Dr. Ntirushwa yakebuye abitana bamwana mu gihe batarabona urubyaro
Dr. Ntirushwa David umuganga mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUKÂ Â avuga ko bidakwiye ko umugabo n’umugore bitana bamwana mu gihe batarabona urubyaro, ahubwo ko hari ibyo bombi baba batuzuza neza. Kuba hari abashyira igitutu ku bamaze gushakana bamaze igihe kitagera ku myaka ibiri batarabona urubyaro,abakurikiranira hafi ibyâubuzima bavuga ko atari byo kuko nta shingiro […]
RDC: Inyeshyamba zitari zizwi za CODECO zishe abantu batanu
Abantu batanu bishwe amatungo menshi arasahurwa mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane rishyira kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Nyakanga bikozwe nâinyeshyamba zo mu mutwe wa CODECO, mu giturage cya Tchusa, groupement ya Buku, sheferi ya Bahama-Nord muri teritwari ya Djugu, ho mu burasirazuba bwa Congo. Perezida wa Sosiyete Sivile yâaha witwa DĂ©sirĂ© Banza […]
Uganda: Abanyarwanda 40 Â bafashwe bari âbaranzeâ kwimenyekanisha mu nzego zâibanze
Abaturage bâagace ka Besania, muri Kibuye muri Rubaga mu Mujyi wa Kampala bavuga ko Abanyarwanda bafashwe bashinjwa kuba intasi bari baranze gutanga ibyangombwa bibaranga mu nzego zâibanze za Uganda. Ubusanzwe, iyo umuturage wa Uganda yakiriye umushyitsi abimenyesha inzego zâibanze zâaho atuye ( babyita kwiyanzuza). Umuyobozi Ushinzwe Umutekano mu gace ka Besania ahari urusengero rwa ADEPR […]
Abapolisi basaga 100 batanze amaraso yo gufasha abarwayi
Ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi gukorwamo ibikorwa byinshi bitandukanye birimo kubaka ibiro byâimidugudu itarangwamo ibyaha, kubakira abatishoboye, gutanga ubwisungane mu kwivuza, kugabira abantu, gutanga amatara nâamazi ndetse hakiyongeraho nâigikorwa cyo gutanga amaraso. Ibi byose Polisi ibikora mu rwego rwo kurushaho kuzamura imibereho myiza yâabaturage no gushimangira ubufatanye hagati yayo nâabaturage. Ni muri urwo rwego mu […]
RDC: Minisitiri wâubutabera yakubitiwe mu myigaragambyo ajyanwa mu bitaro
Abayoboke bâishyaka UDPS, riri ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Mbuji, mu Ntara ya Kasai-Oriental kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 24 Nyakanga bigabije imihanda banibasira minisitiri wâubutabera wâintara arakubitwa ajyanwa mu bitaro. Abigaragambya basabaga gusubiza muri guverinoma yâintara umuntu wabo witwa Boniface Kapena. Kuri uyu munsi bivugwa ko wari uwa kabiri […]
IBITEKEREZO BYAWE BISHUSHANYA IKARITA IGOMBA KU KUYOBORA-Rev. Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Ibitekerezo byawe igihe cyose biba bitegereje ko ubibwira icyo ushaka kuba cyo, cyangwa uko ushaka ko […]
Lt. Gen. Henry Tumukunde mu bazahatana na Museveni mu matora
Lt. Gen. Henry Tumukunde wahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda yavuze ko ashobora kuzahatana na Museveni n’abandi mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu 2021. Lt. Gen.Tumukunde yatangiye mu buryo buri wese atakekaga ko yagera kuri uru rwego. Nk’uko Chimp Reports ibivuga, yatangiye avuga ko aziyamamariza umwanya wa meya w’umugi wa Kampala. Yagiye ahura n’imiryango itandukanye […]
Abajura baretse inka bahitamo kwiba amata yazo
Ubusanzwe twumva ngo abajura baje, batera urugo runaka biba amafaranga, ibikoresho by’agaciro, umutungo ndetse n’amatungo harimo n’inka ariko muri Kenya ho bari gutungurwa n’ukuntu aba bajura baza bagakama inka zabo, bagacyura amata gusa inka bazisize. Ni abasambo bari basanzwe biba inka mu gace ka Kinangop muri Nyandarua. Abaturage batangiye gutungurwa no kubyuka bagasanga inka zabo […]
