Tottenham yirukanye umutoza n’abamwungirije nyuma yo kunyagirwa na Manchester United

Ubuyobozi bukuru bwa Tottenham Hotspur bumaze gufata icyemezo cyo kwirukana umutoza mukuru, Nuno Espirito Santo na babiri bari bamwungirije, Rui Barbosa na Antonio Dias bazira umusaruro mubi. Umuyobozi ushinzwe umupira w’amaguru muri Tottenham, Fabio Paratici yagize ati; “Nuno ndamuzi neza, hamwe n’abamwungirije bifuzaga gutsinda, mbabajwe no kuba twafashe iki cyemezo.” Nuno n’abamwungirije birukanwe nyuma y’aho […]

Dr Mutua ntiyumva ukuntu peteroli mu Rwanda ihenduka kurusha muri Kenya kandi ruyikura i Mombasa

Guverineri wa Machakos muri Kenya, Dr Alfred Mutua uteganya kwiyamamariza kuyobora iki gihugu, ntabwo yumva ukuntu peteroli yo mu Rwanda ihenduka kurusha iy’iwabo kandi ari yo ituruka. Yabitangarije ku rubuga rwa Twitter guhera tariki ya 28 Ukwakira 2021 nyuma y’uruzinduko aherutse kugirira mu Rwanda. Dr Mutua yasuye sitasiyo y’ibikomoka muri peteroli mu mujyi wa Kigali […]

Ba GĂ©nĂ©ral bayoboye Kivu y’Amajyaruguru na Ituri barasabwa kwegura

Abadepite bahagarariye intara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), barasabira abasirikare babiri bayoboye izi ntara kwegura kuri iyi nshingano kuko batabashije gukemura ikibazo cy’umutekano muke nk’uko babyitezeho. Aba basirikare ni Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Ndima Constant Kongba uyoboye Kivu y’Amajyaruguru na Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Luboya N’Kashama Johnny uboye Ituri, bahawe iyi nshingano na Perezida […]

Perezida Kagame yatanze inshingano aranirukana, Rashid muri yombi, Senateri Evode arasezerana; inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 25 Ukwakira 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izerekeye politiki, ubutabera n’umutekano. Harimo ko: Perezida Kagame yatanze inshingano aranirukana Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame tariki ya 27 Ukwakira 2021 yahinduriye inshingano uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Nyirarukundo Ignatienne. Nyirarukundo yagizwe umujyanama […]

Ezekiel na Esther begukanye EAGT mu 2019 bavuga ko batarahabwa Frw agera kuri miliyoni 50 batsindiye

ezek_and_est.jpg

Itsinda ry’abavandimwe babiri bafite impano yo kuririmba bakomoka muri Uganda, Ezekiel na Esther Mutesasira rivuga ko ritarahabwa amadolari ya Amerika ($) 50,000 batsindiye ubwo begukanaga irushanwa rya East Africa Got Talent riheruka. Tariki ya 6 Ukwakira 2019 ni bwo Ezekiel w’imyaka 13 y’amavuko na Esther w’imyaka 16 begukanye iri rushanwa, babikesha impano idasanzwe bagaragaje mu […]

Israel: Umukobwa amaze gufungwa gatatu azira kwanga kujya mu gisirikare

Umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko wo muri Israel witwa Shahar Perets avuga ko amaze gufungwa inshuro eshatu azira kwanga kujya gukora imyitozo mu gisirikare cy’igihugu. Shahar mu kiganiro yagiranye na BBC, ubwo yari afunguwe nyuma yo kumara iminsi 18 muri gereza y’igisirikare yavuze ko yafashe iki cyemezo kubera ko ngo adashyigikiye ko Israel ikomeza kwanga ubwigenge […]

Cabo Delgado: RDF na FADM birukanye ibyihebe mu birindiro bishya byari byarashinze

ibikoresho-3.jpg

Ibyihebe by’umutwe w’iterabwoba ukorera mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique byari byarashinze ibindiro bishya bitandukanye nyuma yo kwirukanwa n’ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’iz’iki gihugu. Tariki ya 9 Nyakanga 2021 ni bwo u Rwanda rwatangiye kohereza ingabo muri Mozambique, ubu iziriyo zikaba zikabakaba 2000 nk’uko biherutse gutangazwa na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Mu […]

