Rusizi: Abikorera barasabwa kongera ubwinshi nâubwiza bwâibyo bakora
Ubuyobozi bwâakarere ka Rusizi burasaba abikorera guhuza imbaraga kugira ngo ibyo bakora bibe byinshi kandi biri ku rwego rushimishije. Mu kiganiro na Bwiza.com,ubwo muri aka karere hasozwaga imurikagurisha ryari rihuje abikorera bagakoreramo nâabaturutse mu bice bitandukanye byâigihugu no hanze yacyo,umuyobozi wako Kayumba Ephrem yavuze ko bigaragara ko ibikorerwa mu karere ayobora bitaragera ku rwego bifuza,haba […]
Abanyeshuri 60,000 bahawe inguzanyo na leta kuva mu 1980 banze kwishyura – BRD
Abanyeshuri basaga 60,000 banze kwishyura inguzanyo bahawe kugirango babashe kwiga kaminuza kuva mu 1980 bituma leta isigara mu gihirahiro, aho mu rwego rwo kugaruza izo nguzanyo guverinoma yitabaje Banki yâIgihugu yâIterambere BRD mu 2015, ngo ifashe kugaruza amafaranga yatanzwe no mu gukomeza guha inguzanyo abanyeshuri babikwiriye. Kugeza ubu, biravugwa ko miliyari 17,1 zâamafaranga yâu Rwanda […]
Indonesia: Abaturage bihimuye igitero cyâingona bica izikabakaba 300
Abaturage bo muri Indonesia bitwaje ibyuma, inyundo, nâimitarimba bishe ingona 292 mu rwego rwo guhora urupfu rwâumugabo wishwe nâingona ubwo yajyaga mu ifamu yazo. Amafoto yashyizwe ahagaragara nâIbiro Ntaramakuru Antara, yagaragaje ingona nyinshi zishwe mu karere ka Sorong mu burasirazuba bwa Indonesia mu Ntara ya West Papua. Umuyobozi wâikigo cyâigihugu gishinzwe kubungabunga umutungo kamere muri […]
U Burusiya: Sitade 2 mu zakiniweho igikombe cyâIsi zaridutse
Abantu benshi bakomeje kwibaza uko byari kugenda iyo ibiri kuba nyuma yâirushanwa ryâigikombe cyâisi mu Burusiya biramuka bibaye rikiri kuba, nyuma yâaho sitade 2 mu zakiniweho ririya rushanwa zamaze kwangirika bidasubirwaho. Izi sitade zangiritse kubera imvura idasanzwe yaguye nyuma yâumukino zirimo nâiyo u Bwongereza bwatsindiyeho ikipe ya Tuniziya mu byumweru bitambutse. Daily maily dukesha iyi […]
Malawi: Umurundi wâimyaka 28 yishwe atwitswe nâagatsiko kâabantu bariye karungu
Umurundi wâimyaka 28 wabaga mu gihugu cya Malawi mu mpera zâicyumweru gishize yishwe nâabaturage bariye karungu bamushinja gucuruza ibice byâabantu. Ibi byabereye kuwa Gatanu ushize mu gihugu cya Malawi mu gace kitwa Kambilondjo aho bivugwa ko uyu Murundi yishwe atwitswe nâagatsiko kâabantu bari barakaye bamushinja gucuruza ibice byâabantu. Ikinyamakuru Nyassa Times cyo muri iki gihugu, […]
Bwa mbere mu mateka perezida wâu Bushinwa agiye gusura u Rwanda
Ku nshuro ya mbere mu mateka perezida wâu Bushinwa agiye gusura u Rwanda nkâuko byemejwe na ambasaderi wâu Bushinwa, Rao Hongwei, wemeje ko perezida Xi Jinping azaba ari mu Rwanda kuva ku itariki 22 kugeza ku itariki 23 Nyakanga. Nkâuko ambasaderi Hongwei yabitangaje mu kiganiro nâitangazamakuru kuri uyu wa Mbere, ngo uruzinduko rwa perezida Xi […]
Umutwe wa NLF wâishyaka rikuriwe na Rusesabagina wigambye ibitero biherutse muri Nyaruguru
Umutwe mushya wâinyeshyamba urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda wigambye ibitero bimaze iminsi byibasiye Intara yâAmajyepfo mu Karere ka Nyaruguru, mu Murenge wa Nyabimata. Uyu mutwe ukaba uvuga ko ugamije gukuraho ubutegetsi buriho mu Rwanda ukoresheje imbaraga. Uyu mutwe wiyita mu magambo yâIcyongereza;National Liberation Forces (NLF) uyoborwa na Gen Habimana Hamada, urashinja ubutegetsi buriho mu Rwanda amacakubiri, […]
Nyamasheke: Abaturage baranenga abiga muri EAV Ntendezi batabafasha kwivana mu bukene
