Ikibazo cyasakuje cyane muri aka karere mu baturage n’abayobozi mu mpera z’Ukwakira uyu mwaka, ni icy’icyemezo cyasizwe na komite nyobozi yari icyuye igihe,ikora icyo guhindura abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa, cyagombaga gushyirwa mu bikorwa ku ya 1 Ukuboza, itariki yarageze abo cyarebaga bategereza amabaruwa baraheba, Meya mushya Dr Kibiriga Anicet yabwiye Bwiza.com ko atari gushyira mu bikorwa ibyo atazi, asaba abo icyo cyemezo cyarebaga kuguma aho bakorera ubu (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Rusizi: Meya Dr Kibiriga yanenze ibyakozwe na nyobozi icyuye igihe byo guhindura abakozi mu tugari
7 December 2021, by Bahuwiyongera Sylvestre -
Data yahaye igihugu n’abaturage buri kimwe_Umuhungu wa Dr. Habumuremyi
9 July 2020, by TUYIZERE JDUmuhungu wa Dr. Pierre Damien Habumuremyi witwa Mucyo Apollo arasaba Perezida Kagame kumukura mu maboko y’ubutabera bitewe n’imirimo yakoze ubwo yari mu buyobozi bukuru bw’igihugu.
Tariki ya 5 Nyakanga 2020 ni Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha wasigariyeho Marie Michelle Umuhoza, Bahorera Dominique yatangaje ko Dr. Habumuremyi yatawe muri yombi tariki ya 3, akurikiranweho icyaha cy’ubuhemu no gutanga sheki zitazigamiye. Amakuru avuga ko Dr. Habumuremyi arimo umwenda wa (…) -
Sena iratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi badahabwa amafaranga ya pansiyo
11 August 2022, by TUYIZERE JDUmutwe wa Sena mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda uratabariza Abanyarwanda bakoreye mu Burundi ubwo bari impunzi, badahabwa amafaranga y’ubwiteganyirize (pansiyo).
Iki kibazo cyagejejwe mu nteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa 10 Kanama 2022, bamwe muri ba senateri barimo Havugimana Emmanuel na André Twahirwa bagaragaza ko aba Banyarwanda babayeho nabi, kandi ikibazo cyabo kimaze igihe kirekire kizwi.
Senateri Havugimana yasobanuye ko imwe mu mbogamizi aba Banyarwanda bahura na (…) -
Munyakazi Sadate na Komite ye basezerewe muri Rayon Sports
22 September 2020, by BABOU BenjaminMunyakazi Sadate wari umaze umwaka ayobora Rayon Sports na Komite bari bafatanyije kuyobora iyi kipe, bamaze gusezererwa ku buyobozi bw’iyi kipe.
Ni icyemezo cyafatiwe mu nama iri kubera muri Kigali Arena yahuje inzego zitandukanye zirimo Minisiteri ya Siporo n’Urwego rw’igihugu rushinzwe Imiyoborere RGB.
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri muri Kigali Arena, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr Usta Kaitesi, yavuze ko Komite ya Munyakazi yananiwe (…) -
Muhire yabuze indege imujyana kwivuza mu Misiri kubera ko ari muri bomboni
23 September 2020, by TUYIZERE JDMuhire Jean Claude ni umusore w’imyaka 29 y’amavuko urwariye mu bitaro bya CHUK i Kigali kuva muri Gashyantare 2019, ubu akaba amazemo amezi 17.
Muri uko kwezi, Muganga yaramupimye asanga arwaye impyiko zombi ku rwego rwa gatanu, ari narwo rwa nyuma ku buryo zidashobora gukira. Muganga kandi yamubwiye ko arwaye n’umuvuduko ukabije w’amaraso ndetse na Anemiya.
Muhire yabwiwe na muganga ko nta bundi buryo buhari keretse gusimbuza impyiko izindi. Nyuma y’amezi abiri, yaje kubona umusore (…) -
VIDEO: Abanyarwanda bemerewe ibintu bikomeye muri Central African Republic
11 February 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga -
RDF yatangiye kwandika abifuza kwinjira mu ngabo zayo
15 October 2021, by BABOU BenjaminIgisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyahaye rugari Abanyarwanda bifuza kwinjira mu ngabo zacyo ku rwego rw’abasirikare bato.
Kwiyandikisha byatangiye kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira kugeza ku wa 21 Ukwakira, bikaba biri gukorerwa ku rwego rw’imirenge.
Ibisabwa ku bifuza kwinjira muri RDF -
Perezida Kagame yaciye amarenga ko RDF igiye guhiga FDLR muri RDC
8 February 2022, by BABOU BenjaminPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yaciye amarenga y’uko bishobora kuzarangira ingabo z’u Rwanda zigiye guhiga abarwanyi ba FDLR bamaze imyaka 27 bafite ibirindiro mu mashyamba ya Congo.
Umukuru w’Igihugu yabikomojeho kuri uyu wa Kabiri, ubwo yari amaze kwakira indahiro ya Dr Nsabimana Ernest uheruka kugirwa Minisitiri w’Ibikorwa Remezo na Eng. Uwase Patricie uheruka kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo.
Perezida Kagame ubwo yari amaze kwakira indahiro z’aba (…) -
Abayobozi bamaze igihe kirekire ku mwanya wa Meya ugora benshi
31 August 2020, by TUYIZERE JDUmwanya w’Umuyobozi w’Akarere uzwi nka ‘Meya ufatwa nk’ugoranye cyane kurusha indi yose bitewe n’uko ahanini biba gake kubona uwurambyeho, bikaba bigorana no kubona byibuze n’umara manda y’imyaka itanu.
Aha humvikana imvugo ya ‘Tour du Rwanda’ cyangwa se ‘umweyo’ aho humvikanye iyegura ry’umusubirizo ry’aba bayobozi mu bice bitandukanye by’igihugu nk’uko byagenze tariki ya 2 n’iya 3 Nzeri 2019 ubwo Komite Nyobozi mu turere twa Karongi, Ngororero, Muhanga, Burera, Gisagara, Rutsiro, (…) -
Uko hateguwe umugambi wo kwica Habyarimana no kurwanya amasezerano ya Arusha
27 April 2020, by Denis NsengiyumvaNyuma y’aho Perezida Habyarimana yemereye isinywa ry’amasezerano hagati ya Leta ayoboye na RPF-Inkotanyi mu rwego rwo kugabana ubutegetsi hashyirwaho guverinoma y’inzibacyuho, intagondwa z’Abahutu cyane cyane abari bahuriye mu gatsiko kitwa “Amis de 215 l’Alliance”, barwanije ayo masezerano, bashakisha uko bavanaho Habyarimana mu buryo bwose bushoboka nk’uko bigaragara mu bushakashatsi bwa CNLG ku itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya (…)