Perezida Lai Ching-te yanze agera muri Eswatini nubwo u Bushinwa bwageragerageje kumwitambika

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 2 Gicurasi, Perezida wa Taiwan, Lai Ching-te, yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Bwami bwa Eswatini (ahahoze hitwa Swaziland) nyuma yo gusubikwa bwa mbere u Bushinwa bugashinjwa kurwitambika. Eswatini nicyo gihugu cyonyine cya Afurika gikomeje umubano ushingiye kuri demokarasi na Taipei, kandi bibuza u Bushinwa kugirana umubano n’umugabane wose. Aya ni […]
Abanyarwanda basabwe kwitondera ibikoresho by’ikoranabuhanga bitagikoreshwa

Ikigo REMA cyatangaje ko uburyo imyanda y’ikoranabuhanga ifatwa n’uko icungwa bugira uruhare runini mu kurinda ubuzima bw’abantu, ibidukikije ndetse no kugabanya ihumana rituruka ku bikoresho bishaje byarangije igihe cyo gukoreshwa. Beatha Akimpaye, ushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’amategeko y’ibidukikije muri REMA, yavuze ko hari abantu benshi badaha agaciro iyo myanda, nyamara iyo idafashwe neza ishobora guhinduka uburozi […]
Mali: Abasirikare benshi bafashwe bashinjwa ubugambanyi mu bitero byo kuwa 25 Mata

Kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 1 Gicurasi, umushinjacyaha wa repubulika mu rukiko rwa gisirikare rwa Bamako yatangaje ko abasirikare benshi ndetse n’abahoze ari abasirikare batawe muri yombi mu minsi ishize nyuma y’ibitero byo ku itariki ya 25 Mata 2026. Amazina atanu y’abasirikare harimo n’uwapfuye kuwa Gatandatu mu mirwano yatangajwe. Nk’uko umushinjacyaha wa repubulika […]
Huye: Abarwanashyaka ba Green Party biyemeje gutanga umusanzu mu gukumira amakimbirane yugarije umuryango

Abarwanashyaka b’ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda bahagarariye abandi mu karere ka Huye, biyemeje gutanga umusanzu mu rwego rwo gushyira iherezo ku makimbirane yugarije umuryango nyarwanda. Aba barwanashyaka bihaye uwo mukoro, nyuma y’inama ikomatanyije n’amahugurwa bahawe mu rwego rwo kubategura ngo bazajye guhugura bagenzi babo ku rwego rw’imirenge. Ni igikorwa cyayobowe n’umuyobozi w’ishyaka […]
Igisasu GBU-57 mu maboko ya Iran?: Ihindagurika rikomeye mu ntambara z’igihe kizaza

Mu gihe isi ikomeje guhanga amaso umwuka mubi hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amakuru avuga ko Tehran yaba iri kugerageza kwigana igisasu cy’Amerika cyo mu bwoko bwa GBU-57 Massive Ordnance Penetrator akomeje guteza impaka zikomeye. Nubwo ayo makuru ataremezwa ku buryo bwigenga, inzobere mu ntwaro zivuga ko ashobora kuba ari ikimenyetso […]
Perezida Kagame ategerejwe muri Tanzania

Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Tanzania, mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe azagirira muri iki gihugu ku Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026. Amakuru y’uru ruzinduko yemejwe na Perezidansi ya Tanzania, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Gicurasi. Muri uru ruzinduko, Perezida Paul Kagame azakirwa anagirane ibiganiro na mugenzi we wa Tanzania, […]
FARDC yakajije ibitero mu matware ya M23

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abazifasha ku rugamba, bakajije ibitero ahantu hatuwe cyane mu bice bigenzurwa n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 1 rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Gicurasi 2026, hagati ya saa yine […]
U Burusiya bwahaye igihugu cya Afurika ibikoresho bigezweho bya gisirikare

Guverinoma ya Guinée-Conakry yakiriye inkunga y’ibikoresho bya gisirikare bigezweho byatanzwe n’u Burusiya, mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ubushobozi bw’ingabo zayo no guhangana n’ibibazo by’umutekano bihari. Ibi bikoresho byashyikirijwe Guinée ku mugaragaro ku wa Gatanu tariki ya 1 Gicurasi 2026, mu muhango wabereye ku kibuga cy’indege cya gisirikare giherereye i Conakry. Ni umuhango wayobowe na […]
Visi Perezida wa Muhazi FC yapfuye

