Abapolisi batatu batawe muri yombi bazira kwiba inzoga

Abapolisi batatu ba Uganda bakorera mu karere ka Rakai, batawe muri yombi bashinjwa kwiba inzoga mu kabari k’umuturage. Byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 23 Kamena, ubwo bariya bapolisi bo ku rwego rwa SPC (Special Police Constable) bagabaga igitero ku kabari k’uwitwa Jane Nakagaayi bamushinja gucuruza inzoga muri Guma mu Rugo. Nyuma […]

Amafoto: Ni iki Mbappé yabwiye Cristiano agakizwa n’amaguru?

img_20210623_232957.jpg

Amafoto ya kizigenza Cristiano Ronaldo yirukankana Kylian Mbappé bombi basabwe n’ibyishimo iri kuvugwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga. Ni amafoto yafashwe aba bakinnyi bombi bageze mu rwambariro, nyuma y’umukino wa Euro 2020 wa nyuma wo mu tsinda F Portugal yaguyemo miswi n’u Bufaransa ibitego 2-2. Cristiano Ronaldo yafunguriye Portugal kuri Penaliti yo ku munota wa 30 […]

Menya ibigwi n’amateka bya Lionel Messi wujuje imyaka 34 kuri uyu wa Kane

Kuri uyu wa Kane Tariki ya 24 Kamena, huzuye imyaka 34 rutahizamu Lionel Messi usanzwe akinira FC Barcelona yo muri Espagne n’ikipe y’igihugu ya Argentine abonye izuba. Messi kuri ubu ufatwa nk’umwe mu bakinnyi beza b’ibihe byose umupira w’amaguru wagize mu mateka yawo, asanzwe ari Kapiteni wa Argentine na FC Barcelona ari mu nzira zo […]

Indirimbo ya Cécile Kayirebwa muri 100 nziza z’ibihe byose zaranze Afurika

Indirimbo ‘Tarihinda’ y’umuririmbyikazi Cécile Kayirebwa, igaragara ku rutonde rw’indirimbo 100 nziza z’ibihe byose zaranze umugabane wa Afurika. Ni urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru The Nation kiri mu bikomeye cyane muri Kenya binyuze mu munyamakuru Jacobs Odongo Seaman wamenyekanye mu bitangazamakuru bitandukanye mu karere. Uru rutonde rw’indirimbo 100 z’ibihe byose rwiganjeho indirimbo z’abahanzi batandukanye bakanyujijeho hano ku mugabane […]

Euro: U Bufaransa na Portugal byaguye miswi mu mukino wabonetsemo Penaliti 3

Ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Les Bleus n’iya Portugal, zanganyije ibitego 2-2 mu mukino wa Euro wari utegerejwe n’abatari bake. Ni nyuma y’uko Portugal yari yatsinze u Bufaransa ku mukino wa nyuma wa Euro 2016 ibutwarira igikombe imbere y’abafana babwo, ku buryo byari byitezwe ko bushobora kwihorera. Igice cya mbere cy’uyu mukino usoza itsinda F cyarangiye […]

Madagascar: Abantu bari kurya ibyondo kubera inzara ikomeje guca ibintu

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa (PAM), rivuga ko amapfa amaze imyaka 40 yaribasiye amajyepfo ya Madagascar yatumye abatari bake bibasirwa n’inzara ikomeye. PAM yatangaje aya makuru nyuma y’uruzinduko umuyobozi wayo, David Beasley, aherutse kugirira muri kariya gace. Beasley mu itangazo yasohoye, yavuze ko nta mfashanyo ibonetse mu maguru mashya, abarenga 500,000 bagirwaho ingaruka zikomeye […]

Hamisa Mobetto yirukanishije umukunzi wa Rick Ross

Umunyamiderikazi Hamisa Mobetto wabyaranye n’umuhanzi Diamond Platmunz, arashinjwa kwirukanisha umukunzi w’umuraperi w’Umunyamerika, William Leonard Roberts II uzwi nka ‘Rick Ross’. Inkuru y’urukundo rwa Rick Ross n’uyu munya-Tanzaniakazi imaze igihe ivugwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, yemwe aba bombi banakomeje guca amarenga y’urukundo rwabo binyuze mu magambo asize umunyu babwirana ku rubuga rwa Instagram. Mu bihe bitandukanye […]