Perezida Kenyatta yavuze ko mu bifuza kumusimbura harimo ibisambo n’amabandi

Perezida wa Repubulika ya Kenya, Uhuru Kenyatta, yabwiye abaturage ko mu bifuza kumusimbura ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu harimo ibisambo n’amabandi, abasaba kutazabatora kuko ngo bakwangiza ibyo yabagejejeho. Perezida Kenyatta yabitangarije abatuye mu Karere ka Kiambu ubwo yabasuraga ku wa 29 Ukwakira 2021. Ku mahitamo y’uzamusimbura, Perezida Kenyatta yasabye aba baturage ati; “Ndabasaba kudashukwa. Muhitemo abayobozi […]

Muhire yakoze ubukwe n’umukunzi we wamurwaje igihe kirekire, akanamuha impyiko

muhire-2.jpg

Muhire Jean Claude ufite umuryango Love the Kids ufasha abana bavuka mu miryango itishoboye ukorera mu Murenge wa Kimisagara Karere ka Nyarugenge, yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwera Ingabire Marie Reine wamurwaje igihe kirekire, akanamuha impyiko. Ubu bukwe bwabereye muri kiliziya yitiriwe Mutagatifu Dominiko (St Dominic Chapel) ku Kacyiru, mu Karere ka Gasabo ya Kigali, kuri […]

Abasivili barimo abana bari gufasha igisirikare kurwanya TPLF na TDF

salida.png

Abasivili barimo abana bafite imyaka y’amavuko iri munsi ya 18 bari gufasha igisirikare cy’akarere ka Amhara muri Ethiopia kurwanya umutwe witwaje intwaro wa TPLF na TDF iharanira ubwigenge bw’akarere ka Tigray. Aba basivili biganjemo urubyiruko batangiye kwiyunga n’igisirikare muri Nyakanga 2021 ubwo umuyobozi w’akarere, Agegnehu Teshager yabahamagariraga gufata intwaro, nabo bakarwanya iyi mitwe yijwaje intwaro […]

Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda zatabaye uwakoze impanuka

unmiss2.jpg

Ingabo z’u Rwanda (abasirikare n’abapolisi) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), zatabaye umushoferi wakoze impanuka, zimuha ubufasha bw’ibanze. UNMISS ku rubuga rwa Twitter yahatangarije ko izi ngabo zabikoze zari ku burinzi zerekeza mu gace ka Aru, zisanga uyu mushoferi yakoze impanuka ikomeye. Zahise zimuha ubufasha bw’ibanze burimo kumupfuka ahari ibikomere, zirangiza […]

Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia yasabye imbabazi, ngo yarahemutse

Edgar Lungu wabaye Perezida wa Repubulika ya Zambia yasabye abaturage bose imbabazi kubera ko yabahemukiye, akabatererana mu myaka 10 yamaze ku butegetsi. Mu butumwa uyu munyapolitiki yatanze kuri uyu wa 29 Ukwakira 2021, yavuze ko we n’ishyaka PF bakoze amakosa, batuma abaturage babatakariza icyizere, ntibongera kumutora. Yagize ati: “Twakoze amakosa mu kazi, twakoze bike mu […]

Ibitaro bya MBC byari biherutse gufungwa burundu, byakomorewe

Minisiteri y’Ubuzima yafashe icyemezo cyo gukomorera ibitaro byigenga bya MBC nyuma y’ibyumweru bitatu birenga gato ibifunze burundu kubera amakosa atandukanye yatumaga biha abakiriya serivisi mbi. Tariki ya 1 Ukwakira 2021 ni bwo MINISANTE yafashe icyemezo cy’uko guhera tariki ya 6 ifunga burundu ibi bitaro, bigendanye n’ubugenzuzi yari imaze ikora mu mavuriro yigenga, aho yasanze MBC […]

Hakuzimana Rashid yari yitabye RIB yitwaje uburoso bw’amenyo na kambambiri

Hakuzimana Abdou Rashid wamenyekaniye mu biganiro bitavugwaho rumwe ku rubuga rwa YouTube, yatangaje ko yitabye urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, yitwaje uburoso bw’amenyo n’inkweto za kambambiri zo gukarabiramo, atekereza ko ashobora gutabwa muri yombi. Mu masaa yine y’igitondo cyo kuri uyu wa 28 Ukwakira 2021 ni bwo Hakuzimana wari uherekejwe n’umugore we hamwe n’umwunganizi we […]