Goma: Impanuka y'ikamyo itwaye ubuzima bw'abacuruzi 14, inkomere ni nyinshi
Ku mugoroba w’uyu wa 25 Nyakanga mu mugi wa Goma habaye impanuka y’imodoka, abantu 14 bahasiga ubuzima, abandi bakomereka bikomeye. Inkuru ya Radio Okapi ivuga ko ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso yavaga ku kibuga cy’indege cya Goma, irayoba isanga abacuruzi bacururizaga imbere y’inzu ibikwamo ibicuruzwa. Ikimara kubagonga, umunani bahise bapfa, abandi batandatu bapfa nyuma […]
 Dar Es- Salaam : Urusaku rwo mu kabari rwagabanyije ubushake bwo gutera akabariro ku bagabo
Ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cya Tanzania bugaragaza ko urusaku rwo mu kabari rugira ingaruka mbi ku buzima bwâabantu cyane ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ku bagabo batuye mu Mujyi wa Dar Es-Salaam. Komisiyo yâIgihugu Ishinzwe Kurinda no Kurengera Ibidukikije (NEMC), itangaza ko ubushakashatsi yakoze bwagaragaje ko urusaku rukabije ruba mu tubari rugabanya ubushake bwo gutera […]
Jinja: Abasekirite bagerageje kwiba ishami rya KCB bari bashinzwe kurinda
Igipolisi mu Karere ka Jinja mu gihugu cya Uganda cyatangiye guhiga bukware abashinzwe umutekano babiri bâikigo cyigenga kitwa Pinnacle Security Limited, bari bashinzwe kurinda ishami rya banki ya KCB muri aka karere, kuri uyu wa Gatatu batunze imbunda abakozi ba banki bashaka kuyiba nkâuko tubikesha Chimpreports. Nta muntu nâumwe wakomerekeye muri iki gikorwa cyapfubye cyo […]
RCS Â yavuze ku âmyigaragambyoâ yo muri Gereza ya Mageragere, nâikubitwa ryâumunyamakuru Mugabe
Urwego rwâIgihugu rwâAmagereza mu Rwanda (RCS) rwagize icyo rutangaza ku byatangajwe ko habaye imyigaragambyo yamagana amategeko yâumuyobozi mushya wa Gereza ya Nyarugenge (Mageragere), CSP Kayumba  ndetse nâikubitwa rikomeye ryâumunyamakuru, Robert Mugabe. Mu minsi ishize, ibinyamakuru byo hanze byatangaje ko habaye ugutana mu mitwe hagati yâabacungagereza bafatanyije na polisi nâabagororwa. Muri uku guhangana ngo ni nabwo […]
Minembwe: Col Katembo washinjwaga gutanga intwaro zicaga Abanyamulenge yasimbujwe Col. Zayirwa
Ubuyobozi bwâIgisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko giherutse gusimbuza Col Honore Katembo, wari umuyobozi wâingabo i Minembwe, muri Kivu yâAmajyepfo, washinjwaga guha umutwe wa Mai-Mai intwaro zakoreshejwe mu kwica Abanyamulenge mu makimbirane hagati y’amoko aherrutse kuvugwa mu minsi ishize, asimbuzwa uwitwa Col. Zayirwa. Ibi ngo byaje bikurikira gutakamba kwâaba baturage bâAbanyekongo bo […]
Umukambwe BĂ©ji CaĂ ÂŻd Essebsi wayoboraga Tunisia yatabarutse ku myaka 92 yâamavuko
Perezida wa mbere wa Tunisia watowe binyuze muri demokarasi, umukambwe BĂ©ji CaĂ ÂŻd Essebsi wâimyaka 92 kuri uyu wa kane yitabye Imana nkâuko byatangajwe na perezidansi yâiki gihugu. Ni nyuma yâuko yari yakiriwe mu Bitaro bya gisirikare bya Tunis kubera uburwayi bwakomeje kumugendaho kuva mu kwezi gushize nkâuko umuhungu we yabitangaje. Perezida BĂ©ji CaĂ ÂŻd Essebsi yari […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku itabwa ku ifatwa ryâabaturage barwo 40 muri Uganda
U Rwanda rurasaba ibisobanuro Uganda ku itabwa muri yombi ryubuye ryâAbanyarwanda baba muri iki gihugu gituranyi mu Majyaruguru. Kuwa Kabiri wâiki cyumweru, Abanyarwanda 40 barafashwe bakekwaho kuba intasi zâu Rwanda. Ibinyamakuru byo muri Uganda byavuze ko aba bitwikiriye idini ya ADEPR ariko ngo ari intasi. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga Ushinzwe Umuryango wa […]
