Umwami wâu Buyapani yasabye kwegura kubera intege nke nâ uburwayi
Kuri uyu wa mbere 8 Kanama 2016 umuyobozi wâikirenga akaba nâumwami wâigihugu cyâu Buyapani yatangaje ko igihe kigeze ngo yegure ku buyobozi bwâigihugu cye kubera impamvu zitandukanye ziganjemo izâuburwayi, ibi bikaba bishobora gutuma igihugu kijya muri kamparamaka. Mu ijambo uyu mwami uzwi ku izina rya Akihito yanyujije kuri televiziyo ryavugaga ko bimugoye gukomeza kuba umwami […]
Kuki u Burundi bwanze kwitabira imikino ya gisirikare mu Rwanda?
Nyuma yâ aho Leta yâ u Burundi ibujije imodoka kwinjiza ibicuruzwa mu Rwanda ndetse nâ intumwa zâ icyo gihugu zikivana mu nama yâ abakuru bâ ibihugu byâ Afurika iherutse kubera mu Rwanda, Minisitiri yâ ingabo I Bujumbura yafashe icyemezo cyo kutohereza abakinnyi mu mikino ya gisirikare yatangiye ku wa 8 Kanama 2016. Ibi byashimangiwe mu […]
Birasekeje: Umukobwa yatwaye inda se amutegeka kumwereka uwayimuteye
Umukobwa yatwaye inda, se ararakara bya hatari amutegeka kujya kumwereka uwayimuteye, baragenda barahagera, umusaza yakunje isura bidasanzwe. Umusaza ati ni wowe wantereye umwana inda sha!? Umuhungu ati ni njye muze, ariko reka mbanze nanakuzimanire. Umusaza ati kazimanirwe nâabazimu, nta nâisoniâŠ..(umuhungu aba amuciye mu ijambo) ati jya utuza vieux, inda sinayihakanye, ni njye wayimuteye, nabyara umuhungu […]
Impano Pogba yahaye Drake ishobora gutuma yiyegurira Ruhago
Paul Pogba,umwe mu bari bitabiriye igitaramo Drake yakoreye mu bustani bwa Madison Square I New york muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahaye impano uyu muririmbyi umupira wo kwambara wagenewe umupira wâamaguru. Ibyishimo aba bombi bagaragaje bishobora gutuma Drake aha umwanya munini ruhago kurusha uwo yahaga umuziki. Drake ubwo yishimanaga na Pogba mu gitaramo yise […]
Ese urukundo nyakuri ruracyabaho?
Mbona munsi y’ijuru biteye ubwoba, abantu turimo turatakaza ubumuntu ku muvuduko mwinshi cyane. Iyo ntekereje ku urukundo bwo nibaza niba urukundo rw’ukuri rukibaho. Abasore n’abakobwa basigaye bajya gukundana bakabanza bagashyiraho conditions, nubwo atazikubwira mu magambo ariko aba azifite mu mutima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Niyo mpamvu uzasanga abasore beza bitonda batabona abafasha (nta cash baba bafite), n’inkumi […]
Umupolisi yirukanywe nyuma yo gusambanya umugore amufatiyeho imbunda
Mu mujyi wa Pretoria muri Afurika yâEpfo haravugwa umuporisi watawe muri yombi azira gusambanya umugore abanje kumufatiraho imbunda. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Dantelle Mahlab wâimyaka 27 yâamavuko yatawe muri yombi azira gusambanya umugore ku ngufu ubwo yari kuri bariyeri(Roadblock). Polisi ya Pritoria ivuga ko ubwo uyu musore yari ku nshingano, yabanje gusaba uwo mugore […]
Abantu 7 baguye mu gitero cyagabwe na FDRL mu burasirazuba bwa Congo
Mu ijoro ryo ku cyumweru ahagana mu rucyerera rwo kuwa mbere 8 Kanama 2016, ingabo zâabarwanyi bikekwako ari abâumutwe wâabarwanyi barimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda wa FDRL ziraye mu baturage; abagera kuri 7 bahasiga ubuzima abandi barakomereka. Ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo bwo mu burasirazuba bwemeza aya makuru, bukavuga ko bateye ingo […]
Sobanukirwa amateka yâUmwami Mutara wa III Rudahigwa
Umwami Mutara wa III Rudahigwa (Charles LĂ©on Pierre) , yavukiye i Nyanza, mu Karere ka Nyanza, mu ntara yâ Amajyepfo muri Werurwe 1911.Yari umwami wa mbere wâ u Rwanda wimye ingoma kandi se akiriho, hari ku ya 10 Nyakanga 1931. Ni umwana wâ Umwami Yuhi IV Musinga na Nyiramavugo Kankazi Redegonde, akaba yarashyingiwe Gicanda Rosalie. […]
Perezida Kagame yakoresheje pasiporo nyafurika yitabira irahira rya mugenzi we wa Tchad
Kuri uyu wa 8 Kanama 2016 nibwo Perezida Paul Kagame yasesekaye i Ndjamena muri Tchad mu muhango wâirahira rya Mugenzi we Idris DĂ©by nkâ uko tubikesha twitter yâ ibiro byâ umukuru wâ igihugu cyâ u Rwanda, Village urugwiro. Perezida wa repubulika yâu Rwanda wamaze gusesekara mu murwa mukuru wâiki gihugu i Ndjamena, yakoresheje bwa mbere […]
