongereza kurwotsa igitutu. Ni ibikubiye mu butumwa Tshisekedi yageneye abazitabira inama ya Commonwealth iteganyijwe kubera i Kigali, kuva kuri iki cyumweru tariki ya 20 Kamena kugeza ku wa Gatandatu ku ya […]

M23 yahanuye kajugujugu y’intambara ya FARDC

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu, watangaje ko wahanuye kajugujugu y’intambara y’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). M23 yemeje aya makuru mu itangazo ryasohowe na Major Willy Ngoma usanzwe ari Umuvugizi wayo. Major Ngoma yavuze ko iyi kajugujugu yahanuwe n’imbunda zo mu bwoko bwa RPG7 za M23, nyuma yo kugaba ibitero ku […]

Umutoza Adil yashyize ahazaza he muri APR FC mu biganza bya ba Jenerali 3

Umutoza w’Ikipe ya APR FC, Mohammed Adil Erradi, avuga ko ahazaza he muri iyi kipe hari mu biganza bya ba Jenerali batatu; akaba ari bo bagomba kugena niba agomba gukomezanya n’iyi kipe cyangwa azatandukana na yo. Uyu munya-Maroc kuri ubu ari mu mpera y’amasezerano ye, nyuma y’imyaka itatu atoza iriya kipe y’Ingabo z’Igihugu. Kuri uyu […]

Perezida Kagame yishimiye intsinzi ya Golden State yihebeye, ashima Stephen Curry

Perezida Paul Kagame, yishimiye intsinzi ya Golden State Warriors, nyuma y’uko iyi kipe yegukanye igikombe cya shampiyona ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ya Basketball (NBA). The Warriors begukanye iki gikombe nyuma yo gutsindira Boston Celtics ku kibuga cyayo cya TD Garden amanota 103-90; mu mukino wa gatandatu warangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa […]

Mugisha Gilbert yahesheje APR FC igikombe cya 20 cya shampiyona

Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ku ncuro yayo ya 20 mu mateka, nyuma yo gutsinda Police FC ibitego 2-0. Police FC yari yakiriye APR FC kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yasabwaga gutsinda ikegukana igikombe cya shampiyona yari ihataniye na Kiyovu […]

FERWAFA yakuyeho mpaga yaherukaga gutera Rwamagana City nyuma yo gusanga yarayirenganyije

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru hano mu Rwanda (FERWAFA), ryakuyeho mpaga yaherukaga gutera ikipe ya Rwamagana City nyuma yo gusanga ikirego cya AS Muhanga yari yayireze nta shingiro gifite. Rwamagana City yaherukaga kubwirwa na FERWAFA ko itagikinnye umukino wa ½ wa kamarampaka muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri ishinjwa gukinisha umukinnyi ufite umuziro. Ni mu gihe iyi kipe […]

Inama nkuru ya gisirikare muri RDC yasabye Guverinoma gusesa amasezerano yasinyanye n’u Rwanda

Inama nkuru ya Gisirikare muri Congo Kinshasa yateranye kuri uyu wa Gatatu, yasabye Guverinoma y’iki gihugu “gusesa by’ako kanya” amasezerano yose yasinyanye n’u Rwanda ishinja kuba rwarohereje ingabo zarwo ku butaka bwacyo. Iyi nama yateranye iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Congo, yitabirwa n’abarimo abakuriye imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko […]

U Rwanda nta bwoba ruduteye, nirushaka intambara izabaho_Gen Ekenge wa FARDC

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko nta bwoba na busa gitewe n’u Rwanda ndetse kinashimangira ko nirwifuza ko haba intambara nta kabuza izabaho. Ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wa Guverineri ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa Gisirikare, Gen de Brigade Sylvain Ekenge, ubwo yakiraga inyandiko zikubiyemo ubutumwa bw’Abakongomani bari bavuye mu myigaragambyo. Kuri […]