Abatuye mu karere ka Nyamasheke cyane cyane mu mirenge yako ihana imbibi nâishuri ryâubuhinzi nâubuvuzi bwâamatungo( EAV Ntendezi) bavuga ko iri shuri rihamaze imyaka 25 abaryigamo batarabasha kubegera uko bikwiye ngo babigishe kongera umusaruro mu buryo bifuza ngo babe babasha kwivana mu bukene. Abarituriye baganiriye na Bwiza.com, bavuga ko bishimira ko hari abana babo baryigamo […]
Umuyobozi muri Polisi ya Uganda yapfiriye mu kabari
Ofisiye mu gipolisi cya Uganda, Siraj Tibata wari umuyobozi wa sitasiyo ya polisi ya Molo muri Tororo, yikubise hasi ahita apfa nyuma yo kurasa umuturage aho barwaniraga mu kabari. Siraj Tibata yapfuye ku wa Mbere tariki ya 16 Nyakanga 2018, ahagana saa yine zâijoro, ubwo mu kabari âAquaâs drinking Jointâ haberaga imirwano nawe akarimo, akarasa […]
Muhanga: Gitifu wâakagari arashinjwa gukubita umugore wa mudugudu no gucana urutindo
Polisi mu karere ka Muhanga yataye muri yombi Uwamahoro Photide wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkagali ka Kinini, umurenge wa Shyogwe. Arashinjwa kwangiza ibikorwaremezo nâurugomo. Uwamahoro Photide ashinjwa kuba ku wa 14 Nyakanga 2018, yarakuye ibiti ku iteme ajya kubicana, inkuru ibaye kimomo mu baturage ngo ashaka ibindi mu ishyamba rya Leta abisubizaho. Uwamahoro Photide anakurikiranweho icyaha […]
Impaka zagarukaga kuri Messi na Cristiano zatandukanyije burundu umugabo nâumugore
Umugore nâumugabo bari bamaranye imyaka igera kuri 14 babana mu buryo bwemewe nâamategeko, batandukanye bapfa kutavuga rumwe hagati yâabakinnyi babiri, Christiano Ronaldo ndetse na Lionnel Messi. Uyu mugabo Arsen wâimyaka 40 ndetse nâumugore we Ludmyla wâimyaka 37 bombi bakaba ari abo mu gihugu cyâu Burusiya, ntibabashije kuryoherwa nâintsinzi yâikipe yo mu Bufaransa mu gikombe cyâisi […]
Paris: Michelle Obama yagaragaye abyina mu gitaramo cya Beyonce
Umugore wa Perezida Obama, Michelle Obama yatunguranye ubwo yagaragaraga abyina mu gitaramo cya Beyonce na Jayâz cyabereye mu mujyi wa Paris mu Bufaransa ku wa Gatandatu tariki ya 14 Nyakanga 2018, mu gihe umugabo we ari ku ivuko muri Kenya. Michelle Obama yari yambaye ikabutura igera hejuru yâamavi, isengeri nâagashati kâumweru kadafunze amapesu. Ibitangazamakuru bitandukanye […]
RDC: Perezida Kabila yahinduye umugaba mukuru wâingabo (FARDC)
Perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagize Lt GĂ©n. CĂ©lestin Mbala Munsense, umugaba mukuru wâingabo zâiki gihugu (FARDC) akaba asimbuye kuri uyu mwanya, GĂ©n.Didier Etumba Longela. Ku wa Gatandatu tariki ya 14 Nyakanga 2018, nibwo umugaba w’ikirenga w’ingabo za RDC, Perezida Kabila nkâuko itegeko ribimwemerera yakuye kuri uyu mwanya GĂ©n.Didier Etumba Longela […]
Nakoraga umuziki nta mafaranga mfite, Ubu ngiye kuwukora nyafite munyitegeâ Bruce Melodie
Bruce Melody izina ry’ubuhanzi, ubusanzwe witwa Itahiwacu Bruce amazina yiswe n’abyeyi, ni umuririmbyi wâumunyempano idasanzwe , afite ubuhanga bwihariye mu kuririmba ndetse no kwandika indirimbo cyane ko afite impamyabumenyi mu ishami ry’indimi nâubuvanganzo. Kuri ubu ni umwe mu hanzi batsindiye igihembo gihatse ibindi hano mu Rwanda cya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya […]
Perezida Trump agiye guhura na Vladimir Putin afite impungenge
Kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Nyakanga 2018, Â Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika araza kugirana inama na Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, inama ije isoza urugendo Trump yagiriye ku mugabane w’u Burayi. Bwana Trump yavuze ko afite “icyizere gicye” ku kiza kuva muri iyi nama ibera mu murwa mukuru wa […]
Nigeria: Abasirikare ba leta 23 baburiwe irengero nyuma yo kugwa mu mutego wa Boko Haram