Umuhungu wa Riek Machar yiciwe mu mvururu zimaze iminsi muri Juba
Iperereza ryakozwe nâikinyamakuru Chimpreport ryemeza ko umuhungu wa visi perezida wa Sudani yâepfo Dr. Riek Machar yaguye mu mvururu zadutse muri iki gihugu mu kwezi gushize. Gatwanga Machar bivugwa ko ari umwe mu barashwe ubwo ingabo za se nâiza perezida Kiir zakozanyagaho. Nyuma yo guhwihwisa cyane ko umwe mu bahungu batatu ba Machar yishwe, iki […]
Besigye yavuye imuzi gahunda yâamahanga mu kumufasha guhirika Museveni
Umukandida wâishyaka FDC Kiiza Besigye yahishuye ko amahanga amushyigikiye mu bikorwa byo gushaka guhirika Perezida Museveni wa Uganda. Ibi abitangaje nyuma yo kwerura akavuga ko adashobora kugirana ibiganiro na Leta ya Museveni nyuma yuko hari amakuru avuga ko baba bari mu biganiro bigamije inyungu zâigihugu. Chimpreport ivuga ko ubwo Besigye yari mu mujyi wa Mbarara […]
Indirimbo Jay Polly yakoranye na Amag niyo yitiriwe Album igiye gushyirwa ahagaragara
Ubwumvikane hagati ya Tuyishime Joshua wamenyekanye nka Jay polly na mugenzi we Amani Hakizimana uzwi ku izina ryâubuhanzi rya Ama-G The Black bukomeje gushimangirwa na Album nshya bise â Ubuzima bwanjyeâ izashyirwa ahagaragara kuwa 26 Kanama 2016 kuri Petit Stade. Nyuma yo kuva muri Uganda mu gitaramo cyavuzweko ko cyahombeje uwari wagiteguye, ntibyabujije ko aba […]
Minisitiri wâintebe yahaye umukoro abagize amatorero ku iterambere ryâigihugu
Mu giterane cyo gushima Imana cyabereye kuri sitade Amahoro ku gicamunsi cyo kuwa 7 Kanama 2016, Minisitiri wâintebe Dr. Anastase Murekezi waje ahagarariye perezida wa repubulika akaba nâumushyitsi mukuru yasabye abagize amatorero atandukanye kwimakaza gahunda za leta zigamije iterambere ryâabaturage. Mu ijambo minisitiri wâintebe yagejeje ku bari bitabiriye iki giterane ngarukamwaka cyiswe âRwanda Shima Imanaâ […]
Perezida Museveni yihohoye kuri Bebe Cool nyuma yo kutitabira igitaramo cye
Perezida Museveni wa Uganda yasabye imbabazi umuhanzi Bebe Cool , ko atitabiriye igitaramo cye cyabaye kuri uyu wa gatanu taliki 05 Kanama 2016 kuri Serena Hotel. Perezida Museveni yasabye imbabazi mu gihe byari byitezwe ko ari we mushyitsi mukuru mu bagombaga kwitabira icyo gitaramo akaba atabonetse kubera izindi nshingano . Uyu muhanzi usanzwe afite imikoranire […]
Musanze: Urubyiruko 117 rwiyemeje kuba abakorerabushake mu gukumira ibyaha
Nyuma yâinama yahuje urubyiruko rwo mu murenge wa Busogo akarere ka Musanze ku itariki ya 4 Kanama, urubyiruko 117 rwahise rufata icyemezo cyo kuba abanyamuryango bâIhuriro ryâurubyiruko Nyarwanda rwâabakorerabushake mu kurwanya no gukumira ibyaha muri uyu murenge (Rwandan Youth Volunteers In Crime Prevention Organisation-RYVCPO). Rukaba rwarafashe iki cyemezo nyuma yâikiganiro ku ruhare rwâurubyiruko mu kurwanya […]
Kugeregeza kwiyahura byasigiye ibikomere Oscar Pritorius
Igihanganjye mu mikino Olempike Oscar Pritorius aravugwaho ko yakomeretse ubwo yageragezaga kwiyahurira muri gereza afungiyemo ntibimuhire ahubwo bikamusigira ibikomere. Uyu musore ubarizwa muri Afurika yâEpfo ngo yagize ibikomere bikabije ku kuboko byanatumye ajyanwa kuvurirwa muri bimwe mu bitaro bikomeye byo muri icyo gihugu. Umuvugizi w’inzego za gereza, yavuze ko Pistorius yahakanye amakuru avuga ko yashakaga […]
Al-Barnawi yashyize ku karubanda amakosa yose ya Shekau uvuga ko akiyoboye Boko Haram
Ubwumvikane bucye bwiganjemo guhangana burakomeje hagati mu mutwe wâiterabwoba wa Boko Haram, aho uherutse kugirwa umuyobozi mushya wawo, al-Barnawi ayoboye itsinda ryiyemeje guhangana nâigice cya Shekau ucyemeza ko ari we muyobozi wâuyu mutwe. Al-Bernawi, wahoze ari umuvugizi wa Boko Haram, akaba ashyigikiwe na Islamic State, kuri uyu wa Gatandatu yashyize ahagaragara video ivuga ibyaha byinshi […]
Ese inzaratsi zavugwaga mu Rwanda rwo hambere zarazimiye? cyangwa zahinduye inyito?
