AFC/M23 yafungiye ibirindiro i Kamanyola nyuma yo gusubira inyuma ibilometero 70

Nyuma yo kuva bwa mbere, ku wa Mbere, itariki 11 Gicurasi, i Sange bajya i Luvungi, abarwanyi ba AFC / M23 bakomeje gusubira inyuma kwabo ku wa Kabiri, itariki ya 12 Gicurasi, ku muhanda wa Uvira-Bukavu, bahagarara i Kamanyola, mu bilometero 70 mu majyaruguru ya Uvira. Nyuma y’ibi, Ingabo za DRC zatangaje ko zinjiye muri […]
Gufatira u Rwanda ibihano rusange nk’uko Amerika yabigenje ntacyo byatanga: Perezida Macron

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje ko gufatira u Rwanda ibihano rusange mu buryo bwihuse bikurikije umurongo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatanga âamahirwe make yo gutuma u Rwanda rugirana ubufatanye nâamahangaâ. Umukuru w’Igihugu cy’u Bufaransa yabigarutseho mu kiganiro aheruka guhera n’ibitangazamakuru bya RFI na France 24 i Nairobi muri Kenya, aho yari yitabiriye […]
Abahoze mu mitwe yiganjemo FDLR bihaye umukoro nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Abasore nâinkumi bakuriye mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko uwa FDLR, bavuga ko muri iyo mitwe bigishwaga ivangura nâingengabitekerezo yo kwanga u Rwanda, gusa kuri ubu bakaba bashima Guverinoma yâu Rwanda yahisemo kubigisha ubumwe nâubudaheranwa bwâAbanyarwanda nyuma yo gutahuka mu gihugu. Babigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki […]
Vestine yabyariye muri Canada

Ishimwe Vestine, umwe mu bagize itsinda rya âVestine & Dorcasâ, yibarutse umwana wâumukobwa muri Canada aho amaze igihe atuye. Amakuru avuga ko uyu mwana yavutse muri Werurwe 2026 mu Mujyi wa Vancouver, bivuze ko ubu amaze hafi amezi abiri avutse. Vestine yasigaye muri Canada nyuma yâibitaramo itsinda rye ryari ryahakoreye mu mpera za 2025, mu […]
Abanyarwanda bari mu barwanyi ba FDLR mu nzira zo kugera mu Rwanda babifashijwemo na Col. Kazarama wa M23

Bamwe mu banyarwanda 17 bari bamaze igihe bari kumwe n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR ukorera mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari mu nzira zo gutahuka mu gihugu nyuma y’ubukangurambaga bakorewe na Col. Kazarama wa AFC/M23. Col. Vianney Kanyamuhanda Kazarama wahoze ari umuvugizi wa M23, kuri ubu nyuma yo gusubira muri uyu mutwe mu […]
Irahira rya Museveni: Umusirikare wa Uganda yatanduye ikoti rya ‘bodyguard’ wa Perezida Salva KiirÂ

Umwe mu bagabo b’ibigango bacungira umutekano Perezida Salva Kiir Mayardit wa Sudani y’Epfo, yaciriweho ikoti n’umusirikare wo mu ngabo za Uganda ubwo yari arinze sebuja werekezaga mu birori by’irahira rya Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda. Byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Gicurasi, ubwo Perezida Kiir yarimo yinjira ku kibuga cy’ibirori cya Kololo […]
Nigeria: Abagera ku 100 biciwe mu gitero cyagabwe ku isoko

Kuri uyu wa Kabiri, Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, watangaje ko byibuze abasivili 100 baguye mu gitero cyâindege cy’Igisirikare cya Nigeria ku isoko ryuzuye abantu mu majyaruguru yâiburengerazuba bwa Leta ya Zamfara. Iki gitero cyâindege cyibasiye isoko ryitaruye rya Tumfa riherereye mu Karere ka Zurmi, ku Cyumweru, biravugwa ko ari icya kabiri cyahitanye […]
Yari umunyamakuru i Kigali none ubu ari gucunga imfungwa muri Amerika