Young Africans yigaranzuye Simba SC nyuma y’imyaka 4 iyibabaza

Ikipe ya Young Africans yigaranzuye mukeba wayo Simba Sports Club iyitwara igikombe cya shampiyona, nyuma y’imyaka ine yikurikiranya Simba ari yo igitwara. Yanga yabigezeho nyuma yo gutsinda Coastal Union ibitego 3-0. Ibitego bibiri bya rutahizamu Fiston Mayele na kimwe cya Chiko Ushindi ni byo byafashije iyi kipe ikunzwe kurusha izindi muri Tanzania kwegukana igikombe cya […]

Ingabo z’ibihugu bya EAC zigiye koherezwa muri RDC guhashya imitwe yitwaje intwaro

Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yasabye ko Ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zigiye koherezwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rwo kuhagarura umutekano. Perezida Kenyatta kuri ubu uyoboye East African Community yemeje aya makuru mu itangazo ryasohowe n’ibiro bye. Icyemezo cy’uko izi ngabo bibaye ngombwa zakoherezwa muri RDC, cyafatiwe mu nama […]

Gen Muhoozi yasubije RDC yamwise ‘umwanzi n’umugambanyi’

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yagize icyo avuga kuri Congo Kinshasa yamwise umugambanyi, yibaza uko yaba ari umwanzi wa kiriya gihugu hanyuma akajya kurokora abaturage bacyo bari bamaze igihe bicwa na ADF. Gen Muhoozi yasubizaga Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Congo Kinshasa, Christophe Mboso, wamwise umugambanyi. Ni nyuma y’uko […]

Samuel Eto’o yakuriye inzira ku murima myugariro wa Liverpool wifuzaga kugaruka gukinira Caméroun

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Caméroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, yakuriye inzira ku murima myugariro Joel Matip wa Liverpool wasabaga kwemererwa kongera gukinira Caméroun; amubwira ko bidashoboka. Matip yasaba kugaruka gukinira Caméroun kugira ngo azabashe gukinana na yo Igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Uyu myugariro w’imyaka 30 yari yifuje kugaruka gukinira Les Lions Indomitables, […]

RDC yashinje Gen Muhoozi ubugambanyi, ihagarika amasezerano yari ifitanye na Uganda

Inteko ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahagaritse amasezerano iki gihugu cyasinyanye na Uganda, nyuma yo gushinja Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ubugambanyi. Lt Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni akanaba Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, yashinjwe kugambanira Congo Kinshasa nyuma y’Ingaruka z’intambara ikomeje gusakiranya FARDC n’inyeshyamba za […]

U Burusiya bwijeje ubufasha RDC yabusabye gushyigikira ibirego byayo ku Rwanda

Igihugu cy’u Burusiya cyatangaje ko cyasabwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuyishyigikira mu birego irega u Rwanda, kiyizeza gusuzuma ubwo busabe no kuyishyigikira mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwayo. Ejo ku wa Mbere tariki ya 13 Kamena ni bwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo Kinshasa, Christophe Lutundula, yahuye n’abadiplomate bahagarariye […]

Rwamagana City yitabaje abarimo RIB kubera akarengane ivuga ko yakorewe na FERWAFA

Ikipe ya Rwamagana City FC yamaze gutanga ikirego yamenyesheje inzego zirimo urw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), kubera akarengane ivuga ko yakorewe na FERWAFA. Ni nyuma y’uko iyi kipe ibwiwe na FERWAFA ko itagikinnye umukino wa ½ wa kamarampaka muri shampiyona y’icyiciro cya kabiri ishinjwa gukinisha umukinnyi ufite umuziro. Ikipe ya Rwamagana iheruka gusezererwa mu mikino yo gushaka […]

Kwa Clarisse Karasira bibarutse imfura

Umuririmbyikazi Clarisse Karasira n’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie, bemeje ko bamaze kwibaruka umwana wabo w’imfura. Aba bombi bibarutse imfura y’umuhungu. Karasira yemeje aya makuru abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Ati: “Impundu impundu babyeyi, Ikoobe Ikoobe Abato. Umukobwa w’Imana n’igihugu hamwe n’umutware, imfura yo mu batangana baguye umuryango. Imana ishimwe Igikomangoma cyacu kindyamye mu gituza […]