Mu gihe cyo hambere wasanganga abantu bavuga ko umugabo runaka yahawe inzaratsi nâumugore we kugirango abe inganzwa bityo umugore abone uko ategeka mu rugo, nyamara muri iyi minsi usanga batavuga ko ari inzaratsi ahubwo bigahindura inyito bakavuga ko umugabo runaka yaba yararozwe nâumugore we. Inzaratsi zavugwaga hambere wasanganga zitangwa mu buryo bwinshi ariko muri ubwari […]
Umujyi wa Kigali watangaje uko gahunda ya siporo rusange yo kuwa 14 Kanama izaba iteye
Ubuyobozi bwâUmujyi wa Kigali buramenyesha abantu bose ko gahunda ya siporo rusange ngarukakwezi (Car Free Day) izaba tariki ya 14/08/2016. Abaturage bazahurira kuri site zikurikira: Abo mu mujyi bazahurira muri Car Free Zone mu mujyi berekeze SOPETRAD bagana ku cyicaro cya Rwanda Revenue Authority. Abaturuka Remera bazahurira kuri Stade Amahoro bace Gishushu-MINIJUST-amasangano ya Ninzi Hill […]
Centrafrica: Umujyanama wungirije mu bya gipolisi muri Loni yasuye abapolisi bâu Rwanda
Ku itariki ya 4 Kanama, Umujyanama wungirije mu bya gipolisi mu Muryango wâAbibumbye Shaowen Yang, yasuye itsinda ryâabapolisi bâu Rwanda(RWAFPU) bari mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bwo kugarura no kubungabunga amahoro muri Centrafrica (United Nations Stabilisation Mission in Central African Republic -MINUSCA) aho bakambitse mu murwa mukuru Bangui. Uruzinduko rwa Yang nâintumwa zâUmuryango wâAbibumbye ayoboye, ruri […]
Yabyaye ubugira 5 atazi ko atwite
Ntibikunze kubaho ko umubyeye arinda agira amezi icyenda atazi ko atwite, mu gihe hari ibimenyetso simusiga byanze bikunze bigaragazaza umugore ko yasamye. Ibi biherutse kubaho ku mugore witwa Tawanda aho mu gihe yari akiri umwangavu yaje gukora imibonano mpuzabitsina nâumusore wari inshuti ye aza gutwita ariko ntiyabimenya. Akimara kuryamana nâuwo musore ngo ntiyabyitayeho akomeza gahunda […]
Kwiheba, umujinya nâagahinda mu bacuruzi bâAbarundi nyuma yo kubuzwa gucuruza imyaka mu Rwanda
Kwiheba, umujinya, nâagahinda nibyo biri mu bacuruzi bâAbarundi nyuma yâicyemezo giherutse gutangazwa na visi perezida wa kabiri wâu Burundi kibuza kongera gucuruza ibiribwa mu Rwanda. Ubwo yasuraga Komini Rugombo mu Ntara ya Cibitoke kuwa 30 Nyakanga, visi perezida wa kabiri, Joseph Butore, yatangaje ko ari icyemezo cya guverinoma hagamijwe kurinda umusaruro wâigihugu. Iki cyemezo ariko […]
Perezida Zuma yahuye n'uruva gusenya ubwo yagezaga ijambo ku baturage
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 06 Kanama ubwo perezida wa Afurika yâEpfo, Jacob Zuma yari kugeza ijambo ku bari mu kigo kibarurirwamo amajwi cya komisiyo yâamatora yari yasuye, hagize gutya haza itsinda ryâabagore bigaragambyaga mu mutuzo bamagana ifatwa ku ngufu, bamuca mu ijambo barangije bamwibutsa akahise imbere y’imbaga. Perezida Zuma akaba yagezaga ijambo ku banyagihugu […]
Intara y'Amajyaruguru irakataje mu gushishikariza abaturage gutura mu midugudu
