Nyagatare: Abari munsi yâimyaka 25 nibo bishora cyane mu biyobyabwenge
Ubushinjacyaha bwo mu karere ka Nyagatare buravuga ko abagera kuri 236 biganjemo urubyiruko rwâabasore bari munsi yâimyaka 25, bamaze gukatirwa nâinkiko kubera ibyaha bijyanye nâicuruzwa nâikwirakwizwa ryâibiyobyabwenge muri aka karere. Ibi byatangajwe ubwo bari mugikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa Kanyanga, warage nâUrumogi byose bifite agaciro gasaga miliyoni 5 zâamafranga yâu Rwanda. Bamwe […]
Facebook yari irikoze, umugabo yakubise umugore we amugira inoge bayipfa
Benjamin Chanyau ni umugabo wo mu gace ka Gweru mu gihugu cya Zimbabwe, yahamwe nâicyaha ndetse aranagihanirwa nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo gukubita umugore we akenda kumuhitana amuziza kwanga kumwigisha uko bafungura Facebook ndetse nâuburyo ikoreshwamo. Sithandekile Ncube, umushinjacyaha mukuru mu gace ka Gweru yahamije icyaha Benjamin cyâihohotera rikorerwa mu ngo, yamusabiye igihano cyo gufungwa […]
Umuhanzi Bobi Wine ngo arashaka kujya kuririmbira Abadepite mu ngoro
Umuhanzi wo mu gihugu cya uganda, Robert Ssentamu Kyagulanyi wamenyekanye cyane ku mazina yâubuhanzi ya Bobi Wine, yatangaje ko mu minsi ya vuba ashobora gutaramira mu ngoro yâInteko ishinga Amategeko ya Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangarije Televiziyo ya NTV yo muri kiriya gihugu, ariko akaba yirinze gutangaza ishyaka rizaba ryamutumiye nubwo bizwi ko akorana bya […]
Indaya zize indi mitwe yo kunyarira abagabo zibabeshya ko ari amavangingo
Aho abagabo bicaye baganira, usanga baterura ikiganiro baganira ku bagore cyangwa abakobwa cyane cyane ku ngingo yo mu buriri, ugasanga umwe arihanikiriye ati uriya mukobwa/mugore afite amazi. Aha aba ashatse kuvuga ko anyara mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina. Iyi ngingo yo kunyara mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina usanga abagabo benshi yarababayeho nka virus, ku buryo umugabo ufite […]
Kuva muri Mata 2015, Abarundi 1193 barishwe
Iyi ni imibare yashyizwe hanze nâishyirahamwe riharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu mu Burundi (Ligue ITEKA), rivuga ko kuva muri Mata 2015 kugeza 23 Mata 2017, Abarundi 1193 bishwe, abagera kuri 424 baburirwa irengero mu gihe abagera kuri 272 bahohotewe. Abarundi batavuga rumwe nâishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi, ndetse nâimiryango itabogamiye kuri Leta, ku wa 26 Mata […]
Sudani yâEpfo: Banki yâisi yatanze imfashanyo yâasaga Miliyoni 50 zâAmadolari
Nyuma yâuko ikibazo cyâamapfa cyari kimaze gufata indi ntera mu gihugu cyazahajwe cyane nâimvururu cya Sudani yâEpfo, Banki yâisi yaje kugoboka abaturage bashegeshwe nâinzara muri kiriya gihugu itanga inkunga yâasaga Miliyoni 50 zâAmadolari yâAmerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minsitiri wâububanyi nâamahanga muri Sudani yâEpfo yatangaje ko Aka kayabo kahawe imiryango isanzwe ifasha abatishoboye muri kiriya gihugu ngo […]
Abahanuzi babwira abarwanyi ba FDLR ko bari hafi gutaha bagafata u Rwanda
Imyaka imaze kuba 23 inyeshyamba za FDLR ziba mu mashyamba ya Congo ndetse nâizindi mpunzi zâAbanyarwanda, umwe muri bo wabashije gutaha mu Rwanda yatangaje ko hari abahanuzi baza mu mashyamba bakababeshya ko bari hafi gutaha, bagategereza bagaheba. Aganira nâikinyamakuru Rwanda Eye, Lt. David Habyarimana, Umunyarwanda ukomoka mu karere ka Nyabihu mu Burengerazuba bwâu Rwanda wari […]
Itangazo ryâibyemezo byâinama yâAbaminisitiri yo ku wa Gatatu tariki ya 26/04/2017