Umunyamakuru yategetswe kwishyura uwabaye Minisitiri indishyi ya Frw arenga miliyari ebyiri

membe.jpg

Urukiko rukuru rwa Dar es Salaam muri Tanzania rwategetse umuyobozi w’igitangazamakuru Tanzanite, Cyprian Musiba kwishyura Bernard Kamillius Membe wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga indishyi ya miliyari 6 z’amashilingi (Frw miliyari 2.6). Urukiko rwafashe iki cyemezo nyuma yo guhamya Musiba icyaha cyo kwanduriza izina Membe mu 2018. Muri uwo mwaka ni bwo Membe yitabaje ubutabera arega Musiba […]

U Bwongereza burakura ibihugu byose ku rutonde rutukura

Guverinoma y’u Bwongereza yafashe icyemezo cyo gukura ibihugu byose ku rutonde rutukura rusanzwe ruriho ibyibasiwe cyane n’icyorezo cya Covid-19. Nyuma y’impinduka ziherutse gukorwa mu ntangiriro z’uku kwezi, ibihugu birindwi (7) ni byo byari bisigaye kuri uru rutonde. Ibi ni: Ecuador, Dominican Republic, Colombia, Peru, Panama, Haiti na Vanezuela. Amabwiriza y’iki gihugu avuga ko abagenzi baturuka […]

Mu Bwongereza: Abakingiriwe Covid-19 mu Rwanda ntibazongera gufatwa nk’abatarakingiwe

Guverinoma y’u Bwongereza yafashe icyemezo cyo kongera u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu inkingo za Covid-19 zatangiwemo zizajya zihabwa agaciro mu gihe baba bagezeyo. Inkingo zemewe mu Bwongereza ni enye: Pfizer BioNTech, Oxford/AstraZeneca, Moderna na Janssen. Iki gihugu mu minsi ishize cyari giherutse gutangaza ko abagenzi baturutse ku mugabane wa Afurika, muri Amerika y’Amajyepfo no mu […]

UN yasabye CAR guhagarika imikoranire n’abacancuro ba Wagner

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (UN) zasabye Repubulika ya Centrafrika (CAR) guhagarika imikoranire n’umutwe w’abacancuro Wagner Group, ukomoka mu Burusiya. Izi mpuguke zatanze ubu busabe kuri uyu wa 27 Ukwakira 2021 nyuma y’isuzuma zimaze igihe zikora ku basirikare b’uyu mutwe wigenga, bigendanye n’ibyaha bashinjwa gukorera muri CAR birimo gukorera abasivili ihohotera ririmo irishingiye ku gitsina no kubatera […]

Mugabo yahishuye uko General Numbi yamuhungishije nyuma yo kwica Chebeya na Bazana

Jacques Mugabo wabaye umupolisi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa 27 Ukwakira 2021 yahishuriye urukiko rwa gisirikare rwa Ndolo uko uwari Komiseri Mukuru, Gen. John Numbi yagiye amuhungisha nyuma yo kwica impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Floribert Chebeya n’umushoferi we FidĂšl Bazana. Chebeya na Bazana biciwe ku biro bikuru bya Polisi ya […]

Urubanza rw’abarimo umunyamakuru Nsengimana rwasubitswe

Iburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’abantu 6 barimo umunyamakuru Nsengimana ThĂ©oneste wa Umubavu TV n’abayoboke b’ishyaka DALFA Umurinzi ritaremerwa mu Rwanda ryasubitswe batarasomerwa ibyaha baregwa. Tariki ya 14 Ukwakira 2021 ni bwo urwego rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batandatu (6) barimo Nsengimana, bakurikiranweho gutangaza amakuru y’ibihuha agamije guteza imvururu n’imidugararo muri rubanda. […]

Kenya: Abaganga 290 muri 300 bari baroherejwe gukorera mu Bwongereza, batsinzwe Icyongereza

