Impuguke ivuga ko abagore bubatse bakwiriye gushimira inshoreke

Impuguke mu by’imibanire yo muri Nigeria, Blessing Okoro avuga ko abagore bubatse ingo bagakwiriye gushimira inshoreke z’abagabo babo kuko ari zo zitumye ingo zimwe zikomeje kuramba. Okoro avuga ko abagore bashatse iyo bamenye ko umugabo afite inshoreke, bituma batirara, ahubwo nabo bakora ibintu bitandukanye kugira ngo ari bo begukana imitima y’abagabo babo n’ubundi baba bareguriwe. […]

Umusore yegukanye umudari wa Zahabu nyuma yo kwikinisha amasaha icyenda

Umusore ufite inkomoko mu Mujyi wa Tokyo mu gihugu cy’Ubuyapani, Masanobu Sato, ni we wegukanye umudari mu kwikinisha ku isi nyuma yo kubikora amasaha icyenda n’iminota 58. Ibi rero bikaba byarabaye mu marushanwa azwi ku izina rya Masturbate-a-thon abera mu mujyi wa San Francisco agamije guteza imbere igikorwa cyo kwikinisha. Uyu mugabo ngo akaba amaze […]

Haravugwa rwaserera muri ADEPR-Uganda

Amakuru ahari ni ay’uko ADEPR- Uganda irimo rwafirigiti iturutse ku kuba hari imbaraga zihishe inyuma yo gushaka guhindura ubuyobozi buhagarariye iri torero, Uganda yakunze kwishisha ko ribamo abo yise “intasi z’ u Rwanda.” Umwe mu bayobozi b’iri torero, Umunyarwanda, Bishop Nyirimpeta Anasthase, yafashwe ku wa 20 Ugushyingo 2020 ajyanwa ahatazwi. Hari amakuru agera kuri BWIZA […]

Bamwereke imva ya Se, areke gukoresha izina ryanjye- Uwitirwa kuba Se wa Diamond

Uwareze Umuhanzi Diamond Platnumz, Mzee Abdul avuga ko uyu muhanzi akwiriye kuba areka gukoresha izina ririmo aye cyane ko ubu Se wa nyawe byamenyekanye ko ari uwitwa Idi Salim Ny’ange. Uyu mugabo ubusanzwe byari bizwi ko ari we Se wa Diamond ariko umugore we, Snadra Sanura yakuye urujijo kuri iyi ngingo. Mzee Abdul mu kiganiro […]

Tabora: Umusore w’imyaka 19 yasambanyije nyina

Umusore wo mu cyaro cya Goweko, Akarere ka Uyui mu Ntara ya Tabora muri Tanzania, Masoud Habibu Mrisho yagejejwe mu nkiko akurikiranweho gusambanya nyina mu masaa tatu z’ijoro yari yasuye mu Mujyi wa Tabora. Masoud Mrisho w’imyaka 19 akurikiranweho ko kuwa 16 Ukuboza 2020 yafashe nyina ku ngufu mu gace ka Kirimbika, Isevya muri Tabora. […]

Banyarwanda, ntihagire abigira nka ya ntamenya y’ikimasa- Min. Shyaka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Anastase Shyaka avuga ko Abanyarwanda badakwiriye kujenjeka ku gukurikiza ingamba zo kwirinda Coronavirus, bityo bakaba bazira icyo bazi nk’intamenya y’ikimasa irigata mu bugi bw’intorezo. Min. Shyaka kuri konti ye yaTwitter avuga ko Abanyarwanda bakwiriye kurushaho kwirinda Coronavirus kurusha uko babikoraga kuko yongereye ubukana. Yifashishije umugani uvuga ngo ” Intamenya y’ikimasa irigata […]

Umuyobozi w’abafite ubumuga bw’uruhu yakeje Kagame wabakuye aharindimuka

Umuyobozi w’ Umuryango ufasha abafite ubumuga bw’uruhu (Organization for the Integration and Promotion of People with Albinism, OIPPA), Nicodeme Hakizimana arashimira Perezida Paul Kagame wabarwanyeho ku ngingo y’amavuta bagenewe kwisiga ubu bakaba bayabona ku mafaranga make. Hakizimana avuga ko ” Ikibazo cy’amavuta arinda kanseri y’uruhu twayasabye president wacu Paul Kagame ahita ayaduha ku bwisungane mu […]

