Mu Burusiya: Abarenga 1300 bamaganye icyemezo cya Putin batawe muri yombi
Abantu 1307 mu Burusiya bamaze gutabwa muri yombi bazira kujya mu myigaragambyo yamagana icyemezo cyâUmukuru wâIgihugu, Perezida Vladimir Putin, cyo kohereza inkeragutabara muri Ukraine. Abatawe muri yombi bemeranya nâibihugu byo mu burengerazuba bwâIsi byamagana ibitero byâu Burusiya muri Ukraine, bisobanura ko ari ubushotoranyi, aho bisaba ko Perezida Putin yahagarika iyi ntambara igiye kumara amezi 7. […]
NESA ivuga ko igihe amanota yâibizamini bya Leta azasohokera kizamenyekana bitarambiranye
Ikigo cyâigihugu gishinzwe ibizamini nâubugenzuzi bwâamashuri, NESA, cyatangaje ko igihe amanota yâabakoze ibizamini bya Leta kizamenyekana mu gihe kitarambiranye. Ni nyuma yâibihuha bikomeje gukwirakwizwa bivuga ku itangazwa ryâaya manota, birimo ibyavugaga ko arasohoka saa yine nâigice zâamanywa yâuyu wa 22 Nzeri 2022. Mu itangazo ishyize hanze mu kanya gashize, NESA yavuze ko aya makuru nâandi […]
Perezida Kagame na Tshisekedi bemeranyije ko ibikorwa bya FDLR na M23 bigomba guhagarara

Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, FĂ©lix Tshisekedi wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) na Emmanuel Macron wâu Bufaransa bemeranyije ko ibikorwa byâumutwe witwaje intwaro wa FDLR na M23 bigomba guhagarara. Ni umwe mu myanzuro bafatiye mu kiganiro bahuriyemo i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa 21 Nzeri 2022, aho […]
Amafoto: Colonel Doumbouya yasuye mugenzi we uyobora Mali

Perezida wâinzibacyuho wa Guinea, Colonel Mamady Doumbouya yasuye mugenzi we uyobora inzibacyuho ya Mali, Colonel Assimi GoĂŻta muri gahunda yâuruzinduko rwo gushimangira ubucuti. Ibiro bya Perezida wa Mali kuri uyu wa 21 Nzeri 2022 byatangaje ibyâuru ruzinduko biti: âPerezida wâinzibacyuho, Nyakubahwa Col. Assimi GoĂŻta yakiriye kuri uyu wa Gatatu Perezida wâinzibacyuho wa Guinea, Col. Mamady […]
Amafoto: Ubwo Tshisekedi yashinjaga u Rwanda gutera RDC, umufasha we na Jeannette Kagame baganiraga

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 20 Nzeri 2022, Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yari mu nteko rusange yâUmuryango wâAbibumbye (UN) i New York ashinja u Rwanda kugaba ibitero mu gihugu cye no gufata umujyi wa Bunagana, ngo rwitwikiriye umutwe witwaje intwaro wa M23. Mu mwanya inteko rusange ya UN […]
Arusha: Abadepite bo mu ishyaka rya Odinga bibasiye Museveni batangiye kuburanishwa
Urukiko rwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba ruri i Arusha muri Tanzania, EACJ, kuri uyu wa 20 Nzeri 2022 rwatangiye kuburanisha abadepite bahagarariye ishyaka ODM rya Raila Odinga mu nteko ishinga amategeko ya Kenya, bigeze kwibasira ubutegetsi bwa Uganda. Muri Kanama 2021, ubwo uruzinduko rwa Dr William Ruto wari Visi Perezida wa Kenya muri Uganda rwaburizwagamo, abadepite […]
New York: Tshisekedi yagaragaje ko FDLR itakiri ikibazo ku Rwanda

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo yatangarije abitabiriye Inteko Rusange yâUmuryango wâAbibumbye (UN) i New York ko umutwe witwaje intwaro wa FDLR utakiri ikibazo ku Rwanda. Ni nyuma yo gushinja u Rwanda kugaba ibitero mu gihugu cye, ngo rwitwikiriye umutwe yise uwâiterabwoba wa M23 umaze amezi atatu ufashe umujyi wa […]
Hahishuwe icyatumye Dr Mpabwanamaguru avugwa muri dosiye ya Bamporiki
Mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, kuri uyu wa 21 Nzeri 2022 hahishuwe icyatumye umuyobozi wungirije wâumujyi wa Kigali ushinzwe imyubakire, Dr Merard Mpabwanamaguru, avugwa muri dosiye ya Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâurubyiruko nâumuco. Bamporiki yasubiye muri uru rukiko kugira ngo atangire kuburanishwa mu mizi icyaha cyo kwakira indonke no gukoresha ububasha […]
Lt Gen. PhilĂ©mon Yav akekwaho gukorana nâigihangange cyo hanze
Lieutenant General PhilĂ©mon Yav Irung usanzwe ari komanda wâibikorwa bya gisirikare byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, amaze iminsi ibiri muri gereza nkuru ya Makala. Amakuru yâibanze yagiye hanze nyuma yâamasaha make atawe muri yombi nâurwego rushinzwe ubutasi, yavugaga ko akurikiranweho ubugambanyi bukomeye no gushaka guhirika ubutegetsi buriho. Andi makuru avuga […]
Depite Babu Owino yatangaje ko Visi Perezida wa Kenya agaragara nka Mudugudu