Guseka ni umuti ukenera gufata buri munsi- Rev. Nibintije
 Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Mugenzi wanjye, Imigani 17:22 Umutima unezerewe ni umuti mwiza, ariko umutima ubabaye umutera konda ( […]
Umwe mu bayobozi ba Uganda yashyize mu majwi abadipolomate bâu Rwanda i Kampala
Abanyarwanda byibuze 40 baherutse gutabwa muri yombi nâUrwego rwâubutasi mu gisirikare cya Uganda, CMI, barashinjwa ibyaha byâubutasi nkâuko umwe mu bayobozi bakuru yabitangarije Chimpreports muri iki gitondo cyo kuwa kane yemeza ko abadipolomate bâu Rwanda i Kampala babigiramo uruhare.Umuyobozi wâu Rwanda wagize icyo avuga ariko we arabihakana akavuga ko ari inzirakarengane zafashwe. Mu gitondo cyo […]
RDC: Leta irashinjwa kuba yatangiye kwimana amakuru kuri Ebola
Ibinyamakuru byo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu byabyutse byinubira ko bitagihabwa amakuru ku cyorezo cya Ebola cyayogoje uburasirazuba bwâigihugu. Ubusanzwe, minisiteri yâubuzima yoherezaga ubutumwa bwa e-mail ivuga uko byifashe buri munsi. Ubwo butumwa bwohererezwaga ibitangazamakuru, inzego za leta zitandukanye, inzego nâimiryango mpuzamahanga bafite uruhare mu rugamba rwo kurwanya Ebola. Ariko […]
Ruhango: Polisi yafashe uwiyitaga umukozi wa compassion international akambura abaturage
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango mu murenge wa Kinazi kuri uyu wa 24 Nyakanga, yafashe umugabo witwa Karake Innocent wâimyaka 44 yâamavuko wabeshyaga abaturage avuga ko akorera umushinga wa compassion International akabasaba amafaranga kugira ngo abandikire abana muri uwo mushinga. Umuvugizi wa Polisi mu ntara yâAmajyepfo Chief Inspector of Police(CIP) Bonaventure Karekezi […]
U Bufaransa nâu Burundi mu mubano mushya nyuma yâimyaka 4 birebana ayâingwe
Igihugu cyâu Bufaransa nâu Burundi byasubukuye umubano hagati yabyo wari wajemo agatotsi kuva mu 2015 nyuma yo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza kwakurikiwe nâimvururu zaguyemo Abarundi batari bacye abandi bagahunga igihugu. U Burundi bukaba bwarakunze gushinja u Bufaransa gushyigikira abashatse guhirika ubutegetsi. Nyuma rero yâaho minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Burundi, Ezechiel Nibigira akoreye uruzinduko […]
Kenya: Abakobwa 3 b'abanyeshuri bagerageje kuroga bagenzi babo bapfa umuhungu
Abanyeshuri batatu b’abakobwa bigaga mu ishuri rya Makueni Girls High School muri Kenya, birukanywe bazira kugerageza kuroga bagenzi babo babaziza kwambura umwe muri bo umusore bakundanaga. Aba bakobwa bose bafite imyaka 15 y’amavuko bafashe uburozi bw’ibinyabutabire (produits chimiques) bibye muri ‘laboratoire’ y’ishuri, bashaka kubuvanga n’amafunguro ya saa sita yateguriwe abanyeshuri. Aya makuru yemezwa na Dorcas […]
Diamond yinjije miliyari 3 mu gihe kitageze ku mezi atanu ate?
Umuhanzi Abdul Nasib Juma uzwi nka Diamond Platinumz yinjije miliyari eshatu z’amashilingi ya Tanzania mu minsi 150. Aya mafaranga tuyashyize mu manyarwanda, asaga miliyoni 397.5. Diamond yose ayakesha ibitaramo akora bitandukanye. Mu gitaramo kimwe, uyu muhanzi ntiyagiye aburamo miliyoni 100; ni ukuvuga ko aya ari yo mafaranga make yakuye mu bitaramo. Ugiye kuzivunja mu manyarwanda, […]
Nyanza/Kenya: Abagabo badasiramuye barashakishwa