Kamatari Murenzi uzwi nka MC Murenzi cyangwa MC Nzi, yamaze kwinjira mu kazi kâubucungagereza mu Mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo gusoza amasomo yabimutozaga. Amakuru avuga ko yari amaze igihe akurikirana aya masomo ndetse ko yayarangije vuba aha ahita atangira inshingano nshya nkâumucungagereza. MC Murenzi ni umwe mu banyamakuru […]
Operation Fortune: Inkuru yâIntasi Garboâ Yashutse Abanazi Ikabahindura Ibipupe mu Ntambara ya Kabiri yâIsi

Mu mateka yâIntambara ya Kabiri yâIsi, hari ibikorwa byinshi byâibanga byahinduye icyerekezo cyâurugamba, ariko bike byasize amateka nkâigikorwa cyiswe Operation Fortune, cyayobowe nâintasi yâicyamamare Juan Pujol GarcĂa uzwi cyane ku izina rya Garbo. Uyu mugabo wâUmunya-Espagne, utarufite amahugurwa ya gisirikare, yabaye intwaro ikomeye mu gutsinda Abanazi. Intasi yavutse ku bwâimpamvu zidasanzwe Mu gihe Intambara ya […]
Minembwe: Drones zibasiye ibice bituwe mu gihe wazalendo iri kwihorera aho M23 yavuye

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 12 Gicurasi 2026, guhera saa moya kugeza saa yine za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye igitero simusiga ku baturage bâabasivili i Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo. Uturere dutuwe cyane twa Gakenke na Bidegu twibasiwe nâibisasu byatewe hakoreshejwe drone ya kamikaze, bituma abantu bahasiga ubuzima ndetse abasivili […]
Museveni yarahiriye kuyobora Uganda muri manda ya 7

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yarahiriye gukomeza kuyobora iki gihugu muri manda ya karindwi, nyuma yo gutsinda amatora yâumukuru wâigihugu aheruka kuba muri Uganda. Uyu muhango wabereye mu gace ka Kololo,vwitabirwa nâabayobozi batandukanye bo mu karere no hanze yako, abasirikare bakuru ndetse nâabayoboke bâishyaka riri ku butegetsi rya National Resistance Movement (NRM). Mu bitabiriye uwo […]
RPL na FERWAFA bari kumvana imitsi

Hari ukutumvikana hagati ya Rwanda Premier League (RPL) na FERWAFA ku bijyanye nâibikombe bizatangwa ku musozo wa BK Pro League 2025/26, cyane cyane kubera amakipe yo muri Sudani ari gukina muri iyi shampiyona. Byatangiye ku wa Mbere tariki ya 11 Gicurasi 2026, ubwo Perezida wa FERWAFA, Shema Fabrice, yatangazaga ko hazatangwa igikombe kimwe gusa kizahabwa […]
Yatse gatanya nyuma y’iminota 3 arongowe

Muri Kuwait, habaye inkuru yatunguye benshi nyuma yâuko umugabo nâumugore bari bamaze gushyingiranwa batandukanye hashize iminota itatu gusa bakoze ubukwe bwemewe nâamategeko. Amakuru avuga ko nyuma yo gusinya impapuro zâubukwe mu rukiko, aba bombi bari basohotse mu nyubako bishimira ko babaye umugabo nâumugore. Icyo gihe umugeni ngo yatsikiye imbere yâabantu benshi. Aho kugira ngo umugabo […]
Lamine Yamal yazamuye ibendera rya Palestine mu birori byo kwizihiza igikombe cya La Liga

Umukinnyi ukiri muto wa FC Barcelona, Lamine Yamal, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara azunguza ibendera rya Palestine mu gihe ikipe ye yizihizaga igikombe cya Shampiyona ya Espagne, La Liga. Aya mashusho yafashwe ku wa 11 Gicurasi 2026, ubwo abakinnyi ba Barcelona bazengurukaga umujyi wa Barcelona bari mu modoka ifunguye hejuru, bishimira […]
AFC/M23 izarebera abasivile bicwa kugeza ryari?