FARDC yemeje ko Bunagana yafashwe na M23, abasirikare bayo benshi bakwira imishwaro

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, cyemeje ko kuva ejo ku wa Mbere inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 ari zo ziri kugenzura Umujyi wa Bunagana nyuma yo kuwigarurira. M23 na yo yemeje ko iri kugenzura uyu mujyi binyuze muri Major Willy Ngoma uyivugira, gusa ivuga ko igishyize imbere gahunda yo kugirana ibiganiro […]

Nigeria yanyagiye São Tomé ibitego 10-0, iyandikiraho amateka

Ikipe y’Igihugu ya Nigeria ‘The Super Eagles’ yanyagiye iya São Tomé & Principe ibitego 10-0; biba ibitego byinshi intsinze mu mateka yayo mu mukino umwe. Amakipe yombi kuri uyu wa Mbere yari yahuriye mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri Côte d’Ivoire. Rutahizamu Victor Osimhen ukinira Napoli yo mu Butaliyani yatsinze […]

AS Kigali yatsinze APR FC, Kiyovu Sports yirangaraho; Marines FC isubira Rayon Sports

Ikipe ya AS Kigali yatsinze APR FC ibitego 2-0, mu mukino ubanziriza uw’umunsi wa nyuma wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Mbere. Amakipe yombi yari yahuriye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino iyi kipe y’Ingabo z’igihugu yasabwaga gutsinda igahita itangira gukoza imitwe y’intoki ku gikombe cya shampiyona. APR FC yatangiye umukino yotsa igitutu […]

Rwamagana City FC yatewe mpaga ishinjwa gukinisha umukinnyi ufite umuziro

Ikipe ya AS Muhanga yageze muri ½ cy’irangiza mu rugendo rwo gushaka itike yo kuzamuka mu cyiciro cya mbere, nyuma yo gutera mpaga Rwamagana City. Ikipe ya Rwamagana yasezerewe mu gihe ari yo yaherukaga kugera muri ½ cy’irangiza ibifashijwemo n’igitego cyo hanze. Umukino ubanza iyi kipe y’umutoza Nsengiyumva François yari yaratsindiwe Muhanga i Rwamagana igitego […]

Umuhanzi Rugamba Yverry yarongoye, ubukwe bwe butahwa n’ibyamamare

Umuhanzi Rugamba Yverry uri mu bakunzwe mu muziki nyarwanda, yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwase Vanessa abenshi bazi nka Vanillah. Ni mu birori bibereye ijisho byitabiriwe n’umubare munini w’ibyamamare Nyarwanda. Yverry azwi mu ndirimbo zitandukanye zakunzwe nka ’Umutima’ ‘Amabanga’, ‘Nduwawe’, ‘Naremewe wowe’, ’Uziye igihe’ n’izindi. Kuri iki cyumweru ni bwo yasabye anakwa umukunzi we, mbere yo […]

FARDC yashinje u Rwanda gushaka kwigarurira Umujyi wa Bunagana

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyashinje u Rwanda gushaka kwigarurira Umujyi wa Bunagana mu rwego rwo ‘kuniga’ abatuye mu mujyi wa Goma. Ni nyuma y’imirwano ikomeye yabaye ejo ku Cyumweru hagati y’Ingabo za Congo Kinshasa n’inyeshyamba za M23. Umuvugizi wa Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa Gisirikare, Gen de Brigade […]

Ba basirikare babiri ba RDF ‘bari barashimuswe’ na FARDC barekuwe

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaze kurekura abasirikare babiri b’u Rwanda ishinjwa gushimuta, nyuma y’iminsi bafungiwe i Kinshasa. Mu byumweru bibiri bishize ni bwo Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko aba basirikare bashimuswe na FARDC ifatanyije na FDLR, ubwo bari ku burinzi ku mupaka. Igisirikare cya Congo Kinshasa cyo cyavugaga ko cyabafatiye ku butaka bw’icyo gihugu […]