Abasirikare 23 ba Nigeria baburiwe irengero nyuma yo kugwa mu mutego wâintagondwa za Boko Haram mu majyaguru yâuburasirazuba bwâigihugu nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu nâabegereye imitwe yitwara gisirikare ikorana na guverinoma. â Kugeza ubu nta makuru dufite yâabantu 23. Muri bo harimo ba ofisiye batanu na ba soldats 18 â, uyu ni umwe mu […]
RDC: Jean-Pierre Bemba yamaze guhabwa uruhushya rwâinzira izamusubiza mu gihugu cye
Umunyapolitiki Jean-Pierre Bemba utavuga rumwe nâubutegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, akaba aherutse kurekurwa nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, kuri uyu wa gatanu ushize yahawe passport yâabadipolomate izamufasha gusubira mu gihugu cye aho ateganya kuzahatana mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu Ukuboza 2018. Ni nyuma yâuko yari amaze imyaka 10 afunzwe na ICC ikaza kumurekura kuwa […]
Ruhango: Nyuma yo gusenyerwa nâimvura, umurenge wamusezeranyije kumwubakira amaso ahera mu kirere.
Umukecuru witwa Sebagirirwa FelicitĂ© utuye mu murenge wa Ruhango, akarere ka Ruhango mu ntara yâAmajyepfo aratakambira inzego zâubuyobozi ngo zimukure mu busembere nyuma yâuko inzu ye iguye akemererwa inkunga yâumurenge yo kumwubakira amaso akaba yaraheze mu kirere. Mu gihe cyâimvura yahitanye abatari bacye ikangiza byinshi hirya no hino mu gihugu mu minsi yashize, uyu Sebagirirwa […]
Gakenke: Abatishoboye badafite ubwiherero bagiye gufashwa kubwubaka
Abaturage batishoboye bagera ku 1000 mu Karere ka Gakenke ku ikubitiro nibo bagiye gufashwa kubaka ubwiherero bwujuje ibyangombwa muri gahunda yo kubungabunga isuku nâisukura hagamijwe kwirinda indwara ziterwa nâumwanda ndetse no kubungabunga ubuzima bwâumwana. Ni kimwe mu bikorwa byâubukanguramba bigeye gutangizwa na SFH Rwanda (Society for Family health) iterwa inkunga na Unicef bizamara amezi 2 […]
Tumaze imyaka 8 tubana, nta kana twari twabyara none arashaka ko nsambana nâundi mugabo- Nkore iki?
Muraho neza, ndi umugore umaze imyaka 8 mbana nâumugabo, afite akazi mu burezi ariko ataha mu rugo, iyo myaka yose tuyimaze tubana umunsi ku wundi ariko nta rubyaro twari twabona. Amavuriro atandukanye yo mu Rwanda twayagezemo twipimisha bakatubwira ko nta kibazo dufite, ngo dutegereze ariko imyaka 8 ikaba imaze kwihirika. Mu bavuzi ba gakondo naho […]
Perezida Buhari yasobanuye impamvu igihugu cye kitarashyira umukono ku masezerano yâisoko rusange
Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari, kuri uyu wa Gatandatu, itariki 14 Nyakanga 2018, yasobanuye impamvu igihugu cye kitarashyira umukono ku masezerano yâisoko rimwe rusange rya Afurika (African Continental Free Trade Agreement) ryitezweho kuzazamura ubucuruzi hagati yâibihugu bya Afurika bukagera ku rugero rwa 52,3% bivuye ku rugero rwa 19% buriho kuri ubu. Inkuru dukesha urubuga rwo […]
Prezida Magufuli yategetse ko abanyururu bakoreshwa ijoro n'amanywa, abatabishoboye bagakubitwa
Prezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yavuze ko abanyururu  bagomba gukoreshwa imirimo ifitiye igihugu akamaro ijoro n’amanywa hanyuma abatabishoboye  bagakubitwa ibiboko. Ibi ni bimwe mu byo prezida Magufuli yabivuze mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo kwimika umuyobozi mushya ushinzwe imfungwa nâabagororwa muri kiriya gihugu, aho yanamusabye yanavuze ko ari biteye isoni ku gihugu […]
Uganda: Bebe Cool yiswe umuntu utagira ubwenge
Umuhanzi Bebe Cool yandagajwe na mugenzi we, Alexander Bagonza wamamaye ku izina rya A Pass, aho yamwise umuntu ufite igihagararo ariko mu mutwe ari zero. Bebe Cool yandagajwe muri ubu buryo nyuma yâimpaka abahanzi batandukanye bari bakomeje kugirana, bamwe banenga ishyirwaho ryâitegeko ryo gusoresha abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Uganda, bamwe banenga iki gikorwa mu gihe […]