RDC: Gen Ndima yatangaje ko hari gahunda yo guhanaguraho FDLR

Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Gen Ndima Kongba Constant, yatangaje ko hagiye gutangira ibikorwa bya gisirikare byo guhanaguraho imitwe yitwaje intwaro ifite ibirindiro muri Pariki y’igihugu ya Virunga. Gen Ndima yabitangaje ejo ku wa Kabiri, ubwo yaganiraga n’itangazamakuru mu gace ka Kitchanga muri Teritwari ya Masisi. Yavuze ko umutwe wa FDLR ugambiriye […]

Rutsiro FC yisasiye Rayon Sports mbere yo guhura na APR FC

Ikipe ya Rutsiro FC yegukanye amanota atatu y’umukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona, nyuma yo gusuzugura Rayon Sports ikayitsinda ibitego 2-0. Hari mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona Rayon Sports yari yasuyemo Rutsiro kuri Stade ya Bugesera, nyuma y’uko inzego bireba zari zanze ko ukinirwa kuri Stade Umuganda kubera ko akarere ka Rubavu […]

Turazifunga tu!_Minisitiri Gatabazi yishimira ingo zafunzwe nyuma yo guhindurwa utubari

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey, yaburiye abafite gahunda yo kwimurira utubari mu ngo zabo, avuga ko uwo bazajya bafata inzu ye bazajya bamufungira akafungurirwa Koronavirusi yararangiye. Minisitiri Gatabazi yabigarutseho, nyuma y’uko mu bihe byashize ubwo Leta yajyaga ishyiraho ingamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Koronavirusi, hari abagiye bayarengaho rwihishwa. Urugero ni nk’abacuruzaga utubari […]

Etincelles FC yamanuye AS Muhanga mu cyiciro cya kabiri

Ikipe ya AS Muhanga yamanutse mu cyiciro cya kabiri, nyuma yo kunyagirwa na Etincelles FC yo mu karere ka Rubavu ibitego 4-0. Hari mu mukino ubanziriza uw’umunsi wa nyuma wa shampiyona y’amakipe umunani ahatanira kuguma mu cyiciro cya mbere wabereye kuri Stade ya Bugesera. Ibitego bitatu bya rutahizamu Hassan Djibrine ukomoka muri Tchad n’icya rutahizamu […]

Uruvunganzoka rw’abantu i Nyabugogo mbere gato ya Guma mu karere (Amafoto)

img_20210622_110659.jpg

Mu gihe habura amasaha make ngo hashyirwe mu bikorwa by’inama idasanzwe y’Abaminisitiri yateranye ku wa Mbere tariki ya 21 Kamena, muri gare ya Nyabugogo abantu bari uruvunganzoka kuri uyu wa Kabiri bashaka uko basubira iwabo mu ntara. Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ejo ku wa Kabiri, nyuma y’ubwiyongere bukabije bw’icyorezo cya COVID-19 mu gihugu. Imibare ya […]

Gbagbo uteganya kurongora umunyamakurukazi yageze muri Côte d’Ivoire ahita yaka gatanya

Umunyapolitiki Laurent Gbagbo nyuma yo kugaruka mu gihugu cya Côte d’Ivoire yahoze abereye Perezida, yahise yaka gatanya na Simone Ehivet Gbagbo bari bamaranye imyaka irenga 30. Gbagbo ufatwa nka Perezida wa Côte d’Ivoire wari ukunzwe n’abaturage mbere yo gusimburwa na Alassane Ouattara, yagarutse muri Côte d’Ivoire ku wa Kane w’icyumweru gishize; nyuma y’imyaka 10 yari […]

Ingendo zihuza uturere, intara na Kigali zongeye gufungwa; Saa moya isubizwaho

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho ingamba nshya zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, zirimo gufunga ingendo rusange zihuza uturere tw’igihugu, intara ndetse n’Umujyi wa Kigali no gusubizaho gahunda ya Saa moya. Guhangarika ingendo rusange no gusubizaho isaha ya saa moya nk’isaha ntarengwa abantu bagomba kuba bageze mu ngo zabo, ni zimwe mu ngamba zashyizweho n’Inama y’Abaminisitiri […]

Uko byagenze ngo David Alaba ajwigize mugenzi we bakinana (Amafoto)

david_alaba_intervenes_as_marko_arnautovic_celebrates_his_goal_against_north_macedonia._epa.jpg

