Dore impano twasigiwe na Yesu Kristo abantu bakunze kwirengagiza

Muri iyi minsi hariho inyigisho mbi ziyobya abantu, kuko abantu batazi impano iruta izindi twahawe ari yo y’agakiza usanga akenshi bumva ko bapfana na Yesu imigisha yo mu buzima busanzwe gusa. Ibyo bituma abatarayibonye bahora biganyira iby’ubu bugingo bakumva ko Imana itabakunda, naho abatunzi badakijijwe bakibeshya ko bakijijwe kuko batunze, kandi hari icy’ingenzi babuze. 1.Impano […]

Inkomoko y’Abashia n’itandukaniro ryabo n’Abasunni

Mu gihe amakimbirane mu bihugu by’Abarabu akunze kuvugwa mu itangazamakuru, niko amazina Shia na Sunni, ibice bibiri bigize idini ya Islam, amaze kumenyekana mu bantu bakurikirana amakuru ku Isi, nubwo ibibatandukanya batabisobanukirwa neza. Bwiza.com yifuje kubagezaho amateka y’ibi bice bibiri bigize idini ya Islam, ibibatandukanya n’umubare w’abayoboke babyo. Izina Shia (Rimwe na rimwe ryandikwa Shi’ite) […]

Umuhanzi Jay-ky “Ntuzambabaze” ngo ni indirimbo y’amateka

Indirimbo “ Ntuzambabaze” y’umuhanzi Nsabimana Jacques uzwi nka Jay-Ky ndetse wanamenyekanye muzindi ndirimbo nka “Turahitinga”, “My Compliment” nizindi ngo iyi ndirimboikunzwe n’abatari bake, yashizwe ahagaragara kuya 28 Nyakanga uyu mwaka wa 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Jacques uzwi nka Jay-ky mu kiganiro na Bwiza.com yasobanuye ubutumwa nyamukuru bwo muri iyi ndirimbo yagize ati “ iyi ndirimbo yarangoye […]

Habonetse umurambo w’umusore wishwe no kwikinisha

Umusore w’imyaka 26 y’amavuko yasanzwe mu cyumba cye yapfuye nyuma yo kumara umwanya munini yikinishiriza imbere ya mudasobwa ye. Christopher Harrold wari umunyeshuri ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza , abaturanyi be bemeza ko nyuma yo kumara umwanya batamubona ngo bahisemo kujya kureba icyo yabaye niko gusanga umurambo we mu nguni y’icyumba. Bivugwa ko ibyishimo bidasanzwe uyu […]

Ngoma: Gitifu wafatiwe mu cyuho yururutsa ibendera ry’igihugu yakatiwe amezi 2 y’igifungo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gituza, Habiyaremye Joseph wafatiwe mu cyuho n’abaturage yururutsa ibendera ry’igihugu, yakatiwe n’urukiko rwa Sake igihano cyo gufungwa amezi abiri. Mu ijoro ryo kuwa 11 Nyakanga 2016 nibwo Habiyaremye Joseph yatawe muri yombi nyuma y’uko abashinzwe irondo bamufashe yururutsa ibendera rya Repubulika y’u Rwanda ryo ku biro by’akagari ayobora, mu murenge wa […]

Kenya: Igipolisi kishe abaturage 5 bari bagiteye abandi barakomereka

Abaturage batatu kuri uyu wa Gatatu nimugoroba bararashwe barapfa mu gihe abandi batanu bakomeretse bikomeye, ubwo abapolisi ba Kenya barasaga ku gatsiko k’abantu bashakaga kwinjira muri station ya polisi bashaka kujya kwiciramo abagore babiri bashinjaga kwiba uruhinja. Uwabonye uko ibi bintu byagenze witwa Olima Gondi, yavuze ko hakomeretse umwana w’umunyeshuri, aho ngo igipolisi cyakoresheje amasasu […]

Menya amakosa 7 umusore ashobora gukora umukunzi we akamuzinukwa

N’ubwo urukundo rwihangana, rubabarira, rwirengagiza, hari benshi bakora amakosa umusubirizo ntibite ku byo abakunzi babo banga cyangwa bakunda, bikaba byatuma umwe atihangana akazinukwa umukunzi we. Ku ruhande rw’umukobwa bari mu rukundo, hari amakosa simusiga ashobora gukorerwa n’umusore bakundana bitarambiranye agahita amuzinukwa akaba yakwishakira undi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kutamwitaho Abakobwa bose bashimishwa n’uko abasore b’inshuti zabo babitaho […]

Sinatunguwe no kubwirwa ko Abanyarwanda ari intangarugero mu kubungabunga amahoro — Maj.Gen. Sidiki Traore

