Uwahoze ari umucancuro wa Wagner yasabye Ukraine imbabazi
Andrey Medvedev umaze amezi abiri atorotse bagenzi be bo mu mutwe wâabacancuro wa Wagner PMC ukomoka mu Burusiya, yasabye imbabazi abaturage ba Ukraine. Medvedev ubu uri mu buhungiro muri Poland yatangarije France 24 ko yarwaniye Wagner muri Ukraine kuva Nyakanga kugeza mu Gushyingo 2022, nyuma yo kubitegekwa nâabayobozi bakuru bâuyu mutwe wâabacancuro. Ubusanzwe umuryango mpuzamahanga […]
Rwanda: Abadepite bemeje umushinga w’itegeko riha umugabo ikiruhuko cyo kubyara

Abadepite mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda bemeje umushinga wâitegeko rishya riha umugabo uburenganzira bwo kubona ikiruhuko cyâakazi mu gihe cyo kubyara k’umugore we. Uyu mushinga wateguwe na Minisiteri yâabakozi ba Leta nâumurimo, aho biteganyijwe ko iri tegeko rizahindura itegeko rimero 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018 rigenga umurimo. Minisitiri wâabakozi ba Leta nâumurimo, Kanyindo Karurangwa […]
Umwami Charles III yavugirijwe induru mu gihugu cye

Bamwe mu baturage batuye mu mujyi mushya wa Colchester mu Bwongereza, bavugirije induru Umwami Charles III ubwo yahagiriraga uruzinduko kuri uyu wa 7 Werurwe 2023. Ikinyamakuru Sky News cyatangaje ko Umwami Charles III ubwo yageraga muri uyu mujyi yasuhuza abawutuyemo, ariko bamwe bari bamutegereje bamwakiriza amagambo mabi; bakoresheje ibyapa nâindangururamajwi, gusa ngo yasaga n’utababonye cyangwa […]
Mu Bubiligi hafungiwe umushoramari uvugwa mu mugambi wa ‘coup d’Ă©tat’ muri RDC
Gereza ya Saint-Gilles yo mu Bubiligi imaze amezi atandatu icumbikiye umushoramari umenyerewe mu bucuruzi bwa kajugujugu zâubwikorezi, Thierry Lakhanisky, aho akekwaho ibirimo kugira uruhare mu icurwa ryâumugambi wo guhirika ubutegetsi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Ikinyamakuru RTBF cyo mu Bubiligi kuri uyu wa 7 Werurwe cyatangaje ko Lakhanisky yatawe muri yombi tariki ya 13 […]
Mukuralinda aremeza ko abarwanyi ba M23 nibahungira mu Rwanda, bazakirwa
Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, aremeza ko mu gihe abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 baraswaho, bagahungira mu Rwanda, bakwakirwa kandi nta gitangaza cyaba kirimo. Mukuralinda mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media Rwanda kuri uyu wa 7 Werurwe 2023, yibukijwe ko M23 yatangaje ko yahagaritse imirwano mbere yo gusubira mu birindiro yahozemo ku kirunga […]
Masisi: Aho guhagarara, imirwano ya M23 na FARDC yakajije umurego
Imirwano yakomeje mu gitondo cyâuyu wa 8 Werurwe 2023 hagati yâumutwe witwaje intwaro wa M23 nâingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, hirengagizwa ubwumvikane bwo kuyihagarika. Hashingiwe ku bwumvikane yagiranye na Perezida wa Angola usanzwe ari nâumuhuza washyizweho nâumuryango wa Afurika yunze ubumwe, kuri uyu wa 7 Werurwe M23 yatangaje ku mugaragaro ko yahagaritse […]
Uwabaye umuyobozi ukomeye muri guverinoma yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwahamije Ruvebana Antoine wabaye Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri yari ishinzwe gukumira ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR) icyaha cyo gusambanya umwana, rumukatira igifungo cyâimyaka 10. Rubevana yatawe muri yombi tariki ya 11 Ukuboza 2021. Umuvugizi wâurwego rwâubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry icyo gihe yabwiye itangazamakuru ko uyu yafashwe nyuma yâaho abagore bamuregaga kubasambanya […]
Perezida TouadĂ©ra yashinje ibihugu byo mu burengerazuba bwâIsi guhungabanya umutekano wa CAR
