Qatar yashyizeho igifungo cy’imyaka itatu ku muntu utambaye agapfukamunwa

Mu gihe mu bihugu bitandukanye hari abaturage bakomeje kugaragaza kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi cyane cyane kwambara udupfukamunwa, Guverinoma ya Qatar yashyizeho igihano gikakakaye ku muntu uzafatwa atambaye agapfukamunwa ku butaka bw’iki gihugu aho agiye kujya ahanishwa igifungo cy’imyaka itatu ndetse n’amande y’amafaranga. Ibihugu bitandukanye ku isi byashyizeho gahunda yo kwambara […]

Canada:Umupilote yaguye mu mpanuka y’indege z’imyiyereko

Umuntu umwe mu bari batwaye indege ya Kompanyi CF Snowbirds zifashishwa mu birori yahitanywe n’impanuka y’iyi ndege ubwo yahanukaga ikitura ku nzu isanzwe ituwemo, naho mugenzi we akaba yakomeretse. Ibi byabereye mu mujyi wa Kamloops mu ntara ya British Columbia aho amashusho yafashwe agaragaza ko umupilote wayo umwe yabashije kuyivamo itaragwa hasi. Iyi ndege yariri […]

Imibare ya Covid-19 mu Rwanda:Handuye abantu 3 hakira 19

img-20200517-wa0194.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 17 Gicuransi 2020 yatangaje ko handuye abantu 3 mu bipimo 1,135 byafashwe bituma umubare w’abamaze kwandura ugera kuri 292. Uyu munsi kandi kakize abantu 19 bituma ububare w’abamaze gukira bose ugera ku bantu 197 naho abakirwaye bakaba ari 95.

Ambasaderi w’u Bushinwa muri Israel yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo yapfuye

Ambasaderi w’u Bushinwa mu gihugu cya Israel, Du Wei, kuri iki Cyumweru yasanzwe yapfiriye mu nyubako yari acumbitsemo iherereye mu Majyaruguru y’umurwa mukuru Tel Aviv kugeza ubu hakaba hataramanyekana icyaba cyamwishe. Ambasaderi Du Wei w’imyaka 57 yari yatoranyijwe guhagararira igihugu cy’u Bushinwa muri Israel kuva muri Gashyantare uyu mwaka, icyo gihe yari asanzwe ahagarariye u […]

Polisi yasabye abakomeje kuzana abarimu bo kwigishiriza abana mu ngo kubireka

Muri iki gihe Guverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo guhagarika amashuri kugeza mu kwezi kwa Nzeri mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19, Polisi y’igihugu yaburiye ababyeyi bazana abarimu go bigishirize abana mu ngo ivuga ko ababikora baba bari kwica amabwiriza yashyizweho yo kwirinda iki cyorezo. Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP […]

Obama yongeye kunenga Perezida Trump ku myitwarire ye muri ibi bihe

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yongeye kunenga Perezida Trump wamusimbuye ku butegetsi uburyo ari kwitwara mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya covid-19. Ibi Obama yabitangaje mu butumwa bw’amashusho yagejeje ku bihumbi by’abanyeshuri bari barangije amasomo yabo ya kaminuza aho yavuze ko iki cyorezo cyatumye abayobozi bagaragaraho kuba badashoboye aho […]

DR Congo:Hari Laboratwari yatangaje ko yavumbuye umuti wa Covid-19

Laboratwari yitwa ‘À Dieu la Gloire’ yo mu mujyi wa Beni muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yamaze gutangaza ko yakoze umuti uvura icyorezo cya Covid-19 witwa ‘Covigonum.’ Uyu muti w’amazi wakozwe hifashishijwe ibimera wakorewe muri iyi Laboratwari ukaba wamaze kwemezwa na Kaminuza Gatolika ya Greben iherereye mu Mujyi wa Butembo mu Ntara ya Kivu […]

Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Handuye abantu 2, hakira 1

img-20200516-wa0154.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 16 Gicurasi 2020 yatangaje ko abantu babiri ari bo bagaragayeho icyorezo cya covid-19 mu bipimo 2,041 byafashwe uyu munsi bituma umubare w’abamaze kwandura ugera kuri 289. Uyu munsi kandi hakize umuntu umwe bituma abakize bose baba 178 naho abakirwaye bagera ku 111.