Mu rwego rwo kurushaho kunoza imiturire no kwihutisha gahunda yo gutura mu Midugudu mu Ntara yâAmajyaruguru, muri Hotel Muhabura mu Karere ka Musanze haherutse guteranira inama yahuje abagize Komite Tekinike (Technical Committee) yâImiturire ku rwego rwâIntara yâAmajyaruguru nâizâUturere tuyigize. Iyi nama yitabiriwe kandi nâabagize Komite Tekinike yâImiturire ku rwego rwâIgihugu iyobowe na Lt Gen. Fred […]
Charleroi: Abapolisikazi babiri batemaguriwe imbere ya hotel yâigipolisi
Abapolisikazi babiri bo mu gihugu cyâu Bubiligi ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu batemaguwe nâumuntu witwaje umuhoro imbere ya hotel yabo iri mu mujyi wa Charleroi nkâuko byanemejwe nâigipolisi cya Charleroi ku rubuga rwayo rwa Twitter. Biravugwa ko umugabo yaje asanga abapolisi aho bari bahagaze asakuza ngo « Allah Akbar », cyangwa se ngo […]
Akarere ka Rubavu ku isonga mu kugaragaramo ibyaha byinshi mu mezi 2 ashize
Mu Ntara yâIburengerazuba, Akarere ka Rubavu niko kaje imbere mu mezi abiri ashize mu kugaragaramo ibyaha byinshi, aho gakurikirwa nâAkarere ka Rusizi ndetse nâaka Rutsiro nkâuko byatangajwe na Polisi yâIgihugu muri iyi ntara. Ibi byatangarijwe mu nama yâumutekano yaguye yâIntara yâIburengerazuba iherutse guteranira muri Hotel Bethanie, mu ntangiriro zâiki cyumweru, itariki 02 Kanama 2016, yari […]
Rutshuru: MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Mazembe yamenesheje impunzi nyuma yo gutwika inkambi yazo
Inyeshyamba zo mu mutwe wa MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Mazembe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu zatwitse inkambi yâabavanwe mu byabo ya Ngoroba muri Teritwari ya Rutshuru ho muri Kivu yâAmajyaruguru. Iyi nkambi yari icumbikiye impunzi zisaga 500 yatewe ku isaha ya saa mbiri za mugitondo nâabarwanyi bavugaga ko bari guhiga izindi nyeshyamba zo mu mutwe wa […]
Kubika inyandiko za Gacaca hakoreshejwe ikoranabuhanga birakomeje – CNLG
Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ikomeje igikorwa cyo kubika inyandiko zâinkiko Gacaca hakoreshejwe uburyo bwâikoranabuhanga. Muri icyo gikorwa, CNLG irafatanya nâumuryango udaharanira inyungu witwa Aegis Trust. Kugira ngo icyo gikorwa kihute kandi kigende neza, habayeho kwongera abakozi bashinzwe kubika izo nyandiko hakoreshejwe ikoranabuhanga. Aho izo nyandiko ziri ku kicaro gikuru cya Polisi yâU Rwanda […]
Gicumbi: Uwari umuyobozi wâIbitaro bya Kinazi yasanzwe muri motel yapfuye
Uwari umuyobozi wâIbitaro bya Kinazi mu Karere ka Ruhango, Dr Niyomugabo Fidele akaba yiteguraga nâubukwe, yasanzwe muri Nice Garden Motel yashizemo yitabye Imana. Dr Niyomugabo witeguraga gukora ubukwe kuwa 18 Nzeri 2016, yasanzwe muri iyi motel iri mu mujyi wa Byumba yapfuye bikaba bikekwa ko yaba yiyahuye mu gihe hataramenyekana neza icyamuhitanye. Umurambo we ukaba […]
Ethiopia: Ubutegetsi bukomeje kwotswa igitutu n'abaturage bakeneye ko buhinduka
Imyigaragambyo yo kwamagana guverinoma muri Ethiopia yatangaiye kuva mu cyumweru gishize muri Gondar mu karere ka Amhara gaherereye mu majyaruguru ya Ethiopia, yakwirakwiriye no mu bindi bice byâigihugu bisaba ko ubutegetsi bwahinduka muri iki gihugu. Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaraho ubutumwa buhamagarira abaturage kwiyunga ku bandi mu myigaragambyo yari iteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu no ku […]