None kuwa Gatatu, tariki ya 26 Mata 2017, Inama yâAbaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Inama yâAbaminisitiri yemeje imyanzuro yâInama yâAbaminisitiri yo kuwa 5 Mata 2017 imaze kuyikorera ubugororangingo. Inama yâAbaminisitiri yemeje: – Inyandiko ya Gahunda yâIngengo yâImari yâigihe giciriritse (Budget Framework Paper) 2017/2018-2019/2020; – Politiki yâIshoramari; – […]
Ivanka Trump asanga Amerika yakiriye impunzi za Syria byaba intandaro yâibiganiro
Umukobwa wa Perezida wa Leta zunze ubumwe zâAmerika, Ivanka Trump unaherutse guhabwa umwanya ukomeye mu biro bya se Donald Trump, avuga ko Amerika iramutse yemeye gufata impunzi zâabanyaSyiria ziganjemo abana bato, byaba intandaro yâibiganiro hagati yâibihugu byombi bityo hakaba haboneka agahenge. Mu kiganiro yagiranye na NBC News kuri uyu wa 26 Mata 2017, yagize ati […]
Ibyo Abajenosideri bakoze nta nyamaswa yatinyuka kubikora-Hon Mukabalisa
Perezida wâInteko ishinga amategeko umutwe wâAbadepite, Donatile Mukabarisa asanga ibyo abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 bakoze nta nâinyamaswa yatinyuka kubikora kuko birenze ubwenge. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangarije mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 23 Abatutsi bazize Jenoside, wabereye mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi, ahashyinguye abasaga ibihumbi 4 byâinzirakarengane. Muri […]
RDC: Abasaga 20 bamaze kugwa mu mirwano hagati yâamoko
Umuryango wâAbibumbye uratangaza ko abantu basaga 20 baguye mu mirwano yabereye mu ntara ya Kasai muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Nkâuko bitangazwa na jeunafrique, iyi mirwano ngo yatangiye guhera mu Kuboza umwaka ushize, aho ababarirwa mu bihumbi bamaze guta ingo za bo kubera ikibazo cyâumutekano mucye. Iyi mirwano yatangiye u itariki ya 19 Mata […]
Ahantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku itariki ya 26 Mata 1994
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka w’1994, Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), iragaragaza urutonde rw’ahantu hatandukanye Abatutsi biciwe kuri iyi tariki ya 26 Mata 1994. Abatutsi bari bahungiye mu kigo cya ISAR RUBONA muri Komini Rusatira, barishwe bose. Abatutsi bari bahungiye Nyamagana muri Pinusi, ubu ni […]
Abasirikare 15 bâu Burundi birukanwe muri Somalia bazira kunywa inzoga
Amakuru agera mu gihugu cyâu Burundi, ni uko hari abasirikare 15 bâu Burundi bari kumwe na bagenzi babo mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia, birukanwe nyuma yo gufatwa basinze. Byari biteganyijwe ko aba basirikare bashyika mu gihugu cyâu Burundi, kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Mata, bakaza guhanirwa mu gihugu cyari cyarabohereje mu […]
Min Kaboneka yasabye abanyamakuru kutagirwa ibikoresho nâababashukisha intica ntikize
Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Francis Kaboneka yasabye abanyamakuru bashoje itorero kurangwa nâumuco wo gukunda no kubaka igihugu kibabereye aho kugendera ku bitekerezo byâababashukisha za ruswa nâutundi tuntu twâintica ntikize mu kazi ka bo ka buri munsi bakora. Ibi yabitangarije mu muhango wo gusoza itorero ryâabanyamakuru âImpamyabigwiâ ku nshuro ya 2, aho yagarutse cyane ku bantu usanga […]
Amerika ikomeje kugaragaza ubwoba ifitiye Korea ya Ruguru yitegura urugamba
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mata 2017, Amerika yatangiye gushinga inkingi izaterekaho ibisasu byayo bya kirimbuzi (missile) muri Korea yâEpfo, mu gihe ikomeje gushyamirana nâiya Ruguru. Amerika ikomeje kugaragaza ukwikanga mu gihe ifite impagarara zâibikorwa bya Korea ya Ruguru ikomeje kugerageza ibitwaro byayo byâubwoko butandukanye birimo za missile ndetse nâibindi bya nuclĂ©aire. Nkâuko […]
