Abagenzacyaha basabwe ubuhanga mu gukusanya no kurinda ibimenyetso ku rwego mpuzamahanga

Ibi byavuzwe n’umuyobozi mukuru wungirije muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe abakozi n’imiyoborere (DIGP/AP) Juvenal Marizamunda kuri uyu wa gatatu tariki ya 15 Werurwe, ubwo yasozaga amahugurwa y’abapolisi 15 bakorera hirya no hino mu gihugu bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubugenzacyaha (CID) bari bamazemo icyumweru, aya mahugurwa akaba yari agamije kubongerera ubumenyi mu […]

Uganda: Umudepite yasohowe mu nama kubera imyambarire idahwitse

Umudepite witwa Hatwib Katoto mu ngoro y’Inteko ishinga amategeko ya Uganda aherutse kwirukanwa muri komite ishinzwe ibijyanye n’ubukungu mu ngoro kubera ikibazo cy’imyambarire. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru daily monitor cyo muri kiriya gihugu kivuga ko uyu mugabo uhagarariye akarere ka Katerera mu nteko, akaba ari n’umwe mu bagize iriya komisiyo, yatunguye abantu ubwo yinjiraga mu nama […]

Abakomando ba UPDF nibo bahawe inshingano zo guherekeza minisitiri w’u Bwongereza muri Somalia

Umutwe w’abakomando mu ngabo za Uganda,UPDF, witwaje ibikoresho bishoboka kuri uyu wa Gatatu niwo wahawe inshingano zo guherekeza minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bwongereza, Boris Johnson ubwo yakoreraga uruzinduko rwe rwa mbere I Mogadishu mu murwa mukuru wa Somalia mu gihe hitegurwa inama mpuzamahanga kuri Somalia izabera I London kuwa 11 Gicurasi 2017. Minisitiri Boris wavanywe […]

Uganda:Umusirikare mukuru arashinja bagenzi be kumujombagura ibyuma ku gitsina

Kapiteni Bosco Alepere, umwe mu bantu 14 bashinjwa kugaba igitero ku birindiro by’ingabo za Uganda by’i Kabamba mu 2014 ,kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Werurwe,2017 yagejejwe imbere y’urukuki mu gihe cyo kwisobanura agwa hasi kubera iyica rubozo avuga ko yakorewe n’abagenzi be bamufunze harimo no kumujombagura utwuma dutyaye ku gitsina. Kapiteni Alepere ushinjwa kuba […]

Inzira y’umusaraba Abayahudi bafite inkomoko muri Afurika banyuzemo mbere yo gutaha iwabo

Niba hari ikintu gikunda guteza amakimbirane hagati y’abantu bagize sosiyeti mu mpande 4 z’isi ni ahantu hamwe usanga igice kimwe mu bantu bitwa ko bagasangiye igihugu bamwe batemera abandi aba cyangwa bariya, batemera uburenganzira bwa bagenzi babo ku gihugu cyabo basangiye! Gukimbirana ku mpamvu za politiki, ubukungu cyangwa ukundi kutumvikana kw’abasangiye igihugu ni ibintu bisa […]

Mugihe ikipe ya Mali yiteguwe i Kigali, Rayon Sports ngo irashaka kurebana n’abayiharabika

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports, Massoud yatangaje ko ikipe ya Rayon nta yandi mahitamo ifite uretse gutsinda ikipe ya Onze Createurs yo muri Mali iherutse kuyitsinda igitego kimwe ku busa ubwo yari yagiyeyo mu irushanwa rya CAF CC. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu cyumweru cyashize, nibwo ikipe ya Rayon Sports yagiye gukina umukino wa mbere n’iriya kipe […]

Satani yaratsinzwe

Benedata si ugutukana ariko njye mbona Satani ari Injiji. Iyo ajyana ibirengo by’Umwana kuri Se buriya aba abona biri bwakirwe bigahabwa agaciro? None ayobewe ko Dossier yari ikubiyemo ibyo yadushinjaga uretse no kudahabwa agaciro ahubwo yabambwe kumusaraba ishyizwe kuri Kristo. *igahanagura urwandiko rw’imihango rwaturegaga, ikarudukuzaho kurubamba ku musaraba* Abakolosayi 2:14 Mpereye kuri ibyo byavuzwe haruguru […]