Muhanga: Akâabakozi bo mu karere bavugwaho kwiharira amasoko kagiye gushoboka
Umuyobozi wâakarere ka Muhanga, Uwamaliya Beatrice avuga ko akarere kagiye guhagurukira abayobozi nâabandi bakozi bo muri aka karere bavugwaho kwiharira amasoko mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Ibi ni bimwe mu byo uyu muyobozi aherutse gutangariza mu kiganiro yagiranye nâitangazamakuru, aho yanavuze ko Atari ubwa mbere kiriya kibazo kivuzwe mu bakozi batandukanye ba kariya karere ariko akaba […]
Nyagatare: Umugore yafatanywe abana bâabakobwa yari agiye gucuruza muri Uganda
Kuri uyu wa Gatanu ushize mu Murenge wa Matimba, mu Karere ka Nyagatare hafatiwe umugore wageragezaga kujya gucuruza abana bâabakobwa batatu muri Uganda. Uyu mugore witwa Dukundane Evelyne ngo yageragezaga kwambukana abakobwa bari hagati yâimyaka 15 na 16 banyuze mu nzira zitemewe mu Kagali ka Kagitumba nkâuko bitangazwa na CIP Theobald Kanamugire, umuvugizi wa polisi […]
Perezida wa Eritrea agendereye Ethiopia nyuma yâimyaka 20 badacana uwaka
Ku nshuro ya Mbere kuva mu 1998, Perezida wa Eritrea, Isaias Afwerki yagiriye uruzinduko muri Ethiopia, ni uruzinduko rugamije kuzura umubano wâibi bihugu byombi wari umaze imyaka isaga 20 warazambye. Nkâuko VOA ibitangaza, bitegekanijwe ko muri urwo ruzinduko ruzamara imisi itatu, Isaias Afwerki azafungura  ambassade ya Eritrea muri Etiyopiya, yari imaze imyaka 20 ifunze. Mu […]
U Rwanda nâu Burundi bikwiye gufatira urugero kuri Ethiopia na Eritrea
Umuryango uharanira kurwanya ruswa nâikoreshwa nabi ryâumutungo wâigihugu (OLUCOME/ Burundi) uvuga ko u Rwanda nâu Burundi bikwiye kwigira kuri Ethiopia na Eritrea , nabyo bikiyunga. Uyu muryango watangaje ibi ku wa 11 Nyakanga 2018, nyuma yaho ibihugu Ethiopia na Eritrea bisinyiye amasezerano yâamahoro nyuma yâimyaka 25 byari bimaze birebana ayâingwe. Ukaba usaba na Leta yâu […]
Barack Obama agiye gukorera uruzinduko muri Afurika bwa mbere kuva avuye ku butegetsi
Barack Obama, wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Gatanu, abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook yatangaje ko ateganya kugirira uruzinduko muri Afurika, bwa mbere, kuva yava ku butegetsi ubu hashize umwaka urenga. Mu ruzinduko rwe muri Afurika, biteganyijwe ko azafata ijambo mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 ya […]
Abakinnyi ba USM Alger bagomba gukina na Rayon Sports bageze i Kigali- Amafoto
Mu gitondo cyo kuri uyu wagatandatu Tariki 14 Nyakanga 2018 nibwo ikipe igomba guhura na Rayon Sports mu marushanwa ya Caf confederation cup USM Alger yasesekaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Ni mu mukino uteganyijwe kuri uyu wagatatu aho izi kipe zombi zigomba gukina dore ko imikino ikiri mu matsinda nyuma yuyu mukino […]
Radiyo Nshya âAfrican Radioâ yatangiye kumvikana mu Rwanda
Kuva ku wa kane tariki ya 5 Nyakanga 2018, nibwo radiyo nshya âAfrican Radioâ yatangiye kumvikana kuri internet, ikaba igiye gufasha Abanyarwanda gusobanukirwa byimbitse ku buzima bwa politiki mu Rwanda. Umuyobozi wâiyi radiyo, Kayiranga Merchiore, akaba asanzwe ari nâumuyobozi wâikinyamakuru Bwiza.com, avuga ko ibiganiro byâiyi Radiyo byatangiye ku wa Mbere tariki ya 9 Nyakanga 2018, […]
Uganda: Abasirikare ba Sudani yâEpfo binjiye muri Uganda baranarasana