Rubavu: Umugore n’umugabo bafatanwe udupfunyika 2,400 tw’urumogi mu ndobo

Umugore n’umugabo; Ndayisenga and Mureshyankwano Alice bafatiwe mu Kagari ka Rwaza, Umurenge wa Rugerero batwaye udupfunyika 2,400 tw’urumogi mu ndobo. Aba bafashwe na polisi ku bufatanye na Polisi y’ u Rwanda kuwa 13 Mutarama nk’uko ibivuga. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Karekezi Bonaventre Twizere avuga ngo ” Abafashwe bagerageje gucika ariko bafatwa n’abaturage.” […]

Gicumbi: Muganga akurikiranweho gukuramo inda yatewe umwana ku Frw 40,000

Umuforomo wo mu Kigo Nderabuzima cya Rutare mu Karere ka Gicumbi witwa Nshimiyimana Alphonse, ari mu maboko ya RIB yo muri ako karere, akurikiranweho gukuramo inda y’umwana w’imyaka 16 wasambanyijwe n’umucuruzi wo muri ako gace, icyo gikorwa akaba yaragikoze yishyuwe amafaranga 40,000Frw. Inkuru ya Kigali Today ivuga ko uyu mwana w’umukobwa yatewe inda mu kwezi […]

Kampala hari umwuka w’ubwoba

Mu Murwa Mukuru wa Uganda, Kampala haravugwa umwuka w’ubwoba mu gihe abaturage bazindukiye mu matora ya perezida. Umunyamakuru wa BBC uri i Kampala, Catherine Byaruhanga yavuze ko ” Kampala hari umwuka w’ubwoba, umutekano wakajijwe n’abapolisi n’abasirikare, abaturage bamwe batinye kujya gutora.” Atangaza ko Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yatoreye ku biro by’itora biri hanze […]

UN yamaganye igitero cyahitanye umusirikare w’ u Rwanda

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Manuel de Oliveira Guterres yamaganye igitero cyagabwe n’inyeshyamba kigahitana umusirikare w’ u Rwanda, undi akahakomerekera. Guterres abinyujije ku muvugizi we, Stéphane Dujarric yavuze ko yihanganishije abo mu muryango w’uwapfuye n’Abanyarwanda muri rusange. Yifurije umusirikare wakomeretse gukira vuba. Mu itangazo ryashyizwe hanze, yavuze ko kugaba ibitero ku bashinzwe ku bungabunga amahoro […]

Musenge Museveni ni ikigirwamana cyita kuri Uganda-Meya

Meya w’Akarere ka Lira, Milton Odongo yabwiye abanyamadini gusenga Perezida Museveni kuko ngo ari ikigirwamana kimaze igihe yita kuri Uganda. Odongo yavuze ibi ubwo habaga ibiganiro bigamije guteza imbere amahoro mu bihe by’amatora. Yavuze ko Museveni yabaye ikigirwamana cya Uganda mu myaka 35 ishize. Odongo ati ” Mufite ikigirwamana kuva mu myaka 35 ishize, ni […]

Abapolisi bashyizwe hejuru y’amazu maremare muri Kampala

Polisi ya Uganda ivuga ko yashyize abapolisi ku mazu maremare mu Mujyi wa Kampala mu rwego rwo kurinda umutekano ku matora yo kuri uyu wa 14 Mutarama 2021. Aba ariko nk’uko Chimpreports ibitangaza, aba barimo n’abasirikare. Umuvugizi wa Polisi muri Kampala Metropolitan, SP Patrick Onyango avuga ko ibi byakozwe hagendewe ku makuru y’ubutasi. Amashusho yafaswe […]

U Rwanda rufite indembe nyinshi za Coronavirus kuva yakwaduka

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) gitangaza ko hari umubare w’abanduye Coronavirus barembye benshi kuva iki cyorezo cyakwaduka mu Rwanda muri Werurwe 2020. Umuyobozi wa RBC, Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko ubu abantu 40 bari ku mashini zibaha umwuka, ingengo iteye inkeke. Ati ” Kuva mu Gushyingo 2020 hagati, abarwayi babaga barembye babaga bari hagati ya 2 […]

Meya ujya ubona uko Giporoso isa nabi- Past. Rutayisire avuga uko Kagame yabwiye Ndayisaba

Umupasiteri mu Itorero Angilikani mu Rwanda, Rev. Dr Antoine Rutayisire avuga ko kuba Giporoso ubu yarahindutse, ikibubakwamo inybako nshyashya ari igitekerezo cya Perezida w’ u Rwanda, wahageze akabona ko hari umwanda, agasaba ko havugururwa. Kagame yabwiye Ndayisaba ko Giporoso irimo umwanda kandi ari amarembo y’Umujyi wa Kigali, ingingo Rutayisire avuga ko ariyo yabaye intangiriro yo […]