Umugaba mukuru wungirije w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrica, Maj. Gen. Sidiki D.Traore, yashimiye ubunyamwuga bw’ingabo z’u Rwanda (Rwandabatt3) zikorera muri MINUSCA ubwo yabonanaga nazo ku birindiro byazo mu Nkambi ya SOCATEL M’poko muri Bangui. Gen. Traore yavuze ko ubwo yageraga muri MINUSCA atatunguwe no kubwirwa ko ingabo z’u Rwanda […]

Rivaldo yahishuye uwo abona ushobora guhigika Messi na Cristiano

Rivaldo wakanyujijeho mu mupira w’amaguru haba mu ikipe y’igihugu cye cya Bresil na Fc Barcelona yahishuye ko bitarambiranye abona ko icyamamare Neymar azahigika Messi na Cristiano bakibagirana. Mu kiganiro yagiranaga na Barca Tv, Rivaldo wabaye icyamamare mu gutwara ibikombe bitandukanye byanatumye bamwita umukinnyi w’isi, yavuze ko Neymar ari umukinnyi w’ikitegererezo muri iki gihe cy’umupira w’amaguru […]

Abu Musab al-Barnawi yagizwe umuyobozi mushya wa Boko Haram

Umutwe wa Boko Haram ukorera mu burengerazuba bw’Afurika, ukaba ufite icyicaro cyawo muri Nigeria, ufite umuyobozi mushya nk’uko byatangajwe n’umutwe wa leta ya Kiyisilamu uvuga ko bikorana,. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kanyamakuru kawo kaba gasohoka buri kwezi, umutwe wa Leta ya Kiyisilamu, watangajemo ikiganiro wagiranye n’umugabo Abu Musab al-Barnawi, uwo mutwe wita “meya” w’uburengerazuba bw’Afurika wagizwe […]

Agasuzuguro ka Patoranking katumye afungirwa ku kibuga cy’indege cya Entebbe

Umuhanzi Patrick Nnaemeka Okorie ukomoka muri Nigeria akaba azwi ku izina rya Patoranking aherutse gufungirwa ku kibuga cy’indege azira agasuzuguro . Uyu muhanzi washyiriye ahagaragara album ye ya mbere, “God Over Everything”, mu gihugu cya Afurika y’Epfo kuwa 01 Kanama 2016, kuri ubu yari ari muri Afurika y’Iburasirazuba kumenyekanisha album ye. Yageze muri Uganda rero […]

Loni yashimye imikorere y'abapolisi bari muri Centrafrica

Umujyanama wungirije mu bya gipolisi mu Muryago w’Abibumbye, Shaowen Yang yashimye Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrika (United Nations Multidimensional Integrated Stabilization Mission in Central African Republic – MINUSCA) kubera ubunyamwuga n’imyitwarire myiza mu mirimo bakora. Yang yabitangarije mu Mujyi wa Bangui ku itariki 2 Kanama ubwo we n’izindi ntumwa […]

Abapolisi 308 muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Mu bapolisi 308 muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru harimo ba Komiseri ba Polisi 8, ba ofisiye bakuru 38, ba ofisiye bato 62, ba su ofisiye 156 n’abapolisi bato 44. Ba komiseri bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru harimo: Ba komiseri bakuru bungirije ba Polisi (Deputy Commissioner Generals -DCG) Stanley Nsabimana na Mary Gahonzire, Komiseri […]

ADEPR:Chorale Havilah na Silowamu zirashimwa n’abayobozi bakuru kubw’umuhigo wa Hotel Dove

Chorale Havilah na Chorale Silowamu zashimwe n’abayobozi bi itorero rya ADEPR kuba zibaye mu zambere zimaze gutanga amafaranga y’umusanzu zaciwe kugirango hubakwe Hotel Dove iri ku Gisozi. Rev.Pastor Bagira Danah J.Bosco umuyobozi wa Paruwasi ya Gasave yavuze ko bishimira uko igikorwa cyo gutanga umusanzu wo kubaka Hotel Dove kiri kugenda nubwo hagiye habaho urucantege ariko […]

Uwakinnye muri Seburikoko yitwa kibonke yateguye igitaramo kizasigira abanyeshuri umugani

Mugisha Emmanuel “Clapton” wamenyekanye cyane muri Filime y’uruhererekane Seburikoko nka Kibonke, yateguye igitaramo kigamije gutanga ubutumwa binyuze mu rwenya (Comedy) mu rwego rwo gusezera abanyeshuri bagiye gusubira ku mashuri. Ni nyuma y’uko abanyeshuri batandukanye bagiye bavuga ko batabona umwanya wo kwishimana n’uyu musore bitewe n’uko baba bari mu masomo kandi bakunda ibihangano bye bityo bakaba […]

Abagenzura imyitwarire y’abamotari bafunzwe bazira kwaka ruswa

Abagabo babiri bagenzura imyitwarire y’abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bafunzwe bazira kwaka ruswa bamwe mu bawukora. Nkurunziza Daniel na Hitimana Emmanuel ni bo bakurikiranyweho kwaka ruswa uwitwa Nkeshimana Justin y’ibihumbi bitanu by’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo bamusubize moto ye bamwakiye mu murenge wa Gatenga, ho mu karere ka Kicukiro ku itariki 30 Nyakanga […]

Ese Umwami Gihanga Ngomijana hari isano afitanye n’ibimanuka?