RDC: Leta irashinja Loni kuba nyirabayazana y’ishimutwa ry’abakozi bayo

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanenze cyane Umuryango w’Abibumbye awushinja kuba ari wo wagize uruhare mu ishimutwa ry’abakozi bawo baherutse gushimutirwa muri Kasai ku Cyumweru gishize, avuga ko guverinoma yabo itari yamenyeshejwe ko bari mu gihugu. Umunyamerika Micheal Sharp n’Umunyasuede, Zahida Katalin ndetse n’abakongomani bane bari babaherekeje, bashimutiwe mu Ntara ya […]

Umupasitoro akurikiranyweho gutera inda umwana muto

Umupasiteri mu itorero ry’Abangilikani mu gace ka Taita Taveta mu gihugu cya Kenya akurikiranyweho gutera inda umwana w’umunyeshuri w’imyaka 15 gusa y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Polisi yo muri aka gace itangaza ko uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’uko ababyeyi b’uyu mwana utatangarijwe amazina baje kuyimuregera dore ko bari banamaze igihe babakeka. Uyu mupasiteri ngo yari […]

Muhanga: Umugore arakekwaho icyaha cyo kwihekura

Umugore witwa Mukamana Alphonsine wo mu Karere ka Muhanga akurikiranweho n’Ubushinjacyaha mu Rukiko rwisumbuye rw’aka karere, icyaha cyo kwihekura bikekwa ko cyakozwe kuwa 07 Werurwe 2017 ubwo uyu ngo yabyariraga mu rugo yarangiza akamwica. Ibi ngo bikaba byaraje kumenyekana bivuzwe n’umukobwa we watangaje ko yumvise umwana aririra mu cyumba, yashaka gukinguza urugi nyina akanga gukingura […]

Abanya-Sudani y’Epfo bagabye igitero muri Ethiopia gihitana 23 abandi 43 barashimutwa

Leta ya Ethiopia iratangaza ko abantu bitwaje intwaro baturutse muri Sudani y’Epfo bishe abanyagihugu 28 bagashimuta abandi 43 mu gace ka Gog na Jor guherereye muri Gambella. Amakuru akomeza avuga ko iki gitero cyagabwe n’abantu 1000 bo mu bwoko bwa ba Murle ku Cyumweru muri utu duce duhana imbibe na Sudani y’Epfo. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza […]

Malawi: Leta ya Malawi yongeye gusabira Murekezi koherezwa mu Rwanda

Umunyarwanda, Murekezi Vincent ubarizwa mu gihugu cya Malawi akaba akekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri ubu ari mu rugamba rwo kureba ko atakoherezwa mu Rwanda nyuma y’uko iki gihugu kimucumbikiye kigiranye amasezerano na leta y’u Rwanda yo kohererezanya abanyabyaha bahungiye mu gihugu kimwe cyangwa ikindi. Aya masezerano atari asanzwe akaba yari yabaye imbogamizi […]

U Bwongereza bwiyemeje guhagurukira ikibazo cy’inzara muri Afurika y’Uburasirazuba

Imiryango y’abagiraneza mu gihugu cy’u Bwongereza, yatangaje ko iri gukusanya imfashanyo yo guhangana n’ikibazo cy’inzara mu karere ka Afrika y’Uburasirazuba. Ibi byatangajwe na Sir Mo, umwongereza wamenyekanye cyane mu marushanwa yo kwiruka metero 100 ukomoka mu gihugu cya Somalia, aho yatangaje ko bibabaje kumva imiryango yishwe n’inzara, kubona abana babura ibiribwa n’amazi muri Afurika, aho […]

Kigali:Abantu 18 barimo abagore 8 bafatanywe ibiyobyabwenge

Abantu 18 barimo abagore 8 bakekwaho kuba abacuruzi b’ibiyobyabwenge bafatiwe mu mikwabu itandukanye mu karere ka Nyarugenge na Kicukiro beretswe itangazamakuru mu rwego rw’uko Polisi y’u Rwanda ikomeje gutanga ubutumwa no gukaza ibikorwa byo gukuraho inzira y’ikwirakwizwa ryabyo. Abakekwa bose bafatiwe mu mirenge ya Gitega, Rwezamenyo, Nyarugenge y’akarere ka Nyarugenge n’umurenge wa Kigarama mu karere […]

Burundi:Abagabo babiri bitwaje imihoro n’ubuhiri binjiye mu ishuri bashaka kwica abarimu

