Green Party ifite byinshi inenga mu butabera bw’u Rwanda

Muri Kongere ya mbere y’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR) yabaye kuri iki cyumweru tariki ya 19 Werurwe 2017, hagaragajwe intege nke mu butabera bw’u Rwannda. Bimwe mu binengwa, harimo imifungire inyuranije n’amategeko, ubwishyu bw’abunganizi n’abahesha b’inkiko, itezwa rya cyamunara n’ibindi. Abarwanashyaka ba DGPR basaga 400 bahagarariye abandi mu turere twose, intara […]

Abarwanyi 66 gategereje kuzataha ari uko FDLR yagiranye ibiganiro na Leta y’u Rwanda

Abarwanyi 66 ba FDLR barikumwe n’imiryango yabo igizwe n’abantu 290, bishyikirije Monusco ku ya 28 Ukuboza 2014, banze kuva mu nkambi ya Kanyabayonga ngo batahe mu Rwanda bavuga ko bategereje kubanza kugirana ibiganiro na Leta y’u Rwanda. Radiyo Okapi dukesha iyi nkuru itangaza ko bamwe bataha mu rwababyaye umwe ku wundi, igatangaza ko bamwe muri […]

Amerika: Hakozwe agakingirizo gatuma abakora imibonano bamenya imbaraga batakaje

Ubushakashatsi bwinshi bugaragaza ko gukora imibonano mpuzabitsina bishobora gutuma umuntu atakaza ibiro cyane cyane ku bagabo. Uku gutakaza ibiro, biterwa ahanini n’igikorwa umuntu aba amaze gukora abenshi bagereranya no gukora imyitozo ngororamubiri kuko bisaba imbaraga nyinshi . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abashakashatsi bo mu bijyanye n’imyororokere bagerageje gukora agakingirizo gafasha abagabo kudatakaza imbaraga nyinshi ndetse bakabasha no […]

Museveni agiye muri Congo guhiga no kwica abarashe AIGP Kaweesi

Agaruka ku iyicwa ry’Umuvugizi w’Igipolisi cya Uganda,AIGP Andrew Felix Kaweesi,Perezida Yoweri Museveni yavuze ko nk’uko bikekwa ko abamwishe bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye gukora ibishoboka byose akajya kubahiga ndetse akabica. Mu ijambo yagejeje ku nshuti n’abavandimwe bari bitabiriye umuhango w’isengesho ryo gusabira Nyakwigendera wabereye iwe mu rugo i Kulambilo kuri iki Cyumweru […]

Urubanza Ingabire Victoire yarezemo u Rwanda muri AfCHPR ruratangira kuburanishwa kuri uyu wa Kabiri

Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu n’abaturage (African Court on Human and People’s Rights), ruratangaza ko imanza 2; harimo urwo Ingaire Victoire yareze Leta y’u Rwanda ndetse n’urundi rw’Umunyanijeriya, Anudo Ochieng Anudo, wareze Leta ya Tanzania, zagombaga kuburanishwa mu ruhame kuwa 16 no kuwa 17 Werurwe, zimuriwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 no kuwa gatatu, […]

Arsene Wenger ngo ntazava inyuma ya Arsenal nubwo ikomeje gutsindwa uruhuri

Umuyobozi w’ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yatangaje ko ashaka gukomeza gukorana n’ikipe ye atitaye ku bitego imaze iminsi itsindwa ndetse no kuba iri ku mwanya mubi mu irushanwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muyobozi yavuze ko agiye gushaka abandi bayobozi b’iyi kipe bakaganira ku buryo yakomza gukorana nayo nyuma y’imyaka itari micye, mu gihe amasezerano ye ari […]

Nyamagabe: Umuryango w’abantu batatu mu nzu ya metero imwe isakaje ihema-Amafoto

Mu murenge wa Gasaka w’akarere ka Nyamagabe, umuryango wa Bavakure uba mu nzu itarengeje meteri imwe kandi isakaje shitingi. Ibi ngo byatewe n’ubuyobozi bwasabye Bavakure kugabanya inzu yubakaga, ngo ihwanye n’amabati yemerewe, nyamara birangira nayo Gitifu ayariye. Ni mu kagari ka Kigeme, mu mudugudu wa Gakoma, muri Gasaka. Bavakure afite umugore n’umwana. Batuye mu mudugudu […]