Umudepite uhagarariye agace ka Embakasi East mu nteko ishinga amategeko ya Kenya, Babu Owine, yatangaje ko Visi Perezida wâiki gihugu, Rigathi Gachagua, agaragara nkâumuyobozi wâumudugudu. Yabitangarije umunyamakuru Vincent Mboya mu kiganiro bagiranye kuri uyu wa 19 Nzeri 2022, ubwo yamubazaga ku buryo abonamo Rigathi wasekeje abitabiriye umuhango wâirahira ryâUmukuru wâIgihugu, asubirishwamo indahiro. Uyu mudepite yagize […]
Goma: Byemejwe ko General Tshinkobo yishwe nâuburozi, Colonel ukekwa atabwa muri yombi
Ibizamini byafashwe nâumuganga wa Leta ukorera mu bitaro bya kaminua ya Bukavu, Prof. Alumeti Munyali DĂ©sirĂ©, byagaragaje ko Brigadier General Ghislain Tshinkobo Mulamba uherutse gupfira mu mujyi wa Goma yishwe nâuburozi bukaze. Brig. Gen. Tshinkobo wari komanda wâakarere ka 34 ka gisirikare gaherereye mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, yapfuye tariki ya 16 Kanama 2022. Amakuru […]
Leta ya Uganda yemeje ko hongeye kuboneka Ebola
Minisiteri yâubuzima ya Uganda kuri uyu wa 20 Nzeri 2022 yatangaje ko muri iki gihugu hongeye kuboneka umurwayi wâicyorezo cya Ebola. Iyi Minisiteri yasobanuye ko uyu murwayi yabonetse mu karere ka Mubende, ndetse ngo yamaze gupfa. Iti: âUganda iremeza icyorezo cya Ebola mu karere ka Mubende. Umurwayi wabonetse ni umugabo wâimyaka 24 yâamavuko. Yagaragaje ibimenyetso, […]
Lt Gen. Yav Philémon wari warahigiye kurandura M23 yatawe muri yombi
Lieutenant General PhilĂ©mon Yav Irung wari uherutse gusaba Leta ya Uganda gufasha Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kurandura umutwe witwaje intwaro wa M23, yaraye atawe muri yombi. Amakuru aturuka mu banyamakuru bo muri RDC avuga ko Gen. Yav usanzwe ari komanda wa zone ya 3 yâigisirikare cyâigihugu nâibikorwa byâigisirikare mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru […]
Cyamunara y’inzu ya Frw miliyoni 16 yari igiye kuba kubera umwenda wa Frw 68.000 yaburijwemo
Abayobozi bo mu karere ka Muhanga ku bufatanye nâabahagarariye urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa 19 Nzeri 2022 baburijemo cyamunara yari igiye kuba yâinzu ifite agaciro kâamafaranga yâu Rwanda miliyoni 16 kubera umwenda wâibihumbi 68. Iyi nzu ya Minani ThĂ©oneste na Murekasenge Denyse babyaranye abana 8 iherereye mu kagari ka Mubuga, umurenge wa Shyogwe. […]
Perezida Ndayishimiye yakomeje kugirira icyizere Maj. Gen. Nduwumunsi na Col. Nzigamasabo
Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yakomeje kugirira icyizere Major General Nduwumunsi Audace na Colonel Nzigamasabo Corneille basanzwe ari abayobozi muri Minisiteri yâingabo nâabahoze mu ngabo. Nkâuko bigaragara muri kopi yâicyemezo Perezida Ndayishimiye yashyizeho umukono tariki ya 16 Nzeri 2022, Maj. Gen. Nduwumunsi yagumye ku mwanya w’umunyamabanga uhoraho muri iyi Minisiteri. Col. Nzigamasabo na […]
Abakuru bâibihugu bidakomeye bari barategujwe ko bazatwarwa na âbisiâ bajya gusezera Elizabeth II