Kuba u Rwanda rutera imbere hari abaruhekenyera amenyo, bayobozi mube maso- Hon. Tito Rutaremara
Senateri Tito Rutaremara arasaba abakozi bakora muri sirivisi zitangwa na Minisitiri wâIntebe gukaza umurego mu kurinda ibyagezweho nyuma yo guhagarika jenoside yakorewe Abatutsi, anaboneraho kubibutsa ko nubwo u Rwanda rutera imbere hari abo bishengura, bityo ko ari ngombwa kuba maso. Ibi yabitangaje mu ijoro ryo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi ryo ku […]
U Bushinwa: Leta yabujije abaturage kwita abana amazina ya kisilamu
Leta y’u Bushinwa yamaganiye kuri amazina ashingiye ku dini ya Isilamu muri kiriya gihugu aho yanavuze ko nta baturage bayo ishaka mu minsi iri imbere bazaba bitwa bene ayo mazina, bityo hakaba nta muturage wemerewe kwita umwana rimwe cyangwa 2 mu mazina y’icyitegererezo leta yatangaje. Ni muri urwo rwego leta ya kiriya gihugu yatangaje lisiti […]
Kigali: Umugore yagiye gusambana afashwe akubitwa nkâizâakabwana
Ahazwi nko mu Kiyovu cyâabakene, haravugwa umugore wagiye gusambana nâumugabo wamubeshye ko ari ingaragu, nyuma umugore akabimenya. Yaramukubise amuneraho amadarubindi impaka zivuka ubwo. Ni mu mudugudu wa Rugenge, akagari ka Rugenge mu murenge wa Muhima, ahitwa mu Kiyovu cyâabakene. Ibi byabaye mu ma saa yine yâijoro, ubwo umugabo wâumugande yateretaga umugore watandukanye nâumugabo wâisezerano, amubeshya […]
Abarwanyi 43 ba M23 bakatiwe nâurukiko rwa Uganda
Urukiko rukuru rwa Kabare muri Uganda rwakatiye kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Mata 2017, igifungo cyâumwaka umwe nâibiri kuri bamwe mu bari abarwanyi nwa M23. Aba barwanyi bakaba bakurikiranyweho kwinjira ku butaka bwa Uganda naho abahawe igihano cyo gufungwa imyaka 2 bakaba bazize ko binjiranye intwaro muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umushinjacyaha mukuru […]
Ibiribwa PAM yari ishyiriye Abarundi byanzwe bigarurwa mu Rwanda
Amakamyo ya Porogaramu ya Loni ishinzwe ibiribwa (PAM: Programme Alimentaire Mondiale) yari apakiye imfashanyo ishyiriwe impunzi i Burundi, yasubijwe inyuma agaruka mu Rwanda nyuma yaho Leta yâu Burundi iyangiye. Aya makamyo yari amaze iminsi aparitse ku mupaka Gasenyi-Nemba mu ntara ya Kirundi, ku mupaka wâu Rwanda nâu Burundo. Aya makamyo yari apakiye ibiribwa PAM yaguze […]
Nyamasheke: Imibiri 58 yâAbatutsi bazize Jenoside yashyinguwe mu cyubahiro
Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke, byaranzwe no gushyingura imibiri 58 yâAbatutsi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu cyahoze ari komini Rwamatamu mu rwibutso rwa Jenoside rwa Rwamatamu, ihasanze indi 47.124 yose hamwe ikaba 47.182. Aha hakaba hafite umwihariko wa Jenoside yahakorewe, kuko kugeza kuri iyi nshuro ya […]
Huye: Hafashwe inzoga za magendu z'ubwoko butandukanye
Inzoga zo mu bwoko butandukanye za magendu zafatiwe mu karere ka Huye ku italiki ya 24 Mata, zikaba zari zinjijwe mu gihugu zivanywe i Burundi mu buryo butemewe nâamategeko. Izo nzoga zirimo Amstel , zafatiwe mu kabari kitwa Upendi Bar kari mu murenge wa Ngoma, mu mukwabu wakozwe na Polisi ikorera mu karere ka Huye […]
Amafoto: Mbere ho umunsi umwe Impamyabigwi ikiciro cya 2 biteguye gutumwa
Itorero ry’Abanyamakuru (Impamyabigwi) ikiciro cya kabiri rigeze aho risozwa kuko ubu rigeze ku umunsi ubanziriza uheruka ngo ritumiwe. Abanyamakuru basaga 160 nibo bagiye mu itorero Impamyabigwi ikiciro cya 2 baturutse mu ibinyamakuru bitandukanye bikorera mu Rwanda, aho biteganyijwe ko iri torero rizasoza kuwa 26 Mata 2017. Kuri ubu bwiza ikaba ishaka kubasangiza kumafoto n’ibikorwa baba […]