Gihanga Ngomijana ufatwa nk’umwami wa mbere wayoboye u Rwanda benshi bakunze gufata amateka ye nk’aho atabayeho ahubwo bakamufata nk’ibimanuka cyangwa se Ibivejuru. Amateka Nyarwanda avuga neza ko Gihanga Ngomijana yabayeho mu myaka y’ 1091-1124 agafatwa nk’umuntu wahanze u Rwanda hakibazwa niba mbere y’iyi myaka nta Rwanda rwabagaho bagaheraho bavuga ko ashobora kuba ari ikimanuka. Ubusanzwe […]

Perezida wa Nicaragua arateganya kugira umugore we visi perezida

Perezida Daniel Ortega wa Nicaragua yamaze gufatira umwanya mu buyobozi umugore we naramuka atsinze amatora ateganyijwe mu Ugushyingo, aho ataganya kuzamugira visi perezida we. Iyi akaba ari inshuro ya gatatu Ortega ari bube yiyamamarije kuyobora Nicaragua nk’uko BBC dukesha iyi nkuru ikomeza ivuga. Umugore we, Rosario Murillo, asanzwe afite umwanya ukomeye muri leta kubera ko […]

Niba urukundo rwawe n’umukunzi wawe rurangwa n’ibi bintu 10 murakundana koko

Ni ingenzi kumenya ishusho y’urukundo rwawe n’uwo mukundana, ukiga umunsi ku munsi umubano wanyu uko iminsi yicuma akagenzura niba ubona izi ngingo 10 zikurikira bityo ukicinya akara cyangwa se umanjirirwa. 1.Kugenzura niba umukunzi wawe akwiyereka wese cyangwa ukugaragariza igice kimwe. Ni kenshi mu mubano w’abakundana habamo ugaragariza mu genzi we uruhande rumwe mwamara kubana,ugatungurwa no […]

Imibereho myiza y’urubyiruko no kurushakira ejo hazaza heza bigomba kuba iby’ibanze — Hon Mukabalisa

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 03 Kanama mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’abadepite habereye ikiganiro nyunguranabitekerezo kuri gahunda za leta zo guteza imbere urubyiruko. Muri iki kiganiro hagaragajwe ko ikibazo cy’imirimo mu rubyiruko kitareba urwego rumwe gusa ahubwo ari inshingano ya buri wese. Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’abadepite, Hon. Donatile Mukabalisa yakomeje avuga ko […]

Umujura yibye ikofi ihinduka inzoka,ayisubije nyirayo arayanga

Umujura utatangajwe izina rye yibye ikofi y’umugenzi wigenderaga ageze imbere ihinduka inzoka iri mu bwoko bwa Cobra ayisubije nyirayo amutera utwatsi arayanga. Ibi byabereye muri Afurika y’Epfo, aho umugabo ngo bikekwa ko asanzwe akoresha imiti gakondo, yibwe ikofi ye nyuma aho abimenyeye yihina inyuma y’icyapa cya taxi akora ibintu benshi batasobanukiwe byaje kuvamo ko umujuru […]

Hashinzwe itsinda ry’abadepite ba Israel n’ab’u Rwanda rishinzwe kunoza imibanire y’ibihugu byombi

Inteko Ishinga Amategeko ya Israel (Knesset) yatangije itsinda rishinzwe gutsura ubushuti hagati y’iyi nteko n’iy’u Rwanda (Israel-Rwanda Parliamentary Friendship Group) izaba iyobowe n’Umunya-Israel ukomoka muri Ethiopia, MK Avraham Neguise, mu rwego rwo gushimangira ubushake bwa Minisitiri w’Intebe wa Israel bwo kunoza umubano n’ibihugu byo muri Afurika. “U Rwanda na Israel byose byiyubatse nyuma y’amarorerwa abaturage […]