Mu gihe ibiganiro byâamahoro bikomeje kugenda biguru ntege hagati ya Leta ya Kinshasa nâumutwe wa AFC/M23, ikibazo gikomeje kwibazwa ni ‘AFC/M23 izageza ryari yihanganira ibikorwa byâubwicanyi nâibitero bivugwa ko bikorerwa abasivile mu bice igenzura cyangwa biri hafi yabyo, mu gihe Kinshasa ishinjwa kutubahiriza agahenge?’ Mu mezi ashize, uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwongeye […]
Museveni na Tshisekedi bemeranyije gushimangira imikoranire ya gisirikare

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, ku wa Mbere yakiriye mugenzi we FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’itsinda ry’intumwa ze, bagirana ibiganiro byasize ibihugu byombi bisinyanye amasezerano yo kwagura imikoranire yabyo. Amakuru atangwa n’impande zombi, avuga ko Kinshasa na Kampala byemeranyije gushimangira ubufatanye mu nzego zirimo ingufu, ibikorwaremezo, umutekano n’ubucuruzi. Museveni […]
RIB yafunze Sky2 warumye umugore we ugutwi

Hahirwabasenga Thimotee wamenyekanye nka qSky2 yatawe muri yombi nâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) ku wa 11 Gicurasi 2026. Sky2 akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa ku bushake umugore we bashakanye byemewe nâamategeko, ndetse no kumuhoza ku nkeke. Amakuru avuga ko ibi byabereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Nduba, Akagari ka Gasanze, mu Mudugudu wâAgatagara. Biravugwa ko ku […]
Perezida Kagame ari i NairobiÂ

Perezida Paul Kagame yageze i Nairobi muri Kenya, aho yitabiriye inama yâubufatanye bwa Afurika nâu Bufaransa yiswe âAfrica Forward Summitâ. Ni inama iyoborwa na Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto na Emmanuel Macron w’u Bufaransa. Biteganyijwe ko Perezida Kagame ayobora ikiganiro ku ikoreshwa ryâikoranabuhanga rigezweho ririmo ubwenge buhangano (AI), anageze ijambo ku bayobozi bâibigo […]
Kivu y’Amajyepfo: FARDC iri gusubira mu bice AFC/M23 yavuyemo

Ingabo zâigihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ziri gusubira mu midugudu yavuyemo abarwanyi ba AFC/M23 nyuma yo kuva mu Kibaya cya Rusizi. Nkâuko byatangajwe n’umuvugizi wa Operation Sukola 2 muri Kivu y’Amajyepfo, ngo iyi midugudu irimo Sange, Nyakerebe, na Luberizi, ndetse na Kitidia, Katoto, Mulenge, na Lemera, iherereye mu misozi ya Uvira. Lt. […]
Abanyamulenge bo mu Bibokoboko bakomeje guhatirwa gushyigikira FARDC nâingabo zâu Burundi

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko abaturage bâAbanyamulenge bo mu gace ka Bibokoboko muri Kivu yâAmajyepfo bakomeje gushyirwaho igitutu nâubuyobozi bwa gisirikare bwa Congo nâu Burundi, kugira ngo bashyigikire ibikorwa byabwo ku gahato. Mu itangazo uyu mutwe washyize ahagaragara kuri uyu wa 11 Gicurasi 2026, wavuze ko hari […]
Latvia: Minisitiri w’ingabo yeguye kubera drones zavogereye igihugu cye

Minisitiri wâingabo muri Latvia, Andris SprĆ«ds, yeguye ku mirimo ye nyuma yâuko indege zitagira abadereva zo muri Ukraine zinjiye mu kirere cyâiki gihugu zivuye mu Burusiya mu cyumweru gishize imwe igwa ku kigo kibikwamo peteroli. Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu cyo muri Baltique, Evika SiliĆa, yavuze ko yamusabye kuva ku butegetsi kuko “byagaragaje ko ubuyobozi bwa […]
Ndayishimiye yongeye kwibasira Rwanda, yinyuraguramo ku mikoranire ya FDNB na FDLR

Perezida wâu Burundi, Ăvariste Ndayishimiye, yongeye gushinja u Rwanda kuba rufite imigambi mibi ku gihugu cye biciye mu bufasha avuga ko ruha umutwe wa RED-Tabara, ndetse no guteza umutekano muke mu karere. Uyu mugabo mu kiganiro yahaye Jeune Afrique, yavuze ko u Burundi bugifata u Rwanda n’umutwe wa AFC/M23 nkâabateje ikibazo ku mutekano wabwo, nubwo […]
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ari muri Uganda