Jannifer Lopez ashobora kuba atwite ubuheture
Nyuma yâigihe kinini arikumwe nâumukunzi we, Jannifer Lopez aravugwaho kuba yitegura kubyara undi mwana wa gatatu nyuma yâimpanga. Bitangajwe ko ateganya kubyara uyu mwana mu gihe umukunzi we Casper Smart bamaranye igihe, avuga ko yakwishima asanze yaramuteye inda yâumuhungu. Ikinyamakuri Life & Style kivuga ko hari hashize igihe uyu mugabo asaba Lopez ko yamubyarira undi […]
FOREBU ngo yiteguye kandi yiyemeje gukura Abarundi mu nzira ya Karuvali barimo
Umutwe wa FOREBU wemeye ku mugaragaro ko urwanya ubutegetsi bwa perezida Pierre Nkurunziza, kuri uyu wa Gatanu, itariki 05 Kanama, watangaje ko witeguye kandi wiyemeje kurangiza inzira ya karuvali Abarundi barimo. Uyu mutwe uvuga ko wiyemeje kurwanya imvugo zihembera urwango nâamacakubiri nâibikorwa byâubugizi bwa nabi ngo bikorwa nâubutegetsi bwa perezida Nkurunziza, watangaje ibi ku rubuga […]
Gusanga abaturage iwabo kwâabayobozi kwitezweho guca urwikekwe hagati yabo
Abatuye i Bweramvura bwa Kinihira barashima Ubuyobozi bwâigihugu bwagennye ko umunsi wa gatatu wa buri cyumweru uharirwa gukemura ibibazo byâabaturage mu nzego zose, kandi bigakorwa abayobozi basanga abaturage iwabo mu midugudu. Ibi bongeye kubigaragaza kuri uyu wa gatatu ushize, itariki 3 Kanama 2016, ubwo Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri yâubutegetsi bwâIgihugu, Vincent MUNYESHYAKA, yafatanyaga nâabayobozi bâAkarere […]
Bugesera Fc yaguze abandi bakinnyi 2 bashobora kuzihimura kuri APR Fc nyuma yo kubirukana
Nyuma yo kwirukana bamwe mu abakinnyi bafatwaga nkâinkingi za mwamba muri APR Fc abandi bakagurishwa mu yandi makipe, biravugwa ko bishobora kuzageza iyi kipe mu mazi abira. Ibi bishingirwa ko ikipe ya Bugesera kugeza ubu yamaze kugura abandi bakinnyi 2 ba APR bari basanzwe bakomeye muri iyi kipe ariko nyuma bakaza kwirukanwa. Abasore baguzwe, ni […]
Sudani y'Epfo: Visi perezida wasimbuye Machar yemeye kumusubiza intebe ye
Guverinoma ya Sudani yâEpfo yemeye iyoherezwa ryâingabo mpuzamahanga muri Juba mu nama yâakarere ku kibazo cya Sudani yâEpfo yabereye i Addis Abeba muri Ethiopia, mu gihe Visi perezida wari wasimbuye Machar yatangaje ko yiteguye kumusubiza umwanya we. Visi perezida wa mbere wari uherutse gushyirwaho na Salva Kiir ngo asimbure Dr Riek Machar, ari we Taban […]
Nyuma yo kwikubita hasi umutima ugahagarara, yahuye na Yesu amukiza urupfu
Abantu benshi bifuza guhura na Yesu Christ ariko ntibabigereho kuko atari cyo gihe, cyangwa se hari inshingano basabwa kuzuza ntibazikore, nyamara abandi bagahura nawe nkuko byagendekeye uyu musore muto âZack Clementsâ Zack Clements ubusanzwe ni umukinnyi wa ruhago, mu gihe yari mu myitozo ngororamubiri (Gym) yikubise hasi abura umwuka umutima urahagarara mu gihe kâiminota 20. […]
Mu 1997 u Rwanda rwasenye ibirindiro bya CNDD-fdd,ruzimya isoko rya Bujumbura rwishyurira imisanzu ya EAC u Burundiâumubano uhora muzunga uzazahurwa niki?