Abakuru bâibihugu bidakomeye ku Isi bamaze iminsi barahawe integuza ko bazatwarwa na za bisi bajya mu muhango wo gusezera bwa nyuma ku mwamikazi wâu Bwongereza, Elizabeth II, uherutse gutanga. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 19 Nzeri 2022, uteza impaka kubera impamvu zirimo kuba hari abakuru bâibihugu barimo Perezida wa Kenya, Dr William Ruto na […]
U Burundi bwamaganye uburyo ingoma zabwo zakoreshejwe mu gitaramo cyabereye muri Uganda

Guverinoma yâu Burundi yamaganye uburyo ingoma ndangamuco zayo zakoreshejwe mu gitaramo cyitwa Nyege Nyege cyabereye muri Uganda mu mpera zâicyumweru gishize. Minisiteri yâu Burundi ishinzwe ibikorwa bya EAC, urubyiruko nâumuco kuri uyu wa 18 Nzeri 2022 yatangaje ko yakurikiranye uburyo izi ngoma zakoreshejwe muri iki gitaramo kandi ngo ntizihanganira abakoresha nabi imigenzo y’u Burundi. Yagize […]
Umukuru wa UN yashimangiye ko M23 ifite ibikoresho bihambaye kurusha MONUSCO
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye (UN), Antonio Guterres, yashimangiye ko umutwe witwaje intwaro wa M23 ufite ibikoresho bihambaye kurusha ingabo zâuyu muryango ziri mu butumwa bwâamahoro muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSCO. Guterres yabivugiye mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru wa France 24 nâuwa radiyo mpuzamahanga yâAbafaransa, RFI, kuri uyu wa 18 Nzeri 2022. Abajijwe ku myigaragambyo […]
Urubanza rwa Bamporiki rutabaye, Ndimbati wasabiwe gufungwa imyaka 25 nâamafaranga yâishuri yagabanyijwe: inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Nzeri 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zitandukanye, zirebana nâubutabera, imibereho yâabaturage ndetse nâimyidagaduro. Harimo ko: Ndimbati yasabiwe gufungwa imyaka 25 Ubushinjacyaha tariki ya 13 Nzeri bwasabiye umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati guhamywa icyaha cyo gusambanya umwana no kumusindisha, rukamukatira igifungo cyâimyaka 25. Ni mu gihe Ndimbati yatangiraga kuburana […]
REG BBC yegukanye igikombe cya shampiyona irusha Patriots

REG BBC yegukanye igikombe cya shampiyona yâu Rwanda ya Basketball, irusha Patriots BBC nyuma yâimikino itanu amakipe yombi agundagurana. Mu mikino ine ya kamarampaka, buri kipe yatsinze imikino ibiri, biba ngombwa ko hitabazwa umukino wa gatanu wabaye kuri uyu wa 18 Nzeri 2022. Uyu mukino wa nyuma REG yawutsinze ku manota 84 kuri 74 ya […]
General Badi abona kuyobora Nairobi bigoye kurusha kuyobora ingabo ziri ku rugamba
Lieutenant General Mohammed Badi uyobora urwego rushinzwe ibikorwa byâiterambere mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, yatangaje ko kuwuyobora bigoye kurusha kuyobora ingabo ziri ku rugamba. Ubwo yari mu nama kuri Ambasade yâu Buhinde kuri uyu wa 17 Nzeri 2022 nkâuko ikinyamakuru Kenyans cyabitangaje, Gen. Badi yasobanuye ko akurikije uko yayoboye ingabo zari mu butumwa bwâamahoro […]
Zelensky yifurije ingabo zâu Burusiya kuruhuka
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, abona yarabujije ingabo zâu Burusiya amahwemo ku buryo azifuriza guhagarika intambara zashoje ku gihugu cyabo, zikaruhuka. Uyu Mukuru wâIgihugu yabitangarije mu kiganiro yagiranye nâibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, cyabereye mu biro bye ku wa 16 Nzeri 2022. Iki kiganiro cyabaye nyuma yâaho ingabo za Ukraine zimaze iminsi zisubiza tumwe mu duce […]
Urubyiruko rurenga ibihumbi 18 rugiye kwinjizwa muri FARDC
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse kwemeza umushinga wo kuvugurura igisirikare cyâigihugu, FARDC, aho urubyiruko 18,200 ruzinjizwamo hagati yâumwaka wâ2022 nâ2025. Uyu mushinga watangiye gushyirwa mu bikorwa muri Kanama 2022, uzaba urimo kongerera ubushobozi FARDC mu bijyanye nâibikoresho ndetse nâubumenyi, ku buryo izashobora kurinda umutekano wâigihugu. Hateganyikwe kubaka ibigo birimo ishuri rikuru rizajya […]
Mu Bubiligi: Abacamanza 55 bafunzwe kugira ngo basogongere ku mibereho yâimfungwa
Abacamanza 55 bo mu Bubiligi bafungiwe muri gereza yo mu murwa mukuru, Bruxelles, guhera kuri uyu wa 17 kugeza kuri uyu wa 18 Nzeri 2022 kugira ngo basogongere ku mibereho yâimfungwa nâabagororwa. Leta yâu Bubiligi, nkâuko ibiro ntaramakuru byâAbafaransa bwabitangaje, yasobanuye ko aba bacamanza bâabakorerabushake, bafungiwe muri gereza nshya ya Haren kuva saa tatu zâigitondo, […]
Kasuku yavuze ko ‘ya videwo’ yâumuhanzi Bwiza ishobora kuba ihari cyangwa idahari
Kasuku cyangwa Jay Squeezer umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga, yatangaje ko amashusho byahwihwishwe ko agaragaza umuhanzi Bwiza EmĂ©rance asambana, ashobora kuba ahari cyangwa adahari. Kasuku aherutse gutangaza ko ashobora gushyira ku karubanda amashusho agaragaza uyu muhanzi asambana, Bwiza amusubiza ko nta mafaranga ateze kumuha, bityo ngo akore icyo ashaka. Ikinyamakuru BWIZA cyagiranye ikiganiro nâuyu muhanzi, kimubaza […]
Goma: Hari gutegurwa ibiro bikuru byâingabo za EAC

Mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) hari gutegurwa ibiro bikuru byâingabo zâibihugu bigize umuryango wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba, EAC, zizajyayo kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Ibi biro biri mu igorofa byamaze gushyirwaho ibirango bya EAC, amabendera yâibihugu bigize uyu muryango byose uko ari 7: RDC, u Rwanda, u Burundi, Uganda, Tanzania, […]
Papa Francis yatangaje igihe ashobora kugerera mu burasirazuba bwa RDC
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yatangaje igihe ashobora kugerera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Papa Francis yabimenyesheje abanyamakuru kuri uyu wa 15 Nzeri 2022 ubwo yari avuye mu ruzinduko rwâiminsi itatu yagiriraga muri Kazakhstan. Abajijwe ku nzinduko ateganya mu gihe kiri imbere, yasubije ko mu Gushyingo 2022 azajya muri Bahrain, […]
Uburayi bwitambitse umushinga wa Uganda na Tanzania wo kubaka umuyoboro wa peteroli
Inteko ishinga amategeko yâumuryango wâUbumwe bwâUburayi (EU) yasabye Uganda na Tanzania guhagarika iyubakwa ryâumuyoboro mugari wâibikomoka kuri peteroli uhuza ibi bihugu. Abagize iyi nteko bateranye kuri uyu wa 15 Nzeri 2022, basobanuye ko uyu mushinga wagizwemo uruhare nâabakuru bâibihugu byombi ubangamira uburenganzira bwâikiremwamuntu kandi ngo ushyira mu kaga ibidukikije. Baboneyeho gusaba ibihugu bigize EU kudaha […]
USA yashimiye Perezida Ruto kuba yahaye Kenyatta inshingano
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zashimiye Perezida mushya wa Kenya, Dr William Ruto, kuba yahaye Uhuru Kenyatta yasimbuye inshingano yo kuyobora ibiganiro byâamahoro mu karere. Tariki ya 13 Nzeri 2022 ubwo yari amaze kurahirira kuyobora Kenya, Perezida Ruto yatangaje ko yasabye Kenyatta gukomeza kuyobora ibiganiro byâamahoro muri Ethiopia no mu karere kâibiyaga bigari, na […]
Ukraine: Bobi Wine yageze mu gace ka Bucha kagabweho ibitero bikomeye

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu, Bobi Wine, utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Uganda, yageze mu gace ka Bucha muri Ukraine kagabweho ibitero bikomeye nâingabo zâu Burusiya. Ibitero muri aka gace byabaye muri Werurwe 2022. Ubwo ingabo zâu Burusiya zagasohokagamo, hashyizwe hanze amafoto nâamashusho bigaragaza imirambo myinshi yâabasivili bishwe yari irambaraye mu mihanda yaho ndetse nâibikorwaremezo byatwitswe. Ni […]
Meya wa Gasabo avuga ko buri wese utuye Bannyahe aragira ubushake bwo kwimukira mu Busanza
Umuyobozi nshingwabikorwa wâakarere ka Gasabo, Umwali Pauline, avuga ko buri wese utuye mu gace ka Bannyahe aragira ubushake bwo kwimukira mu nyubako ziri mu Busanza. Nyuma yâigihe abanze kwimukira mu Busanza batumvikana nâabayobozi mu mujyi wa Kigali no muri guverinoma, mu gace ka Bannyahe kuri uyu wa 15 Nzeri 2022 hagaragaye abo mu nzego zishinzwe […]
Umuhanzikazi Bwiza yatangaje ko amashusho bihwihwiswa ko amugaragaza asambana ‘atabaho’