Leta y’u Burundi yavuze ko kubana nabi n’ibindi bihugu nta nyungu irimo

Ibi ni ibyatangajwe na Jean Claude Karerwa Ndenzako, uherutse kugirwa umuvugizi mukuru w’umukuru w’igihugu, Pierre Nkurunziza, akavuga ko umubano mubi hagati y’u Burundi n’Ububiligi utatangiye mu 2015, ahubwo ko ari akamaze imyaka n’imyaka. Mu kiganiro yagiranye n’abahagarariye inzego zitandukanye za Leta, ku wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2017, Jean Claude yavuze ko kubana nabi […]

Nyagatare: Babiri bakurikiranyweho kuniga no gutera icyuma umuntu bakanamwiba moto

  Abagabo babiri barimo uwitwa Nisingizwe Jean d’Amour ufite imyaka 29 y’amavuko na Kanani Jean Bosco ufite imyaka 40 y’amavuko bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mimuri, mu karere ka Nyagatare bacyekwaho kwiba moto y’umwe mu bakora umurimo wo gutwara abagenzi kuri moto (Umumotari) witwa Kabeza Feneas nyuma kumuniga no kumutera icyuma mu gatuza. [xyz-ihs […]

Kenya: Abasaga 10 baguye mu mirwano hagati y'abashumba n’abantu bitwaje intwaro

Imirwano ikaze hagati y’abashumba bashakisha aho kuragira amatungo yabo n’agatsiko k’abitwaje intwaro mu gihugu cya Kenya yahitanye abasaga 10 mu gihe abandi benshi bakomerekeye mu mirwano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Charles Ontita, ushinzwe umutekano muri kariya gace ka Isiolo yemeje uru rupfu rw’aba bantu avuga ko agatsiko k’abitwaje intwaro bo muri aka gace ka Isiolo ndetse n’abashumba […]

Sudani y’Epfo: Abaturage baricwa n’inzara, leta nayo igura intwaro ku bwinshi

Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko ibintu bikomeje kudogera muri leta ya Sudani y’Epfo kubera ikibazo cy’inzara yibasiye abaturage bo muri kiriya gihugu hakiyongeraho n’umutekano mucye ariko leta ya Salva Kiir yo ikaba itabikozwa ahubwo iri kwigurira ibirwanisho. Uyu muryango utangaza ko kugeza ubu intwaro zitandukanye zikomeje kwinjizwa mu gihugu ziguzwe ibikomoka kuri peteroli no mubindi bikorwa […]

Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira

Urwibutso rwa Jenoside rwo mu ntara y’Uburasirazuba mu karere ka Bugesera rushyinguyemo abasaga ibihumbi 40. Gusa hari impungenge ko mu gihe nta gikozwe, iyi mibiri ishobora kwangirika igashira kuko n’ubundi byatangiye. Iri yangirika ry’imiriri ishyinguye muri uru rwibutso rikaba ryaratewe kutitabwaho kwayo, aho ubukonje ndetse n’ubuhehere bukabije ari bimwe mu biyangiza bityo hakaba hari impungenge […]

Nahimana Thomas yabajijwe impamvu yashyize Ingabire Victoire muri Guverinoma ye atabanje kumubaza

Mu kwezi gushize nibwo Padiri Nahimana Thomas yatangaje ku mugaragaro ko yashinze Guverinoma nshya, ikorera mu buhunzi ikaba irwanya Leta y’u Rwanda. Nahimana Thomas ni we Perezida wiyo Guverinoma ndetse anashyira mu myanya abandi bayobozi barimo n’abafungiye i Kigali. Nahimana yafashe Ingabire Victoire na Deogratias Mushayidi abagira abaminisitiri muri Guverinoma ye. Mu kiganiro yagiranye n’intangazamakuru […]

Dore Inkingi 7 zagufasha kurambagiza uwo muzubakana urugo- Bishop Papias

Itang 2:18 Kandi uwiteka lmana iravuga iti “sibyiza ko uyu muntu aba wenyine reka muremere umufasha umukwiriye.”Gushyingirwa ni byo bibasha kureshya no guhindura ubugingo bwanyu muri iyi si. Umusore n’inkumi bifuza kurushinga, bagobye kwiyumvamo ko lmana ariyo ikwiriye kubahitiramo.Mwiha cyane agaciro abaranga, kuko umuranga nyakuri ni *umwuka wera*niwe utabeshya.Abagamije gushyingirwa bakwiye kuzirikana ingeso n’imimerere y’urugo […]