U Bushinwa bwaburiye Amerika ko bishobora kuzarangira amahitamo abaye intambara

Minisiteri y’Ingabo z’u Bushinwa yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko mu gihe zakomeza koshya Intara ya Taiwan ngo yigenge, amahitamo ya nyuma ku Bushinwa agomba kuba ‘ukuremgera ubusugire’ bwabwo. Ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Ingabo z’u Bushinwa, Gen Wei Fenghe, ubwo yaganiraga na mugenzi we w’Ingabo za Amerika Lloyd Austin yabwiye ko gukoresha Taiwan mu […]

FARDC yashinje RDF ‘ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyoko muntu’

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyashinje u Rwanda gukorera ku butaka bwa Congo icyo rwise ‘ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyoko muntu’. Ni nyuma y’ibisasu kivuga ko bibarirwa mu icumi Ingabo z’u Rwanda zarashe mu duce twa Biruma na Kabaya, ho muri gurupoma ka Kisigari muri teritwari ya Rutshuru. Ni ibisasu Umuvugizi wa Guverineri […]

Urukiko rwahaye umugisha urugendo rw’indege igomba kuva mu Bwongereza izanye abimukira mu Rwanda

Indege ya mbere izazana mu Rwanda abimukira bazaturuka mu Bwongereza, igomba gutangira urugendo rwayo mu cyumweru gitaha nk’uko byemejwe n’Urukiko Rukuru rw’i Londres mu Bwongereza. Ni nyuma y’uko hari abatarishimiye amasezerano yerekeye bariya bimukira yasinywe hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza bari batanze ikirego bitambika ko bakoherezwa mu Rwanda. Aba barimo imiryango y’abagiraneza n’indi itandukanye bari […]

Kiyovu Sports yasinyishije abakinnyi babiri b’ibihangange’ b’abanya-Sudani

Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi babiri bakomeye bombi bakinira ikipe y’Igihugu ya Sudani. Aba ni Sheiboub Sharaf na Mano John bombi bakina basatira izamu. Buri umwe muri bo Kiyovu Sports yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri, yemeza ko yabasinyishije ibinyujije kuri Twitter yayo. Iti: “Uyu munsi twakiriye ibihangange by’ibihe byose bibiri kuva muri […]

Samuel Eto’o yatunguye rutahizamu wakiniye Rayon Sports amusaba ifoto

Umunya-Caméroun Samuel Eto’o Fils, yatunguye rutahizamu Bimenyimana Bonfils Caleb wahoze akinira Rayon Sports amusaba ko bifitozanya. Aba bombi ejo ku wa Kane bari bahuriye i Dar Es Salaam muri Tanzania, aho ikipe y’Igihugu y’u Burundi (Intamba mu Rugamba) Caleb akinira yari yakiriye Les Lions Indomitables ya Caméroun. Hari mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cya […]

Iyo avuze na Perezida ubwe araceceka agatega amatwi_umunyezamu wa Argentine kuri Messi

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Emiliano Martinez, yatangaje mu gihe Lionel Messi yafashe ijambo biba ngombwa ko na Perezida wa Argentine aceceka agatega amatwi, bitewe n’uburyo Messi yubashywe. Uyu munyezamu usanzwe akinira Aston Villa yo mu Bwongereza, yabigarutseho akomoza ku mbwirirwaruhame Messi yatanze mu mwaka ushize mbere y’uko Argentine yegukanaga Copa America itsinze Brésil ku […]

M23 ivuga ko iyo iza kuba ifashwa n’u Rwanda yakabaye yarafashe RDC yose

Umutwe wa M23 wongeye kwamagana ibirego bya Congo Kinshasa ishinja u Rwanda kuwutera inkunga, uvuga ko iyo uza kuba ufashwa na rwo wakabaye waramaze gufata kiriya gihugu nk’uko AFDL yabigenje mu myaka 25 ishize. Ni nyuma y’ibirego Guverinoma ya Congo Kinshasa ndetse n’Igisirikare cy’iki gihugu bamaze iminsi bashyira ku Rwanda, barushinja gufasha M23 mu mirwano […]