Minisitiri w’Ubuzima wa Kenya, Mutahi Kagwe yababajwe n’uko abashomeri 290 muri 300 bize ubuvuzi Leta yari yarashakiye amahirwe yo kujya gukorera mu Bwongereza, batsinzwe ikizamini cy’ururimi rw’Icyongereza. Aba bashomeri baratoranyijwe ngo bakore ikizamini, abagitsinda bajye gukorera urwego rw’u Bwongereza rushinzwe ubuzima, hanyuma bazasubire muri Kenya bahabwe akazi. Bakoze ikizamini, gusa kuri uyu wa 27 Ukwakira, […]

Minisitiri Wilmùs avuga ko amateka ashobora kwiyandikira ‘mu bujurire bwa Rusesabagina’

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Sophie WilmĂšs yatangaje ko amateka ashobora kwiyandikira mu bujurire bw’umwenegihugu wabo akaba n’uw’u Rwanda, Paul Rusesabagina. Minisitiri WilmĂšs yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu 27 Ukwakira 2021 ubwo yari mu Rwanda, mu ruzinduko rwaranzwe n’ibikorwa bitandukanye birimo kwitabira inama y’abaminisitiri b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe, AU, n’uw’ubumwe […]

Minisitiri Ndirakobuca yirukanye AIM Global mu Burundi

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere n’iterambere ry’abaturage, Gervais Ndirakobuca yirukanye umuryango witwa Alliance in Motion (AIM) Global mu Burundi awushinja gukora ibihabanye n’intego yayo. Itangazo Minisitiri Ndirakobuca yashyizeho umukono tariki ya 19 Ukwakira 2021, risobanura ko impamvu y’ihagarikwa rya AIM Global ari uko ku ruhande rumwe ikora nka ASBL, ku rundi ruhande igakora nk’umuryango w’ubucuruzi. Minisitiri Ndirakobuca […]

Perezida Kagame yeguje Umuyobozi Mukuru wa RFA

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuri uyu wa 27 Ukwakira 2021 yeguje Mugabo Jean Pierre wari Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba, RFA. Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente rivuga ko iyi mpinduka ihita ishyirwa mu bikorwa. Spridio Nshimiyimana ni we usimbuye Mugabo kuri iyi nshingano mu buryo bw’agateganyo.

Nyirarukundo Ignatienne yahinduriwe inshingano

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahinduriye inshingano abanyamabanga babiri muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC. Aba ni Nyirarukundo Ignatienne wari umunyamabanga wa Leta muri MINALOC ashinzwe imibereho y’abaturage. Yagizwe umujyanama mukuru ushinzwe gahunda y’imibereho myiza y’abaturage mu biro bya Minisitiri w’Intebe. Undi ni Ingabire Assumpta wari umunyamabanga uhoraho muri MINALOC. Yasimbuye Nyirarukundo.

Kenya: Abavandimwe bishe murumuna wabo bamutwikishije peteroli

Polisi ya Kenya yataye muri yombi abavandimwe babiri nyuma y’aho batwitse murumuna wabo w’imyaka 14, bamukeka ko ashobora kuba yabareze ko bibye telefone. Nation dukesha aya makuru ivuga ko aba bavandimwe bakimara kumenya ko ubujura bwabo bwamenyekanye, bajyanye murumuna wabo mu nzu, bamusukaho peteroli hanyuma baramutwika. Uyu mwana wari wahiye cyane, kuri uyu wa 26 […]

Mutabazi wirukanwe muri Green Party ahakana ubugambanyi

Mutabazi Ferdinand uherutse kwirukanwa burundu mu ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) yari ahagarariye mu Ntara y’Amajyepfo, ahakana ubugambanyi. Tariki ya 24 Ukwakira 2021, ni bwo Komite Nyobozi Nshingwabikorwa y’iri shyaka yirukanye burundu Tuyishime Deogratious na Mutabazi, ngo “aho byagaragaye ko bafite imigambi mibisha kandi y’ubugambanyi yo gusenya ishyaka, barisenyera mu ryo benda gushinga, […]

Ntabwo ingabo z’u Rwanda zagiye gusimbura iza SADC_Perezida Chakwera

Perezida wa Repubulika ya Malawi, Lazarus Chakwera yatangaje ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zitagiye gusimbura iz’umuryango w’akarere ka Afurika y’amajyepfo, SADC. Perezida Chakwera unayoboye SADC yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa France 24, Marc Perelman cyerekeye politiki n’umutekano bya Afurika. Umunyamakuru yamubajije ku musanzu ingabo […]