Guinea Equatorial: Uwahoze ari minisitiri yibwe akayabo ka miliyoni 60 z’amayero

Abajura mu gihugu cya Guinea Equatorial bagize gutya binjira mu nzu y’uwahoze ari minisitiri biba akayabo ka miliyoni 60 z’Amayero. Televiziyo y’igihugu yatangaje amakuru y’ubu bujura kuri uyu wa kabiri yavuze ko ako kayabo k’amayero ari aka bwana Jeronimo Osa Osa Ecoro, wahoze ari minisitiri w’itangazamakuru n’umunyamabanga mukuru w’ishyaka riri ku butegetsi. Umubare w’aya mafaranga […]

Burundi: Abanyeshuri 4 b’Abanyarwanda baherutse gutabwa muri yombi baba barishwe

Icyobo rusange gishyinguyemo abantu hagati ya 12 na 15 cyavumbuwe muri iyi weekend ishize n’abaturage bo muri Komini Vyerwa mu Ntara ya Ngozi, iruhande rwa hotel Vyerwa, nyirayo akaba ari Col Nyamugaruka, umukuru w’ingabo zirinda perezida. Amakuru agera kuri radio RPA akaba avuga ko, abanyeshuri b’Abanyarwanda bo muri Kaminuza ya Ngozi baherutse gutabwa muri yombi, […]

Gutoranya Abarinzi b’Igihango bizakorwa ku nzego zose z’igihugu na diaspora – NURC

Mu rwego rwo kumenya, kumenyekanisha no guha agaciro ibikorwa ntangarugero mu bumwe n’ubwiyunge byakozwe n’Abanyarwanda ubwabo himakazwa ubunyarwanda; i Karongi ku cyicaro cy’Intara y’Iburengerazuba Komisiyo y’Igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge ifatanyije na Unity club bateguye inama yari igamije gusobanura icyo gikorwa. Nk’uko byasobanuwe kuwa 28 Nyakanga na Bwana Renzaho Giovani, umukozi muri komisiyo y’Igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge (NURC), […]

Sudani y’Epfo: Abaminisitiri barimo Mabior Garang birukanwe muri guverinoma

Minisitiri wari ushinzwe amazi n’umutungo kamere wa Sudani y’Epfo, Mabior Garang, yirukanwe muri guverinoma. Uyu muhungu w’umugabo ufatwa nk’uwatumye Sudani y’Epfo iba igihugu, John Garang, yirukanwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri nk’uko byatangajwe kuri televiziyo ya Sudani y’Epfo. Mabior Garang, wari uherutse gutangaza ko guverinoma y’inzibacyuho y’ubumwe bw’igihugu iyobowe na perezida Salva Kiir […]

Cristiano Ronaldo yagaragaye apfumbatanye n’undi munyamideri —AMAFOTO

Icyamamare mu ikipe ya Real Madrid Cristiano Ronald ukomoka mu gihugu cya Portugal, nyuma yo kugaragara mu minsi ishize yatemberanye n’umukobwa ku mucanga bagasomana, ubu noneho yongeye kugaragara apfumbatanye n’undi munyamideri. Kuri uyu wa mbere taliki 1 Kanama nibwo uyu musore w’imyaka 31 y’amavuko yagaragaye ari kumwe n’umunyamideli Cassandre Davis ku mazi muri leta Florida […]

Umunyamakuru wa Bonesha uri mu buhungiro i Kampala yari yishwe Imana ikinga akaboko

Boaz Ntaconayigize, umunyamakuru wa Radio Bonesha Fm wahungiye i Kampala muri Uganda, yatewe icyuma n’abantu bikekwa ko ari abakozi b’inzego z’iperereza z’u Burundi kubw’amahirwe ntiyapfa. Nk’uko byatangajwe na SOS Medias Burundi yashyize ahagaragara ifoto y’uyu munyamakuru yakomerekejwe mu mugongo no ku kiganza, ngo Boaz Ntaconayigize yabwiye abamwegereye ko yatewe n’abagabo bane ahagana saa tatu z’ijoro […]

Polisi y’u Rwanda yafashe imodoka ebyiri zibwe

Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yafashe imodoka ebyiri zibwe muri Kigali mu minsi ishize. Izo modoka zirimo iyo mu bwoko bwa Carina ifite nomero ziyiranga RAB 479K ya Ronald Ngabo n’indi ifite nomero ziyiranga RAC 387Q y’uwitwa Aaron Ndenga, zikaba zarafatiwe ahantu hatandukanye ku itariki 1 Kanama mu kagari ka Mumena, ho mu […]

Ismaila Diarra ukinira Rayon Sport ayishyize mu mazi abira

Ikipe ya Rayon Sports yarezwe mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA kubera gusinyisha Diarra kandi kandi yarasinyishijwe na AFC Leopards. Ismaila Diarra umunyamali ukinira Rayon Sports yarezwe na AFC Leopards muri FIFA azira kuyisinyira amasezerano yarangiza akongera agaca ruhinga agasinyira na Rayon abizi neza ko afite andi masezerano yashyizeho umukono. Kuruhande rwa Isimaila Diarra […]

Minisitiri w’intebe yemera ko amazi yabaye ikibazo nubwo hafashwe ingamba zo kugikemura.

