Umuhinde Manish Kumar ukorera mu Rwanda ufite sosiyete y’ubucuruzi yitwa UNITED SPIRITS Ltd ibarizwa mu Mudugudu wa Gishushu, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aratabaza Leta avuga ko yarenganijwe mu rubanza mu rukiko rw’ubucuruzi nyuma y’aho ibicuruzwa bye bigizwe n’inzoga zo mu bwoko bwa liqueur bifatiriwe inshuro zirenze ebyiri n’abarimo RISHI ARYA n’abandi babyiyitirira agatsinda mu rubanza ariko urukiko rw’ubucuruzi rukavuguruza icyemezo (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Rwanda: Umuhinde arasaba kurenganurwa nyuma yaho umuhesha w’inkiko afatiriye ibintu bye
2 March 2022, by Denis Nsengiyumva -
L’enrôlement militaire des enfants par le polisario est un "crime de guerre"
18 January 2022, by Mecky Merchiore KayirangaL’ONG française "Alliance Internationale pour la Défense des Droits et des Libertés" (AIDL) a publié, le 04.01.2021, une déclaration condamnant le recrutement des enfants-soldats par le front polisario.
L’ONG en question a réitéré sa condamnation totale du recrutement et de l’exploitation des enfants dans des zones de conflit et de guerre, en qualifiant cet acte de crime international qui nécessite des poursuites et un suivi international de toutes les personnes impliquées.
AIDL a (…) -
Rwanda: Uhaba wa maji safi wazuka Wilayani Rubavu
15 November 2019, by Fred RugiraUhaba wa maji umejitokeza Kijijini Rugerero, Wilayani Rubavu ambako kuna wakazi wanaotimiza mwezi bila kupata maji safi.
Wakazi wameambi televisheni ya TV 1 kuwa wana boma la maji lakini ni kama onyesho kwani halitoi maji.
Wakazi wamesema kuna wakati ambapo wanapata maji kutoka Mtoni Sebeya.
Kiongozi wa Tarafa la Rugerero, Faustin Nkurunziza amesema tatizo la uhaba wa maji ni kubwa katika eneo hilo.
Amesema haina budi kufunga maji mtaani fulani ili wengine wapate.
Wakazi eneo hilo, (…) -
Covid-19: Inama y’Abaminisitiri yemeje serivisi n’ibikorwa umunani byemerewe gukora
1 May 2020, by TUYIZERE JDInama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye kuri uyu wa 30 Mata 2020 iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yemeje ko serivisi n’ibikorwa umunani ari byo byemerewe gukora mu rwego rwo kuzahura ubukungu muri iki gihe cya Covid-19.
Serivisi n’ibikorwa byemerewe gukora ni ibi bikurikira: Ibikorwa by’Inzego za leta n’iby’abikorera byemerewe kongera gukora ariko buri rwego rugakoresha abakozi b’ingenzi, abandi bagakomeza gukorera mu ngo bifashishije ikoranabuhanga. Amasoko (…) -
Musanze: Umuntu umwe mu bakoze ikizamini cy’ushinzwe Itumanaho ni we uzakora ‘interview’
26 July 2022, by TUYIZERE JDSaa mbiri z’igitondo cyo ku wa 25 Nyakanga 2022, abakandida bahatanira umwanya w’umukozi ushinze inozamubano n’itumanaho (Public Relations and Mass Communication Officer) n’umunyamabanga ushinzwe imari (Secretary to Finance) mu karere ka Musanze bazindukiye mu kizamini cy’akazi mu ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Rukara riherereye mu karere ka Kayonza.
Ntabwo ikizamini cyatangiye saa mbiri z’igitondo nk’uko byari byateganyijwe kuko abakandida basobanuriwe ko habanje kubaho ikibazo (…) -
Ndayishimiye yavuze uko umubano w’u Burundi n’u Rwanda wifashe, akomoza ku kibazo cy’abarimo Gen. Niyombare
22 November 2022, by BABOU BenjaminPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko kuri ubu nta mwuka mubi wavuga ko ukirangwa hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, ashimangira ko u Burundi bufite icyizere cy’uko u Rwanda ruzabushyikiriza abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu 2015 bagashyikirizwa ubutabera.
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yabikomojeho ubwo yagiranaga ikiganiro cyihariye n’abanyamakuru: Marc PERELMAN na Laurent CORREAU ba Televiziyo ya France 24 na Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI). (…) -
Rubavu: Umuryango wigeze kwandikira Perezida Kagame umutakira ngo awurenganure uri mu marira
11 October 2022, by BWIZAUmuryango wa Kanyabutembo Virginie uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uravuga ko nyuma y’uko ukomeje kurenganira mu nkiko mu buryo bugaragara, wandikiye Perezida Kagame umusaba kuba yabarenganura kuko ahandi baburaniwe , aho kuri ubu inzu yawo igiye kongera kugurishwa bwa kabiri mu buryo uvuga ko ari ubw’amaherere.
Kanyabutembo wigeze nubundi gushimira umukuru w’igihugu ku bwa cyamunara ya mbere yahagaze, yabwiye bwiza ko asaba Perezida kongera kumva akababaro n’akarengane ke, agahinda (…) -
Zabyaye amahari hagati y’umuhungu wa Museveni na Minisiteri y’Ingabo za Uganda
9 October 2021, by BABOU BenjaminUmugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ashobora kwegura ku nshingano ze mu gisirikare mu gihe yaba adahawe amafaranga ari gusaba mu rwego rwo kuvugurura imibereho y’Ingabo zirwanira ku butaka.
ChimpReports ivuga ko uyu musirikare aherutse gusaba miliyari 20 z’amashiringi ya Uganda (arenga Frw miliyari 5.5) yo kuvugurura aho abasirikare baba ndetse no kongera umutekano mu birindiro bitandukanye by’ingabo, gusa Minisiteri y’Ingabo za Uganda (…) -
Inkuru zihariye zaranze icyumweru gishize
2 November 2020, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 26 Ukwakira 2020, kirangira tariki ya 1 Ugushyingo 2020 ubwo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yifurizaga amahirwe Musenyeri Antoine Kambanda wari umaze icyumweru agizwe Karidinali wa mbere mu mateka y’igihugu, anamwizeza imikoranire.
Izindi nkuru:
Hamenyekanye uko uturere twitwaye mu kwesa imihigo
Tariki ya 30 Ukwakira 2020 mu Karere ka Nyagatare habereye umuhango wo gutangaza uko uturere twitwaye mu kwesa imihigo y’umwaka w’2019/2020, (…) -
Perezida João Lourenço ategerejwe i Kigali kubera ibibazo by’u Rwanda na RDC
11 November 2022, by BABOU BenjaminPerezida João Lourenço wa Angola ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo, mu ruzinduko biteganyijwe ko rugomba gusiga abonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame.
Amakuru y’uru ruzinduko yemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Amb. Tete António; mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter ku mugoroba w’ejo ku wa Kane nyuma yo kugera i Kigali.
Yagize ati: "Nageze i Kigali muri uyu mugoroba mbere y’uruzinduko rwa Nyakubahwa João Manuel Gonçalves (…)