Tanzania ntizongera guha ubwenegihugu impunzi z’Abarundi zitifuza gutaha

Leta ya Tanzania yatangaje ko itazongera guha ubwenegihugu impunzi z’Abarundi zitifuza gusubira mu gihugu cyazo, zivuga ko ikibazo cy’umutekano muke zahunze kikiriyo. Nk’uko VOA yabitangaje, umuyobozi ushinzwe impunzi muri Tanzania, Sudi Mwakibasi, avuga ko Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye mu ruzinduko rw’iminsi itatu aherutse kugirira mu gihugu cyabo, yavuze ko umutekano n’amahoro byagarutse, ku buryo […]

Perezida wa Nigeria yamuritse ifaranga ry’ikoranabuhanga, u Rwanda ruracyabyigaho

Perezida wa Repubulika ya Nigeria, Muhammadu Buhari yamuritse ifaranga ry’ikoranabuhanga (digital currency) rizajya rikoreshwa mu gihugu cye, e-Naira rikomora izina ku rifatika (physical currency) risanzweyo. Uyu muhango wabaye ku wa Mbere tariki ya 25 Ukwakira 2021. Perezida Buhari yatangaje ko yishimiye kuba igihugu cye cyarabaye icya mbere ku mugabane cyemeje ku mugaragaro ikoreshwa ry’iri faranga, […]

Kayonza: Abaturage ntibashaka umuyobozi bavuga ko yegukanye umwanya batamutoye

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kabuye, Akagari ka Rurambi, Umurenge wa Nyamirama, bavuga ko batunguwe no kumva ngo hari uwegukanye umwanya w’ushinzwe umutekano witwa Nzavugankize Claude kandi bataramutoye mu bahagararira Isibo. Aba baturage babitangarije BTN TV dukesha iyi nkuru ubwo bakoraga igisa n’imyigaragambyo, bamagana ishyirwaho ry’uyu muyobozi bavuga ko ritakurikije amabwiriza agenga amatora. Umwe muri […]

Perezida Museveni yahinduye Komanda wa Military Police

nabasa.jpg

Perezida wa Repubulika ya Uganda akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Yoweri Museveni kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021 yahinduye umuyobozi w’umutwe w’igisirikare ushinzwe imyitwarire uzwi nka Military Police. Uwahawe iyi nshingano nshya ni Maj. Gen. Don Nabasa wari umaze umwaka ayoboye ingabo za Uganda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) muri Somalia, […]

Kayonza: Umugabo yishe mugenzi we amuziza Frw ibiceri bibiri

Umugabo witwa Ntimugura utuye mu Mudugudu wa Kamonyi, Akagari ka Gikaya, Umurenge wa Nyamirama muri Kayonza, aravugwaho kwica mugenzi we witwa Ahirushakiye Jean Pierre amuziza amafaranga y’u Rwanda 200. BTN TV dukesha iyi nkuru yatangaje ko iki cyaha cyakozwe mu ijoro ryo ku wa 23 rishyira uwa 24 Ukwakira 2021. Uwo mu muryango we yasobanutse […]

Ingabo z’u Burundi, iza Uganda n’iza Somalia zirukanye Al Shabaab mu birindiro bikuru

amisom-2.jpg

Ingabo z’u Burundi n’iza Uganda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika yunze ubumwe muri Somalia, AMISOM, zifatanyije n’iz’iki gihugu kwirukana abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab mu birindiro byabo bikuru mu karere ba Basra. AMISOM kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021 yatangaje ko izi ngabo zabigezeho nyuma ya operasiyo yo guhiga aba barwanyi yatangiye […]

General Odongo wo muri Uganda ari mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, General Jeje Odongo ari mu Rwanda kuva ejo ku wa 25 Ukwakira 2021. Akigera mu Rwanda, General Odongo yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, uyu munyapolitiki wabaye umusirikare yasobanuye ko yaje kwitabira inama y’abaminisitiri b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe, AU […]

Mbere yo kugera mu Rwanda, Minisitiri Riester yabanje muri Uganda

Minisitiri w’u Bufaransa ushinzwe ubucuruzi mu mahanga no kubaka ubukungu, Franck Riester yabanje muri Uganda, mbere yo kugera mu Rwanda kuri uyu wa 26 Ukwakira 2021. Muri Uganda, Riester yakiriwe na Perezida w’iki gihugu, Yoweri Museveni, amugezaho ubutumwa yahawe na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron. Perezida Museveni amaze kubitangariza ku rukuta rwa Twitter, agira […]