Abasirikare babiri ba Sudani yâEpfo bajyanywe mu bitaro bya Kitgum mu Karere ka Kitgum mu gihugu cya Uganda nyuma yo kurasana baninjiye mu kindi gihugu binyuranyije nâamategeko bagiye gushaka icyo kunywa. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa Gatatu ushize byabereye mu giturage cya Otwila, mu karere ka Lamwo. Inzego zâumutekano ziravuga ko aba basirikare babiri […]
Uburasirazuba: Ibyiciro byâubudehe bikomeje guteza impaka hagati yâabayobozi nâabaturage
Kwitana ba mwana hagati yâabayobozi mu nzego zâibanze ndetse nâabaturage ku makosa akorwa mu ishyirwa mu byiciro byâubudehe birakomeje. Bamwe mu baturage bo mu Ntara y âUburasirazuba bavuga ko aya makosa atuma badahabwa serivisi zâubuvuzi uko bikwiye cyangwa rimwe na rimwe ntibazihabwe kubera ibi byiciro aribyo byifashishwa mu gutanga mutuel. Inzego zâubuyobozi zo zivuga ko […]
RDC: Ishyaka MLC ryagennye Jean-Pierre Bemba nkâumukandida waryo mu matora ya perezida
Umunyapolitiki, Jean-Pierre Bemba yamaze gutoronywa nâishyaka rye, MLC, ngo azarihagararire mu matora yâumukuru wâigihugu ategerejwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu mpera zâuyu mwaka nkâuko byemejwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 13 Nyakanga I Kinshasa, ubwo hasozwaga kongere yâiri shyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi. Abarwanashyaka bâiri shyaka bakaba banafashe icyemezo cyo gusubiza Bemba ku buyobozi […]
Perezida Donald Trump yabonanye nâUmwamikazi Elisabeth II amukorera udushya
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Gatanu yabonanye nâUmwamikazi wâu Bwongereza, Elisabeth II mu ngoro ye izwi nka Windsor Castle, aho bivugwa ko yaba yakoreye amahano. Mbere yâuko yakirwa nâUmwamikazi Elisabeth, perezida Trump yari yabanje kugirana ibiganiro na Minisitiri wâIntebe, Theresa May. Ku ngoro yâUmwamikazi wâu Bwongereza perezida Donald […]
Reba amafoto 60 yâumuhango Perezida Kagame yambikiyemo amapeti abofisiye bato 180
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Nyakanga 2018, nibwo umugaba wâikirenga, Perezida Kagame Paul yayoboye umuhango wo guha amapeti abofisiye bato 180 bo mu Ngabo zâu Rwanda bari basoje amasomo yabo i Gako, mu Karere Ka Bugesera. Perezida Kagame yabashimiye umuhate bagaragaje bakaba basoje amasomo yabo ndetse anabasaba kuzasoza neza inshingano zibategereje. Yashimiye kandi […]
Rwamagana: Abaturage bamaze amezi 8 batabona amazi
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rwamagana mu ntara yâUburasirazuba baravuga ko bamaze amezi umunani badafite amazi, bakaba basaba leta ko yakora uko ishoboye ikayabaha kuko amazi yâibishanga bavoma ashobora kubatera indwara. Aba baturage biganjemo abo mu murenge wa Munyiginya mu bavuga ko bamaze igihe batakira ubuyobozi kubasanira amavomo yâamazi kuko ngo ayo bari […]
Muri uku kwezi harikangwa ibitero bikomeye ku gihugu cya Uganda
Minisitiri wâumutekano wa Uganda, Gen. Elly Tumwiine arahamagarira abaturage ituze ahakana ibitero bigamije gukuraho ubutegetsi ngo byaba byitezwe muri uku kwezi kwa Nyakanga nkâuko byakomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga. Minisitiri Tumwiine akaba yasubizaga ikibazo cyari kizamuwe nâumudepite uhagarariye Gulu mu nteko ishinga amategeko, Lyandro Komaketch ubwo yavugaga ku mutekano wâigihugu mu nteko kuri uyu wa […]
Perezida Trump ngo agiye kurangiza ibibazo byâubwicanyi nâurugomo biri ku mugabane wâAfurika
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yasezeranyije ko agiye gufasha mu kurangiza amakimbirane yo ku mugabane w’Afurika arangwa nâubugome ndetse n’ubugizi bwa nabi. Ibi ni bimwe mu byo yatangarije mu nama ya OTAN yaberaga I Bruxelles mu gihugu cyâu Bubiligi, aho yavuze ko ibibazo bikirangwa ku mugabane wâAfurika agiye kubirangiza akoresheje ingabo ze. […]