Kenya yafunze imipaka iyihuza na Tanzania na Somalia

Perezida wa Repubulika ya Kenya, Uhuru Kenyatta yategetse ko imipaka yose ihuza iki gihugu na Tanzania na Somalia ifungwa mu rwego rwo kwirinda gukwirakwiza icyorezo cya Covid-19 ku baturage ba Kenya mu gihe Tanzania yo itungwa agatoki kuba yarahaye urwaho iki cyorezo kikaba gikomeje gufata indi ntera mu baturage bayo. Ibi Umukuru w’igihugu cya Kenya […]

WASAC ku isonga mu bigo bya Leta byahombeje umutungo w’igihugu

Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta yagaragaje ko ikigo cya Leta gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) kiri ku isonga mu bigo byasesaguye umutungo wa Leta aho yagaragaje ko miliyari 2.9 z’iki kigo ari mu gihombo. Ibi ni bimwe mu byatangajwe kuri uyu wa Gatanu n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta, Obadiah Biraro ubwo yagezaga ku bagize […]

Ibyamamare 10 bifite abandi bantu basa mu buryo butangaje-Amafoto

a.jpg

Mu buzima busanzwe abantu cyane cyane ibyamamare baba bifuza kuba umwihariko kugeza no ku isura yabo. Gusa n’ubwo bimeze gutya abantu barasa cyane ndetse na nyirubwite hari igihe abyibonera bitagombeye ko abantu bamubwira ko asa na runaka. Ku ruhande rwa rubanda rwa giseseka ho hari n’abibagisha kugira ngo base n’ibyamamare runaka cyangwa se bahindure ishusho […]

Urugendo rwa Yesu/Yezu ku Isi n’uko yayivuyeho ntibivugwaho rumwe

Mu myemerere y’abatuye isi,ukuza kwa Yesu,ubuzima bwe ku isi n’uburyo yayivuyeho ni ingingo itavugwaho rumwe n’amadini cyane cyane afite imyemerere ya gikirisitu ndetse n’idini ya Isilamu.Abayisilamu bakoresha igitabo cya Korowani bemera ko yahishuriwe intumwa y’Imana Muhamad bwa mbere ubwo yarari mu buvumo bwa Hira’a mu bikorwa bye byo kwibuka no gusingiza Imana naho amadini ya […]

Zimbabwe:Depite Mamombe na bagenzi be bakubitiwe mu nzira bagirwa intere

Umudepite mu ishyaka ritavuga rumwe na Leta ya Zimbabwe,Joanna Mamombe na bagenzi be babiri basanzwe ku muhanda aho bajugunywe bakubiswe bikomeye nyuma yo gushimutirwa mu myigaragambyo i Harare nk’uko ishyaka rye ryabitangaje uyu munsi. Amnesty International ndetse n’ishyaka Movement for Democratic Change (MDC) byari byatangaje ibura rya Depite Mamombe n’abakuriye urubyiruko rw’iri shyaka Cecilia Chimbiri […]

Amakenga ku mande acibwa abatubahiriza amabwiriza yo kwirinda covid-19

Nyuma yo kwaduka kw’icyorezo cya covid-19 mu Rwanda, hagiye hashyirwaho ingamba zitandukanye zo kukirinda ndetse ziba amabwiriza ya Leta agamije gufasha uyashyize mu bikorwa n’abanyarwanda muri rusange. Amabwiriza yashyizweho ku ikubitiro yagiye avugururwa mu byiciro bitewe n’uko icyorezo cyagendaga gifata indi ntera. Mu buzima busanzwe bw’Abanyarwanda nko mu bucuruzi, mu ngendo,mu myemerere, mu mirimo isanzwe […]

Hagaragaye ifoto y’ibivejuru ku kwezi

Umushakashatsi mu by’isanzure Scott Waring, anyuze ku rubuga rwe rwitwa “ET Database” yatangaje ko yabonye amashusho yafotowe n’ibyogajuru bya NASA yaba yarashushanyijwe mu buryo bwa gihanga n’ibivejuru byabaga ku kwezi. Aya mafoto atangaje yashyize kuri uru rubuga rwe ni ayafashwe n’icyogajuru Apollo 17 mu mwaka wa 1972 ubwo abantu babiri ba nyuma baheruka gukorera urugendo […]

U Rwanda ku isonga mu bihugu byorohereza ishoramari muri Afurika

Akanama gashinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’isoko rusange rya Afurika (AfCFTA) kashyize u Rwanda ku mwanya wa mbere mu bihugu byoroshya ishoramari n’ubucuruzi muri Afurika. Komisiyo y’isoko rusange rya Afurika AfCFTA isohora kabiri mu mwaka uko ibihugu byubahiriza amasezerano mpuzamahanga agamije koroshya ishoramari n’ubucuruzi muri Afurika, aho raporo yasohowe muri uku kwezi igaragaza ko ibihugu […]