Abalimu bo ku kigo cy’amashuri ya Gitwa muri Zone ya Bigina,Komini Kayogoro, Intara ya Makamba , batewe ubwoba n’abagabo babiri baherutse kwinjira mu kigo cyamashuri bitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro n’ubuhiri , bagateza ubwoba abanyeshuri bavuga ko bashaka kwica abarimu babiri. Nk’uko bitangazwa n’abalimu bigisha kuri iki kigo ngo ibi byabaye ku wa Kabiri w’Icyumweru […]

Tanzania :Abanyamakuru 9 bari mu mazi abira bazira gutangaza ibinyoma kuri Magufuli

Ikigo cy ‘Itangazamakuru “Tanzania Broadcast Corporation” (TBC) gikorera muri Tanzania cyirukanye abanyamakuru 9 bacyo nyuma yo gutangaza amakuru y’ibinyoma avuga ko Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump ashimagiza Perezida John Magufuli. Iyo nkuru yatangajwe mu Cyumweru gishize ivuga ko Perezida Donald Trump yasabye abandi bakuru b’Ibihugu bya Afurika gufatira urugero kuri Perezida […]

Sobanukirwa n’umunsi wa Pentekote uvugwa muri Bibiliya

Ubusanzwe Pentekote ni umunsi mukuru mu itorero rya gikirisitu, aho iryo torero riba ryizihiza umunsi intumwa za Yesu zamanukiwe n’umwuka wera cyangwa roho mutagatifu nk’uko bamwe babyizera. Icyo gihe nta torero ryabagaho ahubwo uwo mwuka wamanukiye intumwa uko ari 12 ndetse uyu mwuka ukaba ari na wo wabaye intangiriro y’itorero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munsi uba […]

Hari abayobozi biyemeza guterura ibyo badashoboye- Ingabire Immaculée

Umuyobozi wa Transparence International Rwanda ,Ingabire Marie Immaculée avuga ko mu Rwanda hari abayobozi bahiga ibyo bazageraho mu zina ry’abaturage batitaye ku buzima bwabo akenshi ugasanga babahoza mu nzira aho gukemura ibibazo byabo. Ingabire agaruka ku ishyirwa mu bikorwa ry’Imihigo 2015-2016 yavuze ko usanga abayobozi barebera imihigo mu mibare aho kurebera ku buzima bw’abaturage bayoboye […]

Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina (igice cya 7)

Mu bice 6 byatambutse hagaragajwe igisobanuro cyo kunyaza umugore, uko bikorwa akamaro kabyo n’ibindi. Kuri ubu ikibazo abagore benshi bagiye batubaza, baragira bati: “Umugore utanyara mu gihe cy’imibonano yakora iki ngo nawe agere kuri ibyo byishimo”. Kuri iki kibazo wabanza ukareba ku mpande eshatu, iya mbere umugabo ashobora kuba atazi uburyo bikorwamo mbese ari muri […]

Burundi: Umusirikare muto wivuganye umukuriye yakatiwe igifungo cy’imyaka 20

Urukiko Rwisumbuye rwa Muyinga mu gihugu cy’u Burundi, ruherutse gukatira igifungo cy’imyaka 20 Caporal-chef wari ukurikiranweho kwica uwari umukuriye ufite ipeti rya major wari ugiye kumuta muri yombi. Ibi bikaba byarabaye mu cyumweru gishize ku itariki 09 Werurwe, aho umucamanza Nshimirimana Déogratias yatangaje igifungo cy’imyaka 20 kuri uyu musirikare witwa Pierre Ntahomvukiye bakunda kwita Kadogo […]

Ku myaka ye 11, yanditswe mu gitabo cy’amateka kubera impano idasanzwe yo gucuranga

Umwana witwa Matthew Smith wo mu gihugu cy’u Bwongereza yaciye agahigo ko kuba ari we mwana ubaye uwa mbere mu bijyanye no gukora umuziki, aho kugeza ubu azi gucuranga ibicurangisho hafi ya byose bw’umuziki bibaho ndetse no kuyobora indirimbo ku myaka ye 11 gusa y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana ahawe igihembo cyo kwandikwa mu gitabo […]

Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage

Agaruka ku bijyane n’imitangire ya Serivisi zihabwa abaturage , Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda, Prof.Shyaka Anastase yavuze ko ari kimwe mu byibanzweho mu mwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu 2017, aho byagaragaye ko hakirimo ikibazo mu byiciro bitandukanye. Prof.Shyaka mu Kiganiro n’abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, yashimangiye ko muri uyu […]