Umuhanzikazi Bwiza EmĂ©rance uri mu bakunzwe mu Rwanda yatangaje ko amashusho byahwihwishwe ku mbuga nkoranyambaga ko amugaragaza asambana atabaho, ayagereranya nâinkuru ishushanyije. Uwitwa Kasuku cyangwa Jay Squeezer umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga, yatangarije kuri Instagram ko afite amashusho agaragaza uyu muhanzikazi asambana, amumenyesha ko ashobora kuyashyira ku karubanda. Uyu muhanzikazi na we yaje gutangariza ku mbuga […]
Nawe wahawe urubuga ngo wihanganishe umuryango wâUmwamikazi Elizabeth II
Umuryango wo mu bwami bwâu Bwongereza wamenyesheje buri wese ko hari uburyo bwo kohereza ubutumwa bwo kuwihanganisha, mu gihe uri mu kiriyo cy’itanga ryâumwamikazi Elizabeth II. Itangazo washyize kuri Twitter rirabisobanura riti: âAho uri hose ku Isi, ushobora kohereza ubutumwa bwo kwihanganisha mu rwego rwo kwibuka nyakubahwa Umwamikazi ku rubuga rwacu.â Ukigera ku rubuga, ubona […]
Leta ya Kenya igiye kubazwa impamvu yaburijemo uruzinduko rwa Perezida Ruto
Urukiko rwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba ruzwi nka EACJ rwatumijeho intumwa nkuru ya Leta ya Kenya, Paul Kihara Kairuki, kugira ngo asobanure impamvu uruzinduko Perezida William Ruto yagombaga kugirira muri Uganda mu mwaka ushize rwaburijwemo. Umwanditsi wungirije wâuru rukiko, Christine Mutimura Wekesa, yamenyesheje Kihara ko Leta ya Kenya igomba kwisobanura tariki ya 20 Nzeri 2022, kandi […]
Depite Mukabunani yemeza ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cya Bannyahe
Umudepite uhagarariye ishyaka PS Imberakuri mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda, Mukabunani Christine, avuga ko Leta yagize intege nke mu gukemura ikibazo cyâabatuye mu gace kitwa Bannyahe, akagari ka Nyarutarama, umurenge wa Remera, banze kwimukira mu nyubako zubatswe mu Busanza. Hashize igihe kinini abaturage bamwe banze kujya mu nyubako zo mu Busanza batumvikana nâubuyobozi bw’umujyi […]
Abayobozi bo mu Burusiya barenga 10 barimo abadepite batangije ubukangurambaga busaba Putin kwegura
Abayobozi mu nzego zâibanze 19 bo mu Burusiya barimo abadepite nka Ksenia Torstrem uhagarariye akarere ka St Petersburg batangije ubukangurambaga busaba Perezida wâiki gihugu, kwegura ku nshingano ye. Ubu bukangurambaga bwatangajwe ku wa 12 Nzeri 2022 mu buryo bwo gusaba (petition), bwamagana intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine bitegetswe na Perezida Putin, bityo ngo akwiye […]
Nta shuri ryisumbuye rya Leta ricyemerewe kwishyuza arenga Frw 85000 ku gihembwe

Guverinoma yâu Rwanda yashyizeho ibiciro ntarengwa byâamafaranga yishyurwa ku gihembwe mu mashuri yâincuke, abanza nâayisumbuye yaba aya Leta cyangwa aterwa inkunga na Leta. Minisitiri wâuburezi, Dr Valentine Uwamariya, mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 14 Nzeri 2022, yasobanuye ko mu mashuri yisumbuye, nta ryemerewe kwishyuza amafaranga yâu Rwanda arenga 85000 ku biga badataha, ku […]
Gen. Ndima yatangaje ko FARDC iri mu nzira yo kwambura M23 Bunagana
Guverineri wâintara ya Kivu yâAmajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen. Constant Ndima, yatangaje ko umujyi wa Bunagana ugomba kwamburwa umutwe witwaje intwaro wa M23 ku kiguzi icyo ari cyo cyose, kandi ngo biri mu nzira. Uyu musirikare yabimenyesheje abanyamakuru mu kiganiro cyabereye mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 13 Nzeri 2022. Ati: âTugiye […]
Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na Léon Mugesera
Umuvugizi wungirije wa guverinoma yâu Rwanda, Alain Mukuralinda, yagize icyo avuga ku muturage wo mu gace ka Bannyahe mu kagari ka Nyarutarama mu karere ka Gasabo witwa Shikama Jean de Dieu wamugereranyije na LĂ©on Mugesera wakanguriye abaturage gukora jenoside. Shikama aherutse gukwirakwiza ijwi ku mbuga nkoranyambaga rumvikanamo amagambo arimo agira ati: âNkimara kumva amagambo yavuzwe […]
Bobi Wine yageze muri Kyiv muri gahunda yo gushyigikira Ukraine