Umupasiteri akoresha igitsina cye akura amashitani mu bagore

Uwiyita umukozi w’Imana, Huang Jianjun ukomoka mu mujyi wa Guangzhou mu gihugu cy;uBushinwa aravugwaho umwihariko udasanzwe wo kuba yifashishije igitsina cye abasha kwirukana imizimu cyangwa ibindi yita amashitani mu bagore bafite ibibazo bitandukanye birimo n’ibyo kutabyara. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubuga ivoirematin.com dukesha iyi nkuru ruvuga ko uyu mugabo ngo abantu biganjemo abagore n’abakobwa bafite ibibazo bitandukanye […]

Arsenal: Wenger yarase intsinzi anabura Alex Sanchez yizeraga

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Werurwe 2017, nibwo ikipe ya Arsenal yatsinzwe ibitego 3 na West-Bromwich. Uyu mukino utaje guhira ikipe ya Arsenal yatsinzwe 3 ifite kimwe, rutahizamu wayo Alex Sanchez, ntabwo yabashije kurangiza umukino dore ko ku munota wa 12 w’umukino yavunitse bikamuviramo kuva mu kibuga. Mu kiganiro Wenger […]

Juliana Kanyomozi mu gahinda yatewe n’urupfu rwa AIGP Felix Kaweesi

Nyuma y’urupfu rwa Andrew Felix Kaweesi, umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, abantu batandukanye bagiye bagaragaza ko bababajwe n’urupfu rwe rwaje rutunguranye, abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, Juliana Kanyomozi nawe yagaragaje akababaro. Kanyomozi aragira ati: “Rimwe na rimwe hari igihe ibintu bitugora kubyakira nk’abana b’abantu, ariko Imana ijya ibasha bubona ibyo tutabasha kwibonera. Ntabwo izigera igusiga […]

Inzoka y’uruziramire yamize Ingeragere nyuma y’umurwano utoroshye (Amafoto)

Muri Afurika y’Epfo, hagaragaye inzoka nini yo mu bwoko bw’uruziramire imira ingeragere yoseyose ariko nyuma inanirwa kuva aho iri abantu bahita bayica. Jaco Kotze, umworozi wo mu gace ka Grobersdal, avuga ko yasanze iyi nzoka mu rwuri rwe aho aragira amatungo yananiwe kuva aho iri agahamagara abandi bantu bakamufasha kuyihakura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nzoka ifite […]

Ni umukobwa w’imyaka 26, arashaka umukunzi

Mwaramutse neza? muri macye ndacyari umukobwa mfite 26ans,1,55m,Kgl,nkaba nkeneye umusore uzubwenge kdi w’imico myiza utagambiriye kuryoshya kuko sibyo nkeneye kuva kuri 30ans kdi wize byaba byiza nabura yarageze kaminuza.mfite byinshi byo kuvuga ariko uzanyemerera nzamubwira ibirenze ibi kuri mugrise@gmail.com Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com

U Bufaransa bukomeje gusabwa kugaragaza ukuri ku rupfu rwa Capt. Thomas Sankara

Nyuma y’imyaka isaga 30, uwahoze ari umukuru w’igihugu cya Burkina Faso, Sankara Thomas yishwe ndetse igihugu cy’u Bufaransa kigashinjwa kugira uruhare mu kumwivugana, umunyamategeko wo mu gihugu cy’u Bufaransa, Pouria Amirshahi yasabye ko iki kibazo ku rupfu rwe cyakongera kuburwa bagasubira mu bitabo bya kera bibitse amabanga ku rupfu rwe. Gusa biragoye kuba u Bufaransa […]

Nyaruguru: Umugabo afunzwe azira gufatanwa amasashi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru iratangaza ko yafashe umugabo witwa Nyirimpuhwe JMV imusanganye amasashi atemewe gukoreshwa ya pulasitiki ibihumbi 32. Ubu afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibeho mu gihe iperereza rikomeje gukorwa. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyaruguru Superintendent of Police (SP) Steven Gaga avuga ko uyu mugabo […]

Amwe mu magambo y’agahinda Col. Gaddafi yavuze bwa nyuma atakamba ngo ntiyicwe

Nyuma y’urupfu rwa Col Muammar Kadhafi, hari byinshi byagiye bitahurwa ndetse n’abamwishe bakigamba uburyo bamushinyaguriye, umwe mu basore bamurashe yarigambye ndetse anashyira hanze video ikubiyemo amwe mu magambo Kadhafi yavuze asaba imbabazi ariko biba iby’ubusa aricwa. Amwe muri ayo magambo ni aya: Ubwo bamusangaga aho yari yihishe mu mwobo yaratunguwe, aratangira agira ati: “Ntimurase, ntimurase, […]