Kamonyi: Nkera ‘umaze gutema abantu batanu’ yatawe muri yombi

Umuturage witwa Benimana François ubusanzwe wiyita Inkeragutabara (Nkera) yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano nyuma y’aho yari yatemye umuturage witwa Nsabimana Emmanuel ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 08 Mutarama 2021, mu Mudugudu wa Gishyeshye, Akagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi. Isoko y’amakuru ya BWIZA iri mu Murenge wa Rukoma yadutangarije […]

Abarepubulikani bamwe batangiye kwemeza ko Trump yeguzwa

Abademokarate bakomeje gusiganwa n’iminsi ngo beguze Perezida Donald Trump, igikorwa gitangiye gushyigikirwa na bamwe muri bacyeba babo b’abarepubulikani mu nteko. Liz Cheney, umuntu wa gatatu ku rutonde rw’abarepubulikani bakomeye mu mutwe w’abadepite ba Amerika, yavuze ko azatora yemeza kweguza Trump kubera ibyabaye ku nzuy’inteko mu cyumweru gishize. Ejo kuwa kabiri, Trump yatangaje ko nta ruhare […]

Hahishuwe umugambi mugari wo kwigaragambya muri Uganda hose

Umwe mu bahuzabikorwa bo muri National Unity Platform (NUP) ya Bobi Wine, Abdul Kabenge yahishuye ko hari umugambi wo gukora imyigaragambyo muri Uganda hose nyuma y’amatora. Uyu uvuga ko ahagarariye abamotari muri NUP, avuga ko hari umugambi w’abamotari wo kuzigaragambya mu gihe na nyuma y’amatora muri Uganda kugira ngo igihugu cyadukemo akaduruvayo. Chimpreports ivuga ko […]

Tigana yavuze uko yarwaniye imbunda n’Interahamwe zashakaga kumuhitana

Uwakinnye mu makipe atandukanye mu Rwanda nka Mukura vs na Rayon Sports, Gasangwa Celestin uzwi ku izina rya Tigana yagarutse ku buryo yahanganye n’Interahamwe zashakaga kumurasa ubwo habaga Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Interahamwe rwari urubyiruko rw’ishyaka ryari ku butegetsi bwa MRND ya Habyarimana Juvenal. Harimo bamwe bahawe intwaro n’imyitozo zakoreshejwe muri jenoside. Mu kiganiro […]

Gen. Muhanga na Gen. Loketch si abo guhangana n’abo mu Ndeeba batwika amapine gusa

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ Ingabo (CIC/UPDF) aherutse gukora impinduka mu gisirikare, byitezwe ko ari izigamije guhangana n’abashobora guteza akaduruvayo haba mu matora cyangwa nyuma yayo. Izi mpinduka zirimo gufata abasirikare bakagirwa abapolisi no gutanga inshigano nshya kuri bamwe. Uretse abapolisi basaga 200 baherutse guhindurirwa imyanya, hari impinduka ebyiri nini […]

Umukinnyi w’imyaka 54 uheruka gutsinda igitego mu 2017 yongereye amasezerano

Umuyapani ukinira Ikipe ya Yokohama, Kazuyoshi Miura w’imyaka 54, aheruka gutsinda igitego mu mwaka wa 2017, yongereye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe. Miura wambara nimero 11, azuzuza imyaka 54 kuwa 26 Gashyantare 2021, umunsi umwe ngo shampiyona yo mu Buyapani (J-League) itangira. Uyu mugabo azaba akinnye imyaka y’imikino 17 kuva yatangira gukinira iyi kipe mu […]

Capitol ishobora guterwa n’abitwaje intwaro- FBI

Ikigo gishinzwe iperereza muri Amerika (FBI) kivuga ko hari amakuru avuga ko udutsiko tw’abitwaje intwaro bavuye muri Leta zose z’igihugu bashobora kongera kwigabiza, Capitol, ingoro y’inteko ishinga amategeko ya USA, mbere y’ibirori byo kurahiza Joe Biden kuwa 20 Mutarama 2021. FBI ivuga ko hashobora kuba imyigaragambyo irimo intwaro mu gihugu cyose, ikozwe n’abashyigikiye Perezida Donald […]