Hakozwe ‘drone’ igenda iminota 15 kuva mu Rwanda kugera muri Ghana

Hakozwe ‘Drone’ izajya ivana imiti ya Covid-19 muri Ghana ikayigeza mu Rwanda mu minota 15 gusa. Kompanyi y’ikoranabuhanga yo muri Amerika ya Zipline isanzwe ikora indege zitagira abapilote zizwi nka ‘Drones’ yashyize hanze indege ifite ubushobozi bwo kuva mu Rwanda ikajyana imiti yo kwita ku barwayi ba Covid-19 muri Ghana mu gihe cy’iminota 15 yonyine, […]

Urukiko rwategetse igifungo cy’iminsi 30 ku basirikare bakurikiranweho guhohotera abagore

Urukiko rwa gisirikare, kuri uyu wa 13 Gicuransi 2020, rwategetse ko abasirikare 5 n’umusivire 1 bakomeza gufungwa by’agateganyo mu gihe bagikurikiranyweho ibyaha birimo guhohotera no gusambanya abagore ku ngufu bo mu gace ka Bannyahe ho mu murenge wa Remera. Abaregwa bireguye bavuga ko batageze mu gace bivugwa ko kabereyemo ibi byaha ko batanahazi kuko ari […]

Lesotho:Minisitiri Thomas Thabane yashyize yemera kwegura ku mirimo ye

Minisitiri w’Intebe wa Lesotho,Thomas Thabane, kuri uyu wa Gatatu yavuye ku izima yemera ko agiye kwegura ku mirimo ye avuga ko abitewe n’izabukuru. Izi ngamba zo kwegura Minisitiri Thabane w’imyaka 80 y’amavuko yazitangarije AFP dukesha iyi nkuru mu kiganiro bagiranye kuri telefoni, ibi bikaba bije nyuma y’umwuka mubi wari mu bwami bwa Lezotho ndetse no […]

Yapfuye azize gucirwa mu maso n’umurwayi wa Covid-19

Umugore witwa Belly Mujinga w’imyaka 47 wari usanzwe ari umukozi wa Kompanyi ya gariyamoshi mu Bwongereza, yapfuye urw’amaherere nyuma yo gucirwa mu maso n’umugabo wari urwaye icyorezo cya Covid-19 akamwanduza ndetse nyuma ikaza kumuhitana. Ibi byabaye muri Werurwe , ubwo abagore babiri bari bari mu biro bishinzwe kugurisha amatike ya gari ya moshi batatswe n’umugabo […]

Inzira 10 abakundana bakwiye kwibandaho ngo umubano wabo ukomere

Iyo umusore n’umukobwa bakundana umwe aba yifuza kugaragariza undi ko amwitayeho kandi agakora buri kimwe cyose cyakomeza kubaka urukundo. Uburyo bwose ushobora gukoresha n’icyo wakora cyose ngo ukomeze urukundo rwawe n’uwo mukundana buba ari bwiza ariko hari ububa bwiza kurushaho butuma buri umwe aha agaciro ibyo undi akora. Urukundo ni ikintu kigoye kubaka kandi muri […]

Top 5: Ibyamamare byinjiza akayabo kuri Instagram ku isi

kylie-jenner-inline.jpg

Ibyamamare bitandukanye ku isi bikoresha imbuga nkoranyambaga bigamije kuzikoresha mu buryo busanzwe , ariko ubu zikaba zarabaye imwe mu nzira yo kwinjiza agatubutse. Muri iyi nkuru tugiye kubabwira bamwe mu byamamare byabyaje umusaruro urubuga nkoranyambaga rwa Instagra ubu rukaba rubaha akayabo k’amamiliyoni yiyongera ku mirimo yabo ya buri munsi. Ni kenshi ushobora kuba wibaza inyungu […]

Nigeria: Guverineri yasenye hoteli 2 kuko ba nyirazo barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19

Umuyobozi w’intara ya Rivers muri Nigeria , arashinjwa kuba yasenye hoteli ebyeri ashinja abayobozi bazo kurenga ku mabwiriza yo kuguma mu rugo mu gihe hirindwa ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus na ba nyirazo batabwa muri yombi. Guverineri Nyesom Wike , ku cyumweru nibwo yahiritse hoteli ebyiri zikomeye arizo Edemete Hotel na Prodest Home, azishinja ko zari […]