Ukraine iravuga ko abasirikare bayo byibura 200 bicwa buri munsi n’Abarusiya

Guverinoma ya Ukraine yatangaje byibura abasirikare b’iki gihugu bari hagati y’ijana na 200 bicwa n’Ingabo z’u Burusiya buri munsi, mu ntambara ibihugu byombi bihanganyemo. Ni amakuru yemejwe na Mykhaylo Podolyak, umwe mu bajyanama bakuru ba Perezida Volodymyr Zelensky mu kiganiro na BBC. Uyu yavuze ko nko mu gace ka Donbas kari muturi kuberamo imirwano ikomeye, […]

Kagere mu banyamahanga 7 bashobora gusezererwa na Simba

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Meddie Kagere, ari ku rutonde rw’abakinnyi barindwi b’abanyamahanga bivugwa ko Simba Sports Club akinira iteganya gusezerera. Kagere utakibona umwanya uhoraho muri iyi kipe, yari yongereye amasezerano y’umwaka umwe mu mwaka ushize. Ni nyuma y’uko yari amaze muri iyi kipe imyaka itatu kuva ayigezemo avuye muri Gor Mahia yo muri Kenya. Mu […]

Inka yatawe muri yombi izira kwica umwana w’imyaka 12

Polisi ya Sudani y’Epfo yataye muri yombi inka na nyirayo, nyuma y’uko iri tungo rishinjwe kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 12 y’amavuko. Umuvugizi wa Polisi, Major Elijah Mabor, yabwiye itangazamakuru ko iyi nka y’ikimasa yakoze iri bara mu cyumweru gishize. Byabereye muri Lakes State, agace gaherereye mu Burasirazuba bwa Sudani y’Epfo. Ati: “Iyi mfizi yatawe muri […]

Nyabihu: Inteko y’abaturage iharanira amahoro yasabwe umusanzu mu gukemura ibibazo by’abaturage

Bamwe mu basoje ibiganiro bya Mvura Nkuvure mu mirenge ya Bigogwe na Mukamira mu karere ka Nyabihu, bagaragaje ibyo bagezeho nyuma yo guhura nk’abagize itsinda ry’abatarebera ikibi (Inteko y’Abaturage iharanira amahoro) bagaragaza ibibazo bikwiye gukorerwa ubuvugizi ku rwego rw’akarere. Ibibazo byinshi byagaragajwe n’iyi nteko ni ibifitanye isano n’abafunguwe barakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; ukwishishanya […]

FARDC iravuga ko abasirikare badasanzwe 500 ba RDF ari bo boherejwe muri Congo gufasha M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko abasirikare badasanzwe babarirwa muri 500 ari bo u Rwanda rwohereje ku butaka bwa kiriya gihugu guha umusada inyeshyamba za M23. FARDC yemeje aya makuru binyuze mu itangazo ryasohowe na Général de Brigade Sylivain Bomusa Ekenge, Umuvugizi wungirije wayo akanaba Umuvugizi wa Guverineri w’Intara ya Kivu […]

Aliou Cissé utoza Sénégal yavuze umukinnyi w’Amavubi abona akwiye gukina i Burayi

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Aliou Cissé, yatangariye ubuhanga budasanzwe bw’umunyezamu Kwizera Olivier ashimangira ko ari ku rwego rwo gukinira amakipe akomeye i Burayi. Kwizera Olivier yitwaye neza mu mukino ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yaraye itsinzwemo na Les Lions de la Téranga ya Sénégal igitego 1-0; bashaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri Côte d’Ivoire. Igitego […]

Gen Muhoozi yakiriwe n’undi mu-Perezida wa EAC

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yakiriwe na Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya bagirana ibiganiro. Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, abinyujije kuri Twitter ye yavuze ko yashyiriye Perezida Kenyatta ubutumwa bwihariye bwa se. Ati: “Byari icyubahiro n’ibyishimo kuba hambere aha narahuriye i Nairobi n’umuvandimwe wanjye […]