Byinshi ku buryo bune abarinzi bahagararamo barinze abanyacyubahiro

Kurinda abanyacyubahiro ahanini baba barimo abakuru b’ibihugu n’imiryango yabo ni zimwe mu nshingano zikomeye ku rwego rw’umutekano. Ibi bituma hari uburyo bune buzwi ababikora bahagararamo igihe uwo barinze ari mu bikorwa bye bya buri munsi nko mu birori, agenda n’amaguru, n’ibindi. Ibi nabyo ni amasomo mu yandi yo mu bitabo ndetse yiyongeraho imyitozo kabuhariwe. Inyandiko […]

Kampala: Umukandida-perezida yarekuwe mu gitondo yongera gufatwa uwo munsi

Umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu, Patrick Oboi Amuriat yafatiwe mu Mujyi wa Kampala nyuma y’amasaha make afunguwe, aho yari yafatiwe mu Karere ka Mpigi aryozwa kugenda yicaye hejuru y’imodoka. Amuriat afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Katwe aho yafungiwe gusuzugura byatuma indwara ikwirakwira no guteza umuvundo mu muhanda wa Natete- Ndeeba nk’uko polisi ibitangaza. Kuva […]

Yambwiye ko tutabana kuko ntari impfubyi-Umusore w’ i Kigali

Umusore w’i Kigali uvuga ko yitwa Kamana, avuga ko ibye n’umukobwa bakundana byazambye bitewe n’uko umukobwa yamenye ko afite nyina umubyara kandi we ashaka kuzabana n’umusore w’impfubyi yizera ko azamurinda ibitotezo bya nyirabukwe. Uyu musore yatangarije BWIZA ko uyu mukobwa bamenyaniye mu kazi, bakundana mu gihe cy’amezi atandatu ariko ku ngingo yo kubana, umukobwa ntabikozwa. […]

Ibitabo bimwe bisa n’ibica mu rihumye amadini bikabamo n’ubuyobe- Dr Hategekimana

Umushumba mu itorero ry’Abangirikani mu Rwanda, akaba kandi umushakashatsi n’umwarimu muri Kaminuza n’impuguke mu bijyanye n’iterambere, Dr Celestin Hategekimana, avuga ko hari abaturage banga gukurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bitwaje aho basengera bitewe no kutumva neza ibyo Ijambo ry’Imana rivuga cyangwa se bakaka bifashisha ibitabo birimo ubuyobe. Yabwiye RBA ko hari uburyo abantu bajya mu […]

Ubutekamutwe bukomeje gufata indi ntera mu Rwanda

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) itangaza ko ubutekamutwe mu gihugu bwiyongereye aho miliyoni Rwf 280 zaburiwe irengero kuva muri Mutarama kugeza muri Nzeri 2020. Imibare ya BNR igaragaza ko mu byaha by’itekamutwe 141 hatikiriye izi miliyoni mu gihe izigera kuri 89 zagarujwe. Itekamutwe rikoresheje ikoranabuhanga niryo riza ku isonga mu gihe abaturage bagenda bahugukirwa no […]

Muduhe amafaranga tutazateza akavuyo mu matora-Abasaga 300 babwira NRM

Abantu basaga 300 bagiranye ikiganiro n’abategetsi mu Ishyaka riri ku butegetsi muri Uganda ( National Resistance Movement, NRM) basaba ko bahabwa amafaranga kugira ngo ” batazateza akavuyo mu gihe cy’amatora.” Aba bavugaga ko ari abo muri National Unity Platform ya Bobi Wine, bavuga ko ” bakeneye amafaranga ngo bazitoinde ariko nanone bahindure uruhande, bashyigikire NRM.” […]

Abarinzi batandatu ba pariki ya Virunga bishwe n’inyeshyamba

Abarinzi batandatu bo muri pariki ya Virunga muri DR Congo biciwe mu gico cyatezwe n’inyeshyamba. Abategetsi baravuga ko umutwe wa Mai-Mai, umwe muri myinshi ikorera muri aka agace, ari wo wakoze ubu bwicanyi. Aba barinzi batezwe igico mu gihe bariho bakora uburinzi n’amaguru muri pariki nk’uko umuvugizi w’ikigo cyabo yabibwiye BBC. Abakozi bakora muri iyi […]

Kamonyi: Umuturage yatemwe na Nkera ‘umaze gutema bane’

137580877_242853197220027_3926129627987092992_n_1_.jpg

Umuturage witwa Nsabimana Emmanuel ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 08 Mutarama 2021, mu Mudugudu wa Gishyeshye, Akagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma, akarere ka Kamonyi, yatemwe na Benimana François uzwi ku izina rya Nkera bivugwa ko ubu amaze gutema abantu batanu ariko agakomeza kwidegembya. Uyu Nkera ubusanzwe wiyita Inkeragutabara yatemye Nsabimana batazira […]