Byinshi wamenya ku ntandaro yo kutarya ingurube ku bayisilamu

Mu magambo avugwa hanze y’idini ya Islam, abantu usanga batavuga rumwe ku mpamvu ituma abayoboke b’iri dini batarya inyama z’ingurube, Abanyarwanda mu buryo bwa gisizi bise indyoheshabirayi. Bamwe bavuga ko abayisilamu batarya ingurube ku bw’umwanda wayo bijyanye n’uko isa no kuba irya imyanda itibagiwe n’uwayo bwite, hari kandi n’abihandagaza bakavuga ko iri tungo ryorowe n’abenshi […]

Mu mafoto: Imitwe ya gisirikare ifite abagore beza kurusha indi

juliesletten_.jpg

Kuva kera igitsina gore ku isi cyagiye gifatwa nk’abantu b’abanyantege nkeya ndetse mu bihugu byinshi ugasanga bafatwa nk’abadashoboye imirimo imwe n’imwe nk’igisirikare.Igisirikare abenshi bavugaga ko ari umwuga ukorwa n’abagabo gusa urugero ni nko mu gihe cy’intambara ya mbere n’iya kabiri wasangaga abagabo bahatirwa kujya ku rugamba ariko abagore bagahabwa imirimo yoroheje. Ibyo byari bitandukanye n’ukuri […]

Uburebure bw’inzara ze bumuha amafaranga amubeshejeho

Ku isi abantu bagiye baca uduhigo mu bintu bitandukanye bigatuma bamenyekana, umugore witwa Arinda Storm Weaver wo mu mujyi wa Columbus muri Leta ya Uhio, we yabaye ikirangirire kubera inzara ze z’ibirenge atigeze aca kuri ubu zikaba zarabaye ndende ku buryo bigora abamubona kubyiyumvisha. ibi bikaba bimuhesha amafaranga, kuburyo byatumye areka akazi gasanzwe. Si buri […]

ESA iravuga ko inkari z’abantu zizafasha abatuye isi kubasha gutura ku kwezi

Ikigo cy’Uburayi gishinzwe ubushakashatsi ku by’isanzure (ESA) cyatangaje ko mu minsi iri imbere inkari z’umuntu zishobora kuzahinduka igikoresho cy’ingenzi kizafasha isi gushyira mu bikorwa gahunda yo gutura ku mubumbe w’ukwezi. Ubushakashatsi bwakozwe n’iki kigo bwerekanye ko ikinyabutabire kiba mu nkari z’abantu wongeyeho ibindi binyabutabire bitandukanye byiganjemo ibiva mu bwoko bw’ubutaka buba ku kwezi (lunar regolith) […]

Umuhanzi Rayvanny yaciye amarenga ko ashobora gutandukana na WCB ya Diamond

Umuhanzi w’umunya-Tanzania Raymond Shaban Mwakyusa, uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Rayvanny, yatunguranye asiba amafoto n’amashusho (posts) byose yari yarashyize ku rukuta rwe rwa Instagram bikaba byatumye hibazwa niba yaba agiye gusezera mu nzu ifasha abahanzi ya WCB ya Diamond Platnumz asanzwe abarizwamo. Uyu muhanzi ibyo yashyiraga kuri Instagram ye byari byiganjemo ibijyanye n’ibikorwa byo muri […]

Ikiryabarezi cyamuhaye akayabo k’amadorari nyuma y’ubukene yatewe na #Gumamurugo

Umugabo wo muri Leta ya Virginia ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , yatunguwe n’uburyo yari yihebye ategereje ko gahunda ya Guma murugo irangira ngo ajye kwakira amadolari igihumbi yari yatsindiye bikaza kurangira ahise atsindira akandi kayabo k’amadolari. Umugabo witwa Jeph Melick yatsindiye ibihumbi ijana na mirongo irindwi na birindwi, magana arindwi na mirongo […]

Uganda ikomeje gutumiza imyenda ya caguwa mu gihe EAC yanzuye kuyihagarika

Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo kongera gutumiza mu mahanga imyenda icuruzwa yarabanje kwambarwa izwi nka ‘caguwa’ nyuma y’uko yari yayihagaritse. Uganda yari yarakomeje kwemerera ubu bwoko bw’imyenda n’inkweto kwinjira mu gihugu nyuma y’inama y’ibihugu bya EAC yo kuyihagarika. Usibye impamvu yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, na mbebere y’uko yaduka iki cyemezo cyari cyarafashwe n’ibihugu […]