Umunyapolitiki wo muri Uganda utavuga rumwe nâubutegetsi, Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye nka Bobi Wine, yageze mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, muri gahunda yo gushyigikira iki gihugu mu ntambara kirimo nâu Burusiya. Bobi Wine kuri uyu wa 13 Nzeri 2022 yatangaje ati: âMuri Kyiv-Ukraine kugaragaza ubufatanye nâabantu bo muri Ukraine nâubuyobozi buhanganye nâurugomo no gufata […]
NIDA yasobanuye uko byagenze ngo indangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka w’5202

Ikigo cyâigihugu gishinzwe indangamuntu, NIDA, cyasobanuye uko byagenze ngo ku ikarita ndangamuntu igaragaze ko nyirayo yavutse mu mwaka wâ5202 kandi utaragera. Iki ni kimwe mu bibazo iki kigo cyabajijwe nâabadepite bagize komisiyo yâubugenzuzi, PAC, kuri uyu wa 13 Nzeri 2022, byari bishingiye ku makosa yagaragaye mu mikorere yacyo mu bihe byashize. Depite Murara Jean Damascene […]
Perezida Ruto yasabye Kenyatta kuyobora gahunda yo kugarura amahoro mu karere
Perezida mushya wa Kenya, Dr William Ruto, yasabye Uhuru Kenyatta yasimbuye ku mwanya wâUmukuru wâIgihugu ko yakomeza kuyobora ibiganiro bigamije kugarura amahoro nâumutekano muri Ethiopia no mu karere kâibiyaga bigari, na we arabimwemerera. Mu ijambo rye ryakurikiye umuhango wo kurahira no gushyikirizwa ububasha wabereye kuri sitade ya Kasarani kuri uyu wa 13 Nzeri 2022, Perezida […]
Burundi: Colonel Nyandwi yagizwe umuyobozi wâibiro bya Minisitiri wâIntebe
Colonel de Police Nyandwi Datus yagizwe umuyobozi wâibiro bya Minisitiri wâIntebe mushya wâu Burundi, Gervais Ndirakobuca. Ni icyemezo cyafashwe na Perezida Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa 12 Nzeri 2022, kimenyeshwa Minisitiri wâIntebe. Kuri iyi nshingano, Col. Nyandwi azungirizwa na Prof. Nimubona FrĂ©dĂ©ric. Ubusanzwe Col. Nyandwi yari yungirije Ndirakobuca mu gihe yari Minisitiri wâumutekano wâimbere nâiterambere […]
Ndimbati yaburaniye muri gereza, asabirwa gufungwa imyaka 25

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye nka Ndimbati Moustapha, kuri uyu wa 13 Nzeri 2022 yatangiye kuburana mu mizi ibyaha ashinjwa birimo gusambanya umwana n’icyo kumunywesha inzoga. Ni urubanza rwabereye mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, ariko uyu mufungwa we aburanira muri gereza ya Nyarugenge afungiwemo akoresheje ikoranabuhanga rihuza amashusho. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Ndimbati […]
Colonel Damiba uyobora Burkina Faso yirukanye Minisitiri w’Ingabo, yiyemeza kwikorera inshingano zombi