Bobi Wine byaramucanze, aragengwa- Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni Tibuhaburwa avuga ko umukandida perezida wa Uganda bahanganye, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine avuga ko ari mu mayira abiri ( confused) kandi intekerezo zigengwa (manipulated) by’umwihariko n’abanyamahanga. Museveni nk’uko Channel 4 ibitangaza, Museveni yavuze kuri Bobi Wine wamuzengereje, ati ” Bobi Wine byaramucanze kandi ari kugengwa n’amatsinda menshi […]

Abasaga 50 baburiwe irengero hashize umwanya muto Boeing 737 ifashe ikirere

816.png

Indege yari itwaye abantu barenga 50 yaburiwe irengero haciye akanya gato ihagurutse mu Murwa Mukuru wa Indonesia, Jakarta. Abategetsi bavuga ko iyo ndege Boeing 737 ya kompanyi Sriwijaya Air yaburiwe irengero mu gihe yari mu nzira igana mu Mujyi wa Pontianak mu Ntara ya West Kalimantan. Urubuga rukurikirana ingendo z’indege Flightradar24.com ruvuga ko iyo ndege […]

Umupolisi yasabye ko atera akabariro umugore wari ugize impanuka

Umupolisi ukora mu ishami rishinzwe umutekano mu muhanda mu gace ka Kilimandjaro, Peter Albert Moshi aravugwaho gusaba kuryamana na nyina w’umwana wari umaze kugongwa na moto kugira ngo asoze iperereza. Uyu mupolisi yatse umugore ruswa y’igitsina nyuma y’uko umwana we agonzwe, akavunika ukuboko. Umuyobozi w’ishami rishinzwe umutekano mu muhanda mu gace ka Kilimandjaro, Frida Wikesi […]

Imana yamurokoye Jenoside yakorewe Abatutsi imufitiye umugambi- Cardinal Kambanda avuga Padiri Ubald

Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda avuga ko Padiri Ubald Rugirangoga witabye Imana kuwa Gatanu yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku bw’umugambi w’Imana, bityo ko kuba Imana imwisubije ari igihe cy’uko Abanyarwanda bazirikana gukurikiza umurage we. Padiri Ubald Rugirangoga, yagize uruhare mu kwigisha ubumwe n’ubwiyunge kandi akabivuga anabikora. Mu butumwa bwa Cardinal Kambanda kuri […]

Trump yahagaritswe burundu gukoresha urubuga Twitter, ati ” Ndashinga urwanjye”

Urubuga rwa Twitter rwafunze burundu konti ya Perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donal Trump, we avuga ko iki kibazo agiye kukivugutira umuti. Uru rubuga rwatangaje ko biri mu rwego kwirinda ko hari irindi bara rishobora kuba muri Amerika. Perezida Trump yari yahagaritswe by’agateganyo amasaha 12, aho yongeye kwemererwa yanditse ubundi butumwa […]

U Rwanda ku birego by’uko abasirikare barwo bari muri Congo

erpvfsoxyaa2iqp.jpg

Leta y’u Rwanda yahakanye ibivugwa n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zivuga ko rufite ingabo ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Mu itangazo ryo kuwa 8 Mutarama, rivuga ko raporo y’izi mpuguke yo kuwa 23 Ukuboza ivuga ibitari ukuri kuko ngo ” U Rwanda nta basirikare rufite muri Congo ndetse n’ubufatanye buhuriweho mu bya gisirikare hagati […]

Bazakubitwa bicuze icyatumye ba nyina bababyara-IGP Ochola

Umuyobozi wa Polisi ya Uganda, IGP Martin Ochola avuga ko abantu bazafatirwa mu bikorwa byo “guteza ibibazo” mu gihe cy’amatora yo kuwa 14 Mutarama 2021 na nyuma yayo bazakubitwa bakicuza impamvu ba nyina bababyaye. IGP Ochola yatangaje ibi mu kiganiro cyarimo izindi nzego z’umutekano nk’amagereza n’urwego rushinzwe abahoze mu ngabo cyabereye i Naguru ku biri […]