Crickets: Irushanwa ryo Kwibuka 2020 ntirikibaye

Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket mu Rwanda, bwatangaje ko irushanwa ryo Kwibuka mu bagore muri uyu mwaka wa 2020 ritakibaye bitewe n’icyorezo cya Covid-19 cyugarije isi n’u Rwanda cyatumye ibikorwa byose by’imikino bihagarara mu gihugu. Irushanwa rya Cricket ryari kuzaba ku nshuro ya gatandatu, rikaba ari rimwe mu marushanwa aba ku ngengabihe y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga rya […]

Guhurwa imibonano mpuzabitsina ku bagore; imwe mu mpamvu y’isenyuka ry’ingo

Mu buzima busanzwe bwa muntu, hari igihe kigera agashaka gukora imibonano mpuzabitsina hakaba n’ikindi gihe aba ntabyo ashaka. Aha abantu benshi bibwira ko gushaka imibonano mpuzabitsina biba cyane ku bagabo ndetse bakibwira ko abagore bibabaho ari uko hari umugabo ubigizemo uruhare agakurura imbarutso. Bitewe n’inzira z’ubuzima abantu banyuramo, buri mugore agira urwego rwe rugaragaza ko […]

Imibare ya Covid-19 mu Rwanda:Handuye abantu 2, hakira abandi 3

img-20200508-wa0176.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 08 Gicuransi 2020 yatangaje ko mu bipimo 1,353 byafashwe abantu 2 ari bo basanzwemo virusi ya covid-19 bituma umubare w’abamaze kwandura mu gihugu uba 273, abakize ni 3 naho abakirwaye ni 137.Muri rusange ibipimo bimaze gufatwa ni 40,187

Umuyobozi muri FERWAFA yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya ‘Miss’

Habimana Hussein usanzwe ari Diregiteri tekinike mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho icyaha cyo kuba yarasambanyije ku gahato umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020. Uyu muyobozi ashinjwa kuba yarashutse uyu mukobwa wari muri Miss Rwanda 2020 bitabaye ngombwa ko atangarizwa amazina, akamwizeza ko azamufasha […]

Ibyo wamenya ku ijoro ry’ubugabe(Layilat Al Qadr) ryamanutsemo Qoro’an

Mu myemerere ya Kislam, ijoro ryubahitse kandi rihambaye kurusha ayandi ni ‘Ijoro ry’Ubugabe’ ari ryo Laylat al Qadr mu rurimi rw’Icyarabu. Ubuhambare bw’iri joro ahanini buterwa no kuba ari ryo ryamanuwemo igitabo gitagatifu cya Qoro’an bwa mbere gihishuriwe intumwa Muhamad [Imana imuhe amahoro n’imigisha]. Iri joro riboneka mu minsi 10 ya nyuma y’ukwezi kwa Ramadhan […]

Imibare ya Covid-19 mu Rwanda:Handuye abantu 3 hakira abandi 3

img-20200507-wa0246.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 07 Gicuransi 2020 yatangaje ko mu bipimo 1,519 byafashwe uyu munsi,abantu 3 ari bo basanganywe virusi ya covid-19,abandi 3 bakize bituma umubare w’abakirwaye uguma ku 138. Muri rusage abamaze kwandura coronavirus mu Rwanda ni 271 mu bipimo 38,834 bimaze gufatwa kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda.

Wema Sepetu na Hamisa Mobetto mu rugamba rwo guhozanya nyuma yo gutandukana na Diamond

Abanya-Tanzaniyakazi, Hamisa Mobetto na Wema Sepetu bose bahuriye ku kuba barahoze ari abakunzi b’umuhanzi Diamond Platnumz batangiye inzira yo kubaka ubucuti birengagije kuba abantu babafata nk’abakeba. Wema Sepetu yavuze ko atifuza gukomeza kugirana umwiryane na mukeba we Mobetto kandi nyamara barahoze baziranye mbere y’uko bahinduka abakeba, avuga ko nyuma y’ibyababayeho bakwiye kuba inshuti ubuzima bugakomeza. […]