Uwimana Nehemie wahoze ayobora Akarere ka Rwamagana kuva mu 2010 kugeza mu 2014, yitabye Imana mu rukerera rwo ku wa Gatandatu tariki ya 2 Gicurasi 2026, nyuma y’igihe kirenga ukwezi arwariye mu bitaro bya Kanombe Military Hospital. Uyu mugabo kandi yari asanzwe ari Visi Perezida wa mbere w’ikipe ya Muhazi United. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe […]
Umuramyi Miss Dusa yambitswe impeta

Umuramyi Dusabe Gentille Mutabazi uzwi nka Miss Dusa, umaze kumenyekana mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yambitswe impeta n’umusore bitegura kurushinga witwa Eric Bahizi. Ibi byatangajwe binyuze ku mbuga nkoranyambaga, aho Eric Bahizi yavuze ko kuva bahura bwa mbere, Miss Dusa ari we wenyine yahisemo, anongeraho ko yamusabye ko bazarushinga maze akabyemera. Na Miss […]
Ndayishimiye yahaye ishimwe umugore we

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Ku wa Gatanu tariki ya 1 Gicurasi, yahaye ishimwe umugore we Angelina Ndayubaha, mu rwego rwo kumushima nk’umukozi w’indashyikirwa wahize abandi. Ndayishimiye yamushimiriye mu birori byo kwizihiza umunsi w’abakozi wabereye muri stade intwari iherereye mu mujyi wa Bujumbura. Uyu mugabo asa n’ukomoza kugihembo umugore we aheruka guhabwa n’Umuryango w’Abibumbye biciye […]
Gisagara: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe kubyaza umusaruro umutekano u Rwanda rufite

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, ryasabye abarwanashyaka baryo bo mu karere ka Gisagara kubyaza umusaruro umutekano u Rwanda rufite, bakawukoresha mu gukora ibikorwa bibateza imbere. Ibi byagarutsweho mu nama n’amahugurwa byabereye muri aka karere, byitabiriwe n’abarwanashyaka b’iri shyaka mu rwego rwo kubongerera ubumenyi ku ruhare rwabo mu kubaka amahoro, umutekano no guteza […]
RIB yafashe 4 bashinjwa gukoresha ububasha bahawe mu nyungu zabo bwite

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko rwafashe abantu bane aribo; Niyomungeri Richard, wahoze ari Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nzige mu Karere ka Rwamagana, Kwisinga Jean Norbert, ushinzwe imiturire mu Karere ka Rulindo, Ishimwe Frank, ushinzwe imitangire y’ibyangombwa byo kubaka mu Karere ka Ngoma na Ntirenganya Epimaque, wakoraga nk’umuyobozi wa One Stop Center y’ubutaka mu Karere […]
Joseph Kabila yasubije ku bihano bya Amerika

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye ibihano yafatiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko ibirego zashingiyeho zimuhana nta bimenyetso bifatika bigaragaza ko ari ukuri. Ku wa Kane tariki ya 30 Mata ni bwo Urwego Rushinzwe Imari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwatangaje ko rwafatiye ibihano […]
Trump aremeza ko bizatwara Iran imyaka 20 ngo yongere kwiyubaka

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye “cyatsinze intambara na Iran”, ndetse yongeraho ko bizayitwara imyaka 20 ngo yongere kwiyubaka. Mu kiganiro yagiranye na Newsmax, Perezida Trump yavuze ko ingabo zirwanira mu kirere n’izirwanira mu mazi za Iran kimwe n’ubutegetsi bw’igihugu byarimbuwe. Nubwo Trump yigamba gutsinda intambara ariko, bamwe […]
Intambara ya Iran yahinduye Isi: Aho u Burusiya n’u Bushinwa bihagaze