 Johnson & Johnson yaciwe amande ya miliyari 4,7$ kubera poudres zarwo zivugwaho gutera cancer
Uruganda Johnson & Johnson rwategetswe kwishyura impozamarira yâakayabo ka miliyari 4,7 zâAmadolari abagore bagera kuri 22 bavuga ko batewe cancer, ifata agasabo kâintanga zâabagore (Ovarian cancer) na poudres zikorwa nâuru ruganda. Uruganda rwa Johnson & Johnson ntirwishimiye imikirize yâurubanza rutangaza ko ruteganya kujurira. Ni urubanza rwari rumaze ibyumweru bitandatu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Ingabo zitorezwa kuba zarwana intambara ariko ntibivuze ko ziba zishaka intambara- Perezida Kagame
Perezida Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga w’ ingabo zâu Rwanda, yazigeneye impanuro muri rusange, azibwira ko zitorezwa kuba zarwana intambara ariko ko atari ugushoza intambara. Ibi Perezida Kagame yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 13 Nyakanga 2018, Â i Gako, mu Karere Ka Bugesera, aho yari ayoboye umuhango wo guha amapeti abofisiye bato 180 bo mu Ngabo […]
Muhanga: Abakora irondo ntibabasha guhangana nâabajura bitwaje imihoro
Abakora irondo ryâumwuga mu murenge wa Shyogwe, akarere ka Muhanga  barasaba inzego zâumutekano kubafasha no kubaba  hafi mu kazi kabo bakora , cyane cyane bagasaba ubufasha bwâibikoresho byifashishwa muri ako kazi kuko ibisambo baba bahanganye nabyo biba byitwaje imihoro mu gihe bo baba bafite inkoni gusa nkâigikoresho cyâakazi. Ibi babigaragarije izi nzego mu nama yâumutekano […]
Rwamagana: Abaturage bashinja abajyanama bâubuzima kubima imiti bakayigurisha muri Farumasi
Abaturage bo mu kagari ka Mwurire, umurenge wa Mwurire mu karere ka Rwamagana, barashinja abajyanama bâubuzima kubima imiti ahubwo ngo bakayigurisha mu bacuruza imiti no muri za Farumasi. Aba baturage bavuga ko bajya kwivuza mu bajyanama bâubuzima bakababwira ko nta miti ihari gusa ngo bakaba bafite amakuru yemeza ko abajyanama bâubuzima babima iyo miti nyuma […]
Akanama kâUmutekano ka Loni mu nzira zo gufatira Sudani yâEpfo ibindi bihano
Akanama kâAmahoro nâUmutekano kâUmuryango wâAbibumbye, kuri uyu wa Gatanu karemeza umwanzuro ufatira ibihano bibuza kugura intwaro igihugu cya Sudani yâEpfo ndetse nâibihano ku bategetsi babiri bakuru mu gisirikare nyuma yâaho inzira za dipolomasi zari zimaze iminsi zigeragezwa zo guhagarika amakimbirane yo muri iki gihugu zinaniranye. Kuri uyu wa Kane ushize, intumwa za Leta Zunze Ubumwe […]
Umugabo ufite abakobwa 12 yatwitse inzu ye ahima abagore be batabyara abahungu
Inzego zâumutekano zo mu gace ka Nyamira muri Kenya ziri guhiga bukware umugabo witwa Joshua Misati uri mu bwihisho nyuma yo gutwika inzu yabagamo umuryango we awuhima ko nta muhungu abagore be babyara. Uyu mugabo uherutse kunguka umwana wa 12 na we waje ari umukobwa akaba ari na we wabaye intandaro yo gutuma uyu mugabo […]
RSF ntikozwa kuba u Rwanda rwayobora umuryango wâibihugu bivuga Igifaransa
Umuryango “Reporters sans FrontiĂšres”, RSF, uharanira ubwisanzure bwâitangazamakuru watangaje ko ufite impungenge ku bushake bwâu Rwanda bwo kuyobora umuryango wâibihugu bivuga Igifaransa, Organisation Internationale de la Francophonie, OIF. Mu itangazo RSF yashyize ahagaragara, iravuga ko âu Rwanda ari kimwe mu bihugu bikomeye mu rwego rwo guhutaza ibinyamakuru nâabanyamakuru.â Ku rutonde rwâibihugu byubahiriza ubwisanzure bwâitangazamakuru rwâuyu […]
Abantu 1,800 bahoze bakorera leta bamaze gushyirwa ku rutonde rwâumukara