Tanzania: Umudepite yatawe muri yombi afatanywe imbunda 16

Igipolisi cyo mu Mujyi wa Shinyanga mu gihugu cya Tanzania, cyatangaje ko Cyataye muri yombi umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko muri iki gihugu , nyuma y’uko gisanze yari atunze intwaro atabifitiye uburenganzira ndetse no kwijandika mu bikorwa byo gushimuta inyamaswa. Depite Suleiman Masoud wo mu ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) riri ku butegetsi akaba […]

Imibare ya Covid-19 mu Rwanda:Handuye abantu 7, hakira umwe

img-20200506-wa0147.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 06 Gicuransi 2020 yatangaje mu bipimo 1,323 byafashwe uyu munsi hagaragayemo abantu 7 banduye covid-19 bituma ububare w’abamaze kuyandura ugera kuri 268. Abamaze gukira coronavirus mu Rwanda ni 130 barimo umwe wabonetse uyu munsi naho abakirwaye ni 138 mu bipimo 37,315 byafashwe muri rusange.

Uruhare rw’igisirikare cy’u Bufaransa mu kwihutisha Jenoside yakorewe Abatutsi

Tariki ya 6 Gicurasi 1994 ukwezi kwari gushize Jenoside irimo gukorerwa Abatutsi aho uyu munsi waranzwe no gukomeza gushyira mu bikorwa umugambi wo gukora Jenoside wakorwaga na leta y’Abicanyi bicaga Abatutsi mu bice bitandukanye by’igihugu babaga barahungiye mu nyubako zitandukanye nka za kiliziya, amashuri, ibitaro n’izindi nyubako za Leta, bigakorwa amahanga arangajwe n’Ubufaransa n’Akanama gashinzwe […]

Tanzania:Abakora muri serivisi z’indege bagiye gutakaza akazi kubera Coronavirus

Sosiyete z’indege n’abakozi bo ku bibuga by’indege muri Tanzania bagiye gutakaza akazi abandi bagabanyirizwe imishahara kugera kuri 50% kubera ibihombo byatewe n’icyorezo cya Covid-19 cyatumye ibi bigo bihagarika imirimo yabyo. Kompanyi za Precision Air na Air Tanzania zatangaje ko zigiye guhagarika amasezerano y’akazi kuri bamwe mu bakozi,abasigaye bakagabanyirizwa kuva kuri 30% kugeza 50% by’imishahara yabo […]

USA: Umwana w’imyaka itanu yahagaritswe na Polisi atwaye imodoka y’ababyeyi be

Umwana w’imyaka itanu witwa Adrian muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu gace ka Utah, yakoze agashya aho yatwaye imodoka y’ababyeyi be agafata umuhanda mugari gusa ku bw’amahirwe make ahagarikwa na Polisi. Uyu mwana yafatiwe ku muhanda mugari ugana Califonia ubwo yari atwaye imodoka yo mu bwoko bwa SUV agenda ku muvuduko wa 50km/h muri uwo […]

Burundi:CNL na CNDD-FDD baritana bamwana ku rugomo rwa Politiki

Muri iyi minsi u Burundi bwitegura amatora y’umukuru w’igihugu,amashyaka abiri makuru ahanganye CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi na CNDD-FDD riri ku butegetsi akomeje kwitana bamwana ku rugomo ruri gufata indi ntera hagati y’aya mashyaka yombi. Nyuma y’ibyatangajwe na CNL ko abarwanashyaka baryo 200 bafunzwe ndetse abandi 10 bakicwa n’abahezanguni ba CNDD-FDD, ubu noneho Citoyenne Kezimana, umukandida […]

Kigali: Ikibazo cy’imodoka zitwara abagenzi kiri kuvugutirwa umuti

Urwego rw’igihugu Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko rugiye gukemura ikibazo cy’ibura ry’imodoka zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali gikomeje kuba ingorabahizi nyuma y’uko inama y’Abaminisitiri yemeje ko ingendo hagati muri Kigali no hagati mu ntara zongera gusubukurwa ariko imodoka zikajya zitwara hafi 50% by’abantu imodoka yagenewe gutwara, ibi bikaba biri gutuma ahategerwa imodoka hagaragara umurongo no […]

U Bushinwa: Nta murwayi n’umwe ukirangwa muri Wuhan

Inzego z’ubuzima mu Bushinwa kuri uyu wa 26 Mata zatangaje ko nta murwayi wa Coronavirus ukirangwa mu mujyi wa Wuhan wafatwaga nk’isoko ya virusi ya Covid-19. Mu gihe isi ibarura ubwandu bwa Coronavirus burenga 2,940,059 ndetse abasaga ibihumbi 200 bakaba bamaze guhitanwa n’iki cyorezo, umujyi wa Wuhan wibasiwe n’iyi virusi ku ikubitiro ndetse ukanafatwa nk’isoko […]