*Kajugujugu z’u Rwanda i Bujumbura…! *Miliyoni z’Amadorali y’Amereka u Rwanda rwafashishije U Burundi …! *u Burundi bwahagaritse imyaka yâibihingwa yinjira mu Rwanda Ubusanzwe kubana neza hagati y’ibihugu bituranye ni ingenzi . Nubwo atari ihame ariko biranezeza byazamo agatotsi nabwo ukumva ko bibabaje. Umwanditsi Wa Zaburi ya 133 muli Bibliya Yera , ikaba Zaburi ya Dawidi […]
Ibarura ryâabatora nirirangira nzaba uwa mbere gutangaza itariki yâamatora – Kabila
Perezida Joseph Kabila yatangaje ko amatora azaba nyuma yâigikorwa cyo kubarura abazatora cyatangijwe kuwa 31 Nyakanga muri Nord-Ubangi na komisiyo yâigihugu yâamatora (CENI). Ibi perezida kabila akaba yarabitangaje kuwa 04 Kanama, mu kiganiro nâabanyamakuru ubwo yari ari kumwe na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni mu Karere ka Kasese ko muri Uganda. Perezida Joseph Kabila […]
Perezida Kagame yitabiriye inama yemeje iyoherezwa ryâingabo muri Sudani yâepfo
Umuryango uhuza guverinoma mu guharanira iterambere (IGAD) wateraniye i Addis Ababa igitaraganya mu nama yahuje abakurubâibihugu na za guverinoma harimo na perezida wa repubulika yâu Rwanda Paul Kagame, mu kwiga ku kibazo cyâamakimbirane akomeje gufata intera muri Sudani yâepfo. Kuri uyu wa 5 Kanama 2016 mu murwa mukuru wa Ethiopia nibwo aba bakuru bâibihugu na […]
Abasaga 60 bari banduye cholera muri Rubavu bose baravuwe barakira – RBC
Abayobozi muri minisiteri yâubuzima baratangaza ko imbaraga zashyizwe mu kubuza icyorezo cya cholera cyari cyadutse mu Karere ka Rubavu, mu byumweru bitatu bishize, zatanze umusaruro. Nyuma yo kwaduka kwâicyo cyorezo, minisiteri yâubuzima ifatanyije nâabayobozi bo muri iki gice, bashinze inkambi yo kwakiriramo abantu bagaragayeho iki cyorezo mu rwego rwo kurinda ko icyorezo gikomeza gukwirakwira, kandi […]
Sobanukirwa impamvu mu gihe cyâizuba ubushake bwo gutera akabariro bwiyongera
Mu gihe cyâimpeshyi usanga abantu bashaka kujya ku mazi aho bakura amahumbezi ndetse ugasanga bakunze mu mahoteli ari hafi ho bagakora imibonano mpuzabitsina. Uretse nâabajya ku mazi, no mu bice bindi bitandukanye usanga muri icyo gihe aribwo abagore nâabakobwa batwita, aho hakibazwa impamvu icyo gikorwa kiba kurusha mu bindi bihe bisanzwe. Ubushakashatsi bugaragaza ko ikiruhuko […]
Cyanika: Ingo 60 zari zibanye mu makimbirane zafashijwe kuyavamo no kwiyunga
Polisi yâu Rwanda ikorera mu Karere ka Burera, ku itariki ya 2 Kamena yaganiriye nâabaturage barenga 700 bo mu murenge wa Cyanika, ku buryo bakemura amakimbirane yo mu miryango no gukomeza ubufatanye mu gukumira ibyaha muri rusange. Muri iyo nama kandi hari hatumiwemo ingo 60 zo mu murenge wa Cyanika zibanye mu makimbirane zafashijwe kuyavamo […]
Mr Nice yahagaritse kuririmba nyuma yo gushaka kwamburwa ipantaro nâabafana
Mr Nice yahagaritse kuririmba mu gitaramo yari yateguye nyuma yo gushaka gukurwamo ipantalo nâabafana bâigitsinagore ubwo bari bamusanze ku rubyiniro. Iki gitaramo cyabereye mu mujyi wa Nairobi mu kabyiniro ka Ole Timz Club cyari kitabiriwe nâabantu biganjemo abagore benshi bashakaga kumwambura ipantaro ariko ku bwâamahirwe barushwa imbaraga nâabashinzwe umutekano we. Uyu musore ukomoka muri Tanzania […]
Ibura rya dosiye yâurubanza rwa Katumbi ntirizabuza kumukurikirana no kumuhana â Bernard Mikobi
Ibura rya dosiye yâurubanza rwa Moise katumbi na Alexandros Stoupis cyangwa guhunga kwâumucamanza Chantal Ramazani nâuwari umwanditsi wâurukiko ntacyo bizahindura ku gukomeza gukurikirana no gufatira ibihano Katumbi nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki 04 Kanama, umwunganizi mukuru wa leta mu mategeko, Bernard Mikobi. Yagize ati: âIyo dosiye yibwe ishobora kongera kubakwa [âŠ] ni nkâuko […]