Minisitiri wâIntebe, Justin Nsengiyumva yageze i Kampala mu gihugu cya Uganda aho yagiye guhagararira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu muhango wâirahira rya Yoweri Kaguta Museveni, Perezida watowe wa Repubulika ya Uganda, uteganyijwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gicurasi 2026. Usibye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, undi muyobozi wamaze kwakirwa muri Uganda witabiriye […]
Rulindo: RDF, RNP na FHF byatangije gahunda yo kuvura indwara z’amaso

Ingabo na Polisi byâu Rwanda (RDF) ku bufatanye na Minisiteri yâUbuzima (MoH) hamwe na Fondasiyo ya Fred Hollows yo mu Rwanda (FHF), uyu munsi batangije gahunda yo kuvura indwara zâamaso no kubaga indwara y’ishaza ifata amaso ku Bitaro bya Kinihira biherereye mu Karere ka Rulindo, mu Ntara yâAmajyaruguru, muri gahunda ikomeje y’ibikorwa by’Ingabo na Polisi […]
Abunganira Gen. Yav ushinjwa gukorana n’u Rwanda biyemeje gusenya ibirego ashinjwa

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu rubanza rwa Lt. Gen. PhilĂ©mon Yav Irung imbere yâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa, Umugenzuzi Mukuru wa FARDC ku itariki 7 Gicurasi yasabiye igifungo cya burundu uyu musirikare mukuru ukurikiranweho icyaha cyâubugambanyi kubera gukekwaho gukorana nâIngabo zâu Rwanda mu gihe abamwunganira bemeza ko nta kimenyetso na kimwe gifatika […]
Byiringiro Lague asanga atakiri ku rwego rwo gukina mu Rwanda

Umukinnyi wâikipe yâigihugu yâu Rwanda, Amavubi, Byiringiro Lague yavuze ko atagifite gahunda yo kongera gukina muri shampiyona yâu Rwanda, kuko abona itakiri ku rwego yifuza gukinaho mu rugendo rwe rwâumupira wâamaguru. Mu kiganiro yagiranye na Sunday Choice Live kuri iki Cyumweru, Lague yavuze ko uyu mwaka wâimikino ushobora kurangira atongeye gukina nyuma yo guhagarikwa na […]
Maroc: Umusirikare wa Amerika muri 2 baburiwe irengero yabonetse ari umurambo

Itsinda ryâabashakisha ryavumbuye umurambo wâumwe mu basirikare babiri ba Amerika waburiwe irengero mu ntangiriro z’uku kwezi hafi yâaho bakoreraga imyitozo i Cap Draa, muri Maroc, mu gihe undi musirikare agishakishwa. Abashakashatsi bo muri Maroc kuwa Gatandatu basanze umurambo w’umwe mu basirikare babiri ba Amerika mu mazi â ku kirometero 1.6 uvuye aho uyu musirikare yaburiye ku […]
Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 yavuye mu bice byinshi yagenzura isubira inyuma

Abarwanyi bâumutwe wa AFC/M23 mu mpera zâicyumweru bakuye ibirindiro byabo mu duce twa Sange, Bwegera, Luberizi, Luvungi, Kabunambo nâinkengero zaho bakerekeza mu mujyi wa Kamanyola mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Umunyamakuru wigenga ukorera muri Kivu yâEpfo hamwe nâumwe mu bakuriye sosiyete sivile muri teritwari ya Walungu babwiye BBC ko M23 nâabategetsi bayo batangiye kuva muri […]
Ibyo wamenya ku ndwara ya Hanta Virus ikomeje gutera impungenge

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima mu Rwanda (RBC) kiratangaza ko gikomeje gukurikiranira hafi indwara ya Hanta Viris ikomeje guteza impungenge ku mugabane w’u Burayi. Mu butumwa cyanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X kuri iki Cyumweru, RBC yagize iti: “Inzego z’ubuzima mu Rwanda zirimo gukurikiranira hafi uko indwara ya Hanta Virus iherutse kugaragara muri bimwe mu bihugu […]
Burundi: Biyemeje kuzamura dosiye y’indege ya perezida imaze imyaka 10 iparitse i Madrid

Kimwe mu bitangazamakuru byo mu gihugu cy’u Burundi kiyemeje kongera gufungura dosiye y’indege y’umukuru w’igihugu igiye kumara imyaka 10 yaraheze ku kibuga cy’indege cyo mu gihugu cy’i Burayi yarahapfiriye. Indege ya Perezida wâu Burundi yo mu bwoko bwa Gulf Stream 4 yaheze ku kibuga cyâindege i Madrid muri Espagne, aho yagiye gukoreshwa ariko bigaragara ko […]
Ibitangazamakuru 9 byo mu Bufaransa byahagaritswe muri Niger