Padiri Ubald yasize avuze aho azashyingurwa-Mgr Hakizimana

Umwepisikopi wa Diyosezi ya Gikongoro, Mgr Hakizimana Célestin wa Gikongoro akaba n’Umuyobozi wa Diyosezi ya Cyangugu, avuga ko Padiri Ubald Rugirangoga mbere yuko yitaba Imana yari yaravuze ko ashaka kuzashyingurwa mu Rwanda. Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana mu masaha ya saa tanu z’ijoro zo muri Amerika nk’uko Mgr Hakizimana yabihamirije RBA. Yari amaze iminsi arembeye […]

Don Bosco baratabaza ngo hari umunyamahanga wavuze ko azahakora ikibi

Ababa mu Kigo cy’Abasezeliyani i Kigali cyitwa Don Bosco bavuga ko hari umunyamahanga wabazengereje ku buryo amaze kubasagarira inshuro zigera kuri ebyiri aho kuwa 7 Mutarama yavuze ko ” Nagaruka azahakora ikibi.” Aba bifashishijwe Twitter, bavuze ko ubushize uyu munyamahanga yaje n’uburakari ku buryo yibasiye umuyobozi w’ikigo. Banditse bagira bati ” Banyakubahwa RIB turabamenyesha ko […]

Habonetse undi muntu ukize ku Isi ahigitse Jeff Bezos

Elon Musk yabaye umuntu ukize kurusha abandi bose ku isi ubwo umutungo we muri rusange wageze kuri miliyari $185. Yafashe uyu mwanya awuvanyeho Jeff Bezos washinze iguriro kuri internet rya Amazon wari uwuriho kuva mu 2017. Uyu ufite uruganda rw’imodoka rwa Tesla n’ikigo cy’ibyogajuru SpaceX, yageze ku gasongero ejo kuwa kane ubwo imigabane ya Tesla […]

USA: Umunyarwanda aravuga uko byifashe nyuma y’imyigaragambyo yaguyemo bane

Umunyarwanda, Françoise Murekatete uba i Washington DC yabonye imyigaragambyo igitangira hafi y’inteko ishingamategeko, avuga ko kuri ubu hari kuba umukwabu kandi ko ntawakwitega uko ejo hari bucye. Abantu batandukanye ku isi, barimo n’abategetsi b’ibihugu, banenze imyigaragambyo irimo urugomo abashyigikiye Perezida Donald Trump bakoreye kuri iyi nyubako izwi nka Capitol. Murekatete umaze imyaka 10 muri USA, […]

Umugore yafashwe n’impiswi yumvise ko napfuye- Gen. Tumwine

Minisitiri w’Umutekano muri Uganda, Gen. Elly Tumwine avuga ko hari uburwayi bwadutse mu baturage ubwo abantu batazwi bakwirakwije amakuru ko yapfuye. Uyu mugabo byavugwaga ko yapfuye, we yaje nyuma abibeshyuza avuga ko atari no mu bitaro. Ubu atangaza ko aya makuru yateye uburwayi rubanda. Ati ” Ubutumwa bw’urukundo bwabaye bwinshi muri telefoni yanjye. Telefoni ntiyarekeragaho […]

Ihene zikunda abantu bateye batya-Ubushakashatsi

Abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Roehampton yo mu Bwongereza bagaragaje ko ihene zikunda abantu bishimye ku maso. Buvuga ko ihene iyo ziri kumwe n’abantu bishimye, zibasha kumenya ibyumviro byabo. Ibi bihabanye n’ibyari bizwi mbere kuri iyi ngingo. Ubu bushakashtasi bwashyizwe hanze mu nyandiko ya Open Science buvuga ko ibi byavuye ku kuba abashakashatsi baragiye bereka […]

Urukiko rwategetse ko Abanyarwanda 47 birukanwa ku butaka bwa Uganda

Urukiko rw’ibanze rwa Kabale rwategetse ko Abanyarwanda 47 birukanwa ku butaka bwa Uganda kuko bahageze mu buryo butemewe n’amategeko. Uretse aba Banyarwanda, hari n’abakongomani 10 barebwa n’iki cyemezo cy’urukiko. Umwavoka wa Leta mu Karere ka Kabale, Anthony Wamibu yabwiye urukiko ruyobowe na Isaac Rukundo ko kuwa 4 Mutarama 2021, abaregwa binjiye muri Uganda bakoresheje bisi […]