Uruhinja rwâamezi atatu ryitabye urukiko rucyekwaho iterabwoba
Nyuma yâuko umwongereza, Paul Kenyon, yibeshye yuzuza ifishi yo gusaba visa yâumwuzukuru we yo kujya muri Leta zunze ubumwe za Amerika, uruhinja rwâamezi atatu yâamavuko witwa Harvey Kenyon-Caims, rwatumijwe kuri amabasade ya Amerika mu Bwongereza ku kirego cyâ iterabwoba. Uru ruhinja rwagombaga kujya muri Amerika muri Leta ya Floride, ariko ruza guhamagazwa na Ambasade ya […]
Zambia ibangamiwe cyane nâumubano mubi uri hagati y'u Rwanda nâu Burundi
Nyuma yâuko leta yâu Rwanda nâiyâu Burundi bihagaritse ibikorwa byâubuhahirane ndetse bikanagira ingaruka ku baturage ku mpande zombi cyane cyane ku baturiye imipaka, leta ya Zambia na yo ngo yaba ishaka ko haboneka umuti w’iki kibazo kuko byayigizeho ingaruka. Guhera mu mwaka wa 2015, umubano hagati yâu Rwanda nâu Burundi wakomeje kuba agatereranzamba, kugeza ubwo […]
Diamond na Chameleone, abahanzi ba mbere bakize muri Afurika yâIburasirazuba- AMAFOTO
Joseph Mayanja uzwi ku izina rya Chameleone wo muri Uganda na Naseeb Abdul Juma wo muri Tanzania uzwi ku izina rya Diamond, ni abahanzi 2 bakomeje gushyirwa mu majwi ko bigwijeho ubutunzi, bakesha umuziki wa bo wakunzwe. Chameleone, atuye mu mujyi wa Kampala, aho afite inzu irahirirwa, ifite ibyumba byinshi, piscine nâibindi. Uyu mugabo kandi […]
Amerika yagejeje ubwato bwayo bwâintambara buca munsi yâinyanja muri Korea yâEpfo
Hashize iminsi hariho uguterana amagambo hagati ya Korea ya Ruguru na Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse bishobora kubyara intambara ikaze, kuri ubu ubwato bw’intambara bugendera munsi y’amazi (sous-marin) bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukaba bwageze mu gihugu cya Korea yâEpfo, mu gihe hari amakenga ko Korea ya Ruguru ishobora kugerageza ibindi bitwaro byayo. […]
Man U na Man City zirahatanira kwegukana umukinnyi Alexis Sanchez
Umutozi wâikipe ya Manchester City, Pep Guardiola yemeje ko ashaka gusinyana amasezerano nâumukinnyi wo mu ikipe ya Arsenal, Alexis Sanchez ku kayabo kâAmayero agera kuri Miliyoni 50 zâAmayero ariko na we akajya ku rutonde rwâabakinnyi ba Man City. Ni mu gihe kandi umutoza wâikipe na Man U na none, nayo ivuga ko uyu mukinnyi imushaka […]
Meteo-Rwanda iremeza ko nta mvura izagwa nkâiyumwaka ushize yahitanye ubuzima bwâabantu
Ikigo cyâIgihugu gishinzwe Ubumenyi bwâIkirere (Meteo Rwanda), kirahumuriza abaturage ko nta mvura izagwa muri aya mezi ya Mata na Gicurasi 2017 nkâiyaguye umwaka ushize 2016, yasize igaritse ingogo. Iki kigo gitangaza ko ubu kirimo gukora ubukangurambaga gisobanurira abaturage kutikanga imvura muri uku kwezi kwa Mata na Gicurasi, bakaba bafite gahunda yo gukoresha amabara atandukanye kugirango […]
Natangiye gukora uburaya mfite imya 14 none kubireka byananiye, ndagisha inama
Ubwo nari ngize imyaka 14 yâamavuko, nibwo navuye mu ishuri kuko mama umbyara atabashaga kumbonera ibikoresho ndetse nâamafaranga yâishuri. Icyo gihe, nagumanye na we na murumuna wanjye kuko data yari amaze kuduta yishakiye undi mugore. Nakomeje kujya mbabazwa no kubona mama arira yabuze icyo atugaburira byongeye buri gitondo nyirâinzu akaza kudukomangira ngo ukwezi kwashize nitwishyure […]
Abarundi baribuka urupfu rubabaje rwa Gen Athanase Kararuza nâumuryango we