Umuganura ni umunsi ushimangira ubumwe, ubufatanye nâubusabane bwâAbanyarwanda â Guverineri Munyentwari
Kuri uyu wa 05 Kanama 2016, Abanyarwanda bizihije umunsi wâUmuganura wizihirijwe ku rwego rwâigihugu kuri Stade ya Nyanza, ho mu Ntara yâAmajyepfo, mu karere ka Nyanza. Uyu muhango ukaba witabiriwe nâabantu batandukanye barimo nâinshuti zâu Rwanda. Mu ijambo rye aha ikaze abashyitsi bari muri iyi ntara, guverineri Alphonse Munyentwari yavuze ko Umuganura ari umunsi ushimangira […]
Nyiri Leicester City yakuyeho urujijo ku igurwa rya Mahrez muri Arsenal
Umuherwe wâikipe ya Leicester City yashwishwiburije Arsenal yemeza ko umusore we Riyad Mahrez adateze kumurekura ndetse ngo akaba yiteguye kumuha icyo yifuza, bityo azatangire Shampiyona afite amafu. Vichai Srivaddhanaprabha abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yashyizeho ifoto ya Mahrez yandikaho amagambo agira atiâ Mahrez ntazagurishwaâ Bidatinze uyu musore yamusubije abyemeza agira atiâ Ok Bossâ bigaragare ko ngo […]
U Bufaransa bwasabye u Burundi kwakira abapolisi ba Loni nta kuzarira
Guverinoma yâu Bufaransa yongeye kugaragaza impungenge itewe nâibibazo bya politiki nâumutekano bikomeje kugaragara mu Burundi. Ibi guverinoma yâu Bufaransa ikaba yabitangaje nyuma yâaho guverinoma yâu Burundi yamaganiye umwanzuro 2303 wa Loni wo kohereza abapolisi 228 muri iki gihugu ngo bajye gufasha mu kuzana umwuka mwiza uzatuma ibiganiro hagati yâAbarundi bikomeza no kugenzura uko uburenganzira bwâikiremwamuntu […]
Menya uko gukirana kâumusore nâumugeni byari byifashe mu Rwanda rwo hambere
Mu Rwanda rwo hambere harangwaga imico itandukanye yakorwaga mu rwego rwo kwimakaza umuco nyarwanda, imwe muri iyo mico harimo uwo gukirana ku mugabo nâumugore babaga barushinze. Ese uko gukirana byakorwaga gute, ryari, byamaraga igihe kigana gute, ese biracyakorwa? Byose nibyo tugiye kurebera hamwe. Mu gihe cyo hambere iyo bwamaraga kwira bazanaga ibyo kurya, umugeni akabyanga, […]
Dore ibyiza 5 byâingenzi byo kuba rwiyemezamirimo ukiri muto
Akenshi ku migabane itandukanye yâisi usanga barwiyemezamirimo baba ari abantu bakuze ariko ntibaryoherwa nkâuko bibagendekera abakiri bato nkâuko ubushakashatsi bubigaragaza. 1.Kwirengera ingaruka Kuba rwiyemezamirimo ukiri muto bituma umenya kwirengera ingaruka bidahariwe umuntu runaka ukureberera bityo ukamenya nâuko wakemura ibibazo runaka igihe wugarijwe. Bitandukanye nâabandi bakiri bato usanga bahora bateze amaso ku bakoresha babo cyangwa ku […]
Ibibera muri Aleppo ni ikimwaro ku Muryango Mpuzamahanga nkâuko byagenze mu Rwanda – Andrew Mitchell
Umudepite wo mu Bwongereza, Andrew Mitchell yatangaje ko Isi ikomeje kurebera ntacyo ikora mu gihe umwe mu mijyi imaze igihe kirekire ku Isi, Aleppo, ugejejwe ku buce nâintambara ari nako abaturage bicwa. Uyu mujyi Aleppo wo mu gihugu cya Syria nawo ngo ukazahora ari ikimenyetso cyo gukorwa nâisoni kwâamahanga no gutsindwa nkâuko byagenze mu Rwanda […]
Akarere ka Huye karavuga ko kabuze umukozi wari intangarugero
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu nibwo Alexandre Kayiranga wari umukozi wâAkarere ka Huye ushinzwe amasoko yitabye Imana azize impanuka yâimodoka yabereye hagati yâahitwa i Kibilizi (mu Karere ka Gisagara) na Rango (mu Karere ka Huye). Kayiranga yari yagiye muri centre ya Kibilizi (mu Karere ka Gisagara) aho yarimo afatanya nâabandi gutegura iminsi mikuru […]
Gereza Nkuru ya Gitega yanyomoje amakuru yâinyerezwa rya Gen. Cyrille Ndayirukiye
Abaturage begereye Gereza Nkuru ya Gitega baratangaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane babonye Gen. Cyrille Ndayirukiye hanze ya gereza ari mu modoka yâigipolisi yari imutwaye ahantu batamenye. Aba baturage bakaba barahise batangira guhanahana amakuru mu rwego rwo kumutabariza bibaza ko yaba yari agiye kunyerezwa. Ubuyobozi bwâiyi gereza ariko bwahise bwihutira guhumuriza abantu […]
