Nyuma y’aho Perezida Habyarimana yemereye isinywa ry’amasezerano hagati ya Leta ayoboye na RPF-Inkotanyi mu rwego rwo kugabana ubutegetsi hashyirwaho guverinoma y’inzibacyuho, intagondwa z’Abahutu cyane cyane abari bahuriye mu gatsiko kitwa “Amis de 215 l’Alliance”, barwanije ayo masezerano, bashakisha uko bavanaho Habyarimana mu buryo bwose bushoboka nk’uko bigaragara mu bushakashatsi bwa CNLG ku itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > Featured Post
Featured Post
Articles
-
Uko hateguwe umugambi wo kwica Habyarimana no kurwanya amasezerano ya Arusha
27 April 2020, by Denis Nsengiyumva -
Rusizi: 2 MTN workers test positive for Covid-19, the office imediately closed
16 June 2020, by Eulade ManziThe report from MTN Rwanda -Rusizi branch , reveals that after the general test, 2 of their workers found positive covid-19 , the 2 new cases were takeñ to the hospital in charge. The shop is set to close for a week starting from 15th June 2020. the rest started home confinement to avoid the spread.“
As one of MTN workers who didn’t want his name to be revealed out talked to Bwiza.com, he said" in the general test of last week Thursday and Friday, the today’s result found that 2 have (…) -
Amakuru yihariye yaranze icyumweru gishize
19 October 2020, by TUYIZERE JDIcyumweru gishize cyatangiye tariki ya 12 Ukwakira 2020, cyizihijwemo umunsi mpuzamahanga w’Umugore wo mu Cyaro, aho Isi yose igaragaza agaciro k’aba bagore bakunze kunyura mu mbogamizi nyinshi mu buzima bwabo, zibabuza kwiteza imbere.
Cyinganjemo amakuru atandukanye avuga kuri gahunda za leta y’u Rwanda zerekeye ku bukungu, ubuzima n’imibereho y’abaturage, akaba yaravuzweho cyane n’Abanyarwanda cyangwa se akaba afite ingaruka ku buzima rusange bw’igihugu.
Amakuru yihariye yaranze iki (…) -
Umunyarwanda mushya Adham Hassoun ni umuhanga mu bya mudasobwa- Byinshi kuri we
25 July 2020, by TUYIZERE JDKu mugoroba w’uyu wa 24 Nyakanga 2020, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye Adham Amin Hassoun utagira ubwenegihugu. Ni nyuma y’aho uyu mugabo w’imyaka 58 y’amavuko yari amaze imyaka itatu arangije igifungo yari yarakatiwe na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika azira icyaha gifite aho gihuriye n’ibikorwa by’iterabwoba.
Ni muntu ki?
Adham Hassoun yavukiye muri Liban, yimukira muri Palestine, naho ahava mu 1980, ajya kuba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ni umuhanga mu ikoranabuhanga rya (…) -
Akarasisi kadasanzwe ku irahira rya Perezida Magufuli_Amafoto
5 November 2020, by TUYIZERE JDKuri uyu wa 5 Ugushyingo 2020, Dr. John Pombe Magufuli uherutse kwegukana insinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu, yarahiriye kuyobora manda ya kabiri.
Muri Sitade ya Dodoma umuhango wabereyemo, habereye ibikorwa bitandukanye birimo akarasisi kadasanzwe k’abakomando b’imbaraga bo mu gisirikare cya Tanzania.
Nk’uko bigaragara mu mafoto, aba basirikare bahetse mu mugongo ibikapu bisa n’ibiremereye, biri mu mabara y’imyenda ya gisirikare n’ibindi by’icyatsi.
Mu biganza kandi bafashe (…) -
Le ministre de l’éducation met en garde contre une promotion "automatique"
20 June 2020, by Denis NsengiyumvaLe gouvernement entreprend une série de mesures pour aider à éliminer la promotion automatique et tout enseignant qui agit contrairement aux directives sera tenu responsable, a déclaré vendredi le ministre de l’Education, Valentine Uwamariya lors d’une conférence de presse.
Elle a déclarée que l’une des mesures est la construction de plus de salles de classe, ce qui réduira la congestion dans les salles de classe et le recrutement d’enseignants supplémentaires.
Cela, a déclaré le (…) -
12 bakekwaho kwiba bitwaje intwaro, barimo abari bambaye ‘ibya gisirikare’ bafashwe
11 April 2021, by TUYIZERE JDPolisi y’u Rwanda kuri uyu wa 11 Mata 2021 yatangaje ko mu Karere ka Rusizi yahafatiye abantu 12 ikekaho kwiba mu bihe bitandukanye bitwaje intwaro, bakica umuturage mu murenge wa Gihundwe bagakomeretsa undi mu wa Mururu.
Ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Twafashe abantu 12, bacyekwaho kwiba bakoresheje intwaro mu bihe bitandukanye mu Karere ka Rusizi, aho bishe umuntu mu Murenge wa Gihundwe, bagakomeretsa undi mu Murenge wa Mururu ndetse bakiba n’amafaranga mu Murenge wa Kamembe.” (…) -
Ubutwari mu Banyarwanda, Agaciro kacu - Insanganyamatsiko y’Umunsi w’Intwari wizihizwa bidasanzwe
1 February 2021, by Denis NsengiyumvaKuri uyu wa Mbere, itariki ya 01 Gashyantare 2021, Abanyarwanda barizihiza Umunsi w’Intwari, igikorwa ngarukamwaka gitegurwa hagamijwe guha icyubahiro abantu babaye intangarugero baranzwe n’indangagaciro zo ku rwego rwo hejuru zo gukunda igihugu kugeza n’aho bakitangira ku nyungu z’ababo n’abazakivukiramo bose. Kuri iyi nshuro ariko uyu munsi ukaba wizihizwa kuri internet bitewe n’ibihe bidasanzwe igihugu kirimo n’Isi yose byo guhangana n’icyorezo cya Covid-19. Kuri uyu munsi, (…)
-
Igisubizo cya Tshisekedi kuri P. Kagame wemeye kumwibira akabanga ku bijyanye n’intambara
5 December 2022, by BABOU BenjaminPerezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, yasubije mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda uheruka kumubwira ko niba yifuza kumenya ibijyanye n’ububi bw’intambara yigambye ko ishobora kubaho hagati y’u Rwanda na RDC, yamugana akamwibira akabanga.
Mu ntangiriro z’Ugushyingo uyu mwaka ni bwo Tshisekedi yatangaje ko intambara hagati ya RDC n’u Rwanda ishobora kuba amahitamo ya kabiri; mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’umutwe wa M23.
Yabivuze mu ijambo yagejeje ku banye-Congo ryatambutse (…) -
Irenée Murindahabi yiyunze n’umubyeyi wa Vestine & Dorcas
10 July 2021, by BABOU BenjaminUmunyamakuru Irenée Murindahabi, yamaze kwiyunga na Uzamukunda Elisabeth, umubyeyi w’abahanzi Vestine na Dorcas ndetse impande zombi birangira zisubiranye.
Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo Murindahabi yari yasohoye itangazo rivuga ko yasezereye abahanzi Vestine na Dorcas yafashirizaga mu nzu ifasha abahanzi ye yitwa M. Irene Entertainment[MIE].
Ati: "Nyuma yo gusesengura imikoranire ya MIE na Vestine na Dorcas,MIE yifuje kubwira abakunzi bayo ndetse n’umuryango mugari wa muzika ko (…)