Perezida wa Repubulika ya Centrafrica (CAR), Faustin-Archange TouadĂ©ra, yashinje bimwe mu bihugu byo mu burengerazuba bwâIsi guhungabanya igihugu cye mu rwego rwa politiki nâurwâumutekano. Uyu Mukuru wâIgihugu ubwo yari mu nama mpuzamahanga yâibihugu bikennye yabereye i Doha tariki ya 5 Werurwe 2023, yavuze ko CAR ifite yasahuwe nâibi bihugu byifashishije ubu buryo kuva cyabona ubwigenge. […]
Ingabo zâu Burundi zamaze kugera i Sake

Ingabo zâu Burundi zibarizwa mu mutwe wâumuryango wa Afurika yâiburasirazubam EACRF, zamaze kugera i Sake muri teritwari ya Masisi, zivuye mu mujyi wa Goma zari zimazemo iminsi ibiri. EACRF yatangarije ku rubuga rwayo iti: âIngabo zâu Burundi ziri muri EACRF zoherejwe i Sake muri Masisi muri gahunda ikomeje yâingabo za EACRF.â Uyu mutwe wâingabo za […]
Perezida Kagame na Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza baganiriye ku masezerano yakomwe mu nkokora
Perezida Paul Kagame na Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, baganiriye ku masezerano yo kohereza abimukira yakomwe mu nkokora nâinkiko kugeza ku rwo ku mugabane wâUburayi rushinzwe kurinda uburenganzira bwâikiremwamuntu. Ibiro ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, bisobanura ko Perezida Kagame na Sunak bavuganiye ku murongo wa telefone kuri uyu wa 6 Werurwe 2023. Aba bayobozi biyemeje gukomeza […]
Kinshasa: Minisiteri yâitumanaho yibasiwe nyuma yo gutangaza ko Macron yamaganye u Rwanda
Minisiteri ishinzwe itumanaho nâitangazamakuru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo yibasiwe nyuma yo gutangaza ko Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, yamaganye u Rwanda arushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Perezida Macron ubwo yari mu kiganiro nâabanyamakuru hamwe na mugenzi we FĂ©lix Tshisekedi, i Kinshasa tariki ya 4 Werurwe 2023, yavuze ko M23 irimo abanyamahanga […]
Umukuru wa UN yasabye M23 guhagarika imirwano bitarenze igihe yemeye
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres, yasabye umutwe witwaje intwaro wa M23 kubahiriza icyemezo wafatiye hamwe na Perezida wa Angola akaba nâumuhuza washyizweho nâumuryango wa Afurika yunze ubumwe, cyo guhagarika imirwano guhera kuri uyu wa Kabiri. Ni ubusabe Guterres yanyujije ku Muvugizi we, StĂ©phane Dujarric, kuri uyu wa 6 Werurwe 2023, nkâuko bigaragara mu itangazo […]
Perezida wa Afurika yâEpfo yahinduriye imirimo Dr Nkosazana wabaye umugore wa Jacob Zuma
Perezida wa Afurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa, yahinduriye imirimo Dr Nkosazana Dlamini wabaye kuva mu mwaka w’1982 kugeza mu 1998 umugore wa Jacob Zuma wayoboye iki gihugu. Dr Nkosazana wâimyaka 74 yâamavuko kuva muri Gicurasi 2019 yari Minisitiri ushinzwe imiyoborere nâibikorwa bya gakondo. Ni nyuma yo kugira inshingano zitandukanye muri guverinoma, zirimo ushinzwe ibiro bya Perezida, […]
FARDC irashinja M23 kwerekeza ibitero ahari ingabo zâu Burundi
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, kirashinja umutwe witwaje intwaro wa M23 ngo âufashwa nâu Rwandaâ kwerekeza ibitero ahari ingabo zâu Burundi zimaze umunsi mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Byatangajwe nâUmuvugizi wa guverineri wâintara ya Kivu yâAmajyaruguru ku rwego rwâigisirikare, Lt Col. Ndjike Kaiko kuri uyu wa 6 Werurwe 2023, agaragariza amahanga ko […]
Gen. Niyombare na bagenzi be baba bafite ubwoba bwâuko bashobora gutabwa muri yombi
Maj. Gen. Godefroid Niyombare wayoboye igeragerazwa ryo guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu Burundi mu mwaka wâ2015 hamwe na bagenzi be, baba bafite ubwoba bwâuko bashobora gutabwa muri yombi. Ikinyamakuru SOS Medias Burundi kivuga ko umusirikare wahoze ari General mu ngabo zâiki gihugu afite ubwoba nyuma yâaho Perezida Evariste Ndayishimiye yohereje mu Rwanda intumwa ziyobowe […]