Nyaruguru:Gitifu w’Akagari yafunzwe akekwaho gukubita umukecuru w’imyaka 95 n’abakobwa be

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Ngoma mu Kagari ka Nyamirama, ku wa 25 Mata 2020 yafashe uwitwa Kayigamba Valens w’imyaka 35 wari umuyobozi w’Akagari ka Nyamirama aho akurikiranweho gukubita Nyirabititaweho Anastasie w’imyaka 95 n’abakobwa be; Ndaruzaniye Josephine w’imyaka 54 na Nyiraminani Triphine w’imyaka 38. Uyu mukecuru n’abakobwa be bakorewe […]

Abicwa na Malaria bashobora kwiyongera mu gihe kuyirwanya byakomeza kuburizwamo na Covid-19

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, riraburira Isi muri uyu mwaka wa 2020, aho umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Malaria usanzwe wizihizwa kuwa 25 Mata buri mwaka wakubitanye n’ibihe bikomeye isi irimo byo guhangana n’icyorezo cya Coronavirus. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima rigaragaza impungenge ko umubare w’abapfa bazize indwara ya Malaria ushobora kuziyongera bitewe […]

Rwanda:Habonetse abandi barwayi ba Coronavirus 7

img-20200425-wa0476.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 25 Mata 2020,yatangaje abandi barwayi 7 bashya babonetse mu bipimo 1,275 hakaba hakize umwe. Muri rusange abantu 183 ni bo bamaze kugaragaraho ubwandu bwa virusi ya covid-19,abantu 88 muri aba barakize harimo umwe w’uyu munsi, nta muntu urahitanwa n’iyi ndwara mu Rwanda naho abakiyirwaye ni 95.

U Bushinwa bwamaganye iperereza amahanga yifuza gukora ku nkomoko ya Covid-19

Mu gihe hashize iminsi Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi(EU) ushinje u Bushinwa gukwirakwiza amakuru atari yo ku bwandu bwa covid-19, ubu noneho Leta y’u Bushinwa yanze iperereza ryigenga amahanga yifuzaga gukora ku nkomoko y’iki cyorezo cyugarije Isi. Amahanga akomeje kugaragaza ko kumenya inkomoko y’iyi ndwara byafasha Leta zitandukanye kuyihagarika.Umudipolomate mu Bwami bw’Ubwongereza, Chen Wen yabwiye BBC […]

Abandura Coronavirus mu bihugu bya EAC bakomeje kwiyongera

Amakuru aturuka muri Minisiteri z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba,kuri uyu wa 24 Mata 2020 aragaragaza ko hari ubwiyongere ku bwandu bwa virusi ya covid-19. Ubusanzwe Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba ugizwe ni bihugu bitandatu ari byo;Rwanda,Uganda,Kenya,Tanzania,Burundi na Sudani y’Epfo. Kenya nka kimwe mu bigize uyu muryango kiza ku isonga n’abamaze kwandura Coronavirus basaga 336, muri aba […]

WHO irashinja Leta ya Tanzania guha urwaho Coronavirus

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) rirashinja Leta ya Tanzania kurebera no korohereza icyorezo cya Coronavirus bifatwa nk’intandaro ku kwiyongera k’ubwandu kwagaragaye muri iki gihugu. Umuyobozi w’iri shami muri Afurika, Matshidiso Moeti, yavuze ko muri Afurika y’Iburasirazuba hagaragaye kwiyongera k’ubwandu bwa covid-19 mu minsi mike ishize. Yagize ati” Byagiye bigaragara ko bimwe mu bihugu […]

Burundi:Abandi bantu batanu basanganywe Coronavirus

Minisiteri y’Ubuzima mu Burundi kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko hari abandi bantu batanu bagaragaweho covid-19, mu bipimo 198 byafashwe ku bantu bari bamaranye iminsi n’abandi batanu bari baherutse gusanganwa iyi virusi. Muri iri tangazo uru rwego rw’ubushakashatsi rukomeje kudatangaza amazina y’abasanganwe ubu bwandu, ruvuga ko hazakomezwa gushakishwa abantu baba barahuye n’abanduye, mu rwego rwo […]