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amafoto ya myugariro mushya wa Real Madrid, David Alaba, yajwigirije rutahizamu Marko Arnautovic basanzwe bakinana mu kipe y’Igihugu ya Autriche. Ni amafoto yafashwe mu mukino wa Euro wabaye ku Cyumweru tariki ya 13 Kamena, ubwo Autriche yatsindaga Macedonia ya ruguru ibitego 3-1. Arnautovic ni we watsinze igitego cya gatatu mu […]

Gatsibo: Umusore yaba yaguye mu maguru y’umukunzi we

Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kabarore akagari ka Nyarubuye, haravugwa inkuru y’umusore wo mu Mudugudu wa Karenge waguye mu maguru y’umukunzi we ubwo bakoraga imibonano mpuzabitsina. Byabaye ku Cyumweru tariki ya 20 Kamena 2021, ubwo nyakwigendera yari yasuwe n’umukunzi we barangiza bakishimisha. Umuyobozi w’akarere ka Gatsibo, Gasana Richard, yabwiye ikinyamakuru Kigali Today ko […]

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Zambia yapfiriye mu ruzinduko rw’akazi mu mahanga

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Zambia, Irene Chirwa Mambilima, yapfiriye i Cairo mu Misiri aho yari ari mu ruzinduko rw’akazi, nk’uko byatangajwe n’umukuru w’igihugu. Perezida Edgard Lungu wa Zambia yatangaje ko Madamu Mambilima yashizemo umwuka ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba ku cyumweru mu bitaro byigenga i Cairo. Irene Mambilima wari ufite imyaka 69, yari mu Misiri […]

Euro: U Butaliyani bwa Mancini bukomeje gutanga icyigwa cya ruhago

Ikipe y’igihugu y’u Butaliyani yashimangiye itike yayo ya 1/8 cy’irangiza cy’irushanwa ry’Igikombe cy’u Burayi (Euro 2020), nyuma yo gutsinda Wales mu mukino wa nyuma wo mu tsinda A igitego 1-0. Igitego cyo ku munota wa 39 w’umukino cya Matteo Pessina wari winjiye mu kibuga asimbura, ni cyo cyafashije u Butaliyani bwari bwakoresheje ikipe ya kabiri […]

Kurerana nawe mu myaka mirongo ishize ni umugisha_ Jeannette Kagame abwira Perezida Kagame

Madamu wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, avuga ko kuba yarareranye na Perezida Kagame abo babyaranye none bakaba bafatanyije urugendo rwo guhinduka ba sogokuru ari umugisha ukomeye. Ni ibikubiye mu butumwa Madamu Jeannette Kagame yageneye Umukuru w’Igihugu, mu rwego rwo kumwifuruza Umunsi mwiza w’abapapa wizihizwa kuri iyi tariki ya 20 Kamena. Abinyujije kuri Twitter ye […]

Ifoto ya Perezida Kagame ari kurembera umwuzukuru we yatumye benshi bacika ururondogoro

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatumye abenshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bacika ururondogoro, nyuma y’ifoto ye nshya yagiye hanze ari kurembera umwuzukuru we. Ni ifoto yashyizwe hanze bwa mbere n’umukobwa we Ingabire Ange Kagame, amwifuriza Umunsi mwiza wahariwe abapapa wizihizwa kuri iyi tariki ya 20 Kamena buri mwaka. Ange Kagame yashyize iriya foto kuri Twitter […]

Euro: U Budage bwanyagiye Portugal ya Cristiano Ronaldo yitsinze ibitego 2

Ikipe y’igihugu y’u Budage, Die Mannschaft, yegukanye amanota atatu ya mbere mu irushanwa ry’igikombe cy’u Burayi (Euro 2020), nyuma yo kunyagira Portugal ibitego 4-2. Hari mu mukino wa kabiri wo mu tsinda F amakipe yombi yari yahuriyemo kuri Stade ya Allianz Arena mu Budage. Igice cya mbere cy’uyu mukino cyarangiye Abadage bari imbere n’ibitego 2-1, […]

Uganda: Ikiboko cyongeye kuvuga, amata aramenwa

Umunsi wa mbere w’igihe cy’iminsi 42 Perezida Yoweri Kaguta Museveni yashyize abanya-Uganda muri Guma mu Rugo nk’uburyo bwo kubarinda icyorezo cya COVID-19, waranzwe n’ikiboko mu mijyi imwe n’imwe ya kiriya gihugu. Ku mugoroba w’ejo ku wa Gatanu ni bwo Museveni yashyize Uganda muri Guma mu Rugo yaherukagamo mu mezi atandatu ashize, mu rwego rwo kwirinda […]