RIB yongeye guhamagaza Hakuzimana Rashid

Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwongeye guhamagaza Hakuzimana Abdou Rashid ukunze kumvikana mu biganiro bitavugwaho rumwe ku rubuga rwa YouTube. Ibaruwa ya RIB yashyizweho umukono n’umugenzacyaha Jules Mutabazi kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021 inakirwa na Hakuzimana uyu munsi, igira iti: “
utumiwe ku biro bikuru by’ubugenzacyaha bikorera ku Kimihurura mu karere ka Gasabo ku itariki […]

Mali yirukanye uhagarariye ECOWAS

Guverinoma ya Mali yahaye uhagarariye umuryango wa Afurika y’Uburengerazuba, Hamidou Boly amasaha 72 ngo abe yavuye mu gihugu cyayo. Itangazo iyi guverinoma yatambukije kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021, risobanura ko Hamidou Boly yirukanwe azira gukora ibitandukanye n’inshingano ye. Iri tangazo rigira riti: “Guverinoma ya Repubulika ya Mali yafashe icyemezo cyo kwemeza […]

Perezida wa Repubulika agira imbabazi ntemera_Ingabire Immaculée

Umuyobozi w’umuryango Transparency International-Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, Ingabire Marie ImmaculĂ©e avuga ko Perezida wa Repubulika agira imbabazi atemera. Ingabire yabitangarije mu kiganiro Ishusho y’Icyumweru cyo kuri RBA cyatambutse kuri uyu wa 24 Ukwakira 2021, cyari cyerekeye ibyaha bya ruswa no kunyereza umutungo n’uburyo ababigiramo uruhare bakurikiranwa. Yavuze ko abakurikiranwaho iki cyaha mu Rwanda ari bake […]

Abandi ba Guverineri bo mu Rwanda barahura n’abo mu Burundi

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG Gasana Emmanuel n’uw’iy’Amajyepfo, Kayitesi Alice barahura na bagenzi babo bo mu Burundi, bagirane ibiganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi. Iyi nama irabera ku mupaka wa Gasenyi-Nemba ahaherera mu Karere ka Bugesera, kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021. Ba Guverineri bo mu Burundi bitabira iyi nama ni uw’Intara ya Kirundo na Muyinga […]

Rulindo: Umugore wishinganishije ku buyobozi yishwe atwikishijwe lisansi

Mukagatare Clementine wari utuye mu Mudugudu wa Nyabyondo w’Akagari ka Rutonde k’Umurenge wa Shyorongi w’Akarere ka Rulindo, yishwe n’umuntu utaramenyekana wamusutseho lisansi, arangije aramutwika. Umuseke dukesha iyi nkuru watangaje ko Mukagatare wari ufite imyaka 45 y’amavuko yishwe tarikiya 20 Ukwakira 2021 ubwo yari hafi y’inzu ye. Amakuru y’ibanze kuri Mukagatare avuga ko yari yarishinganishije ku […]

Sudani: Minisitiri w’Intebe n’abandi batanu bafunzwe n’abasirikare

Umutwe w’abasirikare bo muri Sudani bivugwa ko utazwi wataye muri yombi Minisitiri w’Intebe, ba Minisitiri bane n’umwe mu bagize akanama kayoboye igihugu. Televiziyo Al Hadath yo muri Sudani ivuga ko aba basirikare bagabye igitero ku rugo rwa Minisitiri w’Intebe, Abdallah Hamdok kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021, iz’aba baminisitiri n’uyu muyobozi, zibafata bugwate. Itabwa muri […]

Abasirikare ba RDF muri RDC, aba FLN bashyikirijwe u Rwanda n’amavugurura mu burezi; inkuru nyamukuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 18 Ukwakira 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izirebana n’umutekano, ubutabera n’uburezi. Harimo: Abasirikare b’u Rwanda bisanze muri RDC Tariki ya 18 Ukwakira 2021, igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) cyatangaje ko mu gitondo cy’uwo munsi, abasirikare b’u Rwanda bakandagiye ku butaka bwabo mu gace ka Kibumba, habaho ukurasana […]