Igihugu cya Burkina Faso, umufatanyabikorwa wâabaturanyi, Niger na Mali, mu Ihuriro ryâUbumwe bwâibihugu bya Sahel (AES), byose biyobowe nâabasirikare, kuwa Kabiri cyabujije TV5 Monde kongera gukorera mu gihugu. Kuri uyu wa Gatanu, ushize igihugu cya Niger kiyobowe n’abasirikare kidacana uwaka n’ibihugu byo mu burengerazuba muri iki gihe, cyari cyahagaritse ibitangazamakuru icyenda byo mu Bufaransa bishinjwa […]
Arashaka guhindura itegeko nshinga? Azabikore niba ari akagabo – Corneille Nangaa

âArashaka guhindura itegeko nshinga? Azabikore niba ari akagaboâ, ibi ni ibyatangajwe nâUmuhuzabikorwa wâIhuriro AFC/M23 ubwo yavugaga ku magambo aherutse gutangazwa na Tshisekedi aca amarenga ko yiteguye kuyobora manda ya gatatu binyuze mu guhindura itegeko nshinga rya RDC. Mu kiganiro nâAbanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 yerekanye ko ikiganiro Perezida Tshisekedi aherutse gutanga […]
RDC: Fayulu yijeje kwitambika Tshisekedi mu gihe yagerageza kuyobora manda ya gatatu

Umuhuzabikorwa wâIhuriro rya politiki rya LAMUKA, Martin Fayulu, yemeje kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 8 Gicurasi, ko afite umugambi wo gukangurira abaturage kurwanya icyifuzo icyo ari cyo cyose cyo kongera manda ya perezida binyuranyije nâitegeko nshinga. Ibyo yabitangaje nyuma y’umunsi umwe Perezida FĂ©lix Tshisekedi agiranye ikiganiro n’abanyamakuru i Kinshasa, akagaragaza ko afite inzozi […]
Burundi: Amashyaka 5 ya opozisiyo arateganya kutazitabira amatora yo mu 2027

Itariki yâamatora yâumukuru wâigihugu mu Burundi, yashyizwe ku wa 3 Gicurasi 2027, yatangajwe ku wa Gatanu, itariki ya 8 Gicurasi 2026, na Komisiyo Yigenga yâAmatora (CENI), ariko mu itangazo ryahurijwe hamwe, amashyaka atavuga rumwe nâubutegetsi CNL, UPRONA, CODEBU, DCP, na FRODEBU yasabye ko hategurwa ibiganiro hagati yâabanyagihugu nka kimwe mu bisabwa kugira ngo habe amatora […]
Col Migambi yifatanyije nâabagize Ishyirahamwe ry’umukino wa Golf mu mugoroba wo kwibuka

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 9 Gicurasi, Col DĂ©sirĂ© Migambi Mungamba, Umuyobozi ushinzwe ubufatanye bw’ ingabo n’abaturage, yifatanyije nâabanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’umukino wa Golf (Rwanda Golf Union) mu mugoroba wo kwibuka no guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Igikorwa cyo Kwibuka cyabereye mu cyanya cy’ umukino wa Golf, Kigali, i Nyarutarama. Mu ijambo […]
Moscow: Akarasisi ka âVictory Day 2026â kagaragaje ubutumwa bukomeye ku ntambara ya Ukraine nâumutekano wâisi

Ku wa 9 Gicurasi 2026, umurwa mukuru wâu Burusiya, Moscow, wakiriye akarasisi gakomeye ka gisirikare kazwi nka Victory Day Parade, umuhango ngarukamwaka wibuka intsinzi yâIngabo zâAbasoviyeti ku Budage bwâAbanazi mu Ntambara ya Kabiri yâIsi Yose. Uyu munsi ufite amateka akomeye mu Burusiya no mu bihugu byahoze bigize Leta Zunze Ubumwe zâAbasoviyeti, ariko kandi uko imyaka […]
Inguzanyo yemerewe abahanzi nta ngwate ni yaba ari igihuha?