Nintorwa mu 2024, nzahagarika intambara y’u Burusiya na Ukraine mu munsi umwe: Donald Trump
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko niyongera gutorerwa uyu mwanya mu mwaka wâ2024, azahagarika intambara yâu Burusiya na Ukraine mu munsi umwe, nta wundi ubimufashijemo. Trump yabitangarije mu mujyi wa Maryland tariki ya 4 Werurwe 2023 ubwo yari mu nama ngarukamwaka ihuriza hamwe abanyapolitiki batandukanye izwi nka CPAC. Yabwiye […]
Uwayoboraga komisiyo yâamatora yemeje ko ayo Tshisekedi yatsinze yabayemo amakosa
Corneille Nangaa wabaye umuyobozi wa komisiyo yâamatora muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko mu matora yâUmukuru wâIgihugu yegukanywe na FĂ©lix Tshisekedi mu 2018 habayemo amakosa. Mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Jean Marie Kassamba, Nangaa yavuze ko komisiyo yâamatora (CENI) yatangaje umusaruro wâagateganyo wavuye mu matora, urukiko rutangaza ibyavuyemo bidasubirwaho, kandi ngo rwari rufite […]
Imbere ya Tshisekedi, Minisitiri wâingabo wa RDC yinubiye abasirikare ba EAC

Minisitiri wâingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Kabanda Gilbert, yinubiye abasirikare bari mu mutwe wâingabo wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba uzwi nka EACRF. Mu nama yâabaminisitiri ya 89 yayobowe na Perezida FĂ©lix Tshisekedi mu buryo bwâikoranabuhanga tariki ya 3 Werurwe 2023, Minisitiri Kabanda muri raporo yakoze, yavuze ko âingabo zâu Rwanda zitagihishira ukwinjira ku bwinshiâ […]
Igisubizo cya Cristiano ku mwana wamubwiye ko Messi ari mwiza kumurusha
Rutahizamu wâikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia, Cristiano Ronaldo, yasubije mu buryo budasanzwe umuhungu muto wamubwiye ko mukeba we bahatanira uduhigo twinshi mu mupira wâamaguru, Lionel Messi, ari mwiza kumurusha. Tariki ya 3 Werurwe 2023 ubwo Cristiano yinjiraga mu rwambariro nyuma yâumukino Al Nassr yatsinzemo Al Baten, uyu mwana wari hafi yâumuryango yaramubwiye ati: […]
Kinshasa: Umunyemari Mwangachuchu yagejejwe mu rukiko ashinjwa ubugambanyi
Umudepite akaba n’umunyemari Edouard Mwangachuchu ufite sosiyete yâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro ya Bisunzu Mining ikorera mu gace ka Rubaya muri teritwari ya Masisi, ku wa 3 Werurwe 2023 yagejejwe mu rukiko rukuru rwa gisirikare, ashinjwa ubugambanyi no kubangamira umutekano wâigihugu. Mwangachuchu yatawe muri yombi nâabasirikare bo mu rwego rwâiperereza tariki ya 1 Werurwe 2023 nyuma yâaho […]
MONUSCO irasaba M23 gusubira muri Sabyinyo byihuse kandi nta mananiza

Misiyo yâamahoro yâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, MONUSCO, yasabye abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 guhagarika imirwano no gusubira mu birindiro bahozemo mu gice cya Sabyinyo, hatajemo amananiza no gukererwa. Ubu busabe bwatanzwe nâumuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita, kuri uyu wa 4 Werurwe 2023 ubwo yagiranaga ikiganiro nâabanyamakuru bari mu mujyi wa […]
General Niyongabo yahaye impanuro abasirikare bagiye muri Kivu yâAmajyaruguru

Umugaba Mukuru wâingabo zâu Burundi, General Prime Niyongabo, yahaye impanuro abasirikare bagiye mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa 4 Werurwe 2023. Nkâuko Gen. Niyongabo yari yabimenyesheje Umunyamabanga Mukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), Dr Peter Mathuki, aba basirikare bagiye muri Kivu yâAmajyaruguru kuri uyu wa 4 […]
Fire exchange between Rwanda-DRC forces at Rubavu border