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo araza mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane wa Afurika y’Epfo, Dr Naledi Pandor araza i Kigali mu Rwanda kuri uyu wa 25 Ukwakira 2021. Ibiro bya Afurika y’Epfo bishinzwe ububanyi n’amahanga, DIRCO, bivuga ko Dr Pandor araba aje kwitabira inama ya kabiri ihuza abaminisitiri b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) n’uw’ubumwe bw’Uburayi, EU. Iyi nama iraba […]

Umugabo yisabiye gufungwa, ngo aho kubana n’umugore we

Umunya-Albania w’imyaka 30 y’amavuko utuye mu Butaliyani yahunze umugore we, yishyira mu maboko y’urwego rushinzwe umutekano rwa Carabinieri kugira ngo rumufunge, ngo “aho kugira ngo bakomeze babane”. Uru rwego rwatangaje ko uyu mugabo yarugezeho kuri uyu wa 24 Ukwakira 2021, avuga ko atagishoboye kubana n’umugore we kuko urugo rwabo rumeze no mu kuzimu. Yagize ati: […]

Minisitiri Riester wo mu Bufaransa ategerejwe mu Rwanda

Minisitiri ushinzwe ubucuruzi mu mahanga no kubaka ubukungu w’u Bufaransa, Franck Riester ategerejwe mu Rwanda ku wa Kabiri tariki ya 26 Ukwakira 2021. Mu ruzinduko rw’umunsi umwe Minisitiri Riester azagirira mu Rwanda, azaba ari kumwe n’itsinda n’abahagarariye ibigo by’ishoramari n’iby’ubucuruzi. Mu Rwanda bazakirwa n’abaminisitiri barimo uw’Ubucuruzi n’Inganda, Habyarimana BĂ©ata n’itsinda ry’abahagarariye urwego rw’abikorera, baganire ku […]

Bruce Melodie yavuze ko atigeze agura imodoka ya Frw akabakaba miliyari

Umuhanzi Itahiwacu Bruce, Bruce Melodie, yanyomoje amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko yaguze imodoka ifite agaciro gakabakaba miliyari y’amafaranga y’u Rwanda. Muri Nzeri 2021 ni bwo byavuzwe ko uyu muhanzi yatumije/yaguze imodoka ya Brabus 700, imwe mu zo icyamamare mu mupira w’amaguru, Cristiano Ronaldo afite. Ni inkuru yasakaye nyuma y’igihe kijya kugera ku kwezi […]

Tuzatsinda ubu bugizi bwa nabi nk’uko twatsinze ubw’ingurube_Museveni ku gitero cyagabwe i Kampala

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagaragaje ko yababajwe cyane n’abaraye bagabye igitero cy’iterabwoba muri Kampala, ahiga ko bazatsindwa nk’uko abo yise ingurube batsinzwe mu minsi ishize. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Ukwakira 2021 ni bwo muri Zone ya Kwata, Komamboga muri Diviziyo ya Kawempe haraye humvikanye iturika ry’igisasu cyatezwe n’abataramenyekana. […]

Nigeria: Abitwaje intwaro batorokesheje imfungwa 837, gereza isigaramo 70

Abitwaje intwaro bataramenyekana bagabye igitero kuri gereza yo muri Nigeria iherereye mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu, babohoramo 837 bataraburanishwa, hasigaramo 70 gusa. Umuvugizi w’urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa, Olanrewaju Anjorin yabwiye itangazamakuru ko abitwaje intwaro bagabye igitero kuri iyi gereza mu masaa tatu y’ijoro ryo ku wa 22 Ukwakira 2021. Muri iryo joro, ngo aba bitwaje intwaro […]

Bruce Melodie yasubije abatemera amasezerano yasinye ya Frw miliyari

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yasubije abatemera inkuru y’uko yasinye amasezerano afite agaciro ka miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda (Frw 1,000,000,000) n’ikigo kigurishiriza ibiribwa kuri interineti cyitwa Food Bundles. Aya makuru yemejwe na nyir’iki kigo, Shikama Dioscore mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru muri Kanama 2021, ashimangira ko atari igihuha. Yagize ati: “Ntabwo ari igihuha, […]