Abantu bagera ku 1,800 bakoraga mu nzego za leta bashyizwe ku rutonde rwâumukara mu myaka 15 ishize rubakumira kuzongera gukora akazi ka leta nkâuko byemezwa na minisiteri yâabakozi ba leta nâumurimo (MIFOTRA). Abantu bagiye bashyirwa kuri uru rutonde rwâumukara (Blacklist) bagiye birukanwa mu kazi ka leta kubera impamvu zitandukanye zirimo ubujura, imyitwarire itari iya kinyamwuga, […]
Kenya: Abadepite 20 bakoresheje asaga $500,000 yo mu misoro bajya kureba umupira mu Burusiya
Abaturage bo muri Kenya bari mu bikorwa bisa nâimyigaragambyo ku mbuga za interineti nyuma yo kubona bamwe mu badepite bo muri kiriya gihugu bari kohereza amafoto ku mbuga nkoranyambaga bari kureba umupira mu irushanwa ryâigikombe cyâisi riri kubera mu gihugu cyâu Burusiya. Abadepite bagera kuri 20 ngo bakoresheje igice cya Miliyoni yâAmadolari mu myiteguro nâamatike […]
Inzego zâumutekano mu Rwanda zibana nâabaturage, dufatanya nabo muri byose- Min.Gen Kabarebe
Minisitiri wâIngabo, Gen James Kabarebe waganirije abapolisi ku ruhare rwâinzego zâumutekano mu iterambere ryâabaturage, yatangaje ko ingabo zâu Rwanda zibana nâabaturage zikanafatanya nabo muri byose. Ibi yabitangaje mu kiganiro ngarukamwaka ku mahoro, umutekano nâubutabera, bigenewe abapolisi bakuru 28 baturuka mu bihugu 8 bya Afurika, ibiganiro byabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi yâu Rwanda ku Kacyiru. […]
Uganda: Abadepite bagiye guhabwa imodoka zâimitamenwa banarindwe na bamudahusha(snipers)
Perezida wa Uganda, Joweli Kaguta Museveni yizeje Abadepite uburinzi budasanzwe, aho bagiye guhabwa imodoka zitamenwa nâamasasu hamwe nâabasirikare ba mudahusha (snipers) bo ku barinda. Perezida Museveni yitaye ku mutekano wâAbadepite, nyuma yâiyicwa rya hato na hato ryari rimaze iminsi ribakorerwa nâabandi bayobozi batandukanye bo muri iki gihugu. Nkâuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, ngo mu […]
Ishyaka PL rirajwe ishinga no kuzagira abarihagararira mu Nteko bagera ku icumi
Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri muntu (PL) ubwo ryagezaga kandidatire 80 zâabazarihagararira mu matora yâAbadepite kuri Komisiyo yâIgihugu Ishinzwe Amatora (NEC), ryanaboneyeho gutangaza ko rishishikajwe no kuzagira abarihagarariye bagera ku icumi mu Nteko Nshingamategeko. Kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Nyakanga 2018, nibwo Umunyamabanga Mukuru wâishyaka PL, Dr. Nyiramirimo Odette nâabari bamuherekeje babiri […]
Icyo CNLG ivuga ku kibazo cyâimibiri yabonetse i Kabuga yâAbatutsi bishwe muri jenoside
Mu itangazo Komisiyo yâigihugu ishinzwe kurwanya jenoside CNLG yageneye abanyamakuru, itangaza ko mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo muri Centre yâubucuruzi ya Kabuga ahitwa mu Gahoromani hakomeje kuboneka imibiri myinshi yâabishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Amakuru yatanzwe muri Gacaca nâatangwa nâabaturage ngo akagaragaza ko muri 1994 muri Centre ya Kabuga hiciwe Abatutsi benshi baturukaga […]
Dore ibice bibiri byâingenzi umugabo agomba kwibandaho kugira ngo umugore we arangize mu gihe cyâimibonano
Iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina mbere na mbere ni iyakozwe hagati yâabashakanye, bityo ikaba ikorwa ku buryo bwateguwe, igakoranwa ubuhanga nâubushishozi kugira ngo abayikora basoze bageze ku munezero. Nkâuko bitangazwa nâurubuga topsante.fr, igitsina cyâumugore kigizwe nâibice byinshi cyane bituma umubiri we wuzuza inshingano zawo zaba izijyanye no kwibaruka cyangwa se gusohora imyanda mu mubiri, byâumwihariko hakaba […]
Urukiko rwibanze rwa Nyamirambo rwatangiye kuburanisha abari abakozi ba Minisante 7 baherutse kwirukanwa