Leta ya Kenya yatangije ubukangurambaga bushakisha abagabo badasiramuye bâahitwa Nyanza kuko ibafata nkâabagira uruhare runini mu gukwirakwiza Virusi ya SIDA. Kuri ubu iki gikorwa kiri gukorerwa mu duce tune tugize Nyanza ariko kikaba kizakomereza nâahandi mu rwego rwo guhangana nâiki cyorezo. Minisiteri yâUbuzima yâIki gihugu yifashishije Ikigo Gishinzwe Gukangurira Abagabo Kwisiramuza ku Bushake ( VMMC) […]
Umugabo yafatiwe mu mabandi yasahuraga kwa sebukwe na nyirabukwe arimo abahata ikiboko
Makonda Kbdul Kalim w’imyaka 34 y’amavuko yafashwe n’inzego z’umutekano ubwo yari ayoboye itsinda ry’amabandi ane yari yagabye igitero kwa sebukwe, nyuma yo gusabayo inguzanyo akayimwa. Umuyobozi w’umujyi wa Mbeya uherereye mu Majyepfo ya Tanzania, David Mwashilindi, yatangarije itangazamakuru ko Makonda yari amaze ibyumweru bitatu ategura uyu mugambi mubisha wo kugaba igitero kwa sebukwe. Ati “Inzego […]
Umwana w'imyaka 8 yishe mugenzi we
Mu ntara ya Morogoro muri Tanzania, umwana w’imyaka 8 y’amavuko yishe uw’umwaka umwe n’amezi 7 y’amavuko akoresheje umuhoro. Ibi byabaye ku wa 21 Nyakanga, 2019 mu giturage cya Hembeti, mu karere ka Mvomero muri iyi ntara. Umurambo w’uyu mwana, Greyson Valentino bawusanze mu isambu y’ababyeyi b’uyu mwana wishe. Umuyobozi wa polisi mu ntara ya Morogoro, […]
Abaturiye Pariki ya Nyungwe basobanuriwe inyungu ibafitiye
Ubuyobozi bwâikigo cyâigihugu cyâiterambere(RDB) nâubwâakarere ka Nyamasheke buvuga ko bwishimira uburyo abaturiye Pariki yâigihugu ya Nyungwe ku gice giherereye muri aka karere bayibungabungira umutekano nyuma yâaho Leta yemereye abaturiye amapariki kujya babona ku byiza bituruka ku bukerarugendo, bityo bukaba bubasaba kurushaho kuyifata nk’iyabo. Babisabwe ubwo mu mudugudu wa Rwumba,akagari ka Buvungira,mu murenge wa Bushekeri muri […]
Gatenga: Bahangayikishijwe n'abagizi ba nabi bategera abantu mu gashyambaÂ
Abatuye mu Kagari ka Karambo ko mu murenge wa Gatenga barasaba ubuyobozi ko bwashyira amatara mu inzira iri mu gashyamba kari mu Mudugugu wa  Kamabuye, mu rwego rwo guhangana nâabagizi ba nabi bahategera abantu. Ibi biravugwa mu gihe kuri uyu wa mbere hasanzwe umurambo wâumusore, kugeza ubu ntiharamenyakana icyamwishe. Abaturage bavuga ko haba abasore bambura […]
Bobi Wine yatangaje ku mugaragaro ko azahatana na Museveni mu matora yo mu 2021
Umunyapolitiki mushya muri politiki ya Uganda ariko uhangayikishije ubutegetsi bwâishyaka NRM, Robert Kyagulanyi, uzwi ku mazina yâubuhanzi ya Bobi Wine, kuri uyu wa Gatatu, itariki 24 Nyakanga yatangaje ku mugaragaro ko azahatana na Perezida Museveni mu matora yâumukuru wâigihugu yo mu 2021. Depite, Kyagulanyi yagize ati: âMu izina ryâabaturage ba Uganda, nzahangana nawe (Museveni) mu […]
Perezida w'Inteko Nshingamategeko ya Misiri yasuye u Rwanda- AMAFOTO
Perezida wâInteko Ishinga Amategeko wa Misiri, Dr Ali Abdel Aal ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi Ine, aho yagiranye ibiganiro n’abayobozi barimo Perezida wa Sena y’u Rwanda, Makuza Bernard na Perezida w’Inteko Nshingamategeko y’u Rwanda, Mukabalisa Donatille. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga 2019, yakiriwe na Perezida w’Umutwe w’Abadepite, […]
Tanzania: Imirwano hagati yâabapolisi nâabarobyi yaguyemo umupolisi nâabaturage batatu
Umupolisi umwe nâabaturage batatu biciwe mu mirwano hagati yâabashinzwe umutekano nâabaturage bashinjwa uburobyi butemewe nâamategeko mu Kiyaga cya Victoria. Iki kiyaga biravugwa ko kimwe nâibindi byo mu karere byugarijwe no kubirobamo gukabije gukunze guteza umwiryane hagati yâabarobyi nâubuyobozi. Guverineri wa Mwanza, John Mongella, yabwiye ITV ko imirwano yadutse kuri uyu wa Mbere ushize, hagati yâabapolisi […]