Minisitiri wâUrubyiruko nâIterambere ryâUbuhanzi, Dr. Utumatwishima, yahumurije umuhanzi Uncle Austin nyuma yâimpungenge yagaragaje kuri gahunda ya BK-Reative. Iyi gahunda yashyizweho na Bank of Kigali ku bufatanye na Minisiteri yâUrubyiruko nâIterambere ryâUbuhanzi, igamije gufasha abahanzi kubona inguzanyo zishobora kugera kuri miliyari 1 Frw badatanze ingwate. Abinyujije ku rubuga X, Uncle Austin yavuze ko amaze kubona ubuhamya […]
Nangaa wa AFC/M23 yikomye Amerika nyuma y’igitero cya drone za FARDC cyishe benshi i Mushaki

Umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, Corneille Nangaa, yikomye Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’igitero ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziheruka kugaba mu gace ka Mushaki zikacyiciramo abaturage benshi. Ku wa Gatanu tariki ya 8 ni bwo drone za FARDC zagabye igitero gikomeye ku isoko rya Mushaki […]
Uko Churchill yacanye urumuri mu mwijima wa Hitler

LMu gitondo cyo ku wa 10 Gicurasi 1940, umugabane wâUburayi wari winjiye mu mwijima wâintambara. Ingabo zâu Budage ziyobowe na Adolf Hitler zatangiye ibitero bikomeye bya *Blitzkrieg*, uburyo bwâintambara bwari bushingiye ku muvuduko, ubwoba no gusenya igihugu mu gihe gito. Mu minsi mike gusa, ibihugu byinshi byari bikomeye mu Burayi byatangiye kugwa kimwe ku kindi. […]
Kigali: Eastern Africa Greens Congress Convenes to Unite Green Parties in the Region

In the city of Kigali, the Eastern Africa Greens Congress (EAGF) has officially opened its meeting at Hotel Olympic Kimironko, bringing together delegates from Green political parties across the East African region. The meeting began on 8 May 2026 and is scheduled to conclude today, on 9 May 2026. It brings together representatives from several […]
Umubare w’abiciwe mu gitero cya drone za FARDC i Mushaki

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko abantu babarirwa muri 20 ari bo biciwe mu gitero cya drone cyagabwe ku isoko rya Mushaki muri Teritwari ya Masisi, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe abandi 57 bagikomerekeyemo. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka mu itangazo yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 8 Gicurasi, yavuze ko icyo […]
Bishe umusifuzi wabasifuriye nabi

Mu gihugu cya Zambia, abantu batatu bamaze gutabwa muri yombi nyuma yâurupfu rubabaje rwâumusifuzi Donald Tonga wari ufite imyaka 55, wishwe nâagatsiko kâabafana nâabakinnyi bamukubise bikomeye ku kibuga. Ibi byabereye mu karere ka Chipangali, mu mukino wo gusubiramo wahuzaga amakipe ya Mikango United na Leopard United, yari ahataniye igihembo cyâamafaranga ibihumbi 5 bya Kwacha. Polisi […]
Amerika yamaganye igitero drone za FARDC zagabye i MushakiÂ

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye igitero cya za drone cyagabwe mu gace ka Mushaki ho muri Teritwari ya Masisi, zisaba “impande zose” gutanga agahenge no kubahiriza ibyo ziyemeje. Ku wa Gatanu tariki ya 8 Gicurasi ni bwo i Mushaki hagabwe ibitero bya drone byasize bikomerekeje abaturage benshi binasenya amazu yabo. Umutwe wa AFC/M23 biciye […]
Gasana wabaye Ambasaderi wâu Rwanda muri Loni yaciwe arenga Frw miliyari 7 azira igitsina

Urukiko rwâi Manhattan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa Kane tariki 7 Gicurasi 2026 rwahamije EugĂšne-Richard Gasana wahoze ari Ambasaderi wâu Rwanda mu Muryango w’Abibumbye icyaha cyo gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina umukobwa wamureze, rumuca indishyi ya $ miliyoni 5 (Arenga Frw miliyari 7). Muri 2019 Gasana yari yarezwe nâumukobwa wari ufite imyaka […]
Drone ya FARDC cyishe abaturage i MushakiÂ