Kirehe: Abaturage bibukijwe ko bafite uruhare runini mu kwicungira umutekano

Abaturage b’utugari twa Kagese na Cyambwe mu murenge wa Nasho ho mu karere ka Kirehe bagiranye inama n’ubuyobozi bw’aka karere ndetse na Polisi y’u Rwanda ihakorera, bibutswa ko bafite uruhare runini mu kwicungira umutekano cyane cyane batanga amakuru y’ikintu icyo aricyo cyose gishobora kuwuhungabanya. Ni ubutumwa bagejejweho ku itariki ya 15 Werurwe, mu gikorwa cyo […]

Perezida Kagame yabonanye n'Abanyafurika bahagarariye ibihugu byabo mu Bushinwa

Mbere yo gusoza uruzinduko yagiriye mu gihugu cy’Ubushinwa, kuri uyu wa Gatandatu Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo bya Afurika mu Bushinwa. Ibiganiro Perezida Kagame yagiranye n’aba bayobozi, byibanze ku bijyanye n’amavugururwa mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, ndetse n’uruhare rwabo mu gukomeza guteza imbere ibikorwa by’uyu muryango. Ni ibiganiro byibanze ku ngamba n’ibikorwa […]

Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y’imibonano mpuzabitsina

Mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ntabwo ari byiza ko umugabo aza ahita atera akabariro, ahubwo ni ngombwa ko afata akanya agategura umugore we, akamukorakora umubiri wose, akamusoma ari nako amurata ubwiza. Ibi bimwinjira mu mubiri ku buryo abasha kugera kuri wa munezero udasanzwe amaherezo akarangiza, umugore utateguwe neza mbere hari igihe no kurangiza bimunanira pe. 1.Bimufasha […]

DOT-Rwanda irasaba urubyiruko rw’u Rwanda guhindura imyumvire

Umuyobozi w’Umuryango ,DOT-Rwanda(Dot Opportunity Trust),Uwamutara Violette asanga urubyiruko rw’u Rwanda nk’abagize umubare munini w’abanyagihugu rukwiye guhindura imyumbire, rukumva ko gutangira umushinga bidasaba amikoro ahubwo rukumva ko igitekerezo cyiza aricyo kizana amafaranga. Ibi Uwamutara akaba yabitangaje kuri uyu wa Gatanu,tariki 17 Werurwe,2017 mu muhango wo gushyikiriza ibihembo abasore n’inkumi babaye indashyikirwa mu gukora imishinga ihindura ubuzima […]

Abaperezida ba Afurika bageze aho gusinzirira aho bicaye kubera iza bukuru (igice cya 2)

Hasozwa inkuru yatambutse ku wa 13 Werurwe, yavugaga ku bakuru b’ibihugu bya Afurika bakomeje kugundira ubuyobozi ubu bakaba bageze aho umuntu yavuga ko basinzirira mu biro cyangwa aho bicaye mu ruhame, twabizezaga ko hazakorwa igice cya kabiri. Uretse no kuba umuntu yavuga ko aba baperezida basinzirira mu ruhame, ubundi iyo umuntu yageze mu myaka 70, […]

Abarwanyi 15 ba FDLR barimo n'Umurundi bashyize intwaro hasi

Abarwanyi 15 b’umutwe urwanya Leta y’u Rwanda , FDLR/Foca ku wa Gatatu tariki 15 Werurwe 2017, bashyize intwaro hasi bishyikiriza Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco) i Kanyabayonga muri Teritwari ya Lubero ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aba banwanyi 15 ba FDLR bashyize intwaro hasi barimo abanyarwanda […]

Musanze: Ba ofisiye bato 36 muri RDF na RNP basoje amasomo bamazemo amezi 4 muri RDF-CSC

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Werurwe 2017, abasirikare 34 ba RDF ndetse n’abapolisi 2 mu Gipolisi cy’u Rwandabasoje amasomo ya ba ofisiye bato n’abakozi mu Ishuri rikuru ry’abayobozi b’ingabo n’abakozi (Rwanda Defence Force Command and Staff College (RDF-CSC), riherereye mu Karere ka Musanze. Umuhango wo gusoza aya masomo wari uyobowe n’umuyobozi w’iri shuri, Major […]