Rwanda Defense Force announced that today at around 17h35, a soldier of the DR Congo army (FARDC) crossed over from DRC and shot at RDF soldiers manning the common border between ‘Grande BarriĂšre’ and ‘Petite BarriĂšre’ in Rubavu District. According to RDF, Rwandan side returned fire, killing the FARDC soldier on the Rubavu side, at […]
RDF yemeje ko abasirikare benshi ba RDC barashe ku birindiro byayo, yicamo umwe
Igisirikare cyâu Rwanda (RDF) cyatangaje ko ahagana saa kumi nâimwe nâiminota 35 zâumugoroba wâuyu wa 3 Werurwe 2023, umusirikare wa Repubulika ya demukarasi ya Congo yambutse ava mu gihugu cyabo, arasa ku bâu Rwanda bari ku burinzi hagati yâumupaka munini nâumuto wa Rubavu, na bo baramurasa, arapfa. RDF isobanura ko uyu musirikare amaze gupfa, bagenzi […]
Ku mupaka wâu Rwanda na RDC humvikanye amasasu menshi
Ku mupaka munini wâu Rwanda na Repubulika ya demukarasi ya Congo uzwi nka âGrande BarriĂšreâ humvikanye amasasu menshi ku mugoroba w’uyu wa 3 Werurwe 2023. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko mu masaa kumi n’imwe habayeho kurasana hagati yâinzego z’umutekano zâibihugu byombi nyuma yâaho umusirikare bikekwa ko ari uwa RDC yarashwe ubwo yageragezaga kwinjira mu […]
U Burundi bugiye kohereza ingabo muri Kivu yâAmajyaruguru
Umugaba Mukuru wâingabo zâu Burundi, Gen. Prime Niyongabo, yemeje ko abasirikare babo baroherezwa mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru kuri uyu wa 4 Werurwe 2023. Ni icyemezo yamenyesheje Umunyamabanga Mukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba, Dr Peter Mathuki. Kohereza ingabo zâu Burundi muri Kivu yâAmajyaruguru biri mu rwego rwo kubahiriza icyemezo cyafashwe nâabagaba bakuru bâibihugu byo mu […]
Nigeria: Peter Obi yiyemeje kuvuguruza komisiyo y’amatora, akerekana ko ari we Perezida mushya
Umunyapolitiki akaba nâumushoramari wo muri Nigeria, Peter Gregory Obi, yatangaje ko yiteguye kuvuguruza komisiyo yâigihugu yâamatora, INEC, akerekana ko ari we watsinze amatora yâUmukuru wâIgihugu, aho kuba Bola Tinubu. Tariki ya 1 Werurwe 2023, INEC yatangaje ko Tinubu wari umukandida wâishyaka APC riri ku butegetsi yagize amajwi 36%, akurikiranwa na Atiku Aboubakar wagize 29%, Peter […]
Fayulu abona gushoza intambara ku Rwanda byatuma RDC yubahwa n’amahanga
Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) abona igihugu cyabo cyakubahwa nâamahanga mu gihe cyaba gishoje intambara ku Rwanda yita âumushotoranyiâ. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 2 Werurwe 2023, Fayulu yagaragaje ko ijwi rirega u Rwanda rya Perezida wa RDC mu nama mpuzamahanga, byâumwihariko izâimiryango yo ku […]
SADC yohereje abasirikare i Goma

Itsinda ryâingabo zoherejwe nâumuryango wa Afurika yâamajyepfo, SADC, riri mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya demukarasi ya Congo kuva kuri uyu wa 2 Werurwe 2023. Iri tsinda ryakiriwe n’abasirikare batandukanye bo muri RDC barimo Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Gen. Constant Ndima. Umugaba Mukuru wâingabo za Namibia uriyoboye, Lt Gen. Pinehas Martin, yatangaje […]
Perezida Ndayishimiye yakiriye abasirikare bo mu karere, baganira ku gusubira inyuma kwa M23
Umukuru wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba akaba na Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa 2 Werurwe 2023 yakiriye itsinda ryâabasirikare bo muri aka karere nâakâibiyaga bigari, baganira ku gusubira inyuma kâumutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo. Abasirikare yakiriye ni Lt Gen. Silas Ntigurirwa usanzwe ari umujyanama […]
Gen. Mujinga yasobanuye ibyâingabo za Kenya zimaze iminsi muri Kisangani