Uganda: Kajugujugu igipolisi giheruka kugura yagonze inzu y’umuturage

Indege yo mu bwoko bwa kajugujugu igipolisi cya Uganda cyari giherutse kugura mu minsi ishize yasenye igisenge cy’inzu y’umuturage ahitwa Mutungo mu karere ka Makindye mu nkengero z’umujyi nk’uko bitangazwa na Chimpreports dukesha iyi nkuru. igipolisi kikaba cyemeye kuvugurura inzu y’uyu muturage. Umuvugizi w’igipolisi, Andrew Felix Kawesi ubwo iyi nkuru yakorwaga ngo akaba yari arimo […]

Umuhanzi Bebe Cool yiswe injiji indetse itagira uburere

Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda uzwi nka Bebe Cool yibasiwe cyane n’abantu batandukanye barimo n’umunyamakuru wa Bukedde TV, aho banavuga ko ibyo akora bigaragaza ko nta burere afite. Uyu muhanzi yibasiwe n’aba bantu nyuma y’uko mu minsi yashize ubwo umwe mu bahanzikazi wo muri kiriya gihugu, Sophie Nantongo yari yakoresheje igitaramo, hanyuma uyu muhanzi […]

Undi musirikare mukuru wa FDLR yitandukanyije na yo ataha mu Rwanda

Undi musirikare mukuru mu nyeshyamba za FDLR yitandukanyije n’uyu mutwe ahita ataha mu Rwanda nyuma y’uko atari agishoboye kwihanganira ngo amacakubiri akomeje kuvugwa hagati muri uyu mutwe. Ni nyuma y’aho mu minsi ishize Gen. Semugeshi nawe wahoze muri FDLR ariko akaba yari yitandukanyije nayo akajya mu mutwe witwa CNRD, afatiye icyemezo cyo kwishyira mu maboko […]

Agathon Rwasa mu nteko y’u Burundi, Ese Abanyamurenge bishwe bazabazwa nde?

Mu matora yabaye mu 2015 mu Gihugu cy’u Burundi, nibwo benshi bahaga amahirwe Agatho Rwasa, umunyapolitiki urwanya Leta ya CNDD FDD iriho mu Burundi. Abanyamurenge bo bari bahangayitse bumva ko atowe yaba afite ubudahangarwa ntibazabashe kumukurikirana. Abanyamurenge bashinja Agathon Rwasa ubwicanyi bw’i Gatumba i Burundi, bwahitanye ubuzima bw’abanyamurenge basaga 166. Rwasa abyivanaho akavuga ko ntaho […]

Ese Degaulle Nzamwita yaba agiye kuzanira ibisubizo ruhago nyarwanda muri Etiyopiya?

Perezida wa Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru, Nzamwita Vincent de Gaulle ari Addis Abeba muri Etiopiya mu nama rusange y’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, yatangiye kuri uyu wa gatatu tariki ya 15 Werurwe 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nama yabereye ku cyicaro cya Afurika yunze ubumwe, ifite insanganyamatsiko ivuga ku mpinduka mu mupira w’amaguru nyafurika igira […]

Muhima: Habonetse umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 25

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, itariki 14 Werurwe 2017, mu Kagari k’Ubumwe mu Murenge wa Muhima ahazwi nka Saint Famille munsi y’igaraje rihari, hatoraguwe umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 wari witabye Imana bikekwa ko yishwe, polisi ikaba yatangiye iperereza ngo hamenyekane icyateye urupfu. Bamwe mu babonye nyakwigendera aryamye mu muferege wo […]

Urubyiruko rusaga ibihumbi 500 nirwo rugiye gutora bwa mbere-NEC

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC)iravuga ko urubyiruko rusanga ibihumbi 500 arirwo ruzitabira bwa mbere amatora ya Perezida ateganyijwe mu Rwanda muri uyu mwaka ndetse ko ari narwo gusa ruzakorerwa amakarita mashya y’itora. Ibi bikaba byaratangajwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora,Charles Munyaneza kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Werurwe,2017 mu nama yayihuje n’abatanyabikorwa bayo mu rwego rwo kureba […]

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa ategerejwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping ategerejwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ruzinduko rw’iminsi 2 azakora mu kwezi gutaha ku butumire bwa mugenzi we, Donald Trump nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bihugu byombi kuri ubu nibyo biyoboye ibindi byose byo ku Isi mu bukungu, akaba ari ubwa […]

Bugesera: Hafatiwe moto yari yibwe mu mujyi wa Kigali

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera ku itariki ya 13 Werurwe, yafatiye mu murenge wa Nyamata uwitwa Minani Syldio w’imyaka 33, imufatana moto yo mu bwoko bwa TVS ifite nomero iyiranga RD 899G, yari yaribwe mu mujyi wa Kigali, akaba yari yaje kuyihagurishiriza. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Uburasirazuba Inspector of Police (IP) […]