Mu gitondo cyo ku wa 25 Mata 2016, nibwo Brig.Gen Athanase Kararuza, yishwe hamwe nâumugore we nâumwana wâumukobwa, Danielle Mpundu wari ufite imyaka 9 ndetse nâumusirikare wamurindaga, ni urupfu rwakoze benshi ku mutima nâubu Abarundi bakibuka. Brig.Gen. Athanase Kararuza yiciwe mu gace yari atuyemo ka Gihosha, mu Majyaruguru yâumurwa mukuru Bujumbura; aguye mu gico (embuscade) […]
Ahantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku itariki ya 24 Mata 1994
Kuva ku itariki ya 24-25/04/1994 Abatutsi bari bahungiye kuri Komini Ruhashya, bishwe nâInterahamwe zaturukaga muri Gikongoro zifatanije nizo muri Komini Maraba na Rusatira, ababashije guhunga biciwe muri ISAR SONGA kuya 28/04/1994. Ubwicanyi ndengakamere bwibasiye abatutsi barenga 30,000 bari bahungiye ku musozi wa Kabuye hafi ya komini Ndora muri perefegitura ya Butare. Kuva tariki ya 24-25/04/1994, […]
RDC: Lambert Mende aramagana amashusho agaragaza iyicwa cy'abashakashatsi ba ONU
Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo iratangaza ko amashusho yatangajwe nâumuryango wâAbibumbye agaragaza iyicwa ryâabazungu 2 biciwe muri kiriya gihugu ubwo bari mu kazi ari ibinyoma ndetse ko ntaho bihuriye nâukuri. Ni nyuma yâuko, ONU igaragaje amashusho yâabantu barindwi bitwaje imihoro, inkoni nâumwe ufite imbunda ubwo bakoraga ikiziga kuri aba bazungu 2 barimo Michael Sharp wâUmunyamerika […]
Nyamasheke: Umukobwa arakekwaho kwiba amafaranga arenga miliyoni 8 mu rugo yakoragamo
Kuri sitasiyo ya polisi ya Kanjongo mu karere ka Nyamasheke hafungiye umukobwa witwa Manaryimana Viviane wâimyaka 23 ukekwaho kwiba amadolari yâamanyamerika 2200 nâamanyarwanda 6.800.000 aho yakoraga akazi ko mu rugo mu mujyi wa Kigali. Uyu mukobwa akaba yarafatiwe iwabo mu murenge wa Cyato aho yahise atabwa muri yombi, ku ruhande rwe agahakana kwiba uriya mubare […]
Abapolisi bâu Rwanda bari muri Haiti bambitswe imidari yâishimwe
Abapolisi bâu Rwanda bari mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye mu gihugu cya Haiti (MINUSTAH) bazwi nka Individual Police Officers (IPOs), ku itariki 21 Mata uyu mwaka bambitswe imidari yo kubashimira gukora neza. Bayambitswe nâUwungirije Intumwa idasanzwe yâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, El Moustafa Banlamlin. Uwo muhango wabereye mu Mujyi Mukuru wâiki gihugu ari wo: Port Au […]
PAM irashinjwa guhungisha ababa bahigishwa uruhindu na Leta yâu Burundi
Porogaramu ya Loni ishinzwe ibiribwa PAM ikorera mu gihugu cyâu Burundi, irashinjwa kwinjira muri politiki yâigihugu ihungisha abo Leta iba irimo guhigisha uruhindu. Ibi bikaba byagaragajwe nâubutumwa bwamwe bohorerezanya bashaka uko bahunga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro Pacifi Nininahazwe, umuyobozi wâumwe mu miryango iharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu mu Burundi, umunyeshuli yamutangarije ko hari abasirikare barimo kumuhiga, mu […]
Umutoza wa Rayon Sports, Masudi ategereje ibaruwa imwirukana nyuma yo gutsindwa
Nyuma yo gusezererwa nâikipe yo mu gihugu cya Nigeria, Rivers United mu irushanwa rya CAF Confederation Cup, ikipe ya rayon sport yaba iri mu mugambi wo guhagarika bitunguranye umutoza wayo Djuma Masudi. Nkâuko yabitangarije ruhagoyacu dukesha iyi nkuru, umwe mu bayobozi bâimbere muri iyi kipe ya Rayon Sports yagize atiâtwamuhagaritse imikino 2, ngo tubanze tumwibutse […]
Perezida Kagame yifuza ko abakuru bâibihugu byâAfurika bakorera mu cyerecyezo kimwe
Kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Mata 2017, mu nama yari yahuriwemo nâabakuru bâibihugu bitandukanye barimo perezida wâu Rwanda Paul Kagame, perezida Deby ndetse nâumuyobozi wâinama yâAfurika yunze ubumwe, Moussa Faki muri Guinea, Perezida Kagame yasabye abakuru bâibihugu byo ku mugabane wâAfurika gukorera hamwe ndetse mu cyerekezo kimwe hagamijwe gushyira mu bikorwa ibyo biyemeje […]