APR FC yahaye umubatizo Marines FC, yambura AS Kigali intebe y’icyubahiro

Ikipe ya APR FC yambuye AS Kigali umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’amakipe ahatanira igikombe cya shampiyona, nyuma yo kunyagira Marines FC ibitego 6-0. APR FC yari yakiriye Marines FC ifatwa nka murumuna wayo, mu mukino ubanziriza uw’umunsi wa nyuma wabereye kuri Stade ya Huye. Ni umukino iyi kipe y’umutoza Mohammed Adil Erradi […]

Umumotari wari utwaye nyina w’uruhinja rwagaragaye runagana kuri moto yatawe muri yombi

Polisi y’Igihugu ikorera mu karere ka Huye ho mu ntara y’Amajyepfo, yataye muri yombi umumotari wagaragaye atwaye umubyeyi w’uruhinja rwagaragaye runagana kuri moto, mu gihe uyu mugore na we agishakishwa. Ifoto y’uruhinja rwagaragaye runagana kuri moto yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ku wa Kane w’iki cyumweru, izamura imbamutima z’abazikoresha. Ni ifoto BWIZA yamenye ko yafatiwe […]

RIB yinjiye mu bya ya mapingu yatoraguwe kwa Niyonsenga Dieudonné

Umunyamakuru Niyonsenga Dieudonné wiyita Hassan Cyuma, aravuga ko Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Ubugenzacyaha rwamaze kwinjira ku kibazo cy’amapingu yasanzwe iwe mu rugo. Ku wa Kane tariki ya 17 Kamena ni bwo Niyonsenga yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter avuga ko urugo rwe rwatewe n’abantu bataramenyekana bari bitwaje amapingu, akavuga ko bisa n’aho bamushakaga ku ngufu. Umukozi […]

Uganda: Covid-19 yishe 42 mu munsi umwe, Museveni ashyiraho andi mabwiriza aremereye

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yashyizeho amabwiriza mashya yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 muri kiriya gihugu, nyuma y’ubwiyongere bukomeye bw’abandura n’abahitanwa na kiriya cyorezo. Ni nyuma y’uko mu gihe cy’ukwezi kumwe gushize Uganda yapfushije abantu 234, barimo 42 babonetse ku munsi w’ejo. Ingamba nshya Museveni yashyizeho zirimo gahunda ya Guma mu Rugo Uganda yaherukagamo […]

Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse ba Colonel bane bashya

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera abasirikare bane bari basanzwe ari ba Lt Colonel abagira ba Colonel. Abazamuwe mu ntera nk’uko itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda ribivuga, barimo Lt Col Jean Paul Nyirubutama wazamuwe mu ntera agirwa Colonel, anagirwa Umunyamabanga Mukuru Wungurije w’Urwego Rukuru Rushinzwe Iperereza […]

Umukino wa Rayon Sports na Rutsiro ntukibaye, iy’amakipe ahatanira kuguma mu cyiciro cya mbere irasubikwa yose

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, ryafashe icyemezo cyo gusubika umukino wa shampiyona wagombaga guhuza Rayon Sports na Rutsiro FC, ndetse n’imikino yose y’amakipe ane ahatanira kuguma mu cyiciro cya mbere. Rayon Sports yari kuzasura Rutsiro ejo ku wa Gatandatu, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona wari kuzabera kuri Stade Umuganda i Rubavu. FERWAFA […]

Christian Eriksen wari wageze ku munwa w’urupfu yavuye mu bitaro

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Denmark, ryatangaje ko Christian Eriksen yamaze kuva mu bitaro, nyuma y’icyunweru cyose Ari kwitabwaho n’abaganga. Ku wa 12 Kamena ni bwo Christian Eriksen yakuye abenshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru imitima, nyuma yo kwitura hasi ari mu kibuga ubwo ikipe y’igihugu cye yakinaga na Finland. Hari mu mukino w’Igikombe cy’u […]

Perezida Kagame yunamiye Kenneth Kaunda ufatwa nk’umubyeyi w’ubwigenge bwa Afurika