Nyarugunga: Abaturage baratabariza abana bafungiwe umubyeyi

Abaturage b’Umurenge wa Nyarugunga mu Kagali ka Kamashashi, barasaba ubuyobozi bw’uyu murenge kwita kuburenganzra bw’abana b’umugore witwa SONABELI Abiya , watawe muri yombi azira kuba akekwaho gucuruza ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Kanyanga. Abatuye muri aka gace k’Umurenge wa Nyarugunga mu Kagali ka Kamashashi ni mu Mudugudu w’Akindege batangaza ko Nyina w’aba bana yatawe muri […]

Burundi: Nyuma y’ubwicanyi, imvura idasanzwe nayo isize imiryango isaga 100 mu busembere

Imvura idasanzwe irimo urubura n’umuyaga mwinshi yahitanye imitungo itari mucye mu bice bitandukanye by’igihguu cy’u Burundi, aho hamaze kubarurwa inzu zisaga 100 zasigaye hasi ubu imiryango myinshi ikaba iri mu busembere Iyi mvura yo kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Werurwe 2017, yiganje mu duce tw’igihugu cy’u Burundi two mu ntara ya Bubanza Mitakataka […]

Uganda: Umuyobozi wa Diyoseze yanenze urubyiruko rukoresha nabi ibitsina byarwo

Umuyobozi wa diyoseze ya Kampala muri Uganda, Dr. Cyprian Kizito yanenze byimazeyo urubyiruko rwo muri kiriya gihugu rwishora mu bikorwa by’ubusambanyi bagakoresha nabi ingingo bahawe n’Imana aho kuzikoresha ibyo zagenewe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku munsi wo ku cyumweru ubwo bafunguraga ku mugragaro ikigo cy’ihuriro ry’urubyiruko ndetse n’icyumba gito cyo gesengeramo (Chapelle), uyu muyobozi wa Dioseze ya […]

Umugore yoheje umwana we kwiyahura apfa amureba

Umugore witwa Gina Caze ukomoka muri leta ya Flarida akurikiranyweho kurebera no kugira inama umwana we w’umukobwa, Naika Venant w’imyaka 14 y’amavuko yiyahura mu mugezi agahita apfa . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuryango wita ku bana n’umuryango watangaje ko uyu mugore yamaze amasaha agera kuri 2 ku wa mbere tariki ya 13 Werurwe 2017, ari kumwe n’uyu […]

Kaminuza 3 zigenga zakoreraga mu Rwanda zafungiwe imiryango by’agateganyo

Kaminuza 3 zari zimaze igihe zikorera mu bice bitandukanye mu Rwanda zirimo iya Rusizi International University yakoreraga mu karere ka Rusizi, Nile Source Polytechniques of Applied Arts iri yakoreraga mu karere ka Huye ndetse na Sinhgad Technical Education Society yakoreraga mu karere ka Kicukiro zahagaritswe by’agateganyo na minisiteri y’uburezi mu Rwanda kubera kutuzuza ibisabwa nubwo […]

Burundi: Imirambo ikomeje kugaragara hirya no hino, kimwe mu bihembera inzangano_UN

Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko imfu z’abanyepolitiki n’abandi bantu batandukanye bo mu gihugu cy’u Burundi ari kimwe mu byatumye ikibazo cy’ubwicanyi muri kiriya gihugu bukomeza gufata indi ntera ndetse bukaba bugiye no gusingira umwaka wa 3. Agashami gashinzwe uburenganzira bwa muntu muri uyu muryango gatangaza ko mu mpera z’umwaka washize wa 2016, kohereje abantu 3 bashinzwe […]

Hon.Agathon Rwasa yikomye bikomeye abayobozi b’u Burundi

Visi Perezida wa Mbere w’Inteko Ishinga Amategeko yu Burundi akaba n’Umuyobozi w’Ishyaka rya FNL ,Agathon Rwasa asanga ibikorerwa abayoboke b’ishyaka rye bitari bikwiye kuko kuba batari mu Ishyaka riri ku butegetsi bitakabaye impamvu yo guhohoterwa. Agathon Rwasa avuga ko abayoboye u Burundi bakagombye gushyira imbere inyungu z’abarundi aho guhugira mu gushaka abo bikiza mu rwego […]