Komanda wâakarere ka 31 kâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Brig. Gen. ThimothĂ©e Mujinga yasobanuye impamvu abasirikare ba Kenya bamaze iminsi mu mujyi wa Kisangani. Ni nyuma yâigitutu abaturage ndetse na Perezida wâInteko ishinga amategeko ku rwego rwâintara ya Tshopo bamaze iminsi bashyira kuri Leta ya RDC, bayigaragariza ko batazi impamvu izi ngabo ziri […]
RSF irasaba Leta y’u Burundi gufungura Irangabiye umaze amezi 6 muri gereza
Umuryango wâabanyamakuru ndengamupaka, RSF, urasaba Leta yâu Burundi gufungura umunyamakuru Floriane Irangabiye umaze amezi atandatu afungiwe muri gereza zitandukanye. Irangabiye yatawe muri yombi nâurwego rwâu Burundi rushinzwe iperereza, SNR, tariki ya 30 Kanama 2022 ubwo yageraga ku kibuga cyâindege cya Bujumbura, avuye mu Rwanda. Abamufunze bamubwiraga ko yagambaniye igihugu cye, agakorana “n’imitwe yitwaje intwaro irwanya […]
Angola yemeje ko yavuganye nâubuyobozi bwa M23
Ubutegetsi bwa Angola bwemeje ko buherutse kuganira nâabayobozi bâumutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC). Byemejwe na Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço mu kiganiro cyigariye yagiranye nâintumwa yihariye ya Radiyo Mpuzamahanga yâAbafaransa (RFI), LĂgia Anjos kuri uyu wa 1 Werurwe 2023. Anjos yamubajije ati: âBwana Perezida, mu […]
Visi Perezida wa Kenya yamaganye ubutinganyi, abwita ‘ibishitani’
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yamaganye yivuye inyuma ibikorwa byâabaryamana bahuje ibitsina bizwi nkâubutinganyi, abyita ibishitani bikwiye kurwanywa nâabarimo Perezida William Ruto. Ubwo yafunguraga ikigega cyâabagore kuri uyu wa 2 Werurwe 2023, Visi Perezida Gachagua yatangaje ko yatunguwe no kumva urukiko rwâikirenga rushinja Leta kwanga kwandika imiryango iharanira uburenganzira bwâabaryamana bahuje ibitsina nâabandi, bose […]
Gen. Kainerugaba yahawe uburenganzira bwo gukorera ibirori ku mupaka wâu Rwanda na Uganda
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba nâumujyanama we mu bikorwa byihariye byâigisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yahawe ubureganzira bwo gutegura no gukorera ibirori ku mupaka wâigihugu cyabo nâu Rwanda. Tariki ya 27 Gashyantare, Gen. Kainerugaba yatangarije abamukurikira kuri Twitter ko afite icyifuzo cyâuko mu rwego rwo kwishimira ifungurwa ryâumupaka wa Gatuna ryabaye […]
Colonel Alfred wa M23 aremeza ko FARDC yavumwe kubera gukorana na FDLR
Colonel Alfred uri mu bayobozi bakuru b’umutwe witwaje intwaro wa M23 aremeza ko ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, zavumwe kubera ko zikorana n’umutwe wa FDLR ugizwe n’abarimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda. Uyu musirikare ukomoka muri Kitshanga yatangaje aya magambo tariki ya 28 Gashyantare 2023 ubwo abarwanyi ba M23 bayobowe n’intumwa yihariye […]
Kinshasa: Fayulu arasaba UN na AU gukura FDLR muri RDC
Umuyobozi wâihuriro LAMUKA rigizwe nâimitwe ya politiki itavuga rumwe nâubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Martin Fayulu arasaba Umuryango wâAbibumbye nâuwa Afurika yunze ubumwe gukura abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa FDLR mu gihugu cyabo. Ubu busabe Fayulu yabutangiye mu itangazo rihamagarira Abanyekongo batuye mu mijyi minini yo muri RDC kwitabira imyigaragambyo yâamahoro yamagana byâumwihariko […]
Nyagatare: Abagizi ba nabi bateze umunyamakuru, bamukomeretsa bikomeye