Perezida wâinzibacyuho wa Burkina Faso, Lt Col. Paul Henri Sandaogo Damiba yirukanye Minisitiri wâingabo, Brig. Gen. AimĂ© BarthĂ©lemy SimporĂ©, yiyemeza kwikorera izi nshingano zombi. Nkâuko France 24 ibivuga, itangazo ryaturutse mu biro bya Perezida Damiba ryatambutse kuri televizi yâigihugu kuri uyu wa 12 Nzeri 2022, ryagize riti: âPerezida yafashe inshingano ya Minisitiri wâingabo nâabahoze mu […]
Julius Malema yajyanye umuherwe mu rukiko nyuma y’aho amwise inyenzi
Julius Malema uyobora umuryango uhirimbanira ubwisanzure mu bukungu, EFF (Economic Freedom Fighters) yajyanye umuherwe Kenny Kunene mu rukiko rwâiwabo muri Afurika yâEpfo, nyuma yâaho amwise inyenzi. Kunene wungirije umuyobozi wâishyaka PA (Patriotic Alliance) mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo eNCA cyari cyerekeye amatora mu nzego zâibanze yabaye mu mwaka ushize, yavuze ko agiye guhangana na Malema, […]
Burundi: Inzego zâumutekano zaba zategetswe kutemerera Bunyoni nâabandi baherutse kweguzwa gusohoka igihugu
Abashinzwe umutekano ku mipaka mu Burundi biravugwa ko bahawe amabwiriza yo kutemerera Alain-Guillaume Bunyoni nâabandi bayobozi baherutse kweguzwa gusohoka muri iki gihugu. Ikinyamakuru The East African kivuga ko aya makuru cyayahawe mu gihe bihwihwiswa ko Bunyoni yaba afite umugambi wo guhungira muri Tanzania bitewe nâuko ngo bashobora kugezwa mu butabera. Abagomba gukumirwa barimo: Bunyoni, ba […]
Umukuru w’Inteko y’u Burundi yateguje ko uzarwanya Perezida Ndayishimiye azahura n’umujinya w’Imana

Umukuru wâinteko ishinga amategeko yâu Burundi, Gelase Daniel Ndabirabe, yateguje uwo ari we wese uzarwanya ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye ko azahura nâumujinya wâImana. Ndabirabe yabivugiye mu iteraniro yitabiriye mu rusengero rwa Eglise de Rocher du Burundi kuri uyu wa 11 Nzeri 2022. Yafashe ijambo, asobanura gahunda Perezida Ndayishimiye afite ku butegetsi bwe zirimo: kurwanya […]
Lt Gen. Proscovia yahishuye uruhare rwe mu ifungwa rya Sipapa wiyitaga inshuti magara ya Museveni
Lieutenant General (Rtd) Proscovia Nalweyiso uherutse kujya mu kiruhuko cyâizabukuru, yahishuye uruhare yagize mu ifungwa rya Charles wamenyekanye nka Sipapa, watinywaga nâabo mu nzego zâumutekano kubera ko yababeshyaga ko ari inshuti magara ya Perezida Yoweri Museveni. Sipapa wakunze kugaragara afite imodoka zihenze cyane, amaze iminsi avugwa mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, ashinjwa ibikorwa byâurugomo […]
William Ruto: Nta shoramari rizongera gufungwa kubera kunanirwa kwishyura umusoro
Dr William Ruto ugiye kuba Perezida wa Kenya yatangaje ko ku buyobozi bwe nta muntu uzongera guhagarikirwa ishoramari rye (business) azira kunanirwa kwishyura imisoro. Uyu muyobozi wahoze ari Visi Perezida wa Kenya yabitangaje kuri uyu wa 11 Nzeri 2022, ubwo yasobanuraga ku mavugurura ateganya gukora mu rwego rwâubukungu bwâigihugu. Ni mu gihe yari mu iteraniro […]
Lieutenant Niyonkuru watutse Ndayishimiye amuziza kwirukana Bunyoni arafunzwe
Umusirikare wâu Burundi ufite ipeti rya Lieutenant, Joseph Niyonkuru, arafunzwe azira kwandagaza Umukuru wâIgihugu, Evariste Ndayishimiye ngo kuko yirukanye Alain-Guillaume Bunyoni ku mwanya wa Minisitiri wâIntebe. Amakuru aturuka mu Burundi avuga ko ubwo Bunyoni yasimbuzwaga Gervais Ndirakobuca tariki ya 9 Nzeri, Lt Niyonkuru yashyize ku mbuga nkoranyambaga ijwi ririmo ibitutsi byibasira Perezida Ndayishimiye. Uyu musirikare […]
Iraswa ryâumusore wâi Rubavu, ifungwa rya Irangabiye wabaga mu Rwanda n’itanga rya Elizabeth II: inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 5 Nzeri 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zibanda kuri politiki, ubutabera nâumutekano. Harimo ko: Urukiko rwashimangiye intsinzi ya William Ruto Urukiko rwâikirenga rwo muri Kenya tariki ya 5 Nzeri rwashimangiye icyemezo cya komisiyo ishinzwe amatora cyâuko William Ruto ari we wegukanye amatora yâUmukuru wâIgihugu yabaye muri Kanama. Ni nyuma yâikirego cyari […]
Munyarugero yagizwe Umuvugizi wungirije wa M23
Umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) washyizeho Umuvugizi wungirije ku rwego rwa politiki witwa Canisius Munyarugero. Ni icyemezo cyafashwe kuri uyu wa 11 Nzeri 2022 nâumuyobozi wâuyu mutwe ku rwego rwa politiki, Bertrand Bisimwa, asobanura ko byakozwe mu rwego rwo kunoza itumanaho ryabo. Yagize ati: âUmuvandimwe […]
Meya wa Gasabo ku bo muri Bannyahe: Ingurane zirahari, tuzubahiriza icyemezo cyâurukiko