Kenya :Abantu benshi bashobora kwicwa

Perezida wa Kenya ,Uhuru Kenyatta agaruka ku makimbirane ari hagati y’abo mu bwoko bwa Poko na Tugen, yavuze ko umuntu wese wanze gushyira intwaro hasi ku bushake agiye gufatwa nk’umwanzi w’igihugu ndetse akitabwaho ku buryo bushoboka. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter ,Perezida Kenyatta yaguze ati’’ Kuva uyu munsi abanze gushyira intwaro hasi ni abanzi […]

RHA yatangaje icyatumye umushinga wo guca amabati akoze muri Asbestos udindira

Ikigo cy’igihugu cy’imiturire mu Rwanda RHA kiravuga ko ubushobozi buke ari bwo bwatumye umushinga wo gukuraho amabati akozwe mu kinyabutabira kizwi nka Asbetos udindira. Metero kare ibihumbi 790 nibwo buso bwariho amazu asakajwe amabati arimo ikinyabutabire cya Asbestos yamaze gukurwaho. Ubu buso bungana na 46.8 ku ijana . Ni mu gihe ikigo cy’igihugu cy’imiturire mu […]

Kajugujugu y’intambara yarashe ku bwato butwaye impunzi izisaga 40 zihasiga ubuzima

Impunzi z’Abanyasomaliya zisaga 40 mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa Gatanu ziciwe mu gitero cya kajugujugu y’intambara cyagabwe ku bwato zari zirimo ku nyengero z’umupaka wa Yemen mu Nyanja Itukura nk’uko byemejwe n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku bimukira, OIM. Abarokotse icyo gitero basobanuye ko bari bari kwerekeza muri Sudani gushaka ubuhungiro bavuye muri Yemen kubera […]

U Rwanda n'u Bushinwa byiyemeje gukomeza ubufatanye ku nyungu z'abaturage b'ibihugu byombi

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’umufasha we, Jeanette Kagame kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Werurwe bageze I Beijing mu Bushinwa mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2, aho bakiriwe na perezida w’iki gihugu, Xi Jinping n’umufasha we , Peng Liyuan. Mu biganiro abakuru b’ibihugu byombi bagiranye, perezida Kagame yashimye umubano mwiza usanzwe hagati y’u Rwanda n’u […]

Perezida Museveni yagize icyo avuga ku iraswa rya AIGP Felix Andrew Kaweesi

Perezida wa Uganda ,Yoweri Kaguta Museveni yamaganiye kure iraswa ry’Umuvugizi wa Polisi ,Assistant Inspector of Police Andrew Felix Kaweesi wishwe arasiwe rimwe n’abarinzi be babiri. Kubera ubwicanyi bukomeje kuba hirya no hino cyane cyane mu mijyi igize igihugu cya Uganda,Perezida Museveni yavuze ko hagiye gushyirwa Camera mu mijyi minini ndetse no ku mihanda minini. Ati“ […]

Rwamagana :Umwana w’imyaka 17 wagwiriwe n'itaka ahita apfa

Umwana w’imyaka 17 wagwiriwe n’itaka, bimuviramo urupfu ubwo we n’abandi bantu barimo bacukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu ijoro ryo ku itariki 16 Werurwe,2017 mu Kirombe giherereye mu Murenge wa Musha, ho mu karere ka Rwamagana. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burasirazuba, Inspector of Police […]

Gakenke: Abayobozi 3 bafunzwe bakekwaho ubujura bw’amafumbire n’imbuto

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke ifunze abagabo batatu bakekwaho ubujura bw’ifumbire ndetse n’imbuto Leta yari yageneye abaturage muri gahunda yo kongera umusaruro w’ubuhinzi. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gakenke Chief Inspector of Police (CIP) Jean Bosco Minani yavuze ko Ku itariki ya 16 Werurwe, abafashwe ari Ngarukiye Telesphore na […]

Akora imigati n’ifu mu bihaza

Mukagahima Marie Ange wo mu Karere ka Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo afite umushinga aho afata ibihaza akabikoramo imigati n’ifu avuga ko ifasha umutima gutera neza ndetse ikongera intanga ngabo . Aganira n’Ikinyamakuru Bwiza.com kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Werurwe,2017,ubwo yari mu muhango wateguwe na DOT Rwanda wo guhemba abafite imishinga myiza kandi ihindura ubuzima […]