Mu kiganiro Minisitiri w’intebe Dr. Anastase Murekezi yagiranye n’niteko ishingamategeko ku gicamunsi cyo kuwa 02 Kanama 2016 mu nteko ishingamategeko ku Kimihurura, Minisitiri yagarutse ku bikorwa bya guverinoma byo mu rwego rw’amazi n’isukura; ndetse anagaruka ku mbogamizi zagiye zigaragara mu ikwirakwiza ry’amazi meza nubwo hashyizweho gahunda zitandukanye zifasha abaturage kugera ku mazi meza. Kuva mu […]

Abitabiriye EXPO 2016 bahangayikishijwe n’ibura ry’umuriro rya hato na hato

Ikibazo cy’ibura ry’umuriro cyanagaragaye mu mikino ya CHAN mu ntangiriro z’uyu mwaka muri Stade ya Huye aho umuriro wabuze mu minota igera kuri 12, ndetse bikaza no gutuma babiri mu bakozi ba Minisiteri y’umuco na siporo batabwa muri yombi cyongeye kugaragara muri Expo aho abayitabiriye bamaze iminsi Babura umuriro bya hato na hato. Umuriro wabuze […]

SYRIA: Yaciwe ikiganza na Islamic State ashinjwa ubujura

Imbere y’abantu ibihumbi n’ibihumbi bitabiriye igikorwa cyo guca ikiganza uwagaragaje ko adashyigikiye amategeko ya ISIS ashinjwa icyaha cy’ubujura,yahawe igihano cyo gucibwa akaboko. Umutwe wa ISIS ufatwa nk’umutwe w’iterabwoba ku isi,ugenda ugaba ibitero by’ubwiyahuzi muri Iraq,Syria,Ubufaransa,Ububiligi, wahaye igihano cyo guca akaboko utavuga rumwe n’amatwara yawo nyuma yo kumushyiraho icyaha cy’ubujura. Abatari bashyigikiye igihano cyahawe uwiswe umujura, […]

Polisi y’u Rwanda irashima amadini ku ruhare rwayo mu kurwanya ibyaha

Polisi y’u Rwanda irashima amadini ku ruhare rwayo mu kurwanya ibyaha bigisha abayoboke bayo kuba intangarugero. Mu rwego rwo guteza imbere ubwo bufatanye no kubushimangira Polisi y’u Rwanda igirana ibiganiro n’abayoboke b’amadini atandukanye cyane cyane urubyiruko maze ikabaha ubumenyi ku buryo barushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha. Guhugura abayoboke b’amadini atandukanye bigamije kubasobanurira uruhare rwabo […]

Sauti Sol na Fally Ipupa mu mushinga w’indirimbo

Itsinda rya Sauti Sol rikubutse i Kigali mu gitaramo cyo kumurika Album yaryo ryise, Live and Die in Africa, rigiye gukorana indirimbo n’umuhanzi Fally Ipupa mu indirimbo bateganya no kuzaririmbana mu bitaramo bakomeje kugenda bakorera hirya no hino. N’ubwo izina ry’indirimbo Sauti Sol igiye gukorana na Fally Ipupa ritarahishurwa byamaze kumenyekana ko indirimbo bazakorana bazahita […]

Amafoto: Perezida Museveni akomeje kwereka abandi bayobozi ubuhanga bwe mu kumasha

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, kuri uyu wa Mbere yakomeje igikorwa cyo kwerekana ubuhanga bwe mu gukoresha imbunda, aho yabwerekaga abayobozi b’igihugu bari mu mwiherero ahitwa Kyankwanzi. Kuri uyu wa Mbere nyuma ya saa sita, Museveni akaba yagiye aho bigira kurasa yereka abaminisitiri n’abanyamabanga bahoraho bitabiriye umwiherero ubuhanga bwe mu kurasa. Ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi […]

Uganda: Igipolisi cyataye muri yombi abamansuzi 13 basanzwe bambaye ubusa

Abazwi ku izina ry’abamansuzi 13 bafatiwe mu kabyiniro i Mbarara nyuma y’aho Polisi ibasanze babyina bambaye ubusa. Igipolisi cyafunze abamansuzi 13 barimo abahungu 2 basanzwe mu kabyiniro ka Ground Zero babyina bambaye ubusa. Umwe mu batawe muri yombi,Steve Chan yatangarije Chimpreports bamwe muri bo bahawe akazi na nyiri aka kabyiniro bavanwe I kampala, mu gihe […]