Umuyobozi Nshingwabikorwa wâakarere ka Gasabo, Umwali Pauline, yamenyesheje abatuye mu gace ka Bannyahe banze kwimukira mu nzu umujyi wa Kigali wubatse i Busanza, ko urukiko nirwanzura ko bagomba guhabwa ingurane bazazihabwa kuko zihari. Uyu muyobozi yabivuze tariki ya 9 Nzeri 2022 ubwo yari yasuye aba baturage, nyuma yo kwakira ibibazo nâibyifuzo byabo, byibandaga ku kuba […]
U Rwanda rwifurije Ethiopia umwaka âmushya muhire wâ2015â
Ambasade yâu Rwanda muri Ethiopia yifurije iki gihugu umwaka mushya muhire wâ2015 watangiye kuri uyu wa 11 Nzeri 2022, hashingiwe ku ngengabihe (calendar) isanzwe. Iyi Ambasade yagize iti: âAmbasade ya Repubulika yâu Rwanda muri Ethiopia irabifuriza umwaka mushya mwiza wâ2015. Melkam Addis Amet.â Ethiopia igira ingengabihe yihariye ituma isigara inyuma imyaka 7 ugereranyije nâingengabihe isanzwe. […]
Vital Kamerhe yashyiriweho umurongo ntarengwa ku ruzinduko aragirira i Goma
Perezida wâishyaka UNC wanabayeho umuyobozi wâibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Vital Kamerhe, yashyiriweho umurongo ntarengwa ku ruzinduko aragirira mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 12 Nzeri 2022. Uyu munyapolitiki uherutse gusohoka muri gereza yari amazemo imyaka ibiri, aherutse gutangaza ko agiye kugirira uruzinduko mu burasirazuba bwa RDC, ahereye mu […]
ApĂŽtre Mutabazi yatunguranye mu nama yambaye rugabire ya Frw 2000 nâisengeri

ApĂŽtre Mutabazi Kabarira Maurice yatunguranye mu nama ye nâabafana ndetse nâinshuti ze, ayitabira yambaye rugabire avuga ko yaguze amafaranga yâu Rwanda (Frw) 2000 ndetse nâisengeri. Mutabazi utanga ibitekerezo bitavugwaho rumwe, amaze iminsi asabye abafana nâinshuti ko bahurira mu nama yise âFearless Season 1â (icyiciro cya mbere cyo gushira ubwoba) muri hoteli La Palisse Nyamata mu […]
Mbere yo gufungwa, Shikama washinje Leta gutegura jenoside kuri Bannyahe yasize âarazeâ
Urwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa 10 Nzeri 2022 rwatangaje ko rwataye muri yombi Shikama Jean de Dieu utuye mu gace ka Bannyahe mu kagari Nyarutarama, umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, rumukurikiranyeho ibyaha bibiri birimo icyo gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi no kubiba amacakubiri. Uyu mugabo mbere yo gutabwa muri yombi, yumvikanye […]
Kinshasa: Hasinywe amasezerano yemerera ingabo za EAC gushoza intambara ku nyeshyamba

Mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Kinshasa, kuri uyu wa 8 Nzeri 2022 hasinywe amasezerano yemerera ingabo zâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), gutangiza intambara ku mitwe yitwaje intwaro ikorera muri iki gihugu. Aya masezerano yasinywe nâUmunyamabanga Mukuru wa EAC, Dr Peter Matuku Mathuki ndetse na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa […]
Haribazwa ku hazaza h’abagize akanama kâumutekano batacanaga uwaka na Ruto

Ahazaza kâabagize akanama gashinzwe umutekano ka Kenya batacanaga uwaka na Dr William Ruto uherutse kwegukana intsinzi mu matora yâUmukuru wâIgihugu hakomeje kwibazwaho. Aka kanama kazwi nka NSC (National Security Council) kagizwe nâabarimo Visi Perezida, Umugaba Mukuru wâingabo, umwungirije, Umuyobozi Mukuru wa Polisi, ukuriye ubutasi, Minisitiri wâUmutekano na Minisitiri wâingabo. Umuyobozi Mukuru wako aba ari Umukuru […]