Mu gihe Iran ihanganye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abafatanyabikorwa bayo, amaso y’isi yose yerekejwe ku bihugu bibiri bikomeye biyifatanyije na yo: Uburusiya n’Ubushinwa. Ariko ikibazo gikomeje kwibazwa ni ukumenya niba ubufasha bwabyo bukomeye ku buryo bwahindura isura y’iyi ntambara. U Burusiya: Ubufasha bwa gisirikare n’ubutasi Uburusiya bugaragara nk’igihugu cyegereye Iran mu bijyanye n’ubufasha […]
Icyo Lynda Priya avuga ku mwana umugabo we yabyaye hanze

Umukinnyi wa filime mu Rwanda, Nkusi Lynda uzwi nka Lynda Priya, yatangaje ko yishimira uburyo umugabo we, Irenge Christian, yamweretse ukuri kuva bagitangira gukundana. Avuga ko akimara kwemera urukundo rwabo, umugabo we yahise amubwira ko afite umwana yabyaranye n’undi mugore, ibintu byatumye bemeranya gutangira ubuzima bushya nta cyo bahishanya. Lynda asobanura ko nyuma y’igihe gito […]
Kera kabaye Kinshasa yemereye CICR kujya gutabara imbabare zo mu Minembwe

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Mata 2026, Komine Mpuzamahanga ya Croix-Rouge (CICR), yageze mu gace ka Minembwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ijyanye ubufasha bw’ubuvuzi ku baturage bamaze imyaka igera kuri icyenda babayeho mu ntambara z’urudaca. Abaturage batuye mu misozi miremire ya Minembwe bagaragaje ibyishimo n’icyizere cy’amahoro, […]
Uganda: Uwishe abana b’abanyeshuri abateye icyuma yakatiwe igihano cy’urupfu

Kuri uyu wa Kane, itariki 30 Mata 2026, urukiko rwo muri Uganda rwakatiye umugabo igihano cyo kwicwa azira kwica abana bane bato muri uku kwezi ku ishuri ry’incuke, mu gitero cyateje uburakari muri rubanda no guhangayikishwa n’umutekano w’abana b’abanyeshuri muri iki gihugu. Umucamanza yavuze ko iperereza ryakozwe kuri terefone na mudasobwa igendanwa bya Christopher Okello […]
Kisangani: Abasirikare 84 ba FARDC bakurikiranweho guhunga AFC/M23

Kuva ku wa Kabiri tariki ya 29 Mata, Urukiko rwa Gisirikare rwa Kisangani ruri kuburanisha abasirikare 84 bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bakaba bakurikiranweho guhunga inyeshyamba za AFC/M23 ubwo bari bahanganye na zo ku rugamba. Aba basirikare baregwa ibyaha birimo guhunga umwanzi, kwica amabwiriza ya gisirikare, kwigumura no gupfusha ubusa […]
Rubavu: Perezida wa Sena yasabye kwirinda ingengabitekerezo ikigaragara muri Congo

Perezida wa Sena yifatanyije n’abaturage n’abandi bayobozi mu gushyingura imibiri y’abavandimwe babiri yabonetse, asura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa “Commune rouge” rubitse amateka agaragaza ubugome n’ubukana Jenoside yakoranywe mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, asaba kwirinda ingengabitekerezo ikigaragara muri Congo. Mu ijambo rye, Perezida wa Sena Kalinda François Xavier yongeye gushimangira ko kwibuka Jenoside […]
Muhanga: Babiri bakurikiranweho gutunda no gukwirakwiza urumogi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye abagabo 2, umwe w’imyaka 23 n’undi w’imyaka 25 y’amavuko bakekwaho gutunda no gucuruza ibiyobyabwenge byo mu bwoko bw’urumogi baruvana mu gihugu cya Tanzania. Abaregwa bafatiwe mu karere ka Kirehe nyuma y’uko bacitse inzego z’umutekano bagata imodoka bari batwayemo urumogi ibiro 99 mu Ntara y’Amajyepfo, mu Karere ka Kamonyi, […]
Maj. Gen Nkubito yavuze uwarashe indege ya Habyarimana