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije umuryango wa Kenneth Kaunda ndetse n’abaturage b’igihugu cya Zambia, nyuma y’urupfu rw’uyu mukambwe ufatwa nk’umubyeyi w’ubwigenge bwa Afurika. Ku wa Kane tariki ya 17 Kamena 2021 ni bwo Kaunda yitabye Imana azize uburwayi bw’ibihaha. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukambwe waharaniye ubwigenge bwa Zambia akanaba Perezida wa mbere wa kiriya gihugu, […]

Mugabo Gabriel wari ufunzwe akekwaho gufata ku ngufu yarekuwe

Myugariro Mugabo Gabriel ukinira ikipe ya Sunrise FC yo mu karere ka Nyagatare, yamaze kurekurwa nyuma y’icyumweru yari amaze afunzwe akekwaho icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Ku itariki ya 10 Kamena ni bwo Mugabo Gabriel yari yatawe muri yombi na RIB, nyuma y’umukino wa shampiyona ikipe ye ya Sunrise yari imaze guhuriramo […]

Kayiranga Baptiste yagizwe umutoza w’inzibacyuho wa Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza ko Kayiranga Jean Baptiste ari we ugomba kuyibera umutoza w’inzibacyuho, nyuma yo kwegura kwa Guy Bukasa wari umutoza wayo mukuru. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo Umukongomani Guy Bukasa wari umutoza Mukuru wa Rayon Sports yeguye ku mirimo ye, nyuma y’umukino wa shampiyona ikipe ye yari imaze gutsindwamo […]

Umubyeyi w’uruhinja rwagaragaye runagana kuri moto akomeje kwamaganwa

Umubyeyi w’umwana w’uruhinja uheruka kugaragara ku ifoto yatendetswe inyuma ya moto, akomeje kwamaganwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga bamushinja guhutaza uburenganzira bw’uwo yibarutse. Ni ifoto yatangiye gukwirakwira ku mbuga zirimo urwa Twitter ku wa Kane tariki ya 17 Kamena 2021, bikaba bivugwa ko yafatiwe hafi ya Stade ya Huye mu mujyi wa Huye. Kuri iyi […]

Nyaruguru: Ishuri rimaze imyaka 6 nta muriro kandi insinga zinyura muri metero 200

img-20210617-wa0026_1.jpg

Ubuyobozi bw’ishuri ribanza rya Muhora riherereye mu Kagari ka Gakoma, Umurenge wa Kibeho w’Akarere ka Nyaruguru ndetse n’ubw’Itorero rya Methodiste Libre/Paruwasi ya Muhora, buvuga ko bubangamiwe no kuba nta muriro w’amashanyarazi rigira kandi kuva 2015 insinga zinyura muri metero zitarenze 200 uhavuye. Burasaba ubuyobozi bwite bwa Leta ko bwabibuka, umuriro w’amashanyarazi ukagera mu kigo cyabo, […]

Sergio Ramos yasutse amarira asezera kuri Real Madrid

Myugariro Sergio Ramos wari Kapiteni wa Real Madrid, yasutse amarira ubwo yasezerwagaho n’iyi kipe, gusa atanga icyizere cy’uko hari igihe kizagera akagaruka muri iyi kipe. Kuri uyu wa Kane ni bwo Ramos yasezeweho na Real Madrid yari amazemo imyaka 16, mu muhango wabereye kuri Stade yayo ya Santiago Bernabeu. Ni umuhango uyu mukinnyi yagaragayemo arira […]

Ngororero: Imirambo y’umusore n’inkumi yasanzwe muri Nyabarongo izirikanye

Umurambo w’umusoee witwa Mbitsemunda Jean Baptiste w’imyaka 25 na Mukarukundo Sandrine w’imyaka 20, yasanzwe mu ruzi rwa Nyabarongo ihambiranyije amaboko, bigakekwa ko biyahuye. Ku wa Mbere tariki ya 14 Kamena 2021 ni bwo imirambo ya bariya bombi yabonetse. Amakuru avuga ko Mbitsemunda akomoka mu Murenge wa Bwira naho Mukarukundo agakomoka mu Murenge wa Ndaro yombi […]

Bidasubirwaho Sergio Ramos yatandukanye na Real Madrid yari amazemo imyaka 16

Ikipe ya Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne, yatangaje ko myugariro Sergio Ramos agomba kuyivamo nyuma y’imyaka 16 yari amaze ayikinira. Uyu mugabo yari umukinnyi wa Real Madrid kuva muri 2005, nyuma yo kuyigeramo akiri muto cyane akubutse mu kipe ya Sevilla FC. Ramos yari Kapiteni wa Real Madrid kuva muri 2015, asimbuye umunyezamu […]