Trump ntacyemerewe gukoresha Facebook na Twitter

Donald Trump yahagaritswe by’agateganyo gukoresha imbuga za Twittter na Facebook nyuma yo kwandika ko ashyigikiye abigaragambya bateye Inteko ishingamategeko ya Amerika. Mu butumwa bw’amashusho yashyize ku mbuga nkoranyambaga yagize ati: “Ndabakunda”, mbere yo kubabwira ngo batahe. Yasubiyemo kandi ibirego bidafite ibihamya ko yibwe amajwi. Twitter ivuga yasabye ko bavanaho ubutumwa butatu yari yanditse kubera “kurenga […]

Ibigo nderabuzima biratangira gupima COVID-19 vuba

Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziravuga ko bitarenze icyumweru gitaha ibigo nderabuzima hafi ya byose bizaba byahawe ubushobozi bwo gupima COVID-19. Zivuga ko hashize ibyumweru 2 zitangiye kugeza muri za farumasi z’uturere ibikoresho bizifashishwa muri icyo gikorwa. Umuyobozi w’ishami rishinzwe serivisi z’ubuvuzi muri Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), Dr. Corneille Ntihabose yabwiye RBA ko hari ibigo nderabuzima byatangiye […]

Abiga amategeko barimo Kamaliza na Nyiramatsiko bahamagajwe nyuma yo kumansurira mu rukiko

Abakobwa umunani biga iby’amategeko muri Uganda bahamagajwe n’ubuyobozi bw’ikigo cy’iterambere mu mategeko (LDC) i Kampala nyuma y’aho hagaragaye amashusho yabo babyina bamansura indirimo yitwa Tumbiza Sound bari mu nyubako y’urukiko. Aba bakobwa ni Ann Kakidi, Annet Nambafu, Mary Zeridah Nabirye, Grolia Nyiramatsiko, Justine Kyomuhendo, Immaculate Kamaliza na Edith Basemera. Mu mashusho, aba bakobwa bagaragara babyina […]

Kampala: Bavugishijwe ku bw’amashusho ya The Ben na Rema yagiye hanze

rema.jpg

Abantu n’ibitangazamakuru muri Uganda by’umwihariko mu Murwa Mukuru Kampala bavuze menshi nyuma yo kubona amashusho ya The Ben na Rema Namakula mu ndirimbo nshya yitwa ” This is Love” yashyizwe hanze. Ikinyamakuru Bigeye cyandika imyidagaduro cyagarutse kuri iyi ndirimo y’iminota 3 n’amasegonda 34, kivuga ko inkuru yacyo ikinnye neza mu mashusho hagati ya Rema na […]

Nairobi: Pasiteri yateye inda abakobwa be babiri

Umupasiteri wo mu gace Kirinyaga gaherereye mu birometero 104 uvuye i Nairobi, yemereye urukiko ko yakoze ibyaha byo gusambanya abakobwa be babiri bari munsi y’imyaka 18, akanabatera inda. Uyu mugabo w’imyaka 51 wari umupasiteri mu Itorero rya ‘Akurino’, yemeye icyaha imbere y’urukiko kuwa Kabiri w’iki cyumweru, aho ubwe yivugiye ko yasambanyije abakobwe be babiri, umwe […]

CAR: RDF yatumye hari agace kageramo umuyobozi bwa mbere mu myaka 20

Perefe wa Perefegitura ya Haute-Kotto Thierry Evariste Binguinendji ari na yo perefegitura nini kurusha izindi muri Centrafurika, avuga ko ingabo z’u Rwanda ari zo zatumye agera mu gace kari kamaze imyaka 20 katageramo umuyobozi wo kuri uru rwego. Abatuye ahitwa i Bria muri Perefegitura ya Haute-Kotto mu birometero 600 uvuye mu murwa Mukuru wa Bangui, […]

Ese koko Muvunyi yaba azira ubutaka RDF nayo ishaka hasi hejuru?

Mu minsi mike ishize, umuherwe Muvunyi yatawe muri yombi n’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Usibye Muvunyi, hafunzwe Rtd Col. Ruzibiza Eugène wigeze kuba Umuyobozi ushinzwe Ingabo mu Karere ka Karongi ndetse mu 2015 yari Umuyobozi wa Brigade ya 307 yakoreraga mu Ntara y’Uburengerazuba, Gérard Niyongamije, gitifu (Executive Secretary) w’Akagari […]

Konti ya Twitter ya Ingabire Victoire yiganwe n’abatazwi

Victoire Ingabire, umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda akaba anayoboye ishyaka DALF ritaremerwa mu mategeko, aravuga ko yandikiye ikigo nkoranyambaga cya Twitter kubera konti imwigana. Ingabire yasabye Twitter kumutabara kubera ubutumwa buri kuri konti ariko we akavuga ko atari ubwe nyamara buriho ni ifoto ye. Ati ” Hari umuntu witije ifoto yanjye n’amazina yanjye […]