Umukinnyi w'iteramakofe yayahaswe ku bwinshi bimuviramo gupfa- AMAFOTO
Icyamamare mu mukino w’iteramakofe, Maxim Dadashev wari ufite imyaka 28 y’amavuko, agakomoka mu gihugu cy’u Burusiya, yakubiswe birangira ubuzima bwe abuburiye mu kibuga. Maxim yahaswe ibipfunsi na Subriel Matias ku wa 19 Nyakanga 2019, mu mukino bakiniye i Maryland. Ajyanwa mu bitaro kwitabwaho n’abaganga ariko ashiramo umwuka ku wa Kabiri tariki ya 23 Nyakanga. Nk’uko […]
Imbonerakure ishinjwa gutegura umugambi wo kurwanya manda ya 4 ya Nkurunziza yaburiwe irengero
Umwe mu Mbonerakure zigizwe nâurubyiruko rwâIshyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, amaze ibyumweru bibi yaraburiwe irengero, bityo ngo akaba yateguraga rwihisha umugambo wo kuzarwanya manda ya Kane ya Nkurunziza mu gihe yazaba yiyamamaje. Iyi Mbonerakure yitwa Jean-Marie Harerimana, akaba asanzwe ari umucuruzi mu Ntara ya Gitega. Amakuru akavuga ko yari yatawe muri yombi na […]
Umunyamakuru wa TV1 waburiwe irengero ari mu maboko yâinzego zâumutekano za Uganda
Umunyamakuru Constantin Tuyishimire wakoreraga TV 1 ngo ari mu maboko yâinzego zâumutekano za Uganda nyuma yo kuburirwa irengero mu Rwanda mu cyumweru gishize. Umugore wa Tuyishimire witwa Placide Uwabasindi aherutse kubwira Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) ko umugabo we yavuye mu rugo kuwa 17 Nyakanga 2019 agiye gutara inkuru mu Karere ka Gicumbi. Amakuru yizewe agera […]
Zhan Beleniuk, Umunya-Ukraine wa mbere ufite inkomoko mu Rwanda wabaye umudepite
Umunya-Ukraine wâimyaka 28 yâamavuko ufite inkomoko mu Rwanda, Zhan Vensanovych Beleniuk, yabaye umuturage wa mbere wa Ukraine wâuruhu ruvanze ubaye umudepite mu nteko ishinga amategeko yâiki gihugu. Uyu musore unakina imikino ngororamubiri byâumwuga akaba akomoka mu ishyaka rya Perezida Zelensky. Amatora yâabadepite muri Ukraine akaba yarabaye kuwa 21 Nyakanga 2019, ishyaka riri ku butegetsi ribasha […]
Numiwe, umugabo yifuje ko twajya dukora imibonano mpuzabitsina saa Sita, ngo nibwo azatera inda yâumuhungu
Yesu ashimwe nshuti duhurira kuri iki kinyamakuru, ntuye mu Ntara yâAmajyaruguru, nkaba ndi umubyeyi wâabana batanu bose bâabakobwa. Umugabo wanjye yakomeje kumbwira ko ibyo yasabwa byose yabitanga ariko akabyara umwana wâumuhungu, mwumvisha ko umwana wese ari nkâundi ariko ntabyumva. Ubu noneho yazanye igitekerezo cyâuko ngo iyo ukoze imibonano mpuzabitsina mu masaha yâamanywa bifasha gutera inda […]
Narwanyije Habyarimana, ndwanya Interahamwe, ubundi butegetsi ndwanya ni ubuhe? – Lt Joel Mutabazi
Mu rukiko rwâubujurire kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nyakanga 2019, Lt Joel Mutabazi yahakanye ibyaha ashinjwa birimo ibyâiterabwoba areganwamo na bagenzi be barimo nâabavandimwe be, akemeza ko abamushinja bakoreshwa mu gihe atanazi ubutegetsi ashinjwa kurwanya. Nâubwo urukiko rwâubujurire rwarangije iburanisha ryâubujurire, Lt Mutabazi na bagenzi be baregwamo, hakaba hategereje umwanzuro wâurukiko, uyu musirikare […]
Gen Salim Saleh nâumukuru wa polisi wungirije ku rutonde rwâabantu bashobora kugirirwa nabi muri Uganda
Umwe mu bagize agatsiko kâabagizi ba nabi watawe muri yombi muri Uganda yahishuye umugambi wo kugirira nabi abayobozi bakuru  bâingenzi mu gihugu barimo abaminisitiri, abadepite, nâabandi bayobozi bakuru muri guverinoma benshi. Nkâuko uwo mugizi wa nabi watawe muri yombi avuga, ngo yabaga mu gatsiko kâabagizi ba nabi kagizwe nâinsoresore zibarizwa mu dutsiko twâabagizi ba nabi […]