Kenya: Abantu 4 bafatanywe umupfu wa baringa babeshya ko bagiye gushyingura

Polisi ya Kenya yafashe umushoferi n’abandi batatu bakoresheje amayeri ahambaye bagamije kwica gahunda ya ‘Guma murugo’, aba bakaba bafashwe bari batwaye isanduku irimo ubusa n’indabo mu modoka babeshya ko bagiye gushyingura umuntu wapfuye. Mu gihe Kenya isaba abantu bose gukomeza kubahiriza gahunda ya guma mu rugo, abagabo batatangajwe amazina bafashwe ubwo bari bamaze kujyenda ibirometero […]

U Bwongereza: Ibitaro byasezereye Minisitiri w’Intebe wari umaze iminsi arembejwe na Covid-19

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yamaze gusezererwa mu bitaro nyuma y’ibyumweru bigera kuri bibiri arwaye Coronavirus ubu ibiro bye bikaba byatangaje ko akomeje koroherwa, iyi ikaba ari inkuru nziza ku baturage b’iki gihugu n’Isi muri rusange. Kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Mata 2020 ni bwo ibiro bya Minisitiri w’Intebe Boris Johnson byitwa Downing […]

Komini Giti yagize ubutwari muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Komini Giti yahoze mu cyari Perefegitura ya Byumba, izwiho kuba agace rukumbi kabashije kurwanya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubu ntikibaho kuko igice kimwe cyayo cyometswe ku karere ka Gatsibo naho ikindi kibarizwa mu karere ka Gicumbi. Muri iyi minsi, guhera kuwa 07 Mata 2020, Abanyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda bakomeje igikorwa cyo kwibuka ku […]

Hon. Bamporiki yagaragaje impamvu abandika kuri Jenoside bakiri bake

Muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard asanga kuba hari abantu batari bahugukira kwandika ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi,biterwa n’uko hari abantu bakibana n’ibikomere by’amateka yaranze u Rwanda abandi bakaba bakiboshywe nayo. Ibi yabivuze kuri uyu wa Kabiri tariki […]

Nyabihu: Batandatu barimo na mudugudu basanzwe mu kabari begeranye

Mu karere ka Nyabihu, umuyobozi w’umudugudu n’abandi bantu batanu basanzwe mu kabari banywa inzoga ndetse banicaye bacucitse, binyuranyije cyane n’amabwiriza yatanzwe na Guverinoma y’u Rwanda mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya vovid-19. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa 06 Mata 2020 mu masaha ya saa 21:00, ni mu gasantere ka Jenda, mu murenge wa […]

Ubuhinde:Abayobozi bakuru bazigomwa 30% by’umushahara mu gihe cy’umwaka

Muri ibi bihe bya coronavirus mu Buhinde,Minisitiri w’Intebe Narendra Modi,mu nama yagiranye n’abayobozi bakuru b’igihugu bafashe umwanzuro wo kugabanya 30% by’imishahara yabo uhereye kuwa 1 Mata 2020 bikazamara umwaka mu rwego rwo guhangana n’icyorezo cya coronavirus. Uretse imishahara, amafaranga yahabwaga abagize inteko Nshingamategeko mu gushyira mu bikorwa imwe mu mirimo iri mu nzego bayobora, na […]

Rihanna yatangaje ko yifuza umwana yaba afite umugabo cyangwa atamufite

Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi,Robyn Rihanna Fenty, wamamaye cyane nka ‘Rihanna’ , yatangaje ko yifuza umwana mu maguru mashya, yaba afite umugabo cyangwa atamufite. Ibi Rihanna yabitangaje mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, nyuma y’amafoto uwahoze ari umukunzi we Chris Brown yashyize kuri Instagram ye, yishimiye kuba ari se w’abana be babiri. Chris Brown afite umukobwa w’imyaka […]

Bamwe mu Bongereza ntibishimiye ijambo ry’Umwamikazi kuri coronavirus

Bamwe mu Bongereza biganjemo urubyiruko ntibishimye ijambo Umwamikazi Elizabeth II yaraye atangaje,rigamije guhumuriza abaturage no gukomeza gufata mu mugongo ababuze ababo kubera icyorezo cya covid-19. Umwamikazi Elizabeth mu ijambo rye yatambukije mu buryo bw’amashusho,y ashimiye abaganga n’abandi bakora mu nzego z’ubuzima, yashimiye kandi abitanga mu buryo bwo gushyigikira bagizweho n’ingaruka z’icyorezo ndetse anakangurira abaturage kuguma […]