Inyeshyamba za Riek Machar ziravuga ko zugarijwe n’ibitero by’imitwe ishyigikiye leta

Inyeshyamba zo mu mutwe uyobowe na Dr Riek Machar muri Sudani y’Epfo zirashinja guverinoma y’iki gihugu kuba inyuma y’imitwe yitwaje ibirwanisho irimo kuzirasaho ibisasu bya bombe ku bwinshi, zivuga ko ibi bishobora gukurura intambara ikomeye nk’uko byatangarijwe Chimpreports dukesha iyi nkuru. Umuvugizi w’uyu mutwe wa SPLA-IO wa Riek Machar witwa Col William Gatjiath Deng, yatangaje […]

Kicukiro :Abagore babiri barashakishwa nyuma yo gufatanwa imifuka 6 y’urumogi

Uwitwa Mukansanga Gloriose w’imyaka 47 na Uwamahoro Jacqueline w’imyaka 33 batuye mu mudugudu w’Izuba mu Kagari ka Nyarurama ho mu Murenge wa Kigarama ho mu Karere ka Kicukiro barashakishwa nyuma y’uko Polisi isanze mu mazu yabo ibiro by’urumogi birenga ijana. Ibi bikaba byarabaye mu mikwabu itandukanye yakorewe mu murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro […]

Ba ofisiye mu ishuri rya gisirikare muri Kenya mu rugendoshuri mu Rwanda

Itsinda ry’abanyeshuri biga mu Ishuri rikuru rya gisirikare muri Kenya bari mu ruzinduko rw’icyumweru mu Rwanda batangiye kuva tariki 11 Werurwe 2017. Iri tsinda rigizwe n’aba ofisiye bakuru baturuka mu bihugu bitandukanye bya Afurika bakurikirana amasomo ajyanye n’umutekano mpuzamahanga, imiyoborere y’abaturage, hamwe n’ubumenyi mu bya gisirikare. Ku itariki 12 Werurwe 2017, aba banyeshuri basuye urwibutso […]

Perezida Trump yavuze ko umushahara we wose uzakoreshwa mu bikorwa by'ubugiraneza

Perezidansi ya leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Werurwe 2017, ko Perezida Trump yamaze gutangaza ko umushahara we ahemberwa ku mwanya w’ubuperezida azawihera abatishoboye mu mpera z’uyu mwaka wa 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byatangajwe n’umuvugizi wa Perezidansi, Sean Spicer aho yavuze ko Perezida Trump azongera kwifashisha itangazamakuru mu […]

Umuyobozi yateze kumira imbeba, Fc Barcelona niramuka itsinze Paris St Germain

Mu mukino iheruka wahuje ikipe ya Paris St Germain yo mu gihugu cy’u Bufaransa ndetse na Fc Barcelona mu cyumweru gishize, umwe mu bafana ukomeye akaba n’umuyobozi wungirije w’umujyi wa Mont-de-Marsan uherereye mu majyepfo y’Uburengerazuba bw’igihugu cy’u Bufaransa, Charles Dayot yatangaje ku rukuta rwa facbook ko ikipe ya Barca niramuka itsinze PSG azamira imbeba. [xyz-ihs […]

Rulindo: Polisi yafashe imodoka zipakiye amabuye y'agaciro ya magendu

Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo, yafashe imodoka ebyiri zipakiye amabuye y’agaciro ya magendu nyuma yo gushyiraho bariyeri ahitwa mu Kajevuba, mu murenge wa Ntarabana ku manywa yo kuri iki cyumweru taliki ya 12 Werurwe . Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira atangaza ko imodoka zafashwe ari Toyota Land […]

RDC: Abanyamahanga bakorera Loni bashimutiwe muri Kasai

Abantu bataramenyekana muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bashimuse abakozi babiri b’abanyamahanga b’Umuryango w’Abibumbye mu Ntara ya Kasai yo hagati nk’uko byatangajwe na leta y’iki gihugu. Abo bakozi bashimuswe ni; Micheal Sharp ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse na Zaida Catalan ukomoka muri Suede. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nkuru dukesha BBC iravuga ko aba […]

Amaze imyaka 12 yikinisha abitewe na film z'ubusambanyi yarebye- Ugisha inama

Muraho, Banyamukuru ba ‘bwiza.com‘ , namwe basomyi mbanje kubasuhuza byumwihariko. Nkunda uburyo mwatanze rugari ngo abafite ibibazo cg se ibitekerezo bisanzure bityo babone ninama cg ibitekerezo mu bagize ibibazo nkibyabo. Mubyukuri jyewe nitwa KABAYIZA Eric ndabasabye ngo mumfashe ubu butumwa butambuke kuko nkeneye inama yaburi wese wagira icyo amfasha cg se namwe nimba hariyo mwangira […]