Ntabwo ndi umunyamahirwe mu rukundo, si ku bagabo- Anita Pendo
Umunyamakuru, umushyushyarugamba (MC), Anita Pendo atangaza ko we atavuga ko nta mahirwe afite ku bagabo ahubwo ko nta mahirwe afite mu rukundo. Uyu mubyeyi wâabana babiri yatangaje ibi mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Nyakanga, mu kiganiro Magic Morning afatanya na mugenzi, we Mulindwa Augustin. Muri iki kiganiro bagarutse ku buryo, hari igihe hagati […]
RDC: Umusirikare umwe n'abasivili 6 bishwe batemaguwe
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Ituri umusirikare wa leta umwe nâabasivili batandatu bishwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 23 Nyakanga batemaguwe . Ababishe ni inyeshyamba zarimo zihunga ingabo zâigihugu barimo barwana, nkâuko umuvugizi wa FARDC muri Ituri, Lieutenant Jules Tshikudi, yabitangarije ikigo ntaramakuru AFP cyo mu Bufaransa nk’uko Ijwi rya Amerika […]
Nyarugenge: Umugore yafatanwe udupfunyika turenga 600 twâurumogi
Kuri uyu wa 22 Nyakanga, Police ikorera mu karere ka Nyarungenge mu murenge wa Kimisagara yafashe uwitwa Nikuze Zawadia wâimyaka 25 yâamavuko afite udupfunyika 616 twâurumogi. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police (CIP) Marie Gorette Umutesi yavuze ko Nikuze yafashwe kubera amakuru yatanzwe nâabaturage kuko bari bamaze kumenya ko afite […]
Uganda: Â 40 bafashwe bashinjwa kuba 'intasi zâu Rwanda' zitwikiriye kuba muri ADEPR
Umukwabu wakozwe nâinzego nâurwego rwâigisirikare cya Uganda (CMI) ifatanyije nâipolisi wafashe Abantu 40 bakekwaho kuba intasi zâu Rwanda ariko ngo bikingirije kuba abayoboke bâItorero rya pentekokisiti (ADEPR) muri iki gihugu. Iki gikorwa cyabaye kuwa Kabiri wâiki cyumweru ahitwa Kibuye hafi nâUmurwa Mukuru Kampala, nkâuko ikinyamakuru Softpower, gikunze kuvugwaho kuba mu kwaha kwa Leta kibitangaza. Umwe […]
Agatima k'impunzi z'Abarundi ziri muri Tanzania kasubiye mu gitereko
Mu gihe impunzi z’Abarundi zari zihangayitse nyuma yo kubwirwa ko zigiye gucyurwa ku ngufu, Ishami rya ONU ryita ku mpunzi HCR riravuga ko nta mugambi uriho wa Leta ya Tanzania wo kuzicyura muri ubu buryo. Amwe mu mashyirahamwe ategamiye kuri leta y’u Burundi aherutse kwandikira ibaruwa leta ya Tanzania, HCR, umuryango w’ubumwe bwa Afurika n’umuryango […]
Ubutaliyani: Ababaswe na telefone bagiye kujyanwa mu bigo ngororamuco
Ubutaliyani bufite gahunda yo kujyana mu bigo ngororamuco ingimbi n’abangavu barara mu matelefone kubera ko ngo bibagiraho ingaruka z’umunaniro n’izindi nkurikizi. Byatangajwe na Minisitiri Vittoria Casa wavuze ko inteko ishinga amategeko yamaze gushyikiriza guverinoma iri tegeko. Daily Mail ivuga ko impamvu iiri tegeko rigomba kubahirizwa ari ukugira ngo ingimbi n’abangavu batava muri telefone no mu […]
Witegure kurera umwana wawe wenyine- Zari aburira umukunzi wa Diamond
Umugandekazi wâumuherwe Zari Hassan araburira umukunzi wa Diamond Platnumz ariwe Tanasha Donna ko agomba kwitegura hakiri kare kurera umwana we wenyine utaravuka azabyarana na Diamond mu gihe ibintu bidakomeje kugenda neza. Zari yakundanye na Diamond imyaka igera kuri itanu ndetse banabyarana abana babiri. Batandukanye tariki ya 14 Gashyantare 2018 ku munsi wahariwe abakundana. Gusa Zari […]
Amerika yasabwe gusobanura uburyo Trump yasibamo Afghanistan
Umuvugizi w’ibiro bya Perezida wa Afghanistan yasabye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika gusobanura uburyo Trump yavuze ngo yasiba Afghanistan kuri iyi si. ” Afghanistan ntabwo yigeze kandi ntizemerera igihugu na kimwe cy’amahanga kuyigenera ahazaza habi. Ku bw’umubano ibihugu byombi bifitanye, turasaba ubusobanuro bwimbitse ku mvugo ya Trump.” Aya ni amagambo Sediq Sediqqi yatangaje. Kuri uyu wa […]