Perezida Kagame yizihije isabukuru y’amavuko n’inshuti n’umuryango

umwana.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko yizihije isabukuru ye y’amavuko ari kumwe n’inshuti n’umuryango. Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2021, Perezida Kagame ni bwo yujuje imyaka 64 y’amavuko, yifurizwa umunsi mwiza na bamwe mu Banyarwanda bakoresha imbuga nkoranyambaga nka Twitter na bamwe mu bayobozi bakuru. Umukuru w’Igihugu mu rukerera rw’uyu wa 24 […]

Abanyamerika baba muri Kenya basabwe ‘kwirinda’

Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zasabye abenegihugu kutajya mu duce twa Kenya twegereye umupaka wayo na Somalia bitewe ahanini n’impungenge z’ibikorwa by’iterabwoba. Itangazo ryashyizwe hanze na Ambasade ya USA muri Kenya kuri uyu wa 21 Ukwakira 2021, ribuza kandi Abanyamerika kujya mu gace ka Turkana bitewe n’ibyaha byinshi bikorerwamo, Eastleigh na Kibera bitewe n’impungenge […]

Rubavu: Umusore yishwe arashwe n’abataramenyekana

Umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Hitimana Shurudiya wari utuye mu Kagari ka Nyamirango, Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu, mu rukerera rwo kuri uyu wa 22 Ukwakira 2021 yishwe arashwe n’abantu bataramenyekana. Mukuru wa nyakwigendera witwa Hazarerimana Joseph yemeje inkuru y’urupfu rwa murumuna we. Mu kiganiro yagiranye na Umuryango, yagize ati: “Uriya mwana nta […]

AMISOM yemeje ko abasirikare ba Uganda bishe abasivili baragezwa mu rukiko

Akanama k’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somalia (AMISOM) gashinzwe iperereza, kamaze kwemeza ko abasirikare ba Uganda baburimo bishe abasivili 7 tariki ya 10 Kanama 2021, kanemeza ko bagiye gukurikiranwa n’ubutabera. Aba basirikare ba Uganda bishe aba banya-Somalia mu gace ka Golweyn ubwo bari bamaze kugwa mu mutego w’umutwe w’iterabwoba […]

Urukiko rwakatiye babiri bafatanywe na Kizito Mihigo

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye abagabo babiri bafatanywe na nyakwigendera umuhanzi Kizito Mihigo mu 2020 ubwo bari bagiye kumwambutsa mu buryo butemewe, ajya mu Burundi avuye mu Karere ka Nyaruguru. Aba ni Jean Bosco Nkundimana wabaye umukozi wo mu rugo wa Kizito Mihigo na Joel Ngayabahiga, bashinjwaga icyaha cyo kuba icyitso cyo kwambuka cyangwa kwambutsa […]

Perezida Ndayishimiye ageze i Dodoma muri Tanzania

dodoma.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye hamwe n’umufasha we Angeline Ndayubaha bageze Dodoma muri Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Dodoma, Perezida Ndayishimiye yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Tanzania, Ambasaderi Liberata Mulamula mu kanya gashize. Bavuye ku kibuga cy’indege berekeza ku biro by’Umukuru w’Igihugu wa Tanzania biherereye Chamwino, aho […]

Imyitozo y’ingabo z’ibihugu bya EAC iri gutegurwa

Abahagarariye ingabo z’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bamaze iminsi itatu mu nama iri kubera muri hoteli Source of Nile muri Jinja ya Uganda, bategura imyitozo izi ngabo zihuriraho izwi nka Ushirikiano Imara. Iyi myitozo iba igamije kwitegura kurwanya icyahungabanya amahoro n’umutekano w’ibihugu bigize uyu muryango no kwitegura ibikorwa by’ubutumwa bw’amahoro. Col. Raphael […]

Col. Mukalayi yatanze andi makuru ku rupfu rwa Chebeya n’umushoferi

Col. Daniel Mukalayi uri kurangiza igifungo cy’imyaka 15 yakatiwe n’urukiko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yavuze ko umugambi wo kwica impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Floribert Chebeya n’umushoferi we, FidĂšle Bazana wari umaze igihe utegurwa. Col. Mukalayi ubwo yagezwaga mu rukiko rwa gisirikare rwa Ndolo kuri uyu wa 20 Ukwakira 2021 nk’umutangabuhamya, yasobanuye ko uyu […]