Umukinnyi wa Manchester United wifuzwa n’Amavubi ari i Kigali

Umunyarwanda Noam Emeran ukinira Manchester United yo mu Bwongereza, ari i Kigali aho yaje gusura umuryango we. Uyu musore ukina asatira izamu asanzwe ari umuhungu wa Nkusi Fritz Emeran wahoze ari myugariro w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’. Kuri uyu wa kabiri ni bwo uyu musore w’imyaka 19 yageze i Kigali, aho yaje kuruhukira no gusura abarangajwe imbere […]

M23 irigamba kwivugana abasirikare barenga 50 ba FARDC na FDLR mu minsi 2

Umutwe wa M23 uravuga ko mu minsi ibiri ishize umaze kwica abasirikare barenga 50 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’incuti zabo ziri kubafasha mu ntambara. Ni nyuma y’uko ku wa Mbere w’iki cyumweru impande zombi zisubukuye imirwano muri Terirwari ya Rutshuru ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma, […]

Sadio Mané yakuriye ingofero Kwizera Olivier

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Sadio Mané, yashimiye umunyezamu Kwizera Olivier nyuma yo kwitwara neza mu mukino w’Amavubi na Les Lions de la Téranga. Igitego rukumbi cya Sadio Mané cyo ku munota wa nyuma w’umukino ni cyo cyafashije Sénégal gutsinda u Rwanda igitego 1-0 muri uyu mukino wabereye kuri Stade ya Abdoulaye Wade i Dakar. […]

Sadio Mané yababaje Amavubi ku munota wa nyuma

Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Les Lions de la Téranga, yatsinze Amavubi igitego 1-0 mu mukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2023. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa kabiri wo mu tsinda L wabereye kuri Stade ya Abdoulaye Wade i Dakar. Amavubi yashoboye gucunga neza ibice byombi by’uyu mukino, gusa umunota wa […]

Robert Lewandowski yongeye kugaba igitero kuri Bayern Münich

Rutahizamu Robert Lewandowski yongeye kugaragaza ko ashaka gutandukana na Bayern Münich, ashimangira ko umubano we n’iyi kipe yo mu Budage wamaze gupfa. Uyu munya-Pologne amaze igihe atangaza ku mugaragaro ko ashaka gutandukana na Bayern Münich bitewe n’uko atakibanye neza n’ubuyobozi bwayo, bikavugwa ko FC Barcelona yo muri Espagne ari yo ashobora gukomerezamo ubuzima. Mu kwezi […]

RDC: CODECO yari imaze igihe yica abaturage umusubirizo yemeye gushyira intwaro hasi

Igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC), cyatangaje ko umutwe wa CODECO wiyemeje kureka ibikorwa by’ubwicanyi ugashyira intwaro hasi nyuma y’ibiganiro bya politiki na leta. Coopérative pour le développement du Congo (CODECO) ni umwe mu mitwe ivugwaho ubwicanyi bukomeye mu ntara ya Ituri. Uyu mutwe wiyemeje gushyira intwaro hasi ejo ku wa Mbere, nyuma y’ibiganiro bihuza amoko […]

Umutoza w’Amavubi yatangaje amagambo akomeye mbere yo guhura na Sénégal ya Mané

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Carlos Alòs Ferrer, yatangaje ko abizi neza ko Sénégal ari ikipe ikomeye; gusa nk’Amavubi bakaba biteguye guhatana na yo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ni bwo Amavubi y’u Rwanda yesurana na Les Lions de la Téranga ya Sénégal, mu mukino wa kabiri wo mu tsinda L. Barahurira kuri Stade […]

Umunyarwanda yabaye uwa 2 mu gace ka 3 ka Tour du Caméroun

Umunyarwanda Mugisha Moïse ukinira ikipe y’Igihugu y’amagare, kuri uyu wa mbere yabaye uwa kabiri mu gace ka gatatu k’isiganwa rya Tour du Caméroun. Mu gace ka gatatu k’iri siganwa abakinnyi bari bahagurutse ahitwa Obala berekeza mu gace ka Ndikinimeki, ku ntera y’ibilometero 148.5. Umunya-Maroc Maatougui Eddine ukinira ikipe y’igihugu cye ni we wegukanye aka gace […]