Umunyamerika Darryl Lewis washinjwaga kuba umucanshuro yajyanye Congo mu butabera
Umunyamerika Daryll Lewis aherutse kujyana guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu Rukiko rwâAkarere rwa Washington ashinja minisitiri wâubutabera wa Congo nâinzego zâubutasi zayo, kumukorera iyicarubozo. Darryl Lewis arasaba abayobozi ba Congo kumwishyura miliyoni 4,5 zâamadolari nkâimpozamarira ku iyicarubozo yakorewe muri iki gihugu mu gihe kigera hafi ku kwezi ahafungiye. Jeune Afrique ikaba ivuga […]
Nyarugenge: Polisi yafashe imodoka ipakiye amakarito 56 y'inzoga itemewe
Polisi yâu Rwanda ku itariki 4 Kanama yafashe uwitwa Uwimpuhwe Emmanuel apakiye amakarito 56 yâinzoga itemewe kunyobwa no gucuruzwa mu Rwanda yitwa Kitoko mu ivatiri ya Hyundai ifite nomero ziyiranga RAA 731C. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko Uwimpuhwe yafatiwe mu kagari ka Kimisagara, […]
Museveni yabwiye Kabila ko nawe atazi impamvu abahoze muri M23 banze gusubira iwabo
Perezida Museveni yatangaje ko atazi impamvu, abahoze ari abarwanyi ba M23 babarirwa muri Magana bahungiye ku butaka bwa Uganda, banze gusubira mu gihugu cyabo. Museveni akaba yabitangarije itangazamakuru I Kasese mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ari kumwe na perezida Kabila, aho yavuze ko akiganira nâuyu mutwe ngo yumve impamvu badashaka gusubira iwabo. Kuva […]
Ibikorwa bya Sokola II bimaze guhitana inyeshyamba 140 za FDLR â FARDC
Kuva mu 2015 kugeza muri Nyakanga 2016, byibuze abarwanyi 140 ba FDLR barishwe, 323 batabwa muri yombi, mu gihe 191 bishyize mu maboko ya Monusco nkâuko byatangajwe nâUmuvugizi wâibikorwa bya Sokola II, ubw yatangazaga aho, igikorwa cyo guhiga izi nyeshyamba zâAbanyarwanda nâindi mitwe yitwaje ibirwanisho muri Walikale, Rutshuru, Masisi na Nyiragongo, bigeze. Hagati aho, sosiyete […]
Impamvu ababyeyi bakwiye kwereka abana babo filimi zijyanye nâimyaka yabo
Ni kenshi ababyeyi baburirwa kwereka abana babo amashusho ajyanye nâimyaka yabo mu kurinda imitekerereze igenda yaguka kuko igti gikura kikiri gito. Mu mikurire ya muntu, agenda ava ku rwego rumwe ajya ku rundi agenda yagura imitekerereze ituruka kubyo abona ubuzima abayemo,abo babana, bigenda bigira ingaruka nziza cyangwa mbi ku buzima bwe. Uburyo ababyeyi barera abana […]
Urubyiruko rwo muri Nyabihu rwaganirijwe ku icuruzwa ryâabantu
Urubyiruko rwiganjemo abanyeshuri rugera 200 rwo mu murenge wa Jenda, ho mu karere ka Nyabihu ku itariki 2 Kanama rwaganirijwe na Polisi yâu Rwanda ku icuruzwa ryâabantu. Rwahuguwe na Assistant Inspector of Police (AIP) Ariane Muhorakeye, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi yâu Rwanda nâabaturage ndetse nâizindi nzego muri aka karere. Yavuze ko abakora iki cyaha […]
Byemejwe ko umukinnyi Gabriel Jesus yamaze kwerekeza muri Man City
Miliyoni 27 z’amayero nizo zatanzwe ku mukinnyi Gabriel Jesus wakiniraga Palmeiras yo muri Brezil aho kugeza ubu yamaze gusinya amasezerano yo gukinira ikipe ya Manchester City. Jesus wâimyaka 19 yâamavuko yahisemo kureka imyiteguro yari irimbanyije ubwo ikipe ye yiteguraga amarushanwa bari kwitabira muri Afurika yâepfo yatangiye kuri uyu wa 4 Kanama 2016 ahitamo kwerekeza muri […]
Imodoka zitwara abagenzi ziva mu Rwanda zabujijwe kwinjira mu Burundi
Igihugu cyâu Burundi gikomeje gufata ibyemezo bikomeye mu rwego rwo kugaragaza ko kitishimiye u Rwanda nubwo bigira ingaruka no ku baturage babwo, aho amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko nta modoka itwara abagenzi yemerewe kurenga umupaka iva cyangwa ijya mu Rwanda. Amakuru atugeraho aravuga ko mu masaha macye ashize mu Burundi hafashwe icyemezo cyâuko nta […]