Ubwo najyaga aho Papa bamwiciye, namusabye kubyuka arabyanga,yari yapfuye- Leah Mihana
Ni ubuhamya bwa Leah Mihana, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu mudamu yatangiye ubu buhamya mu ijoro ryo kwibuka ryo ku wa 21 Mata 2017, ryateguwe na sirivisi zitangwa na Minisitiri wâIntebe (primature) nâibindi bigo biyishamikiyeho ku kicaro cya yo ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali. Madamu Leah Mihana ni mwene nyakwigendera, Gervais wari […]
Urutonde rwâabasirikare bakomeye mu gisirikare cya Kongo bitirirwa kuba Abanyarwanda
Igihugu cyâu Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ni ibihugu bibiri nubwo bitangana mu buso ariko bituranye, bihahirana ndetse nâabaturage ba byo ugasanga hari nâimico imwe nâimwe bahuriyeho. Si igitangaza gusanga mu gisirikare cya RDC, harimo abasirikare bavuga Ikinyarwanda neza nkâAbanyarwanda cyangwa se bakaba bafite ababyeyi bâAbanyarwanda cyangwa se bakaba batuye mu Rwanda. Imiryango […]
Zimbabwe igiye kwirukana impunzi zâAbanyarwanda zikiri yo
Leta ya Zimbabwe yatangaje ko impunzi zâAbanyarwanda ziri muri kiriya gihugu zigomba gutaha vuba zikajya gufasha abandi banyarwanda kubaka igihugu cyabo mu gihe bigaragara ko u Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije mu kubaka ubumwe, amahoro nâiterambere. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri wâumurimo nâabakozi ba leta muri kiriya gihugu, Prisca Mupfumira, mu mpera zâicyumweru gishize aho […]
Burundi: Baramagana Benjamin Mkapa wasabye Perezida Nkurunziza kurekure abashakaga kumuhirika
Nyuma yaho umuhuza mu biganiro wâAbarundi, Benjamin Mkapa, asabiye Perezida Nkurunziza wâu Burundi, guha imbabazi zâagateganyo abafunze bashinjwa gushaka kumuhirika ku butegetsi, iki cyifuzo gisa nkâicyasamiwe ejuru cyamaganwa na Leta. Mkapa we yagejeje kuri Perezida Nkurunziza icyifuzo cye amutangariza ko byaba byiza kurushaho bariya na bo bafunze baramutse bitabiriye ibiganiro bihuza ishyaka riri ku butegetsi […]
Ku myaka 38 gusa, amaze kubyara abana 37
Umugore witwa Mariam Nabatanzi Babirye utuye mu karere ka Mukono mu gace ka Kabimbiri muri Uganda, aravugwaho umwihariko wo kubyara abana benshi mu gihe gito, aho kugeza ubu abana afite baruta ubwinshi imyaka afite. Uyu mugore umaze kubyara abana bagera kuri 37 bose ababyariye iwe mu rugo, afite imyaka 38 gusa yâamavuko, aba bana akaba […]
Ahantu habereye ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi ku itariki ya 23 Mata 1994
Abatutsi bari bahungiye i Kabuye/Gisagara, barishwe, ubwo jenoside yari yamaze gutangira i Butare nyuma yâijambo ryo kuri 19/4/1994, Prezida Sindikubwabo ThĂ©odore ari kumwe na Minisitiri wâIntebe Jean Kambanda, yavugiye mu nzu mbera byombi ya MRND i Butare, bakangurira abahutu, cyane cyane abategetsi bo muri perefegitura ya Butare, kwitabira gukora Jenoside aribo yitaga ba âNtibindebaâ. Jenoside […]
U Bufaransa: Babiri bazahatanira umwanya wa Perezida bamenyekanye
Mu gihe kuri uyu wa 23 Mata 2017, mu gihugu cyâu Bufaransa hari habyukiye igikorwa cyâamatora yâumukuru wâigihugu yo mu cyiciro cya mbere, kuri uyu mugoroba hamenyekanye abakandida 2 bazahatanira uyu mwanya mu kwezi gutaha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki gikorwa cyari kitabiriwe nâabakandida bagera kuri 11 biganjemo abari bitabiriye aya matora mu matora aheruka yo muri […]