Gutsindwa na APR FC byeguje umutoza Guy Bukasa muri Rayon Sports

Umukongomani Guy Bukasa wari umutoza mukuru wa Rayon Sports, yaraye yeguye ku nshingano zo gutoza iyi kipe nyuma yo gutsindwa na APR FC muri shampiyona. Mbere y’uko Bukasa yegura muri Rayon Sports, yari yatsinzwe na APR FC igitego 1-0, mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona. Mu butumwa uyu mugabo yageneye abatoza bari bamwungirije ndetse […]

Ishimwe Anicet yafashije APR FC kubabaza Rayon Sports

Ikipe ya APR FC ibifashijwemo na Ishimwe Anicet, yatsinze Rayon Sports igitego 1-0 kiyifasha gukomeza gukubana na AS Kigali. Hari mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona y’amakipe ahatanira igikombe Rayon Sports yari yakiriyemo APR FC kuri Stade ya Bugesera. Igice cya mbere cy’uyu mukino wari utegerejwe n’imbaga y’Abanyarwanda cyarangiye amakipe yombi anganya 0-0. Ni […]

Cristiano Ronaldo yahombeje Coca-Cola $ miliyari 4 mu gihe kitageze ku munota

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo yahombeje uruganda rwa Coca-Cola angana na $ miliyari enye mu gihe cy’amasegonda 10, nyuma yo gukura amacupa abiri ya Coca mu myanya yayo ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru. Ni Cristiano uzwiho kuvuganira rubanda kugira ngo bagire ubuzima bwiza, ariko nanone ntabe umufana wa kiriya kinyobwa kidasembuye. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ubwo […]

Akarere ka Rubavu kashyizwe muri ‘Guma mu karere’

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, yatangaje ko yashyize muri gahunda ya ‘Guma mu Karere’ akarere ka Rubavu nyuma y’ubwandu bwa Covid-19 bukomeje kukiyongeramo. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey, rivuga ko “Guhera ku wa Kane Tariki ya 17 Kamena akarere ka Rubavu gashyizwe muri Guma mu karere, kugira ngo inzego zibishinzwe zifatanyije […]

Haravugwa umwiryane mu muryango wa wamugore wabyariye rimwe abana 10

Umuryango wa Tebogo Tsotetsi na Gosiame Sithole bo Afurika y’Epfo uherutse kwibaruka abana 10, uravugwamo umwiryane ushingiye ku kuba umugabo ataraca iryera abana bivugwa ko yabyaye. Ni amakuru yamenyekanye ejo ku wa kabiri mu itangazo uriya muryango wasohoye, mu gihe ibya bariya bana bamenyekanye nka “Thembisa 10” bikomeje kuba urujijo. Muri iri tangazo umuryango wa […]

U Bufaransa bwatangiye Euro 2020 butsinda u Budage mu mukino w’ishiraniro

Ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, Les Bleus, yatangiye neza irushanwa rya Euro 2020 nyuma yo gutsinda u Budage igitego 1-0. Hari mu mukino w’ishiraniro wo mu tsinda F wabereye kuri Stade ya Allianz Arena mu gihugu cy’u Budage. Igitego cyo ku munota wa 20 w’umukino myugariro Mats Hummels yitsinze, ni cyo cyatandukanyije impande zombi mu minota […]

Butera Knowless ngo ntazi uwamureze muri RIB kumwambura

Umuhanzi Butera Knowless yavuze ko uwamureze muri RIB kumwambura atamuzi, gusa ashimangira ko yiteguye kwitaba Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Ubugenzacyaha kugira ngo abashe kumumenya. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko Knowless yarezwe muri RIB ashinjwa kwambura angana na miliyoni 1.3 Frw ikimina yabagamo. Ikimina Knowless yabagamo mbere y’uko gisenyuka cyitwa ’Happy Family’, akaba […]

UG: Umujyanama wa Museveni ku gengabitekerezo yishwe na Covid-19 ikomeje kugarika ingogo