Dr. Joseph Nkusi wavanywe muri Norvege yasabye ko urubanza rwe rwimurirwa mu rundi rukiko

Dr. Nkusi Joseph uregwa guteza imvururu muri rubanda, woherejwe mu Rwanda n’igihugu cya Norvege, yagejejwe imbere y’Urukiko Rukuru, kuri uyu wa Mbere tariki 13 Werurwe 2017 asaba ko urubanza rwe rwimurirwa mu rundi rukiko kuko uru rudafite ububasha bwo kumuburanisha. Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 werurwe 2017 nibwo Joseph Nkusi, woherejwe mu Rwanda aturutse […]

Abaperezida ba Afurika bageze aho gusinzirira aho bicaye kubera iza bukuru

Iyo witegereje bamwe mu bakuru b’ibihugu bya Afurika, yaba iya none n’igihe cyashize usanga ikibazo cyo gusazira ku buyobozi kugera aho basinzirira aho bicaye mu ruhame kwa bamwe mu bakuru b’ibihugu cyangwa abami bagiye bayobora uyu mugabane atari agaseseshwarumuri! Gusa akenshi kubera ubudahangarwa buhambaye bwa banyakubahwa usanga itangazamakuru ritabavugaho cyane kubera kugira agahanga gato rikakarinda […]

Uganda:Umugabo akurikiranweho kwica umugore we amukase ijosi n’ibindi ibice by’umubiri

Polisi yo mu Karere ka Ntungamo mu gihugu cya Uganda iratangaza ko yataye muri yombi umugabo witwa Sabiti Ivan Mujungu aho akurikiranweho kwica umugore we amukase ijosi n’ibindi bice by’umubiri. Sabiti Ivan Mujungu ngo nyuma yo kwivugana umugore we, Deborah Kyosiga tariki ya 4 Werurwe,2017 yahise ahunga. Umuyobozi w’agashami gashinzwe gukurikirana ibybaha n’iperereza muri Polisi […]

Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga ku gitero cyagabwe mu Rwanda

Igisirikare cya leta y’u Burundi cyashyize ahagaragara itangazo risubiza iriherutse gushyirwa ahagaragara n’icy’u Rwanda, ryavugaga ku bantu bitwaje intwaro baherutse kwinjira mu Rwanda bagasiga bivuganye abaturage 2 bagahungira mu Burundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa 13 Werurwe 2017, binyuze ku rukuta rwa Twitter, umuvugizi […]

Perezida Trump yatumiye Umuyobozi wa Palestina muri White House

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump mu kiganiro cya mbere ku murongo wa telephone yagiranye n’Umuyobozi wa Palesitina kuva yajya ku butegetsi kuwa 20 Mutarama 2017 yahise amutumira muri White House. Al Jazeera dukesha iyi nkuru ivuga ko perezida Trump yasabye Mahmoud Abbas kumugenderera vuba bakaganira ku kuntu ibiganiro hagati ya Israel […]

Se wa Dr Jose Chameleone yongeye kubura ikibazo cy’umuhungu we wiciwe mu kabari

Umusaza ubyara umuhanzi Dr Jose Chameleone mu gihugu cya uganda, Gerald Mayanja yasabye inzego z’umutekano gukurikirana uwari Manager w’umuhungu we Emanuel Mayanja alias AK47 uherutse gupfa yicishijwe inkoni, aho amushinja ko yaba yihishe inyuma y’urupfu rw’umwana we. Nyuma y’urupfu rw’umuhungu we rutavuzweho rumwe, uyu musaza yongeye kubura ikirego ku rupfu rw’umwana we AKA47 cyasaga n’ikimaze […]

Burundi: Ababyeyi bayobewe aho abana babo banyujijwe nyuma yo gushinjwa kujya mu Rwanda

Imiryango y’Abanyeshuri bane batawe muri yombi n’igipolisi cy’u Burundi muri Komini Busiga mu Ntara ya Ngozi kuva kuwa 05 Werurwe 2017 iratabaza ivuga ko itazi aho abo banyeshuri, bashinjwa kuba baragiye mu Rwanda bakagaruka mu gihugu, bajyanywe ikaba iheruka amakuru yabo icyo gihe. Abo banyeshuri; Mutabazi, Karibu na Arthemon biga kuri Lycee de Mihigo na […]