Umuyobozi wa Diviziyo ya gatatu y’ingabo z’u Rwanda ikorera mu ntara y’iburengerazuba, Maj. Gen. Nkubito Eugene, yashimangiye ko nta wundi muntu warashe indege ya Habyarimana Juvenal wabaye Perezida w’u Rwanda utari Colonel Bagosora Théoneste. Col. Bagosora wapfuye muri Nzeri 2021 aguye i Bamako muri Mali, asanzwe ari musaza wa Agathe Kanziga, umugore wa Perezida Habyarimana. […]
Myanmar: Aung San Suu Kyi yasohowe muri gereza ajya kurangiriza igihano mu rugo

Umunyapolitikikazi w’impirimbanyi, Aung San Suu Kyi, wahoze ayobora Myanmar wari ufunzwe yimuriwe mu rugo ngo abe ari ho azakomereza igihano cye nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byaho. Uyu mukecuru w’imyaka 80 wegukanye igihembo cyitiriwe Nobel, bishoboka ko yari afungiwe muri gereza ya gisirikare yo mu murwa mukuru, Nay Pyi Taw, kuva yahirikwa ku butegetsi n’abasirikare mu 2021. […]
Huye: Imibiri 642 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yashyinguwe mu cyubahiro

Imiryango yarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Karere ka Huye, Umurenge wa Ngoma, irasaba abaturage bose baba bafite amakuru y’ahajugunywe imibiri y’abishwe kuyatanga, kugira ngo ishyingurwe mu cyubahiro. Ibi babisaba mu gihe nyuma y’imyaka 32 Jenoside ibaye hakiri abatari babona ababo, kandi ababishe bazi aho imibiri yabo iri. Abafite ababo bishwe babigarutseho kuri uyu […]
Amerika yafatiye ibihano Joseph Kabila

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zatangaje ko zafatiye ibihano Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Urwego rw’iki gihugu rushinzwe imari ni rwo rwatangaje ko rwafatiye ibihano uriya mugabo wayoboye Congo Kinshasa mu gihe cy’imyaka 18. Ni nyuma y’uko Leta ya RDC yakunze kumushinja guha ubufasha inyeshyamba zo mu mutwe […]
Kanombe: Gen. Makenga yasoje amahugurwa y’abandi ba ‘Cadres’ ba AFC/M23 barenga 500 (Amafoto)

Umugaba Mukuru w’Ingabo za AFC/M23 (ARC) akanaba umuhuzabikorwa wa gisirikare muri iri huriro, Général-Major Sultani Makenga, kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Mata yayoboye umuhango wo gusoza icyiciro cya kabiri cy’amahugurwa y’ingengabitekerezo agenewe abanyamuryango ba AFC/M23 bazwi nk’aba-Cadres. Aya mahugurwa yiswe “Intake 002 Uongozi Bora, yitabiriwe n’aba-cadres babarirwa muri 534. Yaberaga mu kigo cy’amahugurwa […]
Abofisiye 74 ba RDF, RNP, na RCS basoje amasomo yo kuyobora

Kuri uyu wa Kane, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, yayoboye umuhango wo gusoza amasomo y’abofisiye 74 bo mu Ngabo na Polisi by’u Rwanda, ndetse n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe igorora (RCS), barangije neza amasomo yamaze ibyumweru 22. Ni amasomo y’Icyiciro cya 26 ajyanye no kuyobora abasirikare n’imirimo bijyana akorwa na Ofisiye bakuru yabereye […]
Iran na Amerika: Ibiganiro bikomeje kugorana nubwo hari icyizere gike cy’amahoro

Mu gihe intambara n’ubushyamirane bikomeje hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibiganiro bya dipolomasi biracyari mu nzira igoye, aho impande zombi zitarabona umuti wuzuye w’iki kibazo. Amakuru mashya agaragaza ko Iran iherutse gushyikiriza Amerika igitekerezo gishya cy’amahoro binyuze mu bahuza bo muri Pakistan. Icyo cyifuzo kigamije mbere na mbere gufungura inzira y’amazi […]
Hibutswe abakoreraga izahoze ari MININTER, MINIFOP na MINITRASO bazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa Kane, haribukwa abakozi bakoreraga Minisiteri zitwaga MININTER, MINIFOP na MINITRASO bazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Igikorwa cyatangiriye ku Kacyiru ku rwibutso rwa Jenoside ruri ahari ibiro bikoreramo Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), Minisiteri y’Umutekano, minisiteri y’umurimo na Immigration, ari na ho aba bakozi bibukwa bakoreraga; igikorwa gikomereza ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, ku […]
Mu Rwanda hatowe Papa, kiliziya itabizi