Prof. Kajabago Karusoke, Umujyanama Mukuru mu by’ingengabitekerezo wa Perezida Yoweri Museveni wa akaba n’umwarimu mu Ishuri National Leadership Institute ry’i Kyankwanzi, yitabye Imana azize icyorezo cya Virusi ya Corona. Prof. Kajabago yapfuye ejo ku wa Mbere aguye mu bitaro bya Victoria, mu gace ka Bukoto nk’uko byemejwe n’ishyirahamwe The Pan-African Pyramid yari abereye umunyamuryango, mu […]

Butera Knowless yarezwe muri RIB, ngo yambuye ikimina yabagamo

Umuririmbyikazi Ingabire Butera Jeanne d’Arc uzwi mu muziki Nyarwanda nka Butera Knowless, yarezwe mu rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kwambura angana na miliyoni 1.3 Frw ikimina yabagamo. Ikimina Knowless yabagamo mbere y’uko gisenyuka cyitwa ‘Happy Family’, akaba yari agisangiye n’abandi bantu babarirwa mu 150. Uyu muririmbyikazi ngo yari akuriye itsinda ry’abantu batandatu bamushyikirizaga amafaranga yabo kugira […]

Seif ari iwabo muri APR FC_Masabo kuri Niyonzima Olivier wasubijwe mu mwiherero

Umunyamabanga Mukuru wa APR FC, Masabo Michel, yavuze ko Niyonzima Olivier ‘Seif’ ari iwabo muri APR FC, mu gihe hari amakuru avuga ko uyu musore yamaze gusubizwa mu mwiherero. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Seif yari yirukanwe mu mwiherero wa APR FC, nyuma yo kuwusohokamo nta ruhushya yahawe akajya mu kabari, bikaba ngombwa […]

Nyabihu: Ibiganiro bya Mvura nkuvure mu komora ibikomere bya Jenoside yakorewe Abatutsi

Abaturage bo mu karere ka Nyabihu barishimira umusaruro urimo kuva mu biganiro by’amatsinda muri gahunda ya ‘’MVURA NKUVURE’’bakavuga ko bimaze kubafasha kurandura amakimbirane harimo n’ingaruka zaturutse kuri Jenoside yakorewe abatutsi. Ni nyuma yo gusoza ibiganiro byahuje amatsinda 32 agizwe n’abantu 480 mu mirenge ya Jenda,Bigogwe na Mukamira. Rubayita Daniel warokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu murenge […]

Wojciech Szczesny yashyizeho umuhigo mubi mu mateka ya Euro

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu ya Pologne, Wojciech Szczesny, yanditse amateka mabi ejo ku wa Mbere yo kuba umunyezamu wa mbere mu mateka y’irushanwa rya Euro witsinze igitego. Szczesny n’ikipe y’igihugu cye cya Pologne bari bahuye n’ikipe y’igihugu ya Slovakia, mu mukino wa mbere wabo mu irushanwa rya Euro 2020 batsinzwemo ibitego 2-1. Byasabye umunota wa 18 […]

David Marshall yasize umugani nyuma yo guhura n’uruva gusenya (Amafoto)

img_20210614_171238.jpg

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ya Scotland [Ecosse], David Marshall, yahawe urw’amenyo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo guhurira n’uruva gusenya mu mukino ikipe ye yatsinzwemo na Repubulika ya Tchèque. Scotland na Repubulika ya Tchèque bari bahuriye mu mukino wa mbere wo mu tsinda D mu irushwa ry’Igikombe cy’u Burayi (Euro), warangiye Tchèque itsinze ibitego 2-0. Ni ibitego […]

Aho gutakaza discipline twatakaza igikombe_Lt Gen Muganga avuga kuri Seif

Umuyobozi wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yakomoje ku myitwarire mibi iheruka kuranga Niyonzima Olivier bita Seif, avuga ko aho kugira ngo APR FC itakaze ikinyabupfura yatakaza Igikombe. Ni nyuma y’uko ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize hamenyekanye inkuru y’uko Seif yasohotse mu umwihirero wa APR FC nta ruhushya, akawugarukamo mu gicuku yasinze. Ni imyitwarire […]

Sadate yahaye aba-Rayon umukoro mbere yo guhura na APR FC imaze imyaka 2 idatsindwa

Munyakazi Sadate wahoze ari Perezida wa Rayon Sports, yasabye abafana b’iyi kipe gukora ikofi bagatera inkunga ubuyobozi bwayo, mu rwego rwo kubufasha gushaka intsinzi imbere ya APR FC bazahura ku wa Gatatu. Iminsi ibiri yonyine ni yo ibura ngo Rayon Sports icakirane na APR FC, mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona uzabera kuri Stade […]