Polisi yâu Rwanda yongeye gutunga agatoki abatunze imbwa mu ngo batazitaho
Nyuma yâuko bigaragaye ko imbwa zikomeje kurya abantu nâamatungo hirya no hino mu gihugu, bityo bikagaragara ko ari zimwe mu bihungabanya umutekano wa rubanda, Polisi yâu Rwanda irakangurira abafite imbwa mu ngo kuzirinda kuzerera ku gasozi. Polisi itanze ubu butumwa nyuma yâuko hari imbwa zikomeje guhungabanya ituze rya rubanda hirya no hino mu gihugu bitewe […]
Amafoto ya bamwe mu baperezida babaye ibikomerezwa ku isi abagaragaza bakiri bato
Ku isi hariho ibihugu byagiye biba ibihangange bitewe akenshi nâimitungo kamere ibarizwa muri ibyo bihugu, ariko akenshi ubutunzi cyangwa uko gukomera ibyo bihugu bikabifashwamo nâabayobozi babyo na bo bagiye bagera ku butegetsi bakaba ibihangange haba no gutwaza igitugu abo bayoboye ndetse nâibindi bihugu mu rwego rwâisi. Hano hari bamwe muri abo baperezida bamenyekanye cyane aho […]
U Rwanda rwungukiye byinshi mu kugira umuyobozi ureba kure â Amb. Stanislas Kamanzi
Ambasaderi wâu Rwanda mu gihugu cya Guinea, Stanislas Kamanzi yahaye ikiganiro urubuga aminata.com rwo muri iki gihugu baganira ku bintu bitandukanye birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse no ku ruhare rwâu Bufaransa muri ubu bwicanyi ndengakamere. Ambasaderi Kamanzi yanagarutse ku iterambere mu bukungu u Rwanda rumaze kugeraho rubikesha ubuyobozi bwa perezida Kagame. Ikibazo cya […]
Impunzi zâAbarundi zatawe muri yombi zigerageza gutoroka inkambi muri Tanzania
Impunzi zâAbarundi zigera kuri 33 zatawe muri yombi muri iki cyumweru gishize, ubwo zageragezaga kwambuka umupaka zitwikiriye igicuku zitorotse inkambi ya Mtenderi i Kigoma muri Tanzaniya, zikaba zafatiwe ku mbibi za Tanzaniya na Uganda i Mutukula mu karere ka Misenyi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru dailynews kivuga ko izi mpunzi ziganjemo abagore nâabana zisobanuye zivuga ko zerekezaga […]
Leta ikwiriye gukubita abagabo bakubita abagore -Perezida Kagame
Perezida Kagame avuga ko niba umuryango unaniwe gukubita abagabo bataha bakubita abagore babo, bakwiriye kujya bakubitwa na Leta. Umukuru wâigihugu yabivuze ubwo yitabibiraga inama ya gatatu yâurugaga rwâabagore rushamikiye ku muryango wa FPR-Inkotanyi. Perezida asanga ikibi kigomba kurwanywa, nta muntu ukwiye gushyigikira ihohoterwa. Ati âhirya no hino usanga abagore bahohoterwa, aho usanga umugore yasigaye mu […]
Gatsibo: Polisi yataye muri yombi abayobozi bakaga ruswa umuturage
Nomero ya Polisi 112 abaturage bifashisha bashaka ubutabazi bwâibanze, umuturage wo mu Karere ka Gatsibo wayihamagaye yamufashije mu ifatwa ryâabayobozi 2 bâinzego zâibanze bamwakaga ruswa ngo bamusubize inka ye bari bafashe bakeka ko ari injurano. Polisi yo muri aka karere ivuga ko ku itariki ya 19 Mata, umuturage witwa Nziyumvira Anastase wâimyaka 42, ubwo yari […]
Kumira amasohoro ngo byaba bigabanya ingorane zo kurwara kanseri ku bagore
Ubushakashatsi bwakozwe na Minisiteri yâubuzima mu gihugu cyâu Bufaransa, ifatanyije nâikigo cyâubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri gikorera mu mujyi wa Lyon, bugaragaza ko abagore bamira amasohoro yâabagabo bafite mahirwe yo kutandura iyi ndwara ya Kanseri yibasira amabere yâabagore ku kigero kingana na 94%. ABC News dukesha iyi nkuru ivuga ko ubu bushakashatsi bwakorewe ku bakobwa […]
Perezida Kagame agiye guhabwa igihembo cyiswe Super Prix Grand BĂ Âątisseur