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yatangaje ko yatangiye iperereza ku itsinda ry’abantu biyita “Abatowe” bavuga ko bimitse Papa wabo w’Umunyarwanda, ibintu byatunguranye nyuma yo gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga. Amashusho yakwirakwiye agaragaza aba bantu bateraniye hamwe, bavuga ko bari kwimika umuyobozi wabo bita Papa cyangwa “Umubyeyi w’Abatowe”. Uwo muyobozi ni Harerimana Faustin, wahawe ibimenyetso birimo inkoni, umusaraba […]
Gitifu wa Mageragere yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mageragere wo mu karere ka Nyarugenge. RIB ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yatangaje ko Gitifu Hategekimana Silas akurikiranyweho “ibyaha bya ruswa no kumena ibanga ry’akazi.” Uru rwego rwasobanuye ko mu mwaka wa 2023 na 2024 Hategekimana yagiye yohererezwa amafaranga na Rubazinda Callixte uyobora […]
Iyo Habyarimana adapfa twese yari kutwica: Maj. Gen Nkubito

Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu ntara y’iburengerazuba, Maj. Gen Nkubito Eugene, yagaragaje ko Habyarimana Juvenal wahoze ari Perezida w’u Rwanda aza ku isonga ry’abateguye Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse ko iyo adapfa nta mututsi n’umwe washoboraga kurokoka. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Mata 2026, mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside […]
Ubwisanzure bw’itangazamakuru muri 2026: U Rwanda rwisanze mu murongo utukura

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 139 ku Isi ku rutonde rw’ibihugu byubahiriza ubwisanzure bw’itangazamakuru, muri uyu mwaka wa 2026, nk’uko bigaragara muri raporo ngarukamwaka yasohowe n’Umuryango w’Abanyamakuru batagira umupaka. Iyi raporo ya World Press Freedom Index yerekana ko n’ubwo igihugu gikomeje gutera imbere mu nzego zitandukanye, urwego rw’itangazamakuru rugifite imbogamizi zikomeye. Iyi raporo iriho […]
Juba: Perezida Kiir yirukanye abaminisitiri 2 b’ingenzi

Kuri uyu wa Gatatu, South Sudan Broadcasting Corporation yatangaje ko Perezida Salva Kiir yakuye Semeya Kumba ku mwanya we wa minisitiri w’ububanyi n’amahanga, kandi ko yirukanye Atong Kuol Manyang wari minisitiri w’ubucuruzi. Nta bisobanuro byatanzwe ku bijyanye n’impamvu yo kwirukanwa ku mirimo yabo, kwabereye rimwe no kwirukanwa kwa Mawien Mawien Ariik wari umuyobozi mukuru w’ibiro […]
Sahel mu mwijima: Uko Mali yongeye kuba isoko y’umutekano muke mu karere

Mu gihe isi yari itangiye kwizera ko Mali ishobora kongera kubona ituze nyuma y’imyaka myinshi y’intambara, ibintu byongeye gufata indi ntera iteye impungenge. Ibitero by’imitwe yitwaje intwaro biriyongera, ubutegetsi bwa gisirikare buracyashidikanywaho, naho abaturage bakomeza guhura n’ingaruka zikomeye z’umutekano muke. Ibi byose bigaragaza ko ikibazo cya Mali kitari icy’igihe gito, ahubwo ari ihurizo rikomeye rifite […]
Umushinwa Maj Gen Junhui Wu yatangiye inshingano zo kuyobora Ingabo za UNMISS

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 29 Mata, ku cyicaro gikuru cy’ Ingabo ziri mu butumwa bw’ amahoro muri Sudani y’ Epfo (UNMISS) i Juba, abasirikare b’u Rwanda, bafatanyije na bagenzi babo bo mu bihugu bya Bangladesh, u Bushinwa, Ethiopia na Nepal, mu muhango wa gisirikare wo guhererekanya ubuyobozi, aho Maj Gen Junhui Wu wagizwe Umugaba […]
Kuvuga mu kibuga wapfutse umunwa uzajya uhabwa ikarita itukura