Abagizi ba nabi bataramenyekana bategeye mu nzira umunyamakuru wa Radio Flash ukorera mu karere ka Nyagatare, Gumisiriza John, bamukomeretsa bikomeye mu mutwe. Kwigira Issa uyobora abanyamakuru bakorera mu ishami ryâiyi radiyo riri muri Nyagatare yatangarije Taarifa ko Gumisiriza yategewe hafi yâumugezi wâUmuvumba, akubitwa ikaro mu mutwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 28 Gashyantare 2023, […]
Umuhanzi Fally Ipupa yaganiriye na Perezida wâu Bufaransa ku ntambara ya M23 na FARDC

Umuhanzi wo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, Fally Ipupa NâSimba yahuye na Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, baganira ku kibazo cyâumutekano muke mu gihugu cyabo, byâumwihariko ku ntambara ya M23 nâigisirikare cya Leta. Fally yatangarije inkuru yo guhura na Macron ku rubuga rwa Twitter, agira ati: âNishimiye guhura na Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron. […]
Inteko ya Uganda yiyemeje guhangana n’abakwirakwiza ubutinganyi bifashishije amafaranga
Inteko ishinga amategeko ya Uganda yiyemeje guhangana nâabakwirakwiza ibikorwa byo kuryamana kwâabahuje ibitsina bizwi nkâubutinganyi bifashishije amafaranga. Umuyobozi wâiyi Nteko, Anita Annet Among, ubwo yari mu kiganiro nâabadepite bagenzi be kuri uyu wa 28 Gashyantare 2023, yatangaje ko batazemera ko hari abakomeza kugurisha indagagaciro zâabenegihugu. Yagize ati: “Ntabwo twishimira kubona indagagaciro zâabanya-Uganda bazangiza. Ntabwo twishimira […]
RDC yarakajwe nâamagambo Perezida Macron yavuze kuri M23
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yanenze amagambo Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ku ntambara yâumutwe witwaje intwaro wa M23 nâingabo zâigihugu cyabo. Kuri uyu wa 27 Gashyantare 2023, aganira nâabanyamakuru bari i Paris ku ruzinduko agiye kugirira ku mugabane wa Afurika, Perezida Macron yabajijwe nâumunyamakuru Christian Lusakueno wâUmunyekongo […]
Nigeria: Umunyemari Bola Tinubu yatsinze amatora ya Perezida
Umunyemari Bola Ahmed Tinubu usanzwe ari umuyoboke wâishyaka APC (All Progressives Congress) riri ku butegetsi muri Nigeria, yatsinze amatora yâUmukuru wâIgihugu. Komisiyo ya Nigeria ishinzwe amatora, INEC, kuri uyu wa 1 Werurwe 2023 yatangaje ko Tinubu wâimyaka 70 yâamavuko yatsindiye ku majwi 36%, akurikirwa na Atiku Abubakar wagize 29%, hakurikiraho Peter Obi wagize 25%. Nkâuko […]
Masisi: M23 ntiyorohewe nâurugamba rwâumunsi
Umutwe witwaje intwaro wa M23 ntabwo worohewe nâurugamba rwo kuri uyu wa 28 Gashyantare 2023 rwakomereje muri teritwari ya Masisi hafi yâumujyi wa Sake. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko uyu munsi, M23 yaherukaga gufata ibice bya Mushaki na Rubaya yiriwe iraswaho nâindege za kajugujugu, Sukhoi-25 ndetse nâibifaru byâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo […]
U Burusiya bwasubije Ukraine ko kwigarurira Crimea ari inzozi itazakabya
Ibiro bya Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya byasubije Ukraine ko kwisubiza igice cya Crimea yambuwe mu mwaka wâ2014 bitazashoboka. Umuvugizi wâibi biro, Dmitry Peskov, mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 27 Gashyantare 2023, yatangaje ko Crimea ari igice cyâu Burusiya. Ati: âCrimea ni igice cyâu Burusiya.â Peskov atangaje aya magambo nyuma yâaho tariki ya […]
Indi tariki M23 yahawe yo kurekura ibice yafashe yageze
Indi tariki umutwe witwaje intwaro wa M23 wahawe ngo utangire kurekura ibice wafashe mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) yageze. Iyi tariki, iya 28 Gashyantare 2023, yemejwe nâabagaba bakuru bâingabo zo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) ubwo bari bahuriye mu nama i Nairobi tariki ya 9 uku kwezi. Aba […]
Igisubizo cya Perezida Macron ku Munyekongo wamubajije niba hari icyo u Bufaransa buteganyiriza u Rwanda
Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron mbere yo gutangira uruzinduko ku mugabane wa Afurika, kuri uyu wa 27 Gashyantare 2023 yagiranye ikiganiro nâabanyamakuru bari bateraniye mu murwa mukuru, Paris. Ni uruzinduko azagirira mu bihugu bine birimo Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), aho azaba ajyanwe no gukomeza umubano mu nzego zitandukanye, zirimo nâurwâigisirikare. Mu banyamakuru bari […]
Umunyemari Dennis Karera ahangayikishijwe nâabize kaminuza batazi kwandika amabaruwa asaba akazi
Umunyemari Colonel (Rtd) Dennis Karera, nyirâinyubako ya Kigali Heights, ahangayikishijwe nâabize muri kaminuza mu byiciro bibanza badashobora kwandika amabaruwa asaba akazi. Izi mpungenge yazigaragarije mu nama yâigihugu yâUmushyikirano kuri uyu wa 27 Gashyantare 2023, abaza Minisitiri wâuburezi, Dr Uwamariya Valentine uko biba byagenze ngo ireme ryâuburezi ribure no muri kaminuza. Yagize ati: “Haracyari ikibazo hano, […]
Umusore wo muri Gisagara arifuza kuba mu bakire ba mbere 10 mu Rwanda
Umusore wo mu karere ka Gisagara witwa Munyankindi Abraham yatangaje ko afite intego yo kuba umwe mu bakire 10 u Rwanda ruzaba rufite mu myaka 10 iri imbere. Munyankindi ubwo yahabwaga ijambo mu nama yâigihugu yâUmushyikirano yatangiye kuri uyu wa 27 Gashyantare 2023, yavuze ko yize icyiciro cya gatatu cya kaminuza, amaze kurangiza, ajya ashaka […]
Geneva: Tshisekedi yasabye HCR guhuriza RDC n’u Rwanda mu biganiro
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yasabye ubuyobozi bwâishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe impunzi (HCR) guhuriza igihugu cye nâu Rwanda mu biganiro bigamije gufasha Abanyekongo baruhungiyemo gutaha. Tshisekedi yabisabiye mu nama yâishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu yabereye i Geneva mu Busuwisi kuri uyu wa 27 Gashyantare 2023. Ikibazo cyâizi mpunzi zâAbanyekongo […]
Umunyamakuru Nkundineza yatangaje ko yari yarashimuswe
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza umenyerewe mu nkuru zâubutabera yatangaje ko mu gihe yaburirwaga irengero, yari yarashimutiwe nâabapolisi kuri hoteli iherereye mu Kiyovu, mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro yagiriye kuri Jalas Official, Nkundineza yagize ati: âNashimuswe nâinzego zâubutasi ziri mu gice cya Polisi. Barambwiye ngo âNgwino tukubwire, turi inzego zâumutekanoâ. Ngo […]
Kenya yahaye Turukiya imfashanyo
Guverinoma ya Kenya yahaye iya Turukiya imfashanyo yâibikoresho bigenewe abagizweho ingaruka nâumutingito wibasiye iki gihugu mu ntangiriro zâuku kwezi kwa Gashyantare. Muri ibi bikoresho harimo amatente 353, amashitingi 14.245, ibiringiti 26.565, ibiryamirwa 34.705 na tapi 1.261. Byose hamwe bipimye toni 240. Ikinyamakuru Kenyans gisobanura ko Kenya yatanze iyi mfashanyo ibinyujije mu rwego rwâUmuryango wâAbibumbye rushinzwe […]
General Makenga yahishuye ikimenyetso cyatumye abategetsi muri RDC bemera ko M23 atari inyamahanga

Umugaba Mukuru wâingabo za M23, General Sultani Makenga, abinyujije mu mujyanama we Bahati Erasto, yahishuye ikimenyetso cyatumye abategetsi bo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo barimo Perezida FĂ©lix Tshisekedi bacururuka, bakemera ko uyu mutwe witwaje intwaro atari uwâAbanyarwanda nâAbagande. Nkâuko byemejwe na Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, Bahati yahishuye iki kimenyetso ubwo yaganirizaga abaturage bo […]
General Kainerugaba yatangaje ko ateganya gusura âintwariâ Putin