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Senegal, Macky Sall batoranyijwe na komite ishinzwe amajonjora ya Africa Road Builders ngo bazahabwe igihembo kiswe Super Prix Grand BĂ Âątisseur kitiriwe Babacar Ndiaye, wahoze ari perezida wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) hagati yâ1985 nâ1995. Nkâuko bitangazwa na perezida wâiyi komite ishinzwe amajonjora, Adama Wade, ngo […]
Agashya: Pasitoro Aloysius Bugingo yatwitse za Bibiliya avuga ko ziyobya abakirisitu
Pasitoro Aloysius Bugingo wo mu itorero House of Prayer Ministries ryo muri Makerere, kuwa Mbere ushize yatunguye abakirisito ubwo yafataga Bibiliya akayitwika avuga ko iyobya kandi idashobora kwizerwa nkâivomo ryâubutumwa bwiza. Pasitoro Bugingo wafashwe nkâikigoryi nâinjiji nâabapasitoro bagenzi be, avugwaho ko yatwitse Bibiliya izwi nka King James nâizindi yatoranyije ku cyumweru cya Pasika aho yavugaga […]
U Bufaransa: Dore abakandika bahatanira umwanya wa Perezida na bimwe mu byabaranze
Kuri iki cyumweru tariki ya 23 Mata 2017, mu gihugu cyâu Bufaransa hatangijwe ibikorwa byâamatora yâumukuru wâigihugu,icyiciro cya mbere. Muri aya matora ateganyijwe guhera kuri uyu wa 23 akaba ahuriwemo nâabakandida bagera kuri 11 bose bahatanira uyu mwanya. Aba bakandida ni aba bakurikira, amashyaka babarizwamo ndetse na bimwe mu byabaranze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Franà §ois Fillon , […]
Tanzania: Captain Sagahutu wari ufungiye Arusha yatawe muri yombi agerageza kujya mu Burundi
Inzego zishinzwe abinjira nâabasohoka za Tanzania kuri uyu wa Gatanu zatangaje ko zari zataye muri yombi Umunyarwanda wigeze gufungirwa mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda I Arusha. Uyu witwa Sagahutu Innocent ngo akaba yafatiwe mu karere ka Ngara agerageza kwinjira i Burundi nkâuko byemezwa na Ally Dady, umukozi âuru rwego rushinzwe abinjira nâabasohoka muri […]
Uganda: Umunyaziya yishwe nâabantu bikekwa ko bari bafitanye ibibazo byâubutaka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu mu Karere ka Kamuli ho mu gihugu cya Uganda, Umunyaziya wakoreraga uruganda rwâisukari yishwe nâabantu bikekwa ko bari bafitanye amakimbirane ashingiye ku butaka. Nkâuko bitangazwa na Moses Kizige, uhagarariye Bugabula yâAmajyaruguru mu nteko ishinga amategeko akanaba umunyamabanga wa leta uhagarariye Karamoja, yatangaje ko uyu mugabo yishwe ubwo yari […]
Rulindo: Yafatanywe ibiro 28 bya Wolufuramu adafitiye ibyangombwa
Ubwo Polisi ikorera mu karere ka Rulindo yari iri mu kazi kayo gasanzwe ko gucunga umutekano, yafatiye mu modoka yavaga mu Karere ka Musanze yerekeza i Kigali ibiro makumyabiri nâumunani (28kgs) byâamabuye yâagaciro yitwa Wolufuramu. Uwayafatanywe ni Nsengiyumva Innocent wâimyaka 33, amaze gufatwa akaba yavuze ko asanzwe akora muri sosiyete icukura amabuye yâagaciro ikorera mu […]
Guha ubushobozi abagore ntabwo ari impuhwe, ni inshingano zacu â Perezida Kagame
Guha ubushobozi abagore ntabwo ari impuhwe, ni inshingano zacu. Ibi ni ibyatangajwe na perezida kagame kuri uyu wa 22 Mata 2017 aho yitabiriye Inama Nkuru ya 3 y’Urugaga rw’Abagore rushamikiye kuri RPF-Inkotanyi yari uhuriyemo Abagore bagera ku 2000 baturuka mu Intara n’Uturere by’igihugu . Perezidante w’Urugaga rw’abagore rushamikiye ku Umuryango FPR-Inkotanyi, yakira Perezida Paul Kagame […]
Ubwicanyi bukomeye bwabaye kuwa 22 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi
· Abatutsi bari bahungiye muri Centre ya JOC muri Nyarugenge, barishwe. · Abatutsi bari batuye mu cyahoze ari komini Kayenzi, biciwe ku musozi wa Bibare, ubu akaba ari mu murenge wa Karama, mu karere ka Kamonyi. · Abatutsi bari bahungiye ahitwa Kabakobwa na Sahera muri Komini ya Ngoma, barishwe. · Abatutsi bari bahungiye kuri Komini […]