Igishoboka cyose kigomba gukorwa amahoro akaboneka hagati y’u Rwanda na RDC_Perezida Sassou N’guesso

Perezida Denis Sassou-Nguesso wa Congo Brazzaville, yatangaje ko igishoboka cyose kigomba gukorwa kugira ngo amahoro agaruke hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezida Sassou N’guesso yabitangaje ku Cyumweru tariki ya 05 Kamena, ubwo we na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa baganiraga n’itangazamakuru. Ni ikiganiro cyabaye gisoza uruzinduko rw’iminsi ibiri […]

Abasirikare 8 b’u Burundi barohamye mu ruzi rwa Rusizi

Abasirikare umunani b’u Burundi baheruka kurohama batwarwa n’amazi y’uruzi rwa Rusizi, ubwo bageragezaga kurwambuka bajya muri Congo Kinshasa. Aba basirikare barohamye mu gitondo cyo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, muri Komine Buganda ho mu ntara ya Cibitoke. Muri Kivu y’Amajyepfo ho muri Congo Kinshasa aba basirikare bari bagiyeyo guhiga abarwanyi bo mu mutwe wa RED-Tabara […]

Messi yasubiyemo ibidasanzwe yaherukaga gukora mu myaka 10 ishize

Lionel Messi yaraye atsindiye ikipe y’igihugu ya Argentine ibitego bitanu, mu mukino wa gicuti wabereye muri Espagne yanyagiyemo Estonie ibitego 5-0. Ni Messi waherukaga gufasha Argentine kwegukana igikombe cya Finalissima, nyuma yo kunyagira u Butaliyani ibitego 3-0 mu mukino yatanzemo imipira ibiri yavuyemo ibitego. Bakina na Estonie, Messi yafunguye amazamu kuri Penaliti yo ku munota […]

Tshisekedi mu mvugo ikakaye na we yashinje u Rwanda gufasha M23

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko bitagishidikanywaho kuba u Rwanda rufasha umutwe wa M23; gusa avuga ko agihagaze ku gushaka imigenderanire myiza n’u Rwanda biciye mu nzira y’amahoro. Tshisekedi yabitangaje kuri iki cyumweru, nyuma y’iminsi mike M23 isubukuye imirwano n’Ingabo za RDC muri Teritwari za Rutshuru na Nyiragongo muri […]

Abayobozi bakuru ba CMI barangajwe imbere na Gen Birungi bari mu Rwanda

Abayobozi bakuru b’urwego rushinzwe ubutasi bwa Gisirikare muri Uganda (CMI) bari hano mu Rwanda, aho bitabiriye inama yabahuje n’ab’urwego rushinzwe ubutasi bwa Gisirikare hano mu Rwanda. Iri tsinda ry’abatasi ba Uganda riyobowe na Maj Gen James Birungi ukuriye CMI. Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yifashishije Twitter yashimiye Perezida Paul […]

Gabon yongeye gutuma Abakongomani bifata mapfubyi

Ikipe y’igihugu ya Gabon, Les Panthères, yaraye yongeye kubabaza imitima y’Abakongomani nyuma yo gutsinda Les Léopards ya RDC igitego 1-0. Congo Kinshasa yari yakiriye Gabon itakigira Kapiteni Pierre-Emerick Aubameyang wamaze kuyisezeramo kuri Stade des Martyrs i Kinshasa, bashaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera muri Côte d’Ivoire. Abakongomani barushije Gabon ku buryo bugaragara, gusa bananirwa kubyaza […]

Gen Katumba yashimye Imana nyuma y’umwaka arusimbutse

Minisitiri w’Umurimo n’ubwikorezi muri Uganda, Gen Katumba Edward Wamala, yashimye Imana yamukingiye akaboko nyuma y’umwaka umwe abicanyi bagerageje kumwivugana. Muri Kamena umwaka ushize ni bwo imodoka yari itwaye uyu mujenerali w’inyenyeri enye yagabweho igitero n’abicanyi ubwo yari igeze mu gace ka Kisasi i Kampala. Umukobwa we Brenda Nantongo ndetse n’umushoferi we Haruna Kayondo bari kumwe […]