Amerika n’u Rwanda birashinjwa gutegura igitero simusiga ku Burundi

Mu gihugu cy’u Burundi baravuga ko hari ibimenyetso bigaragaza ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije n’u Rwanda bitegura kugaba igitero simusiga ku Burundi, aho bavuga ko itsinda ry’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikorera mu ihembe rya Afurika ziheruka gusura u Rwanda ziyobowe na Maj. Gen. Kurt Sonntag ari cyo cyari cyizizanye. Ikinyamakuru […]

Burundi: Igipolisi cyahagaritse toni 80 z’imyaka yari izanwe mu Rwanda

Visi perezida wa kabiri w’u Burundi, Joseph Butore, aherutse gutangaza kuri uyu wa gatandatu ushize ko bibujijwe kohereza ibicuruzwa by’ibyo kurya mu Rwanda, igihugu u Burundi bushinja gushyigikira inyeshyamba z’Abarundi nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru ryo muri iki gihugu, aho bivugwa ko toni 80 z’imyaka zari zigiye mu Rwanda kuwa Kane ushize ngo zabujijwe kurenzwa umupaka. Visi […]

RBC irasabwa gukorana neza na za farumasi nyuma yo gusanga hari imiti myinshi yangirikira mu bubiko

Ikigo cy’igihugu cyita ku Buzima, RBC, cyasabwe n’abagize inteko ishinga amategeko, komisiyo ishinzwe kugenzura imari n’umutungo wa leta, PAC, kunoza imikoranire na za farumasi z’uturere. Ibi bikaba byatangajwe nyuma y’aho abadepite basanze hari imiti yangirikira mu bubiko kubera ko itabashije kugezwa ku baturage uko bikwiye. Abadepite basobanuriwe uburyo ububiko rusange bw’ imiti buherereye ku Kacyiru […]

Algentine: Amaze imyaka 40 yibera mu buvumo ahatagera izuba

Umugabo ukomoka muri Argentine w’imyaka 79 Pedro Luca amaze imyaka 40 yibera mu buvumo buhererye mu majyaruguru ya Algentine. Iyi myaka yayimaze yibera mu nda y’umusozi uherereye mu ntara ya Tacuman,igihe yumvaga ashonje yafataga imbunda yari yari njiranye mu buvumo akajya guhiga igihe kigera ku masaha atatu ahegereye umusozi yararagamo. Igihe yumvaga anyotewe bikabije yinyweraga […]

Bakubiswe iz’akabwana bazira kwica itegeko rya Sheria

Imiryango itatu yo mu gihugu cya Indonesiya yahawe igihano cyo gukubitirwa imbere y’umusigiti basengeramo nk’igihano nyuma yuko bafashwe bateretana kandi bitemewe mbere yo gusezeranywa byemewe n’amategeko y’iki gihugu kigendera ku mategeko ya sheria. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyaha cy’uwafashwe ateretana ari umuyoboke w’idini ya Islamu ahanishwa igihano cyo gukubitirwa imbere ya bagenzi be nk’uko byagendekeye iyi miryango […]

Bebe Cool yahishuye imwe mu mpamvu yanga Bob Wine urunuka

Abahanzi b’ibyamamare muri Uganda Bebe Cool na Bob Wine, nyuma yo guhora barebana ayingwe, kuri ubu Bebe Cool yahamije ko amwanga koko byukuri . Vuba aha nibwo Bebe Cool yashimangiye ku mugaragaro ko yanga Bob Wine ndetse akaba atazanamushyigikira mu bikorwa arimo byo kwiyamamariza kuba mu Nteko Ishingamategeko ya Uganda. Ibi yabitangaje ubwo yumvikanaga kuri […]

Indege y’ Uburusiya yarasiwe muri Syria abayirimo bose barapfa

Indege y’igihugu cy’uburusiya yo mu bwoko bwa kajugujugu ya Mi-8 yarasiwe mu gihugu cya Syiria mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 Kanama 2016 abayirimo batanu bahasiga ubuzima. Iyi ndege yarasiwe mu ntara ya Idlib ubwo yagarukaga ku birindiro by’ingabo z’abarusiya muri iki gihugu ivuye gutanga ibintu ku baturage baherereye Aleppo. Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yemeje […]