Urwego rushinzwe amategeko agenga umupira w’amaguru ku isi, IFAB (International Football Association Board), rwemeje itegeko rishya rigiye gukaza imyitwarire y’abakinnyi mu kibuga. Nk’uko byatangajwe, abakinnyi bazajya bapfuka umunwa mu gihe bari mu mpaka n’abandi bakinnyi, bagamije guhisha amagambo ashobora kuba arimo ivangura cyangwa gutuka, bashobora guhabwa ikarita itukura bagahita bakurwa mu kibuga. Iri tegeko ryemejwe […]
Umuryango wa Tupac wareze mu rukiko uwakekwaho uruhare mu rupfu rwe

Umuryango wa nyakwigendera Tupac Shakur, umwe mu baraperi b’ibyamamare ku isi, watanze ikirego mu rukiko rwo mu Mujyi wa Los Angeles muri Amerika, usaba indishyi z’akababaro ziturutse ku rupfu rwe rwabaye mu 1996. Iki kirego kiregwamo by’umwihariko Duane Davis uzwi ku izina rya “Keefe D”, wahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, kuri ubu utegereje […]
Yaguye agacuho ari gusambanya umukecuru w’imyaka 89

Umugabo w’imyaka 29 y’amavuko yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo gusambanya ku gahato umukecuru w’imyaka 89 mu gihugu cya South Africa. Ibi byabaye mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 26 Mata 2026, mu mudugudu wa Nyavani, uherereye hafi ya Malamulele mu Ntara ya Limpopo. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa polisi muri iyo ntara, Hlulani Mashaba, […]
Perezida Kagame yakurikiye umukino wahuje Arsenal na Atletico

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu yakurikiranye umukino wa mbere wa 1/2 cya UEFA wahuje amakipe abiri akomeye mu Burayi yombi yamamaza gahunda ya “Visit Rwanda”. Ni umukino wabereye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu kuri Stade ya Riyadh Air Metropolitano i Madrid, wa kimwe cya kabiri cy’irangiza muri UEFA Champions […]
Minisitiri Nduhungirehe yashyiriye Igikomangoma M. B. Salman ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe ari i Riyadh, mu Bwami bwa Arabiya Sawudite, mu ruzinduko rw’akazi yatangiye kuri uyu wa Gatatu ushize. Mu ruzinduko rwe, yagiranye inama n’Igikomangoma Faisal bin Farhan Al Saud, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Arabiya Sawudite, aho yamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bugenewe Igikomangoma cy’ikamba Mohammed bin Salman. Abayobozi […]
Polisi y’u Burundi yarasiye mu kico hafi y’umupaka w’u Rwanda abagabo 2

Umuyobozi muri Polisi y’u Burundi ikorera hafi y’umupaka w’u Rwanda mu gace ka Mparamirundi ko muri Komine ya Kayanza ho mu ntara ya Butanyerera, ku wa Gatatu tariki ya 29 Mata yarashe mu cyico abagabo babiri bakekwaho gukorera ubucuruzi bwa magendu hagati y’u Burundi n’u Rwanda. SOS Médias Burundi yatangaje ko amasoko yayo yo muri […]
Amahoro ku rupapuro, intambara ku rugamba: Ukuri gucukumbuwe ku masezerano ya M23 na Kinshasa

Ubwo i Montreux mu Busuwisi hasinyirwaga amasezerano hagati y’umutwe wa AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, icyizere cyongeye kugaruka mu baturage b’Uburasirazuba bwa Congo. Abenshi batekerezaga ko igihe kigeze ngo amasasu aceceke burundu, ubuzima busubire ku murongo. Ariko uko iminsi ishira, ibiri kugaragara ku rugamba bitandukanye cyane n’ibyanditswe ku mpapuro. Amasezerano yarasinywe, […]
Perezida Kagame ategerejwe kwa Duma Gideon Boko

Perezida Paul Kagame ategerejwe i Gaborone muri Botswana, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri agomba kugirira muri iki gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika. Ni uruzinduko Umukuru w’Igihugu yatumiwemo na mugenzi we wa kiriya gihugu, Duma Gideon Boko. Perezidansi ya Botswana mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mata, yavuze ko Perezida Kagame azasura […]
Trump: ‘Uwagerageje kumuhitana nta sano bifitanye n’intambara ya Iran’

Mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma y’igitero cyabereye mu murwa mukuru wa Washington D.C., Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umuntu wagerageje kumugirira nabi nta sano afitanye n’intambara iri hagati ya Amerika na Iran. Trump yavuze ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko uwo muntu ashobora kuba yarakoze wenyine, amwita “umuntu ufite ibibazo bikomeye […]
FDLR iravugwaho kugaba ibitero muri Uganda no gushimuta abaturage

Ingabo za Uganda (UPDF) hamwe n’izindi nzego z’umutekano z’iki gihugu, bakajije umutekano ku mupaka wa Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko abaturage bagaragaje impungenge kubera umutekano muke utezwa n’abarwanyi bikekwa ko ari ab’umutwe wa FDLR. Abatuye mu duce twegereye umupaka, cyane cyane muri Nyabwishenya, muri Centre y’ubucuruzi ya Mupaka ndetse n’iya Nkuringo, […]
U Rwanda rugiye gukumira abana batarengeje imyaka 16 ku mbuga nkoranyambaga

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko yatangiye gutegura gahunda yo gukumira abana bafite imyaka 16 kumanura ku mbuga nkoranyambaga, ku buryo batazongera kuzigiraho konti cyangwa kuzijyaho ngo barebe ibyashyizweho bari mu Rwanda. Byatangajwe na Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, mu kiganiro yahaye RBA. Ubushakashatsi bwa Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, bwagaragaje ko abana 46% bajya […]
RDC: Ingabo za Zambia zigaruriye uduce twa Muliro na Moba mu Ntara ya Tanganyika

Intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) ni yo yiganje mu makuru, ariko raporo y’Inteko Ishinga Amategeko ya RD Congo yakiriwe na RFI igaragaza ko ibibazo biri ku mipaka ya DRC birenze kure cyane ibiri ku mupaka n’u Rwanda. Biravugwa ko Abasirikare ba Zambia bigaruriye uduce tubiri two mu Ntara ya […]
Uganda: Ba ofisiye 4 ba UPDF barimo Brig. Gen. Barigye bakurikiranweho kunyereza lisansi

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye, muri Kampala rwashinje Brig. Gen. James Barigye Ruheesi hamwe n’abandi basirikare bakuru batatu bo mu Gisirikare cya Uganda (UPDF) gukoresha nabi lisansi yagenewe gukoresha mu kazi bakayikoresha mu nyungu zabo bwite. Abaregwa barimo kandi Col. David Ocitti Kidega, Maj. Innocent Kikongo Mugumya, na Capt. Kenneth Labwon Kinyera. Abashinjacyaha bavuga […]
Ituri: Abashinwa 11 n’Abanyekongo 3 batawe muri yombi

Muri Ituri, Abashinwa 11 n’Abanyekongo batatu bacukuraga zahabu mu buryo butemewe n’amategeko mu karere ka Nizi (Teritwari ya Djugu) batawe muri yombi. Nk’uko Guverineri w’Intara ya Ituri abitangaza, ngo abo bantu “bacukura amabuye y’agaciro” mu buryo butemewe n’amategeko mu birombe bya SOKIMO kuva mu 2024 mu gace kamaze igihe karangwamo imitwe yitwaje intwaro myinshi. Abayobozi […]
Mali: Col. Assimi Goita yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’ibitero byo kuwa Gatandatu

Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi wa guverinoma y’igisirikare ya Mali, Col. Assimi Goita, yagaragaye bwa mbere mu ruhame kuva inyeshyamba zagaba ibitero byahurijwe hamwe hirya no hino mu gihugu mu mpera z’icyumweru gishize, arahirira kuri televiziyo guhagarika ababigizemo uruhare. Ku wa Gatandatu, ishami rya al Qaeda muri Afurika y’Iburengerazuba n’umutwe w’inyeshyamba wiganjemo Aba-Tuareg, bibasiye ibirindiro […]
Micky yavuze ko Killaman atahawe inkwano ye kuko atari umubyeyi we