Umwuka mubi w’u Rwanda na RDC wajyanye Tshisekedi i Oyo kurebayo Sassou N’guesso

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva ejo ku wa Gatandatu ari mu mujyi wa Oyo muri Congo-Brazzaville aho yagiye guhurira na Perezida mugenzi we Denis Sassou Nguesso. Oyo ni umujyi uherereye ku birometero 400 uvuye i Brazzaville, by’umwihariko akaba ari wo Perezida Sassou Nguesso avukamo. Perezidansi ya Congo Kinshasa yatangaje […]

Sadio Mané yihanije Bénin mbere yo guhura n’Amavubi

Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Les Lions de la Téranga, yaraye itsinze Les Ecureils ya Bénin ibitego 3-1 mbere yo guhura n’Amavubi y’u Rwanda. Sénégal yari yakiriye Bénin kuri Stade ya Abdoulaye Wade i Dakar, mu mukino wo mu itsinda L w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’ibihugu kizabera muri Côte d’Ivoire. Ibitego bitatu byose […]

Nyaruguru: Urubyiruko rusoje urugerero rwasabwe gucana ku maso

img-20220604-wa0011.jpg

Mu mpanuro yahaye intore z’Inkomezabigwi, icyiciro cya 9, zigizwe n’urubyiruko rwo muri Nyaruguru rushoje ibikorwa by’urugerero (abarangije mashuri yisumbuye muri 2021), umuyobozi wungirije w’akarere ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Byukusenge Assumpta, yabasabye ko bacana ku maso, bagashishoza kugira ngo bahangane n’ibibazo byugarije umuryango nyarwanda muri iki gihe, cyane cyane urubyiruko. Muri ibi bibazo, Visi Meya Byukusenge […]

Amavubi y’abagore yatsinzwe n’u Burundi, asezererwa muri CECAFA

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ y’abari n’abategarugori yasezerewe muri CECAFA ikomeje kubera muri Uganda, nyuma yo gutsindwa n’u Burundi ibitego 2-1. Hari mu mukino wa kabiri wo mu tsinda rya mbere wabaye kuri uyu wa Gatanu, nyuma y’uwo ku wa Gatatu w’iki cyumweru u Rwanda rwatsinzwemo na Uganda ibitego 2-0. Ibitego bibiri bya Sandrine Niyonkuru ni byo […]

Meddie Kagere yasobanuye icyatumye Amavubi ananirwa gutsinda Mozambique

Rutahizamu Meddie Kagere yatangaje ko kuba we na bagenzi be biraye nyuma yo gutsinda Mozambique igitego bigatuma ihita ibishyura, biri mu byatumye bananirwa kuyikuraho amanota atatu. Kuri uyu wa Kane ni bwo ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yaguye miswi na Mozambique igitego 1-1, mu mukino wo mu tsinda L w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika kizabera […]

Gen Muhoozi yasobanuye impamvu akunze kwita Perezida Kagame ‘Uncle’ we

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yasobanuye ko kuba Perezida Paul Kagame ari mwiza kuri we nka se umubyara ari yo mpamvu akunze kumwita ‘Uncle’ we. Ni mu butumwa uyu muhungu wa Perezida Yoweri Museveni yanditse kuri Twitter ye. Ati: “Hari abaswa benshi bigamba kutumenya twe n’umuco wacu ugoye cyane. […]

Perezida Tshisekedi yirukanye ba Ofisiye bane bakuru muri FARDC

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, yirukanye burundu mu gisirikare ba Ofisiye bane bakuru. Iteka rya Perezida Tshisekedi ryirukana aba basirikare ryasomewe kuri Radiyo na Televiziyo y’Igihugu (RTNC), ku wa Kane tariki ya 02 Kamena 2022. Abirukanwe barimo umwe ufite ipeti rya Lieutenant Colonel n’undi […]