Abanyeshuri 4 b’abanyarwanda batawe muri yombi n’ubutasi bw’Uburundi

Abanyeshuri 4 bafashwe kuwa 26 Nyakanga 2016, bakaba bazwi ku mazina ya Protais Ndagijimana, Joseph Hitimana, Matthias Mbarushimana n’undi witwa Joachim. Abatangabuhamya babonye itabwa muri yombi ry’aba basore bemeza ko uwari ugambiriwe ari umunyeshuri wo muri kaminuza ya Ngozi ufite inkomoko mu gihugu cy’u Rwanda. Aba batangabuhamya batangaje ko aba basore bafashwe ubwo batahaga mu […]

Nyuma y’Imyaka 16 bitwa Herumoni bahawe izina rishya Havilah(Igihugu cyuzuye zahabu)

Korale Herumoni yari imaze imyaka 16 yitwa iri izina, yamaze kurisezera yitwa Havilah rizatuma izatandukana nokuyitiranya nizindi . Kuri iki cyumweru tariki ya 31 Nyakanga niho Korale yari isanzwe yitwa Herumoni yo muri ADEPR Kumukenye muri Paruwasi ya Gasave yabonye izina rishya Havilah (rigaragara mu itangiriro 2:11-13) bisobanura mu gihugu gihishwemo ubutunzi bwinshi bwa Zahabu. […]

Papa Francis yamanuye Pele na Maradona azamura Lionel Messi

Umushumba wa kiliziya Gatolika Papa Francis yahishuye ko umukinnyi mwiza ku isi ari Lionel Messi naho Pele na Maradona bakanyujijeho mu bihe byahise ngo bari hasi ye Ibi Papa yabitangaje mu ruzinduko rutagatifu yagiriye mu gihugu cya Poland akanifatanya n’abakirisitu ba kiriziya Gatolika mu isengesho n’urubyiruko bishimira uruhare rugira mu kuzamura imyizerere muri rubanda. Uyu […]

Nijeriya: perezida yafashe ingamba zo guhangana n’isesagura ry’umutungo

Mu rwego rwo guhangana n’isesagura ry’amafaranga mu gihugu cya Nijeriya, perezida w’iki gihugu Muhamadou Buhari yamaze kwemeza itegeko rihana umuntu wese utanga impano z’ibikapu, imipira n’ibindi byanditseho amagambo y’urwibutso mu minsi mikuru yashyizwemo amafaranga na leta. Mu itangazo ryasohowe na minisiteri y’igenamigambi kuwa 31 Nyakanga 2016 ryemejwe na perezida w’iki gihugu rikaba rigamije guhangana n’abasesagura […]

Kurya cyane byatumye Michael Scofield uzwi muri Prison yibohora agahinda gakomeye

Wentworth Miller uzwi nka Michael Scofied akaba yaramenyekanye muri Filime y’uruhererekane yakunzwe cyane “Prison Break, yari amaze iminsi akubwe n’agahinda gakomeye gatuma yigunga kugeza ubwo kamuganisha ku kurya cyane birenze urugero. Mu gihe abandi bakubwa n’agahinda bashaka kwiyahura ndetse abandi bakiyahuza ibiyobyabwenge no kunywa inzoga nyinshi cyane mu rwego rwo kwiyibagiza ibibazo bahuye nabyo,uyu musore […]

Yamanutse metero 7.600 agwa murushundura ari mutaraga

Umunyamerika Luke Aikins yaciye agahigo mu mateka y’ingendo zikorerwa mu kirere ubwo yamanukaga muri Metero ibihumbi 7.600 atiyambaje umutaka,aza kugwa mu rushundura mu kibaya cya Simi muri California. Bwa mbere mu mateka y’abamanuka mu kirere bakoresheje umutaka,Luke Aikins yamanutse nta wo afite,ahareshya na Kirometero 193 urugendo yakoze iminota 2,aba yikubise murushundura rwari hafi aho mu […]

Abanyarwanda bafashije mu iyubakwa rya Kigali Convention Centre bararira ayo kwarika

Abakoze imirimo y’ubwubatsi ku nyubako yakiriye inama y’umuryango w’Afurika yunze ubumwe yabereye mu Rwanda ku nshuro ya 27 mu kwezi gushize, Kigali Convention Centre; baratakambira inzego zitandukanye ngo zibafashe kurenganurwa mu cyo bita ihohoterwa bagiriwe na kampani yo muri Turukiya yitwa Summa yubatse iyi nzu. Kuwa gatatu w’icyumweru gishize abakozi 266 bateraniye ku biro bya […]

Donald Trump yashimagije ubwambure bw’umugore we – AMAFOTO

Donald Trump wiyamamariza kuzayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimagije ubwambure bw’umugore we Melania Trump nyuma y’uko amafoto ye yambaye ubusa yacicikanye mu bitangazamakuru. Mu gushimagiza ubwambure n’ikimero by’umugore we, Donald Trump yagize ati” Melania yari umunyamideli uhiriwe cyane kandi yifotoje kenshi anajya ku binyamakuru byinshi. Amafoto nkariya mu binyamakuru by’iburayi arakundwa cyane.” Amafoto agaragaza […]