Umukinnyi wa filime nyarwanda Mukobwajana Asifiwe uzwi nka Micky yasobanuye ibyavuzwe ku muhango w’ubukwe bwe na Agiraneza Pacifique, ahamya ko amafaranga y’inkwano ye atigeze ahabwa Niyonshuti Yannick nk’uko bamwe babyibwiraga. Micky yavuze ko kuba Killaman yarambitswe ingofero yambarwa n’abakuru mu mihango yo gukwa bitari bivuze ko ari we wari uhagarariye umuryango wahawe inkwano, ahubwo ko […]
Umunyarwandakazi yakatiwe imyaka 40 muri Malawi

Urukiko Rukuru rwa Lilongwe muri Malawi rwakatiye Gentille Giramata igifungo cy’imyaka 40 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwivugana uwahoze ari umugabo we, Noël Emile Habimana. Urupfu rwa Habimana rwabaye mu Ukwakira 2022, aho mbere byakekwaga ko yazize impanuka. Icyakora iperereza ryaje kwerekana ko atari impanuka, ahubwo ko yishwe, ndetse bikekwa ko umurambo we washyizwe mu […]
Guhererekanya imfungwa hagati ya RDC na AFC/M23 byakubise igihwereye

Umutwe wa AFC/M23 ku wa Kabiri tariki ya 28 Gashyantare, washinje Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuba yaranze kubahiriza amasezerano yo guhererekanya imfungwa impande zombi zari zimaze iminsi 10 zarasinyanye. Ku wa 17 Mata 2026 ni bwo abari bahagarariye impande zombi mu biganiro by’amahoro byaberaga i Montreux mu Busuwisi, banzuye ko mu gihe […]
USA: Uwahoze ayobora FBI yashinjwe gutera ubwoba Trump

Uwahoze ari umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha muri Amerika (FBI), James Comey, yashinjwe guhungabanya ubuzima bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ikirego gikomoka ku ishusho yasangije akanya gato abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Ishusho yashyizwe kuri Instagram umwaka ushize yerekanaga ibizwi nka nka seashells (bimwe bivamo ibinyamunjongo) byakoze imibare “86 47”. “Mirongo inani […]
Ingabo z’u Rwanda n’izindi bakorana zakiriye umuyobozi mushya wa UNMISS

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bafatanyije n’ingabo zituruka Bangladesh, u Bushinwa, Ethiopia na Nepal, kuri uyu wa Kabiri bakiriye mu birori bya gisirikare birimo akarasisi, Madamu Anita Kiki Gbeho, Umuyobozi Mukuru mushya wa UNMISS akaba ari nawe Ntumwa Nkuru ihagarariye Umunyamabanga Mukuru wa Loni mu butumwa bw’ amahoro […]
Paris: Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA PSG yatsinzemo Bayern Munich

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umukino wa mbere wa kimwe cya kabiri cya UEFA Champions League i Paris, aho ikipe ya PSG yamamaza Visit Rwanda yatsinze Bayern Munich. Muri uyu mukino wabereye kuri stade ya Parc des Princes i Paris, ikipe ya PSG yatwaye igikombe giheruka cya […]
Gushinga umutwe witwara gisirikare wo kurinda amabuye y’agaciro: Amerika yanyomoje RDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahakanye ko hari inkunga y’amafaranga zateye umutwe witwara gisirikare washinzwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kugira ngo uzajye urinda ibirombe bicukurwamo amabuye y’agaciro muri iki gihugu. Ku wa Mbere tariki ya 27 Mata ni bwo Urwego Rushinzwe Ubucukuzi bw’Amabuye y’agaciro muri RDC (IGM), rwatangaje ko hamaze gushingwa […]
Ndayishimiye yahinduye ba Minisitiri 3

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakoze impinduka muri Guverinoma y’iki gihugu zasizeho ahinduye ba Minisitiri batatu. Iteka rya Ndayishimiye ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Mata, ryerekana ko Evelyine Butoyi wari umaze igihe ari Ambasaderi w’u Burundi mu bihugu bya Zambia, Angola, Malawi na Zimbabwe yagizwe Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho. Butoyi wanigeze kuba umuvugizi […]