Boris Johnson yatsindiye kuba Minisitiri w'Intebe w'u Bwongereza
Boris Johnson yatowe n’abarwanashyaka b’ishyaka rya Conservative ahita aba na Ministiri w’intebe w’Ubwongereza. Yatsinze Jeremy Hunt ku majwi 92.153 ku 46.656 ya Bwana Hunt. Bwana Boris wahoze ari umuyobozi w’umujyi wa London, azasimbura Theresa May ku mwanya wa Minisitiri w’intebe ku wa Gatatu. Abarwanashyaka bagera ku bihumbi ijana na mirongo itandatu (160.000) bari bemerewe gutora […]
Mama yishe papa ndeba, ndamwibuka asamba ava amaraso- Ubuhamya bwâumwana wo muri Uganda
Hari ibitubaho tukiri bato bikatuguma mu mutwe rimwe na rimwe bikaba byanatugiraho ingaruka tumaze gukura kubera uburyo twabyakiriye muri twe. Umwana wâimyaka 10 aribuka ukuntu se yishwe na nyina, amukubise ishoka mu mutwe agahita apfira aho. Umukobwa wâimyaka 10 yahawe izina rya Jacqueline, akomoka mu gihugu cya Uganda, avuga ko se yishwe na nyina abireba, […]
Kirasa watozaga Kiyovu Sports yamaze gusinyira Rayon Sports
Rayon sports yamaze gusinyisha uwari umutoza mukuru wa Kiyovu Sports Kirasa Alain nk’umutoza wungirije muri iyi kipe yambara ubururu n’umweru, akaba yasinye amasezerano yâumwaka umwe. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Nyakanga 2019 nibwo Kirasa yashyize umukono ku masezerano y’umwaka azamara atoza iyi kipe nk’umutoza wungirije. Rayon Sports yasinyishije Kirasa mu gihe […]
RDC: Mu minsi itanu inyeshyamba zikomoka muri Uganda zimaze kwica abaturage 22
Abaturage bagera kuri 22 bishwe nâinyeshyamba za ADF zikomoka muri Uganda abandi babarirwa mu majana bava mu byabo barahunga nyuma yâibitero byagabwe nâizi nyeshyamba mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Sosiyeti Sivile yatangaje iyi mibare yasabye Leta guha uburyo bushoboka igisirikare (FARDC) kugira ngo barinde abaturage ibitero bagabwaho nâinyeshyamba. Umunyamabanga Mukuru wa Sosiyeti Sivile muri Teritwari […]
Niyibizi M. Goreth ufite umwana byananiranye kuvurirwa mu Rwanda arasaba ubufasha
Umubyeyi witwa Niyibizi Marie Goreth utuye mu Kagali ka Kamukina, mu Murenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo arasaba abagiraneza inkunga yo kuvuza umwana we witwa Niyibizi Blessing ufite ikibazo cyâumwenge uri ku mutsi ujyana amaraso ku mutima. Nyuma yâamezi abiri  gusa uwo mwana avutse nibwo ngo yatangiye kugira ibibazo byâubuhumekero,Niyibizi Marie Goreth yahise yihutira kuvuza […]
Koreya y'Epfo yarashe amasasu asaga 300 yihanangiriza indege y'Uburusiya-CNN
Kuri uyu wa 23 Nyakanga, indege ya gisirikare ya Koreya y’Epfo yarashe ku y’Uburusiya amasasu asaga 300 iyihanangiriza kuko yayivogereye ikirere. Aya makuru yemejwe n’igisirikare cya Koreya y’Epfo nyuma y’iki gikorwa. Igisirikare cy’iki gihugu gishinja indege ya A-50 kukivogerera ikirere ubugira kabiri. Iki gikorwa kikaba gifatwa nk’ubushotoranyi n’agasuzuguro. Koreya y’Epfo yihanangirije Uburusiya nyuma y’amasaha make […]
Bomboribombori hagati y'umutoza Zidane n'uhagarariye Gareth Bale
Rutahizamu wa Real Madrid na Wales, Gareth Bale, ntakiri mu bakinyi bashimwa n’umutoza Zinedine Zidane bityo ngo akaba ari hafi kuyivamo. Bale w’imyaka 30 ntiyashyizwe mu kibuga mu mukino wo kwitegurira amarushanwa ari imbere, aho Real yatsinzwe 3-1 na Bayern Munich muri Amerika. Ubwo yagiraga icyo avuga umukino urangiye, Zidane yagize ati: “Turizera ko azogenda […]
