Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Ugushyingo 2021 hatangajwe amanota yavuye mu bizamini bya leta by’abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu cyiciro cy’ubumenyi rusange, mu nderabarezi ndetse n’imyuga n’ubumenyingiro.
Mu cyiciro cy’ubumenyirusange, nk’uko byashyizwe ahagaragara na Minisitiri w’Uburezi, Dr Valentine Uwamaliya, hiyandikishije abakandida 47,638. Ariko abakoze ibizamini ni 47,399, muri abo biyandikishije abatsinze ni 40,435 bingana na 85,3%, bisobanuye ko (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Business Today
In Business Today
Articles
-
Mu banyeshuri 10 ba mbere barangije mu cyiciro cy’ubumenyirusange harimo abakobwa 2 gusa
15 November 2021, by Denis Nsengiyumva -
VIDEO: Ibivugwa ku rugendo rwa Gen.Kazura na Gen Nzabamwita muri Congo \\ harimwo ikintu gikomeye?-Isanzure
24 January 2021, by BWIZA -
Menya ibyavuzwe muri politiki, imikino n’imyidagaduro mu cyumweru gishize
17 August 2020, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 10 kirangira tariki ya 16 Kanama 2020. Cyari icya 33 cy’umwaka w’2020 ni cyo twamenyeyemo amakuru atandukanye ajyanye na politiki, ububanyi n’amahanga,... nk’ubwo abayobozi batatu bari barakuwe muri guverinoma, Perezida Kagame yongeye kubagirira icyizere abaha abaha izindi nshingano, Minisiteri y’Uburezi imara amatsiko abibaza ku hazaza h’uburezi muri Covid-19.
Abayobozi batatu bahoze muri Guverinoma, bongeye kugirirwa icyizere
Aba barimo Ambasaderi (…) -
Perezida wa FIFA azatorerwa mu Rwanda
23 June 2022, by BABOU BenjaminAkanama k’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), kahaye u Rwanda kwakira Inteko Rusange ya 73 y’iyi mpuzamashyirahamwe izasiga hatowe Perezida wayo.
Kuri uyu wa Kane ni bwo abagize aka kanama (Perezida wa FIFA na ba Perezida b’impuzamashyirahamwe z’umupira w’amaguru ku migabane itandatu y’Isi) bateranye bayobowe na Perezida Gianni Infantino wa FIFA.
Banzuye ko Inteko Rusange ya 73 ya FIFA biteganyijwe ko izabera i Kigali ku wa 16 Werurwe 2023, ari na bwo hazatorwa (…) -
Rwanda: Umuhinde arasaba kurenganurwa nyuma yaho umuhesha w’inkiko afatiriye ibintu bye
2 March 2022, by Denis NsengiyumvaUmuhinde Manish Kumar ukorera mu Rwanda ufite sosiyete y’ubucuruzi yitwa UNITED SPIRITS Ltd ibarizwa mu Mudugudu wa Gishushu, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aratabaza Leta avuga ko yarenganijwe mu rubanza mu rukiko rw’ubucuruzi nyuma y’aho ibicuruzwa bye bigizwe n’inzoga zo mu bwoko bwa liqueur bifatiriwe inshuro zirenze ebyiri n’abarimo RISHI ARYA n’abandi babyiyitirira agatsinda mu rubanza ariko urukiko rw’ubucuruzi rukavuguruza icyemezo (…)
-
Kagame na Blinken ntibumvikanye, Dr Iyamuremye yareguye, Maj. Ngoma wafatiwe ibihano: inkuru z’icyumweru
12 December 2022, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 5 Ukuboza 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye kuri politiki n’umutekano.
Harimo ko:
Perezida wa sena yareguye
Uwari Perezida w’umutwe wa sena mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Dr Iyamuremye Augustin, yeguye kuri iyi nshingano kubera impamvu y’uburwayi.
Ibaruwa y’ubwegure bwe yayigejeje kuri ba visi perezida ba sena ndetse n’abasenateri muri rusange tariki ya 8 Ukuboza 2022, ndetse Inteko yemeje aya makuru.
Ubwo Inteko yakiraga (…) -
Amafoto: Ingabo z’u Rwanda zatangiye imyitozo kabuhariwe n’iza USA
14 February 2023, by TUYIZERE JDIngabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zikorera ku mugabane wa Afurika zatangiye gukoresha iz’u Rwanda imyitozo kabuhariwe itandukanye kuri uyu wa 13 Gashyantare 2023.
Iyi myitozo yahawe izina rya ‘Justified Accord 23’ (JA23) iri kubera mu kigo cya gisirikare cya Isiolo muri Kenya, kandi yitabiriwe n’ingabo zo mu bindi bihugu birimo Djibouti, Uganda na Kenya.
Usibye ibifite abasirikare bari kwitoza, ibiro by’igisirikare cya Uganda bisobanura ko hari n’ibindi byohereje indorerezi nka: (…) -
U Rwanda rwashinje RDC gutegura intambara, umugore akekwaho kwica umusore: zimwe mu nkuru z’icyumweru
23 January 2023, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 16 Mutarama 2023 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirimo izerekeye ku mutekano, politiki n’ubutabera.
Harimo ko:
U Rwanda rwashinje RDC gushaka kurushozaho intambara
Guverinoma y’u Rwanda yashinje ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) gutegura uburyo bwo kurushozaho intambara.
Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, tariki ya 19 yasobanuye ko itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC tariki ya (…) -
Urutonde rw’ibihugu bifite igisirikare gikomeye mu karere u Rwanda ruherereyemo
13 May 2020, by Fred RugiraIgisirikare cyahoze, kizahora kandi n’ubu ni urwego rw’ingenzi ku gihugu icyo ari cyose mu Isi. Mu kugira ngo kigire akamaro, hari byinshi bigishorwamo by’umwihariko ingufu mu ngeri nyinshi gusa by’umwihariko amafaranga.
Ibi nibyo bituma ibihugu bimwe bigira igisirikare gikomeye, ibindi bikagira ikiri mu rugero mu gihe ibindi bifite igiciriritse nk’uko Bwiza.com yabibagejejeho.
Soma http://bwiza.com/?2020-Urutonde-rw-ibihugu-bifite-igisirikare-cy-intege-nke-muri-Afurika
Bwiza.com (…) -
VIDEO: Leta ntikwiye kwingingwa gufasha itangazamakuru, abaturage bazayihindukirana nibatabona inkuru mpamo - Robert
3 March 2021, by Mecky Merchiore Kayiranga