Haravugwa imirwano imaze iminsi ibiri hagati ya FARDC n’inyeshyamba z’Abanyarwanda

Hari amakuru ko hari imirwano imaze iminsi ibiri hagati y’Ingabo za Congo ((FARDC) n’inyeshyamba z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa FPP wahoze witwa Mai mai Soki,ukaba wariyomoye kuri FDLR. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko iyi mirwano iri kubera muri Lokarite za Katwiguru ya mbere na Busesa,ho muri Gurupoma ya Binza,Teritwari ya Rutshuru. Umutwe wa FPP […]

Umudepite muri USA avuga ko azitabira inteko yitwaje intwaro

Umudepite wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani, Lauren Boebert avuga ko azajya mu nteko i Washington DC afite imbunda kuko ngo biri mu burenganzira bwe. Muri videwo Lauren ukomoka muri Colorado yashyize hanze kuwa Kabiri, Depite Lauren yagaragaye ashyira imbunda mu isakoshi ye amaze kuyishyiramo amasasu mbere y’urugendo. Ati ” Nzajya mba mfite imbunda ndi mu Mujyi […]

Min. Soraya aravuga impamvu ebyiri abucuruzi bagomba gufunga saa kumi n’ebyiri

Minisitiri w’Ubucuruzi, Soraya M. Hakuziyaremye avuga ko hari impamvu ngenderwaho zatumye habaho icyemezo cy’inama y’abaminisitiri kivuga ko ibikorwa by’ubucuruzi nk’amaduka, resitora, butike n’amasoko bigomba kuba byafunze saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Mu kiganiro na RBA, Soraya yavuze n’ubwo izi mpamvu zitandukanye, zihuriye ku gukumira COVID-19. Ati ” Mu mibare yatanzwe, haba abarwaye, abapfuye harimo abacuruzi n’abaguzi. […]

Guma mu karere nidatanga igisubizo murumva ikizakurikiraho-Min. Busingye

Minisitiri w’Ubutabera w’ u Rwanda akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye atangaza ko Abanyarwanda ubwabo bakabaye bibwira ikizakurikiraho mu gihe ibyo gukumira ingendo hagati y’uturere, ndetse n’uturere n’Umujyi wa Kigali, hirindwa COVID-19. Busingye mu butumwa yatambukije kuri Twitter (https://twitter.com/BusingyeJohns) yasaga n’uca amarenga ko hashobora kuzakurikira Guma mu rugo, yazengereje abatari bake ku buryo nta […]

Kamonyi: Abitwaje imbwa n’imihoro bamennye umutwe umugore n’umugabo

Abasore abaturage bavuga ko bigize ibihazi, bitwaza imihoro ityaye n’imbwa nyinshi bakubise umugabo witwa Daniel hakire w’imyaka 43 n’umugore Janviere Uwagirinema w’imyaka 39 batuye Ruhozankanda, Umudugudu wa Murambi, Akagari Gishyeshye, mu Murenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi, babamena imitwe. Uku gukubitwa kw’aba bombi kwabereye mu Gasantere ka Ruhozankanda. Umwe mu bari aho byabereye uvuga ko […]

CAR: Abasirikare b’ u Burundi baherutse kwicwa barashinyaguriwe bikomeye

Abasirikare batatu b’ u Burundi baherutse kwicirwa muri Repubulika ya Centrafica bishwe urw’agashyinyaguro nk’uko amakuru abivuga. Abasirikare b’ u Burundi nibo bacunga umutekano mu gace ka Dekoa. Aba baherutse kugabwaho igitero n’inyeshyamba, Ingabo za Centrafrica (FACA) zari kumwe nabo ziyabangira ingata. Ingabo z’ u Rwanda zari mu rugendo nizo zatabaye iz’ u Burundi zari zanze […]

Yishyikirije RIB nyuma yo kwica mugenzi we bapfa Frw 500 akamuta mu cyobo

Umugabo w’imyaka 49 y’amavuko wo mu Karere ka Nyanza, Iyibishaka Jean Marie yishyikirije Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma yo gukekwaho icyaha cyo kwica mugenzi we babanaga mu nzu akamuta mu cyobo. Uwo mugabo w’imyaka 39 mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza 2020. Babanaga mu nzu iri mu Mudugudu wa Nyabubare mu Kagari ka Mushirarungu […]