Rusizi: Barasabwa ubufatanye mu gukemura ibibazo by'abana bibana
Ubuyobozi bwâAkarere ka Rusizi nâubwâumushinga Strive foundation Rwanda wita ku bana bibana mu turere twa Rusizi na Nyamasheke buvuga ko aba bana bahura nâibibazo byinshi, bagasaba buri wese uhangayikishijwe nâimibereho yâaba bana kugira uruhare mu kugira ngo irusheho kuba myiza. Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje ubuyobozi bwâakarere,ba Gitifu nâabashinzwe imibereho yâabaturage mu mirenge ya Nyakabuye,Nkungu,Butare na […]
Biravugwa ko  Ali Kiba yatandukanye nâumugore we
Hari amakuru avuga ko umuhanzi Ali Kiba atakiri kumwe nâumugore we, Amina Khalef bitewe nâibibazo byâurugo. Amakuru agera ku kinyamakuru Ghafla avuga ko uyu mugore yaba yararenzwe nâibibazo uruhuri nyuma yo kumenya ko hari abandi bana Ali Kiba afite batari abo asanzwe azi. Uwatanze amakuru yagize ati â Habayeho uguterana amagambo bisanzwe. Ariko uyu mugore […]
Patrick Karegeya yavuzweho kuba mu bashakaga kugirira nabi Perezida Kagame
Ubwo Lt Joel Mutabazi yitabaga urukiko hamwe na bagenzi be barimo Kalisa Innocent, Karegaya Patrick wahoze mu gisirikare cy’u Rwanda nyuma agahungira muri Afurika y’Epfo ari naho yiciwe, yavuzweho kuba yaragiranaga ibiganiro n’aba basirikare bagenzi be, bashinjwa kuba barashakaga kugirira nabi umukuru w’igihugu, Paul Kagame. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 […]
Ndi umudamu, nsoma ku nzoga nkifuza umugabo cyane kandi uwanjye tubonana gake cyane mu mwaka- Nkore iki?
Nitwa Janviere aho ntuye mpagize ibanga, imyaka yanjye ni 38 nkaba mfite abana babiri, bitewe nâimiterere yâakazi umugabo wanjye akora, ntabwo aboneka mu rugo buri gihe, kuko ashobora kubona uruhushya rwo kuza mu rugo nka kabiri mu mwaka. Mu byâukuri rero, ikinteye kugisha inama, ni iki, ubusanzwe ndi umucuruzi wa butiki ariko irimo byose, ndavuga […]
Intambara urimo igusaba kugira ukwizera kuzuye- Rev. Nibintije
Gusenga + ukwizera = insinzi Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Umubwiriza 9:10 âUmurimo wose werekejeho amaboko yawe uwukorane umwete, kuko ikuzimu […]
Gisagara/Burundi: Hagabwe igitero babiri bakomeretswa nâamasasu
Ubuyobozi bwa Komini Gisagara, Intara ya Cankuzo iherereye mu Burasirazuba bwâu Burundi, hagabwe igitero nâabantu bari bitwaje intwaro, babiri barahakomerekera. Nkâuko bitangazwa nâabatuye ku musozi wa Bunyerere muri iyi Komini, ngo igitero cyagabwe mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira iryo ku wa Mbere, tariki ya 22 Nyakanga 2019, ahagana saa munani. Umuyobozi wa Komini Gisagara, […]
Nyamasheke: Ucyekwaho kwica nyina amukase ijosi yishyikirije inzego zâumutekano
Ntawukuriryayo Samuel wâimyaka 37 yâamavuko, utuye mu mudugudu wa Bunyenyezi,akagari ka Murambi ,umurenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke, yishyikirije inzego zâumutekano, aho acyekwaho kwica nyina Mukahirwa Adalie amukase ijosi. Amakuru dukesha umunyamabanga nshingwabikorwa wâakagari ka Murambi muri uyu murenge,Mukamana Thamar avuga ko urupfu rwâuyu mukecuru Mukahirwa Adalie wâimyaka 66 yâamavuko, wari utuye mu mudugudu […]
Somalia: Abagera kuri 17 bahitanwe nâiturika ryâibisasu
 Abantu bagera kuri 17 bamaze gusiga ubuzima abandi 30 barakomereka bikomeye mu gitero cyâubwiyahuzi cyagabwe nâumutwe wâiterabwoba wa Al -shabab . Iki gitero cyagabwe mu mugi wa Mogadishu kuri uyu wa 22 Nyakanga 2019. Umutwe wa Al Shabab wigambye ko ariwo wagabye iki gitero. Imodoka yari itwaye igisasu yaturikiye mu mugi wa Mogadishu hakurikiraho […]