Benjamin Netanyahu yavanwe ku butegetsi yari amazeho imyaka 12

Ubutegetsi bw’imyaka 12 bwa Benjamin Netanyahu nka Minisitiri w’Intebe wa Israel, bwageze ku iherezo nyuma y’uko Inteko Ishinga amategeko ya kiriya gihugu ishyizeho Guverinoma nshya igizwe n’Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi. Ni amatora yabaye ejo ku Cyumweru, asiga Naftali Bennett ari we utorewe kuba Minisitiri w’Intebe mushya wa Israel. Bennett wabaye Minisitiri wa Israel ushinzwe […]

RDF yashyikirije UPDF wa musirikare wayo yari yafatiye mu Rwanda (Amafoto)

img_20210613_195051.jpg

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru cy’itariki ya 13 Kamena 2021, igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyashyikirije icya Uganda (UPDF) umusirikare wacyo waherukaga gufatirwa ku butaka bw’u Rwanda. Umuhango wo gushyikiriza Uganda uyu musirikare wayo wabereye ku mupaka uhuza ibihugu byombi wa Cyanika, ho mu karere ka Burera mu ntara y’Amajyaruguru. Ku gicamunsi cyo kuri iki […]

Kabila yunze mu rya Kagame, yishyura Tshisekedi ibyo aherutse kumukorera

Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC, yahamagaye kuri terefoni Félix Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi amwifuriza isabukuru nziza, yunga mu rya Perezida Kagame wari wageneye ubutumwa nka buriya ‘inshuti n’imuvandimwe’ we Tshisekedi. Kuri iki Cyumweru tariki ya 13 Kamena ni bwo Perezida Tshisekedi yizihije isabukuru y’imyaka 58 y’amavuko. Perezida Kagame yifashishije urukuta rwe rwa Twitter, […]

Rayon Sports yahagamwe na Marines FC mbere yo guhura na APR FC

Icyizere cya Rayon Sports cyo kwegukana igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka cyakomeje kuyoyoka, nyuma yo kunanirwa gutsinda Marines FC bakanganya igitego 1-1. Rayon Sports yari yasuye Marines kuri Stade Umuganda i Rubavu, mu mukino w’umunsi wa Kane wa shampiyona y’amakipe umunani ahatanira igikombe cya shampiyona. Ni nyuma y’uko iyi kipe ku munsi wa gatatu yari […]

Christian Eriksen yakuye benshi imitima nyuma yo kwitura hasi ari mu kibuga

Umunya-Denmark Christian Eriksen yakuye abenshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru imitima, nyuma yo kwitura hasi ari mu kibuga ubwo ikipe y’igihugu cye yakinaga na Finland. Hari mu mukino w’Igikombe cy’u Burayi wo mu tsinda B wabereye i Copenhagen. Ubwo uyu mukino wari ukiri mu gice cya mbere cy’umukino, Christian Eriksen yituye hasi nta muntu umukozeho, mbere […]

Rwatubyaye Abdul yarongoye mu ibanga

Myugariro w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Rwatubyaye Abdul, yamaze gushinga urugo n’umukunzi we n’ubwo iby’ubukwe bwabo bitigeze bimenyekana. Inkuru y’irongora rya Rwatubyaye yemejwe n’umukunzi we witwa Hamida, abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, avuga ko bamaze gusezerana imbere y’Imana mu gihe bagitegereje guhamya isezerano ry’abo n’imbere y’amategeko. Hamida kuri Story ye yagize ati: “Mbaza ikibazo. Warongowe byemewe […]

Niyonzima Olivier ‘Seif’ ashobora kwirukanwa na APR FC

Ikipe ya APR FC ishobora kwirukana Niyonzima Olivier’ Seif’ uyikinira hagati mu kibuga, nyuma yo kugaragaza imyitwarire mibi. Umunyamakuru Bruno Taifa yatangaje ko Seif ashobora gufatirwa ibihano biremereye birimo no kwirukanwa, nyuma yo gusohoka mu mwiherero iriya kipe y’Ingabo z’Igihugu irimo akajya mu kabari, mbere yo kugaruka saa munani z’ijoro yasinze. APR FC ntabwo iremeza […]