Mu burasirazuba hamuritswe igishushanyo mbonera cy'ubukerarugendo

Impuguke z’Abadage zakoze igishushanyo mbonera kigaragaza ahashyirwa ibikorwa by’Ubucyerarugendo mu Turere tugize Intara y’Iburasirazuba zivuga ko gishyizwe mu bikorwa, hakongerwa amahirwe ku bucyerarugendo mu Rwanda. Iki gishushanyo mbonera cy’ubukerarugendo cyamuritswe mu cyumweru gishize kigaragaza ibikorwa bitandukanye byakorerwamo Ubukerarugendo biri mu Turere tugize iyi Ntara. Gisagara Kalim, umwe mu bari mu itsinda ryateguye iki gishushanyo mbonera […]

Netanyahu arashinja u Bufaransa gushyigikira amashyirahamwe atifuza kubaho kwa Israel

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benyamin Netanyahu yanenze guverinoma y’u Bufaransa ayishinja gushyigikira amashyirahamwe atemera kubaho kwa Israel agenda ashishikariza abantu kugirira Israel nabi. U Bufaransa n’ibindi bihugu byo mu Burayi bashyigikiye amashyirahamwe arwanya Israel. Ibi bikaba byatangarijwe mu nama ya buri cyumweru ya guverinoma ya Israel na Minisitiri w’intebe, Benyamin Netanyahu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Yatangaje ko […]

Umutekano n’isuku ni magirirane kugira ngo umuntu abashe gutanga serivisi nziza – IP Nzabonimpa

Polisi y’u Rwanda yasabye abavuga rikumvikana bo mu karere ka Gasabo n’abagatuyemo muri rusange kugira uruhare mu kubungabunga umutekano no kwimakaza isuku, ibi bikaba bigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. Ubu butumwa bukurikira igikorwa cy’ubukangurambaga bw’amezi atandatu ku mutekano n’isuku bwatangijwe mu ntangiro z’Ukwakira uyu mwaka ku bufatanye bw’Umujyi wa Kigali na Polisi y’u Rwanda […]

Dutoze abana bacu umuco wo kuba inyangamugayo no kwimakaza Ubunyarwanda – Jeannette Kagame

Umufasha wa perezida wa repubulika, madamu Jeannette Kagame, kuri iki Cyumweru yifatanyije n’umuryango, Mothers Union muri yubile y’imyaka 50 uyu muryango umaze. Iki gikorwa kikaba cyabereye ku Itorero ry’Abangilikani ku Kibagabaga. Umuryango Mothers Union ugizwe n’abanyamuryango babarirwa muri miliyoni 4 ku Isi yose, ukaba wita ku miryango y’abakirisitu itifashije ndetse ikayikorera ubuvugizi butandukanye. Mu ijambo […]

Butera Knowless yasezeranye na Clement kubana akaramata- AMAFOTO

Umuhanzikazi Butera Jeanne uzwi nka Knowless na Ishimwe Clement bashyize bakura mu rujijo abari bamaze iminsi bibaza igihe bazasezeranira kubana akaramata. Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru taliki 31 Nyakanga 2016 nibwo Knowless yasezeranye na Producer Clement imbere y’amategeko kubana akaramata, uyu muhango ukaba wabereye mu murenge wa Remera akare ka Gasabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba […]

Hatangijwe School Zone Project, umushinga ugamije kurinda abana impanuka

Mu gikorwa cy’umuganda wabaye kuri uyu wa Gatandatu mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gahanga, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ndetse n’umuryango mpuzamahanga w’Abanyakoreya uharanira iterambere KOICA, batangije umushinga uzwi ku izina rya ”School Zone Project.” Ni umushinga ugamije kurinda abana b’abanyeshuri kwibasirwa n’impanuka za hato na hato mu nkengero z’amashuri mu gihe bajya cyangwa […]

Faustin Twagiramungu arashinjwa kuba inyuma yo gucikamo ibice kwa FDLR

Umunyapolitiki Faustin Twagiramungu arashinjwa n’ubuyobozi bwa FDLR gufatanya na Col Wilson Irategeka kuyisenya no gukwirakwiza amatwara yo gucamo abantu bice hashingiwe ku turere. Umwe mu bayobozi b’uyu mutwe witwa Ignace Ntirushwamaboko, yasobanuye imvo n’imvano yo gucikamo ibice kw’umutwe wa FDLR wacitsemo ibice hakavukamo undi mutwe wiswe CNRD washinzwe na Col Wilson Irategeka witandukanyije na FDLR. […]