Goma:Hatagize igikorwa,abaturage bafite kwibasirwa na Kolera

Abaturage bagera kuri Miliyoni batuye Umujyi wa Goma ubarizwa mu Ntara y’Aamajyaruguru muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo , nta mazi meza bafite ubu bari guresha amazi y’Ikiyaga cya Kivu ndetse bamwe bakayabona bayaguze. Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa(RFI)dukesha iyi nkuru ivuga ko ubu bucuruzi bw’amazi y’ikiyaga cya Kivu mu mujyi wa Goma bukomeje kufata indi ntera […]

Gabon: Umufana yishe mugenzi we amuziza ko ari kumusakuriza

Umufana w’ikipe yo mu gihugu cy’u Bufaransa ya Paris Saint Germain aherutse kwivugana mugenzi we bahuriye ku mwuga wo gufana iyi kipe, mu mukino wari wahuje iyi kipe n’iya Fc Barcelona. Aba basore 2 bo mu gihugu cya Gabon, ngo bari mu kabari bari gukurikirana uyu mukino kuri Televiziyo , mu mukino wabaye ku itariki […]

Bugesera: Abaturage bavugana n’itangazamakuru bari mu kaga

Abaturage b’akagari ka Kagomasi mu murenge wa Gashora, baratotezwa bazira kuba baravuganye n’itangazamakuru. Bamwe ngo bahimbwe amazina y’amaradiyo, abandi ntibahabwa serivisi bakeneye. Intandaro yabyo ni ikiganiro abo baturage bagiranye na Radio/TV One, bavuga ku rugomo bagirirwa bakubitwa imitarimba n’abayobozi, ndetse n’amafaranga ya VUP bambuwe y’amezi atandatu. Ibi kandi ngo babisangiye n’ab’indi mirenge nka Dihiro na […]

Ese koko Imbonerakure za CNDD zaba ari zo zagabye igitero mu Rwanda zikica n’umwana?

Inzego z’umutekano z’u Rwanda zabonye ibimenyetso byasizwe inyuma n’abantu bitwaje ibirwanisho bagabye igitero mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru mu Karere ka Rusizi bakica abaturage babiri mbere yo guhunga basubira mu gihugu cy’u Burundi aho bari baturutse. Biravugwa ko hafashwe ibitambaro byanditseho FDD bisobanura mu magambo arambuye y’icyongereza “Forces for the Defense of Democracy” . […]

Imbuto zaboze, gutinda kw’Ifumbire : Ingaruka za ba Agronomes batita ku kazi kabo

Umuyobozi wa Transparence International Rwanda , Ingabire Marie Immaculée asanga kuba hari abahinzi batinda kubona ifumbire abandi ugasanga bahabwa imbuto zaboze cyangwa zitajyanye n’ubutaka biterwa no kuba ba Agronomes baba bahugiye muri Ruswa. Ingabire avuga ko usanga ba Agronomes bibereye muri ruswa yo gusarura amashyamba,kubaka mu kajagari abandi ugasanga amaso bayahanze ifumbire kuko harimo akantu […]

Ikirombe gicukurwamo ukuri ntabwo kujya kurangiramo

Abaroma 11:33 “Mbega uburyo ubutunzi n’ubwenge n’ubumenyi by’lmana bitangira akagero! Imigambi yayo ntihishurika, n’inzira zayo ntizirondoreka.” Ikirombe kidashiramo ukuri ni *bibiliya* ntabwo natinya kukubwira ko bibiliya ari yo yonyine mubindi bitabo yuzuye ubutunzi bwibyo wifuza.(inzu yibindi bitabo) ☑Kristo n’ijambo rye barahuje neza. Mu buryo bibiliya yanditswemo n’ibyo yigisha, Ifite ibyo umuntu wese yishimira kandi igakora […]

Abakuru b’ibihugu byo muri Afurika bishwe bahiritswe ku butegetsi mu myaka ishize

Kuri ubu hirya no hino ku Isi ntihakibarwa abakuru b’ibihugu cyangwa abandi bayobozi bakuru bicirwa mu mirimo, ariko muri Afurika uvuze ko bisa nk’ibimaze kuba umuco w’uko abakuru b’ibihugu cyangwa abayobozi bakuru b’ibihugu bicirwa ku butegetsi ntiwaba uhabanye cyane n’ukuri. Reka turebere hamwe abakuru b’ibihugu 11 bishwe bari mu mirimo yabo mu myaka 30 ishize. […]