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni usanzwe ari nâumujyanama we wihariye mu bikorwa byihariye byâigisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganya gusura intwari ye, Vladimir Putin uyobora u Burusiya. General Kainerugaba yatangaje ko nyuma yâaho azasura Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, akazajyayo gushaka uko intambara âyâubusaziâ iki gihugu kimazemo umwaka yarangira. Uyu musirikare yagize ati: âVuba […]
Perezida Kagame aremeza ko Leta ya RDC yarenze umurongo utukura
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) bwarenze umurongo utukura ubwo bwahaga umutwe witwaje intwaro wa FDLR ubushobozi bwo kurasa mu Rwanda mu mwaka ushize. Umukuru wâIgihugu yabitangarije mu kiganiro cyibanda ku mutekano wo mu karere u Rwanda ruherereyemo yagiranye nâumunyamakuru Charles Onyango-Obbo wa The East African, wari i […]
Nigeria: Abatora Perezida bishe umuseseri wari mu buriganya bwâamajwi

Abaturage bo muri Nigeria bari bagiye gutora Umukuru wâIgihugu kuri uyu wa 25 Gashyantare 2023 bishe umuseseri wa komisiyo y’igihugu y’amatora wakoraga uburiganya bwâamajwi. Ikinyamakuru Sahara Reporters gisobanura ko aba baturage bakoreye urugomo mu mujyi wa Abuja, nyuma yo gusanga uyu museseri yifungiranye mu cyumba wenyine, atora umukandida uhagarariye ishyaka APC, Bola Tinubu, ku mpapuro […]
Henok Mulueberhan yegukanye Tour du Rwanda 2023, Perezida Kagame amukomera amashyi

Umunya-Eritrea Henok Mulueberhan ukinira ikipe ya Green Project yegukanye Tour du Rwanda 2023 yari imaze icyumweru iba. Ni nyuma yo kwegukana agace ka 8 kâibilometero 75.3 kavaga kuri Canal Olympia ku i Rebero, kagana i Nyamirambo, Nyakabanda, Kimisagara, Nyamirambo, Gitega, Muhima, Kanogo, Rugunga, Gikondo, gasoreza kuri Canal Olympia. Ni agace karebwe na Perezida wa Repubulika […]
Lt Gen. Muganga yasabye APR FC gukina na Musanze FC nkâidafite undi mukino isigaje

Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi bâiyi kipe gukina nâaba Musanze FC nkâabadafite undi mukino basigaje inyuma. Lt Gen. Muganga yabivuze nyuma yo gukurikirana imyitozo ya nyuma ya APR FC yabereye muri Stade Ubworoherane, mbere yo gukina na Musanze FC umukino wa shampiyona yâicyiciro cya mbere kuri uyu wa 26 […]
Tshisekedi yasabiye u Rwanda kwamburwa uburenganzira bwose rufite muri CEEAC
Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yasabiye u Rwanda kwamburwa uburenganzira bwose rufite mu muryango wâubukungu wâibihugu byo mu karere ka Afurika yo gahati, CEEAC. Tshisekedi yabisabiye mu nama isanzwe ya 22 yâabakuru bâibihugu na za guverinoma zo muri CEEAC yabereye i Kinshasa muri RDC kuri uyu wa 25 Gashyantare 2023, […]
Zelensky yibutse umwaka Ukraine imaze mu ntambara, amenyesha u Burusiya ko nta ntsinzi buzabona
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, kuri uyu wa 24 Gashyantare 2023 yibutse umwaka ushize igihugu cye kiri mu ntambara, amenyesha u Burusiya bwayibashojeho ko nta ntsinzi buzigera bubona. Zelensky mu ijambo rirerire yagejeje ku banya-Ukraine, yavuze ko ubwo Abarusiya batangizaga iyi ntambara, babateraga ubwo ko mu gihe batamanika amaboko nta nâumwe uzaba ukiriho nyuma yâamasaha […]
Uwabaye Umuvugizi wa Perezida Ndayishimiye yagizwe Umuyobozi wâurwego rushinzwe itangazamakuru
Alain-DiomĂšde Nzeyimana wahoze ari Umuvugizi wa Perezida Evariste Ndayishimiye wâu Burundi yagizwe Umuyobozi wâurwego rwâigihugu rushinzwe itumanaho nâitangazamakuru. Minisitiri wâIntebe, Gervain Ndirakobuca na Minisitiri LĂ©ocadi Ndacayisaba ushinzwe itumanaho, ikoranabuhanga nâitangazamakuru bashyize umukono ku cyemezo giha Nzeyimana iyi nshingano tariki ya 23 Gashyantare 2023. Muri uru rwego, Oscar Nzohabonayo yagizwe umuyobozi wâishami ryâitumanaho, Aloys Hoziyo agirwa […]