Bimwe mu bimenyetso bikwereka ko ukundana n’umuhungu/kobwa ukubeshya

Mu rukundo abantu baba bagomba gusangira buri kamwe, bakumva ibintu kimwe ndetse bagafashanya haba mu biryo bufatika n’ubudafatika. Gusa muri iki gihe bias n’ibyahinduye isura kuko icyahoze ari urukundo ubu kikiboneka hacye kuko abakundana akenshi usigaye usanga umwe aba afite icyo akurikiye ku wundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gusa ibi bigaragara cyane ku bantu bamaze igihe babana […]

Kicukiro: Yasenyewe n'umuturanyi uhagarikiwe n’umuhesha w’inkiko n’izindi nzego

Ntuyahaga Charles wo mu murenge wa Nyarugunga mu karere ka Kicukiro, avuga ko yasenyewe inzu n’umuturanyi uvuga ko yamurengereye, ahagarikiwe n’umuhesha w’inkiko wabigize umwuga. Ni mu kagari ka Kamashashi, umudugudu w’Indatwa. Inzu yasenywe yubatswe mu 2003, ariko Kayiranga Callixte arega Ntuyahaga Charles ko yamurengereye. Urubanza rwanyuze mu bunzi b’abakagari, rujuririrwa abo ku murenge, bigera no […]

Top Secret: Umugambi wo gucamo ibice Congo-Kinshasa waba uri mu nzira zo gushyirwa mu bikorwa

Icibwamo ibice rya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ritangiye guhwihwiswa mu gihe amateka yerekana ko mbere y’ umuzo w’ umukoloni igihugu cya Kongo cyari kigizwe n’ ubwami butandukanye nka Empire Lunda, Empire Bakuba, Empire Luba, Empire Kongo n’ ubundi bwami bwari bushingiye ku moko afitanye isano n’ umuco w’ abaturage bari baraturutse mu bihugu bikikije […]

Komisiyo y'ubukungu ya sena irishimira aho urwego rw'inganda rugeze muri Huye

Muri iki cyumweru mu Karere ka Huye hakiriwe komisiyo y’ubukungu n’imari ya sena y’u Rwanda , uru rugendo rw’abasenateri rukaba rwari rugamije kumenya aho ahateganijwe igishushanyombonera cy’inganda kigeze gishyirwa mu bikorwa mu Karere ka Huye. Mu biganiro bagiranye kuri uyu wa Gatatu ushize itariki 15 Werurwe 2017 n’ubuyobozi bw’Akarere ka Huye n’abandi bafatanyabikorwa mu bijyanye […]

Perezida Kagame n’umufasha we bakiriwe na Perezida w’ Bushinwa (Amafoto)

Perezida wa repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n’umufasha we Jeanette bamaze gushyika mu gihugu cy’u Bushinwa aho bamaze kwakirwa na Perezida wa kiriya gihugu Xi Jinping ndetse n’umufasha we Peng Liyuan. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu ruzinduko rw’iminsi 2 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Kagame yagiriye muri kiriya gihugu n’umufasha we, rugamije kunoza umubano hagati y’ibihugu […]

Kagame : Umukuru w’igihugu wa mbere muri Afurika ugiye gufata ijambo mu nama ya AIPAC

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame azafata ijambo mu nama ngarukamwaka ibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ihuza Israel n’inshuti zayo ; inama izwi nka AIPAC izabera Washington D.C. ku Cyumweru gitaha nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu. Perezida Kagame akaba ari we muyobozi wa mbere wo muri Afurika uzaba ufashe ijambo muri iyi nama. […]

Amerika yatangaje ko ishobora gushora intambara muri Koreya ya Ruguru

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’itumanaho muri Amerika , Rex Tillerson yavuze ko gukoresha uburyo bwa gisirikare ari kimwe mu biri kwigwaho neza hagamijwe kwihimura ku gihugu cya Koreya ya Ruguru yanze kwitabira ibiganiro by’amahoro na Koreya y’Epfo ndetse n’ibindi bikorwa ikomeje kugaragaza nk’ubushotoranyi. Ibi yabitangarije mu ruzinduko yari yakoreye muri Koreya y’Epfo aho yatangaje ko Amerika […]

Nyuma ya Hong Kong perezida Kagame na madamu basesekaye I Beijing mu Bushinwa – Amafoto