Kuri uyu wa 11 Nyakanga 2018, Urukiko rwâibanze rwa Nyamirambo rwatangiye kuburanisha ku ifunga nâifungura abantu 7 bari abakozi ba Minisiteri yâUbuzima mu nzego zitandukanye, bakaba baregwa ibyaha bitandukaye, aho ku munsi wa mbere baragaragaje imbogamizi ku iburanishwa ryabo bigatuma urubanza rusubikwa. Nkâuko byagaragajwe nâubushinjacyaha muri uru rubanza, aba bantu 7 barimo Zimurinda Jean Claude, […]
Abatavuga rumwe na Leta ya Nkurunziza babwiwe ko bazakurwa amajigo
Muri kaminuza yâu Burundi iherereye ku Mutanga hatoraguwe impapuro zidasinyeho, ziriho amagambo atera ubwoba abatavuga rumwe na Leta yâu Burundi. Abanyeshuri bo muri iyi kaminuza baganiriye nâikinyamakuru Ubm News bagitangarije ko bakeka Imbonerakure za CNDD FDD, kuba arizo zanditse izo mpapuro zâiterabwoba. Amwe mu magambo agaragara kuri izi nyandiko, atera ubwoba abatavuga rumwe na leta, […]
Niba urenze imbogamizi imwe ntukabyishimire cyane kuko haba hari indi iri inyuma â Perezida Kagame
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 12 Nyakanga 2018, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye itsinda ryâabantu 80 baturutse mu ishyirahamwe rizwi nka Young Presidents Association baturutse mu bihugu 17 bari gusura u Rwanda mu rugendo rugamije kureba uko ubizima bwahindutse mu Rwanda, aho yabagiriye inama zitandukanye zirimo kudatinya imbogamizi bahura nazo ahubwo […]
Umukinnyi wa filimi zâubusambanyi uherutse gutangaza ko yaryamanye na perezida Trump yatawe muri yombi
Umusitari mu gukina filimi zâubusambanyi muri Amerika, Stormy Daniels yatawe muri yombi ubwo yari mu kabyiniro mu mujyi wa Columbus uherereye muri leta ya Ohio. Uyu mugore umaze igihe aburana na perezida Trump avuga ko baryamanye muri 2006 yatawe muri yombi azira kureka abakiriya be bakamukorakorera mu ruhame ubwo yari ku rubyiniro, umwunganizi we Michael […]
Diamond Platnmuz yahaye abagore be umukoro
Umuhanzi ukomeye ukomoka muri Tanzania wamamaye nka Diamond Platnumz yasabye abagore be kwirinda kubiba urwango mu bana be dore ko badahwema kugaragaza ko batishimirana. Ibi yabitangaje nyuma y’igihe kitari gito nyina wa Diamond Sanura Kassim akaba na nyirakuru wabana ba Diaomnd yemeye kwakira umwana umuhungu we Diamond yabyaranye na Hamisa Mobetto nyuma yo kugaragaza ko […]
Ese koko mu Bwongereza niho iwabo wa ruhago?
Ubwo ikipe yâu Bwongereza yari imaze gusezerera iya swede, imbaga yâabafana bâiyi kipe hirya no hino ku isi, batangiye kwikoza mu kirere, biteguye kwakira iya Croatia, aho byari byitezwe ko nta kabuza bagomba gutahana  igikombe, bagira bati âRuhago igarutse mu rugoâ âfootball is coming homeâ bashaka kumvikanisha ko aribo bami bâumupira wâamaguru. Gusa ariko ijoro […]
Inteko Ishinga Amategeko iri gusuzuma itegeko rigenga amadini rikumira abatarize ku buyobozi
Komisiyo ya politiki mu Nteko ishinga Amategeko y’u Rwanda irimo gusuzuma itegeko rigenga imiryango ishingiye ku myemerere bivugwa ko rigamije kurushaho guca akajagari kagaragara mu matorero, aho iri tegeko rikumira abayobozi b’amatorero badafite impamyabumenyi ya kaminuza. Mu ngingo nsha zagarutsweho cyane harimo igaragaza ibisabwa kugirango umuntu ahagararire imbere yâamategeko, harimo ko agomba kuba afite impamyabumenyi […]
Icapiro rya Fountain Publishers ryo muri Uganda rishobora gufunga amasoko yaryo mu Rwanda
Imwe mu nzu zikora zikanacuruza ibitabo zamenyekanye cyane mu karere kâAfurika yâUburasirazuba, Fountain Publishers irateganya gufunga amasoko yari ifite mu Rwanda. Chimpreports dukesha iyi nkuru ivuga ko iri capiro ryari rifite isoko rinini muri Minisiteri yâuburezi mu Rwanda, muri iyi minsi rikaba ryarumvise ko yi Minisiteri yitangiriye iyayo nzu ikora ibitabo bityo ibyabo bikaba byahita […]