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Gicurasi, ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zagabye igitero drone mu gace ka Mushaki ho muri Teritwari ya Masisi, zicyiciramo abaturage abandi barakomereka. Ni igitero cyagabwe mu ma saa kumi z’igicamunsi. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yavuze ko ubwo kiriya gitero […]
Kigali: Hatangiye inama ihuza amashyaka arengera ibidukikije mu karere

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Gicurasi, i Kigali hatangiye inama iri guhuza intumwa zâamashyaka arengera ibidukikije mu karere ka Afurika yâIburasirazuba. Iyi nama y’iminsi ibiri yitabiriwe nâintumwa ziturutse mu bihugu bitandukanye birimo u Rwanda, Uganda, Kenya, Tanzania, u Burundi, Somalia ndetse na Ethiopia. Abitabiriye iyi nama barimo abayobozi nâabahagarariye amashyaka arengera ibidukikije mu […]
Festus Mogae wabaye Perezida wa Botswana yapfuye ku myaka 86

Festus Mogae wabaye Perezida wa Botswana igihe cyâimyaka 10 agashimirwa cyane imiyoborere myiza nâurugamba rwo kurwanya SIDA, yapfuye kuri uyu wa Gatanu afite imyaka 86, nkâuko byamejwe na leta yahise itangaza icyunamo cyâiminsi itatu. Mogae yategetse iki gihugu gikungahaye kuri diyama kuva mu 1998 kugeza mu 2008 aha ubutegetsi uwari visi perezida we Ian Khama […]
Polisi yatanze gasopo nyuma y’abakobwa bifashe amashusho bambaye amasume muri gare ya Nyabugogo

Polisi yâu Rwanda yaburiye abantu bakora amashusho agamije gukurura abantu ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane abafatira amashusho ahantu hahurira abantu benshi batabifitiye uburenganzira. Ibi byakurikiye amashusho aherutse gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abakobwa babiri bagaragara muri Gare ya Nyabugogo bambaye amasume ndetse bambaye n’udutambaro twâumweru mu mutwe, ibintu byakuruye imbaga yâababarebaga ndetse bitera impaka hagati […]
Rutshuru: Abakada basaga 400 ba AFC/M23 basoje ingando i Kanombe

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 7 Gicurasi 2026, abakada 416 bo mu rwego rw’ibanze ba AFC / M23 bashoje amahugurwa ya politiki na gisirikare, yabereye i Kanombe, muri Teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo gusoza uzwi ku izina rya “pass-out”, wari uyobowe na Bertrand Bisimwa, Umuhuzabikorwa wungirije wa AFC / […]
Yari indaya mpuzamahanga none ari mu kigo ngororamuco cya Gitagata

Mu nkuru yatangajwe na IGIHE, Mukaruziga Shakira wâimyaka 34 uri kuvurirwa mu Kigo Ngororamuco cya Gitagata, yavuze urugendo rwe rwaranzwe nâubuzima bwo kwishora mu bikorwa byo kwicuruza, gukorana nâibyamamare ndetse no kujya mu biyobyabwenge. Shakira yavuze ko yinjiye muri ubwo buzima nyuma yo gutandukana nâumugabo babyaranye, wari umukinnyi wâumupira wâamaguru ukomoka mu Burundi. Yavuze ko […]
Umukinnyi w’umugore yafashe ku ngufu umwana w’umuhungu w’imyaka 14

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umukinnyi wâumupira wâamaguru wâumukobwa witwa Oteta Kristina Kitiona ari gukurikiranwa nâubutabera nyuma yo gushinjwa gusambanya inshuro nyinshi umwana wâumuhungu wâimyaka 14 no kumwoherereza amafoto nâamashusho yâurukozasoni. Uyu mukobwa wâimyaka 20 akurikiranyweho ibi byaha muri Leta ya Utah, aho bivugwa ko ibyo bikorwa byabaye hagati ya Kamena na Ukwakira 2024, […]
Ethiopia: Umugore wari umaze imyaka 12 yarabuze urubyaro yabyaye batanu icyarimwe

Mu gihugu cya Ethiopia habaye ibintu bidasanzwe, aho mu karere ka Harari umugore yabyaye abana batanu b’impanga nyuma y’imyaka 12 agerageza kubyara ariko yarabuze urubyaro. Uyu mugore witwa Bedriya Adem yavuze ko we n’umugabo we “bishimiye cyane” “guhabwa umugisha w’abana batanu icyarimwe”. Ibitaro yabyariyemo byavuze ko uyu mugore wâimyaka 35 yabyaye abahungu bane nâumukobwa mu […]
Buruseli: Nyuma ya Amerika abayobozi ba RDC bagiye gusaba na EU gufatira ibihano RDF

Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) zigishinja kugira uruhare mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Congo, kuri ubu abayobozi b’iki gihugu bakomeje no gusaba Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi gutera ikirenge mu cya Amerika na wo ugafatira ibihano RDF. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa Gatatu ushize, Minisitiri […]
Amb. Festus Bizimana yashyikirije Perezida Goita inyandiko zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Mali

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 7 Gicurasi 2026, Ambasaderi Festus Bizimana yashyikirije Perezida Assimi GoĂŻta inyandiko zimwemerera guhagararira Repubulika y’u Rwanda mu gihugu cya Mali, mu muhango wabereye i Bamako. U Rwanda na Mali byishimira umubano mwiza kandi ukomeye hagati yâibihugu byombi ushingiye ku bucuti, ubufatanye, ndetse nâumugambi uhuriweho wo kurushaho gushimangira ubufatanye […]
Drone ya FARDC yahushije abasirikare ba M23

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Kane tariki ya 7 Gicurasi zagabye igitero cya drone mu bice bya Muja ho muri Teritwari ya Nyiragongo, ahari abasirikare ba AFC/M23. Mu ma saa saba y’igicamunsi cyo ku wa Kane ni bwo icyo gitero cyabaye, ndetse urusaku rw’igisasu yarashe rwumvikanye mu mujyi wa […]
Ituri: Igitero cya ADF cyahitanye nibura abaturage 15

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 7 Gicurasi 2026, abantu bagera kuri cumi na batanu bishwe, mu gitero cyitiriwe inyeshyamba za ADF i Biakato, centre yâubucuruzi iherereye muri Teritwari ya Mambasa mu Ntara ya Ituri. Amakuru avuga ko abagabye igitero kuri uyu wa Kane ushize mu mujyi wa Biakato bakigabye ku manywa y’ihangu, bituma abaturage […]
Instagram irahagarika uburyo bwo kohererezanya ubutumwa bwite muri DM

Abakoresha Instagram ntibazongera gushobora kohererezanya ubutumwa bwite muri DM, kuko uburyo bwa End-to-End Encryption (E2EE) buhagarikwa ku bayikoresha ku Isi hose kuri uyu wa Gatanu. Gukuraho ubu buryo bwo kurinda ubutumwa ni impinduka ikomeye izanywe na sosiyete ya Meta, ubundi yari yarigeze kuvuga ko iri koranabuhanga ari ryo rwego rwo hejuru mu kurinda ubuzima bwite […]
Amerika yasabye abaturage bayo kwirinda uturere 3 tw’u Rwanda

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa Gatatu tariki ya 6 Gicurasi yasabye abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu turere dutatu tw’u Rwanda. Washington mu butumwa buburira abaturage bayo bwasohowe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yayo, yabasabye kwirinda gukorera ingendo mu turere twa Rubavu, Musanze na Rusizi; by’umwihariko ku bilometero bibarirwa mu icumi uvuye […]
Kimwe mu byo nicuza cyane ni ukuba naravuganiye Tshisekedi ngo Amerika imufashe kuba Perezida: Tibor Nagy

Tibor Nagy wabaye Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe ubufatanye na Afurika, yatangaje ko yicuza kuba yaravuganiye FĂ©lix Antoine Tshisekedi ngo abe Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abifashijwemo na Amerika, agaragaza ko yabikoze yibwira ko we azaba atandukanye na ba Perezida bamubanjirije. Nagy yabaye Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za […]
Botswana: Perezida Kagame yasoje uruzinduko rwe nyuma yo gusura uruganda rutunganya diyama

Kuri uyu wa Kane, itariki 7 Gicurasi 2026 nibwo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yasoje urugendo rwe rw’akazi rw’iminsi 2 mu gihugu cya Botswana, nyuma yo gusura uruganda rutunganya amabuye y’agaciro ya diyama iki gihugu cy’inshuti gikungahayeho. Perezida Duma Boko wa Botswana yasezeye kuri Perezida Kagame ubwo yasozaga uruzinduko rwe rw’iminsi ibiri yagiriye muri Botswana, […]