Nyuma y’inama ya komisiyo y’umurongo mugari (Broadband) yateguwe na Huawei yaberaga I Hong Kong perezida wa Repubulika, Paul Kagame yari yitabiriye kuri uyu wa 16 Werurwe ndetse akaba ari nawe wari uyiyoboye, kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Werurwe aherekejwe na madamu we, Jeannette Kagame, yakomereje uruzinduko rwe ku mugabane wa Aziya I Beijing mu […]

Umugore yibarutse impanga z’abana bane icyarimwe

Umugore witwa Fatuma Issa w’imyaka 22 y’amavuko ukomoka mu gace ka Katavi gaherereye ku nkengero z’ikkiyaga cya Tanganyika muri tanzaniya aherutse kwibaruka impanga z’abana 4 barimo abahungu 3 n’umukobwa umwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubusanzwe ntibimenyerewe ko impanga z’abana bane cyangwa 3 bose babaho bagakuraa kuko akenshi bamwe barapfa. Gusa aha ho bias n’ibitangaje kuko aba bana […]

France: Ibahasha yari itezemo bombe yaturikiye ku biro bya IMF I Paris

Umuntu umwe yakomerekeye mu gitero cya bombe yari iteze mu ibahasha cyagabwe ku biro by’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Kane, itariki 16 Werurwe 2017. Umuvugizi w’igipolisi avuga ko ibahasha yoherejwe mu nyubako ikoreramo IMF igaturika igakomeretsa umuntu umwe. Abantu benshi bakaba bahise bavanwa muri iyi nyubako mu rwego rwo […]

Uganda: Umuvugizi w’igipolisi, AIPG Andrew Kawessi yapfuye arasiwe hafi y'iwe

mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Werurwe 2017, Umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, AIGP Felix Andrew Kaweesi yarasiwe mu gace atuyemo muri metero 100 uvuye mu rugo iwe, ubwo abantu bitwaje imbunda bagabaga igitero ku modoka ye. Uyu muyobozi akaba yarasanywe n’abandi bagenzi be 2 barimo abamurinda mu gace ka Kulambiro mu […]

Ikoreshwa ry’amashashi: EAC ngo ikwiye guhitamo ubuzima bw’abaturage cyangwa amafaranga

Inama y’Inteko ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yari imaze ibyumweru bibiri ibera mu Rwanda guhera kuwa 06 Werurwe, yasojwe hadatowe itegeko rica ikoreshwa ry’amashashi abangamira ibidukikije muri aka karere. Iyi ngingo ikaba ari yo yateje impaka ndende kurusha izindi zizweho muri iyi nama ya gatanu y’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) […]

Abarundi 2 biciwe muri Congo baza kujugunywa mu Burundi naho undi aburirwa irengero

Abarundi 3 bari baremye isoko rya Kiliba muri Congo , babiri biciweyo imirambo yabo iza kujugunywa mu Burundi naho undi aburirwa irengero. Abishwe ni Uwitwa Nikumana Jimmy hamwe na Eliya bose bo ku musozi wa Vugizo muri Komini ya Mutimbuzi hafi y’umukapa uhuza Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi. Ijwi ry’Amerika ryatangaje ko aba […]

Mali: Amarushanwa y'umupira yose yahagaritswe, Rayon Sport ikomeza idakinnye

Mu gihe hari hateganyijwe umukino wo kwishyura wagombaga guhuza ikipe ya Onze Createurs yo muri Mali n’ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Werurwe 2017, Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi yahagaritse bitunguranye imikino yose mpuzamahanga ku rugande rw’igihugu cya Mali kubera ikibazo cya leta ya kiriya gihugu yivanze mu bijyanye n’ubuyobozi […]

Gatsibo : Abavuga rikijyana basabwe gushyira imbaraga mu kurwanya ibiyobyabwenge

Abavuga rikumvikana bagera kuri 500 bo mu karere ka Gatsibo, ku itariki 15 z’uku kwezi basabwe kurushaho gukangurira abaturage kwirinda no kugira uruhare mu kurwanya ibyaha batanga amakuru atuma bikumirwa no gufata ababikoze. Abahawe ubu butumwa barimo Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge n’ Utugari, Abayobozi b’amashami ku rwego rw’Akarere,Urwego rw’abikorera, Abayobozi b’Ibitaro n’Ibigo nderabuzima, Njyanama z’Imirenge, Inzego […]

Gicumbi: Hafatiwe imodoka yari ipakiwemo ibiyobyabwenge bitandukanye

Mu Karere ka Gicumbi, hafatiwe imodoka yari yuzuyemo ibiyobyabwenge n’izindi nzoga zitemewe zitandukanye ku itariki ya 15 Werurwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira, yavuze ko iyo modoka ifite nimero RAB 150B yo mu bwoko bwa Toyota Carina, yafatiwemo amapaki arenga ibihumbi bitatu y’inzoga zitemewe na kanyanga. […]

Iga kurema amahoro mu mutima wawe

Imigani 16:9 *Umutima w’umuntu* *utecyereza urugendo rwe,* *Ariko Uwiteka ni we uyobora intabwe ze.* Abantu benshi, barahangayitse barashaka amahoro yo mumutima ariko barayabuze kuko aho bashakira amahoro siho ari. Birashoboka ko waba utabwirwa ko usa neza, wambaye neza, uteye neza, urimwiza cyane, nyamara ibyo bikababaza umutima wawe.hora wiga kwikunda, kwibwira amagambo meza no kuyabwira abandi.Wigurire […]

Hari imishinga itegurwa nabi, ikarangira itageze ku ntego igahombya Leta- Abadepite

Inteko rusange y’Abadepite isanga hari imimshinga imwe n’imwe itegurwa nabi bityo ikarangira idashyizwe mu bikorwa kandi yaratwaye akayabo mu kuyitegura bityo bikaba ari bimwe mu bihombwa leta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byatangajwe mu gihe iyi aba badepite basesenguraga raporo y’ibikorwa by’urwego rw’umuvunyi y’umwaka wa 2015-2016 ndetse na gahunda y’ibikorwa by’umwaka wa 2016-2017. Muri iyi raporo, perezida […]

Nyamagabe: Abishyuzwa imitungo baragurisha bagacikishwa, naho abishyuye Gitifu akabika

Abarokotse jenoside bo murenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe bari mu ruhuri rw’ibibazo bishingiye ku manza gacaca n’inka zitangwa na FARG. Abishyuzwa imitungo bangije baragurisha ubuyobozi bugasinya, nyuma bagacika, n’ubashije kwishyura kandi, Gitifu ayashyira mu mufuka. Mukankusi Phoibe warokotse jenoside we avuga ko yishyuje amafaranga ntayamuhe. Uyu Mukankusi w’imyaka 65 atuye mu mudugudu wa […]

Umupolisi yiyahuriye mu kigo cya gipolisi

Kuri uyu wa Gatatu mu kigo cya polisi mu karere ka Hoima ho mu gihugu cya Uganda habereye umubyigano ukabije ubwo umupolisi yagiraga atya akirasa agahita apfa bigatuma bamwe mu bari aho biganjemo abana bakwira imishwaro. Nk’uko abari bahari babitangaje, ngo abayobozi b’abapolisi bari muri icyo kigo bahise batangira gufata cover ubwo bumvaga urusaku rw’imbunda. […]

Ibintu 3 by'ingenzi ugomba kwitondera mbere yo gushinga urugo

Waba ushaka gushinga urugo mu gihe cya vuba cyangwa wumva ufite igitekerezo kuri iyo ngingo? Ese waba uri gushakisha uwo muzarushingana? Biragoye kuryama ukarota washinze urugo bugacya uhita ubikora. Niyo mpamvu ari ikintu cyo kwitonderwa kuko ari umushinga uzakrwa igihe kirekire bityo ukaba na wo ugomba gutegurwa igihe kirekire. Ibi ni bimwe mu bintu umuntu […]

Burundi: Udutsiko 2 tw’Imbonerakure twacakiraniye mu irondo turatemagurana

Abantu babiri bo mu ihuriro ry’urubyiruko rwo mu ishyaka CNDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi bakomerekejwe bikomeye n’imihoro mu ijoro ryo kuwa 12 Werurwe 2017 nyuma y’aho udutsiko 2 tw’uru rubyiruko twari mu irondo, kamwe ko muri Komini Mutimbuzi n’akandi ko muri Komini Mubimbi mu Ntara ya Bujumbura, ducakiraniye mu irondo tugahangana hakoreshejwe […]

U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda

Inyandiko yashyizweho umukono n’abantu batandukanye barimo Bernard Kouchner wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga bw’u Bufaranga n’abandi batandukanye batunze agatoki Kiliziya Gatolika n’u Bufaransa by’umwihariko gukingira ikibaba abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Abashyize umukono kuri iyi nyandiko bashimangira ko abagize uruhare muri iyi Jenoside bakomeye bari ku Mugabane w’Uburayi cyane cyane mu […]